Bishop Sibomana wayobora ADEPR yasabye gukuriranwa adafunze kubera uburwayi bwa diyabete n'umuvuduko w’amaraso

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bukurikiranyeho Bishop Sibomana ibyaha byo kurigisa umutungo w’itorero rya ADEPR yategekaga. Mu minsi ishize ni bwo umucamanza yategetse ko yaba afunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi mirongo itatu kuko ubushinjacyaha buvuga ko bukiri kumukoraho iperereza ku byaha bumuregana na bagenzi be. Buranga ko yajya hanze agatoroka ubutabera cyangwa akanasibanganya ibimenyetso. Mu bujurire bwa […]

Dore amasaha meza wakoreraho imibonano mpuzabitsina bikarushaho kugenda neza

Uko amasaha y’umunsi agenda asimburana ni nako umubiri w’umuntu nawo ugenda uhindura imikorere yawo bitewe n’aho amasaha ageze. Burya ngo saa 7h30 z’igitondo niyo saha isobanutse yo gukora imibonano mpuzabitsina abantu bakarushaho kugira umunezero udasanzwe muri icyo gikorwa kurenza kuba byakorwa mu yandi masaha . Ngo gutera akabariro kuri iyi saha bifasha umubiri n’umutima kumva […]

Kuba umuyobozi ntibitanga ubudahangarwa bwo kubaka mu kajagari -Minaloc

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Ngendahimana Ladislas yatangaje ko abayobozi bo mu nzego z’ibanze bagomba kwirinda ibikorwa byagusha mu mutego abo bayobora, bakarangwa no kuba intangarugero. Muri iyi minsi byavuzwe ko mu nzu zitandukanye zubatswe mu kajagari mu mirenge itatu igize umujyi w’akarere ka Kamonyi, harimo n’iz’abayobozi bo mu nzego z’ibanze muri aka karere. Ngendahimana […]

Diamond yasobanuye yeruye uburyo yaciye Zari inyuma akabyarana na Hamissa

Umuhanzi Diamond Platnumz yashyize arerura avuga uburyo yaciye inyuma umugore we Zari akaryamana n’umusitari Hamisa Mobetto babyinanye mu ndirimbo Salome. Diamond yatangaje ibi ngo akureho urujijo ndetse anagabanye ibihuha byamuvugwagaho nyuma yo gushinjwa kuryamana na Hamisa akabihakana yivuye inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro aherutse kugirira kuri imwe mu maradiyo yo muri kiriya gihugu mu kiganiro, […]

Urugamba ingabo za Cuba zatsindiyemo iza Amerika i 'Bay Of Pigs' mu 1961 (Igice cya 1)

Igitero cyiswe ‘The Bay Of Pigs Invasion’ , hari n’abacyita ‘Batalla de GirĂ Âłn’ cyangwa ‘InvasiĂ Âłn de Bahà­a de Cochinos’ aya ni amazina yose agenda ahabwa iyi ntambara y’igihe gito yamaze iminsi ibarirwa ku mitwe y’intoki, ariko igasiga amateka hagati ya Cuba na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ni ntambara abakomando b’ingabo za Cuba barwanye bihagazeho, basubiza […]

Padiri Karumugabo yitabye Imana nyuma y’amezi abiri abuhawe

Padiri Karumugabo Marc wakomokaga muri Paruwasi ya Nyamiyaga akorera ubutumwa bwe muri Paruwasi ya Byiza, iherereye i Gikonko mu karere ka Gisagara muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana nyuma y’igihe gito ahawe isakaramentu ry’ubusaseredoti. Yitabye Imana mu rukerera rwo ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017 azize uburwayi yari amaranye igihe bw’impyiko. Karumugabo yahawe […]

RD Congo:Nyuma y’ubwoba bwari bwose polisi yasabye ababyeyi kujyana abana ku ishuri

Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irahamagararira ababyeyi kujyana abana babo ku ishuri, nyuma y’ubwoba bwari bumaze igihe muri iki gihugu ko bashobora gushimutwa. Yabitangaje ku wa Kabiri tariki 19 Nzeri 2017 nyuma y’ubu bwoba bwari bwarasabye abaturage ko abarimu bajyana abo bana babo kuko batarishyurwa. Hari andi makuru yari yakwirakwijwe ko hari abantu […]

Ikipe ya Rayon Sports igiye guhura na Enticelles I Rubavu

Ikipe ya rayon Sports yerekeje kuri uyu wa 19 Nzeri 2017 mu karere ka Rubavu aho igiye guhura n’ikipe ya Enticelles mu irushanwa ryiswe FEZABET ndetse no gutegura umukino wo gutegura umukino wa super cup. Ni nyuma y’uko iyi kipe ya Rayon Sports yegukanye irushanwa ry’igikombe cy’Agaciro hakoreshejwe uburyo bwa tombora, iyi kipe ikaba ikomeyeje […]

RDC: Umusirikare wa Tanzania mu bari muri Monusco yishwe mugenzi we arakomereka

Umusirikare ukomoka mu gihugu cya Tanzania uri mu bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bwa Monusco muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ku Cyumweru yarishwe naho mugenzi we arakomereka nyuma y’imirwano yabahuje n’inyeshyamba. Biravugwa ko uyu musirikare yiciwe i Beni muri Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na MONUSCO kuri uyu wa Mbere, aho yatangaje ko yari […]

Ni kuki urukundo ari ryo tegeko risumba ayandi yose?

Bibiliya isaba abantu gukunda Imana bataryarya, ndetse bakanakundana hagati ya bo, n’umutima, n’ubwenge, n’ubugingo, n’imbaraga bya bo kuko iri jambo rivuga neza ko ukunda mugenzi we adashobora kumugirira nabi cyangwa ngo amwifurize ikibi. Ni yo mpamvu itegeko risumba ayandi yose rikubiye mu ijambo urukundo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri Luka 10:27 ndetse no muri Matayo 22:37-40 hagira […]

Kayonza: Barifuza ko umudugudu wagabanywamo kabiri, kuko batanga itike y’ibihumbi bitatu bashaka umuyobozi

Abatuye umudugudu wa Gakoma II mu kagari ka Buhabwa, umurenge wa Murundi muri Kayonza, basanga umudugudu wabo wagabanywamo kabiri, nyuma y’uko batanga ibihumbi bitatu bya moto bajya gushaka umuyobozi wabo. Akagari ka Buhabwa gaherereye mu gice cyahoze ari Pariki y’Akagera, nyuma haza gutuzwa abantu. Benshi bitabiriye kuhororera kuko ahanini kagizwe n’inzuri. Umudugudu wa Gakoma II […]

Sudani y’Epfo: Abadepite bane na minisitiri batawe muri yombi bazira kubura mu nteko

Abadepite bane ndetse n’umuminisitiri bo muri Sudani y’Epfo batawe muri yombi bazira gusiba inama mu nteko ishinga amategeko kuwa Gatanu ushize. Nk’uko byatangajwe n’undi mudepite witwa John Marik Makur, ngo aba batawe muri yombi bafashwe n’inzego z’umutekano zibaziza kutitabira inama y’inteko nk’uko yabitangarije Eye Radio yo muri iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu batawe muri yombi […]

Uganda: Abadepite 4 bitabye CID kuko badashyigikiye ko ingingo ya 102 ihinduka

Abadepite 4 bo mu nteko ishinga amategeko ya Uganda bitabye ubugenzacyaha kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri, bikaba biteganyijwe ko bagiye guhatwa ibibazo ku bijyanye no kuba bararwanyije ko ingingo ikuraho imyaka y’umukuru w’igihugu mu itegekonshinga yakurwaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda haherutse kubera inama y’Abadepite biga […]

Bimwe mu byaranze umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa kuva mu 1990 kugeza ubu

Imyaka 25 irihiritse mu mubano w’u Rwanda n’u Bufaransa hahoramo bombori bombori, aho u Rwanda rukomeje gushimangira ko u Bufaransa bwagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, mu gihe u Bufaransa bushinja abayobozi b’u Rwanda guhanura indege yari itwaye Habyarimana bufata nk’imbarutso ya jenoside. Bwiza.com yifashishije inkuru ya la-croix.com irabagezaho bimwe mu bihe by’ingenzi […]

Ntabwo umuturage akwiye kubaka inzu ngo nimara kuzura bibuke kuyisenya- Ingabire

Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane(TI-RW) ishami ry’u Rwanda, Ingabire Marie Immaculee arasaba ko abayobozi bo mu karere ka Kamonyi batagize uruhare mu kubuza abaturage kubaka inzu ziri gusenywa babihanirwa. Mu minsi yashize mu mirene itatu igize aka karere humvikanye ikibazo cy’abaturage bubatse inzu zisaga 100 mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ubuyobozi bw’akarere n’ubw’intara y’Amajyepfo bafashe […]

Umugabo yarembejwe n'inkoni ahita yihindura inka arabirukankana (Reba Video)

Umugabo utatangajwe amazina yagaragaye mu gace ka Abia geherereye mu mujyepfo y’Uburasirazuba bwa Nigeria yihindura inka ubwo yari asumirijwe n’insoresore zo muri ako gace zimugurizaho zimukubita. Amakuru bwiza.com ikesha ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kiriya gihugu avuga ko uyu mugabo yari ahingutse muri kariya gace kandi we akomoka mu majyaruguru y’igihugu, akaba ari amoko asanzwe atavuga […]

U Rwanda ruri gushakisha ubwato bw’Abadage bwatabwe hafi y’Ikiyaga cya Kivu mu Ntambara y'Isi

U Rwanda rwatangije igikorwa cyo gushakisha ibisigazwa by’ubwato bwa gisirikare bw’Abadage ngo byashyinguwe ku bwende mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu. Ahantu hacukuwe umwobo munini watabwemo ubwo bwato kugeza ubu ntiharamenyekana ariko hakomeje gushakishwa. Mu 1909 ubwo u Rwanda rwari rugikolonijwe n’u Budage, abamisiyoneri b’Abarutheriyene bazanye ubwato bakoreshaga mu ngendo zabo mu kiyaga cya Kivu, ariko […]

Ibya Rwatubyaye Abdul no kujya kwivuriza muri Marocco byaba byaraheze he?

Nyuma y’imvune myugariro w’ikipe ya Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul yagize, byari biteganyijwe ko agomba kujya kwivuriza muri Morocco nyuma y’amatora y’umuyobozi wa Ferwafa, Nyuma y’aho aya matora asubikiwe, bwiza.com yagereye Rwatubyaye agira icyo abivugaho. Mu kiganiro na bwiza.com, Rwatubyaye yadutangarije ko ntarirarenga n’ubwo yasubiye mu kibuga ariko hakiri gahunda ko isaha ku isaha azajya kwivuza […]

Umugabo yakatiwe igifungo cy’imyaka isaga 4 azira kwiba udusafuriya 2

Umugabo witwa Francis Mugambi Kibiki wo muri Kenya yahamwe n’icyaha cyo kwiba udusafuriya 2 tw’abaturanyi be, urukiko rukaba rwanzuye ko agomba gufungwa imyaka 4 n’amezi 6. Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko ngo yinjiye mu rugo rw’umugore witwa Mary Akinyi bose bakaba batuye mu gace ka Nanyuki, aho yamwibye amasafuriya 2 afite agaciro k’Amashilingi ya Kenya […]

New York: Perezida Trump arafata ijambo ku nshuro ya mbere mu Nteko rusange ya Loni

Nk’uko amategeko Loni igenderaho abiteganya , buri mwaka,abakuru b’ibihugu byose byo ku isi bihuriye mu muryango w’Abibumbye bahurira i New York mu Nama Nkuru ya Loni [ General Assembly], mu magambo y’icyongereza. Ni inama iteganywa n’Itegeko 57/30, mu gika cya 1 kigira kiti“Inteko rusange isanzwe izajya iterana buri mwaka, ku munsi wa Kabiri w’icyumweru cya […]

Muyoboke yavuze impamvu adakorana n’abahanzi baririmba Hip Hop

Uhagarariye inyungu z’itsinda rya Charli na Nina, Muyoboke Alex, yagize icyo avuga ku kuba atarigera akorana n’abahanzi baririmba injyana ya Hih Hop nk’umujyanama, kuri we ngo abona badacuruza cyane nk’abakora izindi njyana. Muyoboke Alex, ni umwe mubabashije gukorana n’abahanzi benshi mu byamuzika, barimo Tom Close, Urban Boyz, Dream Boys, Kid Gaju, Social Mula ndetse na […]

Gahini: Umukobwa arihakana umuganga urwariye i Ndera umushinja kumubenga

Mu ntangiriro z’uku kwezi nibwo humvikanye inkuru y’umusore Byaruhanga wahoze ari umuganga mu bitaro bya Gahini byo mu karere ka Kayonza, wagaragaje ibimenyetso cy’uburwayi bwo mu mutwe anavuga ko hari umukobwa bakundanye akamwihinduka nyamara yari yaramusezeranyije ko bazabana. Nubwo umusore akirwariye mu bitaro by’i Ndera, umukobwa ahakana ko atigeze akundana na we, yemwe ko nta […]

Amerika ishobora kugabanya inkunga yageneraga Loni

Ishami rya loni ryita ku mpunzi, HCR ritangaza ko inkunga Leta zunze ubumwe za Amerika zageneraga iri shami zishobora kuzagabanuka. Ibyo byatangajwe n’umukuru wa HCR, Filippo Grandi ubwo yahuraga n’umunyamabanga wa leta wa Amerika, Rex Tillerson kuri iki cyumweru ku cyicaro cya Loni i New York nkuko VOA yabitangaje. Abo bategetsi babonanye, imbere y’inama rusange […]

Uganda: Utunyamasyo dusaga 150 twafashwe mu bicuruzwa bigiye koherezwa hanze

Ikigo cya Uganda gishinzwe kwegeranya imisoro n’amahoro muri uganda, URA cyafashe udukoko two mu gasozi tuzwi nk’utunyamasyo tugera ku 152 dupakiye mu mifuka bagiye kutwohereza hanze. URA yatangaje ko utu tunyamasyo twari dupakiye mu mifuka bayivanze n’indi irimo ibicuruzwa bisanzwe, bikaba bikekwa ko twari tugiye kuherezwa mu bihugu byo ku mugabane wa Aziya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Rwamagana: Ni umusore w’imyaka 49, ni imanzi, azarongora umugore azahabwa n’Imana

Ndutiye Felecien afite imyaka 49, atuye mu kagari ka Bwiza mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana, avuga ko atigeze agira igitekerezo cyo kubaka urugo mu myaka 49 amaze ku isi, kudashaka umugore hari impamvu zabiteye zirimo gutegereza umugore azahabwa n’Imana. Ku myaka 49 y’amavuko, ntabwo yari yanakora imibonano mpuzabitsina, abiterwa no kubaha Imana, […]

Dore ibintu 8 by'ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni

Buri muntu uri mu rukundo ahanini usanga intego nyamukuru ari kubana nk’umugore n’umugabo, gusa hari benshi babijyamo bagamije gushimisha imibiri yabo cyangwa ku bw’inyungu zabo bwite zitandukanye n’urukundo. Ni byiza kumenya bimwe mu bintu bishobora kukwereka ko umukobwa mukundana nta gahunda yo kubaka urugo imurimo. Ntahaga imibonano mpuzabitsina Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo wagira […]

Kidumu ntatewe ubwoba n’abahanzi bo muri Nigeriya mu mugambi we wo kwigarurira Afurika

Kidumu Kibido, umuhanzi wo mu Burundi, aravuga ko aho agejeje umuziki we mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba , igisigaye ari ugufata Afurika yose, yongeyeho ko adatewe ubwoba n’umuvuduko abahanzi bo muri Nigeriya bariho muri Afurika. Kidumu yatangije ibi nyuma y’aho yari abajijwe n’ikinyamakuru kimwe cyo mu Burundi, impamvu ari umuhanzi w’umuhanga ariko akaba atabasha gufata […]

Perezida Museveni agiye guhura na Trump mu nama ya UN

Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yamaze gusesekara mu mujyi wa New York, aho agiye kwitabira inama ku mpinduka z’Umuryango w’Abibumbye ku nshuro ya 7, aho biteganyijwe ko azanabonana na perezida w’Amerika, Donald Trump Ni inama iteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri, ikaba izabera ku kicaro ikaba izaba yahuriyemo n’abakuru b’igihugu bitandukanye ku […]

Ingabo z’u Bushinwa n’u Burusiya zatangiye imyitozo hafi ya Koreya ya Ruguru

Kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Nzeri 2017 , ibihugu by’u Bushinwa n’u Burusiya byatangiye gukorera hamwe imyitozo ikaze y’intambara, aho ingabo zitwaje amato y’intambara na za kajugujugu byabyutse bicicikana hafi y’inkombe z’inyanja ya hafi na Koreya ya Ruguru. Ibi kandi bije mu gihe i New York muri Amerika iteganijwe ko mu gihe cy’inama […]

Inka ya njye yabyaye igisa n’umuntu, ihene ibyara igisa n’ingona, mpangayikiye umugore wanjye na we ugiye kubyara- Nkore iki?

Bantu musenga ndagirango mungire inama cyangwa se mumpe inkunga y’amasengesho, kuko ibirimo kubera mu rugo rwanjye ni ibidasanzwe, none bakunzi ba bwiza.com iyo nkunga ndayibasabye. Muri uyu mwaka amatungo ya njye yanteye ubwoba, mu kwezi kwa 3 inka yacu, yarabyaye, tugiye kubona tubona ikubise hasi inyana ifite mu maso hasa n’ah’umuntu, ubwoba buratwica, icyo nyana […]

Mpayimana Philippe yatangaje ko ashobora kwiyamamariza ubudepite

Mpayimana Philippe uherutse gutsindwa mu matora aheruka y’umukuru w’igihugu mu Rwanda, yatangaje ko ashobora no kongera agahatana mu matora ataha y’abadepite. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu itangazo yanyujije ku rubuga rwe rwa interinete yagize ati “Nabashije guhura no kuganira n’abanyarwanda batandukanye baba mu Bufaransa, mbashimira uruhare rwa bo mu kunshyigikira mu matora aheruka, kuko abari muri diasipora […]

Amwe mu magambo atangaje aboneka muri Bibilya

Bibiliya, igitabo gitagatifu kirimo ijambo ry’Imana, amagambo atondetse gihanga kandi yuje intekerezo y’ubwenge bwageza muntu kuri byinshi. Abasoma Bibiliya bose, buri wese areba umurongo uganisha aho yifuza, kuko nta cyo udasangamo. Imigani , igice cya 30
: Imiryango, ubugenge, ibidahaga, ibito bifite ubwenge n’ibindi. Bibiliya ivuga ko iyi ari imigani y’umunyabwenge, Aguri, akaba ari umwe mu […]

Burundi: Umugabo yatwikiye abana be 2 mu nzu

Ahagana saa yine z’ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 16 Nzeri 2017, umugabo yatwikiye abana be 2 mu nzu, bahita bapfa. Ayo mahano yabereye mu gace ka Rubirizi muri Mutimbuzi mu gihugu cy’u Burundi, umubyeyi w’aba bana akaba yaratawe muri yombi na polisi, ari nayo yatangaje aya makuru ariko icyaba cyaramuteye kubuza ubuzima aba […]

Nyamasheke: Abagifite amabati ya Fibrociment barasabwa kuyakuraho vuba

Ubuyobozo bw’akarere ka Nyamasheke burasaba abagatuye bagifite inzu zisakaje amabati ya Fibrociment, kuyakuraho vuba mu gihe avugwaho kugira ingaruka mbi ku buzima bw’abantu. Ibi umuyobozi w’akarere yabitangaje ku wa 16 Nzeri 2017, ubwo ababyeyi barerera mu rwunge rw’amashuri rw’umuryango mutagatifu rwa Nyamasheke, bamurikirwaga aho igikorwa cyo gusimbuza aya mabati andi asanzwe adafite ingaruka ku buzima […]

Afuriya y’Epfo: Sosiyete y’indege ya Airlink igiye kujya ikorera ingendo mu Rwanda

Mu myaka ya 2014 na 2015, ni bwo haherukaga kuvugwa amakuru ku bwikorezi bunyura mu kirere hagati y’u Rwanda na sosiyeti y’indege yo muri Afurika y’Epfo ya Airlink. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuva icyo gihe, nta makuru yongeye gutangazwa yerekeranye no kuba ibyo byaba byarashyizwe mu ngito. Muri iyi minsi na none, nibwo iyi sosiyete yongeye gutangaza […]

Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un

Niba hari izina rikunze kugaruka mu itangazamakuru kuri iyi si dutuye ni izina rya Perezida wa Korea ya ruguru Kim Jong Un. Uyu muperezida kandi binavugwa ko ariwe muto ubashije kuyobora iki gihugu ,cyane ko mu bategetse Korea ya Ruguru bose bamubanjirije babayeho mbere y’ubwigenge bwa yo, ndetse babaga baranagize uruhare mu kubuhirimbanira ,uretse Perezida […]

Umukirisitu yakatiwe urwo gupfa azira koherereza ubutumwa inshuti ye kuri Whatsap busebya Islam

Nadeem James w’imyaka 35 ukomoka muri Pakistan yasabiwe n’urukiko igihano cy’urupfu nyuma yo kwibasira intumwa y’Imana Muhammad mu butumwa bugufi yandikiye umukunzi we abinyujije kuri Whatsap. The independent dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mugabo yatawe muri yombi mu mwaka ushize akaba yari akirimo gukurikiranwa n’ubutabera, ibimenyetso bikaba byatumye ubushinjacyaha bumusabira igihano cy’urupfu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Perezida Trump yakoze agashya asunika umugore we kuri mikoro bari mu munsi mukuru

Si ubwa mbere perezida w’Amerika, Donald trump agaragaraho utuntu tudasanzwe mu ruhame, aho mu bihe byashize yasunitse umwe mu bamurinda ahagaze ashaka kumugerageza ngo arebe ko agwa.   Perezida Trump rero yongeye kugaragara mu bias na byo aho yasunikaga umugore we Melania amuvana kuri mikoro ubwo yari amaze kuvuga ijambo rigufi na we akurikiyeho. [xyz-ihs […]

Uganda: Minisitiri w’ubuzima yiyoberanyije ajya kwa muganga bamwaka ruswa ngo bamuhe serivisi

Minisitiri w’ubuzima wa Uganda, Sarah Opendi yatumye abakozi babiri bo kwa muganga batabwa muri yombi bazira ruswa nyuma y’aho yiyoberanyije akajya mu Bitaro bya Kampala nk’ugiye kwivuza bakamwaka ruswa akayitanga mbere yo kubahamagarira abapolisi. Ubusanzwe igihugu cya Uganda kibarirwa mu bihugu bibamo ruswa cyane dore ko kiza ku mwanya w’151 mu 176 mu kurwanya ruswa. […]

Nateye inda nyina w’umukobwa dukundana none ari kunsaba ibintu bidashoboka. Mbigenze nte ?

Nitwa Elvis, maze amezi 3 nteye inda nyina w’umukobwa dukundana none ari kunsaba ibintu na nubu numva bidashoboka none nagira ngo mungire inama. Natije inzu inshuti yanjye y’umuhungu ntazi ko hari isano ya hafi afitanye n’uwagombaga kuzaba mabukwe, rimwe nza kujya kumusurayo nsangayo uwo mugore ukiri muto aranyishimira cyane ariko sinkamenye ko ari nyina w’umukobwa […]

Perezida Kagame agiye kwitabira inama ikomeye mu bya business i New York

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame mu cyumweru gitaha azafata ijambo mu kiganiro cy’abakuru b’ibihugu ku mubano ushingiye kuri za business hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika kizabera I New York. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Corporate Council on Africa (CCA), rivuga ko iki kiganiro kizahuza abayobozi b’ibihugu bya Afurika batoranyijwe, Abayobozi bakuru b’ibigo […]

Burundi: Habaye imyigaragambyo ikomeye ya CNDD yo kwamagana raporo ya Loni – Amafoto

Ibihumbi n’ibihumbi by’Abarundi bo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Nzeri 2017 baramukiye mu myigaragambyo ikomeye yo kwamagana raporo y’impuguke za Loni iherutse gusohoka ivuga ko mu Burundi hakozwe ubwicanyi ndengakamere bwibasiye ikiremwamuntu. Iyi myigaragambyo yitabiriwe n’abategetsi b’u Burundi batandukanye bari kumwe n’Umukuru wa CNDD-FDD, Evariste Ndayishimiye, bose bambaye […]

Agiye kurega mu rukiko rw’u Burayi kubera inyandiko za Mitterand ku Rwanda zikomeje guhishirwa

Nyuma y’aho kuwa 15 Nzeri 2017 Inama y’Igihugu ishinzwe kurinda itegeko nshinga mu Bufaransa ryemereye ushinzwe kurinda inyandiko z’ibyaranze ubutegetsi bwa perezida Franà§ois Mitterand mu Rwanda kudahishura izo nyandiko, Franà§ois Graner wari witabaje iyi nama ashaka kumenya uruhare rw’igihugu cye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yamaganye iki cyemezo ndetse atangaza gahunda yo kwitabaza Urukiko […]

RDC: Umuntu umwe yishwe n’inyeshyamba abandi barimo umupadiri n’umuganga barashimutwa

Mu ijoro ryo kuwa gatanu rishyira kuwa gatandatu, mu Murenge wa Busendu, mu birometero 10 uvuye muri Rutshuru ho muri Kivu y’Amajyaruguru, umuntu umwe yishwe n’inyeshyamba zari zateze igico, abandi bantu 7 bari mu modoka yaguye muri uwo mutego barakomereka mu gihe abandi bantu batatu barimo umuganga bashimuswe. Ahitwa Ntamugenga, igiturage cyo muri Bweza, naho […]

Kayonza: Abatishoboye bafite impungenge zo gutura mu mazu ameze nka Nyakatsi

Abaturage batuye mu kagari ka Nkamba mu murenge wa Ruramira mu karere ka Kayonza bavuga ko bafite impungenge bitewe n’amazu babamo adatandukanye na Nyakatsi na gato, abo baturage bakavuga ubuyobozi bukwiye kubatabara bakaba mu nzu nziza dore ko bamwe bananiwe no guhoma izo basanzwe babamo zamaze kwangirika bagakoresha ibirere. Kabera Anaclet atuye mu mudugudu wa […]

Uganda: Abapolisi 2 n’umusivili bishwe abandi benshi barakomereka

Abapolisi 2 bo mu giporisi cya Uganda n’umusivili umwe bishwe barashwe n’abitwaje intwaro bikekwa ko ari ibisambo byari biteye uruganda rukora imikati hakabaho kurasana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Nzeri 2017, ubwo abantu bitwaje intwaro barasanaga na polisi ya Uganda amasasu akica 3 akanakomeretsa abandi batatangajwe […]

U Bwongereza bwanenze uko amatora yagenze n’itabwa muri yombi ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi

Nyuma y’ukwezi gusaga amatora y’umukuru w’igihugu mu Rwanda abaye, igihugu cy’u bwongereza kiratangaza ko habaye amakosa mu kubarura amajwi ndetse no mu gikorwa cyo kwandika abashakaga kwiyamamaza, aboneraho no kunenga itabwa muri yombi ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu Rwanda. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatanu ushize, Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, William Gelling, yatangaje […]

Ubwoko 5 bw’ibiribwa byongera ubushake n’uburyohe bw’imibonano mpuzabitsina

Abashakashatsi mu by’imirire bashyize hanze ibiribwa 5 bitari bimenyerewe mu kongera uburyohe ndetse n’ubushake bwo gutera akabariro mu buzima bw’abashakanye. Dore ibyo biribwa: Inyama y’iroti Inyama y’iroti burya iza ku mwanya wa mbere mu ikorwa ry’amasohoro ari naho akenshi uzasanga abaganga bategeka abagabo bahuye n’ikibazo cy’ibura ry’amasohoro ngo bajye birira inyama y’iroti. Kurya inyama y’iroti […]

Gicumbi : Ku myaka 19, yakoze porogaramu inoza imicururize y’amata

Mugiraneza Abdullah wo mu murenge wa Rutare mu karere ka Gicumbi, amaze guca uburiganya n’urwikerwe rwarangwaga hagati y’aborozi, abacunda batwara amata n’amakusanyirizo ; abakorera uburyo bahanahana amakuru binyuze mu ikoranabuhanga. Uyu musore w’imyaka 19 ntiyize mu mashuri ahambaye kuko yize amwe bita nayini, kuri GS Kirwa mu murenge wa Rutare, nyuma aza gukomereza i Save […]

Nicki Minaj mu rukundo rushya n’umuraperi Nas

Ibimenyetso birimo amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranya mbaga, agaragaza Nas asoma Nicki Minaj, nibyo byahereweho na benshi bemeza ko uyu muraperikazi yaba yabonye umusimbura wa Meek Mill mu rukundo. Mu minsi ishize nibwo amakuru yakwirakwiye hirya no hino ko Minaj yamaze gutandukana bidasubwirwaho na Meek Mill, ku mbuga nkoranyambaga za Meek Mill ntihasibaga amagambo agaragaza […]

Perezida wa Koreya ya Ruguru yiyemeje kunganya ingufu za gisirikare n’iza Amerika

Perezida Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru yiyemeje gushyika ku ntego igihugu cyihaye yo kunganya ingufi za gisirikare na Leta zunze ubumwe za Amerika. Yatangaje ibi nyuma yaho Koreya ya Ruguru yari imaze kurasa igisasu cyo mu bwoko bwa misile cyaciye hejuru y’u Buyapani, iyo misile ngo ikaba ariyo ya mbere Koreya ya Ruguru yarashe […]

Amerika : Umupolisi w’umuzungu wakurikiranwagaho kwica umwirabura yagizwe umwere

Umuzungu wahoze mu gipolisi mu ntara ya Missouri yagizwe umwere ku byaha yari akurikiranyweho ko yishe umugabo w’umwirabura amusashe inshuro eshanu nyuma yo kumukurikira n’imodoka. Umucamanza yahanaguyeho iki cyaha cy’ubwicanyi Jason Stockley ku rugero rwa mbere. Uyu mugabo yahoze muri polisi ariko nyuma arimuka ajya i Houston amaze kuva muri icyo gipolisi cya St Louis […]

Nashatse umugabo anyizeza ko asiramuye, tugeze mu buriri nsanga yarambeshye- Nkore iki?

Ni amezi 3 maze nshakanye n’umugabo wanjye ariko umuriro uri kwaka mu rugo, icya mbere umugabo wanjye yanyiyemeyeho mbere y’uko dusezerana, ambwira ko afite ubushobozi kugeza ubwo mu bukwe ari njye washyizemo amafaranga menshi, yanyumvishaga ko nyuma y’ubukwe ho icyumweru azabona amafaranga menshi. Kugeza ubu namaze kumenya amakuru y’uko yambeshyaga aho yambwiraga azayakura naraperereje nsanga […]

Impunzi 18 z’Abarundi zishwe zirashwe na polisi muri Congo Kinshasa

Ubutegetsi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko nibura impunzi 18 zapfuye zirashwe n’abashinzwe umutekano, mu burasirazuba bw’iki gihugu . Abantu benshi bakomeretse igihe polisi n’abasirikare barasaga ku mpunzi zari mu myigaragambyo, zamagana umugambi wo kuzitahukana. Byabaye ku wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri 2017, I Kamanyola mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Izi mpunzi […]

Burundi: Su-ofisiye (Ex FAB), Vénérand Ndabambarire yashimuswe

Adjudant-Chef VĂ©nĂ©rand Ndabambarire wo mu gisirikare cy’u Burundi wanagihozemo mbere y’amasezerano yo mu 2005 (EX FAB) yashimuswe n’abantu batazwi, umuryo we ukaba ufite impungenge z’ubuzima bwe. Abo mu muryango w’uyu musirikare, bavuga ko baheruka guca iryera Ndabambarire ku wa Gatatu, bakavuga ko imodoka yamutwaye ari ikoreshwa n’inzego zishinzwe iperereza mu Burundi. Ikinyamakuru RPA, bwiza.com ikesha […]

Kwizera Pierrot yavuze imyato Diarra Ismailla wagarutse muri Rayon Sports

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports no mu ikipe y’igihugu y’u Burundi ‘Intamba mu Rugamga’, Kwizera Pierre uzwi ku izina rya “Pierrot”, aravuga ko yishimiye kugaruka kw’igihanganjye, umukinnyi utagereranywa, Ismailla Diarra, wagarutse mu ikipe yahozemo. Ibi yabitangaje nyuma y’imyitozo ya mbere ya Diarra muri iyi kipe kuva yagaruka kuyikinira, yabaye kuri uyu wa […]

Inama z’ubukwe ngo zabaye izo gukusanya amafaranga aho kuba ibitekerezo

Inteko Nyarwanda y’ururimi n’umuco(RALC) iratanga inama yo gusubiza inama z’ubukwe mu muryango aho kuzigira izisa n’izigamije gukusanya amafaranga yo gukoresha mu bukwe. Kwirarira nibyo biza ku isonga iyo uganiriye na benshi ku ntandaro yo kuba bamwe bategura ubukwe badafitiye ubushobozi. Bamwe mu baganiriye na Royal tv bavuga ko inama z’ubukwe z’ubu zisigaye ziterana mu rwego […]

Isabukuru nziza Mzee wa Kazi- Ubutumwa Gen. Muhoozi yageneye se ‘Museveni’

Ubwo Perezida Museveni yizihizaga isabukuru ye y’amavuko, abantu benshi batandukanye bagiye bamwoherereza ubutumwa bamwe babucishije ku mbuga nkoranyambaga bayimwifuriza, muri abo hakaba harimo n’umuhungu we w’imfura. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba n’umuhungu w’imfura wa Museveni, yagize ati “Isabukuru nziza musaza w’inararibonye ’mzee wa kazi’. Uyu musore wanakomeje ubutumwa bwe asabira […]