Umusirikare wa Nijeriya yamaze amajoro arara mu mva barwana na Boko Haram
Umusirikare wa Nigeria witwa Charles Sea aherutse gutangaza amakuru yâuko yari abayeho na bagenzi be mu ntambara baheruka kurwana bahanganye nâumutwe wa book Haram, uyu musirikare agaragaza uburyo yaryamaga mu mva byacya akajya mu rugamba akarinda avayo nta ngorane ahuye na zo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musirikare yanyujije amafoto ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook aherekejwe nâamagambo […]
Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma
Kubona abasomana mu mashusho biroroshye ariko kubishyira hagati yanyu mwe mwashakanye cyangwa muri mu nzira yabyo ni ikindi kibazo gikomeye. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana. 1.Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mu giye guhuza igitsina . Gusomana bigomba gukorwa buri gihe nkâikimenyetso cyâurukundo mufitanye. 2.Kugira ngo utigora mu gusomana, wikwishyiramo […]
BNR: Urwego rw'inguzanyo rwasubiye inyuma mu mabanki ugereranije n'izindi nzego z'imari
Banki nkuru yâu Rwanda iratangaza ko kugeza ubu, ubukungu bwâigihugu buhagaze neza ndetse bukaba bushobora no kuzagenda neza kugeza mu mpera zâuyu mwaka, ariko ikongeraho ko ikibangamiwe nâikibazo cyâinguzanyo mu mabanki nâibigo byâimari zitishyurwa neza. Ibi ni bimwe mu byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Nzeri 2017, mu kiganiro nâabanyamakuru, ubwo iyi banki […]
U Rwanda, Congo na HCR mu biganiro ku ikurwaho rya statut yâimpunzi ku Banyarwanda bahahungiye
Guverinoma yâu Rwanda, iya Repubulika ya Congo ndetse nâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku mpunzi, HCR, guhera kuri uyu wa kabiri, itariki 26 Nzeri kugeza kuri uyu wa gatatu, itariki 27 bahuriye I Brazaville mu rwego rwo kwiga uko hashyirwa mu bikorwa ikijyanye no gukuriraho Abanyarwanda baba muri iki gihugu statut yâubuhunzi. Intumwa za Guverinoma yâu […]
RDC: Tugiye guhamagarira ku mugaragaro Abanyekongo kwirukana perezida Kabila â Moise Katumbi
Umunyapolitiki Moise Katumbi utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Congo, aremeza ko perezida Kabila nadategura amatora kuwa 31 Ukuboza hazatangira guverinoma yâinzibacyuho kandi Kabila atayirimo. Kuri uyu wa kabiri, itariki 26 Nzeri, Moise Katumbi akaba yahamagariye abanyekongo kuzigabiza imihanda perezida Kabila naramuka yanze kuva ku butegetsi ngo ategure amatora uhereye ubu kugeza kuwa 31 Ukuboza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
UNESCO: Ku myaka 17, umwangavu wo muri Maurice utabona yashyizwe mu baharanira amahoro
Burya ubumuga bubi ni mu mutwe no mu mutima, kandi kuba intwari ntibigomba imyaka myinshi. Umwangavu ukomoka mu birwa bya Maurice, ufite ubumuga bwo kutabona yagizwe umwe mu bambasaderi ba UNESCO baharanira amahoro. Mu cyumweru gishize, nibwo umuyobozi wâishami rya Loni ryita ku burezi nâumuco(UNESCO) yagize umwangavu wo birwa bya Maurice, Jane Constance, umwe mu […]
Kayenzi: Umukozi wâAbashinwa yapfiriye mu kizenga cya metero 6
Umusore wakoraga muri kampani âCOIMIKAâ yâAbashinwa, icukuru amabuye yâagaciro mu murenge wa Kayenzi , akarere ka Kamonyi, yapfiriye mu kizenga cyâamazi cya metero 6. Ni ikizenga cyâamazi gifite metero 6, kiri mu kabande kâahitwa muri Matengu, mu mudugudu wa Buhurura, akagari ka Bugarama, mu murenge wa Kayenzi, cyacukuwe na kampani COIMIKA yâabacukuzi bâamabuye yâagaciro ifitanye […]
RDC : Polisi yerekanye abantu 80 bakekwaho gukora ubwicanyi mu mujyi
Polisi ikorera mu mujyi wa Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yamuritse ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017, abantu bagera kuri 80 bakekwaho gukora ubwicanyi mu bice bitandukanye byâumujyi guhera mu bihe byashize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi polisi ikorera kuri sitasiyo ya Lufungula ivuga ko muri aba batawe muri yombi […]
Abadipolomate bâAbafaransa nâAbanyarwanda barateganya guhura mu ibanga i Kigali
Umubonano mu ibanga rikomeye ryâabadipolomate bâAbanyarwanda nâAbafaransa I Kigali mu ntangiriro zâukwezi gutaha witezweho gukomeza umubano hagati yâibihugu byombi uri mu gahenebero kuva mu 1994. Kuri ubu umubano wâu Bufaransa nâu Rwanda ntiwifashe neza na gato ndetse nâikimenyimenyi u Bufaransa bukaba nta ambasaderi bufite mu Rwanda kuva rwakanga kwakira uwari woherejwe, ariko guhura kwâabakuru bâibihugu […]
Uganda: Umudepite ari mu mazi abira azira kunyara imbere ya Minisiteri yâimari
Umudepite mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda, Ibrahim Abiriga ari mu mazi abira nyuma yo gufotorwa anyara imbere yâibiro bya Minisitiri wâImari arimo ajya mu kazi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe muri iyi minsi Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda babyukira umunsi ku wundi mu mpaka zidashira ku ivugurura ryâingingo igenera uwiyamamariza kuyobora igihugu […]
Sudani yâEpfo: Umunyarwanda yagizwe umuyobozi wâikigo cyâigihugu gishinzwe imisoro
Umunyarwanda, Eugene Torero yagizwe Umuyobozi Mukuru wâikigo cyâigihugu gishinzwe imisoro muri Sudani yâEpfo, South Sudan Revenue Authority, kigiye gutangizwa nkâuko byemejwe nâabagize inteko ishinga amategeko yâiki gihugu kuri uyu wa kabiri. Nyuma yâisuzuma ritandukanye, abagize inteko ishinga amategeko yâinzibacyuho ya Sudani yâEpfo bakaba bemeje ko Torero ari we uzayobora iki kigo kizaba gishinzwe gukusanya imisoro, […]
Rujugiro aravugwaho gusohora akayabo kugirango Leta yâu Rwanda yandagazwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa aravugwaho kuba yarishyuye akayabo kâamadolari ikigo cyâAbanyamerika cyagize uruhare mu gutuma abagize inteko ishinga amategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemera gutega amatwi ibibazo afitanye na leta yâu Rwanda. Biravugwa ko Rujugiro Ayabatwa Tribert abinyujije kuri Dr David Himbara, umwe mu bayobozi bakuru bâishyaka RNC ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda, yishyuraga […]
Tanzania: Impunzi zâAbarundi zibarirwa mu bihumbi zabuze uko zisubira iwabo
Impunzi zâAbarundi zibarirwa mu Bihumbi ziratakambira inzego nâumuryango ifite impunzi mu nshingano ngo irebe uko yazikura aho ziri muri Tanzania zikabasha gusubira mu gihugu cya zo. Ni nyuma yâuko impunzi zigera ku bihumbi 12 bivugwa ko zimaze kugera imbere yâinzego zâubuyobozi za Tanzania ndetse nâimiryango mpuzamahanga yita ku mpunzi zisaba ko zakoroherezwa gusubizwa mu gihugu […]
Ngiye gukorera satani nihishe mu Mana-Mkombozi
Umuhanzi Mkombozi usanzwe aririmba indirimbo za hip hop mu gihugu cy’u Burundi atangaza ko kuri we asanga agomba kureka kuririmba indirimbo zisanzwe ahubwo akarimba indirimbo zarimbiwe imana ariko mu ishusho ya sekibi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje ubwo yarimo aganira nâitangazamakuru rya hano mu Rwanda, aho uyu muhanzi, Mkombozi yatangaje ko nyuma yo guhanurirwa na Rugagi […]
Kuzinukwa imibonano kâumugore si ubwende, umutima urabishaka umubiri ukanga
Kugira ubushake buke bwâimibonano mpuzabisina birasanzwe ku mugabo, kandi habonetse nâimiti nka Viagara. Iyo bibaye ku mugore ho biba bigoye, cyane ko nâubundi iyo abishaka bidapfa kugaragara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni kenshi umugore atera umugongo umugabo, ni kenshi avuga hindukira bikanga, burya ntaba ari we.Inzobere mu bumyenyi mbonezabitsina, Dr Solano Catherine arabiva imuzingo, naho Bwiza.com ikabisasanura. […]
Rubavu: Abaturage bashinja Akarere kubakorera umuhanda utagira imiyoboro yâamazi ukabateza isuri
Abaturage batuye mu murenge wa Bugeshi, ho mu karere ka Rubavu barinubira ikorwa ryâumuhanda ukozwe nabi uva Kabumba ukagera Kabuhanga kuko nta muyoboro wâamazi ugira bityo ukabateza isuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bamwe mu biganjemo abahinzi babashije kuganira na bwiza.com batuye muri ako gace avuga ko uyu muhanda-Kabumba Kabuhanga ,waje bawukeneye kuko waborohereje kugeza umusaruro wâibihingwa bya […]
Bimwe mu bikubiye mu mugambi wâImana ku bihano byâ Abayuda ku bwâibyaha byabo (Zefaniya 1-1-)
Mu gitabo cya Zefaniya igice cya Mbele guhera ku murongo wa mbere gukomeza, hagaragara amagambo agaragaza ibihano Imana yagombaga gufatira Abayuda kubera ibyaha bya bo, ndetse mu mirongo ya 20 ho hakagaragaramo imana Imana yabaieiye ngo batazarimbuka. Ijambo ryâUwiteka ryaje kuri Zefaniya mwene Kushi, mwene Gedaliya, mwene Amariya, mwene Hezekiya, ku ngoma ya Yosiya mwene […]
Umusore dukundana arifuza ko turyamana ngo nibwo nzagira ikibuno nâamabere biteye neza- Ugisha inama
Maze imyaka ibiri nkundana nâumusore, ibindi byose turabikora ariko kuryamana byo naramuhakaniye, ku mubiri wanjye muto muto ku bwanjye mba numva ntacyo untwaye, ariko we akanyimvisha ko umugore ufite ikibuno kinini ari we uryoha cyane mu buriri. Akomeje kumbwira ko nemeye tugakorana imibonano mpuzabitsina aribwo ngo icyo kibuno cyarushaho kuba kinini, kandi ngo kiza nâamabere […]
Uganda: Bobi Wine mu gakino kâamacenga na polisi ishaka kumuta muri yombi
Depite Bobi Wine muri Uganda akomeje guhangana nâinzego zâumutekano zishaka kumuta muri yombi ariko na we akazibera ibamba azira ko arwanya ko ingingo igenera umukru wâigihugu imyaka yahindurwa. Uyu mudepite mushya mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda yatangaje mu minsi ishize ko ashobora kuziyamamariza kuyobora Uganda mu gihe Perezida uri ku butegetsi, Museveni Yoweri azaba […]
Nyagatare: Ecobank yibwe amafaranga akabakaba miliyoni 100
Polisi yâu Rwanda yatangaje ko banki yâubucuruzi Ecobank ishami ryayo rikorera I Nyagatare yibwe amafaranga yâu Rwanda akabakaba muliyoni 100. Ayo mafaranga ngo yibwe ku wa Gatandatu, tariki ya 24 Nzeri 2017, Umuvugizi wa Polisi muriiyi ntara IP Kayihura Jean de Dieu yavuze ko hakekwa abakozi bayo babiri. Ati âYibwe tariki 24 Nzeri. Abakekwa ni […]
Cyangugu:Padiri Alphonse Kabera yitabye Imana, urupfu rwe ntiruvugwaho rumwe
Padiri Alphonse Kabera wakoreraga ubutumwa bwe muri paruwasi Katederale ya Cyangugu yishwe mu buryo butunguranye. Umurambo we wabonetse mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 aho yari atuye. Amakuru yahererekanyijwe kuri Whatsapp agaragaza ko basanze yapfuye anigishijwe isume, yicajwe ku ntebe ye. Akomeza avuga ko mu masaha ashyira saa tatu zâijoro […]
Uwayoboraga Ibitaro bya Kibuye washinjwaga nâumucungamutungo 'kumutesha umutwe' yakuweho
Dr Eugène Nkusi wari Umuyobozi wâIbitaro bikuru bya Kibuye, ntakiri kuri uyu mwanya. Uyu muyobozi wari uherutse kugirana amakimbirane nâumucungamutungo wâibi bitaro, bikagira uruhare mu ihagarikwa rye, yavanywe ku buyobozi bwâibi bitaro nkuko bigaragara ku rutonde rushya rw’abayobozi bahawe inshingano zo kuyobora ibitaro mu Rwanda. Ubuyobozi bwâibi bitaro bwahawe Dr Ntirenganya Emmanuel. Ku rutonde rushya […]
Umugore nâumugabo bamaze kwica no kurya abantu bagera kuri 30
Umugore nâumugabo bakomoka mu gihugu cyâu Burusiya baherutse gutabwa muri yombi bakurikiranyweho kujya bica abantu barangiza bakabarya, iperereza rikaba ryerekana ko aba babiri bari bamaze kurya byibuze abagera kur 30. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore witwa Natalia Bakshaev ndetse nâumugabo we Dmitry Bakshaev w’imyaka 35 bemeza ko bakoreshaga imbuga nkoranyambaga mu gushakisha abakunzi bamara kuba inshuti […]
Amerika irahakana gutangiza intambara kuri Korea ya ruguru
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zihakana zitatangije intambara kuri Korea ya Ruguru, ku buryo ngo ibiri mur itangazo iki gihugu cyabivuzemo ari ububeshyi. Ibiro by’umukuru w’igihugu wa Amerika kandi byasabye Korea ya ruguru ngo ihagarike gushotora iki gihugu, ivuga ko ifite uburenganzira bwo guhindura indege zâintambara za Amerika. Umuvugizi wa Loni yavuze ko uko guterana […]
RDC: Umusirikare ukomoka muri Malawi yirashe ahita apfa
Umusirikare ukomoka muri Malawi wari uri mu butumwa bwâamahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yirashe ahita apfa. Mu masaha yâigitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, nibwo Ngwira yirashe, aya makuru akaba yemezwa nâumuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu gisirikare cya Malawi (MDF), Lt Paul Chiphwanya. Nyuma yâifoto yâuyu musirikare yagiye icicikana ku […]
Uganda: Abakuriye inzego zâumutekano bahamagariye Museveni guhindura umuvuno ku Itegeko Nshinga
Abayobozi bâinzego zâumutekano muri Uganda bahamagaye perezida wâiki gihugu Yoweri Kaguta Museveni bamubwira ko ibyo guhindura ingingo ijyanye nâimyaka mu itegeko nshinga ryâicyo gihugu byafashe indi ntera. Bamubwiye ko abishatse yasaba ko iyo ngingo idahindurwa, kuko babona ko bishobora kuzateza akaduruvayo mu gihugu, inzego zâumutekano zishobora kunanirwa guhosha. Iyo ngingo igena ko uwiyamamariza kuyobora iki […]
Sudani yakuwe ku rutonde rw'ibihugu bitemerewe kugera muri Amerika
Leta ya Sudani yatangaje ko yishimiye umwanzuro wa perezida Trump wo kuyikuriraho ibihano birimo no kuba nta muturage wo muri kiriya gihugu wari wemerewe gukandagiza ibirenge bye muri Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri Sudani kuwa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, aho yavuze ko Guverinoma ya Sudani yishimiye cyane […]
Rubavu: Umugore waciwe ikiganza nâumugabo we yaremewe nâabagiraneza
Nyirazirikana Ruth utuye mu karere ka Rubavu, ubu ufite ubumuga yatewe n’umugabo we wamutemaguye kugeza aho amuca ikiganza, yaremewe nâabagiraneza bibumbiye mu rugaga rwâinama yâigihugu yâabagore, inkunga yâibifite agaciro kâasaga ibihumbi 150. Ibikoresho byo mu rugo, amatungo magufi, mitiweli nâibindi byose bifite agaciro kâamafaranga yâu Rwanda asaga ibihumbi 150, nibyo Nyirazirikana yashyikirijwe nyuma yâamezi agera […]
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya mugenzi we wa Angola
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango wâirahira rya mugenzi we wa Angola uherutse gutorwa, JoĂ ÂŁo Lourenà §o. Ni umuhango uteganyijwe uyu munsi ku wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017. Nkuko bigaragara ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter rwâibiro byâumukuru wâigihugu wâu Rwanda, Perezida Kagame yageze muri iki gihugu ku munsi wâejo hashize. JoĂ ÂŁo Lourenà §o yatsinze […]
Diamond Platnumz yongeye guhuza urugwiro na Zari nyuma yo kumuca inyuma
Umuhanzi Diamond Platnumz yongeye kugaragaza urugwiro ari kumwe nâumukunzi we Zari mu isabukuru yâamavuko ye, Nyuma yo gutangaza ko ari se wâumwana wâumuhungu yabyaranye nâumunyamideri Mobeto. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Zari yizihije isabukuru yâamavuko yâimyaka 37. Ni ibirori byitabiriwe nâinshuti ze za hafi ndetse nâumuryango we. Mu batunguranye bitabiriye ibi birori harimo Diamond Platnumz. […]
Imyitwarire ya Mourinho mu kibuga nta zindi ngaruka mbi yamugizeho
Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru ku mugabane wâuburayi ryatangaje ko nta bindi bihano rizaha umutoza wâikipe ya Manchester United, Jose Mourihno. NI nyuma yâaho ahanwe nâumusifuzi kubera imyitwarire yamuranze ku mukino wabahuje na Southampton. Hari ku munsi wa 6 wâimikino ya shampiyona mu Bwongereza, ubwo yinjiraga mu kibuga nyuma yâaho ikipe ye yarimaze gutsinda Southampton igitego 1 […]
Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi
Umuraperi Jay Polly arizeza abakunzi bâiri tsinda ko Tuff Gangz ikomeye kurusha uko yahoze ku buryo kongera gutandukana bitoroshye, ni nyuma yâaho abagize itsinda Tuff Gangz basubiranye. Ibi Jay Polly yabitangarije Bwiza.com, ubwo yayigezagaho indirimbo ya Tuff Gangz nshya yitwa âFor Some oneâ. Uyu muhanzi yagarutse ku kizere aha abakunzi bâiri tsinda ko ritazongera gutandukana. […]
Korea ya Ruguru irashinja Amerika gutangaza intambara
Minisitiri wâUbubanyi nâamahanga wa Korea ya Ruguru arashinja Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), Donald Trump gutangaza intambara ku gihugu cye. Ri Yong-ho yabwiye abanyamakuru i New York ko Korea ya Ruguru ifite uburenganzira bwo guhanura indege z’indwano za Amerika. icyo amahanga “akwiye kwibuka neza” ni uko Amerika yatangije imirwano , ni ko […]
Umuturirwa UTC wari uwa Rujugiro uguzwe asaga miliyari 6 na miliyoni 877
Sosiyete ya Kigali Investment Company Ltd(KIC) isanzwe ifite isoko rya Nyarugenge imaze kwegukana umuturirwa UTC(Union Trade Center) wa Ayabatwa Tribelt Rujugiro kuri miliyari 6 na miliyoni 877 nâibihumbi 150 zâamafaranga yâu Rwanda(6,877,150,000). Ni igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, guhera saa munani zâigicamunsi, cyitabiriwe nâabantu batandukanye bari baje kwihera ijisho, barimo […]
Super Cup: Umukino wa Rayon Sports na APR FC uzakomereza aho wari ugeze- FERWAFA
Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yemeje ko umukino wari wahuje amakipe Rayon Sports na APR FC, ukaza gusubikwa kubera ibura ry’umuriro, uzasubukurirwa aho wari ugeze. Imyanzuro yafashwe n’akanama gafite mu nshingano imitegurire y’imikino, mu nama yateranye ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, ko umukino uzatangirira aho wari ugeze ku […]
Umugore wari ubyibushye (500Kgs) kurusha abandi ku isi yapfuye
Umugore ukomoka muri Misiri, Eman Ahmed Abd El Aty, wafatwaga nkâuwari ubyibushye kurusha abandi ku isi yapfuye. Mu ntangiriro zâuyu mwaka, Eman Ahmed Abd El Aty yakuwe mu gihugu cya Misiri ajyanwe kuvurirwa mu Buhinde, aho yagombaga kubagwa kugirango ibiro bye bigabanuke (bariatric weight loss surgery). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bitangazwa ko yapfiriye muri Emirats Arabes Unis […]
Ubushinjacyaha bwâu Bufaransa bwatangije dosiye ya banki ikekwaho uruhare muri Jenoside
Ubushinjacyaha bwâu Bufaransa bwatangije dosiye ya banki yaho ikekwaho uruhare muri Jenoside, ni nyuma yuko Amashyirahamwe atatu yo mu Bufaransa, atanze ikirego ashinja Banki BNP Paribas yo muri icyo gihugu ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Iyo miryango irimo uwitwa Sherpa ugizwe nâabanyamategeko baharanira kurwanya ibyaha byâimari no kurengera ababikorewe; […]
Ese Twagiramungu Faustin yaba amaze iminsi 11 apfuye?
Amakuru akomeje kwibazwaho na benshi, ni ayâurupfu rwâumunyapolitiki, Twagiramungu Faustin, rutigeze rumenyekana mu Rwanda mu gihe bigaragara ku mbuga nkoranyambaga ko hashize iminsi 11 apfuye. Ugerageje gushakisha izina Twagiramungu Faustin, ku rubuga google, benshi bifashisha bashaka kumenya amakuru yâabantu nâibintu, bahita bakwereka ko ku wa 14 Nzeri 2017, ari bwo Twagiramungu Faustin yapfuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Ubukwe bwa Humble G na Amy Blauman utwite bwigijwe inyuma
Umwe mu basore bagize itsinda “Urban Boys” uzwi nka Humble G aratangaza ko ari mu myiteguro yo kwakira imfura ye iri hafi kuvuka byanatumye ahindura itariki yâubukwe bwabo dore ko bwari buteganyijwe mu Kuboza uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkuko bigaragara ku mbuga nkoranya mbaga zâuyu muhanzi biragaragara ko yishimiye umwana bagiye kwibaruka ndetse ko bishimiye […]
Perezida Trump yashyizeho amabwiriza aca abaturage ba Koreya ya Ruguru ku butaka bwa Amerika
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizeho amabwiriza mashya aca abaturage bakomoka muri Koreya ya Ruguru ku butaka bwa Amerika. Ibi bibanye nyuma yâintambara yâamagambo imaze iminsi hagati Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un na Donald Trump wa USA, nyuma yaho Koreya ya Ruguru ikomereje kugerageza ibitwaro bya kirimbuzi. Nkâuko […]
Abakada ba FPR Inkotanyi barasangira ubumenyi nâabâishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa
Umunyambanga Mukuru wâUmuryango FPR Inkotanyi, Ngarambe Francois yakiriye intumwa zâishyaka rigendera ku matwara ya gikomisiti riri ku butegetsi mu Bushinwa( Communist Party of China-CPC). Izi ntumwa ziyobowe na Xia Shujun, biteganyijwe ko uku guhura ku mpande zombi, kuza gukurikirwa nâibiganiro biza guhuza izi ntumwa nâabakada ba Fpr Inkotanyi ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki […]
Nyamasheke: Abakuze 145 barangije amasomo yo kwiga gusoma no kwandika bahawe impamyabumenyi
Abantu 145 bakuze bigishijwe gusoma no kwandika bahawe impamyabumenyi bavuga ko bagiye kuzibyaza umusaruro binjira muri gahunda zâiterambere bazitirwagamo nâubujiji. Ku itariki ya 8 nzeri nibwo hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kwigisha gusoma, kwandika no kubara, kuwizihiza muri aka karere bikorwa umurenge ku wundi, mu murenge wa Mahembe, wizihijwe ku wa 21 Nzeri 2017, ari nabwo […]
Dore ibintu byâingenzi igitsina gore gisabwa kugendera kure
Igitsina gore ni bamwe mu bantu bagira umubiri worohereye cyane ndetse hakaba hari ibintu bimwe na bimwe bishobora kubangiza iyo batabyitwayemo neza bakaba bahakura indwara zitoroshye na gato. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu gihe utunganya umubiri wawe(isuku) ni byiza ko mubanza kumenya ibijyanye nâumubiri wanyu kugirango hato na hato mudahura nâinsanganya Hari ibintu byâibanze mugomba kwirinda gukoresha […]
Burundi: Polisi yarashe umugabo wacyekwagaho ubujura ahita apfa
Abapolisi bari barinze umutekano nijoro, barashe umugabo wacyekwagaho ubujura ahita apfa. Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira iryo ku cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2017, nibwo umugabwo witwaga Musa Ndayarinze yarashwe nâabapolisi mu ntara ya Gitega ahagana saa munani zâijoro, yashinjwaga ubujura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru yemejwe nâumuvugizi wa polisi yâu Burundi, OP1 Pierre Nkurikiye, […]
Kenya:Komisiyo yâamatora na Odinga basabiwe gukorwaho iperereza
Umushinjacyaha mukuru muri Kenya yategetse ko haba iperereza muri komisiyo y’amatora ku byaha bishobora kuba byarakozwe mu matora y’ukwezi kwa Munani yagizwe impfabusa. Keriako Tobiko yasabye polisi n’urwego rushinzwe kurwanya ruswa gutanga ibisubizo mu minsi 21. Yanasabye gusuzuma ibirego bivuga ko babiri mu bakandida bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi bashobonye kugera kuri mudasobwa za komisiyo y’amatora […]
Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda – Meya Mbonyumuvunyi
Mu giterane cyo gushima Imana kubera uburyo amatora yakozwemo, Abanyarwanda bagatora umukuru wâigihugu mu bwâisanzure nâamahoro, umuyobozi wâakarere ka Rwamagana yavuze ko u Rwanda rugeze aheza. Ku mugoroba wo ku wa 24 Nzeri 2017, nibwo abayoboke bâamadini nâamatorero akorera mu karere ka Rwamagana bahuriye mu biterane cyo gushima Imana, bishimira imigendekere yâamatora yabaye ku itariki […]
Kenya yambuwe uburenganzira bwo gutegura irushanwa rya CHAN 2018
Kenya yambuwe uburenganzira bwo kwakira amarushanwa ya CHAN muri 2018 nyuma y’inama nkuru y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF. Icyemezo cyatangajwe mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma y’inama y’umunsi umwe yayobowe na perezida wa Caf, Ahmed. Inama yaberaga mu murwa mukuru wa Ghana, i Accra. Caf yavuze ko icyemezo cyayo cyafashwe kbera “amakuru yo gukerererwa mu myiteguro […]
Angela Merkel yatorewe kuyobora u Budage ku nshuro ya kane ishyaka rye riratungurwa
Uwari usanzwe ari umuyobozi wâu Budage (Chancellor) Angela Merkel yatsinze amatora amugumisha ku buyobozi bwâiki gihugu, muri manda ya kane. Merkel wo mu ishyaka rye ry’amatwara ya gikristu n’ubwisanzure (Christian Democrat-CDU) nk’ishyakaryari rifite ubwiganze mu nteko ishinga amategeko, Bundestag yatsinze aya matora ku kigero cyo hasi nâishyaka rye nturyabona amajwi menshi ugereranyije no mu myaka […]
Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama
Abakuriye amadini nâamatorero ya Gikristu bahagurukiye guhangana nâihungabana rikomeje kugaragara mu banyarwanda kandi biganjemo abakirisitu. Bemeza ko abahungabanye bahari mu gihugu, nyamara bakabura ababafasha, hakaba nâababaha ibisubizo binyuranye nâibibazo bafite kubera ubumenyi buke, bwitiranya ihungabana nâindwara cyangwa imyuka mibi. Umuyobozi wa Forum yâamadini nâamatorero ya Gikristo mu Karere ka Musanze, Pasiteri Matabaro Mfurana Jonas, asanga […]
Kigali: Batatu bo mu muryango wa Rwigara Assinapol batawe muri yombi
Batatu bo mu muryango wa Rwigara Assinapol batawe muri yombi na Polisi yâu Rwanda, kubera ibimenyetso polisi ivuga ko byahungabanya umutekano wâigihugu. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri 2017, nibwo Polisi yâu Rwanda yataye muri yombi aba bombi batatu bo mu muryango wa Rwigara aribo, Diane Rwigara, murumuna we, Anne Diane […]
Uko byaba byifashe mu cyumweru cya mbere cyâintambara ya 3 yâisi iramutse irose
Byaba bibabaje kandi biteye agahinda mu gihe muri iyi si haba hari abantu mu ngeri zitandukanye, batekereza intambara yâisi ya 3 nkâikintu kidashoboka, cyangwa cyaba gitunguranye mu gihe yaba ibaye. Intambara ya 3 yâisi ni ikintu kiba gishobora kwaduka ku isaha iyo ariyo yose, bigora bamwe kubyumva kubera kwihesha amahoro mu mitima yabo, nko kwanga […]
Abakinnyi bo muri Amerika bibasiye Perezida Trump, umwe amwita 'imburamukoro'
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yanenzwe n’abakinnyi kugera naho atukwa kuba imburamukoro. Ku wa Gatanu tariki ya 22 Nzeri, Trump yavuze ko Ishyirahamwe ry’umukino wa Football yo muri Amerika (NFL) ryagombye kwirukana abakinnyi bigaragambya mu gihe cy’indirimbo yubahiriza igihugu. Abakinnyi bakomeye cyane muri uyu mukino ndetse no muri Basketball barimo LeBron […]
Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki?
Ntuye mu Burasirazuba nkaba nitwa Clarisse [ryahinduwe] mfite umusore dukundana kandi tumaranye imyaka myinshi, kuva mu mwaka wa kane sec. yagiye amfasha bimwe na bimwe nkenerwa ku ishuri. Muri iyi minsi sinzi ibyamuteye. Kandi twubahanaga pe, nagiye kumva ati ânsingaye nkushaka cyaneâ ansaba ko turyamana ndamuhakanira, kuko twagiye tubiganiraho tukavuga ngo tuzirinde kugwa mu cyaha […]
Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo
Nyuma yo gusura ingo 300 mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke harebwa aho imyumvire yâabaturage mu kwimakaza isuku igeze mu rwego rwo kurwanya indwara zijyanye nâisuku nke zirimo korela nâizindi zakunze kuzahaza uyu murenge, ababaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku babishimiwe ku mugaragaro. Ni igikorwa cyari kijyanye nâicyumweru cyahariwe isuku muri uyu murenge cyasojwe […]
Miss Burundi, Jesca Honey na we yavuze ko abana bâimpanga yabyaye ari aba Diamond
Ibibazo bikomeje kwiyongera ku muhanzi Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzania, nyuma yo kwemera ko umwana umunyamideli, Hamisa Mobetto yabyaye ari uwe, kuri ubu miss Burundi (2012), Jesca Honey na we yavuze ko abana bâimpanga yabyaye, ari abâuyu musore [Diamond]. Jesca Honey, umugore wâimyaka 24 yâamavuko, avuga ko Diamond ari we se wâabana 2 bâabakobwa yabyaye, […]
RDC: Abari bafunzwe bazira kwigaragambya bibuka ababo bishwe nâinzego za Leta (2016) barekuwe
Urukiko rw’i Bunia muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa 23 Nzeri yafunguye abantu 9 bari bamaze iminsi 4 bafunze bazi kwigaragambya. Ku wa kabiri tariki ya 19 Nzeri, nibwo abantu 11 bari batawe muri yombi nâinzego zishinzwe umutekano, bari batangiye ibikorwa byo kwigaragambya bibuka abaturage bishwe nâinzego za Leta zishinzwe umutekano, bishwe umwaka […]
Rwamagana: Abaturage barashima Croix rouge yabafashije guhindura imyumvire
Abaturage batuye mu tugari twa Sibagire mu murenge wa Kigabiro na Rweru mu murenge wa Munyaga mu karere ka Rwamagana, bavuga ko ibikorwa Croix Rouge ikorera mu tugari twabo byabafashije guhindura imyumvire, birinda indwara ziterwa nâumwanda ndetse nâiziterwa nâimirire mibi. Ubuyobozi bwa Croix Rouge mu karere ka Rwamagana bwo bukavuga ko gukorera ku mihigo bifasha […]
Yverry yahakanye amakuru yo gusimbura Christopher muri Kina Music
Umuririmbyi wo mu njyana ya R&B, uzwi ku izina ryâubuhanzi rya Yverry, aranyomoza amakuru yaramaze iminsi avugwa na bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, ko yaba yarasimbuye umuhanzi Christopher muri Lebel ya Kina Music. Ibi bije nyuma yâigihe gito uyu muhanzi ashyize hanze indirimbo yise âMbona dukundanaâ, yakoreye mu nzu itunganya umuziki ya Kina Music, […]
Amoko si cyo kibazo mu Burundi, Nkurunziza ushaka kugundira ubutegetsi ni we ntambamyi- Mbonimpa Claver
Umuyobozi w’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (APRODH), Claver Mbonimpa avuga ko mu gihugu cyabo cyâu Burundi, ikibazo gikomeje kuremerera abaturage atari igishingiye ku moko, ahubwo ko ari ikibazo cya Politiki, gitizwa umurindi na Perezida uriho ushaka kuguma ku butegetsi. Claver Mbonimpa usanzwe uba ku mugabane wâu Burayi, ibi yabitangarije muri Canada, ashimangira ko Perezida Nkurunziza […]
Nawe reba wisekere: Amafoto 10 yâabageni yagiye atangaza imbaga y'abatuye Isi
Umunsi wo gushyingirwa, ni umunsi wâibyishimo uhuruza imbaga bagamije gushyigikira abagiye kurushinga, buri wese aba yumva agomba kuzana agashya ke kuri uwo munsi, ari naho bamwe usanga bashaka ko ako gashya kaba aka mbere mu twabayeho ku isi. Agahugu umuco wako n’akandi uwako, hari aho uzasanga umwana ashyingiranwa n’uwakamubyaye, umugabo agashyingiranwa n’abagore 2, abashyingiranwa bahuje […]