U Rwanda ruramagana raporo ya HRW irushinja kwibasira abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri iki gihe

Guverinoma y’u Rwanda yise Human Rights Watch umuryango ugamije kuyobya abantu ugendera ku mwuka uri mu gihugu ugashaka kuwubyaza inyungu z’amafaranga. Ibi bikaba bije nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 29 Nzeri, mu itangazo ry’uyu muryango, wanenze Leta y’u Rwanda uyishinja guta muri yombi, kuburisha no gutera ubwoba abatavuga rumwe n’ubutegetsi kuva amatora […]

Data umbyara arashaka ko turyamana mbere y’uko nshaka umugabo- Mbigenze nte?

Ndi umukobwa w’imyaka 25, narangije amashuri yisumbuye ndetse nkaba mfite fiancĂ© tumaranye igihe kitari kinini. Abahungu benshi bagiye bansaba ubucuti nkabemerera ariko tugatandukana vuba. Mu by’ukuri sinzi impamvu ibitera kuko urukundo runyoyokamo vuba kandi mu ntangiriro mpa numva dukundana koko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nabyirutse mbana na data gusa kuko mama umbyara yansize mfite imyaka 9 gusa […]

Rulindo: Ambasaderi w’u Bushinwa yunamiye umukozi w’Umushinwa wapfiriye mu Rwanda

Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Rao Hongwei, yarambitse indabyo ahashyinguye umukozi w’Umushinwa wakoraga mu mishinga yo gufasha u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa gatandatu itariki 30 Nzeri 2017 akaba ari bwo Ambasaderi Rao Hongwei yagiye ku irimbi ry’Abashinwa riri mu Karere ka Rulindo ahashyinguwe uyu mukozi w’Umushinwa mu rwego rwo kumuha icyubahiro no kurambika […]

RDC: Mai-Mai Yakutumba yahawe amasaha 48 yo kurambika hasi ibirwanisho bitaba ibyo ikibonera

Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cya Congo, FARDC, bwahaye umutwe wa Mai-Mai Yakutumba amasaha 48, uhereye kuri uyu wa Gatandatu, yo kuba wamaze kurambika hasi ibirwanisho ku bushake bitaba ibyo ugahura n’akaga. Umwe mu bayobozi bakuru b’ingabo za Congo woherejwe na Etat Major ngo ajye gukurikirana ibikorwa bya gisirikare muri Kivu y’Amajyepfo yatangaje ibi kuri uyu wa […]

Ghana: Umuhanzi yatunguye benshi avuga ko ahagarariye Satani ku isi

Umuhanzi wo mu gihugu cya Ghana uzwi ku mazina ya Cash king aherutse gutunguza abantu amagambo adasanzwe ndetse anateye ubwoba ubwo yavugaga ko ahagarariye Lusiferi ku isi. Uyu muhanzi uzwi imbere mu gihugu cya Ghana yavuze amagambo buri wese atapfa kuvuga. Mu kiganiro n’itangazamakuru yagize ati « Nahinduje umweru uruhu rwanjye ngo abantu babone ibishushanyo […]

Uganda: Igipfunsi cya Gen Katumba cyari kimpitanye — Depite Zaake

Depite Francis Zaake uhagarariye Butebi mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda yatangaje ko igipfunsi Gen katumba Wamal aherutse kumuterera mu nteko cyari kimuhitanye nyuma yo kumukubita akitura hasi. Ifoto ya Gen Katumba akubita uyu mudepite mu mpera z’iki cyumweru yakwirakwiriye mu itangazamakuru, aho agaragara akubita igipfunsi kiremereye Depite Zaake mu mirwano yari irimbanyije hagati y’abadepite […]

Umushinjacyaha mukuru w’u Rwanda yatorewe kuyobora ishyirahamwe ry’Abashinjacyaha muri EAC

Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, Mutangana Jean Bosco, yatorewe muri iki cyumweru kuyobora ishyirahamwe ry’abashinjacyaha bo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (EAAP). Mutangana yatorewe kuyobora iryo shyirahamwe mu nama ngarukamwaka y’ababashinjacyaha bakuru bo muri EAC , yabereye i Kigali asimbuye DPP wa Kenya Hon.Keriako Tobiko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi nama kandi yabaye kuwa 28 na […]

U Buhinde: Abanyeshuri 3 ba kaminuza barimo Umunyarwanda batawe muri yombi n’igipolisi

Igipolisi cya Kothanur mu gihugu cy’u Buhinde cyataye muri yombi abanyeshuri batatu biga engineering, harimo umwe w’Umunyarwanda n’abandi bakomoka muri Andhra Pradesh nyuma yo kubafatana urumogi. Abatawe uri yombi nk’uko tubikesha urubuga rwa The New Indian Express ni; Neeraj Ramakrishna w’imyaka 24, Shailesh Bhushan w’imyaka 23, na Kayitare Frederick w’imyaka 25. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Igipolisi kikaba […]

Minisitiri w'ubuzima muri leta ya Perezida Trump yeguye

Perezida Donald Trump yakiriye urwandiko rwo gusezera yahawe na minisitiri w’ubuzima Tom Price, washinjwaga gukoresha nabi amafaranga yo mu kigega cya leta. Trump yavuze ko yababajwe n’ibyo bwana Price yakoze, ku bijyanye n’iyo micungire y’amafaranga. Umunyamakuru wa BBC uri mrui Aamerika , avuga ko ikoreshwa ry’indege zihenze z’abikorera minisitiri Price yakoresheje ajya mu bikorwa bya […]

Zari Hassan ufite abana 5 agiye kuboneza urubyaro

Zari Hassan ukunze kwiyita The Lady Boss, yatangaje ko agiye kuboneza urubyaro ku buryo atazongera kugira undi mwana abyara. Ibi yabitangaje ubwo yagiranaga ikiganiro na Cloud Fm ibintu byanatunguye abafana be hirya no hino nyuma yo kumva iki cyemezo cye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bije bikurikira ibihuhwa byari hanze bivugwa n’abafana ko Zari yaba atwite undi […]

Amerika mu nzira z'ibiganiro na Korea ya Ruguru

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Let Zunze Ubumwe za Amerika Rex Tillerson, yavuze ko hari inzira nyinshi zishoboka mu kuganira hagati y’igihugu cye na Koreya ya Ruguru. Abivuze nyuma yuko abonanye na perezida w’u Bushinwa Xi Jinping. Minisitiri Rex Tillerson yavuze ko hari gukoreshwa inzira zitandukanye mu buryo bwo kureba niba Koreya ya Ruguru ikeneye koko […]

Congo Kinshasa: Indege ya gisirikare yahanutse ihitana 10

  Abashinzwe ikibuga cy’indege cya Ndjili kiri i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangaje ko hahanutse indege ya gisirikare yari irimo abantu 10 bagahita bapfa. Iyo ndege yahanutse kubera ko byari byanze ko ihaguruka neza iva ku kibuga cy’indege cya N’djili, ihanuka ahitwa i Nsele nkuko BBC yabitangaje. Ntibizwi neza niba hari abantu […]

Abasirikare 2 b’u Burundi bishwe n’inyeshyamba za FNL

Igisirikare cy’u Burundi kiratangaza ko abasirikare ba cyo basize ubuzima mu mirwano bari bahanganyemo n’umutwe w’inyeshyamb za FNL, ziyobowe na Gen.Nzabampema Aloys. Imwe mu miryango itabogamiye kuri Leta, iremeza amakuru y’intambara zongeye kurota mu karere ka Gatumba, hafi n’umupaka igihugu cy’u Burundi gihana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Bivugwa ko zahitanye abasirikare 5 […]

Loni yahaye imiryango ya sosiyete sivile mu Rwanda inkunga ya miliyoni 400

Amashami ya Loni mu Rwanda yateye inkunga ya miliyoni 400 imiryango ya sosiyete sivile mu Rwanda, biciye mu rwego rw’igihugu rw’imiyoborere mu Rwanda(Rwanda Governance Board-RGB). Iyo nkunga yagenewe imiryango 15 ikorera mu Rwanda. Izayifashisha mu bijyanye no kongera serivisi z’ubuhinzi mu Rwanda, ubworozi, uburenganzira bwa muntu no gushimangira ihame ry’uburinganire, kongera ubwumvikane mu miryango, kurwanya […]

Rwamagana: Abaturage barishimira ibikorwa bagezeho ku muganda rusange

Abaturage bo mu kagari ka Bwiza, Umurenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana barishimira ibikorwa bagezeho bakesha umuganda rusange bakora buri wa 6 wa nyuma w’ukwezi, bavuga ko mu byo bagezeho harimo na poste de santĂ© bubatse ubu ikaba yaramaze kuzura, inzu bubakiye abatishoboye,
 Ku wa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri 2017, abaturage bazindukiye mu […]

Bujumbura: Radiyo CCIB FM+ yahagaritswe kubera kunenga Leta

Umuyobozi w’imwe muri Radiyo mbarwa zigenga mu gihugu cy’u Burundi, ku wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017, yatangaje ko Radiyo CCIB FM + yahagarikiwe ibiganiro ku mpamvu z’uko yahitishije amajwi anegura Leta. Ni nyuma y’aho mu nkambi ya Kamanyola ,mu burasirazuba bwa Republika Iharanira Demokrasi ya Congo ,habereye ubwicanyi bwibasiye impunzi z’Abarundi ,bukozwe n’Ingabo […]

Nakinnye iby’abana mfite imyaka 6, nsambana n’umuhungu mama aramfata arankubita none narahuzwe- Nkore iki?

Abo kuri iki kinyamakuru muraho neza, nkuko njya mbona n’abandi badashyiraho amazina nanjye sinifuje kuritangaza ariko ntibibabuze kumpa inama mbasaba. Mu by’ukuri mfite imyaka 27, ndi umukobwa ushakishwa ni ko bamwe bajya babyira, abasore baraza bakantereta pe, hari n’abansaba kubasura nkabasura bakifuza ko turyamana ariko nakwibuka ibyo nakorewe na mama ubwo nari mfite imyaka 6, […]

Amafoto y'uko umuganda wagenze mu Rwanda no mu mahanga

Mu turere dutandukanye hakozwe umuganda ngarukakwezi, ukorwa ku wa Gatandatu wa nyuma w’ukwezi. Gahunda yari itagenyijwe ni ugutaha inzu zagenewe abatishoboye muri gahunda y’umudugudu w’icyitegererezo. Uyu munsi kandi nibwo Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) yifatanyije n’Abanyarwanda muri uwo muganda wanatangirijwemo Icyumweru cy’Ubumwe n’Ubwiyunge. Gasabo Umuganda wabereye i Gikomero muri aka karere, ahabereye ibikorwa bitandukanye birimo gutaha […]

Ni nde ushobora gusimbura Degaulle muri FERWAFA ?

Ubwo bigenda bigaragara ko Nzamwita Vincent Degaule uyoboye FERWAFA , ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ashobora kuzakomeza indi manda y’imyaka ine , abakurikirana umupira bavuga ko kuzahura umupira wo mu Rwanda hagomba kubaho inteko rusange ihamye, abayobozi b’amakipe biyubashye kandi bazi gufata imyanzuro inogeye mu gihe gikwiye mu nyungu rusange z’igihe kirekire. Umunyamakuru w’imikono Muramira […]

U Burundi na Tanzania birashinjwa gushyira igitutu ku mpunzi z’Abarundi zatahuka zigahohoterwa

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu Amnistie Internationale uratangaza ko ibihumbi vy’impunzi z’abarundi zisubira mu gihugu cy’amavuko zivuye muri Tanzaniya, zihura n’ikibazo by’umutekano muke, kandi ziba zashyizweho igitutu n’u Burundi na Tanzania. Mu kwezi gushize, Tanzaniya, u Burundi n’ikigo cya Loni cyita ku mpunzi UNHCR bumvikanye ko baba batahanye mu Burundi impunzi zihakomoka12000 zibyipfuza ziri […]

Ntidusaba ko abagore bemererwa kuvanamo inda, ahubwo ko ababyemerewe boroherezwa-HDI

Umuryango urengera ubuzima mu Rwanda, HDI, urasaba inzego zibishinzwe zirimo Leta y’u Rwanda korohereza abagore n’abakobwa bemerewe gukurirwamo inda kuko ngo usanga hakiri imbogamizi zikomeye ku babyemerewe. Ibi bigarukwaho na Sengoga Christopher, ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri HDI(Health Development Initiative). Zimwe mu mbogamizi zigarukwaho ni amabwiriza ya Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda agena ko umugore cyangwa […]

Rurageretse hagati ya Rwandair n’abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp

Nyuma y’igihe kitari kinini abakoresha imbuga nkoranyambaga bibasiye Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe imisoro n’amahoro , noheho ubu ni Kompanyi yo gutwara abantu n’ibintu mu Kirere RwandAir badukiriye. Hari kuwa 19 Mutarama 2016 ,ubwo Rwanda Revenue Authority yacishaga itangazo ku rubuga rwayo rwa interneti , ryamaganaga ubutumwa bwacicikanaga kuri Whatsapp ,buvuga ko iki Kigo kiri gutegura kujya […]

Somalia: Al Shabab yigaruriye ikigo cya gisirikare mu mirwano ikaze yaguyemo ingabo za leta 15

Abasirikare 15 ba Somalia kuri uyu wa Gatanu biciwe mu gitero cy’Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab bagabye ku kigo cya gisirikare kiri hafi y’umurwa mukuru, Mogadishu nk’uko byemezwa n’abayobozi. Iyi nkuru iravuga ko izi ntagondwa za Al Shabab zakoresheje imbunda n’imodoka itezemo bombe mu kwigarurira iki kigo cya gisirikare n’umujyi wa Barire uri hafi […]

Muhanga: Abayobozi 9 b'imirenge n'utugari beguye (yavuguruwe)

Ubuyobozi bw’ Akarere ka Muhanga butangaza ko abayobozi 9 barimo ab’imirenge ndetse n’abo mu tugari beguye ku kazi.   Umuyobozi w’aka karere Beatrice Uwamariya, avuga ko abayobozi banditse ndetse ubuyobozi bukaba bwashyikiriye ubusabe bwabo ari; Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibangu n’uwa Nyamabuye Mugunga Jean Baptiste . Hari kandi Abanyamabanga Nshingwabikorwa batatu b’utugari, Abakozi babiri bashinzwe […]

Ubuhamya bwa Carl Wilkens, umwe mu banyamerika bacye bagumye mu Rwanda muri jenoside

Umunyamerika Carl Wilkens, umwe mu banyamahanga bacye basigaye mu Rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aravuga ko bitoroshye guhindura amateka mabi ariko igihugu cy’u Rwanda gishobora kuba urugero rwiza. Ibi akaba yabitangarije mu kiganiro yatanze kuri uyu wa Kane muri Andrews University nk’uko tubikesha heraldpalladium.com. Wilkens avuga ko benshi mu Banyamerika batekereza […]

Dore uburyo bwiza bwagufasha kwiga gusoma Bibiliya uko bikwiye

Abantu benshi bakunze kugira ikibazo cyo kubura akanya ko gusoma Bibiliya ndetse ugasanga bafite umuhati ariko kubishyira mu bikorwa bigakomeza kuba ingorabahizi. Ni muri urwo rwego hari uburyo bwiza bwo gusoma bibiliya neza kandi uko bikwiye mu gihe ufite uwo muhati. Ijambo ry’Imana mu Migani 8:17 havuga ngo Nkunda abankunda kandi abanshakana umwete bazambona. [xyz-ihs […]

IPRC south BBC isezeye mu marushanwa ya Zone 5 kubera’ kudafatwa kimwe’

Ikipe ya IPRC South yagombaga guhagararira u Rwanda mu marushanwa ya Zone 5 ya Basketball yasezeye muri ayo marushanwa, nyuma yo gutegerwa imodoka, ariko andi makipe bagombaga kujyana yo akaba yategewe indege na Minisiteri ya siporo n’umuco(Minispoc). Ayategewe indege ni Patriots BBC na APR Women BBC. Ikipe IPRC south BBC yo yategewe imodoka ya sosiyete […]

Muhanga/Rutenga: Abaturage bahangayikishijwe na ruhurura iri hagati mu ngo idapfundikiye

Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Rutenga, mu kagari ka Gahogo, mu mujyi wa Muhanga, begereye ahubatswe ruhurura, bavuga ko bafite impungenge z’ubuzima bwabo, kuko iyi ruhurura imanuka hagati mu ngo, kandi aha yubatse ari naho haba inzira bacamo bagana mu bice bitandukanye bijya mu mujyi wa Muhanga. Ubusanzwe iyi ruhurura yari ihasanzwe ariko […]

U Rwanda rwigiye imbere uko ruhagaze mu bukungu, ku Isi rusubira inyuma

U Rwanda rwazamutseho umwanya umwe ku mugabane wa Afurika mu bigihugu bihagaze neza mu bukungu, rujya ku mwanya wa kabiri ku mugabane wa Afurika nyuma y’Ibirwa bya Maurice byakomeje kuza ku mwanya wa mbere no ku mwanya wa 45 ku Isi, ho rwasubiye inyuma. Ibyo byagaragajwe mu cyegeranyo cyerekana uko ibihugu bihagaze mu bukungu mu […]

Uganda: Abadepite baherutse gutabwa muri yombi bashakaga gutwika inteko — IGP Kayihura

Umukuru w’igipolisi cya Uganda, IGP Gen. Kale Kayihura yasobanuye impamvu z’ibyakozwe n’abashinzwe umutekano ku Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda kuri uyu wa Gatatu ushize, avuga ko bikwiye kubazwa abadepite banze kumva amabwiriza y’ubakuriye, ndetse anahishura ko abadepite batawe muri yombi bari bafite umugambi wo gutwika inteko. Gen. Kayihura yagize ati: “ Bari bateguye gutwika inteko […]

Kenya igiye kwakira irushanwa ry’igikombe cya CECAFA Challenge Cup

Inama y’Asosiyasiyo y’umupira w’Amaguru muri Afurika y’Uburasirazuba (CECAFA) yemeje Kenya nk’igihugu kizakira iri rushanwa riri gutegurwa mu minsi iri imbere ryiswe Cecafa Challenge Cup. Ni nyuma y’imyaka 2 Kenya isabye ko yakwakira iri rushanwa nyuma y’uko ribereye mu gihugu cya Ethiopia. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inama nshingwabikorwa ya CECAFA iherutse kubera i Khartoum muri Sudani yanemeje ko […]

RDC: Umugaba mukuru wa FARDC yiyemeje kurangiza burundu ikibazo cy’inyeshyamba muri Uvira

Umugaba mukuru w’ingabo za Congo, Gen. Didier Etumba, kuri uyu wa Kane, itariki 28 Nzeri yageze I Bukavu aturutse I Kinshasa anyuze I Goma, aho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yavuze ko agiye Uvira muri Kivu y’Amajyepfo mu rwego rwo kurangiza burundu ikibazo cy’inyeshyamba zimaze iminsi zihahanganiye na FARDC. Gen. Etumba yagize ati: “Inyeshyamba zarateye. Ndavuga […]

Umugeni yataye umugabo wenyine mu rusengero bamaze gusezerana, umugabo amwirukaho (Amafoto)

Mu gace kamwe ka Igbo gaherereye mu Burasirazuba bwa Nigeria, umugeni aherutse guta umugabo we mu rusengero Pasiteri akimara kubasezeranya nk’umugore n’umugabo. Abatangabuhamya bari bahari bavuga ko nyuma yo kumva ijambo ko babaye umugore n’umugabo, umugeni yahise yisubiraho akavuga ko yumva ibyo kuba umwe n’uwo mugabo atakibishaka ndetse ahita asohoka ariruka umugabo we amwirukaho. Umugabo […]

Dore itandukaniro ry'imibonano ikozwe neza ndetse n'iyakozwe bihutiyeho

N’ubwo imibonano mpuzabitsina ari ingenzi ku buzima bwa muntu, usanga benshi bayikora nabi ari byo binabaviramo indwara zanduririra mu mibonano mpuzabitsina cyangwa andi makimbirane atandukanye ashingiye ku miryango, cyangwa izindi ndwara zirimo n’umunaniro ukabije,… ahanini ni uko iba yakozwe mu buryo budakwiye . Nkuko dusanzwe tubibakorera Bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina mugihe […]

Human Rights Watch yongeye gutunga urutoki Guverinoma y’u Rwanda

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch kuri uyu wa Gatanu, itariki 29 Nzeri 2017 watangaje ko Guverinoma y’u Rwanda ikomeje guta muri yombi no kubangamira abatavuga rumwe nayo kuva perezida w’u Rwanda yakongera gutorwa muri Kanama. Human Right Watch ikaba ivuga ko mu bibasiwe harimo Diane Rwigara, umuryango we, abamushyigikiye, ndetse n’abayobozi benshi […]

Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango

Mu tugari n’imidugudu inyuranye muri uyu murenge, nta mugore urenza saa mbiri z’ijoro akiri mu kabari, kandi nyuma y’amasaha abiri n’umugabo agomba kuba amusanze bakegera abana. Hamwe abagore bataha saa kumi n’ebyiri abagabo bagataha saa mbiri, ahandi abagore bataha saa mbiri, abagabo baho bakageza saa yine z’ijoro. Abagore n’abagabo batuye umurenge wa Katabagemu muri Nyagatare […]

Nyarugenge: Abatuye Kanyinya na Mageragere ntibazongera gukora ingendo bajya kwivuza amaso n’amenyo

Minisitiri w’ubuzima, Dr Diane GASHUMBA, kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Nzeri yasuye Akarere ka Nyarugenge yakirwa n’umuyubozi w’Akarere, Kayisime NZARAMBA, umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, umunyamabanga nshingwabikorwa ndetse n’umuyobozi mukuru mu ishami ry’ubuzima mu Karere ka Nyarugenge baganira kuri serivisi z’ubuvuzi zitangwa mu mavuriro atandukanye. Nyuma yo kwakirwa, baganiriye kuri serivisi zitandukanye […]

Mfite imyaka 33, ese naca imyeyo (gukuna) nkuze bigakunda?

Bitewe n’aho umuntu yakuriye, usanga hari bamwe mu bakobwa bagera igihe cyo gushaka bataraca mu rubohero, ugasanga ashishikajwe no kubikora akuze, ku buryo bimutwara imbaraga, ariko birashoboka ko ushobora gukuna ukuze bigakunda. Uyu yagize ati “Muraho, nitwa Immaculee, mfite imyaka 33, maze kubyara kabiri, ariko nashakaga kubaza niba najya mu rubohero bigakunda”? Ibi byatumye dukora […]

Ngoma: Abayobora amasibo barashinjwa kunyereza amafaranga y’umutekano baka abaturage

Abaturage bo mu murenge wa Kazo mu karere ka Ngoma, Intara y’Iburasirazuba bavuga ko batanga amafaranga y’umutekano ariko bagatungurwa no kumva abanyerondo bivumbuye ngo ntibarirara badahembwa kandi amafaranga aba yatanzwe. Abaturage bavuga ko gukorera mu masibo bibafasha gukemura bimwe mu bibazo birimo no kwicungira umutekano hakoreshejwe irondo ry’umwuga ariko nubwo batanga amafaranga ntibahabwa inyemezabwishyu, bakavuga […]

U Burusiya bwahaye gasopo Amerika buyisaba kutazongera kuvogera ikirere cyabwo

Leta y’u Burusiya ibinyujije mu ijwi ry’umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga wa yo Madamu Maria Zacharova, yatangaje ko ihangayikishijwe n’uko Leta zunze ubumwe za Amerika ziri kwibanda mu bikorwa byo kwibasira kugurutsa indege zayo za gisirikare mu kirere cy’u Burusiya nta ruhushya. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza dukesha iyi nkuru, bitangaza ko ubusanzwe ibi bihugu bigirana amasezerano […]

Umugore yambuwe n’inkende zimucuza ibyo yari avuye guhaha byose

Umugore utatangarijwe amazina wo mu mujyi uherereye mu majyaruguru y’u Bwongereza yatangiriwe n’uruhuri rw’inyamaswa ubwo yari mu modoka avuye guhaha ibintu birimo n’imyenda y’ibirori, impano n’ibindi zirabimwambura ntiyagira na kimwe asigarana. Uyu mugore ukiri muto utatangarijwe amazina yamburiwe mu ishyamba rizwi nka Merseyside safari park ahaba hateraniye inyamaswa z’ubwoko butandukanye burimo ibitera, inkende, impyisi, Imbwebwe […]

Guverineri Mufurukye yaburiye abafite ibibanza mu mujyi wa Rwamagana bitubakwa ko bazabyamburwa

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yaburiye abafite ibibanza ariko bitubakwa mu mujyi wa Rwamagana uri muri iyi Ntara, ko bashobora kubyamburwa bigahabwa abafite ubushake n’ubushobozi bwo kubyubaka. Mu nteko rusange y’abaturage yo ku wa kabiri tariki 26 Nzeri 2017, nibwo Guvereneri w’Intara y’Iburasirazuba, Mufurukye Fred, yasabye ko habaho impinduka mu kuvugurura umujyi wa Rwamagana aboneraho no gusaba […]

Tchad: Indege y’intambara y’u Bufaransa yakoreye impanuka itarasobanuka i Ndjamena

Umupilote w’indege ya gisirikare y’u Bufaransa yo mu bwoko bwa Mirage 2000 kuri uyu wa Kane, itariki 28 Nzeri yakomeretse ubwo yari asimbutse iyi ndege yakoze impanuka igihaguruka ku birindiro bya Ndjamena muri Tchad. Iyi ndege yari ku kibuga indege zihagurukiraho itangira kuguruka, ariko nyuma y’akanya gato abari bayitwaye biba ngombwa ko bahita bayivamo iri […]

Umuhanzi ukizamuka Pacific yashyize ahagaragara indirimbo yakoranye na Suzan Nyiranyamibwa

Umuhanzi nyarwanda ukizamuka, Pacific —Umwe Uzi yamaze gusohora indirimbo “ Muraho ” iri mu njyana gakondo yafatanyije n’umuhanzi Nyiranyamibwa Suzan wubatse izina mu Rwanda no hanze yarwo muri iyi njyana. Uyu musore ubusanzwe akaba akora injyana ya Hip Hop. Mu kiganiro na Bwiza.com uyu musore yatangaje ko iyi ndirimbo ikubiyemo ubutumwa bugaragaza imibereho Abanyarwanda basangiye […]

Rubavu: Abarokotse jenoside batishoboye bubakiwe inzu zatwaye akayabo ariko zitagira ubwiherero n’ibikoni

Inzu 58 zubakiwe imiryango y’abarokotse Jenosi yakorewe Abatutsi mu Rwanda batishoboye batuye mu murenge wa Kanzenze, mu karere ka Rubavu, ntizigira ubwiherero n’ibikoni byo gutekeramo, ku buryo abazihawe batekera hanze bakajya no gutira imisarani ku baturanyi babo. Ni inzu 58, zuzuye zitwaye akayabo ka miliyoni 290 z’amafaranga y’u Rwanda, inzu imwe yagiye yuzura itwaye miliyoni […]

Dore abakinnyi bakomeje kwitwara neza mu marushanwa yo ku mugabane w'u burayi 2017/18

Mu irushanwa rya Premier League ryo mu gihugu cy’u Bwongereza, abakinyi Batatu bamaze kwinjiza ibitego 6 kuri buri wese mu mikino 6 itandukanye bityo kugeza ubu bikaba bigoye kuba hari uwo umuntu yaha amahirwe yo kuzegukana Ballon d’Or uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abo bakinnyi 3 barimo umwataka wa Man City , Sergio Aguero, umukinyi mushya […]

USA: Komite y’inteko ishinga amategeko yongeye gutega amatwi abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda

Kuri uyu wa gatatu, itariki 27 Nzeri 2017, komite y’abagize inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe Afurika n’ibibazo by’uburenganzira bwa muntu, yasuzumye ikijyanye na demokarasi n’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yo muri Kanama, aho yongeye gutega amatwi Abanyarwanda babiri banenga ubutegetsi buriho mu Rwanda, Dr David Himbara […]

Rusizi: Ababyeyi barasabwa gutembereza abana basura ibyiza nyaburanga by’u Rwanda

Abana biga mu ishuri ribanza ‘Child care Academy’ riri mu mujyi wa Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba barakangurira ababyeyi n’abandi bana gusura ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda. Ibi babitangaje nyuma yaho abana 65 biga mu mwaka wa 6 w’amashuri abanza muri iri shuri, batemberejwe ibice binyuranye by’Intara y’Iburengerazuba n’iy’Amajyepfo bakirebera ibyiza bitatse u Rwanda n’umuco w’ubutwari […]

Kenya: Umupasiteri yivuganye umugabo wamufashe amusambanyiriza umugore

Umupasiteri witwa Fred Ochieng wo muri Kenya aherutse kwivugana umugabo wari umutaye muri yombi amusambanyiriza umugore. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mupasiteri wari wihigikanye umugore uteri uwe, ubwo uyu mugabo yari yagiye mu kazi k’ibijyanye no gukora mu birombe by’amabuye y’agaciro mu gace ka Osiri yataha agasanga rwambikanye ariko umupasiteri ikimwaro kikamutera kwivugana uyu mugabo witwa Tobias […]

Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda

Tariki ya 28 Nzeri, isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru. Mu Rwanda uyu munsi ubaye itangazamakuru rihanganye n’ibibazo by’ubukene, imwe mu mpamvu ituma abanyamakuru batangaza ayo bahabwa, bagenewe cyangwa batumiriwe, nyamara ari kure batabasha kuyageraho kubera ubushobozi buke. Abakora n’abakorana n’itangazamakuru bishimira ko nibura hagiyeho itegeko ryo kubona amakuru rimaze imyaka ine (itegeko […]

RDC: Igitero cy’inyeshyamba zaje mu mato zifuza kwigarurira Uvira cyasubijwe inyuma

Abaturage bo muri Uvira, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo baraye mu icuraburindi baramukira mu bwoba bwinshi nyuma y’aho abantu bitwaje intwaro baje mu mato bagabye igitero mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki 28 Nzeri kuri uyu mujyi uherereye ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika. Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 27 Nzeri, […]

Umugore akurikiranyweho gutwika umwana w’imyaka 10 na peteroli kuko yaciye ikabutura

Polisi ikorera mu mujyi wa Lagos muri Nigeria iherutse guta muri yombi umugore witwa Gift Igwe imuziza gutwika umwana w’umuhungu w’imyaka 10 akoresheje peteroli. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana Chimobi w’imyaka 10 ni mwishywa w’umugabo w’uyu mugore yabaga mu rugo rwa bo, ubwo uyu mugore yazibiranwaga n’uburakari kuko yari yaciye ikabutura agahita amusukaho peterori umubiri wose […]

Kigali car Free zone igiye gushyirwamo ibikorwa byinjiza amafaranga

Nyuma y’imyaka 3 yose agace ka Kigali Free Zone nta kintu kigakorerwamo, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko bufitiye ingamba nshya aha hantu mu rwego rwo kuhabyaza umusaruro. Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Bruno Rangira akaba avuga ko hagati mu mwaka utaha aha hantu hagiye gushyirwa serivisi zitandukanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Eng. Fred Mugisha, ukuriye ibijyanye n’imyubakire […]

Ese gushaka abagore ntibyaba bigiye gutuma Urban Boyz isenyuka?

Iyo uvuze izina “Urban Boys” mu Rwanda, umuntu yumva Safi, Nizo na Humble G, ni itsinda ryatangiye umuziki ahagana 2008, batangirira i Butare mu ntara y’Amajyepfo nyuma riza gufata umwanzuro wo kwerekeza i Kigali, imyiteguro y’urushako barimo ikaba ica amarenga ko iri tsinda rishobora gusenyuka. Ubu ikiri kuvugwa ni imyiteguro ya buri umwe muri bo […]

Rwamagana: Guverineri yakirijwe uruhuri rw’ibibazo n’amarira y’abaturage basaba kurenganurwa

Abaturage bavuga ko barenganijwe, ubwo babonaga Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, bamwakirije uruhuri rw’ibibazo bamwe banamuririra mu maso. Mu nteko rusange y’abaturage yabaye ku wa 26 Nzeri 2017, ku kibuga cya Polisi mu Murenge wa Kigabiro, Guvereneri w’Intara y’Iburasirazuba, Mufurukye Fred wari umushyitsi muri iyo nteko, abaturage bamugejejeho amakuru y’ubuzima bita bubi babayemo. Bamwe bafataga ijambo, bakavuga […]

Uganda: Bobi Wine mu badepite batawe muri yombi na polisi bazira kurwanira mu nteko

Benshi mu bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda barimo umuhanzi Bobi Wine, kuri uyu wa gatatu, itariki 27 Nzeri batawe muri yombi n’igipolisi kibasanze mu nteko kibajyana ahantu hataramenyekana. Usibye Bobi Wine abandi batawe muri yombi bahise bamenyekana ni Allan Ssewanyana na Odonga Otto. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kugeza na n’ubu ku nteko ishinga Amategeko ya Uganda […]