Umusirikare wa Nijeriya yamaze amajoro arara mu mva barwana na Boko Haram

Umusirikare wa Nigeria witwa Charles Sea aherutse gutangaza amakuru y’uko yari abayeho na bagenzi be mu ntambara baheruka kurwana bahanganye n’umutwe wa book Haram, uyu musirikare agaragaza uburyo yaryamaga mu mva byacya akajya mu rugamba akarinda avayo nta ngorane ahuye na zo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musirikare yanyujije amafoto ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook aherekejwe n’amagambo […]

Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma

Kubona abasomana mu mashusho biroroshye ariko kubishyira hagati yanyu mwe mwashakanye cyangwa muri mu nzira yabyo ni ikindi kibazo gikomeye. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana. 1.Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mu giye guhuza igitsina . Gusomana bigomba gukorwa buri gihe nk’ikimenyetso cy’urukundo mufitanye. 2.Kugira ngo utigora mu gusomana, wikwishyiramo […]

BNR: Urwego rw'inguzanyo rwasubiye inyuma mu mabanki ugereranije n'izindi nzego z'imari

Banki nkuru y’u Rwanda iratangaza ko kugeza ubu, ubukungu bw’igihugu buhagaze neza ndetse bukaba bushobora no kuzagenda neza kugeza mu mpera z’uyu mwaka, ariko ikongeraho ko ikibangamiwe n’ikibazo cy’inguzanyo mu mabanki n’ibigo by’imari zitishyurwa neza. Ibi ni bimwe mu byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Nzeri 2017, mu kiganiro n’abanyamakuru, ubwo iyi banki […]

U Rwanda, Congo na HCR mu biganiro ku ikurwaho rya statut y’impunzi ku Banyarwanda bahahungiye

Guverinoma y’u Rwanda, iya Repubulika ya Congo ndetse n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, HCR, guhera kuri uyu wa kabiri, itariki 26 Nzeri kugeza kuri uyu wa gatatu, itariki 27 bahuriye I Brazaville mu rwego rwo kwiga uko hashyirwa mu bikorwa ikijyanye no gukuriraho Abanyarwanda baba muri iki gihugu statut y’ubuhunzi. Intumwa za Guverinoma y’u […]

RDC: Tugiye guhamagarira ku mugaragaro Abanyekongo kwirukana perezida Kabila — Moise Katumbi

Umunyapolitiki Moise Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Congo, aremeza ko perezida Kabila nadategura amatora kuwa 31 Ukuboza hazatangira guverinoma y’inzibacyuho kandi Kabila atayirimo. Kuri uyu wa kabiri, itariki 26 Nzeri, Moise Katumbi akaba yahamagariye abanyekongo kuzigabiza imihanda perezida Kabila naramuka yanze kuva ku butegetsi ngo ategure amatora uhereye ubu kugeza kuwa 31 Ukuboza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

UNESCO: Ku myaka 17, umwangavu wo muri Maurice utabona yashyizwe mu baharanira amahoro

Burya ubumuga bubi ni mu mutwe no mu mutima, kandi kuba intwari ntibigomba imyaka myinshi. Umwangavu ukomoka mu birwa bya Maurice, ufite ubumuga bwo kutabona yagizwe umwe mu bambasaderi ba UNESCO baharanira amahoro. Mu cyumweru gishize, nibwo umuyobozi w’ishami rya Loni ryita ku burezi n’umuco(UNESCO) yagize umwangavu wo birwa bya Maurice, Jane Constance, umwe mu […]

Kayenzi: Umukozi w’Abashinwa yapfiriye mu kizenga cya metero 6

Umusore wakoraga muri kampani “COIMIKA” y’Abashinwa, icukuru amabuye y’agaciro mu murenge wa Kayenzi , akarere ka Kamonyi, yapfiriye mu kizenga cy’amazi cya metero 6. Ni ikizenga cy’amazi gifite metero 6, kiri mu kabande k’ahitwa muri Matengu, mu mudugudu wa Buhurura, akagari ka Bugarama, mu murenge wa Kayenzi, cyacukuwe na kampani COIMIKA y’abacukuzi b’amabuye y’agaciro ifitanye […]

RDC : Polisi yerekanye abantu 80 bakekwaho gukora ubwicanyi mu mujyi

Polisi ikorera mu mujyi wa Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yamuritse ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017, abantu bagera kuri 80 bakekwaho gukora ubwicanyi mu bice bitandukanye by’umujyi guhera mu bihe byashize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi polisi ikorera kuri sitasiyo ya Lufungula ivuga ko muri aba batawe muri yombi […]

Abadipolomate b’Abafaransa n’Abanyarwanda barateganya guhura mu ibanga i Kigali

Umubonano mu ibanga rikomeye ry’abadipolomate b’Abanyarwanda n’Abafaransa I Kigali mu ntangiriro z’ukwezi gutaha witezweho gukomeza umubano hagati y’ibihugu byombi uri mu gahenebero kuva mu 1994. Kuri ubu umubano w’u Bufaransa n’u Rwanda ntiwifashe neza na gato ndetse n’ikimenyimenyi u Bufaransa bukaba nta ambasaderi bufite mu Rwanda kuva rwakanga kwakira uwari woherejwe, ariko guhura kw’abakuru b’ibihugu […]

Uganda: Umudepite ari mu mazi abira azira kunyara imbere ya Minisiteri y’imari

Umudepite mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda, Ibrahim Abiriga ari mu mazi abira nyuma yo gufotorwa anyara imbere y’ibiro bya Minisitiri w’Imari arimo ajya mu kazi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe muri iyi minsi Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda babyukira umunsi ku wundi mu mpaka zidashira ku ivugurura ry’ingingo igenera uwiyamamariza kuyobora igihugu […]

Sudani y’Epfo: Umunyarwanda yagizwe umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro

Umunyarwanda, Eugene Torero yagizwe Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro muri Sudani y’Epfo, South Sudan Revenue Authority, kigiye gutangizwa nk’uko byemejwe n’abagize inteko ishinga amategeko y’iki gihugu kuri uyu wa kabiri. Nyuma y’isuzuma ritandukanye, abagize inteko ishinga amategeko y’inzibacyuho ya Sudani y’Epfo bakaba bemeje ko Torero ari we uzayobora iki kigo kizaba gishinzwe gukusanya imisoro, […]

Rujugiro aravugwaho gusohora akayabo kugirango Leta y’u Rwanda yandagazwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Umuherwe Rujugiro Ayabatwa aravugwaho kuba yarishyuye akayabo k’amadolari ikigo cy’Abanyamerika cyagize uruhare mu gutuma abagize inteko ishinga amategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemera gutega amatwi ibibazo afitanye na leta y’u Rwanda. Biravugwa ko Rujugiro Ayabatwa Tribert abinyujije kuri Dr David Himbara, umwe mu bayobozi bakuru b’ishyaka RNC ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, yishyuraga […]

Tanzania: Impunzi z’Abarundi zibarirwa mu bihumbi zabuze uko zisubira iwabo

Impunzi z’Abarundi zibarirwa mu Bihumbi ziratakambira inzego n’umuryango ifite impunzi mu nshingano ngo irebe uko yazikura aho ziri muri Tanzania zikabasha gusubira mu gihugu cya zo. Ni nyuma y’uko impunzi zigera ku bihumbi 12 bivugwa ko zimaze kugera imbere y’inzego z’ubuyobozi za Tanzania ndetse n’imiryango mpuzamahanga yita ku mpunzi zisaba ko zakoroherezwa gusubizwa mu gihugu […]

Ngiye gukorera satani nihishe mu Mana-Mkombozi

Umuhanzi Mkombozi usanzwe aririmba indirimbo za hip hop mu gihugu cy’u Burundi atangaza ko kuri we asanga agomba kureka kuririmba indirimbo zisanzwe ahubwo akarimba indirimbo zarimbiwe imana ariko mu ishusho ya sekibi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje ubwo yarimo aganira n’itangazamakuru rya hano mu Rwanda, aho uyu muhanzi, Mkombozi yatangaje ko nyuma yo guhanurirwa na Rugagi […]

Kuzinukwa imibonano k’umugore si ubwende, umutima urabishaka umubiri ukanga

Kugira ubushake buke bw’imibonano mpuzabisina birasanzwe ku mugabo, kandi habonetse n’imiti nka Viagara. Iyo bibaye ku mugore ho biba bigoye, cyane ko n’ubundi iyo abishaka bidapfa kugaragara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni kenshi umugore atera umugongo umugabo, ni kenshi avuga hindukira bikanga, burya ntaba ari we.Inzobere mu bumyenyi mbonezabitsina, Dr Solano Catherine arabiva imuzingo, naho Bwiza.com ikabisasanura. […]

Rubavu: Abaturage bashinja Akarere kubakorera umuhanda utagira imiyoboro y’amazi ukabateza isuri

Abaturage batuye mu murenge wa Bugeshi, ho mu karere ka Rubavu barinubira ikorwa ry’umuhanda ukozwe nabi uva Kabumba ukagera Kabuhanga kuko nta muyoboro w’amazi ugira bityo ukabateza isuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bamwe mu biganjemo abahinzi babashije kuganira na bwiza.com batuye muri ako gace avuga ko uyu muhanda-Kabumba Kabuhanga ,waje bawukeneye kuko waborohereje kugeza umusaruro w’ibihingwa bya […]

Umusore dukundana arifuza ko turyamana ngo nibwo nzagira ikibuno n’amabere biteye neza- Ugisha inama

Maze imyaka ibiri nkundana n’umusore, ibindi byose turabikora ariko kuryamana byo naramuhakaniye, ku mubiri wanjye muto muto ku bwanjye mba numva ntacyo untwaye, ariko we akanyimvisha ko umugore ufite ikibuno kinini ari we uryoha cyane mu buriri. Akomeje kumbwira ko nemeye tugakorana imibonano mpuzabitsina aribwo ngo icyo kibuno cyarushaho kuba kinini, kandi ngo kiza n’amabere […]

Uganda: Bobi Wine mu gakino k’amacenga na polisi ishaka kumuta muri yombi

Depite Bobi Wine muri Uganda akomeje guhangana n’inzego z’umutekano zishaka kumuta muri yombi ariko na we akazibera ibamba azira ko arwanya ko ingingo igenera umukru w’igihugu imyaka yahindurwa. Uyu mudepite mushya mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda yatangaje mu minsi ishize ko ashobora kuziyamamariza kuyobora Uganda mu gihe Perezida uri ku butegetsi, Museveni Yoweri azaba […]

Nyagatare: Ecobank yibwe amafaranga akabakaba miliyoni 100

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko banki y’ubucuruzi Ecobank ishami ryayo rikorera I Nyagatare yibwe amafaranga y’u Rwanda akabakaba muliyoni 100. Ayo mafaranga ngo yibwe ku wa Gatandatu, tariki ya 24 Nzeri 2017, Umuvugizi wa Polisi muriiyi ntara IP Kayihura Jean de Dieu yavuze ko hakekwa abakozi bayo babiri. Ati “Yibwe tariki 24 Nzeri. Abakekwa ni […]

Cyangugu:Padiri Alphonse Kabera yitabye Imana, urupfu rwe ntiruvugwaho rumwe

Padiri Alphonse Kabera wakoreraga ubutumwa bwe muri paruwasi Katederale ya Cyangugu yishwe mu buryo butunguranye. Umurambo we wabonetse mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 aho yari atuye. Amakuru yahererekanyijwe kuri Whatsapp agaragaza ko basanze yapfuye anigishijwe isume, yicajwe ku ntebe ye. Akomeza avuga ko mu masaha ashyira saa tatu z’ijoro […]

Uwayoboraga Ibitaro bya Kibuye washinjwaga n’umucungamutungo 'kumutesha umutwe' yakuweho

Dr Eugène Nkusi wari Umuyobozi w’Ibitaro bikuru bya Kibuye, ntakiri kuri uyu mwanya. Uyu muyobozi wari uherutse kugirana amakimbirane n’umucungamutungo w’ibi bitaro, bikagira uruhare mu ihagarikwa rye, yavanywe ku buyobozi bw’ibi bitaro nkuko bigaragara ku rutonde rushya rw’abayobozi bahawe inshingano zo kuyobora ibitaro mu Rwanda. Ubuyobozi bw’ibi bitaro bwahawe Dr Ntirenganya Emmanuel. Ku rutonde rushya […]

Umugore n’umugabo bamaze kwica no kurya abantu bagera kuri 30

Umugore n’umugabo bakomoka mu gihugu cy’u Burusiya baherutse gutabwa muri yombi bakurikiranyweho kujya bica abantu barangiza bakabarya, iperereza rikaba ryerekana ko aba babiri bari bamaze kurya byibuze abagera kur 30. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore witwa Natalia Bakshaev ndetse n’umugabo we Dmitry Bakshaev w’imyaka 35 bemeza ko bakoreshaga imbuga nkoranyambaga mu gushakisha abakunzi bamara kuba inshuti […]

Amerika irahakana gutangiza intambara kuri Korea ya ruguru

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zihakana zitatangije intambara kuri Korea ya Ruguru, ku buryo ngo ibiri mur itangazo iki gihugu cyabivuzemo ari ububeshyi. Ibiro by’umukuru w’igihugu wa Amerika kandi byasabye Korea ya ruguru ngo ihagarike gushotora iki gihugu, ivuga ko ifite uburenganzira bwo guhindura indege z’intambara za Amerika. Umuvugizi wa Loni yavuze ko uko guterana […]

RDC: Umusirikare ukomoka muri Malawi yirashe ahita apfa

Umusirikare ukomoka muri Malawi wari uri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yirashe ahita apfa. Mu masaha y’igitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, nibwo Ngwira yirashe, aya makuru akaba yemezwa n’umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu gisirikare cya Malawi (MDF), Lt Paul Chiphwanya. Nyuma y’ifoto y’uyu musirikare yagiye icicikana ku […]

Uganda: Abakuriye inzego z’umutekano bahamagariye Museveni guhindura umuvuno ku Itegeko Nshinga

Abayobozi b’inzego z’umutekano muri Uganda bahamagaye perezida w’iki gihugu Yoweri Kaguta Museveni bamubwira ko ibyo guhindura ingingo ijyanye n’imyaka mu itegeko nshinga ry’icyo gihugu byafashe indi ntera. Bamubwiye ko abishatse yasaba ko iyo ngingo idahindurwa, kuko babona ko bishobora kuzateza akaduruvayo mu gihugu, inzego z’umutekano zishobora kunanirwa guhosha. Iyo ngingo igena ko uwiyamamariza kuyobora iki […]

Sudani yakuwe ku rutonde rw'ibihugu bitemerewe kugera muri Amerika

Leta ya Sudani yatangaje ko yishimiye umwanzuro wa perezida Trump wo kuyikuriraho ibihano birimo no kuba nta muturage wo muri kiriya gihugu wari wemerewe gukandagiza ibirenge bye muri Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri Sudani kuwa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, aho yavuze ko Guverinoma ya Sudani yishimiye cyane […]

Rubavu: Umugore waciwe ikiganza n’umugabo we yaremewe n’abagiraneza

Nyirazirikana Ruth utuye mu karere ka Rubavu, ubu ufite ubumuga yatewe n’umugabo we wamutemaguye kugeza aho amuca ikiganza, yaremewe n’abagiraneza bibumbiye mu rugaga rw’inama y’igihugu y’abagore, inkunga y’ibifite agaciro k’asaga ibihumbi 150. Ibikoresho byo mu rugo, amatungo magufi, mitiweli n’ibindi byose bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda asaga ibihumbi 150, nibyo Nyirazirikana yashyikirijwe nyuma y’amezi agera […]

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya mugenzi we wa Angola

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we wa Angola uherutse gutorwa, JoĂ ÂŁo Lourenà§o. Ni umuhango uteganyijwe uyu munsi ku wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017. Nkuko bigaragara ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu w’u Rwanda, Perezida Kagame yageze muri iki gihugu ku munsi w’ejo hashize. JoĂ ÂŁo Lourenà§o yatsinze […]

Diamond Platnumz yongeye guhuza urugwiro na Zari nyuma yo kumuca inyuma

Umuhanzi Diamond Platnumz yongeye kugaragaza urugwiro ari kumwe n’umukunzi we Zari mu isabukuru y’amavuko ye, Nyuma yo gutangaza ko ari se w’umwana w’umuhungu yabyaranye n’umunyamideri Mobeto. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Zari yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 37. Ni ibirori byitabiriwe n’inshuti ze za hafi ndetse n’umuryango we. Mu batunguranye bitabiriye ibi birori harimo Diamond Platnumz. […]

Imyitwarire ya Mourinho mu kibuga nta zindi ngaruka mbi yamugizeho

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’uburayi ryatangaje ko nta bindi bihano rizaha umutoza w’ikipe ya Manchester United, Jose Mourihno. NI nyuma y’aho ahanwe n’umusifuzi kubera imyitwarire yamuranze ku mukino wabahuje na Southampton. Hari ku munsi wa 6 w’imikino ya shampiyona mu Bwongereza, ubwo yinjiraga mu kibuga nyuma y’aho ikipe ye yarimaze gutsinda Southampton igitego 1 […]

Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi

Umuraperi Jay Polly arizeza abakunzi b’iri tsinda ko Tuff Gangz ikomeye kurusha uko yahoze ku buryo kongera gutandukana bitoroshye, ni nyuma y’aho abagize itsinda Tuff Gangz basubiranye. Ibi Jay Polly yabitangarije Bwiza.com, ubwo yayigezagaho indirimbo ya Tuff Gangz nshya yitwa “For Some one”. Uyu muhanzi yagarutse ku kizere aha abakunzi b’iri tsinda ko ritazongera gutandukana. […]

Korea ya Ruguru irashinja Amerika gutangaza intambara

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Korea ya Ruguru arashinja Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), Donald Trump gutangaza intambara ku gihugu cye. Ri Yong-ho yabwiye abanyamakuru i New York ko Korea ya Ruguru ifite uburenganzira bwo guhanura indege z’indwano za Amerika. icyo amahanga “akwiye kwibuka neza” ni uko Amerika yatangije imirwano , ni ko […]

Umuturirwa UTC wari uwa Rujugiro uguzwe asaga miliyari 6 na miliyoni 877

Sosiyete ya Kigali Investment Company Ltd(KIC) isanzwe ifite isoko rya Nyarugenge imaze kwegukana umuturirwa UTC(Union Trade Center) wa Ayabatwa Tribelt Rujugiro kuri miliyari 6 na miliyoni 877 n’ibihumbi 150 z’amafaranga y’u Rwanda(6,877,150,000). Ni igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, guhera saa munani z’igicamunsi, cyitabiriwe n’abantu batandukanye bari baje kwihera ijisho, barimo […]

Super Cup: Umukino wa Rayon Sports na APR FC uzakomereza aho wari ugeze- FERWAFA

Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yemeje ko umukino wari wahuje amakipe Rayon Sports na APR FC, ukaza gusubikwa kubera ibura ry’umuriro, uzasubukurirwa aho wari ugeze. Imyanzuro yafashwe n’akanama gafite mu nshingano imitegurire y’imikino, mu nama yateranye ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, ko umukino uzatangirira aho wari ugeze ku […]

Umugore wari ubyibushye (500Kgs) kurusha abandi ku isi yapfuye

Umugore ukomoka muri Misiri, Eman Ahmed Abd El Aty, wafatwaga nk’uwari ubyibushye kurusha abandi ku isi yapfuye. Mu ntangiriro z’uyu mwaka, Eman Ahmed Abd El Aty yakuwe mu gihugu cya Misiri ajyanwe kuvurirwa mu Buhinde, aho yagombaga kubagwa kugirango ibiro bye bigabanuke (bariatric weight loss surgery). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bitangazwa ko yapfiriye muri Emirats Arabes Unis […]

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwatangije dosiye ya banki ikekwaho uruhare muri Jenoside

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwatangije dosiye ya banki yaho ikekwaho uruhare muri Jenoside, ni nyuma yuko Amashyirahamwe atatu yo mu Bufaransa, atanze ikirego ashinja Banki BNP Paribas yo muri icyo gihugu ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Iyo miryango irimo uwitwa Sherpa ugizwe n’abanyamategeko baharanira kurwanya ibyaha by’imari no kurengera ababikorewe; […]

Ese Twagiramungu Faustin yaba amaze iminsi 11 apfuye?

Amakuru akomeje kwibazwaho na benshi, ni ay’urupfu rw’umunyapolitiki, Twagiramungu Faustin, rutigeze rumenyekana mu Rwanda mu gihe bigaragara ku mbuga nkoranyambaga ko hashize iminsi 11 apfuye. Ugerageje gushakisha izina Twagiramungu Faustin, ku rubuga google, benshi bifashisha bashaka kumenya amakuru y’abantu n’ibintu, bahita bakwereka ko ku wa 14 Nzeri 2017, ari bwo Twagiramungu Faustin yapfuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Ubukwe bwa Humble G na Amy Blauman utwite bwigijwe inyuma

Umwe mu basore bagize itsinda “Urban Boys” uzwi nka Humble G aratangaza ko ari mu myiteguro yo kwakira imfura ye iri hafi kuvuka byanatumye ahindura itariki y’ubukwe bwabo dore ko bwari buteganyijwe mu Kuboza uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkuko bigaragara ku mbuga nkoranya mbaga z’uyu muhanzi biragaragara ko yishimiye umwana bagiye kwibaruka ndetse ko bishimiye […]

Perezida Trump yashyizeho amabwiriza aca abaturage ba Koreya ya Ruguru ku butaka bwa Amerika

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizeho amabwiriza mashya aca abaturage bakomoka muri Koreya ya Ruguru ku butaka bwa Amerika. Ibi bibanye nyuma y’intambara y’amagambo imaze iminsi hagati Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un na Donald Trump wa USA, nyuma yaho Koreya ya Ruguru ikomereje kugerageza ibitwaro bya kirimbuzi. Nk’uko […]

Abakada ba FPR Inkotanyi barasangira ubumenyi n’ab’ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa

Umunyambanga Mukuru w’Umuryango FPR Inkotanyi, Ngarambe Francois yakiriye intumwa z’ishyaka rigendera ku matwara ya gikomisiti riri ku butegetsi mu Bushinwa( Communist Party of China-CPC). Izi ntumwa ziyobowe na Xia Shujun, biteganyijwe ko uku guhura ku mpande zombi, kuza gukurikirwa n’ibiganiro biza guhuza izi ntumwa n’abakada ba Fpr Inkotanyi ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki […]

Nyamasheke: Abakuze 145 barangije amasomo yo kwiga gusoma no kwandika bahawe impamyabumenyi

Abantu 145 bakuze bigishijwe gusoma no kwandika bahawe impamyabumenyi bavuga ko bagiye kuzibyaza umusaruro binjira muri gahunda z’iterambere bazitirwagamo n’ubujiji. Ku itariki ya 8 nzeri nibwo hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kwigisha gusoma, kwandika no kubara, kuwizihiza muri aka karere bikorwa umurenge ku wundi, mu murenge wa Mahembe, wizihijwe ku wa 21 Nzeri 2017, ari nabwo […]

Dore ibintu by’ingenzi igitsina gore gisabwa kugendera kure

Igitsina gore ni bamwe mu bantu bagira umubiri worohereye cyane ndetse hakaba hari ibintu bimwe na bimwe bishobora kubangiza iyo batabyitwayemo neza bakaba bahakura indwara zitoroshye na gato. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu gihe utunganya umubiri wawe(isuku) ni byiza ko mubanza kumenya ibijyanye n’umubiri wanyu kugirango hato na hato mudahura n’insanganya Hari ibintu by’ibanze mugomba kwirinda gukoresha […]

Burundi: Polisi yarashe umugabo wacyekwagaho ubujura ahita apfa

Abapolisi bari barinze umutekano nijoro, barashe umugabo wacyekwagaho ubujura ahita apfa. Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira iryo ku cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2017, nibwo umugabwo witwaga Musa Ndayarinze yarashwe n’abapolisi mu ntara ya Gitega ahagana saa munani z’ijoro, yashinjwaga ubujura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru yemejwe n’umuvugizi wa polisi y’u Burundi, OP1 Pierre Nkurikiye, […]

Kenya:Komisiyo y’amatora na Odinga basabiwe gukorwaho iperereza

Umushinjacyaha mukuru muri Kenya yategetse ko haba iperereza muri komisiyo y’amatora ku byaha bishobora kuba byarakozwe mu matora y’ukwezi kwa Munani yagizwe impfabusa. Keriako Tobiko yasabye polisi n’urwego rushinzwe kurwanya ruswa gutanga ibisubizo mu minsi 21. Yanasabye gusuzuma ibirego bivuga ko babiri mu bakandida bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi bashobonye kugera kuri mudasobwa za komisiyo y’amatora […]

Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda – Meya Mbonyumuvunyi

Mu giterane cyo gushima Imana kubera uburyo amatora yakozwemo, Abanyarwanda bagatora umukuru w’igihugu mu bw’isanzure n’amahoro, umuyobozi w’akarere ka Rwamagana yavuze ko u Rwanda rugeze aheza. Ku mugoroba wo ku wa 24 Nzeri 2017, nibwo abayoboke b’amadini n’amatorero akorera mu karere ka Rwamagana bahuriye mu biterane cyo gushima Imana, bishimira imigendekere y’amatora yabaye ku itariki […]

Kenya yambuwe uburenganzira bwo gutegura irushanwa rya CHAN 2018

Kenya yambuwe uburenganzira bwo kwakira amarushanwa ya CHAN muri 2018 nyuma y’inama nkuru y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF. Icyemezo cyatangajwe mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma y’inama y’umunsi umwe yayobowe na perezida wa Caf, Ahmed. Inama yaberaga mu murwa mukuru wa Ghana, i Accra. Caf yavuze ko icyemezo cyayo cyafashwe kbera “amakuru yo gukerererwa mu myiteguro […]

Angela Merkel yatorewe kuyobora u Budage ku nshuro ya kane ishyaka rye riratungurwa

Uwari usanzwe ari umuyobozi w’u Budage (Chancellor) Angela Merkel yatsinze amatora amugumisha ku buyobozi bw’iki gihugu, muri manda ya kane. Merkel wo mu ishyaka rye ry’amatwara ya gikristu n’ubwisanzure (Christian Democrat-CDU) nk’ishyakaryari rifite ubwiganze mu nteko ishinga amategeko, Bundestag yatsinze aya matora ku kigero cyo hasi n’ishyaka rye nturyabona amajwi menshi ugereranyije no mu myaka […]

Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama

Abakuriye amadini n’amatorero ya Gikristu bahagurukiye guhangana n’ihungabana rikomeje kugaragara mu banyarwanda kandi biganjemo abakirisitu. Bemeza ko abahungabanye bahari mu gihugu, nyamara bakabura ababafasha, hakaba n’ababaha ibisubizo binyuranye n’ibibazo bafite kubera ubumenyi buke, bwitiranya ihungabana n’indwara cyangwa imyuka mibi. Umuyobozi wa Forum y’amadini n’amatorero ya Gikristo mu Karere ka Musanze, Pasiteri Matabaro Mfurana Jonas, asanga […]

Kigali: Batatu bo mu muryango wa Rwigara Assinapol batawe muri yombi

Batatu bo mu muryango wa Rwigara Assinapol batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda, kubera ibimenyetso polisi ivuga ko byahungabanya umutekano w’igihugu. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri 2017, nibwo Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi aba bombi batatu bo mu muryango wa Rwigara aribo, Diane Rwigara, murumuna we, Anne Diane […]

Uko byaba byifashe mu cyumweru cya mbere cy’intambara ya 3 y’isi iramutse irose

Byaba bibabaje kandi biteye agahinda mu gihe muri iyi si haba hari abantu mu ngeri zitandukanye, batekereza intambara y’isi ya 3 nk’ikintu kidashoboka, cyangwa cyaba gitunguranye mu gihe yaba ibaye. Intambara ya 3 y’isi ni ikintu kiba gishobora kwaduka ku isaha iyo ariyo yose, bigora bamwe kubyumva kubera kwihesha amahoro mu mitima yabo, nko kwanga […]

Abakinnyi bo muri Amerika bibasiye Perezida Trump, umwe amwita 'imburamukoro'

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yanenzwe n’abakinnyi kugera naho atukwa kuba imburamukoro. Ku wa Gatanu tariki ya 22 Nzeri, Trump yavuze ko Ishyirahamwe ry’umukino wa Football yo muri Amerika (NFL) ryagombye kwirukana abakinnyi bigaragambya mu gihe cy’indirimbo yubahiriza igihugu. Abakinnyi bakomeye cyane muri uyu mukino ndetse no muri Basketball barimo LeBron […]

Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki?

Ntuye mu Burasirazuba nkaba nitwa Clarisse [ryahinduwe] mfite umusore dukundana kandi tumaranye imyaka myinshi, kuva mu mwaka wa kane sec. yagiye amfasha bimwe na bimwe nkenerwa ku ishuri. Muri iyi minsi sinzi ibyamuteye. Kandi twubahanaga pe, nagiye kumva ati ‘nsingaye nkushaka cyane’ ansaba ko turyamana ndamuhakanira, kuko twagiye tubiganiraho tukavuga ngo tuzirinde kugwa mu cyaha […]

Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo

Nyuma yo gusura ingo 300 mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke harebwa aho imyumvire y’abaturage mu kwimakaza isuku igeze mu rwego rwo kurwanya indwara zijyanye n’isuku nke zirimo korela n’izindi zakunze kuzahaza uyu murenge, ababaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku babishimiwe ku mugaragaro. Ni igikorwa cyari kijyanye n’icyumweru cyahariwe isuku muri uyu murenge cyasojwe […]

Miss Burundi, Jesca Honey na we yavuze ko abana b’impanga yabyaye ari aba Diamond

Ibibazo bikomeje kwiyongera ku muhanzi Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzania, nyuma yo kwemera ko umwana umunyamideli, Hamisa Mobetto yabyaye ari uwe, kuri ubu miss Burundi (2012), Jesca Honey na we yavuze ko abana b’impanga yabyaye, ari ab’uyu musore [Diamond]. Jesca Honey, umugore w’imyaka 24 y’amavuko, avuga ko Diamond ari we se w’abana 2 b’abakobwa yabyaye, […]

Rwamagana: Abaturage barashima Croix rouge yabafashije guhindura imyumvire

Abaturage batuye mu tugari twa Sibagire mu murenge wa Kigabiro na Rweru mu murenge wa Munyaga mu karere ka Rwamagana, bavuga ko ibikorwa Croix Rouge ikorera mu tugari twabo byabafashije guhindura imyumvire, birinda indwara ziterwa n’umwanda ndetse n’iziterwa n’imirire mibi. Ubuyobozi bwa Croix Rouge mu karere ka Rwamagana bwo bukavuga ko gukorera ku mihigo bifasha […]

Yverry yahakanye amakuru yo gusimbura Christopher muri Kina Music

Umuririmbyi wo mu njyana ya R&B, uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Yverry, aranyomoza amakuru yaramaze iminsi avugwa na bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, ko yaba yarasimbuye umuhanzi Christopher muri Lebel ya Kina Music. Ibi bije nyuma y’igihe gito uyu muhanzi ashyize hanze indirimbo yise “Mbona dukundana”, yakoreye mu nzu itunganya umuziki ya Kina Music, […]

Amoko si cyo kibazo mu Burundi, Nkurunziza ushaka kugundira ubutegetsi ni we ntambamyi- Mbonimpa Claver

Umuyobozi w’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (APRODH), Claver Mbonimpa avuga ko mu gihugu cyabo cy’u Burundi, ikibazo gikomeje kuremerera abaturage atari igishingiye ku moko, ahubwo ko ari ikibazo cya Politiki, gitizwa umurindi na Perezida uriho ushaka kuguma ku butegetsi. Claver Mbonimpa usanzwe uba ku mugabane w’u Burayi, ibi yabitangarije muri Canada, ashimangira ko Perezida Nkurunziza […]

Nawe reba wisekere: Amafoto 10 y’abageni yagiye atangaza imbaga y'abatuye Isi

Umunsi wo gushyingirwa, ni umunsi w’ibyishimo uhuruza imbaga bagamije gushyigikira abagiye kurushinga, buri wese aba yumva agomba kuzana agashya ke kuri uwo munsi, ari naho bamwe usanga bashaka ko ako gashya kaba aka mbere mu twabayeho ku isi. Agahugu umuco wako n’akandi uwako, hari aho uzasanga umwana ashyingiranwa n’uwakamubyaye, umugabo agashyingiranwa n’abagore 2, abashyingiranwa bahuje […]