Mu Kagari ka Fugi, Umurenge wa Ngoma mu Karere ka Nyaruguru, umwana w’umukobwa winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe, mu gihe yari aturutse mu Burundi ku wa 28 Gicurasi 2020 yagaragayeho indwara y’icyorezo ya Covid-19.
Aya makuru yemejwe n’umwe mu bayobozi muri aka Karere (iwabo w’umukobwa) Ati: “Yego ni byo. Ni umwana wabaga i Burundi, (…) agarutse ashaka kujya mu rugo, asanga hari Inkeragutabara, zimujyana kuri polisi kuri border (umupaka) zitamukozeho.”
Hanyuma ngo icyo gihe, imodoka y’imbangukiragutabara yaraje iramufata, imujyana mu kato mu Kigo Nderabuzima cya Ngoma. Abaganga bamufashe ibizamini, nyuma y’iminsi ibiri biza kugaragara ko arwaye Covid-19.
Ababyeyi babiri b’uyu mukobwa bashyizwe mu kato mbere y’uko bapimwa kugira ngo bamenye uko ubuzima bwabo buhagaze. Uyu muyobozi yemeza ko uyu mukobwa yajyanwe kwitabwaho mu bitaro bya Munini ariko ubuyobozi bw’ibi bitaro bwo burabihakana, bukavuga ko yajyanwe kwitabwaho mu kigo cyakira abarwayi ba Covid-19.



32 Responses
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ntago izinkuru ziba zisomeka rwose kdi kubikosora byajya bitubera byiza
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ntago izinkuru ziba zisomeka rwose kdi kubikosora byajya bitubera byiza
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Imana idufashe ntihabe hari abandi bahuye bataramenyekana kuko byaba ari akaga gakomeye
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Imana idufashe ntihabe hari abandi bahuye bataramenyekana kuko byaba ari akaga gakomeye
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ahaaa Nyagasani nadutabare pe kuko ashobora nukuba yarahuye nabenshi barenze abo murugo bamubaze amakuru neza
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ahaaa Nyagasani nadutabare pe kuko ashobora nukuba yarahuye nabenshi barenze abo murugo bamubaze amakuru neza
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
ayiii mbega mana dutabare kuko turugarijwe
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
ayiii mbega mana dutabare kuko turugarijwe
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Nukuri hashakishwe nabandibababahuyenawe kugirango batanduzabenshi
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Nukuri hashakishwe nabandibababahuyenawe kugirango batanduzabenshi
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Nukuri hashakishwe nabandibababahuyenawe kugirango batanduzabenshi
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Nukuri hashakishwe nabandibababahuyenawe kugirango batanduzabenshi
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Has hawkish we bananas bahuyenawe batanduzabandi
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Has hawkish we bananas bahuyenawe batanduzabandi
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ahubwo Ndumva Bitoroshye Bafate Urwo Ruhererekane Rwabahuye Nawe Bose Bajye Muri Quarantine.
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ahubwo Ndumva Bitoroshye Bafate Urwo Ruhererekane Rwabahuye Nawe Bose Bajye Muri Quarantine.
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ahubwo Ndumva Bitoroshye Bafate Urwo Ruhererekane Rwabahuye Nawe Bose Bajye Muri Quarantine.
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ahubwo Ndumva Bitoroshye Bafate Urwo Ruhererekane Rwabahuye Nawe Bose Bajye Muri Quarantine.
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Imana ni dufashe iki cyorezo kitazatumana nkabo muri USA
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Imana ni dufashe iki cyorezo kitazatumana nkabo muri USA
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Nukuri ningombwa ko dukomeza kwirinda twu bahiriza amabwiriza Kandi ntitwirare kuko birakomeye,naho mumurenge wa ngoma nihashakishwe Ababa barahuye nuwo mukobwa Bose basuzumwe
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Nukuri ningombwa ko dukomeza kwirinda twu bahiriza amabwiriza Kandi ntitwirare kuko birakomeye,naho mumurenge wa ngoma nihashakishwe Ababa barahuye nuwo mukobwa Bose basuzumwe
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ntibyoroshye rwose nugukaza ingamba mukwirinda,nihashakishwe abahuye nuwo mukobwa basuzumwe
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Ntibyoroshye rwose nugukaza ingamba mukwirinda,nihashakishwe abahuye nuwo mukobwa basuzumwe
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Mubyukuri atange amakuru kubobahuye rwose kugirango babapim rwose cyangwa bashyirwe mukato kugeza bamenyeko batayirwaye
Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
Mubyukuri atange amakuru kubobahuye rwose kugirango babapim rwose cyangwa bashyirwe mukato kugeza bamenyeko batayirwaye