Mbigenze nte! Umukobwa ukora muri Banki arashaka kungurira imodoka ngo mubyarire umwana kandi mfite fiancé
Ndi umusore wâimyaka 27 maze imyaka ibiri ndangije kaminuza, naje kubura akazi nshaka uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ngira amahirwe mbona umukire umpa imodoka nkajya nkora taxi muha amafaranga ku cyumweru, ubu maze umwaka umwe nâigice ntwara taxi yâumuntu muri uyu mujyi wa Kigali. Iwacu kavukire ni i Gicumbi, mbere yâuko nza mu mujyi nari mfite […]
Bishop Sibomana wayobora ADEPR yasabye gukuriranwa adafunze kubera uburwayi bwa diyabete n'umuvuduko wâamaraso
Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bukurikiranyeho Bishop Sibomana ibyaha byo kurigisa umutungo wâitorero rya ADEPR yategekaga. Mu minsi ishize ni bwo umucamanza yategetse ko yaba afunzwe byâagateganyo mu gihe cyâiminsi mirongo itatu kuko ubushinjacyaha buvuga ko bukiri kumukoraho iperereza ku byaha bumuregana na bagenzi be. Buranga ko yajya hanze agatoroka ubutabera cyangwa akanasibanganya ibimenyetso. Mu bujurire bwa […]
Dore amasaha meza wakoreraho imibonano mpuzabitsina bikarushaho kugenda neza
Uko amasaha yâumunsi agenda asimburana ni nako umubiri wâumuntu nawo ugenda uhindura imikorere yawo bitewe nâaho amasaha ageze. Burya ngo saa 7h30 zâigitondo niyo saha isobanutse yo gukora imibonano mpuzabitsina abantu bakarushaho kugira umunezero udasanzwe muri icyo gikorwa kurenza kuba byakorwa mu yandi masaha . Ngo gutera akabariro kuri iyi saha bifasha umubiri nâumutima kumva […]
Kuba umuyobozi ntibitanga ubudahangarwa bwo kubaka mu kajagari -Minaloc
Umuvugizi wa Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu, Ngendahimana Ladislas yatangaje ko abayobozi bo mu nzego zâibanze bagomba kwirinda ibikorwa byagusha mu mutego abo bayobora, bakarangwa no kuba intangarugero. Muri iyi minsi byavuzwe ko mu nzu zitandukanye zubatswe mu kajagari mu mirenge itatu igize umujyi wâakarere ka Kamonyi, harimo nâizâabayobozi bo mu nzego z’ibanze muri aka karere. Ngendahimana […]
Diamond yasobanuye yeruye uburyo yaciye Zari inyuma akabyarana na Hamissa
Umuhanzi Diamond Platnumz yashyize arerura avuga uburyo yaciye inyuma umugore we Zari akaryamana nâumusitari Hamisa Mobetto babyinanye mu ndirimbo Salome. Diamond yatangaje ibi ngo akureho urujijo ndetse anagabanye ibihuha byamuvugwagaho nyuma yo gushinjwa kuryamana na Hamisa akabihakana yivuye inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro aherutse kugirira kuri imwe mu maradiyo yo muri kiriya gihugu mu kiganiro, […]
Urugamba ingabo za Cuba zatsindiyemo iza Amerika i 'Bay Of Pigs' mu 1961 (Igice cya 1)
Igitero cyiswe ‘The Bay Of Pigs Invasion’ , hari nâabacyita ‘Batalla de GirĂ Âłn’ cyangwa ‘InvasiĂ Âłn de BahĂ Âa de Cochinos’ aya ni amazina yose agenda ahabwa iyi ntambara yâigihe gito yamaze iminsi ibarirwa ku mitwe y’intoki, ariko igasiga amateka hagati ya Cuba na Leta Zunze Ubumwe zâAmerika. Ni ntambara abakomando bâingabo za Cuba barwanye bihagazeho, basubiza […]
Padiri Karumugabo yitabye Imana nyuma yâamezi abiri abuhawe
Padiri Karumugabo Marc wakomokaga muri Paruwasi ya Nyamiyaga akorera ubutumwa bwe muri Paruwasi ya Byiza, iherereye i Gikonko mu karere ka Gisagara muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana nyuma yâigihe gito ahawe isakaramentu ryâubusaseredoti. Yitabye Imana mu rukerera rwo ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017 azize uburwayi yari amaranye igihe bwâimpyiko. Karumugabo yahawe […]
RD Congo:Nyuma yâubwoba bwari bwose polisi yasabye ababyeyi kujyana abana ku ishuri
Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irahamagararira ababyeyi kujyana abana babo ku ishuri, nyuma yâubwoba bwari bumaze igihe muri iki gihugu ko bashobora gushimutwa. Yabitangaje ku wa Kabiri tariki 19 Nzeri 2017 nyuma yâubu bwoba bwari bwarasabye abaturage ko abarimu bajyana abo bana babo kuko batarishyurwa. Hari andi makuru yari yakwirakwijwe ko hari abantu […]
Ikipe ya Rayon Sports igiye guhura na Enticelles I Rubavu
Ikipe ya rayon Sports yerekeje kuri uyu wa 19 Nzeri 2017 mu karere ka Rubavu aho igiye guhura nâikipe ya Enticelles mu irushanwa ryiswe FEZABET ndetse no gutegura umukino wo gutegura umukino wa super cup. Ni nyuma yâuko iyi kipe ya Rayon Sports yegukanye irushanwa ryâigikombe cyâAgaciro hakoreshejwe uburyo bwa tombora, iyi kipe ikaba ikomeyeje […]
RDC: Umusirikare wa Tanzania mu bari muri Monusco yishwe mugenzi we arakomereka
Umusirikare ukomoka mu gihugu cya Tanzania uri mu bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bwa Monusco muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ku Cyumweru yarishwe naho mugenzi we arakomereka nyuma yâimirwano yabahuje nâinyeshyamba. Biravugwa ko uyu musirikare yiciwe i Beni muri Kivu yâAmajyaruguru nkâuko byatangajwe na MONUSCO kuri uyu wa Mbere, aho yatangaje ko yari […]
Ni kuki urukundo ari ryo tegeko risumba ayandi yose?
Bibiliya isaba abantu gukunda Imana bataryarya, ndetse bakanakundana hagati ya bo, nâumutima, nâubwenge, n’ubugingo, n’imbaraga bya bo kuko iri jambo rivuga neza ko ukunda mugenzi we adashobora kumugirira nabi cyangwa ngo amwifurize ikibi. Ni yo mpamvu itegeko risumba ayandi yose rikubiye mu ijambo urukundo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri Luka 10:27 ndetse no muri Matayo 22:37-40 hagira […]
Kayonza: Barifuza ko umudugudu wagabanywamo kabiri, kuko batanga itike yâibihumbi bitatu bashaka umuyobozi
Abatuye umudugudu wa Gakoma II mu kagari ka Buhabwa, umurenge wa Murundi muri Kayonza, basanga umudugudu wabo wagabanywamo kabiri, nyuma yâuko batanga ibihumbi bitatu bya moto bajya gushaka umuyobozi wabo. Akagari ka Buhabwa gaherereye mu gice cyahoze ari Pariki yâAkagera, nyuma haza gutuzwa abantu. Benshi bitabiriye kuhororera kuko ahanini kagizwe nâinzuri. Umudugudu wa Gakoma II […]
Sudani yâEpfo: Abadepite bane na minisitiri batawe muri yombi bazira kubura mu nteko
Abadepite bane ndetse nâumuminisitiri bo muri Sudani yâEpfo batawe muri yombi bazira gusiba inama mu nteko ishinga amategeko kuwa Gatanu ushize. Nkâuko byatangajwe nâundi mudepite witwa John Marik Makur, ngo aba batawe muri yombi bafashwe nâinzego zâumutekano zibaziza kutitabira inama yâinteko nkâuko yabitangarije Eye Radio yo muri iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu batawe muri yombi […]
Uganda: Abadepite 4 bitabye CID kuko badashyigikiye ko ingingo ya 102 ihinduka
Abadepite 4 bo mu nteko ishinga amategeko ya Uganda bitabye ubugenzacyaha kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri, bikaba biteganyijwe ko bagiye guhatwa ibibazo ku bijyanye no kuba bararwanyije ko ingingo ikuraho imyaka yâumukuru wâigihugu mu itegekonshinga yakurwaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda haherutse kubera inama yâAbadepite biga […]
Bimwe mu byaranze umubano wâu Rwanda nâu Bufaransa kuva mu 1990 kugeza ubu
Imyaka 25 irihiritse mu mubano wâu Rwanda nâu Bufaransa hahoramo bombori bombori, aho u Rwanda rukomeje gushimangira ko u Bufaransa bwagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, mu gihe u Bufaransa bushinja abayobozi bâu Rwanda guhanura indege yari itwaye Habyarimana bufata nkâimbarutso ya jenoside. Bwiza.com yifashishije inkuru ya la-croix.com irabagezaho bimwe mu bihe byâingenzi […]
Ntabwo umuturage akwiye kubaka inzu ngo nimara kuzura bibuke kuyisenya- Ingabire
Umuyobozi wâUmuryango mpuzamahanga urwanya ruswa nâakarengane(TI-RW) ishami ryâu Rwanda, Ingabire Marie Immaculee arasaba ko abayobozi bo mu karere ka Kamonyi batagize uruhare mu kubuza abaturage kubaka inzu ziri gusenywa babihanirwa. Mu minsi yashize mu mirene itatu igize aka karere humvikanye ikibazo cyâabaturage bubatse inzu zisaga 100 mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Ubuyobozi bwâakarere nâubwâintara yâAmajyepfo bafashe […]
Umugabo yarembejwe n'inkoni ahita yihindura inka arabirukankana (Reba Video)
Umugabo utatangajwe amazina yagaragaye mu gace ka Abia geherereye mu mujyepfo yâUburasirazuba bwa Nigeria yihindura inka ubwo yari asumirijwe nâinsoresore zo muri ako gace zimugurizaho zimukubita. Amakuru bwiza.com ikesha ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kiriya gihugu avuga ko uyu mugabo yari ahingutse muri kariya gace kandi we akomoka mu majyaruguru yâigihugu, akaba ari amoko asanzwe atavuga […]
U Rwanda ruri gushakisha ubwato bwâAbadage bwatabwe hafi yâIkiyaga cya Kivu mu Ntambara y'Isi
U Rwanda rwatangije igikorwa cyo gushakisha ibisigazwa byâubwato bwa gisirikare bwâAbadage ngo byashyinguwe ku bwende mu nkengero zâIkiyaga cya Kivu. Ahantu hacukuwe umwobo munini watabwemo ubwo bwato kugeza ubu ntiharamenyekana ariko hakomeje gushakishwa. Mu 1909 ubwo u Rwanda rwari rugikolonijwe nâu Budage, abamisiyoneri bâAbarutheriyene bazanye ubwato bakoreshaga mu ngendo zabo mu kiyaga cya Kivu, ariko […]
Umugabo wanjye ni umusinzi, ntahaha, ntarya mu rugo, aza aje kuryama ntiyuzuze nâamabanga yo mu buriri- Nkore iki?
Mbanje kwisegura bakunzi basomyi ba bwiza.com, kuko amazina yanjye ntabwo nayavuga, kuko byansenyera burundu nubwo bwose ruri ku manegeka. Umugabo wa njye afite akazi ka Leta, arakora buri kwezi agahembwa, sha mu myaka tumaranye inshuro yahashye mu rugo ni nke pe, abana dufite ni bato ariko yaba imyenda, ibijyanye nâishuri nubwo bakiri muri pirimeri byose […]
Ibya Rwatubyaye Abdul no kujya kwivuriza muri Marocco byaba byaraheze he?
Nyuma yâimvune myugariro wâikipe ya Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul yagize, byari biteganyijwe ko agomba kujya kwivuriza muri Morocco nyuma yâamatora yâumuyobozi wa Ferwafa, Nyuma yâaho aya matora asubikiwe, bwiza.com yagereye Rwatubyaye agira icyo abivugaho. Mu kiganiro na bwiza.com, Rwatubyaye yadutangarije ko ntarirarenga nâubwo yasubiye mu kibuga ariko hakiri gahunda ko isaha ku isaha azajya kwivuza […]
Umugabo yakatiwe igifungo cyâimyaka isaga 4 azira kwiba udusafuriya 2
Umugabo witwa Francis Mugambi Kibiki wo muri Kenya yahamwe nâicyaha cyo kwiba udusafuriya 2 twâabaturanyi be, urukiko rukaba rwanzuye ko agomba gufungwa imyaka 4 nâamezi 6. Uyu mugabo wâimyaka 33 yâamavuko ngo yinjiye mu rugo rwâumugore witwa Mary Akinyi bose bakaba batuye mu gace ka Nanyuki, aho yamwibye amasafuriya 2 afite agaciro kâAmashilingi ya Kenya […]
New York: Perezida Trump arafata ijambo ku nshuro ya mbere mu Nteko rusange ya Loni
Nkâuko amategeko Loni igenderaho abiteganya , buri mwaka,abakuru bâibihugu byose byo ku isi bihuriye mu muryango wâAbibumbye bahurira i New York mu Nama Nkuru ya Loni [ General Assembly], mu magambo yâicyongereza. Ni inama iteganywa nâItegeko 57/30, mu gika cya 1 kigira kitiâInteko rusange isanzwe izajya iterana buri mwaka, ku munsi wa Kabiri wâicyumweru cya […]
Muyoboke yavuze impamvu adakorana nâabahanzi baririmba Hip Hop
Uhagarariye inyungu zâitsinda rya Charli na Nina, Muyoboke Alex, yagize icyo avuga ku kuba atarigera akorana nâabahanzi baririmba injyana ya Hih Hop nkâumujyanama, kuri we ngo abona badacuruza cyane nkâabakora izindi njyana. Muyoboke Alex, ni umwe mubabashije gukorana nâabahanzi benshi mu byamuzika, barimo Tom Close, Urban Boyz, Dream Boys, Kid Gaju, Social Mula ndetse na […]
Gahini: Umukobwa arihakana umuganga urwariye i Ndera umushinja kumubenga
Mu ntangiriro zâuku kwezi nibwo humvikanye inkuru yâumusore Byaruhanga wahoze ari umuganga mu bitaro bya Gahini byo mu karere ka Kayonza, wagaragaje ibimenyetso cyâuburwayi bwo mu mutwe anavuga ko hari umukobwa bakundanye akamwihinduka nyamara yari yaramusezeranyije ko bazabana. Nubwo umusore akirwariye mu bitaro by’i Ndera, umukobwa ahakana ko atigeze akundana na we, yemwe ko nta […]
Amerika ishobora kugabanya inkunga yageneraga Loni
Ishami rya loni ryita ku mpunzi, HCR ritangaza ko inkunga Leta zunze ubumwe za Amerika zageneraga iri shami zishobora kuzagabanuka. Ibyo byatangajwe nâumukuru wa HCR, Filippo Grandi ubwo yahuraga nâumunyamabanga wa leta wa Amerika, Rex Tillerson kuri iki cyumweru ku cyicaro cya Loni i New York nkuko VOA yabitangaje. Abo bategetsi babonanye, imbere yâinama rusange […]
Uganda: Utunyamasyo dusaga 150 twafashwe mu bicuruzwa bigiye koherezwa hanze
Ikigo cya Uganda gishinzwe kwegeranya imisoro nâamahoro muri uganda, URA cyafashe udukoko two mu gasozi tuzwi nkâutunyamasyo tugera ku 152 dupakiye mu mifuka bagiye kutwohereza hanze. URA yatangaje ko utu tunyamasyo twari dupakiye mu mifuka bayivanze nâindi irimo ibicuruzwa bisanzwe, bikaba bikekwa ko twari tugiye kuherezwa mu bihugu byo ku mugabane wa Aziya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Rwamagana: Ni umusore wâimyaka 49, ni imanzi, azarongora umugore azahabwa nâImana
Ndutiye Felecien afite imyaka 49, atuye mu kagari ka Bwiza mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana, avuga ko atigeze agira igitekerezo cyo kubaka urugo mu myaka 49 amaze ku isi, kudashaka umugore hari impamvu zabiteye zirimo gutegereza umugore azahabwa nâImana. Ku myaka 49 yâamavuko, ntabwo yari yanakora imibonano mpuzabitsina, abiterwa no kubaha Imana, […]
Dore ibintu 8 by'ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni
Buri muntu uri mu rukundo ahanini usanga intego nyamukuru ari kubana nkâumugore nâumugabo, gusa hari benshi babijyamo bagamije gushimisha imibiri yabo cyangwa ku bwâinyungu zabo bwite zitandukanye nâurukundo. Ni byiza kumenya bimwe mu bintu bishobora kukwereka ko umukobwa mukundana nta gahunda yo kubaka urugo imurimo. Ntahaga imibonano mpuzabitsina Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo wagira […]
Kidumu ntatewe ubwoba nâabahanzi bo muri Nigeriya mu mugambi we wo kwigarurira Afurika
Kidumu Kibido, umuhanzi wo mu Burundi, aravuga ko aho agejeje umuziki we mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba , igisigaye ari ugufata Afurika yose, yongeyeho ko adatewe ubwoba nâumuvuduko abahanzi bo muri Nigeriya bariho muri Afurika. Kidumu yatangije ibi nyuma yâaho yari abajijwe nâikinyamakuru kimwe cyo mu Burundi, impamvu ari umuhanzi wâumuhanga ariko akaba atabasha gufata […]
Perezida Museveni agiye guhura na Trump mu nama ya UN
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yamaze gusesekara mu mujyi wa New York, aho agiye kwitabira inama ku mpinduka zâUmuryango wâAbibumbye ku nshuro ya 7, aho biteganyijwe ko azanabonana na perezida wâAmerika, Donald Trump Ni inama iteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri, ikaba izabera ku kicaro ikaba izaba yahuriyemo nâabakuru bâigihugu bitandukanye ku […]
Ingabo zâu Bushinwa nâu Burusiya zatangiye imyitozo hafi ya Koreya ya Ruguru
Kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Nzeri 2017 , ibihugu byâu Bushinwa nâu Burusiya byatangiye gukorera hamwe imyitozo ikaze yâintambara, aho ingabo zitwaje amato yâintambara na za kajugujugu byabyutse bicicikana hafi yâinkombe z’inyanja ya hafi na Koreya ya Ruguru. Ibi kandi bije mu gihe i New York muri Amerika iteganijwe ko mu gihe cyâinama […]
Inka ya njye yabyaye igisa nâumuntu, ihene ibyara igisa nâingona, mpangayikiye umugore wanjye na we ugiye kubyara- Nkore iki?
Bantu musenga ndagirango mungire inama cyangwa se mumpe inkunga yâamasengesho, kuko ibirimo kubera mu rugo rwanjye ni ibidasanzwe, none bakunzi ba bwiza.com iyo nkunga ndayibasabye. Muri uyu mwaka amatungo ya njye yanteye ubwoba, mu kwezi kwa 3 inka yacu, yarabyaye, tugiye kubona tubona ikubise hasi inyana ifite mu maso hasa nâahâumuntu, ubwoba buratwica, icyo nyana […]
Mpayimana Philippe yatangaje ko ashobora kwiyamamariza ubudepite
Mpayimana Philippe uherutse gutsindwa mu matora aheruka yâumukuru wâigihugu mu Rwanda, yatangaje ko ashobora no kongera agahatana mu matora ataha yâabadepite. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu itangazo yanyujije ku rubuga rwe rwa interinete yagize ati âNabashije guhura no kuganira nâabanyarwanda batandukanye baba mu Bufaransa, mbashimira uruhare rwa bo mu kunshyigikira mu matora aheruka, kuko abari muri diasipora […]
Amwe mu magambo atangaje aboneka muri Bibilya
Bibiliya, igitabo gitagatifu kirimo ijambo ryâImana, amagambo atondetse gihanga kandi yuje intekerezo yâubwenge bwageza muntu kuri byinshi. Abasoma Bibiliya bose, buri wese areba umurongo uganisha aho yifuza, kuko nta cyo udasangamo. Imigani , igice cya 30âŠ: Imiryango, ubugenge, ibidahaga, ibito bifite ubwenge nâibindi. Bibiliya ivuga ko iyi ari imigani yâumunyabwenge, Aguri, akaba ari umwe mu […]
Burundi: Umugabo yatwikiye abana be 2 mu nzu
Ahagana saa yine z’ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 16 Nzeri 2017, umugabo yatwikiye abana be 2 mu nzu, bahita bapfa. Ayo mahano yabereye mu gace ka Rubirizi muri Mutimbuzi mu gihugu cy’u Burundi, umubyeyi wâaba bana akaba yaratawe muri yombi na polisi, ari nayo yatangaje aya makuru ariko icyaba cyaramuteye kubuza ubuzima aba […]
Nyamasheke: Abagifite amabati ya Fibrociment barasabwa kuyakuraho vuba
Ubuyobozo bwâakarere ka Nyamasheke burasaba abagatuye bagifite inzu zisakaje amabati ya Fibrociment, kuyakuraho vuba mu gihe avugwaho kugira ingaruka mbi ku buzima bwâabantu. Ibi umuyobozi wâakarere yabitangaje ku wa 16 Nzeri 2017, ubwo ababyeyi barerera mu rwunge rwâamashuri rwâumuryango mutagatifu rwa Nyamasheke, bamurikirwaga aho igikorwa cyo gusimbuza aya mabati andi asanzwe adafite ingaruka ku buzima […]
Afuriya yâEpfo: Sosiyete yâindege ya Airlink igiye kujya ikorera ingendo mu Rwanda
Mu myaka ya 2014 na 2015, ni bwo haherukaga kuvugwa amakuru ku bwikorezi bunyura mu kirere hagati yâu Rwanda na sosiyeti yâindege yo muri Afurika yâEpfo ya Airlink. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuva icyo gihe, nta makuru yongeye gutangazwa yerekeranye no kuba ibyo byaba byarashyizwe mu ngito. Muri iyi minsi na none, nibwo iyi sosiyete yongeye gutangaza […]
Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un
Niba hari izina rikunze kugaruka mu itangazamakuru kuri iyi si dutuye ni izina rya Perezida wa Korea ya ruguru Kim Jong Un. Uyu muperezida kandi binavugwa ko ariwe muto ubashije kuyobora iki gihugu ,cyane ko mu bategetse Korea ya Ruguru bose bamubanjirije babayeho mbere yâubwigenge bwa yo, ndetse babaga baranagize uruhare mu kubuhirimbanira ,uretse Perezida […]
Umukirisitu yakatiwe urwo gupfa azira koherereza ubutumwa inshuti ye kuri Whatsap busebya Islam
Nadeem James wâimyaka 35 ukomoka muri Pakistan yasabiwe nâurukiko igihano cyâurupfu nyuma yo kwibasira intumwa yâImana Muhammad mu butumwa bugufi yandikiye umukunzi we abinyujije kuri Whatsap. The independent dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mugabo yatawe muri yombi mu mwaka ushize akaba yari akirimo gukurikiranwa nâubutabera, ibimenyetso bikaba byatumye ubushinjacyaha bumusabira igihano cyâurupfu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Perezida Trump yakoze agashya asunika umugore we kuri mikoro bari mu munsi mukuru
Si ubwa mbere perezida wâAmerika, Donald trump agaragaraho utuntu tudasanzwe mu ruhame, aho mu bihe byashize yasunitse umwe mu bamurinda ahagaze ashaka kumugerageza ngo arebe ko agwa. Â Perezida Trump rero yongeye kugaragara mu bias na byo aho yasunikaga umugore we Melania amuvana kuri mikoro ubwo yari amaze kuvuga ijambo rigufi na we akurikiyeho. [xyz-ihs […]
Uganda: Minisitiri wâubuzima yiyoberanyije ajya kwa muganga bamwaka ruswa ngo bamuhe serivisi
Minisitiri wâubuzima wa Uganda, Sarah Opendi yatumye abakozi babiri bo kwa muganga batabwa muri yombi bazira ruswa nyuma yâaho yiyoberanyije akajya mu Bitaro bya Kampala nkâugiye kwivuza bakamwaka ruswa akayitanga mbere yo kubahamagarira abapolisi. Ubusanzwe igihugu cya Uganda kibarirwa mu bihugu bibamo ruswa cyane dore ko kiza ku mwanya wâ151 mu 176 mu kurwanya ruswa. […]
Nateye inda nyina wâumukobwa dukundana none ari kunsaba ibintu bidashoboka. Mbigenze nte ?
Nitwa Elvis, maze amezi 3 nteye inda nyina wâumukobwa dukundana none ari kunsaba ibintu na nubu numva bidashoboka none nagira ngo mungire inama. Natije inzu inshuti yanjye yâumuhungu ntazi ko hari isano ya hafi afitanye nâuwagombaga kuzaba mabukwe, rimwe nza kujya kumusurayo nsangayo uwo mugore ukiri muto aranyishimira cyane ariko sinkamenye ko ari nyina wâumukobwa […]
Perezida Kagame agiye kwitabira inama ikomeye mu bya business i New York
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame mu cyumweru gitaha azafata ijambo mu kiganiro cyâabakuru bâibihugu ku mubano ushingiye kuri za business hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika kizabera I New York. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Corporate Council on Africa (CCA), rivuga ko iki kiganiro kizahuza abayobozi bâibihugu bya Afurika batoranyijwe, Abayobozi bakuru bâibigo […]
Burundi: Habaye imyigaragambyo ikomeye ya CNDD yo kwamagana raporo ya Loni – Amafoto
Ibihumbi nâibihumbi byâAbarundi bo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Nzeri 2017 baramukiye mu myigaragambyo ikomeye yo kwamagana raporo yâimpuguke za Loni iherutse gusohoka ivuga ko mu Burundi hakozwe ubwicanyi ndengakamere bwibasiye ikiremwamuntu. Iyi myigaragambyo yitabiriwe nâabategetsi bâu Burundi batandukanye bari kumwe nâUmukuru wa CNDD-FDD, Evariste Ndayishimiye, bose bambaye […]
Agiye kurega mu rukiko rwâu Burayi kubera inyandiko za Mitterand ku Rwanda zikomeje guhishirwa
Nyuma yâaho kuwa 15 Nzeri 2017 Inama yâIgihugu ishinzwe kurinda itegeko nshinga mu Bufaransa ryemereye ushinzwe kurinda inyandiko zâibyaranze ubutegetsi bwa perezida Franà §ois Mitterand mu Rwanda kudahishura izo nyandiko, Franà §ois Graner wari witabaje iyi nama ashaka kumenya uruhare rwâigihugu cye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yamaganye iki cyemezo ndetse atangaza gahunda yo kwitabaza Urukiko […]
RDC: Umuntu umwe yishwe nâinyeshyamba abandi barimo umupadiri nâumuganga barashimutwa
Mu ijoro ryo kuwa gatanu rishyira kuwa gatandatu, mu Murenge wa Busendu, mu birometero 10 uvuye muri Rutshuru ho muri Kivu yâAmajyaruguru, umuntu umwe yishwe nâinyeshyamba zari zateze igico, abandi bantu 7 bari mu modoka yaguye muri uwo mutego barakomereka mu gihe abandi bantu batatu barimo umuganga bashimuswe. Ahitwa Ntamugenga, igiturage cyo muri Bweza, naho […]
Kayonza: Abatishoboye bafite impungenge zo gutura mu mazu ameze nka Nyakatsi
Abaturage batuye mu kagari ka Nkamba mu murenge wa Ruramira mu karere ka Kayonza bavuga ko bafite impungenge bitewe nâamazu babamo adatandukanye na Nyakatsi na gato, abo baturage bakavuga ubuyobozi bukwiye kubatabara bakaba mu nzu nziza dore ko bamwe bananiwe no guhoma izo basanzwe babamo zamaze kwangirika bagakoresha ibirere. Kabera Anaclet atuye mu mudugudu wa […]
Uganda: Abapolisi 2 nâumusivili bishwe abandi benshi barakomereka
Abapolisi 2 bo mu giporisi cya Uganda nâumusivili umwe bishwe barashwe nâabitwaje intwaro bikekwa ko ari ibisambo byari biteye uruganda rukora imikati hakabaho kurasana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Nzeri 2017, ubwo abantu bitwaje intwaro barasanaga na polisi ya Uganda amasasu akica 3 akanakomeretsa abandi batatangajwe […]
U Bwongereza bwanenze uko amatora yagenze nâitabwa muri yombi ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi
Nyuma yâukwezi gusaga amatora yâumukuru wâigihugu mu Rwanda abaye, igihugu cyâu bwongereza kiratangaza ko habaye amakosa mu kubarura amajwi ndetse no mu gikorwa cyo kwandika abashakaga kwiyamamaza, aboneraho no kunenga itabwa muri yombi ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi mu Rwanda. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatanu ushize, Ambasaderi wâu Bwongereza mu Rwanda, William Gelling, yatangaje […]
Ubwoko 5 bwâibiribwa byongera ubushake nâuburyohe bwâimibonano mpuzabitsina
Abashakashatsi mu byâimirire bashyize hanze ibiribwa 5 bitari bimenyerewe mu kongera uburyohe ndetse n’ubushake bwo gutera akabariro mu buzima bw’abashakanye. Dore ibyo biribwa: Inyama yâiroti Inyama yâiroti burya iza ku mwanya wa mbere mu ikorwa ryâamasohoro ari naho akenshi uzasanga abaganga bategeka abagabo bahuye nâikibazo cyâibura ryâamasohoro ngo bajye birira inyama yâiroti. Kurya inyama yâiroti […]
Gicumbi : Ku myaka 19, yakoze porogaramu inoza imicururize yâamata
Mugiraneza Abdullah wo mu murenge wa Rutare mu karere ka Gicumbi, amaze guca uburiganya nâurwikerwe rwarangwaga hagati yâaborozi, abacunda batwara amata nâamakusanyirizo ; abakorera uburyo bahanahana amakuru binyuze mu ikoranabuhanga. Uyu musore wâimyaka 19 ntiyize mu mashuri ahambaye kuko yize amwe bita nayini, kuri GS Kirwa mu murenge wa Rutare, nyuma aza gukomereza i Save […]
Nicki Minaj mu rukundo rushya nâumuraperi Nas
Ibimenyetso birimo amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranya mbaga, agaragaza Nas asoma Nicki Minaj, nibyo byahereweho na benshi bemeza ko uyu muraperikazi yaba yabonye umusimbura wa Meek Mill mu rukundo. Mu minsi ishize nibwo amakuru yakwirakwiye hirya no hino ko Minaj yamaze gutandukana bidasubwirwaho na Meek Mill, ku mbuga nkoranyambaga za Meek Mill ntihasibaga amagambo agaragaza […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru yiyemeje kunganya ingufu za gisirikare nâiza Amerika
Perezida Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru yiyemeje gushyika ku ntego igihugu cyihaye yo kunganya ingufi za gisirikare na Leta zunze ubumwe za Amerika. Yatangaje ibi nyuma yaho Koreya ya Ruguru yari imaze kurasa igisasu cyo mu bwoko bwa misile cyaciye hejuru yâu Buyapani, iyo misile ngo ikaba ariyo ya mbere Koreya ya Ruguru yarashe […]
Amerika : Umupolisi wâumuzungu wakurikiranwagaho kwica umwirabura yagizwe umwere
Umuzungu wahoze mu gipolisi mu ntara ya Missouri yagizwe umwere ku byaha yari akurikiranyweho ko yishe umugabo w’umwirabura amusashe inshuro eshanu nyuma yo kumukurikira n’imodoka. Umucamanza yahanaguyeho iki cyaha cyâubwicanyi Jason Stockley ku rugero rwa mbere. Uyu mugabo yahoze muri polisi ariko nyuma arimuka ajya i Houston amaze kuva muri icyo gipolisi cya St Louis […]
Nashatse umugabo anyizeza ko asiramuye, tugeze mu buriri nsanga yarambeshye- Nkore iki?
Ni amezi 3 maze nshakanye nâumugabo wanjye ariko umuriro uri kwaka mu rugo, icya mbere umugabo wanjye yanyiyemeyeho mbere yâuko dusezerana, ambwira ko afite ubushobozi kugeza ubwo mu bukwe ari njye washyizemo amafaranga menshi, yanyumvishaga ko nyuma yâubukwe ho icyumweru azabona amafaranga menshi. Kugeza ubu namaze kumenya amakuru yâuko yambeshyaga aho yambwiraga azayakura naraperereje nsanga […]
Impunzi 18 zâAbarundi zishwe zirashwe na polisi muri Congo Kinshasa
Ubutegetsi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko nibura impunzi 18 zapfuye zirashwe n’abashinzwe umutekano, mu burasirazuba bw’iki gihugu . Abantu benshi bakomeretse igihe polisi n’abasirikare barasaga ku mpunzi zari mu myigaragambyo, zamagana umugambi wo kuzitahukana. Byabaye ku wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri 2017, I Kamanyola mu ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Izi mpunzi […]
Burundi: Su-ofisiye (Ex FAB), Vénérand Ndabambarire yashimuswe
Adjudant-Chef VĂ©nĂ©rand Ndabambarire wo mu gisirikare cyâu Burundi wanagihozemo mbere yâamasezerano yo mu 2005 (EX FAB) yashimuswe nâabantu batazwi, umuryo we ukaba ufite impungenge zâubuzima bwe. Abo mu muryango wâuyu musirikare, bavuga ko baheruka guca iryera Ndabambarire ku wa Gatatu, bakavuga ko imodoka yamutwaye ari ikoreshwa nâinzego zishinzwe iperereza mu Burundi. Ikinyamakuru RPA, bwiza.com ikesha […]
Kwizera Pierrot yavuze imyato Diarra Ismailla wagarutse muri Rayon Sports
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports no mu ikipe yâigihugu yâu Burundi ‘Intamba mu Rugamga’, Kwizera Pierre uzwi ku izina rya âPierrotâ, aravuga ko yishimiye kugaruka kwâigihanganjye, umukinnyi utagereranywa, Ismailla Diarra, wagarutse mu ikipe yahozemo. Ibi yabitangaje nyuma yâimyitozo ya mbere ya Diarra muri iyi kipe kuva yagaruka kuyikinira, yabaye kuri uyu wa […]
Inama zâubukwe ngo zabaye izo gukusanya amafaranga aho kuba ibitekerezo
Inteko Nyarwanda yâururimi nâumuco(RALC) iratanga inama yo gusubiza inama zâubukwe mu muryango aho kuzigira izisa nâizigamije gukusanya amafaranga yo gukoresha mu bukwe. Kwirarira nibyo biza ku isonga iyo uganiriye na benshi ku ntandaro yo kuba bamwe bategura ubukwe badafitiye ubushobozi. Bamwe mu baganiriye na Royal tv bavuga ko inama zâubukwe zâubu zisigaye ziterana mu rwego […]
Isabukuru nziza Mzee wa Kazi- Ubutumwa Gen. Muhoozi yageneye se âMuseveniâ
Ubwo Perezida Museveni yizihizaga isabukuru ye yâamavuko, abantu benshi batandukanye bagiye bamwoherereza ubutumwa bamwe babucishije ku mbuga nkoranyambaga bayimwifuriza, muri abo hakaba harimo nâumuhungu we wâimfura. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba nâumuhungu wâimfura wa Museveni, yagize ati âIsabukuru nziza musaza wâinararibonye âmzee wa kaziâ. Uyu musore wanakomeje ubutumwa bwe asabira […]