Inyubako 10 zikorerwamo n’Abaperezida zifite amazina n’amateka byihariye

Abahanga muri politiki n’ububanyi n’amahanga ndetse n’uburere mbonerabihugu bavuga ko imiterere, inyito n’imyubakire by’ibiro abakuru b’ibihugu bakoreramo bigira icyo bisobanura mu buzima bw’abenegihugu ubwabo ndetse n’andi mahanga ndetse uko byiswe bikaba bifite inkomoko. 10.Palazzo del Quirinale, Perezidansi y’u Butaliyani Iyi ni inyubako ifite amateka yihariye mu gihugu cy’Ubutaliyani. Uhereye mu 1573 ,iyi nzu nibwo yubaswe […]

Nyabihu: Umuturage yasanzwe mu murima w’umuturanyi we yapfuye, birakekwa ko yiyahuye

Umurambo w’umugabo witwa Anastase Nturanyenabo uri mu kigero cy’imyaka 67 y’amavuko wo mu karere ka Nyabihu watoraguwe mu murima w’umuturanyi we, bikaba bikekwa ko yapguye yiyahuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umurambo w’uyu muturage wari utuye mu murenge wa Rugera, akagari ka Gaseke ho mu karere ka Nyabihu watoraguwe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya […]

Kenya: Abapolisi 59 bajyanywe kwa muganga kubera indwara ya Cholera

Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha mu duce dutandukanye two muri Kenya, kugeza ubu ikaba yibasiye cyane abapolisi. Daily nation dukesha iyi nkuru ivuga ko abapolisi batangiye kujyanwa ku mavuriro atandukanye hirya no hino mu gihugu kubera iyi ndwara, aho abagera kuri 59 bajyanywe mu mpera z’iki cyumweru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku munsi wo kuwa Gatanu w’icyumweru […]

James Sano wayoboraga WASAC na Kamanzi wa EDCL batawe muri yombi(yavuguruwe)

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi, James Sano wari uhererutse kuvanwa ku mwanya w’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, kubera ibyaha akurikiranyweho mu itangwa ry’amasoko ya Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko afite agaciro ka miliyoni zisaga 60. Uretse Sano, Polisi itangaza ko yataye muri yombi, Umuyobozi mukuru w’Ikigo Gishinzwe guteza imbere ingufu […]

Gahini: Umuganga arwariye i Ndera nyuma yo kubengwa n’umukobwa bakorana yatanzeho akayabo

-Yubakiye nyina w’umukobwa inzu igezweho -Yagurishije Pharmacie, inzu n’amatungo iwabo Masaka muri Uganda -Yari amaze gutanga inka 22 -Ihungabana ryamuteye gutorongera bimuviramo gutakaza akazi Umusore ukomoka mu gihugu cya Uganda wakoraga mu bitaro bya Gahini, ubu arabarizwa muri CARAES Ndera kubera ihungabana, yatewe n’umukobwa bakorana wamubenze, nyuma yo kuzuriza nyina inzu igezweho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe […]

Umupasiteri yavuze uburyo Perezida Trump atari mu bazajya mu bwami bw’ijuru

Umupasiteri mu idini rimwe ryo muri Amerika aherutse kwibasira umukuru w’igihugu, Donald Trump aho yavuze ko agira ubwoba bw’abinjira muri Amerika ariko ntagire ubwoba bw’uburyo ashobora kutazinjira mu bwami bw’Ijuru. Ni mu gitaramo cyo guhimbaza Imana cyiswe Ministers March for Justice, cyateguwe n’abapasiteri 2 barimo Rev. Jesse Jackson ndetse na Rev. Al Sharpton ariko Rev […]

Rusizi: Abatuye n'abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya

Abakorera imirimo inyuranye mu Mujyi wa Rusizi n’abaturage bawo batangarije Bwiza.com ko bishimiye byimaze yo ishyirwaho rya Guverinoma nshya bari bategereje, bakaba biteguye kuyifasha kurangiza inshingano zayo. Ubwo Bwiza.com yazengurukaga Umujyi wa Rusizi mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nyuma y’uko inkuru imaze gusakara ko Guverinoma nshya yashyizweho abaturage ntibatinye kugaragaza umunezero bafite kuko […]

Kenya: Abapolisi 2 biciwe ku rusengero bari barinze

Abapolisi babiri ba Kenya mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru biciwe n’abantu bataramenyekana mu gitero cyagabwe ku rusengero rwa St Paul’s ACK ruherereye ahitwa Ukunda muri Kwale. Umwe mu bapolisi yahise apfa, mu gihe undi yishwe n’ibikomere bari kumuvura ku bitaro bya Balm Beach biri ahitwa Diani. Aba bantu bateye saa yine za mu gitondo, […]

Mugabe niwe wenyine ushobora gufata icyemezo cy’igihe azavira ku butegetsi — Grace Mugabe

Grace Mugabe, aratangaza ko perezida Mugabe ari we ubwe ku giti cye uzatangaza ko avuye ku butegetsi igihe nikigera. Ibi akaba yabitangarije mu bikorwa bibanziriza kwiyamamaza mu gihe Zimbabwe yitegura amatora mu mwaka utaha, aho ishyaka ZANU-PF ryongeye gutora Mugabe ngo azarihagararire. “Niba Imana igishaka Mugabe ku butegetsi, azagumana natwe, Imana irashaka Mugabe ngo atuyobore […]

Michelle Obama yagaragaye mu myenda yenda kugaragaza ubwambure bwe (Amafoto)

Umugore wa Perezida ucyuye igihe wa leta zunze ubumwe z’Amerika, Barrack Obama, Michelle Obama yagaragaye mu mafoto yavugishije benshi ku mbuga zitandukanye, aho yari yambaye imyenda igaragaza ikibuno cye. Michelle Obama w’imyaka 53 y’amavuko yagaragaye mu butembere we n’umuryango we bagiriye ku birwa bya Mallorca muri Esipanye muri iki cyumweru dusoza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu minsi […]

Rubavu: Nubwo Ikiyaga cya Kivu gifunzwe isambaza ziracyagaragara mu isoko

Nubwo hashize iminsi igera kuri 29 Ikiyaga cya Kivu gifunzwe hagamijwe kugirango amafi n’isambaza byongere korokoka n’umusaruro wabyo wiyongere ku masoko, kuri ubu ku masoko yo mu Karere ka Rubavu haragaragara isambaza, aho abacuruzi bazo bemeza ko bazikura mu gihugu cya Kongo, ariko abakuriye amakoperative y’abarobyi mu karere bo bakemeza ko izo zicuruzwa atari iziva […]

Umugore yapfuye ari gutera akabariro n'umugabo we

Umugore witwa Xiao Qing w’imyaka 26y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’u Bushinwa aravugwaho kuba yapfuye mu gihe yarimo atera akabariro n’umugabo we bari bamaze igihe batabonana. Ibiytangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mugore yari amaze amezi 6 atabonana n’umugabo we bari bashakanye vuba kubera impamvu z’akazi, ariko mu ijoro rimwe bongeye kubonaniraho nyuma y’ayo mezi yose ntiribagendekere […]

Perezida Trump arifuza inkunga y’u Rwanda mu kuvugurura Umuryango w’Abibumbye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize ku rutonde itsinda rito cyane ry’ibihugu birimo u Rwanda bikwiye gufasha kuvugurura Umuryango w’Abibumbye ashinjwa kuba ntacyo ukora. Mu Nama Rusange ngarukamwaka y’Umuryango w’Abibumbye I New York muri uku kwezi kwa Nzeri, ku itariki 18 perezida Trump azakira inama y’bayobozi b’isi igamije kuvugurura uru rwego […]

Uganda: Undi mugore w'umushinwa yishwe arashwe

Muri uganda, hakomeje kuvugwa ibikorwa by’ubwicanyi bwa hato na hato mu duce dutandukanye tw’igihugu, ubu bwicanyi bukaba bukorerwa abantu runaka ndetse akenshi bakicishwa imbunda cyangwa ibyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego mu minsi yashize, abantu 3 bafite inkomoko mu gihugu cy’u Bushinwa bishwe n’abantu batahise bamenyekana, ubu mu minsi micye na none hakaba hariho […]

Polisi y’u Rwanda yatanze ibisobanuro ku banyamakuru bavuga ko bahohotewe bagiye kwa Rwigara

Nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu ushize abanyamakuru bane batangarije ko bahohotewe na bamwe mu bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu ubwo bashakaga kugera ku rugo rw’umuryango wa Rwigara mu Kiyovu bashaka amakuru, igipolisi cy’u Rwanda cyagize icyo kibitangazaho cyemeza ko ubusanzwe aho hantu hacungwa n’abashinzwe kurinda perezida kuko hegereye Ingoro ye, ariko ko nta hohoterwa ryabaye […]

RDC: Inyeshyamba bikekwa ko ari Abanyamulenge zirashinjwa gutwika inzu 60

Abantu bitwaje ibirwanisho bivugwa ko ari inyeshyamba z’Abanyamulenge, mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu muri iki cyumweru dusoza, bagabye igitero mu giturage cya Ishenge, mu misozi y’ahitwa Bijombo, muri Teritwari ya Uvira ho muri Kivu y’Amajyepfo, batwika inzu zigera muri 60 z’abaturage. Nyuma y’’ibyo bintu, abaturage benshi bahiye ubwoba n’abaturanyi bata ibiturage byabo […]

Kenya: Abanyeshuri 7 bahiriye mu nzu bararagamo barapfa abandi barakomereka

Abanyeshuri 7 b’abakobwa ku kigo cy’ishuri ry’abakobwa gusa cya Moi Girls School giherereye mu mujyi wa Nairobi muri Kenya bahitanywe n’inkongi yafashe inyubako bararagamo ku ishuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umunyamabanga mu rugaga rw’abarezi muri Kenya Fred Matiang yemeje aya makuru ndetse anavuga ko abandi bagera ku 10 bakomeretse bikomeye bakaba bajyanye kwamuganga ariko aba 7 bo […]

Abaririmbyi bo muri Tanzaniya ‘Navy Kenzo’ banze kunywa amazi bakirijwe i Burundi

Itsinda ry’abaririmbyi bo muri Tanzaniya, Navy Kenzo, ubwo bari mu kiganiro n’itangazamakuru banze kunywa amazi bagenewe, kubera ko hariho udupapuro turanga kampani itunganya ayo mazi ya Kinju ngo birindaga kuyamamaza. Mu bibazo babajijwe n’itangazamakuru, harimo kubazwa impamvu banze kunywa ayo mazi bari bagenewe, mu gusubiza, aba bahanzi bavuze ko nta mpamvu yo gufata mu ntoki […]

Izi ngeso 9 nuzibona ku mukobwa mukundana uzahite umureka wishakire undi

Hari abakobwa bamwe usanga icyabo ari ugutesha abahungu umutwe nyamara nta gahunda ihamye bafite yo gushaka umugabo cyangwa bakaba batanavamo abagore bazima kubera imyitwarire yabo. Dore imyitwarire uzabona ku mukobwa ukamwirinda kuko nta gahunda azaba afite nta n’icyo yakugezaho: 1.Akabya gukunda gusenga: Uyu azi imirongo ya Bibiliya yose mu mutwe we, avuga Imana buri kanya, […]

Kigali: Umugabo yafatiwe mu cyuho agiye gutwikira umuturanyi we na lisansi

Umugabo witwa Ndagiwenimana Francois yafatiwe mu rugo kwa Katabogama Ibrahim, yitwaje lisansi agiye gutwika umuryango nyuma y’amakimbirane bari bagiranye. Ahagana saa yine z’ijoro zo ku wa 1 Nzeri 2017, nibwo Ndagiwenimana yafatiwe muri urwo rugo ruri mu mudugudu wa Akinyana, akagari ka Mumena mu murenge wa Nyamirambo, afite lisansi ashaka kuhatwika. Baganira na bwiza.com, bamwe […]

Umukinnyi wa Tennis, Serena Williams yibarutse umwana w'umukobwa

Umukinnyi w’ikirangirire muri Tennis, Serena Williams, yibarutse umwana w’umukobwa mu bitaro byo muri leta ya Florida, muri Leta zunze Ubumwe za Amerika. Aya makuru yatangajwe bwa mbere n’umutoza we, Patrick Mouratoglou, mu butumwa yanyujije kuri Twitter bwo kumushimira nyuma yo kumenyekana ko yibarutse umwana w’umukobwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kugeza ubu Serena Williams n’umukunzi we Alexis Ohanian, […]

Abantu 2 bangezeho bambwira ko batumwe n’Imana, ngo nkizwe cyangwa nzacike amaguru- Nkore iki?

Murakomeye, njye nitwa Alexandrine B., ntuye mu karere ka Kamonyi, aho nkorera akazi ka njye ka buri munsi k’ubucuruzi, abantu 2 bagenzeho bansaba gukizwa. Ubwa mbere haje umuntu w’umugabo ati ‘mukobwa kizwa cyangwa Imana ikwereke’ naramusaranye, mpita mubwira kumva iruhande kuko gusenga nta munsi ntasenga. Nyuma y’amezi abiri ashize, muri iyi minsi undi muntu w’umudamu […]

Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo

Abaturage bivuriza mu kigo nderabuzima cya Karambo giherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, bavuga ko muri iki kigo rimwe na rimwe batabona imiti bakabohereza kuyigurira muri za farumasi cyangwa bagahabwa umuti witwa Paracetamol gusa. Umwe mu bahivuriza utashatse ko amazina ye atangazwa, yagize ati “ntituzi impamvu badusaba mitiweri ariko twakenera imiti tugahabwa […]

Umupolisi w’u Burundi yarashe abagabo 2 ahita acika

Umupolisi witwa APC Ngendakumana yarashe akomeretsa bikomeye abagabo babiri bo ku musozi wa Gatete mu ntara ya Kirundo, mu Burundi, ahita acika. Nk’uko bitangazwa n’igipolisi cy’u Burundi, ngo abo bagabo barashwe ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 31 Kanama, ari bo Bigirimana w’imyaka 34 hamwe na Ndereyimana w’imyaka 36, bose ngo bakaba barakomeretse […]

Kenyatta asanga icyemezo cyo gusubirishamo amatora cyarafashwe n’abantu 6

Uhuru Kenyatta wari waratangajwe nk’uwatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Kenya yatangaje ko icyemezo cyo gusubirishamo ayo matora cyafashwe n’abantu 6. Ni icyemezo cyafashwe n’urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya nyuma yo gusanga atarakozwe mu buryo bwubahirije itegeko Nshinga ry’icyo gihugu. Kenyatta yasabye abaturage kubumbatira amahoro mu ijambo yagejeje ku baturage, nkuko BBC yabitangaje. Yagize ati […]

Perezida Kagame yafunguye inyubako ku mupaka w'u Rwanda na Congo yatwaye miliyari 7 Frw

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro inyubako nshya ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (One stop border post/ La Corniche), yatwaye asaga miliyoni 9 z’amadolari ya Amerika. Ni igikorwa cyabaye ku wa Gatanu tariki ya 1 Nzeri 2017, kikaba n’igikorwa cya kabiri Perezida Kagame yari yitabiriye hanze ya […]

Ni umukecuru w'imyaka 90, ntarakora imibonano mpuzabitsina, habe no mu nzozi

Umukecuru w’isugi w’imyaka 90 y’amavuko witwa Agnes Udofia ukomoka mu gace ka Etinan muri Nigeria aravuga ko kuva yavuka arinze ashesha akanguhe nta mugabo uraca iryera ubwambure bwe yewe habe no mu nzozi. Uyu mukecuru ngo nta mwana yigeze abyara kuko nta mugabo bigeze baryamana, ahubwo akaba yararanzwe no kurera abana b’abaturanyi n’abandi batishoboye mu […]

Rusizi: Abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka barishimira ko hari imisoro bakuriweho

Bamwe mu bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka mu karere ka Rusizi, biganjemo abagore, bishimiye ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’ubucuruzi hagati y’u Rwanda na Congo-Kinshasa asaba ko bimwe mu bicuruzwa bigabanyirizwa imisoro. Aya masezerano yatangiye gushyirwa mu bikorwa ku wa 25 Kanama uyu mwaka ,bamwe mu bagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bavana ibicuruzwa mu karere ka Rusizi […]

Abajya mu gitaramo cya Meddy bashyiriweho imodoka zo kubatwara ku buntu

Umuhanzi Ngabo Medard uzwi ku izina rya Meddy kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Nzeri afite igitaramo i Nyamata muri Golden Tulip, abakitabira baturutse i Kigali bashyiriweho imodoka z’ubuntu zibageza aho igitaramo kiza kubera ndetse zikaza no kubacyura. Ibi bije nyuma yaho byagiye bigaragara ko ibitaramo byinshi bibera hanze ya Kigali bikunze kugora ababyitabira […]

Nagize amahirwe adasanzwe yo kumenywa na Nyakubahwa Perezida Kagame- Murekezi Anastase

Murekezi Anastase wagizwe Umuvunyi Mukuru na Perezida wa Repubulika Paul Kagame amushimira inshingano zitandukanye yagiye amuha, agashima uko yagiye anamufasha kuzisohoza uko bwikiye. Ibi yabigarutseho mu muhango w’ihererekanyabubasha ku mwanya wa Minisititi w’Intebe mushya, Dr Ngirente Edouard, wabereye mu biro bya Minisitiri w’Intebe ku Kimihurura, ku wa Kane tariki ya 31 Kanama 2017. Ubuhamya bwa […]

Impanuro Murekezi Anastase yahaye Dr Ngirente Edouard umukoreye mu ngata

  Nagize amahirwe adasanzwe yo kumenywa na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame Mpereje inkoni Dr Ngirente Edouard, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Umunyarwanda w’umuhanga, umunyabwenge, umukozi w’umurava uzwi mu Rwanda no mu mahanga kuko yakoraga muri Banki y’Isi yose Akazi kabari imbere ntikoroshye Munkeneye nta modoka iri hafi naza nirukanka n’amaguru Mbasigiye abakozi b’abahanga bazi gukora Mukurikirane […]

Kigali: Abanyamakuru bashatse amakuru kwa Rwigara mu rugo bavuyeyo banyonyomba

Abanyamakuru b’Abanyarwanda bakorera ibitangazamakuru mpuzamahanga n’ibyo mu Rwanda baravuga ko bagiye gushaka amakuru mu muryango wo kwa Rwigara Assinapol, bashaka kumenya ukuri kw’ibivugwa kuri uwo muryango, ariko bahavuye banyonyomba . Abo banyamakuru bagiyeyo ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 1 Nzeri 2017 ahagana mu masaha ya saa kumi. Abo ni Yvan Mugisha wa […]

FIFA yahagaritse amatora y’Umuyobozi wa FERWAFA mu Rwanda

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi, FIFA yahagaritse amatora y’Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), yari ateganyijwe mu Cyumweru gitaha. Ni nyuma yuko bamwe mu banyamuryango ba Ferwafa, bandikiye Fifa ko ayo matora ari gutegurwa hari bimwe bidakurikije amategeko. Ayo matora yari ateganyijwe tariki ya 10 Nzeri uyu mwaka yasubitswe nyuma y’ibaruwa Fifa yageneye Ferwafa. Fifa […]

Ibice 5 by’ingenzi bituma umugore yifuza cyane gukora imibonano mpuzabitsina iyo bikozweho

Umuntu aremye kuburyo burigice cye cy’umubiri gifite umumaro wacyo wihari kuburyo hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore bibafasha gukenera gukora imibonano mpuzabitsina uko byagenda kose mu gihe bikozweho n’umuntu w’igitsinagabo kwihangana bikaba ingorabahizi. Ibi bice by’ingenzi kumugore bituma atabasha kwihangana mugihe bikozweho twavuga nka: Amabere Amabere y’umukobwa ni igice cy’umubiri umugabo […]

Rubavu: Abayisilamu bishimiye intsinzi ya Perezida Kagame ku munsi wa bo mukuru w’igitambo

Abayisilamu bo mu karere ka Rubavu gaherereye mu Ntara y’Iburengerazuba, barishimira intsinzi ya Perezida Kagame yagize mu matora yo ku wa 4 Kanama 2017. Abayisilamu bo mu karere ka Rubavu, bagaragaje ibyo byishimo ubwo bizihizaga umunsi mukuru w’igitambo bibuka umukurambere Ibrahim ubwo yashakaga gutangamo igitambo umuhungu we Ismael, Imana ikamushumbusha Intama. Ibi ni nabyo bakora […]

Gicumbi: Ubuyobozi n’abaturage ntibavuga rumwe ku muturage bivugwa ko yishwe

Amakuru agera kuri Bwiza.com aturuka mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Kaniga, Akagari ka Rukurura, Umudugudu wa Gashyiru, aravuga ko hari umugabo w’imyaka 44 wapfuye ariko abaturage n’ubuyobozi ntibavuga rumwe ku cyaba cyateye uru rupfu dore ko bemeza ko yishwe mu gihe ubuyobozi bwo buvuga ko yazize indwara. Ni mu gihe hari akandi kagari ko […]

Perezida Kagame yahiguye umuhigo yahigiye imbere y’ibihumbi by’Abanyamusanze

Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kwita izina ingagi anaboneraho gushimira abaturage b’i Musanze ku bw’uruhare bagize mu intsinzi ye yo kongera kuyobora u Rwanda indi manda y’imyaka 7. Mu muhango wo kwita izina ingagi wo ku wa 1 Nzeri 2017, wabareye mu Ikinigi mu karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru, Perezida Kagame wari warijeje abaturage kuzabasuura […]

Koreya y’Epfo: Abanyamakuru 4 bakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rwa Koreya ya Ruguru rwasabiye abanyamakuru 4 bo muri Koreya y’Epfo guhanishwa igihano cyo kwicwa nyuma y’uko bahamwe n’ibyaha byo kwibasira no gutuka ubuyobozi bwa kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe ibinyamakuru 2, Chosun Ilbo ndetse na the Dong-A Ilbo, byo muri Koreya y’Epfo bikwirakwije amakuru asebya ubuyobozi bwa koreya ya Ruguru, binyuze […]

Wayne Rooney yatawe muri yombi atwaye imodoka yasinze

Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Wayne Rooney yatawe muri yombi na polisi y’u Bwongereza nyuma y’uko bamufashe atwaye imodoka yasinze ndetse anagenda anywa inzoga. Rooney wahoze ari kapiteni w’ikipe y’iki gihugu yafashwe na polisi yo mu gace atuyemo ka Cheshire ubwo yari mu nzira ataha yasinze avuye mu gitaramo ku mugoroba wo kuwa Kane tariki ya 31 […]

Mugomba kurinda banki zanyu ingona kuko utayicunze neza ishobora kukwiba — John Gasaraba

‘‘ Mugomba kurinda banki zanyu ingona, kuko utayicunze neza ishobora kukwiba, mwirinde ingona zo ma mabanki, tugiye gushyira hanze ba bihemu ku rwego rw’Akarere, bitarenze ku wa 15 Nzeri 2017 bazashyikirizwa inzego z’umutekano ibi bizatuma bahita bishyura ’’. Ibi akaba ari ibyatangajwe na gasaraba John, Umuyobozi w’Ishami ry’Ishoramari n’Iterambere ry’Umurimo muri Gakenke mu nama ku […]

“Uruyange“ Izina umuhanzi The Ben yise umwana w’ingagi

Umuhanzi The Ben witabiriye umuhango wo kwita izina ingagi mu karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru, umwana umwe w’ingagi yamwise “Uruyange”. Mu muhango wo kwita amazina abana 19 b’ingagi, wabereye mu ntara y’Amajyaruguru mu Kinigi, umuhanzi The Ben yise umwana w’ingagi ukomoka mu muryango wa Pablo “Uruyange” wavutse ku itariki 23 Mata 2017. Umuhanzi The Ben […]

Ntiwayibwira[ingagi] ko uri Perezida w’u Rwanda ntigutinyuke?- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje uburyo umutware w’ingagi zo muri Pariki y’ibirunga yabegereye isa n’ishaka kubagirira nabi, mu rwego rwo kurengera abana bayo, bakizwa no guca bugufi nkuko babisabwaga n’ubayoboye muri icyo gikorwa. Umukuru w’Igihugu yabivuze ku wa Gatanu tariki ya 1 Nzeri 2017, mu umuhango wo kwita izina abana b’ingagi 19, wabereye mu […]

Turasaba Guverinoma y’u Rwanda kurekura Diane Rwigara nonaha kandi nta mananiza – PSM

Mu gihe polisi y’u Rwanda iherutse guhakana ko Diane Rwigara afunze ahubwo arimo gukorwaho iperereza, umuryango aheruka gushinga, People Salvation Movement urasaba Guverinoma y’u Rwanda ibisobanuro ndetse no kumufungura kuko ngo afunze. “ Turasaba Guverinoma y’u Rwanda kurekura Diane Rwigara nonaha kandi nta mananiza. ” Ibi ni ibyatangajwe na Raymond Kayitare, ushinzwe itangazamakuru muri PSM […]

Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya rutegetse ko amatora ya Perezida azasubirwamo

Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya rutegetse ko amatora ya Perezida wa Repubulika muri Kenya azasubirwamo, kubera ko yabayemo amakosa atandukanye yakozwe na komisiyo y’igihugu y’amatora. Uru rukiko rwategetse ko andi matora azaba mu minsi 60. Uru rukiko rufashe uyu mwanzuro nyuma y’ikirego cyatanzwe n’ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya(NASA), yari ahagarariwe muri aya matora na […]

Ibimenyetso 7 bizakwereka umusore winjiye mu rukundo

Abantu benshi, cyane cyane abahungu,ntibajya bemera ko bari mu rukundo kuko ngo baba bumva ari ugucika intege kandi bakaba bumva bagomba kwihagararaho. Nyamara ariko barakunda nubwo rimwe na rimwe baba badashaka kubyemera. Iyo umusore afitiye umukobwa runaka urukundo rumugurumanamo kandi rukaba ari urwa nyarwo koko usanga agera ahantu ha wenyine, agatangira kugarura ishusho y’umukobwa yakunze […]

Uwahoze mu gisirikare cy’u Burundi (EX FAB) yarashwe n’abantu batazwi ahita apfa

Niyokwizera Gaspard wahoze mu gisirikare cy’u Burundi yarashwe n’abantu bataramenyekana ahita apfa. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017, amakuru ava mu Ntara ya Bururi, komine Mugamba, avuga ko Gaspard yarashwe ahagana saa tatu z’ijoro avuye ku isoko ry’i Tora. Ubwo igipolisi cya Leta cyageraga aho yiciwe mu gitondo cyo ku […]

Amerika yategetse u Burusiya gufunga ibiro by'ubuhagarariyeyo n’izindi nyubako

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zategetse leta y’u Burusiya gufunga ibiro by’ubuhagarariye biri i San Francisco ndetse n’inzu ebyiri zishamikiye kuri ibyo biro kubera ibyo Amerika yise “ibikorwa bitemewe”. Ibyo biro hamwe n’inzu ebyiri zibishamikiyeho ziri mu mujwi wa New York ndetse na Washington, byategetswe kuba byamaze gufungwa bitarenze kuri uyu wa Gatandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amerika […]

Eid al-Adha : Mu Rwanda haratambwa amatungo afite agaciro ka miliyoni 410

Abasilamu bo mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu, bifatanyije n’abandi ku isi hose mu kwizihiza umunsi mukuru wa Eid al-Adha, umunsi bibukaho igitambo cya Ibrahim ku mana, ubwo yari yategetswe gutamba umuhungu we w’ikinege, Ishaq (Isaac). Kuri uyu munsi Abasilamu bakaba bazindukiye mu bikorwa bitandukanye birimo amasengesho, batanga ibitambo babaga amatungo atandukanye nk’Ihene, Intama n’Inka […]

Centrafrica: Musenyeri w'umugatolika yahaye ubuhungiro Abasilamu 2000

Musenyeri muri kiliziya Gatolika muri leta ya Centrafrica yahaye ubuhungiro impunzi z’abayisilamu ibihumbi bibiri zifite ubwoba bwo guterwa n’abarwanyi biganjemo abakrisitu bitwaje intwaro bazwi nka anti-Balaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Musenyeri Juan José Aguirre Munoz avuga ko izi mpunzi zidashobora kuva aho yazicumbikiye mu nyubako y’ishuri rya Seminari ryigisha abashobora kuba abapadiri, riherereye mu Majyepfo ashyira Uburasirazuba […]

Rutsiro: Abacururiza mu isoko rya Nkora bamaze imyaka itanu basora ayo batinjiza

Abacururiza mu isoko rya Nkora baravuga ko bamaze imyaka irenga itanu babwiwe n’Akarere ka Rutsiro ko iryo soko riherereye mu kagali ka Nkora mu Murenge wa Kigeyo rigiye kwimurwa. Kuva icyo gihe abakiriya baragabanyutse kuko hari abahagaritse gushora imari yabo muri iryo soko bavuga ko bagiye kwimurwa. Kugeza ubu ngo ntakirakorwa nyamara kuri bo baracyishyura […]

Umutabazi wageze ku gikomangomakazi Diana bwa mbere nyuma y’impanuka ntiyumva uko yaje gupfa

Nyuma y’imyaka 20 igikomangomakazi Diana cyo mu Bwongereza cyitabye Imana kizize impanuka yabereye mu Bufaransa, umwe mu batabazi bageze aho impanuka yabereye bwa mbere yagize icyo atangaza ku nshuro ya mbere yemeza ko yari yizeye ko Diana yari kurokoka. Mu kiganiro uyu mugabo witwa Xavier Gourmelon yagiranye n’ikinyamakuru The Sun cyo mu Bwongereza, yagize icyo […]

Umuvunyi Mukuru yasabye Minisitiri w’Intebe wamusimbuye kwihutira kumumenyekanishaho imitungo ye

Umuvunyi Mukuru , Anastase Murekezi Anastase yasabye Minisitiri w’Intebe wamusimbuye Dr Ngirente Edouard kwihutira kumugezaho imitungo atunze, kugira ngo yandikwe. Murekezi yabimusabye ku wa Kane tariki ya 31 Kanama 2017 ubwo bari mu gikorwa cyo guhererekanya ububasha cyabereye mu biro bya Minisitiri w’Intebe ku Kimihurura. Ubwo uwo muhango wari ugiye guhumuza, Murekezi yabwiye Minisitiri w’Intebe […]

Reba AMAFOTO nawe wisekere: Abagabo binjije inka mu modoka y’ivuwatiri (Voiture)

Aya mafoto akomeje kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga ariko agateza urujijo, bamwe bati ‘ibi ntibishoboka, abati bati ‘birashoboka’, kimwe n’uko hari n’abarimo kwemeza ko aya mafoto ari ayakozwe (photoshop). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Wowe ku ruhande rwawe urabona bishoboka cyangwa oya? Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Yoya Jamal uri i Burayi yasangije abakunzi be indirimbo ye nshya “NKunda Kuborerwa”

Nyuma y’umwaka wose atigaragaza mu ruhando rwa muzika, umuhanzi w’umurundi uherereye i Burayi, yashyize hanze hanze indirimbo nshya y’amajwi yise “ Nkunda kuborerwa” . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzi yerekeje mu gihugu cy’u Bwongereza muri Mata 2016 avuye mu Rwanda, aho yaramaze umwaka wose ari mu buhungiro kubera ibibazo bya politiki byabaye mu Burundi. Indirimbo ya […]

Uganda : Indege y’u Burusiya yafatanywe intwaro zari zigiye kujyanwa muri Sudani y’Epfo

[clear] Muri iki cyumweru, indege yo mu gihugu cy’u Burisiya yari ipakiye toni zisaga 40 z’intwaro bikekwa ko zari zijyanywe muri Sudani y’Epfo yaguye ku kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda. Amakuru yatanzwe n’ubuyobozi bw’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe kuri uyu wa kane tariki ya 31 Kanama 2017, avuga ko indege yo mu bwoko bwa […]

Minisitiri w'Intebe, Dr Ngirente yahererekanyije ububasha na Anastase Murekezi yasimbuye

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard uherutse guhabwa izi nshinhano na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahererekanyije ububasha na Anastase Murekezi wari kuri uyu mwanya, wagizwe Umuvunyi Mukuru. Ni umuhango wabereye mu biro bya Minisitiri w’Intebe, ku wa Kane tariki ya 31 Kanama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu bandi bahererekanyije ububasha, Uwamariya Odette yabuhererekanyije na Sayinzoga Kampeta […]

Perezida Kagame arasaba abagize Guverinoma nshya gukora bakagaragaza impinduka mu nzego zose

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abagize Guverinoma barahiye gukora ibishoboka bakagaragaza impinduka mu nzego zitandukanye, biciye mu gukora cyane. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Kane tariki ya 31 Kanama 2017, ubwo yari amaze kwakira indahiro z’Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta bagize guverinoma nshya, yashyizeho ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama uyu mwaka, nyuma yo […]

Miliyoni 12 zitumye Yannick Mukunzi yerekeza muri Rayon Sports

Ikipe ya Rayon sports yamaze gusinyisha umukinnyi w’ikipe ya APR FC, Yannick Mukunzi ku bwumvikane bw’amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyoni 12. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu minsi ishize ni bwo Yannick Mukunzi yatangarije kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda ko amasezerano ye mu ikipe ya APR FC yarangiye ndetse ko hari hakiri amahirwe menshi yo kuba […]