Imvugo ugomba kugendera kure mu gihe uri mu rukundo
Burya urukundo ni ihurizo gusa ryorohera uwabyitwayemo neza ni nayo mpamvu usanga ahanini hari amagambo ushobora gukoresha uganiriza umukunzi wawe ugasanga abaye ipfundo ryo kubatanya aho kuzana akanyamuneza mu rukundo. Mwe muri ayo magambo ni: 1.Mpa Amahoro Iri jambo rikunzwe gukoreshwa nâumuntu warambiwe umukunzi we akabura uko yamukurira inzira ku murima cyangwa se amukekaho kumuca […]
RDC: Abasirikare ba Leta barashe urufaya rwâamasasu mu mpunzi zâAbarundi, hapfa abasaga 25
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ni uko abasirikare ba Leta (FARDC) baba barashe urufaya rw’amasasu mu nkambi yâimpunzi âKamanyola transit campâ ibarizwamo izâAbarundi. Nkâuko aya makuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, n’ubwo inzego zitandukanye muri Congo zitari zagira icyo ziyavugaho, ngo abantu bari hagati ya 25 na 31 nibo bacyekwa kuba bahasize […]
Inyandiko za Miterrand zashimangira uruhare rwâu Bufaransa muri Jenoside ntizashyirwa ahabona mbere yâimyaka 25 apfuye
Inama yâigihugu ishinzwe kurengera Itegeko Nshinga n’andi mategeko mu Bufaransa yateye utwatsi ubusabe bwâumushakashatsi w’Umufaransa Franà §ois Graner wifuzaga kumenya uburenganzira Dominique Bertinotti afite bwo kwanga ko inyandiko zâibyaranze ibikorwa bya Perezida Franà §ois Mitterand zishyirwa ahagaragara, hakamenyekana uruhare iki gihugu cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda. Kuri uyu wa 15 Nzeri 2017, nibwo […]
Abaminisitiri bahawe uturere bazitaho basabwa kudusura byibura rimwe mu kwezi no gutanga raporo
Minisitiri wâIntebe Dr Ngirente Edouard yagennye abayobozi bazafasha uturere, batureberera mu gukurikirana no kwihutisha ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta. Ni mu ibaruwa Minisitiri wâIntebe yageneye ba minisitiri nâabayamabanga ba Leta yo ku wa 15 Nzeri 2017, ibamenyesha ibijyanye na gahunda yo gukurikirana Uturere. Ibiri muri iyi baruwa byamenyeshejwe Perezida wa Repubulika, Umuyobozi w’Umujyi […]
Europa League 2017-2018: Umunsi wa mbere waranzwe nâibitego 64
Ibitego byarumbutse cyane mu mikino yo ku munsi wa mbere wa UEFA Europa League, yabaye kuri uyu wa 14 Nzeri 2017, igiteranyo cyâibitego byinjiye kigera kuri 64. Muri iri rushanwa rya Europa League rya 2 kuri UEFA Champions League rikinirwa ku mugabane w’ u Burayi ritegurwa na UEFA, amakipe yartsindaguranye ku wa kane w’iki cyumweru. […]
Mani Martin yishimiye guhagurutsa Eddy Kenzo akaza mu Rwanda
Kuri uyu wa Gatandatu 16 Nzeri, umuhanzi wo muri Uganda, Eddy Kenzo, aragirira uruzinduko rwâakazi mu Rwanda, aho aje mu bikorwa byâifatwa ryâamashusho yâindirimbo âAfro Remixâ, yakoranye na Mani Martin. Mu kiganiro Mani Martin yagiranye na Bwiza.com, yasobanuye birambuye imvo nâimvano yâicyatumye ahitamo gusubiranamo indirimbo ye âAfroâ na Eddy Kenzo, anakomoza kucyo urugendo rwa Eddy […]
Umuririmbyi Timaya akiri muto yakoreshwaga ku gahato imibonano mpuzabitsina nâumugore umuruta
Umuririmbyi wo muri Nigeria, Timaya, yasangije abakunzi be amakuru yâubuzima yanyuzemo akiri muto, avuga ko hari igihe cyageze akajya akoreshwa imibonano mpuzabitsina nâumugore umuruta babanaga. Timaya yagize ati:â Navukiye mu muryango ufungutse, ariko nkura ndi umwana wananiranye, ku buryo nigeze no kwirukanwa mu rugo, igihe kimwe mba Port Harcourt, nabanaga nâumugore ukuze kundusha, yankoreshaga ibyo […]
Kamonyi: Abaturage bâakagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo
Abaturage bo mu kagari ka Nkingo, umurenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, Intara yâAmajyepfo, barishimira ibyo bamaze kugeraho, harimo no kuba bariyubakiye ibiro kazajya gakoreramo ubu imirimo ikaba igeze ku musozo. Inyubako yâakagari ka Nkingo, ihererye mu mudugudu wa Mataba, Akagari ka Nkingo, Umurenge wa Gacurabwenge, yatangiye kubakwa kuva mu mwaka wa 2015, nkâuko […]
Umwana yavukanye umubiri umeze nk'ishashi yateje ikibazo mu muryango we (Amafoto)
Muri Amerika, umugore aherutse kwibaruka umwana w’umukobwa wateje urujijo ku ndwara yaba yaravukanye yatumye kugeza ubu bamaze kumwinuba kubera uburyo kumwitaho bigoye. Uyu mwana yavukanye umubiri utwikiriwe n’agahu kameze nk’ishashi, ariko uko bukeye n’uko bwije umubiri ukagenda ukomera umera nk’amagaragamba. Ababyeyi b’uru ruhinja rwitwa Maryam Bibi bavuga ko kuva bamubyara nta kandi kazi bakora uretse […]
Sano James wayoboye WASAC na Kamanzi wa EDCL bakatiwe gufungwa byâagateganyo iminsi 30
Urukiko rwâIbanze rwa Nyarugunga ruherereye mu karere ka Kicukiro rwategetse ko Sano James wahoze ayobora Ikigo cyâigihugu gishinzwe Amazi (WASAC), na Kamanzi Emmanuel wayoboraga ishami rishinzwe kongera amashanyarazi (EDCL) na Mbanzabigwi Niyibizi bareganwa, bafungwa byâagateganyo iminsi 30. Uyu mwanzuro wafashwe nâuru rukiko ku wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri 2017. Urukiko rukaba rwafashe iki cyemezo […]
Nyamagabe: Ba Gitifu babiri bâimirenge beguye
Abanyamabanga nshingwabikorwa babiri bâimirenge ya Musebeya na Kaduha yo mu karere ka Nyamagabe beguye. Abo ni Kanyarubungo Jean de Dieu wayoboraga umurenge wa Musebeya na Kabanda Jean Claude wayoboraga uwa Kaduha wigeze kuyobora uwa Mushubi. Basezeye ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2017. Umwe muri aba basezeye yatangarije Bwiza.com ko yasezeye ku mpamvu ze […]
Rwanda Shima Imana, si Kigali Shima Imana-Bishop Alexis Birindabagabo
Umuryango PEACE Plan utegura umunsi wahariwe gushima Imana mu Rwanda, âRwanda Shima Imanaâ uratangaza ko ugiye kugaragaza impinduka zidasanzwe mu gukangurira Abanyarwanda kurushaho kwiyegereza Imana, aho uyu muhango wari umenyerewe kubera I Kigali ugomba kurenga ukegerezwa abaturage mu midugudu. Mu kiganiro nâitangazamakuru kuri uyu wa 15 Nzeri 2017, Umuvugizi wâuyu muryango, Bishop Bilindabagabo Alexis yavuze […]
Rayon Sports: Umunya-Mali Ismaila Diarra amaze gusinya amasezerano yâimyaka ibiri
Umukinnyi Ismaila Diarra wanyuze muri Rayon Sports akaza kwerekeza mu ikipe ya DCMP yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo amaze gusinyira Rayon Sports imyaka ibiri ayikinira. Uyu rutahizamu wigaragaje cyane ubwo yakiniraga Rayon Sports aje gufasha gukemura ikibazo cyâubusatirizi kuko hari hakeneye kongerwamo imbaraga, ubushobozi yagaragaje rero ngo bukaba budashidikanywaho kuzafasha ikipe ye kwitwara […]
Iburasirazuba: Kazaire Judith amahirwe yo kugirwa guverineri yamufashije kwiga byinshi
Mu muhango wâihererekanyabubasha wabereye i Rwamagana ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, itariki 14 Nzeri 2017, uwahoze ari guverineri wâIntara yâIburasirazuba yasabye inzego zâibanze gukomeza kwegera abaturage no gukemura ibibazo byabo ndetse avuga ko yagize amahirwe yo kuba guverineri kandi byamufashije kwiga byinshi birimo gukemura ibibazo byâabaturage no gucunga umutekano wabo. Kazaire Judith yavuze […]
Uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru wa CDR wakuwe mu Buholandi yatangiye kuburanishwa
Jean Baptiste Mugimba, u Buholandi bwoherereje u Rwanda kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yatangiye kuburanishwa mu Rukiko Rukuru rwa Kigali. Bwana Mugimba wahoze ari umunyamabanga mukuru w’ishyaka CDR akurikiranyweho uruhare mu bikorwa byo gutsemba Abatutsi byabereye mu duce dutandukanye tw’Umujyi wa Kigali. Jean Baptiste Mugimba wari umukozi wa Banki Nkuru y’igihugu yajejwe mu […]
Naryamanye nâabagore 30 kugirango mbashe kwiyibagiza Wema Sepetuâ Idris Sultan
Idris Sultan, watsindiye Big Brother Africa mu mwaka wa 2014, yahishuye uburyo yagiranye ibihe bidasanzwe byâurukundo na Miss Wema Sepetu , gusa ngo ibyo bihe ntibyatinze kuko baje gutandukana kumwikuramo bikamugora ku buryo byasabye ko aryamana nâabagore barenga 30 mu rwego rwo kumwiyibagiza. Aba bombi ngo bamaze amezi 6 bakundana, nyuma baza gutandukana, Idris avuga […]
Korea ya Ruguru yongeye gutera igisasu hejuru y'u Buyapani
Korea ya Ruguru yateye igisasu hejuru y’U buyapani, ituma habyuka ibindi bibazo hagati yâibihugu byombi mu gihe hari hashize ibyumweru bibiri igerageje ikindi gisasu cyo mu bwoko bwa “nuclĂ©aire”. Iyo “missile” yageze ku burebure bw’ibirometero 770 mu kirere, igenda ibirometero 3700 imbere yuko igwa mu kiyaga cya Hokkaido, nkuko igisirikare ca Korea Yepfo cyabitangaje. Iki […]
Dore pozisiyo 6 abagabo benshi bakunze gukoresha batera akabariro
Buri mugabo wese ugeze igihe cyo kubaka urugo aba yifuza kumenya uburyo yakoresha agashimisha umugore we, gusa abenshi usanga batanazi uko bikorwa ugasanga bahora bakoresha uburyo bumwe mu gihe batera akabariro bikaba byanatuma abagore babo batabishimira cyane. Niyo mpamvu buri mugabo cyangwa umugore agira uburyo akunda, bateramo akabariro, uyu munsi bwiza.com yahisemo kubaganiriza ku buryo […]
U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z'ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda
Inama yâigihugu ishinzwe kurengera itegeko nshinga nâandi mategeko mu bufaransa yateye utwatsi ubusabe bwâumushakashatsi Franà §ois Graner wifuzaga kumenya uburenganzira Dominique Bertinotti afite bwo kwanga ko inyandiko zâibyaranze ibikorwa bya perezida Franà §ois Mitterand zishyirwa ahagaragara hakamenyekana uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri uyu wa 15 nzeri nibwo byari biteganyijwe ko iyi […]
Umuherwe Zari yerekanye imodoka nshya aherutse kugura
Zari Hassan, umugore wâumuhanzi wâikirangirire muri Tanzania, yerekanye imodoka nshya aherutse kugura yo mu bwoko bwa Mercedes Benz. Uyu mugore usanzwe ukora umwuga wâubucuruzi muri Afurika yâEpfo, yahishuriye abamukurikirana kuri Instagram, ko yamaze kwibikaho imodoka yâagaciro ya posh, nkuko bigaragara ku rukuta rwe rwa Instagram ye bwiza.com ikesha iyi nkuru.. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi modoka yayigereranyije […]
Dr Kabirima ushinjwa uruhare muri jenoside arashinjurwa nâabarokotse
Dr Jean Damascene Kabirima, ukurikiranweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, kuri ubu ari gushinjurwa na bamwe mu barokotse jenoside bemeza ko abeshyerwa ahubwo icyo azira ari amakimbirane ashingiye ku masambu. Abatangabuhamya batanu barimo bane bo mu Karere ka Nyaruguru Dr Kabirima avukamo, ni bo baherutse kuri uyu wa gatatu ushize gutambuka imbere yâumucamanza bamushinjura ibyaha […]
Libya yatanze ibimenyetso muri FIFA isaba ko hasubirwamo umukino wayihuje na Tunisiya
Nyuma yâumukino wo gushaka itike yâIgikombe cyâisi cya 2018, wabaye taliki ya 11 Ugushyingo 2016, ugahuza ikipe yâibihugu bya Libya na Tunisia, hakagaragaramo kubogama gukomeye kâumusifuzi wawuyoboye, Libya yongeye gusaba FIFA ko uwo mukino wasubirwamo ndetse inatanga nâibindi bimenyetso baheraho bemera ikifuzo cyayo. Mu bimenyetso Libya yatanze, hagaragajwemo ko kuba umusifuzi wâumunyakenya wayoboye uyu mukino […]
Wajyaga ubaza abashyira mu bikorwa ibitagenda, ubu ni wowe nyirabyo ugiye kubishyira mu bikorwa-Kaboneka
Minisitiri wâUbutegetsi bwâigihugu Francis Kaboneka yasabye Guveneri mushya wâiyi ntara gukomeza guteza imbere intara yâAmajyaruguru yiyemeje kugira ikigega cyâigihugu mu bijyanye nâumusaruro, ahareye ku byerekezo igihugu cyihaye mu gukomeza mu nzira yâiterambere nâimibereho myiza yâAbanyarwanda. Izi mpamuro yazimuhaye mu gikorwa cyâihererekanyabubasha cyabereye muri iyi ntara, hagati ya Guverineri mushya Gatabazi Jean Marie Vianney nâuwo asimbuye […]
Kunenga ibitagenda si uguca inka amabere, si no gutana, ibigo bya Leta, Polisi, uturere bihagaze bite ?
Umushakashatsi, umwarimu wa Kaminuza yâu Rwanda akaba nâumusesenguzi wa Politiki, Dr Kayumba Christopher, ku wa 12 Nzeri yagaragaje ibyo Perezida Kagame agomba kwitaho muri iyi manda aherutse gutorerwa. Mu nkuru yasohotse mu kinyamakuru The East African, Dr Kayumba avuga ko kunenga ibikorwa ufite gihamya bidasobanura urwango cyangwa ibinyoma. Ese yaba yafunguriye umurongo abavuga ibitagenda ? […]
RDC: Umusirikare yishwe nâabaturage nyuma yo kurasa umwana amwikanzemo umuhigo
Abaturage bo mu giturage cya Nyandura, mu birometero nka 400 mu majyaruguru yâUmujyi wa Bunia muri Ituri, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, baherutse kwicisha umusirikare amabuye nâinkoni bamushinja kurasa umwana wâimyaka 12 akamwica. Umwe mu bayobozi ba polisi aha hantu utarifuje ko amazina ye atangazwa, avuga ko hari mu ntangiriro zâiki cyumweru, ubwo […]
Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba
Umuryango ni izingiro ryâamahoro arambye mu bawugize, ni muri urwo rwego ugomba kuba igicumbi cyâamahoro, abawugize bakayimakaza, ariko cyane urubyiruko rukitabwaho rurindwa ingengabitekerezo mbi zirimo nâiya Jenoside ikunze kugaragara kuri rumwe. Ibi byagarutsweho nâUmunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo yâigihugu yâUbumwe nâUbwiyunge, Ndayisaba Fidele mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2017, hategurwa […]
Selena Gomez yahawe impyiko nâincuti ye magara
Nyuma yo kuzahazwa nâindwara izwi ku izina rya Lupus, bikamuviramo kurwara impyiko, umuhanzi Selena Gomez arashimira byimazeyo incuti ye magara yamuhaye impyiko ngo ubuzima bwe bukomeze kugenda neza. Uyu muhanzi wâimyaka 25 yâamavuko, yatangarije abakunzi be ko impamvu yari amaze iminsi atavuga mu ruhando rwa muzika, byatewe nâuburwayi butari bumworoheye yahuye nabwo mu minsi ishize, […]
Ngoma: Imvura ikabije yasize imiryango isaga 200 idafite aho kuba
Imvura ikabije yibasiye ibice bitandukanye mu Ntara yâIburasirazuba kuwa Mbere ushize, yasize imiryango 221 yo mu Karere ka Ngoma ntaho kuba ifite nkâuko byatangajwe na minisiteri ishinzwe ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR). Iyi minisiteri ikaba itangaza ko ibikorwa byo gufasha biri gukorwa. Kuva imvura yatangira mu kwezi gushize kwa Kanama, MIDIMAR ivuga ko byibuze imaze […]
Kenya: Umucamanza mukuru mu rukiko rwâikirenga yasabiwe kwirukanwa ku kazi
Nyuma yâuko urukiko rwâikirenga rwa Kenya rusheshe ibyavuye mu matora yâumukuru wâigihugu, bamwe mu bagize Inteko ishinga amategeko ya kiriya gihugu basabiye umucamanza mukuru wafashe iki cyemezo ko yakwirukanwa. Ni nyuma yâuko muri iki gihugu cya Kenya habaye amatora ku mwanya wa Perezida, aho abatavuga rumwe nâubutegetsi butangaje ko butishimiye ibyavuye mu matora ndetse nâinzego […]
Abayobozi mu bigo bya leta hafi 30 bakekwaho ruswa bari gukorwaho iperereza – Umushinjacyaha Mukuru
Nyuma yâamezi 7 atangije urugamba rwo guhangana nâabitwa Ibifi Binini mu kurwanya icyaha cya ruswa, Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika, Jean Bosco Mutangana, aratangaza ko ibiro bye kuri ubu biri gukora iperereza ku bayobozi mu bigo hafi 30 bya leta bakekwaho ruswa, kunyereza umutungo wa leta no kuwucunga nabi. Ibi bikaba bitangajwe nyuma yâitabwa muri yombi […]
Ndatwite, numva nkeneye imibonano mpuzabitsina cyane kandi umugabo wanjye yagiye muri misiyo hanze- Nkore iki?
Munyihanganire ntabwo nifuje gutangaza amazina yanjye, ndagisha inama na njye kuko ubu ndi umugore, ndatwite inda yâamezi 5, umugabo wanjye ari muri misiyo kandi azagaruka habura ukwezi kumwe ngo mbyare. Inda ntwite ni iyâumwana wa mbere, umugabo wa njye yagiye mfite ukwezi kumwe, ariko nkuko bisanzwe ku bagore batwite, hari ibintu ahurwa nâibyo yumva akunze […]
Mu Rwanda hashinzwe ishuri ryigisha gufata amashusho hakoreshejwe indege zitagira abapilote (drones)
Bwa mbere mu Rwanda hashinzwe ishuri ryigisha gufata amashusho hakoreshejwe indege zitagira umupilote (drones), bikazafasha abari basanzwe muri uyu mwuga n’abandi kuba inararibonye mu gukoresha ibikoresho bifata ayo mashusho. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na Bizimana Belgine, umuyobozi mukuru wâiri shuri â Belgine Training Center (BTC)’, avuga ko atari ibijyanye nâamashusho gusa bazajya biga, ahubwo ko […]
Inama yâamashuri makuru yihanangirije Kaminuza yâu Rwanda gukora amavugururwa rwihishwa
Inama yâIgihugu yâamashuri makuru mu Rwanda (HEC) yasabye Kaminuza yâu Rwanda(UR) kwirinda gushyira mu bikorwa impinduka yari yaratangaje ko zigiye gushyirwa mu bikorwa zatangajwe mu itangazamakuru mbere yo kuziyishyikiriza. Ibi biragaragara mu ibaruwa yihutirwa HEC yoherereje UR ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2017, Bwiza.com ifitiye kopi. Bigaragajwe nyuma yuko ubuyobozi bwa kaminuza yâu […]
Inuma yaritse ku modoka ya polisi bituma ihindura imikorere
Polisi yo mu mujyi wa Ohio iherutse gushimira bamwe mu bakozi bay o ubwo bangaga guhungabanya inyoni yaje kwarika mu modoka bagategereza ko izararira igaturaga bakabona gukomeza akazi ka bo uko bikwiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bapolisi bavuga ko bari basanzwe bafite imodoka 2 basimburanya mu kazi ko gucunga umutekano, ubwo bazaga bagasanga inuma yashyize ibyatsi […]
Rutsiro: Abahinzi bibazaga niba ibigori bitazahingwa bahawe igisubizo
Abahinzi bibazaga niba batazahinga ibigori muri iki gihembwe cyâihinga 2018-A, kubera ko bigeze mu cyumweru cya gatatu, batarabona imbuto kandi barateguye imirima yabo guhera mu mpera za Kanama. Abahinze ibishyimbo mu Mirenge itandukanye igize Akarere ka Rutsiro babwiye Bwiza.com ko bamaze kubiba imbuto yabo naho ngo abazahinga ibigori baracyategereje. Muri rusange bavuga ko bateguye imirima […]
Burundi: Ibiro byâishami rya Loni rishinzwe uburenganzira bwa muntu byagabweho igitero
Kuri uyu wa gatatu, itariki 13 Nzeri 2017, ibiro byâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu byagabweho igitero nâabantu batandatu aho abeturiye ibi biro bemeza ko hari nka saa yine za mu gitondo ubwo abantu bitwaje ibirwanisho binjiraga barasa amasasu muri ibi biro biri mu Mujyi wa Bujumbura. Amakuru aturuka aha hantu akaba avuga […]
Ku nshuro ya mbere, Serena Williams yerekanye amafoto yâumwana aherutse kwibaruka
Kuri uyu wa 13 Nzeli, ni bwo umukinnyi wâikirangirire muri Tennis, Serena Williams, yashyize hanze amafoto yâumwana wâumukobwa aheruka kwibarukira mu bitaro byo muri leta ya Florida ho muri Leta zunze Ubumwe za Amerika. Hari hashize ibyumweru 2 Serena yibarutse, kuva icyo gihe yaba we ndetse nâumukunzi we Alexis Ohanian babyaranye, bari bataragira icyo bavuga […]
ADEPR: Dove Hotel igiye kwandukurwa kuri Nahayo Sylvere yandikwe ku muvugizi wâitorero
Nyuma yâuko hamenyekanye amakuru ko Nahayo Sylvere wari wanditsweho Dove Hotel ishingiye ku itorerpo rya ADEPR afitanye isano ya hafi na Bishop Tom Rwagasana uherutse gutabwa muri yombi kubera amakimbirane yo muri iri torero afitanye insiriri nâiyi hoteli, hari amakuru avuga ko igiye kumwandukurwaho ikandikwa ku muvugizi mushya wa ryo, Rev. Karuranga EphraĂ ÂŻm Ibi bigiye […]
Koreya ya Ruguru yiyemeje kuroha u Buyapani no guhindura umuyonga Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Televiziyo ya leta muri Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Kane yatangaje ko iki gihugu kigiye kuroha u Buyapani mu Nyanja ndetse kikagira umuyonga Leta Zunze Ubumwe za Amerika kikazishyira mu icuraburindi kubera gushyigikira ibihano bishya byâUmuryango wâAbibumbye kubera igeragezwa byâigisasu cya kirimbuzi iherutse kugerageza. Komite ya Koreya ya Ruguru ishinzwe amahoro muri Aziya Pasifika […]
Niba ushaka kuryoherwa nâurukundo, dore ibintu 7 uzirinda
Igihe cyose uzatekereza kujya mu rukundo ntakabuza hari inzitizi uzahura nazo bisabe kubigendamo bucece kugirango uticuza umwanya wawe wataye Niyo mpamvu uyu munsi bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza amakosa 6 utagomba gukora mu gihe ushaka kuryoherwa nâurukundo. Aya ni amakosa 6 dukesha urubuga gukunda.com ugomba kwirinda hakiri kare mu rukundo rwawe rwa buri munsi: 1.Gufata umukunzi wawe […]
Rubavu: Abafite amasambu ku musozi wa Rubavu ntibemeranya nâakarere ku bihingwa kabasaba kuhahinga
Nyuma yaho abaturage bahoze batuye ku musozi wa Rubavu bakaza kwimurirwa Ikanembwe mu murenge wa Rubavu na Cyanzarwe bakomeje gusaba ko bahabwa amasambu yabo bakayahingamo ,bakaza kuyasubizwa ku mabwiriza ya Perezida wa Republika, Paul Kagame, ubwo yabasuraga mu mwaka wa 2016 , barashimira ko nyuma yo gusubizwa ayo masambu yabo, batangiye kuyabyaza umusaruro bayahinga. Gusa […]
Kenya: Umwana wâimyaka 14 akekwaho guteza inkongi mu kigo yahitanye abanyeshuri 9
Umwana wâumukobwa wâimyaka 14 yâamavuko muri Kenya yahamijwe icyaha cyo gukongeza inkongi ku nzu abanyesuri bo mu kigo cya Moi Girls High School bararagamo abagera ku 9 bakahasiga ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru byo muri kiriya gihugu bivuga ko uyu mwana wâumukobwa yatwitse inyubako abanyeshuri bararagamo mu masaha ya nijoro abanyeshuri basinziriye, abatarahiye bakaba bafite ibyabo […]
Kubura abaguzi bigiye gutuma abakorera mu gakiriro ka Bishenyi bafunga imiryango
Abakorera mu gakiriro ka Bishenyi ko mu Karere ka Kamonyi baravuga ko benda gufunga imiryango kubera ikibazo cyo kubura abaguzi bagatanga impamvu ubuyobozi buhakana buvuga ko ikibazo bafite giterwa nâuko aka gakiriro kataramenyerwa. Iyo ugeze kuri aka gakiriro ngo nta rujya nâuruza rwâabantu uhabona nkâuko biba bimeze ku tundi dukiriro. Ibi bigafatwa nkâikigaragaza igihombo abakorera […]
Zapad 2017: Imyitozo ikaze yâingabo zâu Burusiya muri Belarus, ihurizo rikaze kuri Amerika nâu Burayi
Ingabo zibarirwa hagati yâibihumbi 60 ni 100 zâu Burusiya, hamwe nâizâigihugu cya Belarus 13000, zirahurira mu myitozo ihambaye, iri ku rwego ruhanitse bitigeze kubaho mu mateka yâu Burusiya nyuma yâirangira ryâintambara yâubutita âThe Cold Warâ. Ni imyitozo yo kuva ku wa 14 kugeza ku wa 20 Nzeri 2017, yamaze guhabwa inyito âcodeâ yihariye â Russiaâs […]
Uganda: Depite Bobi Wine yabwiye Museveni ko ashobora kuzava ku butegetsi nabi
Umuhanzi Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, kuri ubu akaba ari umudepite uhagarariye Kyadondo yâIburasirazuba mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, yahamagariye perezida Museveni kuzuza ibyo yakunze kugenda asezeranya mu myaka yashize akava ku butegetsi akareka igihugu kigakomeza imbere kuko ngo natabikora ubutegetsi bwe bushobora kuzarangira nabi. Ibi byatangajwe nyuma yâumwanzuro wâabadepite bo mu […]
Nigeria: Abagabo badukanye umuco wo kwambara imyenda yâabagore nk'uko na bo bambara iyabo (Amafoto)
Muri Nigeria, abagabo badukanye umuco wo kwambara imyenda yâabagore nâabakobwa ndetse bakanagerageza kwigana imico ya bo irimo kwisiga ibirungo, imisatsi nâibindi. Igitangazamakuru Nasty Boy giharanira ko abagabo bogira uburenganzira bwo kwambara imyenda y’abagore mu gihe babishatse cyatangaje ko abagabo nab o bagomba kujya ambara imyenda bashatse nkâuko abagore nâabakobwa na bo bambara iyâabagabo. Amakuru ikinyamakuru […]
Hagiye kwemezwa niba inyandiko zâibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 15 Nzeri, ku isaha ya saa yine za mu gitondo, nibwo hamenyekana niba inyandiko zose zâibyaranze ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku Rwanda zizashyirwa ahagaragara cyangwa zigakomeza kugirwa ibanga. Aha nibwo Inama yâIgihugu ishinzwe itegeko nshinga mu Bufaransa izatangariza niba uwasigiwe kubika izi nyandiko witwa Dominique Bertinotti, afite uburenganzira bwo […]
Ishyaka FDU n'urwego rw'amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza
Ishyaka rya FDU Inkingi ritemewe na leta mu Rwanda ryasohoye itangazo rivuga ko umuyobozi waryo Victoire Ingabire Umuhoza amaze iminsi irindwi atarya, Ubuyobozi bwa za gereza bwemeza ko ahabwa ifunguro nk’iry’abafite uburwayi nk’ubwe. Umuvugizi wa FDU ku mugabane w’u Burayi, Justin Bahunga avuga ko Ingabire ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge ahamijwe ibyaha byo kugambanira igihugu […]
RDC: Imfungwa 3 zishwe nâinzara
Imfungwa 3 zari zifungiye muri gereza nkuru yo muri Rutshuru âprison centrale de Rutshuruâ muri Kivu yâAmajyaruguru zishwe nâinzara. Radiyo Okapi, itangaza ko izo mfungwa zashizemo umwuka mu mpera zâicyumweru gishize, nkâuko aya makuru yemejwe ku wa 12 Nzeri nâumuyobozi wa teritwari ya Rutshuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muyobozi utagize byinshi avuga kuri uru rupfu rw’izi […]
Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi
Hari hashize amezi atanu Meya wâumujyi wa Seattle Ed Murray wâimyaka 62 yâamavuko yasabwe kwegura ariko akanga akaba ibamba. Byose byatangiye nyuma yâaho bamwe mu bagize umuryango we bwite bahaguruka,bakamutangira ikirego cyâuko ,hari igihe mu bihe bitandukanye ,ahagana muri 1970,yagiye agaragarwaho amakosa yo gusambanya utwana ku ngufu,harimo nâuwo yari abereye nyirarume! [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu nkuru […]
Mbigente nte? Namufashije kwiga anyizeza ko tuzabana none yarangije kaminuza aranyanga.
Umukobwa twari tumaranye imyaka 3 dukundana, twakundanye atangiye kwiga Kaminuza none arayirangije. Mu rukundo rwacu twabanye neza twishimiranye cyane, naramufashije bishoboka, namutakaje ho amafaranga menshi cyane, namukodesherezaga inzu ku ishuri aho yabaga, yarampombeje pe! Kuko numvaga ndi kwikorera kandi naramukundaga nâibiganiro twagiranaga wumvaga ko ariwe tuzarushingana bigatuma mwizera cyane nkamwimariramo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nsanzwe ndi umucuruzi […]
Imvura yâibitego yiganje cyane mu itangira rya UEFA Champions league 2017/2018
Kuwa 12 Nzeri 2017, nibwo imikino ya UEFA Champions League 2017-2018 yatangiye, ni imikino ihuza amakipe yâi Burayi yabaye aya mbere iwayo. Umunsi wa mbere wâiyi mikino waranzwe nâibitego byinshi ku makipe yabashije gutsinda, aya makipe yakinnye akaba agabanyije mu matsinda 4 ya mbere (A, B, C, D). Â Dore uko imikino yo ku munsi […]
Rubavu: Bitwikira ijoro bakiba ibitoki byâabaturage bafatwa bagashaka kubatema
Abahinzi bâurutoki bo mu mirenge ya Rugerero, Rubavu, Nyamyumba na Kanama mu karere ka Rubavu, bahangayikishijwe bikomeye nâabantu batazwi bakeka ko ari abajura bitwikira ijoro bakiba ibitoki , ku buryo ngo byatangiye kubagiraho ingaruka ziterwa no guhinga hagasarura abatabiruhiye. Biragwira Simon, umuhinzi wâurutoki utuye mumurenge wa Rubavu ari naho bwiza.com yabashije gusura, ahamya ko ubu […]
Ushyukwa mu gitondo siko buri gihe aba ashaka gukora imibonano mpuzabitsina
Abagabo benshi bakunda kubyuka igitsina cyabo cyafashe umurego, nyamara siko bose baba bakeneye imibonano. Inzobere mu bumenyi bwâimibonano mpuzabitsina, Dr Catherine Solano ukora mu bitaro bya Cochin i Paris avuga ko ntaho bihuriye, ahubwo ko igitsina kiba cyaboneyeho umwanya wo kwirega ngo kikanafata akayaga. Bityo rero, nta mugore wagombye kwibaza ko kuba umugabo we abyutse […]
Soma ijambo ry'Imana ryâumunsi muri Yesaya 49:15-16
Iri jambo rihumuriza abababaye ndetse nâabarushye rikabasubiza imbaraga. Mu mirongo ibanziriza uyu murongo, hagaragara amagambo yo kwiganyira byâumwihariko akaba anagaragara mu gitabo cya yesaya mwene Amosi gikubiyemo ibyo yeretswe ku ngoma ya Uziya no ku ya Yotamu, no ku ya Ahazi no ku ya Hezekiya abami bâAbayuda, ibyo yerekwaga ku Buyuda no ku bâi Yerusalemu. […]
Ibyo Kagame agomba kuzitaho muri iyi manda: Kumva abanenga no kubabarira Inkotanyi zatannye- Dr Kayumba
Dr Kayumba Christopher, umwarimu muri Kaminuza akaba nâumusesenguzi mu bya Politiki asanga iyi myaka irindwi Kagame yatorewe yagombye kwita ku mbogamizi ebyiri: Kumva abanenga no kubasubizanya ibimenyetso, no gutega amatwi abahoze ari Inkotanyi bagatana, nyamara bakaba banafite ubushake bwo gusaba imbabazi. Mu nkuru Dr Kayumba yanyujije mu kinyamakuru The East African, ntiyumva ukuntu abanenga Leta […]
Uganda na Tanzania bigiye gukorwaho iperereza ku kudashyigikira ibihano byahawe Koreya ya Ruguru
Tanzania na Uganda ni bimwe mu bihugu byo ku mugabane wâAfurika biri gukorwaho iperereza nâumuryango wâAbibumbye ku mikoranire ya byo ya hafi na Koreya ya Ruguru ishobora no kuba intandaro zo gushaka kuvuguruza ibihano yahawe. Ibi ni ibyagaragaye muri raporo yâakanama kâumutekano muri UN yasohotse kuwa 9 Nzeri, raporo yibanda cyane ku bihano biherutse nâibyenda […]
Naty Dread agiye gushyira hanze amashusho agaragaramo akina ari YESU wâumwirabura
Umuhanzi uririmba mu njyana ya Reggae, Naty Dread aravuga ko agiye gushyira hanze amashusho yâindirimbo atifuje gutangariza izina, aho azagaragaramo ari Yesu wâumwirabura ndetse ngo hazaba harimo intumwa za Yesu nazo ari abirabura. Mu kiganiro yagiranye na bwiza.com, Naty yavuze ko mushinga wâiyi ndirimbo, yarafite gahunda yo kuwushyira hanze mu ntangiriro zâukwezi kwa Kamena, ariko […]
EAC: U Burundi bwanze kwitabira inama yâabayobozi bâingabo zishinzwe iperereza irimo kubera mu Rwanda
Abasirikare bakuru bashinzwe iperereza mu bihugu bya Afurika yâIburasirazuba (EAC), bahuriye i Rubavu mu nama yâiminsi itatu, igamije kungurana ibitekerezo ku buryo bwo kubumbatira umutekano ,no guhana amakuru uko umutekano uhagaze muri rusange no kubahiriza ubusugire bwâibihugu, igihugu cyâu Burundi ntikiri mu byitabiriye. Uhagarariye ubunyamabanga bwâinzego za gisirikare muri EAC , Col. James Barigye Ruhesi […]
Umugabo twashakanye nasanze afite inzoka mu nzu yakundwakaje, nabuze uko mucika- Nkore iki?
Muraho, ndi umukunzi wâiki kinyamakuru bwiza.com, ndagisoma amanwa nâijoro, nkunda aya makuru ya nkore iki mucishaho abandi bagisha anama, ni yo mpamvu na njye nifuje kubagezaho ikibazo nahuye na cyo ngo mumfashe. Imyaka 2 irabura amezi 3 ngo yuzure, umugabo wa njye twabanye mukunda kandi na we abingaragariza, ni umukire ku buryo yubashye muri karitsiye, […]