Havumbuwe umuti urwanya sida ku kigero cya 99%
Abahanga mu by’ubuganga bavumbuye umuti ushobora kugwanya ibice 99% bya virusi itera Sida. Ibyo bishobora gutuma ibinyabuzima byo mu bwoko bwa bufite ibiganza “primates” birimo n’umuntu bishobora gukingirwa kwandura iyi virusi. Iki gikorwa cyakozwe n’ikigo cya Amerika cyita ku buzima âUS National Institutes of Healthâ hamwe n’uruganda rwâimiti Sanofi nkuko bigaragara kuri BBC. Ikigo gifasha […]
Impunzi z'Abanye Congo ziri 'kwibasirwa' na guverinoma
Impunzi zihungira muri Zambiya ziva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zabwiye Loni ko ziri kwibasirwa na guverinoma ya Congo. Abanye-Congo bagera kuri 500 bari kugera muri Zambia buri munsi, bahunga imvururu mu bice bitandukanye by’igihugu. Isubika ry’amatora y’umukuru w’igihugu ryateye ubushyamirane bukomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Impunzi zabwiye Umuryango w’Abibumbye ko abasirikare […]
Inzego n'abantu batandukanye mu Rwanda bagiye guhembwa n'umuryango Isange Corporation
Umuryango ukora ibikorwa byo kwamamaza ubutumwa bwiza mu itangazamakuru rya Gikristo mu Rwanda, ugiye guhemba ababaye indashyikirwa muri uru rwego, barimi abanyamadini nâimiryango ya Gikristo n’abandi. Ni mu gikorwa ngarukamwaka gitegurwa nâuyu muryango wa gikristo Cyitwa â SIFA Rewardsâ, ukora ubaha igihembo cyâicyubahiro wita âRewardsâ Umuyobozi wa Isange Corporation, Ntigurirwa Pierre Claver avuga ko iki […]
Umugabo wanjye afite ibya rimwe, tumaze imyaka 3 tubana ariko nta kana turabyara, ese yaba ariyo mpamvu?
Ndabaramukije bakunzi bâiki kinyamakuru, nkuko mbivuze haruguru, ndi umugore, maze imyaka 3 mbana nâumugabo wa njye umunsi ku wundi, ariko nta kana twari twabyara. Iyo ubana nâumugabo ntacyo muhishanya, ariko yambwiye ko afite ibya rimwe, koko na njye nkoraho nkasanga nibyo, twagiye kwa muganga batubwira ko nta kibazo twembi dufite ariko ntabwo nari nanyurwa. [xyz-ihs […]
Kenya: Amatora azakorwa niyo abatavuga rumwe na Leta batayitabira
Perezida wâurukiko rwâikirenga wa Kenya Githu Muigai yavuze ko amatora ya perezida ateganyijwe muri iki gihugu nta kizayahagarika no mu gihe abatavuga rumwe nâubutegetsi batayitabira. Aya matora ateganyijwe tariki 26 Ukwakira azatangazwa tariki ya 1 Ugushyingo, mu gihe nâabo batavuga rumwe na leta batayitabira. Muigai yabitangaje mu kiganiro nâabanyamakuru cyabereye i Nairobi, mu gihe bivugwa […]
Dr Jose Chameleone yatangaje icyamuteye kureka kunywa ibisindisha
Dr Jose Chameleone, yatangaje ko amaze igihe yararetse ibisindisha, kubera gushaka guha urugero rwiza urubyaro rwe ndetse nâabamukurikirana umunsi ku munsi. Mu gihe gishize nibwo inshuti za Chmaeleone zamutangiye ubuhamya, aho ku mbuga nkoranyambaga za bamwe mu bakunze gusangira nâuyu mugabo, bakomeje kwemeza ko yakomeye ku cyemezo yafashe cyo kutanywa ibisindisha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzi […]
U Bushinwa bwagabanyije ubucuruzi na Koreya ya Ruguru kubera Amerika
U Bushinwa bwavuze ko bwagabanyije ingano y’umusaruro wa peteroli muri Koreya ya Ruguru kandi buzahagarika kugura ibiva ku myambaro. Ibyo bwabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri 2017. U Bushinwa ni umuhuzabikorwa w’ingenzi mu bucuruzi na Koreya ya Ruguru, ni nabwo bwonyine ivanamo amafaranga ku buryo bufatika. Ihagarika ry’ibicuruzwa biva ku ndodo rizahungabanya […]
Amerika: Perezida Kagame yasobanuye uburyo Afurika na AU bidakwiriye kurambiriza ku nkunga z'amahanga
Perezida wa Republika Paul Kagame avuga ko amavugurura y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) yari akwiye hagamijwe imikorere myiza y’uyu muryango, yongeraho udakwiye kurambiriza no gushingira ku nkunga ihabwa nâamahanga nyamara zidafite uburambe kuko zishobora kuvaho igihe icyari cyo cyose. Ibi umukuru yabivugiye mu kiganiro yatangiye mu kigo Brookings Institution giherereye i Washington D.C muri Leta […]
Dore amagambo uzirinda kubwira uwo mumaze gukorana imibonano mpuzabitsina
Mu gihe abantu bagiye gukora imibonano mpuzabitsina usanga baba bagomba kubwirana utugambo twiza ndetse akenshi bakanabiganiraho mbere yâuko binjira mu gikorwa kugira ngo hataza kugira ikibabera inzitizi mu kwiyumvanamo no kugirango icyo gikorwa kize kugenda neza, ibi bwiza.com irabwira abashakanye. Nyamara usanga bitewe nâintego abaryamana baba bafite, hari abamara gukora urukundo bakumva ko barangije icyo […]
Irani yagerageje misile mu rwego rwo guhangana na Perezida Trump
Irani iravuga ko yagerageje igisasu cyo mu bwoko bwa misile, mu rwego rwo guhangara perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump. Igeragezwa ry’igisasu cyiswe Khoramshahr, kigenda ku bilometero 2.000 cyerekanwe kuri televiziyo ya leta. Ntibizwi neza igihe igerageza ryabereye. Ku wa Kabiri mu nteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye, Trump yanenze gahunda ya Irani y’ibitwaro […]
Batanu bafungiye gukodeshanya icyuma cyâimodoka kigura 10 000 bajijisha mu gukoresha controle
Polisi yâu Rwanda yataye muri yombi abantu batanu barimo abashoferi nâabakanishi bafashwe bakekwaho gukoresha uburiganya ngo babone ibyangombwa byâubuziranenge bwâibinyabiziga. Bose berekanywe Polisi yâu Rwanda ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda Kuwa gatanu tariki ya 22 Nzeri 2017. Abisobanura Umuvugizi wâiri shami CIP Emmanuel Kabanda yagize atiâ Abashoferi baje gusuzumisha ubuziranenge bwâibinyabiziga byabo, ababishinzwe […]
Super Cup: Umunsi wari utegerejwe nâabakunzi ba ruhago wageze âRayon Sports Vs APR Fcâ
Ikipe ya APR FC na Rayon Sports zigiye gucakirana zihatanira igikombe cya mbere kiruta ibindi mu Rwanda ‘Super Cup’. Iki gikombe gihuza ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona n’iyatwaye igikombe cyâamahoro izi kipe zigiye guhura nyuma yâuko Rayon sports itwaye igikombe cya shampiyona naho mukeba wayo APR FC yatwaye igikombe cy’amahoro. Uyu mukino ukunzwe kurangwa nâishyaka […]
Karongi: Abajyanama bâubuzima biyubakiye igorofa ya miliyoni 350
Abajyanama bâubuzima bo mu karere ka Karongi bujuje umuturirwa wa miliyoni 350 zâamafaranga yâu Rwanda yubatswe hifashishijwe imisanzu yabo nâinkunga bahawe na Minisiteri yâUbuzima. Iri nyubako yiswe âAgaciro Legacy, ikorerwamo ibikorwa byâubucuruzi yatashwe ku wa Gatanu tariki ya 22 Nzeri 2017 na Minisitiri wâUbuzima Dr Diane Gashumba. Biteganyijwe ko izajya yijiza miliyoni zisaga 95 ku […]
Diego Costa agiye gusubira muri Atletico Madrid
Rutahizamu Diego Costa, agiye gusubira mu ikipe yahozemo, nyuma yâamasezerano ikipe ya Chelsea ibarizwa mu gihugu cyâUbwongereza, yagiranye na Atletico Madrid yo muri Espagne. Aya masezerano amakipe yombi yagiranye avuga ko uyu mukinnyi azerekeza muri Atletico Madrid muri Mutarama 2018, akazatangwaho miliyoni 60 zâamayero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Diego Costa wâimyaka 28 yaje muri Chelsea mu mwaka […]
Intambara yâamagambo hagati ya Perezida Trump nâuwa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un hamwe nâuwa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump bakomeje guterana amagambo, umwe yita undi umusazi nâundi akamusubiza. Kim Jong-un avuga ko nyuma yâamagambo Perezida Trump yavugiye mu nama ya Loni, we afata nk’ayavuzwe nâumuntu [Trump] wataye umutwe, yatumye akomeza umugambi we wo gukomeza gukorera Koreya ya Ruguru […]
Sheebah Karungi yahamije ko yabaye umumansuzi mu tubari two mu Rwanda
Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda, yemereye itangazamakuru ko mbere yâuko aba umuhanzi yabanje gukora akazi ko kubyina mu bubari butandukanye bwo mu Rwanda. Ibi yabitangaje mu kiganiro nâabanyamakuru cyabereye kuri Marriot Hotel, ubwo we na mugenzi we Run Town baganiraga nâitangazamakuru ku gitaramo bazahuriramo kuri uyu wa 23 Nzeri 2017. Ubwo umunyamakuru yabaza Sheebah […]
Nyamasheke: Umwana wâimyaka 6 yahiriye mu nzu arapfa
Mu mudugudu wa Cyivugiza, akagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke haravugwa inkuru yâurupfu rwâumwana wâumukobwa wâimyaka 6 yâamavuko witwaga Bimenyimana Bellange mwene Bimenyimana Peter na Musabiyingabire Marie Louise, wigaga mu mwaka wa mbere wâamashuri abanza wahiriye mu nzu agakongoka. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâumunyamabanga nshingwabikorwa wâumurenge wa Kanjongo, Twagirayezu Zacharie, ngo […]
Dore ibintu byâibanze ugomba kwitondera byatuma umukunzi wawe akuzinukwa burundu
Abagabo benshi bashaka kandi bagakunda ko abo bashakanye babatega amatwi ndetse rimwe na rimwe bitaba ngombwa ko babumva bikaba byateza amakimbirane hagati yabo bitewe nâimpamvu. Icyo gihe rero, haba hagomba kurebwa ku mpamvu zombi kuko ushobora gusanga uko kutumvwa byaturutse ku makosa yâumugabo ndetse no ku mugore cyangwa se rimwe na rimwe na none bigaturuka […]
Da Queen ukubutse muri Zambiya azanye ingamba nshya mu muziki Nyarwanda
Umuhanzikazi Da Queen, wamenyekanye mu ndirimbo âAkandikoâ, yakoranye na Riderman, aratangaza ko agarukanye imbaraga nyinshi muri muzika ahanini ashingiye ku bunararibonye avanye mu gihugu cya Zambiya, aho asigaye atuye we nâumuryango we. Da Queen amaze imyaka itatu muri Zambia, avuga ko byabaye ngombwa ko we nâumuryango we bakomereza ubuzima muri iki gihugu, kuri we ngo […]
RDC: Imvura idasanzwe ikomeje gutikiza imbaga muri Kivu yâAmajyaruguru
Guhera ku wa 20 Nzeri 2017, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hakomeje kugwa imvura idasanzwe ari nako ihitana benshi abandi bakazimira. Urugero rwa hafi ni ahitwa Bihambwe,mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru , ku birometero 50 uvuye mu mujyi wa Goma , ku wa 20 Nzeri, imvura zateje imyuzure nâinkangu zikaze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuryango wâAbaganga […]
Minisitiri Kaboneka yababajwe nâinzoga zâutuyuki

Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu Francis Kaboneka yababajwe nâubwoko bwâinzoga yasanze ahitwa mu Gashingiriro I mu Murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze. Ubwo yageraga muri uwo murenge avuye gutangiza igihembwe cyâihinga 2018A, mu murenge wa Nyange muri aka karere ka Musanze, yafashe iyo nzoga abaza iyo ari yo. Uyicuruza yamubwiye ko ari icyayi. Nyuma yo kuyitegereza […]
Urukiko rwategetse ko Bishop Sibomana Jean arekurwa
Urukiko Rukuru rutegetse ko Bishop Sibomana Jean wayoboraga Itorero ADEPR ahita afungurwa kubera impamvu zirimo nâuburwayi bukomeye yagaragaje mu gihe amaze aburana. Sibomana we na bagenzi be bari kumwe mu buyobozi bwa komite nyobozi ya ADEPR yasimbuwe ubwo bari bafunze, bashinjwaga kunyereza asaga miliyari ebyiri zâamafaranga yâu Rwanda yatanzwe nkâimisanzu yâabagize iri torero. Ubushize yari […]
Zari uhisha agahinda yatewe na Diamond, avuga ko atahungabanyijwe nâuko yamuciye inyuma
Hashize iminsi mu binyamakuru bitandukanye humvikana inkuru zâuko urukundo rwa Diamond nâumugore Zari rwajemo agatotsi, Diamond yemera ko yaciye inyuma umugore we, kuri ubu na we yagize icyo abivugaho. Amakimbirane hagati ya Zari na Diamond, atangiye nyuma yaho yemereye ko yabyaranye nâumunyamideli Hamisa. Umwana nyina yanamwise amazina ya se âDiamond Platnumzâ nkâuko bwiza.com ibikesha Clouds […]
Tugomba gaharanira kuzasigira abazadusimbura Isi nâibiyiriho bigifite uburyohe, bitarakamutse- Padiri Hodari
Abapadiri basaga 50 Kiliziya Gatorika iherutse kunguka bashya bahuguwe ku kunoza icungangamutungo rya kinyamwuga, basabwa gucunga neza umutungo wa Kiliziya Gatorika ukazaragwa nâabazaza nyuma yabo. Yabisabye aba bapadiri bahawe iri sakaramentu tariki ya 22 Nyakanga 2017 bamaze iminsi itatu i Mbare mu Karere ka Muhanga muri Paruwasi ya Kabgayi mu cyumweru gishize, bahugurwa kuri iri […]
Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka
Abakoraga uburaya muri imwe mu mirenge igize akarere ka Rubavu, bavuga ko babuvuyemo bibumbira muri koperative, ubu barishimira intambwe bamaze gutera mu kwiteza imbere. Umurenge wa Nyundo, Kanama na Rugerero, ni imwe mu mirenge yâakarere ka Rubavu yakunze kuvugwamo ikibazo cyâuburaya, cyane ko muri iyi mirenge uhasanga udusanteri tw’ubucuruzi dukomeye kandi duhurirwamo nâabantu benshi. Kuri […]
Gasabo: Abayobozi basabye ruswa bavuga ko bagabana nâababakuriye
Abayobozi mu nzego zâibanze mu murenge wa Ndera basabye ruswa umuturage washakaga kubaka, bamubwira ko bagomba kugabana nâababakuriye mu nzego, maze bagubwa gitumo. Ruswa mu myubakire ikomeje kuba akarande mu karere ka Gasabo, mu mujyi wa Kigali ndetse no mu tundi turere. Kuri sitasiyo ya Polisi i Ndera mu karere ka Gasabo, hafungiye abayobozi babiri […]
Capt. Kamurari Nicodeme wamanuye idarapo ryâu Bubiligi, u Burundi bubona ubwigenge yashyinguwe
Uwahoze mu gisirikare cyâu Burundi Capt. Kamurari Nicodeme , unazwiho kuba ari we wamanuye ibendera ry â u Bubiligi ubwo u Burundi bwari bumaze kubona ubwigenge, yashyiguwe. Capt. Kamurari Nicodeme, yashyinguwe mu cyubahiro, nkâumusirikare wubashye wâigihugu ku wa 21 Nzeri 2017. Ubwo yamanuraga ibendera ryâu Bubiligi, hari mu birori byaberaga i Burundi byitabiriwe nâumwami Mwambutsa […]
Prof. Lwakabamba yasezeye ku buyobozi bwa Kaminuza ya Kibungo cyangwa yatakarijwe icyizere? (Yavuguruwe)
Prof. Silas Lwakabamba wabaye Minisitiri wâUburezi ndetse nâuwâIbikorwa Remezo biravugwa ko yasezeye ku buyobozi bwa Kaminuza ya Kibungo(UNIK/INATEK) kubera impamvu ze bwite, ayandi makuru avuga ko yatakarijwe icyizere n’ubuyobozi bw’iyi kaminuza nyuma yo kuyisezeranya impinduka ariko ntabigereho bikubitiyeho nâakayabo yahembwaga, icyenewabo n’ingengabitekerezo ya Jenoside, ariko byose yemeza ko ari ibinyoma. Amakuru yâisezera rye yasabagiye mu […]
Ese gukorana imibonano mpuzabitsina nâumugabo ufite igitsina kinini byaba bigira impinduka ku cyâumugore?
Abantu benshi bakunze kwibaza ibibazo bitandukanye ku bijyanye nâimibonano mpuzabitsina hagati yâumugore, nâumugabo ufite igitsina kinini. Umushakashatsi akaba inzobere nâumwanditsi ku bijyanye nâimibonano mpuzabitsina Lauren Streicher ukorera muri kaminuza yâubuganga ya Feinberg yamaze amatsiko abibaza ibibazo nkâibi. Lauren Streicher ajya gusubiza iki kibazo hari umwe mu nshuti ze wari wabajije niba umugore aramutse aryamanye inshuro […]
Arabia Saudite :Abaturage bakomorewe gukoresha Whatsapp na Skype mu guhamagarana
Guverinoma ya Saudi Arabia yafashe umwanzuro wo gukomorera abaturage bayo mu bijyanye no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho mu itumanaho, bahamagarana mu buryo bwâamashusho nâamajwi. Ubusanzwe abaturage ba Saudi Arabia bemerewe gukoresha imbuga nkoranyambaga nka Whatsapp , Viber , Facebook mu buryo ariko bwo kwandikirana ubutumwa busanzwe, nkuko byemejwe nâumuvugizi wa Leta ya Saudi Arabia ariko ubu […]
Nyamasheke: Hatoraguwe gerenade 2 mu murima wâumuturage
Mu mudugudu wa Kadobogo, akagari ka Jarama mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke, abaturage bahingaga batoraguye ibisasu 2 byo mu bwoko bwa gerenade. Ni abaturage bagera kuri 30 bahingaga umurima ugera kuri hegitari 3, nyirawo ashaka kuwuhingamo inanasi na Marakuja, baguye ku bisasu 2 bahita batabaza inzego zâumutekano zabiteguye mu masaha yâumugoroba yo […]
Uganda: Abadepite mu myigaragambyo, umwe mu banyeshuri we yapfuye arashwe
Ku wa Kane tariki ya 21 Nzeri 2017, umwe mu banyeshuri muri Uganda yishwe arashwe mu gihe bari mu myigaragambyo yamagana impinduka mu Itegekonshinga. Ni mu gihe Abadepite batavuga rumwe na Leta babyukiye mu myigaragambyo bambaye udutambaro mu gahanga mu rwego rwo kugaragaza ko badashyigikiye ikurwaho ryâingingo ya 102 igena imyaka ntarengwa yâugomba kwiyamamariza kuyobora […]
Abayobozi batandukanye basanisha imiyoborere nâintambwe u Rwanda rwateye
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Donatille Mukabalisa avuga ko nta gihugu cyagera ku iterambere rirambye kitimakaje umuco w’amahoro nituze mu bagituye, mu gihe Musenyeri John Rucyahana avuga ko ubuyobozi bwiza u Rwanda rufite bwatumye abarutuye babasha kongera kubana mu mahoro nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi byagarautsweho kuri uyu wa kane ubwo u Rwanda […]
1990: Uko Leta ya Habyarimana Juvenal yikanze Inkotanyi, ikagabanya abaturage muri Kigali- Ubuhamya
Mu kiganiro cyihariye, Ndagijimana Inosenti, wâi Cyumba mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Gisagara yagiranye na Bwiza.com yavuze uko mu mwaka wa 1990 leta ya Habyarimana Juvenal yafashe icyemezo cyo kugabanya abaturage mu mujyi wa Kigali kugira ngo babashe kujya bamenya abaje batumwe nâingabo za RPA Inkotanyi (bitwaga ibyitso). Mu mwaka wa 1990 abatuye […]
Nkosazana Zuma yateye intambwe imuganisha ku kuba perezida
Nkosazana Dlamini-Zuma wayoboye Komisiyo yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yarahiriye ku mwanya wâubudepite mu ishyaka iri ku butegetsi muri Afurika yâEpfo rya “African National Congress” (ANC). Ikinyamakuru Eye Witness News cyatangaje ko yarahiriye mu biro byâumuyobozi mukuru wungirije wâInteko Ishinga amategeko Lechesa Tsenoli, ku buryo ibirori byakozwe mu ibanga rikomeye. Uko kugaruka mu Nteko Ishinga […]
Reba amafoto y'abantu 15 bafite inyogosho n'insokozo zitangaje ku isi
Abantu batandukanye bakomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga kubera amafoto atandukanye bari mu bihe byiza, ariko burya buri wese agira uburyo yishimishamo ndetse akumva bumunogeye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego hari amafoto y’abantu batandukanye hirya no hino ku isi bwiza.com yegeranyije ngo yereke abasomyi uburyo hari abantu binezeza biyogoshesha bagamije kugira ngo abandi babarangarire. Aya ni […]
Icyemezo cyâurukiko ni uguhirika ku butegetsi bikozwe nâurwego rwâubutabera- Kenyatta
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yatangaje ko icyemezo cyâurukiko rwâikirenga cyo kuburizamo ibyavuye mu matora, aherutse ari uguhirika ubutegetsi bikozwe nâurwego rwâubutabera. Ibi kandi byatangajwe na Visi Perezida we William Ruto. Babitangaje nyuma y’ibisobanuro urukiko rwâikirenga rwatangaje ku wa gatatu wâiki cyumweru ku cyatumye ibyavuye muri aya matora biteshwa agaciro nkuko bigaragara ku nkuru ya […]
Koreya ya Ruguru yagereranyije ijambo rya Trump nâijwi ry'imbwa irimo kumoka”
Minisitiri wâUbubanyi nâamahanga wa Koreya ya Ruguru, Ri Yong-ho yavuze ko ibyo perezida wa Leta zunze ubumwe zâAmerika, Donald Trump aherutse kuvugira mu nama ya ONU bisa nâimbwa iri kumoka ko nta cyo bivuze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma yâijambo perezida Trump aherutse kuvugira mu nama ya ONU kuwa Gatatu wâiki cyumweru, aho yavuze ko azasenya […]
Kenya: Igorofa yagenewe ibitaro yaguye ikomeretsa abantu 40
Igorofa yâinyubako eshatu zigerekeranye yaguye ikomeretsa abantu 40 mu mujyi wa Kapsabet mu gace ka Nandi muri Kenya. Yahirimye ku wa Kane tariki ya 21 Nzeri 2017 ahagana saa saba ku isaha ya Kenya. Yari iherereye ku muhanda munini Kapsabet-Kisumu , bivugwa ko yari ibitaro nkuko ikinyamakuru Kenyans.co.ke cyabitangaje. Abantu 60 bakekwa ko bari muri […]
Twishimiraga intsinzi ya R. Madrid i Kigali, ndyamana nâumusore ntazi antera inda, umwana ahora ambaza se- Nkore iki?
Muraho neza se! mfite umwana wâumuhungu ufite imyaka ibiri nâigice, uko uyu mwana yavutse ni amateka maremare, kuko nâubu iyo mbyibutse bituma nibaza byinshi. Mu byâukuri, hari ku itariki ya 24 Gicurasi 2014, ubwo habaga final ya Champions League, nari umufana na Real Madrid ukomeye, mu gihe abandi bafanaga Atletico Madrid baririraga mu myotsi. Twari […]
U Rwanda rugiye kohereza izindi ngabo muri Repubulika ya Centrafrica
Igisirikare cyâu Rwanda cyatangaje ko kigiye kongerera imbaraga ingabo za UN ziri mu butumwa bwâamahoro muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA). Ni ingabo zibumbiye mu ikompanyi ya Motorised Infantry Company, aho abasirikare bagera ku 140 bagomba kuba bari muri kiriya gihugu bitarenze ku itariki ya 26 Nzeri, ibikoresho bya bo nâibindi bizifashishwa bikaba byaratangiye kujyanwa kuya […]
Amerika yasabye ko hakorwa iperereza ku bwicanyi bwakorewe impunzi 39 zâAbarundi muri Congo
Leta zunze ubumwe za Amerika zitangaza ko zihangayikishijwe nâamakuru yayigezeho yâubwicanyi bwakorewe impunzi zâAbarundi muri Congo. Ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi, UNHCR, rivuga ko impunzi zishwe ari 39 aho zabaga mu nkambi ya Kamanyola muri Congo, zishwe ku mugoroba wo ku wa 15 Nzeri 2017 n’inzego zishinwe umutekano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku wa Gatatu […]
Abakobwa barenga 100 bari barashimuswe na Boko Haram basubiye mu ishuri
Abakobwa barenga 100 bo muri Nigeria bari barashimuswe na Boko Haram basubiye ku ishuri. Abo bakobwa biga mu ishuri rya rya Chibok ari naryo zina bamenyekanyehoâ abakobwa bâi Chibok) bashimushwe nâabarwanyi bâuyu mutwe wâiterabwoba mu mwaka wa 2014 . Aba bakobwa bamaze icyumweru biga muri kaminuza yâAbanyamerika iri mu mujyi wa Yola muri Nigeriya, nyuma […]
Rwamagana: Abarimu bigisha muri âAlyga Vocational centerâ badahemberwa igihe bahagaritse akazi
Abarimu bigishaga mu kigo cyâimyuga âAlyga Vocational centerâ gikorera mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana, bavuga ko bahagaritse kwigisha muri icyo kigo kubera kudahemberwa igihe. Ku wa 15 Nzeri 2017, bandikiye ubuyobozi bwâakarere ka Rwamagana basaba kwishyurizwa amafaranga yabo ibihumbi 330, nkâuko bigaragara mu ibariruwa bwiza.com ifitiye kopi. Abarimu bavuga ko bakomeje gusaba […]
Amerika nâu Buyapani nta na kimwe gifite ubushobozi bwo kurasa Koreya ya Ruguru-Ubushakashatsi
Umushakashatsi mu bya Misile, Joe Cirincione yatangaje ko hagati yâAmerika nâu Buyapani nta gihugu na kimwe kirimo gifite ubushobozi bwo kugaba ibitero byâintambara kuri Koreya ya Ruguru ari na yo mpamvu bitigeze bitinyuka kubikora kandi Koreya yo ihora irekura ibisasu. Ubushakashatsi bwâiyi nzobere bwerekana ko muri ibi bihugu nubwo bivuga ko bifite imbaraga, ariko ko […]
Loni igomba gufata kimwe abantu bose ikorera ntaho ibogamiye kandi ikabubaha-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rwishimiye kuba mu bategura amavugururwa ya Loni ndetse n’ayâumuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, azatuma iyi miryango yombi irushaho gukorana mu nyungu zâabatuye Isi, asaba ko icyuho kikigaragara muri Loni cyazibwa. Yabitangaje ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama y’inteko rusange ya 72 y’Umuryango w’Abibumbye(Loni/ONU/UN)ikomeje kubera I New […]
Abashakashatsi b'urukingo rwa Virus itera SIDA bemeza ko ruzaboneka
Abakora ubushakashatsi ku rukingo rwa Virus itera SIDA baravuga ko bafite icyizere ko ruzagera aho rukaboneka nubwo inzira ikiri ndende. Hagati aho ariko abaturage bavuga ko ruramutse rubonetse hari benshi rwaramira. Aba bashakashatsi baturuka mu bihugu bitandukanye bibumbiye mu muryango mpuzamahanga ushinzwe gushaka urukingo rwa virus itera Sida (The International AIDS Vaccine Inititative, IAVI), bari […]
Rio Ferdinand wahagaritse guconga ruhago, yerekeje mu iteramakofi
Uwakanyujijeho muri ruhago, Rio Ferdinand, yatangaje ku mugaragaro ko nyuma yo guhagarika gukina umupira wâamaguru, akomereje mu mukino wâiteramakofi nkâuwabigize umwuga. Uyu mugabo wâimyaka 38, yahagaritse gukina umupira wâamaguru mu myaka 2 ishize, ni umwe mu bakinnyi babaye inkingi za mwamba mu ikipe ya Manchester United nâikipe yâigihugu yâUbwongereza, yasezeye muri ruhago muri 2015 ubwo […]
Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara?
Abantu benshi bajya bibaza rimwe bakabanza gutegereza ariko batazi igihe kiza umuntu agomba kumara, cyangwa abandi bo ntibanabyiteho bumva ko nta ngaruka igihe bumva ntaho bababara.Abaganga batangaza ko ubusanzwe umugore umaze kubyara ari byiza gutegereza ibyumweru bitandatu kugirango abone gukora imibonano mpuzabitsina. Niba umaze kubyara , gukora imibonano mpuzabitsina si cyo cya mbere ukwiye gukora.Kuko […]
Rwamagana: Abagore baboha uduseke bavuga uburyo Abayapani bashatse kubajyana iwabo bakanga
Abagore bakora umwuga wâubukorikori bushingiye ku muco nyarwanda bibumbiye muri koperative âAgaseke kâurukundoâ bavuga ko bakora ubukorikori bushingiye ku muco kandi bakabukora ku buryo bugezweho ku buryo agaseke bakora kakunzwe nâabanyamahanga barimo Abayapani bashatse kubajyana mu buyapani gukorerayo ubukorikori bwo kuboha Agaseke ndetse no kwigisha Abayapani baranga. Abayapani ngo bagerarageje gusaba aba bagore kubigisha uko […]
Muhanga: Uwubatse mu buryo bwâakajagari wese azasenyerwa- Meya Uwamariya BĂ©atrice
Ubuyobozi bwâakarere ka Muhanga buvuga ko butazihanganira na gato umuntu uzubaka mu kajagari ko bibangamira ishyirwamubikorwa ryâigishushanyo mbonera cyâumujyi wa Muhanga. Mu nama yagiranye nâabaturage ku wa 19 Nzeri 2017, kuri sitade ya Muhanga, umuyobozi wâakarere ka Muhanga, Uwamariya BĂ©atrice nibwo yavugiye imbere yâimbaga yâabaturage b’aka karere ko uzubaka wese adafite ibyangombwa azaba ashaka kubaka […]
Zidane yasinye amasezerano yo gukomeza gutoza Real Madrid
Zinedine Zidane, Umufaransa utoza ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne yatangaje ko yongereye amasezerano yo gutoza iyi kipe. Iyi nkuru yatangajwe na nyiri ubwite nubwo Real Madrid yo ntacyo irabivugaho. Gusa ikizwi nâuko amasezerano ye yaganaga ku musozo kuko yari yasinye gutoza iyi kipe imyaka ibiri ubwo yayijyaga mo umwaka ushize nkuko […]
Sinzi mama na data, na mabuja ageze aho kumeshesha amakariso ye ngo muve mu maso anyambure- Nkore iki?
Nitwa Mugisha, mfite imyaka 23, nkora akazi ko mu rugo mu mujyi wa Kigali ariko mabuja amaze kunjyamo amezi 9, ku kwezi nkorera ibihumbi 14, Twari tumaranye imyaka 3 dukorana kandi akananyishyura, najyaga mubeshya ko mfite ababyeyi, ko iwacu ari ku Gikongoro, aho amenyeye ko ndi nyakamwe, nta mama, nta data, nibwo yatangiye kutanyishyura. Yabuze […]
Kenya: Urukiko rwâikirenga rwahishuye icyatumye amatora azasubirwamo
-Kumenyesha Kenyatta ko yatsinze nibyo byatumye amatora asubirwamo-Urukiko rwâikirenga Urukiko rwâIkirenga muri Kenya rwikomye komisiyo ishinzwe gutegura amatora IEBC, ku ngingo yafashe yo kugira impfabusa amatora yarasubije ku butegetsi Uhuru Kenyatta muri manda ya kabiri. Abacamanza bavuze ko amatora yabaye tariki ya 8 Kanama 2017 “atakozwe ku mugaragaro kandi ko atashobora kugenzurwa”. Umuyobozi mukuru wungirije […]
Rusizi: Imvura ivanze nâumuyaga ukabije byangije inzu 267
Imvura ivanze nâumuyaga ukabije byangije inzu 267 zâabaturage,uruganda rutunganya imifuka,abasirikare 5 inkuba irabakubita babiri bahita bajyanwa kwa muganga. Amakuru aturuka mu buyobozi bwâakarere ka Rusizi avuga ko imvura nyinshi ivanze nâumuyaga mwinshi irimo nâinkuba nyinshi yangije ibintu byinshi birimo imyaka yâabaturage,inzu zigera kuri 267,uruganda rutunganya imifuka rwari rwuzuye mu murenge wa Mururu nâibindi,abaturage bakaba basabwe […]
Charli na Nina bagiye kwerekeza muri Canada
Nyuma yâibihe byiza bagiriye mu ruzinduko baherutsemo muri Uganda, abahanzi bagize itsinda âCharli na Ninaâ bagiye kwereka mu gihugu cya Canada mu bitaramo. Ubwo batugezagaho indirimbo yabo nshya bise âZahabuâ, Charli na Nina baboneyeho kudutangariza ko iyi ndirimbo ije mu gihe kiza kuko ngo bari bakeneye indirimbo nshya bazifashisha mu bitaramo byâinkurikirane bafite mu mpera […]
U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame
Mu bikorwa byâinama yâinteko rusange ya Loni ikomeje kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Kagame yagiye yitabira inama zitandukanye, agaragazamo uko u Rwanda ruhagaze muri iyi minsi kuri politiki mpuzamahanga zitandukanye n’ibindi. Ku munsi wâejo hashize, ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017, yitabiriye Inama yâakanama gashinzwe iterambere ryâubucuruzi nâishoramari hagati yâAmerika […]
Rayon Sports yabonye umuterankunga mushya uzajya uyiha akayabo
Rayon Sports Fc yabonye umuterankunga mushya uzajya uyiha akayabo ka miliyoni 237 mu myaka ine n’uduhimbazamushyi dutandukanye. Ni nyuma yâamasezerano iyi sosiyete ya Fezabet ikora ibijyanye nâimikino yâamahirwe yagiranye na Rayon Spots ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017. Aya mafaranga azatangwa mu byiciro bikurikira nkuko bigaragara ku rubuga rwa Rayon Sports. Umwaka wa […]
Amerika: Perezida Kagame yasubije uburyo yatsinze amatora ku kigero cyo hejuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatanze ikiganiro mu kanama ka Leta Zunze Ubumwe za Amerika gashinzwe ububanyi nâamahanga(Council on foreign relations), abazwa uburyo yatsinze amatora ku kigero cyo hejuru, abereka uburyo yayatsinze. Umukuru wâu Rwanda ari muri iki gihugu aho yitabiriye imirimo yâinteko rusange ya Loni iri kuba ku nshuro ya 72, aho i New […]
Kuki impunzi 39 zâAbarundi muri Congo zishwe n'abashinzwe umutekano?
Ku wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri 2017, nibwo impunzi zâAbarundi ziri mu nkambi ya Kamanyola muri Congo zarashwemo urufaya rwâamasasu nâinzego zishinzwe umutekano muri icyo gihugu, 39 muri zo zihasiga ubuzima. Urujijo ruracyari rwose mu makuru atangwa nâinzego zitandukanye, havugwa ko inzego zâumutekano zarashe izo mpunzi na zo zitabara, Leta ya Congo ikavuga ko […]