Ubushinjacyaha na Seyoboka ntibumvikana ku busabe bwo gushyikirana nâumuryango we
Nyuma y’umwaka agejejwe mu Rwanda, urubanza nyirizina rwa Sous-Lieutenant Jean Claude Seyoboka wabaye mu ngabo z’U Rwanda, uregwa uruhare muri jenoside, rugiye gutangira. Uyu mugabo w’imyaka 51 aregwa uruhare muri jenoside yabareye mu gace ka Rugenge k’umujyi wa Kigali aho yari atuye aho ashinjwa kuba yari ayoboye imitwe y’interahamwe. Mbere y’uko urubanza rutangira Sous-Lieutenant Jean […]
Namibia: Abagore bo mu bwoko bwa Himba bakaraba rimwe mu buzima bwabo
Himba ni ubwoko bwâabantu batuye mu Majyaruguru ya Namibia mu ntara yitwa Kunene. Abaturage bagize ubu bwoko bagera ku bihumbi 50, usanga abakobwa n’abagore baho bakaraba inshuro imwe mu buzima. Himba bisobanuye abantu basabiriza. Mu myaka yâ1980, batewe nâamapfa 90% byâamatungo harimo amashyo yâinka, imikumbi yâihene bari batunze birapfa. Babonye inzara ibarembeje batangira kujya bahungira […]
Perezida Gnassingbé wa Togo arasabwa kwegura
Abaturage bahuriye i LomĂ© mu murwa mukuru wa Togo mu myigaragambyo isaba ko Perezida Faure GnassingbĂ© ava ku butegetsi hagahindurwa na bimwe bigize Itegeko Nshinga. Abo baturage bigaragambije ku wa Kane wâiki cyumweru batewe ibyuka biryana mu maso na polisi nkuko VOA yabitangaje. Abigaragamvya basaba ko Itegeko Nshinga rihindurwa, hagashyirwamo manda zâumukuru wâigihugu zikagarukira kuri […]
Ibintu 5 buri mugore wese aba yifuza ku mugabo we
Umugore aho ava akagera aba yifuza gufatwa neza nâumugabo ndetse hakaba nâibyo yifuza gukorerwa, iyo ibyo bitabaye mu rugo hatangira kumvikana ukutumvikana hagati yâabashakanye. Ni iki gishimisha umugore? Wabyemera utabyemera ibintu bishimisha umugore si ibintu bihambaye ahubwo ni utuntu duto duto dutuma umugore ashobora kunyurwa mu rukundo. Docteur M. Gary Neuman ugira inama imiryango akaba […]
Kenya: Raila Odinga yemeye kwitabira amatora
Raila Odinga uyoboye(NASA), ihuriro ryâamashyaka atavuga rumwe na Perezida Uhuru Kenyatta, yatangaje ko azitabira amatora yap Perezida wa Repubulika azaba muri iki gihugu mu kwezi gutaha. Odinga yasabye abashyigikiye iryo huriro gutanga amafaranga azamufasha mu bikorwa byo kwiyamamaza muri ayo matora azaba tariki ya 17 Ukwakira 2017. Yagize ati “Amatora azaba mu kwezi gutaha, turasaba […]
Umugore nâumugabo bakoze ubukwe bifotoreza mu isanduku bateje impaka
Uko bukeye nâuko bwije, abantu bagenda binguka ibitekerezo bishya bitandukanye, bimwe bigashyigikirwa ibindi bikamaganwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego usanga hari nâabagerageza gukora ibyo abandi batarakora ariko nyamara rimwe na rimwe bagakora amahano cyangwa ibyo bakoze bigaca igihugu umugongo. Umugore nâumugabo mu gihugu cya Thailand baherutse gusezerana ariko bakora agashya ko kwifotoreza mu isanduku […]
Amwe mu mateka yâAbanyamulenge nâuburyo bize bagakunda n'igisirikare
Abanyamulenge ni bumwe mu bwoko bwâabaturage babarizwa mu turere duherereye hafi nâimipaka ya Republika iharanira Demokrasi ya Congo, u Burundi ndetse nâu Rwanda . Nâubwo Wikipedia dukesha aya mateka ibivuga itya ariko nta nâuwabura kuvuga ko ubu bwoko bwâAbanyamulenge bunahana imbibi na Tanzania ahegereye inkombe zâikiyaga cya Tanganyika gihuza u Burundi, Tanzania hamwe nâagace kâAmajyaruguru […]
Murara Jean Damascene na Rutijanwa Marie Pelagie bagarutse mu Nteko Ishinga Amategeko
Murara Jean Damascene wahoze ari Umudepite mu Nteko ishinga Amategeko, muri manda yabanjiriye iri kugana ku musozo, yongeye kugaruka muri iyo nteko ndetse na Rutijanwa Marie Pelagie wahozemo icyo gihe. Ni nyuma yuko abari abadepite bakomoka mu Muryango FPR Inkotanyi baherutse guhabwa imyanya mishya mu buyobozi bwâigihugu. Abo ni Bamporiki Edouard wagize Perezida wa Komisiyo […]
U Rwanda rwungutse abaganga 90 rwohereje mu kazi barimo ab'inzobere 46
Minisiteri yâUbuzima yohereje abaganga bâinzobere 46 mu kuvura indwara zitandukanye barangije imyaka ine muri Kaminuza yâu Rwanda yiyongera kuri itandatu bize mu buganga rusange. Aba baganga bemerewe gutangira akazi ko kuvura mu bitaro bikuru, abandi baganga 44 barangije icyiciro cya mbere (General Practitioners) boherejwe gutangira akazi ko kuvura muri bimwe mu bitaro byâintara nâibyâuturere. Ni […]
Umuhanzi Dr Jose Chameleone i Dubai nâumugore we bahunze amagambo
Umuhanzi Jose Chameleone yamaze gusesekara i Dubai nâumugore we Daniella Atim ndetse nâumwana wa bo wâumukobwa Amma Mayanja, aho bavuga ko bahunze amagambo agenda avugwa kuri uyu muryango. Biteganyijwe ko uyu muhanzi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 azaba ari mu kabyiniro ka Las Vegas aho azaba ari kuryoshya ubuzima nâumugore we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Syria: Ibitero byâindege zâu Burusiya byahitanye abarwanyi 40 ba Islamic state barimo abakomanda bane
Ibitero byâindege zâintambara zâu Burusiya muri Syria byahitanye abarwanyi 40 ba Islamic state barimo abayobozi bakuru bane babo hafi yâumujyi wa Deir el-Zour nkâuko byatangajwe na minisiteri yâingabo kuri uyu wa Gatanu. Ibi bitero byagabwe nâindege zâintambara zo mu bwoko bwa Su-34 na Su-35, byaje nyuma yâamakuru yâiperereza yo kuwa 05 Nzeri yagaragaje ko abayobozi […]
Menya impamvu abagabo benshi bonka amabere yâabagore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Ni kenshi bikunze kugaragara abagabo cyangwa abasore bonka amabere y’abagore cyangwa abakobwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina nk’uko bigenda bigarukwaho na bamwe mu bakobwa nâabagore bagirana ibyo bihe n’abagabo. Umwe mu bahanga mu bijyanye nâimikorere yâumubiri wâumuntu Idris Vich akaba akora muri kaminuza ya Florida muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yagarutse ku kamaro umugabo akura […]
Ukwibyara gutera ababyeyi ineza: Kaminuza ya Manchester iravuga imyato Minisitiri Uwihanganye
‘ Umunyeshuri wahawe Buruse yabaye Minisitiri muto muri Guverinoma’. Ni inkuru igaragara ku rubuga rwa Kaminuza ya Manchester mu Bwongereza iri mu rurimi rwâicyongereza igira iti â Scholarship student becomes Rwandaâs youngest ever government ministerâ. Ikomeza igaragaza ko Uwihanganye Jean de Dieu yagizwe Minisitiri wâubwikorezi mu Rwanda, agaca agahigo ko kuba muto muri iyo guverinoma. […]
Burundi: Umushinjacyaha wa repubulika yari yishwe nâumuntu amusanze mu biro
Umushinjacyaha wa repubulika mu Ntara ya Rumonge, mu gihugu cyâu Burundi witwa Donathe Niyonsaba, yaraye arokotse urupfu nyuma yo kugabwaho igitero nâumugabo wamusanze mu biro bye. Amakuru aturuka muri iki gihugu dukesha urubuga Indundi.com, aravuga ko hari kuri uyu wa kane, itariki 07 Nzeri, ubwo umushinjacyaha wa repubulika mu Ntara ya Rumonge, Donathe Niyonsaba, yaraye […]
U Bushinwa: Inzira igoranye abana bacamo bajya ku masomo kubera imiterere yâaho batuye
Abaturage bo mu gace ka Atuleâer gaherereye mu majyepfo yâu burasirazuba bwâigihugu cyâu Bushinwa, bavugwaho kuba ari bamwe mu mafite abana babasha kwiga bibagoye bitewe no kuba ako gace gaherereye ku mpinga yâumusozi muremure wâamabuye, mu gihe abana ba bo bajya kwiga ku ishuri ryubatse hasi ku ntangiriro yâuwo musozi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru byo muri […]
Gisagara: Umwaka wa 2018 uzasiga nta munyagikonko ukirema isoko rya âNdaburayeâ
Umurenge wa Gikonko, ni umwe mu mirenge 13 igize akarere ka Gisagara, ugizwe nâicyahoze ari Komini Mugusa yâiyahoze yitwa Perefegitura ya Butare. Hazwi cyane ku buhinzi bwâumuceri, abawuzi bemeza ko waba unurira. Abatuye uyu murenge wa Gikonko bavuga ko batagira aho bahahahira cyangwa bagurisha umusaruro wabo, usibye umuceri. Udusoko tuhaba ni uturema nimugoroba bita Ndaburaye, […]
TBB ntabwo twashwanye, turacyabana nk'abajama-MC Tino
Nyuma yâaho itsinda TBB ryâabaririmbyi ryari rigizwe na Tino, Bob na Benjamin risenyukiye, hakomeje kwibazwa impamvu nyakuri yaba yaratumye iri tsinda risenyuka, umwe mu bagize uruhare runini mu gushinga iri tsinda uzwi nka Tino mu muziki yagize icyo abivugaho. Ubwo yatugezagaho amashusho yâindirimbo ye nshya yitwa âMulaâ, umuhanzi wahoze muri TBB, ariko usigaye uririmba ku […]
Uganda: Abarwanyi 10 bahoze muri M23 bemeye gutaha mu gihe 11 bamaze gupfira mu nkambi
 Igisirikare cya Uganda, UPDF, cyashyikirije Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Abarwanyi 10 bahoze mu mutwe wa M23. Ni mu gihe bivugwa ko abandi 11 bamaze gupfira mu Nkambi ya Bihanga bacumbikiwemo. Uku gusubiza aba barwanyi byabaye kuri uyu wa kane nyuma ya saa sita ku cyicaro cya division ya 2 yâingabo za […]
Umupasiteri yakubiswe nâumurwayi wo mu mutwe ubwo yashakaga kumwirukanamo imyuka mibi
Umugabo bavuga ko ari umuntu wâImana mu gace ka Lokoja muri Nigeria yahuye nâuruva gusenya ubwo yageragezaga gushaka gusengera umurwayi wo mu mutwe, uwo murwayi akamukubita bakarwana kakahava. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mupasiteri yakubiswe nyu ma yo kwegeranya abantu yita ko babaswe nâimyua mibi, ngo abasengere bezwe kubwâingorane umwe muri bo utatangajwe amazina akabavamo akarwana na […]
Rusizi: Abana batawe nâababyeyi barasaba ko uburenganzira bwabo bwubahirizwa
Abana batabwa nâababyeyi barasaba ubuyobozi kugira icyo bukorera ababyeyi babo gito, uburenganzira bwâabo bwo kurerwa na bo bukubahirizwa. Bamwe muri aba bana baganiriye na Bwiza.com, bavuga ko nyuma yo kugira ibyago bagapfusha ba nyina, ba se bagiye bishakira abandi bagore bakabata kandi nta bundi buryo bwo kubaho bafite. Uwimana Sharifa wâimyaka 9 yâamavuko wiga mu […]
Amagambo 9 abakobwa bakoresha iyo bashaka kubenga abasore
Hari amagambo menshi yifashishwa nâabakobwa mu rwego rwo kwanga gukundana nâabahungu runaka bitewe nâuburyo batabiyumvamo ariko ntibashake guhita babibagaragariza ako kanya. Dore amwe muri ayo magambo, bwiza.com yifashishije imbuga za internet zitandukanye yabakusanyirije amagambo 9, uzasanga umukobwa akoresha aya magambo mu by’ukuri agamije kukubenga. 1.Ndatekereza ko uri nka musaza wanjye Mu gihe umukobwa wifuzaho kuba […]
Suede: Umunya-Suede ukomoka mu Rwanda agiye kuburanishwa ku ruhare rwe muri jenoside
Umunyarwanda, Theodore Tabaro, ufite nâubwenegihugu bwa Suede, muri Nzeri azatangira kuburanishwa nâUrukiko Rudasanzwe rwa Stockholm ku ruhare ashinjwa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda nkâuko byatangajwe nâurukiko kuri uyu wa Gatatu ushize. Theodore Tabaro wâimyaka 49, ashinjwa ibyaha byâubwicanyi, kugerageza kwica, gufata ku ngufu no gushimuta Abatutsi. Ibyaha ashinjwa ngo akaba yarabikoze hagati yâitariki 09 […]
Kamonyi: Inzu zisaga100 zubatswe buryo bunyuranyije nâamategeko zizasenywa, abayobozi bahanwe
Inzu zisaga 100 zubatswe mu buryo bunyuranyije nâamategeko mu Mirenge ya Runda, Rugarika na Gacurabwenge, mu karere ka Komonyi zizasenywa mu rwego rwo kubahiriza imiturire ikwiye. Kamonyi, ni akarere gahana imbibi nâUmujyi wa Kigali na Muhanga ahasanzwe inzu zigezweho, hari no kuzamuka izindi. Muri aka karere haragana abaturage benshi bubakayo inzu zo guturamo ndetse nâizâibindi […]
Tanzania: Umuyobozi wâishyaka ritavuga rumwe na leta yarasiwe mu modoka ye
Umuyobozi wâabatavuga rumwe na leta muri Tanzania, Tundu Lissu yarashwe ku gicamunsi cyo kuwa Kane tariki ya 7 Nzeri 2017 ubwo yari mu modoka ye hafi yâiwe mu mujyi wa Dodoma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko uyu muyobozi wâishyaka TSL, yarashwe nâumuntu utaramenyekana wari witwaje intwaro ubwo yamutegaga akamisha urufaya rwâamasasu ku modoka yarimo, […]
Icyo ishyaka FDU-Inkingi rivuga ku bayobozi bayo batawe muri yombi
Abayobozi batandukanye mu mashyaka abiri atavuga rumwe nâubutegetsi mu Rwanda ariko atemerewe gukorera mu Rwanda, batawe muri yombi nkâuko byemejwe nâabayobozi batavuga ruwme nâubutegetsi ndetse nâigipolisi kuri uyu wa Kane. Itangazo ryaturutse mu ishyaka FDU-Inkingi rya Victoire Ingabire kuri ubu ubarizwa muri gereza kuva mu 2013 azira ibyaha byo guhakana jenoside nâiterabwoba, rivuga ko abayobozi […]
Ruhango: Inzego z'ibanze ziranengwa kujenjekera ubucukuzi bukorwa mu kajagari
Mu nama yahuje ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, inzego z’umutekano ndetse n’abacukuzi b’umucanga, bamwe mu bayobozi banenzwe kujenjekera ubucukuzi bukorwa mu kajagari. Ni mu nama yahuzaga izi nzego ku wa Mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, ku biro by’akarere ka Ruhango, bakanenga bamwe mu bacukura babikora nta byangombwa mu gihe na bo bavuga ko ari ubuyobozi […]
Ese umugore ashobora kuzana amavangingo nta mibonano mpuzabitsina arimo gukora (igice cya 8)
Mu bice 7 byatambutse, hari byinshi byasobanuwe bijyanye nâukunyara kâumugore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina. Ikibazo benshi bagiye bahuriraho kinateye inkeke, ni ukwibaza niba umugore ashobora kuzana amavangingo mu gihe atarimo gukora imibonano mpuzabitsina. Aha igisubizo ni uko umugore ashobora kuzana ayo mavangingo mu gihe yaba arimo kwikinisha. Ikindi gishoboka umugore ashobora kuba arimo kureba film […]
Uganda: Inteko ishinga amategeko yahagaritse ibiganiro ku iyicwa ryâabagore bagera kuri 20
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Nzeri 2017, Abadepite ba Uganda bahagaritse ibikorwa byo mu nteko ishinga amategeko byarebaga cyane ikibazo cyâimfu zâabagore bapfa umunsi ku wundi bikaba biteganyijwe ko bizongera gusubukurwa ari uko akanama kabishinzwe gatanze ubusobanuro bufatika ku iyicwa rya hato na hato ryâabagore batandukanye mu karere ka Wakiso. […]
KITONA: Imwe muri operasiyo kabuhariwe yâingabo zâu Rwanda ku butaka bwa Congo na Angola

Abanyarwanda baca umugani ngo â Ryabara uwariraye âundi nawe ati âUko byagenze ibara umupfu â hanyuma ariko ukurikiyeho ati â Inkuru mbarirano iratuba â! Muri aba bacamigani bose twe turabajya hagati turarame tubabarire inkuru itari inkuramutima, ahubwo inkuru yâubutwari butagereranywa bwâingabo zâu Rwanda, ingabo zâigihugu zakitangiye ku rwego rutigeze rubaho mu mateka yâingabo za Afurika. […]
Chris Froome kabuhariwe mu kunyonga igare akomeje kwigaragaza muri tour izenguruka ESPAGNE
Isiganywa ryâamagare rikomeye kwâ isi rizenguruka igihugu cya ESPAGNE ( La vuelta da Espana ) rigeze kuri etape ya 16. Umwongereza CHRIS FOORME, wavukiye i Nairobi mu gihugu cya Kenya, niwe ukomeje kugenda yigaragaza, aho amaze iminsi ariwe wambaye umwenda wâumuhondo, ugaragaza umukinnyi umaze gukoresha igihe gito kurusha abandi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Chris Foorme amaze kwegukana […]
Umutekano : Vladimir Poutine yihanangirije Amerika ku guha ibitwaro Ukraine
Kuri uyu wa kabiri, itariki ya 05 Nzeri, Perezida Vladimir Poutine wâu Burusiya yatangaje ko mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakwiha kugurisha intwaro ziremereye ku gihugu cya Ukraine, bizaba ari nko gusuka lisansi mu muriro. Ibi yabitangarije mu Bushinwa, ahari kubera inama mpuzamahanga yâibihugu bifite ubukungu buri kuzamuka cyane, byibumbiye mu itsinda ryitwa […]
Umugabo akurikiranyweho guhiga indaya akazica akajya azigaburira inzoka yoroye
Mu gihugu cya Botswana, muri Afrika yâAmajyepfo hari amakuru yâumugabo wasanganywe ikiyoka kinini cyane cyo mu bwoko bwâuruziramire yari yoroye iwe mu rugo, ariko aho kiba bakanahasanga ibisigazwa byâimibiri yâabantu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo yatabwaga muri yombi, uyu mugabo ubwe yiyemereye ko iyo nzoka yari itunzwe nâinyama zâabana bâabakobwa bicuruza, aho yajyaga abashukashuka akabajyana iwe nkâugiye […]
Nakoze uburaya imyaka 7 mbuvamo nshaka umugabo none numva atampagije-Nkore iki?
Nitwa Nadia ndagisha inama ku byambayeho kandi binkomereye. Mfite imyaka 24 yâamavuko, ndubatse ariko mbona rugiye gusenyuka kuko numva nkumbuye ubuzima nabayeho ntarashaka nubwo bwashariraga uruhande rumwe. Maze amezi 5 gusa nshakanye nâumugabo nkunda kandi twasezeranye ko tuzabana ariko aho bigeze numva nabivamo kuko kubana na we iteka numva ntazabishobora kubera ibihe naciyemo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Ethiopia: Abanyarwanda bizihije Umuganura
Umuryango wâAbanyarwanda batuye muri Ethiopia, bahuriye mu birori byo kwizihiza umunsi wâUmuganura wabereye ku cyicaro cya Ambassade yâu Rwanda i Addis Ababa. Ni igikorwa cyabaye ku mugoroba wo kuwa Gatandatu tariki 2 Nzeli 2017. Uwo muhango ukaba. Muri uwo muhango, Ambasaderi wâu Rwanda muri Ethiopia, Hope Tumukunde, yashimiye Abanyarwanda ubwitange nâubushake bagaragaza mu kwitabira gahunda […]
Kenya :Odinga ntazitabira amatora niba komisiyo y'Amatora idahinduwe
Umukuru w’ihuriro ryâamashyaka ritavuga rumwe na leta muri Kenya(NASA), Raila Odinga yatangaje ko atiteguye kwitaba amatora y’umukuru w’igihugu agiye gusubirwamwo muri icyo gihugu. Odinga yavuze ko yifuza ko hafatwa ingingo zijyanye n’amategeko hamwe n’ Itegeko Nshinga mbere y’uko yemera kwitaba ayo matora. Uyu mugabi asaba ko haba impinduka muri Komisiyo Ishinzwe Amatora muri icyo gihugu, […]
Burundi :Komisiyo ya Loni yasabye ICC kwihutira gukora Iperereza ku bwicanyi bwahakorewe
Komisiyo yigenga ya Loni ku byaha byakorewe mu Burundi yasabye urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha kwihutira gukora iperereza muri iki gihugu ku bwicanyi bwahakorewe ndetse nâibyibasiye inyokomuntu. Babisabye ubwo bamurikaga iyo raporo ku wa Mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, Geneve mu Busuwisi. Perezida wâiyi komisiyo Fatsah Ouguergouz yavuze ko hari ubwicanyi budasanzwe bwagiye bukorerwa abasivili. Iyo […]
Nigeria: Akurikiranweho kwica umupasitoro akamurya, akanamugaburira abandi
Umugabo wo muri Nigeria yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo kwica umupasitoro yarangiza akamurya akanamugaburira abashyitsi be. Uyu witwa Roland Peter wâimyaka 47 yatawe muri yombi ari mu gikoni nyuma yo gukora ubwicanyi. Umukuru wâigipolisi muri River State, Zaki Ahmed, yatangaje ko pasitoro Samuel Okpara yishwe nyuma yo gushimutwa mu byumweru bibiri bishize. Nyuma aza […]
Reba mafoto atangaje yâabakirisitu basoma ibirenge byâumuvugabutumwa wa bo
Nyuma yâamafoto yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umupasiteri yicaye abayoboke be bari kumusoma ku birenge, uyu mupasiteri yagarutse asobanura impamvu ya byo. Uyu muvugaburtumwa witwa Elvis Mbonye yasobanuye ko ibyo abayoboke be bamukorera baba bigana umugore wubamye agasoma ibirenge bya Yesu uvugwa muri Bibiliya bityo na we akaba agomba kubikorerwa kuko ari umuhanuzi nâintumwa […]
Wari uzi ko hari indwara zivurwa no gusomana? Menya byinshi kuri zo
Abantu benshi basanzwe bazi ko gusomana ari igikorwa kijyanye no kwishimisha hagati y’abakundana nyamara hari nâindwara bishobora kukuvura iyo bikozwe neza. Niba utajya usomana nâumukunzi wawe rero aha, hari impamvu 4 zagaragajwe nâabashakashatsi zikwiye gutuma uzajya usomana nâumukunzi wawe ndetse ukanabikora kenshi. Nubwo kandi abantu bafata ugusomana mu buryo butandukanye, bamwe bagasomana bitabari ku mutima, […]
Igiciro cyâibikomoka kuri peteroli cyongeye kuzamuka
Guhera kuri uyu wa kabiri, itariki 05 Nzeri, igiciro cyâibikomoka kuri peteroli cyahindutse litiro igera kuri 993 naho mazutu ijya kuri 954. Ni nyuma yâuko muri Nyakanga igiciro cyari cyagabanutse litiro ikava ku mafaranga 1022 ikagera kuri 964. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Itangazo ryâurwego ngenzuramikorere (RURA) ryashyizweho umukono kuri uyu wa Mbere, itariki 04 Nzeri, riravuga ko […]
Urubanza rwa Miss Sepetu rwasubitswe nâibizamini byâinkari ze yatanze biteshwa agaciro
Urukiko rwo muri Tanzaniya rwatesheje agaciro ibimenyetso byatanzwe na Wema Sepetu, birimo inkari yatumwe, mu rubanza ashinjwamo icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge. Ibi bibaye nyuma yâaho mu kwezi gushize umucamanza uburanisha urubanza ruregwamo Wema Sepetu, yatangaje ko urubanza rwâuyu nyampinga rusubikwa hakabanza gupimwa inkari ze ngo hazarebwe niba akoresha ibiyobyabwenge koko. Mu gihe ubushinjacyaha bwavugaga ko […]
Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi wâakarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi
Uwahoze ari umuyobozi wâakarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza yâabaturage, Nyirasafari Rusine Rachel, ubu akaba ari umurezi mu ishuri ribanza, avuga ko bitigeze bimutera ipfunwe. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyirasafari avuga ko yabaye umuyobozi mu karere mu gihe cyâimyaka hafi itandatu, ariko biba ngombwa ko hamwe na bagenzi be bahagarikwa ku mirimo yabo […]
Dore imijyi 7, aho gupfa cyangwa kurwara bifatwa nk'icyaha
Ubusanzwe, umuntu aravuka akabaho agasaza agapfa ndetse rimwe na rimwe hari nâabapfa bakivuka cyangwa bataravuka. Mu yandi magambo nta wujya inama nâurupfu cyangwa indwara kuko nta wuhora yiteguye. Ibi rero ntibikuraho kuba hari imijyi imwe nâimwe ku isi mu bihugu bitandukanye usanga itifuza ko hari umuturage wapfa cyangwa ngo arware, yemwe hakaba nâaho usanga umuryango […]
Suede: Umukecuru wâimyaka isaga 100 agiye gusubizwa iwabo nyuma yo kwimwa ubuhungiro
Umukecuru Bibihal Uzbeki wâimyaka 106 ukomoka muri Afghanistan bikekwa ko ari we mpunzi ikuze kurusha izindi ku isi, agiye gusubizwa mu gihugu cye nyuma yo kwimwa ubuhungiro mu gihugu cya Suede. Umuhungu wâuyu mukecuru nâumwuzukuru we ngo bamuhunganye bamuhetse ku migongo yabo ubwo bahungaga bava Kunduz mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa Afghanistan, banyura muri Iran no […]
Mbega ikimayibobo cyashokonkoye!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Umwana wâi Kigali yajyanye nâababyeyi be gusura kwa sekuru mu cyaro. Agezeyo abona umusaza basanze muri urwo rugo bari bagiyemo yambaye imyambaro yo gukorana(ni ko mu cyaro bita imyenda isa nabi). Ni uko umwana ariyamira ati Daddy, Mummy, mbega ikimayibobo cyakuze, cyarashokonkoye. Ni uko umusaza agwa mu kantu. Ababyeyi batangira gukomakoma uwo mwana, bamubwira ko […]
USA: Umunyarwandakazi ukekwaho uruhare muri jenoside azoherezwa mu Rwanda nasoza imyaka 10 yakatiwe
Guverinoma yâu Rwanda yishimiye icyemezo cyâubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kwanga kwakira ubujurire bwâUmunyarwandakazi, Beatrice Munyenyezi wakatiwe gufungwa imyaka 10 azira kubeshya ku ruhare rwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu akaba azohererezwa u Rwanda nasoza igihano yahaweazira kubeshya ngo ahabwe ubwenegihugu. Ubujurire bwa Munyenyezi bwatewe utwatsi mu cyumweru gishize nyuma […]
RDC: Abandi bagororwa 119 batorotse Gereza ya Kabinda
Abagororwa 119 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo batorotse Gereza ya Kabinda iherereye mu Ntara ya Lomami mu mpera zâicyumweru gishize nkâuko amakuru aturuka aha avuga. Ni nyuma yâaho kuva muri Gicurasi muri iki gihugu hagiye havugwa gutoroka kwâabagororwa muri gereza zitandukanye Nkâuko byemejwe nâumuyobozi wâiyi gereza, Nyongoli Mutanade, ngo mbere yo gutoroka kuri iki […]
Umukobwa wa Patrick Karegeya yavuze icyo umutima we uteganyiriza abishe se
Umukobwa wa Patrick Karegeya, avuga ko nyuma yâimyaka 3 ishize se yiciwe muri Afurika yâEpfo, amenye abamwishe yabaha imbabazi. Mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru mu muhango wo kwibuka se umaze imyaka 3 apfuye, ku wa 18 Gashyantare 2017 mu Bubiligi, Portia Karegeya umukobwa wa Karegeya yabajijwe icyo umunsi wo kwibuka se umusigira mu mutima. Mu gusubiza […]
Dore ibimenyetso 5 bizakwereka ko umugore yanyuzwe mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Mu gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina usanga abashakanye bafata akanya kanini mu gutegurana ariko iyo umwe cyangwa bose barangije, umwe ntabwo abona akanya ko gukomeza kwita kuri mugenzi we muri ako kanya, rimwe na rimwe bananiwe, ariko biba ari ngombwa ko mukomeza gukurikirana mukamenya ko mwese mwaryohewe. Dore ibimenyetso 5 muri byinshi bishobora kukwereka ko […]
Kigali: Diane Rwigara, mukuru we na nyina polisi yabataye muri yombi bigoranye
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi Diane Rwigara, mukuru we ndetse na nyina ibanje kurira igipangu ikoresheje urwego. Ahagana saa kumi n’imwe (17:00) zo ku wa 4 Nzeri 2017, nibwo Polisi yagiye guta muri yombi Diane Rwigara, mukuru we, Uwamahoro Anne nâumubyeyi wa bo Mukangemanyi, aho batuye mu kagari ka Kiyovu, umurenge Nyarugenge, Akarere ka […]
Muhanga: Kutamenya amategeko byatumye abura imitungo ye, ubu yirirwa asembera
Umukecuru witwa Mukandutiye Petronille wâimyaka 70, wo mu mudugudu wa Gakombe, akagari ka Ruli, umurenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga, avuga ko kutamenya amategeko byatumye abura imitungo ye. Avuga ko yari afite umugabo basezeranye imbere yâamategeko ndetse no mu kiliziya ariko ngo nyuma yaho baje kubura urubyaro, batangiye kubana nabi cyane, umugabo yatangiye kujya […]
Rurageretse hagati yâibitaro La Croix du Sud, Abacus Pharma nâabatewe ikinya kikabagiraho ingaruka mbi
Abantu batanu bajyanye mu rukiko ibitaro La Croix du Sud bita kwa âNyirinkwayaâbabirega kubatera imiti (ikinya) itujuje ubuziranenge bikabagiraho ingaruka. Abagizweho ingaruka nâimiti basabye indishyi yâakababaro za miliyoni 930 mu mafaranga yâu Rwanda. Abo bantu ngo bagizweho ingaruka nâicyo kinya batewe ubwo babagwaga byoroheje baregeye urukiko basaba indishyi. Ikinyamakuru The East African kigaragaza ko ari […]
U Bushinwa bwabujije abana kugira uruhare bagaragaza mu mihango ikorerwa mu rusengero
Guverinoma yâu Bushinwa yasohoye itegeko ribuza abana bato kujya bajyana nâababyeyi mu nsengero bajyanywe no kugira ibyo babafasha mu mihango ikorerwamo, mu gihe basenga ndetse no kuba batemerewe kugira izindi gahunda zishingiye ku madini bagaragaramo. Ibi ni ibyatangajwe nyuma yâuko Guverinoma yâu Bushinwa yasabye insengero zitandukanye kumanura imisaraba ku nsegero ariko bene zo bakabyanga. [xyz-ihs […]
Gatsibo: Barataka ingaruka zâuburenge buhamaze amezi ane
Aborozi bo mu murenge wa Rwimbogo barataka ubukene nâibibazo byatewe nâakato inka barimo kubera indwara yâuburenge yahagaragaye kuva muri Gicurasi uyu mwaka. Ubu ngo inka zataye agaciro kuko ibikomera (amasoko yâamatungo) byahagaze, nubonye umukiriya aramuhenda cyane, kandi inka ifashwe yarenze imbi igurishwa make cyane. Aka kato katangiye muri Gicurasi, kari mu mirenge imwe nâimwe yâuturere […]
Umugabo yakuyemo ipatalo yicara ku muzinga wâinzuki upfunduye kubera intego (Reba Video)
Mugabo wo muri Zealand usanzwe azwiho umwuga wo korora inzuki, aherutse guca agahigo ko kwicara ku muzinga wâinzuki upfunduye amasegonda 30 yakuyemo ipatalo. Jamie Grainger wâimyaka 27 atuye mu gace ka Tauranga muri New Zealand, akaba yatsindiye intego yo kwicara ku muzinga wâinzuki ufunguye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo ngo wari wabuze amafaranga yo kwishyura inzu […]
Burundi: Loni ivuga ko ifite ibimenyetso bikomeye ku byaha byâubwicanyi byakozwe no gufata abakobwa ku ngufu
Loni iratangaza ko ifite ibimenyetso bikomeye ku byaha byo guhohotera ikiremwamuntu bihavugwa, byerekana ko habaye ubwicanyi buteye ubwoba, ihohotera, gufata abakobwa ku ngufu nâibindi. Icyegeranyo cyasohorewe i Geneva, gitanga amakuru arambuye ku byo abacyanditse bavuga ko abasirikare b’igihugu bahungabanyije amategeko kenshi. Ibyo ngo byakozwe kuva muri Mata 2015, igihe umukuru w’igihugu Pierre Nkurunziza yafataga ingingo […]
Imyaka ibaye 36 ntegereje umugabo Imana izampa, sinzi niba nzamubona ntakibasha kubyara- Nkore iki?
Ntatangaje byinshi ku buzima bwanjye, Nitwa Evelyne, imyaka yanjye ni 36, kuva mu bukumi bwa njye nagiye nkundwa nkanakunda ariko simpirwe no kubona inshuti tubana. Ndi umukiristo ndasenga, mu masengesho nahawe isezerano ko nzabona umugabo, umugabo wâisezerano ariko ndimo kubona imyaka ikomeza kwiyongera nkibaza niba nzarongorwa maze gucura. Aho bigeze ubu nsigaye numva narabihiwe, kugera […]
Rutsiro: Abakoresha inzira yâamazi barashima imiyoborere myiza
Abakora ingendo zigana mu turere dutandukanye bavuye mu Karere ka Rutsiro baravuga ko ubwikorezi mu Kiyaga cya Kivu burushaho gutera imbere, bagendeye ku biciro, igihe nâumubare wâubwato bubatwara muri iki gihe. Abo bagenzi biganjemo abagana mu karere ka Rubavu bashimangira ko gahunda ihari yâigihe cyo guhaguruka kizwi yubahirizwa. Ibyo ngo bituma bakora gahunda za bo […]
Uduhigo Paul wâi Mushubi atazibagirwa mu kwiyubakira igihugu, imigambi ni yose
Uduhigo Dusengimana Paul wamenyekanye ku izina rya Paul wâi Mushubi afite ni tubiri. Utwo ni two yibuka tuza imbere yâutundi, ahuza nâimigambi ye mu kubaka igihugu cyamwibarutse. Yabaye umuturage wa mbere wabimburiye abandi gusaba Inteko Ishinga Amategeko ko Itegeko Nshinga ryavugururwa, maze bagasaba Perezida Kagame ko yakwiyamamaza agakomeza kubayobora. Bityo abimburira abasaga miliyoni enye babisabye […]
Afasha abakobwa nâabagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa
Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge[izina ryahinduwe], akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa nâabagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo. Aganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama wâabakobwa nâabagore ku byerekeye imibanire yâabashakanye. Aha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane […]