Djibuti: Abimukira 16 bapfuye abasaga 25 baburirwa irengero mu mpanuka y’ubwato
Kuri uyu wa Kabiri, ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bimukira ryatangaje ko abantu 16 bashakaga kwimukira mu Burayi bapfuye abandi 28 baburirwa irengero nyuma y’uko ubwato bwari butwaye abantu 77 burohamye ku nkombe za Djibouti. Umuryango mpuzamahanga ushinzwe abinjira n’abasohoka (IOM) mu nyandiko yanditse ku rubuga nkoranyambaga X, yatangaje ko mu bari mu bwato hari […]
Mu Rwanda hateraniye inama ya nyuma itegura imyitozo ya USHIRIKIANO IMARA 2024

Kuri uyu wa Mbere, intumwa z’ingabo z’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’iburasirazuba (EAC), zigizwe n’abasirikare, abapolisi, abacungagereza, abashinzwe abinjira n’abasohoka n’abakozi b’abasivili, bateraniye mu Rwanda mu nama y’iminsi itatu ya nyuma yo gutegura igenamigambi (IPC) mu rwego rwo kwitegura imyitozo ya 13 ya USHIRIKIANO IMARA 2024. Mu izina ry’Umugaba Mukuru w’ingabo za RDF, umuyobozi wungirije w’inkeragutabara, […]
Uko Abanyarwanda bakwifata mu gihe barumwe na scorpions zikomeje kuboneka mu ngo
Nyuma y’uko bamwe mu baturage bamenyesheje ikigo cy’igihugu cy’ubuvuzi (RBC) ibijyanye no kuba hari udukoko twa scorpion mu ngo zabo no mu nkengero zazo byatumye RBC ikangurira abaturage kumenya ibijyanye no kurumwa na scorpion, ikwirakwira ry’ubumara bwazo mu mubiri, ubutabazi bw’ibanze wakora, ndetse n’ingamba zo gukumira, nubwo kugeza ubu nta nta kibazo cyazo kirandikwa. Nk’uko […]
RDC nicyo gihugu cyongereye ingengo y’imari ya gisirikare kurusha ibindi byose mu 2023
Ikigo cy’ubushakashatsi mpuzamahanga cy’amahoro cya Stockholm (SIPRI) cyavuguruye raporo ku ngengo y’imari yagiye ku gisirikare ku Isi mu mwaka ushize wa 2023, aho abakoresha amafaranga menshi nka Amerika, u Bushinwa n’u Burusiya byakomeje kongera ingengo y’imari ya gisirikare. Amafaranga yakoreshejwe ku gisirikare kandi ariyongera muri Afurika, Uburasirazuba bwo hagati, u Burayi, Aziya, Oceania na Amerika […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Minisitiri w’Intebe wa Australia n’umuherwe Elon Musk
Umuyobozi wa Australia yise Elon Musk “umuherwe wishyira hejuru” mu makimbirane akomeje kubera ko X yanze gukuraho amashusho y’abantu baterewe icyuma ku kiliziya kuwa 15 Mata. Kuri uyu wa Mbere ushize, urukiko rwo muri Australia rwategetse urubuga nkoranyambaga X rw’umuherwe Elon Musk, rwahoze ari Twitter, guhisha amashusho y’igitero cyo mu cyumweru gishize cyabereye i Sydney. […]
Intsinzi kuri Rishi Sunak nyuma yo kwemeza itegeko ryo kohereza abimukira mu Rwanda
Inteko ishinga amategeko y’u Bwongereza yemeje iri tegeko, mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira kuri wa Kabiri, umushinga w’itegeko wateje impaka werekeye kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro binjiye mu Bwongereza mu buryo butemewe n’amategeko. Ni intsinzi ikomeye kuri Minisitiri w’intebe, Rishi Sunak, mu gihe mu Bwongereza berekeza mu matora y’umuyobozi w’ishyaka ry’Aba-conservateurs riri ku […]
Muhanga: Yatawe muri yombi amaze kwiba ibifite agaciro ka miliyoni hafi 2
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage mu karere ka Muhanga, yafatiye mu cyuho umugabo w’imyaka 48, ucyekwaho gutobora iduka ry’umucuruzi anyuze mu gisenge, akibamo ibicuruzwa bitandukanye bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 1,934,550. Yafatiwe mu iduka riherereye mu mudugudu wa Kamugina, akagari ka Gahogo mu murenge wa Nyamabuye, ahagana saa tatu zo mu […]
Tariki 23 Mata 1994: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakomeje gufata intera mu gihigu
Tariki ya 23 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi tariki ya 23 Mata 1994. Kugeza kuri iyi tariki mu gihugu cyose hari hashyizwe za bariyeri zicirwagaho Abatutsi, bikaba byari bitangiye kugaragara ko ahicirwaga Abatutsi […]
Goma: Umusirikare wa FARDC yari yishwe n’abaturage nyuma yo kwica 1 agakomeretsa 5
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 21 Mata, i Goma, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umusirikare mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (FARDC) yarashe, ahitana umusivili ndetse abandi batanu barakomereka. Abatangabuhamya bavuze ko uyu muntu wambaye imyenda ye ya gisirikare, yasaga nk’uwanyweye inzoga ubwo yarasaga abahisi hafi ya Papyrus, hafi y’umuhanda wa Tshukudu, mu […]
Braverman yahishuye ko azashyigikira iyeguzwa rya Sunak gahunda y’u Rwanda nimunanira
Suella Braverman ntiyatinye kwemeza ko azashyigikira umugambi wo kwirukana Rishi Sunak ku buyobozi gahunda ye n’u Rwanda ntitanyuramo. Uyu wahoze ari minisitiri ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu yavuze ko “yiteze byimazeyo ko ” Sunak azayobora ishyaka ry’aba conservateurs mu matora rusange ataha ariko atazi niba atazashyigikira icyemezo kimurwanya. Abajijwe niba azashyigikira iki cyemezo mbere y’amatora […]
Koreya ya Ruguru yarashe misile nyinshi hafi y’u Buyapani
Igisirikare cya Koreya y’Epfo cyavuze ko Koreya ya Ruguru yarashe misile “ballistique” nyinshi kuri uyu wa Mbere yerekeza ku nyanja ku nkombe za yo z’iburasirazuba. Guverinoma y’u Buyapani n’abashinzwe umutekano ku nkombe na bo bavuze ko Koreya ya Ruguru yarashe ibisa na misile ya ballistique. Televiziyo ya NHK yavuze ko icyo gisasu gisa nk’icyaguye hanze […]
Meteo Rwanda yateguje imvura idasanzwe muri iki cyumweru
Hagati y’itariki 21-30 Mata 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’iyari isanzwe igwa mu gihugu cyane cyane mu bice by’Amajyaruguru, Iburasirazuba n’Amajyepfo nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda). Iyi mvura biteganyijwe ko izaba iri ku gipimo kiri hagati ya milimetero 40 na 180. Ubusanzwe mu bice birimo Amajyaruguru n’Amajyepfo, hagwaga imvura iri hagati ya […]
Gaza: Abaganga barokoye uruhinja rwari mu nda ya nyina wari umaze kwicwa
Umwana w’umukobwa yatabawe n’abaganga bamuteruye mu nda ya nyina. Uwo munyepalestinakazi yari amaze kwicwa na bombe hamwe n’umugabo we n’umukobwa we mu gitero cya Isiraheli mu mujyi wa Rafah mu ntara ya Gaza. Aha, abantu 19 bahatakarije ubuzima mw’ijoro ryakeye, mu bitero byungikanyaga, nk’uko byavuzwe n’abayobozi bo mu rwego rw’ubuvuzi b’abanyepalestina. Bavuze ko abapfuye, bahitanywe […]
Berlin: Bigabije imihanda baratumagura nyuma yo kwemeza itegeko ribemerera kunywa urumogi
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Igipolisi cyo muri Berlin kivuga ko abantu bagera ku 4000 bateraniye ku irembo ry’ikirangantego cy’umurwa mukuru w’u Budage, Brandenburg Gate, bahatumurira umwotsi mu rwego rwo kwizihiza uburenganzira buherutse gutangwa bwo kunywa urumogi mu gihugu. Umunsi wagaragayemo ibitaramo na disikuru z’impirimbanyi nk’uko iyi nkuru dukesha Deutsche Welle ikomeza ivuga. Mu kwishimira […]
Ituri: Imitwe 5 yitwaje intwaro yagiranye na leta amasezerano mashya imbere ya JP Bemba
Imitwe itanu yitwaje intwaro yashyize umukono ku masezerano yo “guhagarika ako kanya” imirwano. Aya masezerano yasinyiwe muri Bunia, imbere ya Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba kuwa Gatanu ushize. Iyo mitwe yitwaje intwaro, irimo CODECO, FRPI, FPIC, AUTODà‰FENSE, na MAPI, imbere ya Jean-Pierre Bemba “Twiyemeje guhita […]
U Bubiligi bwirukanye Gicanda bumwohereza mu Rwanda buzi ko hategurwa jenoside
Gicanda yishwe ku itariki ya 20 Mata 1994 mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare bitegetswe na Capt. Ildephonse Nizeyimana, wari umuyobozi mu Ngabo z’u Rwanda icyo gihe. Gicanda yishwe umunsi umwe nyuma y’uko perefe rukumbi wari Umututsi, Jean Baptise Habyarimana wayoboraga Butare asimbuwe n’intagondwa, Sylvain Nsabimana washinzwe kwihutisha Jenoside yakorewe Abatutsi na Perezida wa guverinoma […]
RDC: Umunyapolitiki Geurchom Kahebe yiyongereye ku bandi bagiye kwifatanya na M23
Umunyapolitiki Geurchom Kahebe yiyongereye ku bandi bagiye kwifatanya n’Ihuriro ribarizwamo umutwe wa M23 umaze imyaka itatu uhanganye na Guverinoma ya Kinshasa muri Kivu y’Amajyaruguru. Muri videwo yagiye ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 20 Mata 2024, uwahoze ari umukandida ku mwanya wa depite ku rwego rw’igihugu mu Mujyi wa Beni, yemeje ko yagiye kwifatanya […]
Bujumbura: Nyuma ya lisansi ubu amazi n’amashanyarazi nabyo byabaye imbonekarimwe
Ubuzima mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi, Bujumbura buragenda burushaho kunanirana, aho kuri ubu abaturage bisanze mu mibereho igoye kwihanganira yo kubura amazi n’umuriro kuva mu gihe runaka gishize, aho ngo iki kibazo kiri mu duce twose. Amazi yo kunywa nayo ni ibibazo kuko uduce dushobora kumara icyumweru cyangwa kirenga nta gitonyanga na kimwe cy’amazi […]
Byibuze abagera kuri 58 baguye mu mpanuka y’ubwato muri Centrafrica
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 20 Mata, umuyobozi yavuze ko byibuze abantu 58 bapfuye nyuma y’uko ubwato bari barimo burohamye muri Repubulika ya Centrafrica. Umuyobozi mukuru ushinzwe kurengera abaturage, Thomas Djimasse, avuga ko iyi mpanuka yabaye ku wa Gatanu nyuma ya saa sita ku mugezi wa Mpoko mu nkengero z’umurwa mukuru Bangui. Djimasse yabwiye abanyamakuru […]
Centrafrica: Abapolisi 180 bari bamaze umwaka mu butumwa bw’amahoro basimbuwe
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mata 2024, Polisi y’u Rwanda yasimbuje itsinda ry’abapolisi RWAFPUII-8 ryari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA). Ku mugoroba nibwo iri itsinda ryageze ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe riyobowe na Superintendent of Police (SP) Fulgence Furaha wari wungirije Umuyobozi w’iri […]
USA: Abadepite bemeje inkunga y’asaga miliyari 60$ igenewe Ukraine
Inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite yarangije kwemeza amamiliyaridi y’amadolari y’imfashanyo nshya ya gisirikare ya Amerika muri Ukraine yo gufasha guhangana n’ibitero by’u Burusiya. Iki cyemezo cyatinze cyane cyari gifite abatagishyigikiye mu nteko ishinga amategeko kandi byasabye amasezerano y’ibice bibiri kugira ngo babone akayabo ka miliyari 61 z’amadorari. Abarepubulikani bavuze ko hejuru ya kimwe cya gatatu […]
Tariki 21 Mata 1994: Niwo munsi wishweho Abatutsi benshi mu gihugu cyose muri jenoside
Itariki 21 Mata 1994 niwo munsi wishweho Abatutsi benshi icyarimwe mu gihugu kuko hishwe abarenga ibihumbi Magana abiri (200,000) umunsi umwe. Kuri uyu wa Kane Tariki ya 21 Mata 2022, Abayobozi n’abakozi ba Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu bifatanyije n’abatuye Murambi ya Nyamagabe Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi no kunamira inzirakarengane zishyinguye […]
Iran yahakanye amakuru yo kugabwaho igitero na Israel
Kuri uyu wa Gatanu, ibisasu byaturikiye mu mujyi wa Iran aho amakuru avuga ko ari igitero cya Israel, ariko Tehran yahakanye ayo makuru ndetse igaragaza ko idafite gahunda yo kwihorera, igisubizo cyasaga n’aho gishingiye ku gukumira intambara mu karere kose. Igitero gito hamwe n’igisubizo cya Iran byasaga nkaho byagaragaje akamaro k’imbaraga z’abadipolomate barimo gukora ibishoboka […]
DIGP Vincent Sano yahaye impanuro abapolisi bagiye koherezwa muri Centrafrica

U Rwanda rugiye kohereza Abapolisi muri Repubulika ya Centrafrica mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSCA. Mbere yo guhaguruka i Kigali bahawe impanuro n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ushinzwe Ibikorwa, DIGP Vincent Sano, wabasabye gusohoza neza ubutumwa no kurangwa n’indangagaciro. DIGP Vincent Sano yasabye abapolisi 460 bagiye kujya mu butumwa bwo kubungabunga amahoro kuzakomeza […]
Burundi: Umugaba Mukuru wa FDNB, Gen. Prime Niyongabo, yahawe izindi nshingano
Umugaba Mukuru w’Igisirikare cy’u Burundi, Gen. Prime Niyongabo, yagizwe umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe impeta n’imidari. Uyu muyobozi mukuru w’Ingabo z’u Burundi kuri ubu, asimbuye kuri uyu mwanya Lt. General Godefroid Bizimana, uherutse gupfa, wari uri kuri uwo mwanya kuva muri Werurwe 2023. Uyu bita “Chancelier des Ordres Nationaux” ayobora uru rwego munsi ya Perezida wa […]
Kinshasa: Umukinnyi ukiri muto yishwe n’inkuba imusanze mu kibuga
Umukinnyi w’umupira w’amaguru yapfiriye mu kibuga kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Mata 2024, nyuma yo gukubitwa n’inkuba. Mike Tshitenge, yapfiriye mu mukino wa shampionat ya Eufkin-Tshangu wahuje ikipe ye, AF Privaty na Unisport ku kibuga cya N’djili. Uyu myugariro, w’imyaka 19, yakinaga muri iyi kipe ya AF Privaty muri Entente provinciale de football […]
Huye: Uvugwaho kuba yari umujura yasanzwe mu muhanda yishwe
Umugabo uvugwaho kuba yari umujura, abaturage barakeka ko ashobora kuba yishwe n’inkoni yakubiswe n’abantu batazwi nyuma yo gusanga umurambo we mu muhanda mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye. Kuri uyu wa Kane, itariki 18 Mata 2024, nibwo mu Mudugudu wa Kabahona, mu Kagari ka Rango A, mu Murenge wa Mukura, abaturage babyutse mu […]
Burundi: Umunyamakuru Sandra Muhoza yimuriwe muri Gereza ya Mpimba
Umunyamakuru Sandra Muhoza, wari ufungiye muri kasho y’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza (SNR) mu mujyi w’ubucuruzi Bujumbura kuva ku wa Mbere ushize, yimuriwe kuri uyu wa Kane nimugoroba muri Gereza Nkuru y’umurwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi. Amashyirahamwe y’abanyamakuru mu Burundi arasaba ko yarekurwa. SOS Médias Burundi dukesha iyi nkuru ivuga ko yamenye ko umuryango w’uyu munyamakuru […]
Kwibuka30: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu kuwa 19 mata 1994
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 19 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Disikuru rutwitsi ya Perezida Sindikubwabo i Butare, isaba Abanyabutare “gukora” n’ishyirwaho rwa Perefe wo gushyira […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya arakekwa mu mpanuka ya kajugujugu yahitanye benshi
Umuvugizi wa Guverinoma, Isaac Mwaura, yihanangirije Abanyakenya abasaba kudakwiza impuha ku mpanuka ya kajugujugu y’Igisirikare cya Kenya (KDF) yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane. Mu magambo ye yagize ati: “Bakundwa bagenzi bacu b’Abanyakenya. Itumanaho ryemewe ryerekeye impanuka y’indege ya Gisirikare riratangwa vuba. Reka twirinde impuha zose muri iki gihe gikomeye.” Abantu batanu bemejwe […]
Uko wakwireba kuri lisiti y’itora ukoresheje telephone cyangwa ukiyimura
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje uburyo umuntu ashobora kwireba kuri lisiti y’itora hakoreshejwe telephone. Ubu buryo bushobora no gufasha umuntu kuba yakwiyimura bigendeye ku hantu yari yarahisemo kuzatorera ariko akaba ashaka guhindura ku mpamvu zitandukanye. Itangazo NEC yashyize ahagaragara ku itariki ya 16 Mata 2024, rigira riti ‘‘By’umwihariko abantu bimutse aho batoreraga barasabwa kwihutira kwiyandikisha […]
Burkina Faso yahambirije abadipolomate 3 b’Abafaransa
Abadipolomate batatu b’Abafaransa basabwe kuva muri Burkina Faso, kubera ibikorwa byo gushaka guhungabanya ubutegetsi nk’uko bigaragara mu nyandiko yo ku wa Kabiri yandikiwe Ambasade y’u Bufaransa. Umubano hagati ya Paris na Ouagadougou wifashe nabi cyane kuva Captain Ibrahim Traoré yagera ku butegetsi muri coup d’Etat yo muri Nzeri 2022. Nk’uko Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Burkina […]
Ubukungu bw’u Burusiya buzazamuka kurusha ibindi bihugu bikize – IMF
Ikigega mpuzamahanga cy’imari (IMF) kirateganya ko muri uyu mwaka ubukungu bw’u Burusiya buziyongera vuba kurusha ubukungu bwose bw’ibihugu byateye imbere ku Isi, harimo na Amerika. Ku wa Kabiri, BBC yatangaje ko IMF iteganya ko u Burusiya buziyongera ku gipimo cya 3,2%, hejuru cyane ugereranyije n’u Bwongereza, u Bufaransa n’u Budage. IMF yavuze ko ibyoherezwa mu […]
Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bigeye gushyirwa ku rundi rwego
Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal, kimwe mu bitaro binini byo mu Rwanda bigiye kwagurwa by’igihe kirekire kizagera mu 2050, cyane cyane mu gushimangira ibikorwa remezo n’ubushobozi byabyo ku bijyanye n’ubushobozi bw’ibitanda bizava ku 167 bikagera kuri 600, ndetse no kuzana ubuvuzi bushya bwo kubaga n’ubuvuzi bwihariye. Mu bintu by’ingenzi bigize umushinga harimo kwagura ishami rya oncology […]
Tanzania: IGP Namuhoranye yitabiriye isozwa ry’imyitozo y’abapolisi bo mu muryango wa EAPCCO

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Mata, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye yitabiriye umuhango wo gusoza imyitozo y’abapolisi bo mu bihugu bigize umuryango uhuza abayobozi ba Polisi mu Karere k’Afurika y’iburasirazuba (EAPCCO). Ni imyitozo izwi ku izina rya FTX (Field Training Exercise) bari bamazemo iminsi ine, ibera ku ishuri […]
Tariki 18 Mata 1994: Umusirikare wa nyuma w’Umubiligi yavuye mu Rwanda, abahungiye kuri Stade amahoro bahura n’akaga
Ku itariki nk’iyi ya 18 Mata, mu 1994 ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yari irimbanyije, Ingabo za leta zarashe ibisasu ku mpunzi z’Abatutsi 5000 zari zahungiye kuri Stade Amahoro, ndetse abagera ku 2800 baricwa muri Kibungo, ndetse ni nabwo umusirikare wa nyuma w’u Bubiligi yahagurutse i Kigali asubiye iwabo. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye […]
RDC yongereye ingabo ku mupaka isangiye na Sudani y’Epfo na Uganda
FARDC imaze iminsi itatu ikaza ibirindiro byayo i Kengezi muri Teritwari ya Aru (Ituri), ku mupaka na Sudani y’Epfo na Uganda. Guverineri w’intara ni we watanze aya mabwiriza nyuma yo gukorera uruzinduko mu mpera z’icyumweru gishize muri kariya gace. Ingabo zongereye umubare muri kariya karere ngo mu rwego rwo gukumira abantu bitwaje intwaro baturuka muri […]
Uganda: Urukiko rwarekuye abasirikare n’abapolisi bashinjwaga kuba intasi z’u Rwanda
Urukiko rwa gisirikare rwa Makindye muri Uganda rwahagaritse ibirego ku basirikare batanu ba UPDF n’abapolisi babiri bashinjwaga kuba intasi z’u Rwanda. Umushinjacyaha wa gisirikare, Capt Ambrose Guma yabwiye urukiko ruyobowe na Brig Mugabe Freeman ko afite amabwiriza y’umuyobozi w’ubushinjacyaha yo guhagarika ibirego biregwa abo batanu barimo Lt Alex Kasamula ubarizwa muri Military Police i Makindye, […]
Karongi: Impuguke z’abaganga bo muri RDF ziri kuvura abaturage ku buntu

Ku Bitaro Bikuru bya Kibuye i Karongi, abaturage baturutse mu bice bitandukanye bagiye kwivuza uburwayi butandukanye bashima amahirwe babonye yo kubonana n’inzobere z’abaganga mu bikorwa by’ubuvuzi bwegerejwe abaturage bizamara ibyumweru bibiri, byatangiye gutangwa kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 16 Mata 2024. Inzobere z’abaganga bo mu Ngabo z’u Rwanda zaturutse mu Bitaro bya Gisirikare i […]
Abasirikare ba Uganda bagiye kuba bamwe mu bahembwa neza mu karere
Abasoreshwa bo muri Uganda bazakoresha hafi Tiliyari y’Amashilingi mu kongera imishahara y’abakozi bo hasi b’ingabo z’igihugu (UPDF), ndetse no gushaka abasirikare bashya mu mwaka w’imari utaha (FY2024-2025). Raporo yatanzwe na komite ishinzwe ingengo y’imari y’Inteko Ishinga Amategeko yerekana ko Minisiteri y’Ingabo n’ibikorwa by’abasirikare (MoDVA) izakomezanya no kongerera umushahara icyiciro cy’abasirikare bo ku rwego rwo hasi […]
RDC: Minisitiri w’Intebe mushya arashaka kugabanya umubare w’abaminisitiri muri guverinoma ye
Minisitiri w’Intebe mushya wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa, yashyize ahagaragara igitekerezo cya guverinoma igizwe n’abaminisitiri 45 mu biganiro kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 16 Mata 2024 n’urubuga rwa politiki rwa PEP-AAAP, ruyobowe n’umuyobozi warwo, Tony Kanku Shiku, usanzwe ari na mubyara wa Perezida Felix Tshisekedi Laurent Batumona umwe mu bagize uru […]
Tariki 17 Mata 1994: Mu bitaro bya CHUK hiciwe Abatutsi benshi barimo abarwayi
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 17 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi tariki ya 17 Mata mu 1994. 1. Leta y’abicanyi yashyizeho ba perefe bashya bagombaga kwihutisha Jenoside muri za Perefegitura Tariki ya 17/4/1994, Leta […]
Igisirikare cya Nigeria kiremeza ko kishe abayobozi 3 b’umutwe wa ISWAP
Kuri uyu wa Kabiri, ingabo zirwanira mu kirere za Nigeria zavuze ko ibitero by’indege byahitanye abayobozi batatu b’iterabwoba n’abarwanyi babo 30 muri Leta ya Borno mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria. Umuvugizi Edward Gabkwet mu itangazo rye, ko Ali Dawud, Mallam Ari na Bakurah Fallujah biciwe hamwe n’abarwanyi babo ku itariki ya 13 Mata aho bari […]
London: Abadepite banze ubugororangingo bw’abasenateri mu mushinga w’itegeko rireba u Rwanda
Abadepite bo mu Bwongereza bateye utwatsi ubugororangingo bwose mu mushinga w’itegeko rirebana no kohereza abimukira mu Rwanda bwakozwe n’abasenateri mu gisa nko guhangana gikomeje hagati y’imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko kuri iri tegeko ritavugwaho rumwe . Umushinga w’itegeko, ryagiweho impaka cyane, kuri uyu wa Kabiri ugomba gusubira muri Sena kugira ngo wongere usuzumwe neza. Bije […]
Burundi: Umunyamakurukazi Sandra Muhoza yagejejwe mu maboko y’iperereza
Kuri uyu wa Mbere, Umunyamakurukazi Sandra Muhoza yimuriwe muri kasho k’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iperereza (SNR) i Bujumbura, umurwa mukuru w’ubucuruzi w’u Burundi. Nk’uko amakuru agera kuri SOS Media Burundi abitangaza, uyu munyamakuru ngo urwaye indwara idakira yakorewe iyicarubozo mu mpera z’icyumweru gishize i Ngozi mu majyaruguru y’u Burundi. Kugeza ku wa Mbere nijoro, umuryango wa […]
Mu kwezi kwa Werurwe 2024, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 4,2% – NISR
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda kinejejwe no kubagezaho igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Werurwe 2024. Igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda kiboneka hifashishijwe gusa ibiciro byakusanyijwe mu mijyi. A. Ibiciro mu mijyi Mu kwezi kwa Werurwe 2024, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 4,2% ugereranyije na Werurwe 2023. Ibiciro mu kwezi kwa Gashyantare 2024 […]
Nta burenganzira ufite bwo guhemukira igihugu cyawe, uzabikora azabyishyura — Gen. Tshiwewe
“Nta burenganzira ufite bwo guhemukira igihugu cyawe. Uzabikora azabyishyura mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Nta nyungu mufite mu gufatanya n’umwanzi ”, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Congo (FARDC), General Christian Tshiwewe, yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki ya 15 Mata, i Kinshasa ubwo habaga akarasisi gahuriweho n’abasirikare n’abapolisi. Mu gihe yahamagariye igisirikare n’abapolisi kwamagana abashaka kubashishikariza […]
Polisi yafashe amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu buryo bwa magendu
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU), Ku cyumweru tariki ya 15 Mata, yafatiye mu bikorwa bitandukanye mu turere twa Nyabihu na Gicumbi, amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu. Mu Karere ka Nyabihu hafatiwe imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye amabalo 52 y’imyenda ya caguwa […]
Kwibuka30: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu tariki ya 16 mata 1994
Tariki ya 16 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi tariki ya 16 Mata 1994. Muri iyi nyandiko hariyongeraho amakuru ya Jenoside yakorewe Abatutsi i Nyamata mu Kiliziya no mu nyubako zayo. Ubwicanyi bwatangiye guhera […]
RDC: Uwahoze ari minisitiri arashinjwa kwica umugore we ukomoka muri Madagascar
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 14 Mata 2024, ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwataye muri yombi uwahoze ari Minisitiri wungirije wa Hydrocarbures ku butegetsi bwa Joseph Kabila, Moussa Mondo, ukurikiranweho kwica umugore we ukomoka muri Madagascar. Nk’uko amakuru menshi abishimangira, uyu muyobozi ukiri muto mu ishyaka ry’Abaturage riharanira Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD) yakubise […]
London: Itegeko ryo kohereza abimukira mu Rwanda rigiye kongera guhanganisha abasenateri n’abadepite
Kuri uyu wa Mbere, abadepite mu Bwongereza bari biteguye kujugunya ku bwinshi ubugororangingo burindwi bwakozwe n’abasenateri ku mushinga w’itegeko rya Minisitiri w’Intebe Sunak ushaka ko wemezwa mu Nteko mu mpera z’iki cyumweru. Abadepite bavuye mu kiruhuko cya pasika kandi ikintu cya mbere cy’ingenzi kuri gahunda y’umunsi ni umushinga w’itegeko utavugwaho rumwe cyane minisitiri w’intebe yashimangiye […]
Burundi: Umunyamakuru Sandra Umuhoza wahoze akorera Bonesha Fm akomeje kubura
Sandra Muhoza, umunyamakuru w’ikinyamakuru “La Nova-Burundi” mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu, yaburiwe irengero kuva ku wa Gatandatu nyuma ya saa sita. Yabuze nyuma yo kwitabira rendez-vous yari afitanye n’umunyemari wegereye CNDD-FDD wamuhamagaye ngo amuhe amakuru. Abapolisi baho ngo baba barabwiye umugabo we ko bamufunze ariko ntibamuha ibisobanuro birambuye. Ikiganiro cyagombaga kubera mu Mujyi wa Ngozi, aho […]
Amerika yavuze ko ititeguye kwifatanya na Israel mu kwihorera kuri Iran
Abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuze ko ibiro bya Perezida Joe Biden, byaburiye ko iki gihugu kitazajya mu gitero na kimwe cya Israel cyo kwihorera kuri Iran, nyuma y’aho iki kigabye kuri Israel igitero cya mbere giturutse ku butaka bwacyo nyuma y’imyaka myinshi ishize. Indege za drones na za misile byose hamwe birenga […]
Uganda: CMI yahahamuye Abanyarwanda mu myaka ishize yahindutse DIS
Ubuyobozi bukuru bw’ubutasi bwa gisirikare muri Uganda (CMI) buherutse guhindura izina bwitwa Defence Intelligence and Security (DIS) mu mpinduka ziheruka gukorwa muri UPDF. Mu itangazo ryashyize ahagaragara, Minisiteri y’Ingabo n’ibikorwa by’abavuye ku rugerero yerekanye ko bitewe n’ishyirwaho rya UPDF ryatangijwe na Perezida Museveni muri Gashyantare, amazina y’ibiro bimwe na bimwe muri UPDF yahindutse, guhera ku […]
Tariki 15 Mata 1994: Abatutsi bahungiye mu yari Komini Muhazi babanje kwirwanaho
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 15 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu cyahoze ari Komini Muhazi, ubu ni mu Karere ka Rwamagana, […]
Masisi: Rukomeje kwambikana hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo
Kuri uyu wa Mbere mu gitondo, imirwano yongeye kuba hagati y’Ingabo za Congo (FARDC) zishyigikiwe n’abarwanyi ba wazalendo na M23 muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka aha agararagara kuri X avuga, iyi mirwano iravugwa i Nyamubingwa, muri Gurupoma ya Mupfunyi Shanga, muri Teritwari ya Masisi. Ku Cyumweru, hari habaye […]
Abaforomo bo ku Kigo Nderabuzima cya Karwasa barashinjwa kurangarana abarwayi
Abivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Karwasa barashinja abaforomo bahakorera kutabitaho bigatuma bamwe barambirwa bagakora ingendo ndende bajya kwivuriza ku Bitaro Bikuru bya Ruhengeri, bakaba bifuza ko serivisi zihatangirwa zahinduka ntibazongere kurangaranwa. Ikigo Nderabuzima cya Karwasa giherereye mu Murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze; abakigana bavuga ko nta serivisi nziza bahabonera hakiyongeraho no kuba kitazitiriye bibangamira […]
RDC: Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC yabyukiye mu misozi ikikije Sake
Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zifatanyije na Wazalendo kuva mu mu masaha ya mbere ya saa sita kuri iki Cyumweru, itariki 14 Mata, yabyukiye mu misozi ikikije Sake. Mu mudugudu wa Shasha, muri Gurupoma ya Mupfunyi Shanga muri Teritwari ya Masisi, FARDC yarashe amabombe ku birindiro by’inyeshyamba za […]
Bujumbura: Abavunjayi barimo guhigwa bukware n’urwego rw’iperereza
Abavunjayi bakorera mu murwa mukuru w’ubucuruzi w’ubukungu w’u Burundi barimo gutabwa muri yombi ku bwinshi n’urwego rw’iperereza kuva aho bakorera kugeza n’aho batuye bashinjwa guhungabanya ubukungu bw’igihugu. “Ntidushobora gukorera abantu tutazi, kubera gutinya kugwa mu mutego. Benshi ni abaza biyita abakiriya”, ibi bikaba byavuzwe n’umuvunjayi wabajijwe uburyo bakora uyu munsi. Ibi ngo bigiye kumara ibyumweru […]
Kwibuka30: Uruhare rwa Habyarimana mu itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi
Jenoside yakorewe Abatutsi mu myaka 30 ishize, kuva muri Mata kugera muri Nyakanga 1994, yabaye umusaruro w’imbuto mbi yabibwe n’abayobozi mu nzego za politiki n’iza gisirikari, ku isonga hakaba Perezida wa Repubulika, Jenerali Majoro Habyarimana Juvénal n’abambari be ba hafi ndetse n’umugore we Agathe Kanziga. Ubwo FPR yatangizaga urugamba rwo kubohora Igihugu mu maboko y’ubutegetsi […]