Jenoside yakorewe Abatutsi: Kiliziya Gatolika yasabye imbabazi z’igice- Ndorimana Jean
Uwahoze ari umupadiri muri Kiliziya Gatolika mu Rwanda; Jean Ndorimana abona ko uburyo Kiliziya Gatolika mu Rwanda ihagaze byose bigendanye n’ amakosa akomeye yakoze mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Agashimangira ko imbabazi yasabye ari igice. Jean Ndorimana w’imyaka 65 wahoze ari umupadiri mu myaka ya 1980-2009, akaba afite impamyabumenyi y’ikirenga (Doctorat), mu […]
Ruhango: Ubuyobozi bw’akarere bwahosheje amakimbirane yari mu bacukuzi b’umucanga
Hagati y’abacukuzi b’umucanga mu karere ka Ruhango, havugwagamo amakimbirane, amwe ashingiye ku kuba bamwe bacukura nta byangombwa bafite abandi na bo bagacukura babifite. Aya makimbirane kandi yaranashingiye ku kuba bamwe batemeraga komite yari yaratowe ibahagarariye, bakavuga ko iyi komite itigeze itorwa, abandi nabo bakavuga ko yatowe ubwo bakoraga inama yari yabahuje dore ko ubuyobozi bw’iyi […]
Abantu basigaye bamuyoberwa nyuma yo gutakaza ibiro bisaga 400 (Amafoto)
Umugore witwa Amber Rachdi avugwaho kuba ari we mugore wabashije kugira ibiro byinshi afite imyaka micye kurusha abandi babayeho. Uyu munyamerikakazi avuga ko yatangiye kubyibuha cyane kuva afite imyaka 5 gusa aho yapimaga ibiro bisaga 160. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mugore yiyongeraga mu biro umunsi ku wundi, ibi ngo akaba yarabitewe cyane no gukunda […]
Uganda: Abadepite bemeje ko ingingo igena imyaka ntarengwa y’uwiyamamariza kuyobora igihugu ikurwaho vuba
Inteko ishinga amategeko ya Uganda yemeje ko mbere y’uko igihugu cyinjira mu bikorwa byo kwizihiza umunsi w’ubwigenge, ingingo igena imyaka uwiyamamariza kuyobora igihugu agomba kuba atarengeje iba yamaze gukurwa mu gitabo cy’Itegekonshinga. Mu gitondo cyo kuwa Kabiri tariki ya 12 Nzeri 2017, nibwo abadepite bo mu ruhande rw’ishyaka riri ku butegetsi NRM bemeje ko ingingo […]
Niba urangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, dore inama wakurikiza ugaca ukubiri na byo
Rimwe na rimwe usanga hari abagabo benshi bamara igihe gito ugereranije n’igiteganyijwe mu gihe batera akabariro. Mu gihe ibi biba inshuro nke ntibyakagombye guhangayikisha umuntu cyangwa kumutera ipfunwe kuko hari byinshi wakurikiza mu gihe ufite iki kibazo cyo kurangiza vuba mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina. Abahanga mu bijyanye n’ ubuzima bw’ imyororeke bemeza ko ibi […]
Nta muntu ufite mu mutwe hazima ushobora kugenda ngo agure ikintu nka kiriya- Rujugiro
Rujugiro Ayabatwa Tribert ufite inyubako ya UTC igiye gutezwa cyamunara kubera kutishyura imisoro yavuze ko atizeye ko hari ushobora kugura iyo nyubako azi ibibazo afite. Yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radio Ijwi rya Amerika ku wa Kabiri tariki ya 12 Nzeri 2017. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) giherutse gushyira ahantu hatandukanye amatangazo ahamagarira abantu […]
Perezida Trump arasabwa guhosha amakimbirane ari hagati ya Kompanyi Boeing na Bombardier
Perezida Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika arasabwa guhosha ibibazo biri hagati ya Kompanyi zikora indege, imwe yitwa Boeing CO yo muri USA na Bombardier yo muri Canada ariko inafite inganda muri Irlande. Hashize umwaka , Kompanyi y’inya Canada, Bombardier yazobereye mu byo gukora indege ,igiranye ubucuruzi bw’indege za yo n’indi ya Delta Air […]
Umushinwakazi yaciye agahigo ko kugira ingohe ndende ku isi
You Jianxia, ni umugore w’imyaka 49 y’amavuko, yaciye agahigo ko kuba ari we muntu ufite ingohe ndende kurusha abandi bantu bose bo ku isi aho ize zifite santimetero 12,4. Uyu mugore atuye muri Shangai mu gihugu cy’Ubushinwa, ingohe ze ni ndende ku buryo zimanuka zikagera ku munwa wo hepfo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru The Independent, bwiza.com […]
Komisiyo CNIDH yanenze raporo ya Loni ishinja ubutegetsi bw’u Burundi kwica abasivili
Komisiyo y’igihugu ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu Burundi CNIDH yanenze ibintu bitari bike biri muri raporo iherutse gutangazwa n’inzobere za Loni. Iyo raporo yerekeye ibyakozwe mu Burundi kuva muri Mata 2015, ubwo habaga igikorwa cyo kugerageza kuvanaho ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza. CNIDH yanamenyesheje kandi ko harimo ibyo ushima ukabona ko icyo cyegeranyo kidakwiye kuba […]
Inama y’Abaminisitiri yemeje intego zikubiye muri Gahunda y’Igihugu y’Imyaka 7
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye ku wa Kabiri tariki ya 12 yagejejweho Intego zikubiye muri Gahunda y’Igihugu y’Imyaka irindwi [7 (2017-2024)] y’impinduka zo kwihutisha iterambere (National Strategy for Transformation) irayemeza imaze kuyikorera ubugororangingo. Iyo gahunda ntiyahise itangarizwa Abanyarwanda kuko Itegeko Nshinga rigena ko Minisitiri w’Intebe ategura gahunda ya Guverinoma abigiyeho inama n’abandi bagize Guverinoma. Bitarenze iminsi […]
Itangazo ry'Inama ya mbere idasanzwe y'Abaminisitiri bagize Guverinoma Nshya
None kuwa kabiri, tariki ya 12 Nzeri 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Inama y’Abaminisitiri yatangiye ishimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika icyizere yagiriye ikipe nshya ya Guverinoma, by’umwihariko yifuriza ikaze n’imirimo myiza ba Minisitiri n’Abanyamabanga ba Leta binjiye muri Guverinoma bwa mbere. Abagize Guverinoma bamwijeje kuzakora […]
Mani Martin agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu amurika Album yise “Afro”
Umuhanzi Mani Martin, aratangaza ko agiye gushyira hanze umuzingo w’indirimbo yitiriye indirimbo ye “Afro”, aho azazenguruka mu turere dutandukanye tw’u Rwanda amurikira abakunzi be iyi Album. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro na Bwiza.com, Mani Martin yadutangarije ko iyi Album agiye kumurika, izaba ari iya 5 ashyize hanze, ndetse yo ifite umwihariko ugereranyije n’izo yari yarakoze mbere. […]
Uko amakipe azacakirana muri UEFA Champions League 2017-2018
Kuri uyu wa 12 Nzeri 2017, nibwo imikino ya UEFA Champions League 2017-2018 itangira, ni imikino ihuza amakipe y’i Burayi yabaye aya mbere iwayo. Bwiza.com, irakugezaho uburyo amakipe azacakirana. Ikipe ya Real Madrid niyo yibitseho iki gikombe cy’umwaka ushize wa 2016-2017, aho yacyegukanye itsinze Juventus ku mukino wa nyuma ibitego 4-1. Kuri iyi nshuro […]
Loni yafatiye ibindi bihano Korea ya Ruguru
Umuryango mpuzamahanga Loni wafatiye Korea ya Ruguru ibihano bishyainyuma yuko icyo gihugu kigeragereje igisasu cya gatandatu kinini cyo mu bwoko bw’uburozi bwa “nucléaire”. Ibyo bihano byafashwe n’akanama ka Loni gashinzwe amahoro ku Isi birimo ibijyanye no kugura hanze ibikomoka kuri peteroli , ubucuruzi bw’imyenda n’uburyo bwatuma iki gihugu kibura peteroli n’uburyo bw’amafaranga bwo gukomeza umugambi […]
Umuhanzi Babo ufite inkomoko mu Rwanda yaretse gukina muri Bayern Munich ahitamo gukora umuziki
Umuhanzi Babo, uba mu Budage ariko ufite inkomoko mu Rwanda, yatangaje ko mbere yo kwinjira mu muziki yabanje kuba umukinnyi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru aho yakinnye no mu ikipe ya FC Bayern Munich y’abagore. Babo yatangarije Bwiza.com ko avuka ku mubyeyi umwe w’Umunyarwandakazi ndetse na se w’umudage, kuri ubu atuye mu gihugu cy’Ubudage, uretse ko amaze […]
Byinshi wamenya ku ntambara yiswe iya 3 y'isi ya Afurika yabereye muri Congo n’u Rwanda ruyirimo
Uko iyi si yubatse mu mateka yayo, kenshi nta kinyejana kihirika kidasize amateka ajyanye n’intambara zikomeye aho wajya hose mu mfuruka zayo, iyi si ku migabane itandatu iyigize usanga buri gace karagiye kagira uguhangana gukomeye mu nzira za gisirikare. Ni muri urwo rwego rero Bwiza.com yahisemo kubagezaho mu ncamake uko intambara yitiriwe Intambara y’isi ya […]
Umugore yavuze imyato urumogi imbere ya polisi bamutaye muri yombi
Polisi ikorera mu gace ka kiganda muri Uganda icumbikiye umugore w’imyaka 35 y’amavuko nyuma yo kumufatana urumogi, uyu mugore ageze aho bamufungira ababwiza ukuri ibyiza by’urumogi n’igihe atibuka yaba amaze arucuruza. Joyce Nakintu usanzwe ari umuturage muri kariya gace, yabwiye polisi ko gucuruza no guhinga urumogi ari akazi ke ka buri munsi kamutunze anababwira ko […]
Grace Mugabe arashinja umukobwa uvuga ko yamuhohotera gushaka kumwica abigambiriye
Umugore wa Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe yavuze ko Gabriella Engels umushinja kumuhohotera ari we wari ugiye kumwica abigambiriye, undi akirwanaho. Mugabe yamaze kuregera Urukiko rw’ Johannesburg muri Afurika y’epfo ko yahohotewe. Urwo rukiko rufite izi nyadiko za Grace Mugabe. Mu nkuru igaragara ku kinyamakuru Bloomberg yerekana ko Gabriella Engels, umukobwa w’imyaka 20 uzwi cyane […]
Umupadiri akurikiranyweho gusambanya abana b'abanyeshuri basaga 40
Umupadiri mu gihugu cya Guinee ari gukoreshwa ibizamini mu ipererza rigamije kwemeza amakuru ku byaha ashinjwa byo kuba amaze gusambanya abana bato b’abakobwa basaga 40 mu gihe cy’imyaka 10 gusa. Père Albert w’imyaka 74 y’amavuko yabaye umuyobozi w’ikigo cy’amashuri hiherereye mu murwa mukuru wa Guinee, Korackry mu myaka ya 1992-2002, aho ashinjwa kuba yarasambanyaga abana […]
Mugabo/Mugore, dore ibintu usabwa kwirinda mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina
Ni kenshi ushobora kumva ushaka kwihagarika mu gihe ugiye gutera akabariro ukumva ko wabikora mbere mu rwego rwo kugirango igikorwa ugiyemo kigende neza uko ubyifuza, nyamara ibi ngo ntabwo ari byiza na gato kuko bishobora kugukururira ibyago byo kuba wafatwa n’indwara zandurira mu miyoboro y’inkari ku buryo bwihuse. Nkuko urubuga dukesha iyi nkuru yourtango, rubigaragaza, […]
Rwanda: Ubuntu buke, inzoga nyinshi no kwiyahura- ubushakashatsi
Ubushakashatsi buherutse kumurikwa n’umuryango CAF (Charity Aid Foundation) ureba ku bugiraneza, bushyira u Rwanda ku mwanya wa 101 n’amanota 26%, mu bihugu 139. Naho ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS, risanga buri munyarwanda anywa litiro 11,5 ku mwaka ; kandi abakabakaba 9/100.000 bapfa bishize mu kagozi. Kera u Rwanda rwari intaho y’Imana, umuntu akagenda […]
Perezida Kagame ni we wenyine wabasha kuyobora Afurika ibaye ari igihugu-Ubushakashatsi
Nyuma ya Sankara, Mandela, Lumumba n’abandi, abaperezida bo ku mugabane w’Afurika babonye undi muyobozi ushobora gufatwa nk’intwari, umuyobozi w’umugabane wose w’Afurika, Paul Kagame. Ikinyamakuru Metrodakar cyo muri Senegal dukesha iyi nkuru kivuga ko haherutse gukorwa ikusanyabitekerezo risa n’amatora atimbitse (Sondage) binyuze kuri interineti ku rubuga rwa Deutsche Welle mu Budage, aho abayobozi batandukanye basubizaga ikibazo […]
RDC: Loni irasaba ko hashyirwaho imbaraga z’umurengera zo guhashya FDLR na ADF
Ingabo za Monusco ziri mu butumwa muri Congo, zirasabirwa kongererwa imbaraga ngo zibashe guhagarika ibikorwa by’inyeshyamba za FDLR ndetse na ADF Nalu zishinjwa ibikorwa by’iterabwoba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Mu nama yabereye i Goma ku wa 11 Nzeri 2017, igahuza abahagarariye ibihugu byashyize umukono ku masezerabo y’i Addis-Abeba, intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’umuryango […]
Abiga Kaminuza y’u Rwanda ntibemeranywa nayo ku izamurwa ry'amafaranga y'ishuri ku biga Siyansi
Mu minsi ishize Kaminuza y’u Rwanda iherutse gutangaza ko abiga amasomo rusange bazajya bishyura ibihumbi Frw 600 mu gihe abiga siyansi bazamuwe amafaranga bishyuraga akaba miliyoni n’ibihumbi 500 avuye ku bihumbi 900. Bwiza.com yabigaragaje mu nkuru iheruka ko amafaranga y’ishuri ku biga Kaminuza guhera uyu mwaka w’amashuri agiye kongerwa. Ubuyobozi bw’iyi kaminuza buratangaza ko aya […]
Umugabo wanjye ataha yasinze agahita asinzira, sinkiryoherwa n’imibonano mpuzabitsina dukorana- Nkore iki?
Muraho neza abo kuri iki kinyamakuru kidufasha mu nama za buri munsi, na njye ndi umudamu wubatse, maze imyaka igera kuri 7 nubatse ariko imyaka igera kuri 3 yambereye umukara. Mu kwezi ntibuka neza ko mu 2014 nibwo umugabo wa njye yaretse akazi ka Leta yakoraga atangira kwikorera ku giti cye, kubera akazi ubu akora […]
Kenya: Abarundi 4 bakekwaho gukorana Al Shabaab batawe muri yombi
Polisi ya Kenya ikorera mu gace ka Isiolo yataye muri yombi abagabo 4 bafite inkomoko mu gihugu cy’u Burundi, bikaba bikekwa ko bashakaga kwambuka muri Somalia kwiyunga ku mutwe w’intagondwa wa Al Shabaab. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Polisi ya Kenya yatangaje ko aba barundi baje muri kiriya gihugu nk’abakerarugendo baturutse mu mujyi wa Bujumbura, nyuma bagafatwa bagerageza […]
Rusizi: Laboratwari yari imaze imyaka 10 yaradindiye kubakwa yatashywe ku mugaragaro
Ubuyobozi bw’ishuri ryisumbuye rya Gishoma riri mu murenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi bwatashye ku mugaragaro inyubako ya Laboratwari, buvuga ko yari imaze imyaka 10 yose yaradindiye. Nk’uko umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Nsigaye Emmanuel aherutse kubitangariza Bwiza.com ,ngo iyi Laboratwari kimwe n’iyo muri TTC Mururu zari zaratangiye kubakwa mu 2007 ku […]
Umukinnyi wa Rayon Sports Mutuyimana yitabye Imana
Mutuyimana Evariste wari umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports yitabye Imana mu gitondo cy’uyu munsi. Amakuru akeshwa ubuyobozi bw’iyi kipe ni uko uyu mukinnyi witabye Imana tariki ya 12 Nzeri 2017. Yajyaga agira uburwayi butunguranye, akamererwa nabi. Amakuru agaragara ku rubuga rwa Rayon Sports, avuga ko Ubuyobozi bw’iyi kipe bubabajwe no gutangaza inkuru y’incamugongo y’urupfu rutunguranye […]
Rafael Nadal yegukanye irushanwa rya US Open 2017
Umukinnyi w’ikirangirire muri Tennis, Rafael Nadal, yongeye kwandika amateka, nyuma yo kwegukana irushanwa rya US Open 2017 atsinze Kevin Anderson amaseti 3-0. Mu cyiciri cy’abagabo, Rafael na Kevin bahataniraga igikombe cya Grand Slam, aho Rafael usanzwe ari nimero ya mbere mu mukino wa Tennis ku isi, yegukanye igikombe cya 16 kuva yatangira gukina uyu mukino. […]
Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw’ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge
Ubwo yasuraga ibitaro bya Kibogora na Bushenge mu karere ka Nyamasheke,umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE ushinzwe ubuzima rusange n’ubuvuzi bw’ibanze,Dr Ndimubanzi Patrick yakirijwe ibibazo binyuranye by’ingutu birimo iby’abakozi bake kandi baganwa n’abaturage benshi cyane n’ibindi. Ibitaro bya Bushenge na Kibogora ni byo bitaro bibarizwa muri aka karere ka Nyamasheke,bikaba byakira abaturutse impande zose z’igihugu ndetse […]
Umutoza wa Police Fc yibasiye itangazamakuru ry’imikino
Umutoza w’ikipe ya Police fc, Seninga Innocent, aravuga ko atazi ikibazo afitanye n’itangazamakuru ry’imikino, ngo kuko rihora rimuvugaho inkuru mbi zo kumusebya no kumuharabika. Uyu mutoza atangaje ibi, nyuma yo kwitwara nabi mu mukino wahuje ikipe ya Police fc n’ikipe ya Rayon Sports, mu irushanwa rya ‘Agaciro Development Fund 2017, umukino ukarangira Rayon itsinze Police […]
Producer wo muri Tanzania arashinja Diamond kumugira igipfamatwi
Umwe mu ba Producer bazwi cyane mu gihugu cya Tanzania, witwa Bob Junior, aravuga ko umuhanzi Diamond yamutereranye nyuma y’aho apfiriye ugutwi kw’ibumoso ari kumutunganyiriza Album ye ya mbere yise “Kamwambie”. Bob Junior utakibonana na Diamond muri iyi minsi, aravuga ko yapfuye ugutwi kw’ibumoso, nyuma y’igihe gito arangije gutunganya Album yamenyekanishije umuhanzi Diamond yise “Kamwambie”. […]
Imyaka 16 irashize ibyihebe bihahamuye Amerika n’Isi mu gitero cyiswe '11 Nzeri'
Tariki 11 Nzeri 2001 wabaye umunsi utazibagirana mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’Isi yose. Kuri uwo munsi, ku wa kabiri, saa mbiri n’iminota 45 mu gitondo, ni bwo indege ya Boeing 767 y’isosiyete American Airlines yiroshye ku inzu imwe ya World Trade Center, i New York. Ibyo bikorwa bimaze imyaka 16 […]
U Buhinde: Umwana w'ukwezi Kumwe bamukuye amenyo 7
Abaganga bo mu bitaro byo mu ntara ya Gujarat iherereye mu Burengerazuba bw’igihugu cy’u Buhinde bakuye amenyo agera kuri Arindwi umwana wari umaze ukwezi kumwe gusa avutse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe mu baganga bakurikiranye uyu mwana waganiriye na BBC dukesha iyi nkuru,Meet Ramatri avuga yagize ati “Ubu umwana ameze neza nta kibazo.” Uyu muganga yakomeje avuga […]
Umupadiri ari mu mazi abira ashinjwa ubusambanyi no kubyara abana mu gasozi akanga kubitaho
Umupadiri kuri Diyosezi ya Kigezi muri Uganda, Rev. Edward Mwesigwa ari mu mazi abira nyuma yo gushinjwa n’abaturage kujya mu giturage akabyarayo abana yarangiza akanga kubemera no kubitaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba baturage banavuga ko bandikiye indigo zo hejuru kuri iyi diyosezi ngo zifatire imyanzuro uyu mupadiri ariko zikanga kugira icyo zikora. Ku itariki ya mbere […]
Perezida Kagame yakiriye indahiro ya Murekezi, Jean philbert, Amb Gatete, Nduhungirehe n’Abadepite
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro za bamwe mu bayobozi bakuru bari basigaye batarahiye ubwo abandi barahiraga nyuma y’umunsi umwe ashyizeho Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente. Abo ni Umuvunyi Mukuru , Anastase Murekezi uherutse kwemezwa na Sena ndetse n’abandi barimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba(EAC) Amb. Nduhungirehe […]
Oprah, wari umugore wa Katauti yiyita shitani kubera ubwiza bwe
Irene Uwoya umukinnyi wa filimi uzwi ku izina rya Oprah, avuga ko kugeza ubu yigereranya n’ijini cyangwa se dayimoni kubera ubwiza bwe. Uyu mugore w’umwana umwe yabyaranye n’umukinnyi w’umupira w’amaguru, Katauti, avuga ko aho aciye hose akurikizwa amaso,akarangarirwa na benshi, ibi bikaba aribyo aheraho yigereranya na dayimoni. Ikinyamakuru Risasi Jumamosi, Bwiza.com ikesha iyi nkuru, gitangaza […]
Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z’inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga
Dusenge Merda w’imyaka 22 y’amavuko, utuye mu kagari ka Ryankana, mu murenge wa Bugarama muri aka karere ka Rusizi avuga ko yamugaye agize imyaka 7, amaguru arahinamirana ku buryo atari agishobora kugenda, n’ubwo yize bimugoye ubu arangije amashuri yisumbuye. Merda avuga ko akimara kumugara bavuje bikanga, hagakekwa amarozi, ibyo byamubayeho akunda kwiga cyane ndetse yifitemo […]
Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku 'bifi binini'
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko nubwo abantu bareshya imbere y’amategeko, ariko ko abafite imyanya ikomeye aribo bagombye guherwaho mu gukurikiranwa ku byaha bya ruswa, kurusha uko bashobora guhishirwa n’abo mu myanya yo hejuru. Yabitangaje ku wa Mbera tariki ya 11 Nzeri 2017, ubwo yatangizaga umwaka w’Ubutabera 2017/2018 no kwakira indahiro za bamwe mu […]
Mexique : Abasaga 90 bamaze guhitanwa n’umutingito
Umubare w’abamaze guhitanwa n’ingaruka z’umutingito muri leta ya Mexique ukomeje kuzamuka umunsi ku wundi, aho kugeza kuri uyu wa Mbere habarurwa abasaga 90. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni umutingito wabaye mu cyumweru gishize, wari ufite imbaraga zo ku kigero cya Manyetide 8, abashakashatsi bakaba bavuga ko wari ukaze ugereranyije n’indi mitingito ijya yumvikana hiryo no hino ku […]
Barafinda abona ikibazo cy’abajyanwa Iwawa cyagombye gukemurwa mu bundi buryo
Ugororerwa Iwawa yishyurirwa amafaranga asatira ayo leta yishyurira abiga Kaminuza 107 basubijwe Iwawa, 225 ntibafite aho berekeza, 247 ni imfubyi, 9 ntibazi iwabo Leta izafasha uru rubyiruko rudafite aho rwerekeza mu gihe cy’amezi atandatu Nitutita ku bana tuzagira abasaza badafite icyo bimarira Barafinda Sekikubo Fred wagize ubushake bwo kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa […]
Umugore n’umugabo bafotowe basambanira mu modoka itwara abagenzi rusange
Umugore n’umugabo mu mujyi wa Manchester bafotowe basambanira mu modoka itwara abagenzi rusange mu mujyi rwa gati. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye avuga ko aba bantu babanje kugenda basomana byagera aho umugore agahaguruka akicara ku mugabo mu modoka iri kugenda, umugabo na we wari wamaze gufungura ipataro bagatangirira kwigira mu byabo abantu bareba. Aba […]
Data anyanga urunuka, yanyirukanye mu rugo, ngo nabenze umukire wari ugiye kunkwa miliyoni 2- Nkore iki?
Muraho bakunzi ba bwiza.com, ndi umukobwa w’imyaka 26, ubu ndi ikivumwe iwacu, nta kindi nzira ni uko nabenze umusore nakwira umugabo, kuko ubu afite imyaka 41, ntabwo yigeze ashaka, yashakaga ko tubana ariko njye ndabyanga. Yagerageje kunyiyegereza ndamunanira, yegera papa, amusezeranya ko yahita ankwa miliyoni 2 n’ubukwe uruhare runini akarwikorera kuko ni umukipe pe. Data […]
Zimbabwe : Perezida Mugabe yavuze abantu 2 bagomba kuvamo ugomba kumusimbura
Perezida Mugabe wa Zibabwe yatangaje mu mpera z’icyumweru gishize ko mu minsi itarambiranye ahita atangaza ugomba kumusimbura ku ntebe y’ubuperezida hagati y’umugore ndetse na visi perezida. Ibi yabitangaje kuwa Gatandatu mu nama yari yahuriwemo n’ibihumbi by’abanyagihugu biganjemo urubyiruko, yabereye mu mujyi wa Bindura uherereye mu bilometero 90 uturutse mu murwa mukuru Harare. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu […]
Muhanga: Mukarurinda Patricie yiswe Imana y’abagore mu gace atuyemo
Mukarurinda Patricie, umukecuru w’imyaka 65, utuye mu mudugdu wa Gifumba, akagari ka Gifumba, umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, yiswe Imana y’abagore mu kagari atuyemo, kubera ko yaharaniye guteza imbere abagore baturanye na we. Uyu mugore ngo abigisha gukora ibintu bitandukanye mu masaro ,akaba yarigishije abagore 60, ubu bukorikori nta kiguzi bamuhaye cyangwa se […]
Injeniyeri wubakishaka umuhanda Base-Butaro-Kidaho yatawe muri yombi
Polisi ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi injeniyeri [twirinze gutangaza amazina], wubakisha umuhanda Base-Butaro-Kidaho akekwaho forode no kwangiza ibikoresho bya sosiyete ikora uwo muhanda. Akurikiranyweho kandi gushyira ku rutonde abakozi ba baringa. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyaruguru IP Innocent Gasasira yatangaje ko uyu injeniyeri yafashwe nyuma y’uko , sosiyete ya NPD Ltd […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru arabyina intsinzi abanzi bamukomera agatoki ku kandi
Leta ya Pyongyang, mu murwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, hizihijwe ibirori bihambaye Perezida w’iki gihugu yakoresheje, byo kubyina intsinzi mu rwego rwo gushimira abahanga mu by’ubugenge n’ubundi buvumbuzi mu by’ibitwaro bya kirimbuzi. Amahanga yo akaba arimo kumwigaho, amutegurira imigambi yo kumuhagarika, ategurirwa ibihano bikakaye nk’ibyafatiwe Irak mu myaka yashize. Ibi kandi bikaba bibaye mu […]
Umwana w’umukobwa ari hagati y’urupfu no gukira nyuma yo kuribwa n’imbeba
Umwana w’umukobwa wahawe izina rya Samantha w’imyaka 14 y’amavuko ari gukurikiranwa n’abaganga nyuma yo kwibasirwa n’igitero cy’imbeba nijoro aryamye zikamusiga ari intere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana wo mu gace ka Roubaix mu gihugu cy’u Bufaransa aherutse kuribwa n’imbeba nyinshi ubwo yari asinziriye mu cyumba cye cy’uburiri, ubwo ababyeyi be babyukaga bakamusanga yigaragura mu kizenga cy’amaraso. […]
Miss Wema Sepetu ngo yaba yabonye umugabo ugiye kumuhoza amarira yasigiwe na Diamond
Nyuma y’imyaka 3 Wema Sepetu ashwanye n’umuhanzi Diamond wo muri Tanzania, ubu amakuru akomeje gucicikana ni uko uyu mukobwa yaba yabonye ugiye kumuhoza amarira. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Tanzania bitangaza ko Sepetu yaba ari mu rukundo n’umuyobozi w’ishyaka (CHADEMA) ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Magufuli, Freeman Mbowe. Bitangaza ko Sepetu na Freeman Mbowe, bagiye bagaragara […]
Umugabo yivuganye umuhungu we bapfa ubutaka
Polisi ikorera mu gace ka Kabale muri uganda icumbikiye umusaza w’imyaka 80 y’amavuko imuziza kwivugana umwana we yibyariye w’umuhungu bapfa isambu. Uyu musaza witwa Charles Katarakwenda akurikiranyweho kwica umuhungu we Andrew Ndyareeba w’imyaka 42 y’amavuko bapfa amakimbirane ashingiye ku isambu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo wari usanzwe akora akazi k’ubuzamu ku kigo cy’amashuri cya Ndorwa Secondary […]
Rusizi: Abari bamaze imyaka 15 bacururiza munsi y’ibiti bashyizwe igorora
Abagore 168 n’abagabo 2 bibumbiye muri koperative ‘Dushyigikirane’ isanzwe icururiza ibiribwa hafi y’uruganda rwa CIMERWA mu kagari ka Shara, mu murenge wa Muganza, mu karere ka Rusizi barishimira ko nyuma y’imyaka irenga 15 bacururiza munsi y’ibiti bicwa n’imvura n’izuba, buzurijwe isoko ryiza bagiye gukoreramo. Mukamunana Appoline, umuyobozi w’iyi koperative yabwiye Bwiza.com ko imyaka yose bamaze […]
Dore ibibazo 5 benshi bibaza ku kurangiza k’umugore bitiranya no kunyara kwe
Iyo uganiriye n’abagabo bafite abagore hari abo usanga batazi gutandukanya ukurangiza k’umugore no kunyara kwe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ese bitandukanira he? Kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, bikaba […]
Nyamasheke: Ibitaro bya Bushenge mu gihombo biterwa n’ibyuma bisukura amazi byapfuye
Ubuyobozi bw’ibitaro bya Bushenge biherereye mu karere ka nyamasheke buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye n’ibyuma 5 bikorera hamwe umurimo wo kuyungurura amazi yanduye aba yakoreshejwe, ava mu myanda ituruka mu bwiherero, mu bwogero, mu rumesero, ayakoropeshejwe n’andi yose y’imyanda, byapfuye burundu bikaba bikomeje guteza igihombo ibitaro. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’ushinzwe ubuzima n’ibidukikije muri ibi bitaro, Benemariya […]
Nasuye umusore twamenyaniye kuri Facebook, tumarana iminsi 3 turyamana none ndi mu mazi abira- Nkore iki?
Nanditse ngisha inama, aka wamugani ngo uhana ugaruka ntuhana ugenda, na njye ni ko byangendekeye, iwacu ni mu Ntara y’Amajyepfo, mba ndikoze ngiye gusura umusore mu karere ka Gicumbi, umusore twamenyaniye kuri facebook. Nagezeyo rwose anyakira neza, anyakirira mu nzu asanzwe abamo ya gisore, yaranyishimiye na njye numva ndamunezerewe kabisa, rwose twaraganiraga tukitana ba cheri, […]
Burundi: Umugabo yafatiwe mu murima w’ibirayi arakubitwa kugeza apfuye
Manasse Ntirampeba wakomokaga muri Komine Mugamba intara ya Bururi, yapfuye akubiswe n’abaturage nyuma yo kumufatira mu murima w’ibirayi. Amakuru aturuka muri iyi komini, ni uko Manasse yafashwe yiba ibirayi ku wa Gatanu tariki ya 8 Nzeri, abaturage baramukubita, nyuma aza gukomeretswa n’ibiguma. Abaturanyi be bakomeza bavuga ko ubwo Manasse yafatwaga, yagerageje kwirwanaho arwanya abari bamufashe, […]
Karongi: Abahinzi ba kawa baranenga uburyo bagezwaho inyongeramusaruro
Bamwe mu bahinzi ba kawa mu Karere ka Karongi baravuga ko inyongeramusaruro itinda kubageraho, ku buryo hari n’igihe ibageraho bari mu gihe cy’isarura. Umwe muri abo bahinzi witwa Turaturaniwe Alexis, akorera ubuhinzi bw’ikawa mu Murenge wa Bwishyura kuva muri 2017 kuri ubu akaba afite ibiti 1,400 bya kawa. Agira ati “ ino aha muri aka […]
Arabia Saudite yahagaritse ibiganiro na Qatar
Arabia Saudite yabaye ihagaritse ibiganiro ibyo ari byose na Qatar nyuma yaho byasaga nkaho hari hagiye kuboneka umuti w’ubwumvikane buke hagati y’ibihugu byombi. Mu kiganiro kuri telefone, Skeikh Tamim bin Hamad al-Thani wa Qatar n’igikomangoma cya Arabia Saudite, Mohammed Bin Salman, bombi bari biyemeje gutangira imishyikirano. Ariko nyuma Arabia Saudite yararakaye ivuga ko ibiro ntaramakuru […]
Pst Rutayisire yasabwe kwifatanya n’abapasiteri bo mu Rwanda baba mu matsinda abamo aba Illuminati
Pasiteri Antoine Rutayisire yemeza ko yagiye aganirizwa kenshi na bamwe mu bari mu matsinda abamo aba Illuminati, bakamusaba gukorana nawe kugira ngo yongererwe imbaraga, we akabyanga avuga ko izo afite zimuhagije. Amwe muri ayo matsinda Pasiteri Rutayisire yemeza ko aba no mu Rwanda ni abitwa ‘Freemasons’, ‘Rosicrucians’ na ‘Mahikari’, bagenda bashaka abantu binjiza mu myemerere […]
Umuririmbyi Don Williams yitabye Imana
Umuhanzi waririmbye indirimbo zakunzwe mu njyana ya Country, Don Williams ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye Imana azize uburwayi. Iby’urupfu rwe byamenyekanye ku ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki ya 08 Nzeri 2017. Ni nyuma y’igihe gito arwaye. Uyu mugabo w’imyaka 78, yari yaratangaje ko atazongera kuririmba guhera mu mwaka wa 2016. […]
Kaminuza y’u Rwanda yazamuye amafaranga y’ishuri ku biga amasomo ya Siyansi
Guhera uyu mwaka w’amashuri ugiye gutangira 2017/2018, abanyeshuri biga amasomo ya siyansi, ikoranabuhanga, ubuganga n’ayandi muri Kaminuza y’u Rwanda(UR) bazishyura amafaranga y’ishuri miliyoni n’ibihumbi 500, ni ukuvuga ko ayari asanzwe yiyongereyeho ibihumbi 600. Ni mu gihe mu mwaka ushize n’iyayibanjirije bajyaga bishyura ibihumbi 900 ku mwaka. Izi mpinduka ziragaragara ku itangazo ku bijyanye n’amafaranga y’ishuri, […]