Ansaba ko dukorana imibonano mpuzabitsina akampa imodoka kandi afite undi mugore utabyara- Nkore iki?
Nitwa Josiane [izina ryahinduwe] mu rugo ni mu ntara y’Iburasirazuba ariko nkaba mba muri Kigali, umugabo w’umukire tuziranye amaze iminsi ansa ibyo mbona ntabashaka kubonera Igisubizo ku bwa njye keretse kwitabaza inama za benshi. Basomyi bwa bwiza.com nanditse mbasaba inama kuko uyu mugabo mbabwira amaze imyaka 8 ashatse umugore, ariko nta mwana n’umwe bari babyara, […]
U Rwanda na Uganda ntibikozwa kwakira impunzi zirukanwe muri Israel ku ngufu zitabishaka
Urukiko Rukuru muri Israel ruravuga ko gufunga mu gihe kitazwi abasaba ubuhungiro muri iki gihugu bidashobora gukoreshwa mu rwego rwo guhatira aba gusubira aho bavuye cyangwa bakimurirwa mu bindi bihugu nk’u Rwanda na Uganda, ibihugu bitemera kuba byakwakira abantu boherejwe ku ngufu bitari mu bushake bwabo. Abayobozi ba Israel bakaba bari gukora ibishoboka ngo iki […]
Indirimbo 'Seduce me' ya Ali Kiba iciye agahigo, mu minsi 6 irebwe n'abasaga miliyoni 3
Indirimbo y’umuhanzi wo muri Tanzaniya, Ali Kiba, yise “Seduce Me” yaciye agahigo ko kuba indirimbo yujuje abayirebye ku rubuga rwa Youtube barenga miliyoni 3 mu minsi 6. Iyi ndirimbo ibaye indirimbo ya mbere iciye aka gahigo, yashyizwe ku rubuga rwa Youtube tariki ya 25 Kanama 2017, kugeza aho twandikiye iyi nkuru yari imaze kurebwa n’abantu […]
Burundi: Umutwe wa FOREBU urwanya leta uremeza ko ugihari kandi utahinduye izina
Nyuma y’uko mu minsi mikeya ishize havutse umutwe wa FPB (Forces Populaires du Burundi) bivugwa ko ari umutwe wa FOREBU wahinduye izina n’ubuyobozi, ibiro bikuru bya FOREBU biyobowe na Gen. Godefroid Niyombare, uravuga ko watunguwe no kumva ivuka ry’uyu mutwe mushya wavuye muri FOREBU ugira byinshi utangaza mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa Kabiri […]
Perezida Kagame yongeye kugirira icyizere abakiri bato muri Guverinoma Nshya
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Guverinoma nshya irimo n’abakiri bato ku isonga hari Uwihanganye Jean de Dieu w’imyaka y’amavuko 30, wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe gutwara abantu n’Ibintu. Muri ivugururwa rya Guverinoma, Perezida Kagame yakoze mu Kwakira 2016, hari bamwe mu bagaragaraga nk’abakiri bato batongeye kuyigaragaramo. Bamwe bavugaga ko abari muri […]
U Butaliyani: Yirukanywe mu nkambi y’impunzi ahitamo kwiyahura (Amafoto & Video)
Umugabo ufite inkomoko muri Nigeria yatunguye abantu ubwo yafataga umwanzuro wo kwiyahura nyuma y’uko inzego z’ubuyobozi zimusabye kuva mu nkambi y’impunzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo utatangajwe amazina yuriye igorofa y’inyubako 2 arasimbuka agwa hasi nk’uko bigaragara mu mashusho yafashwe na bamwe mu bamubonye. Amakuru urubuga bwiza.com rwakuye ku bitangazamakuru bitandukanye byo muri Nigeria avuga ko […]
Jules Sentore yiteguye kuzaserukana umucyo mu birori by’iserukiramuco muri Maroc
Jules Sentore avuga ko nyuma yo gutumirwa mu bazaririmba mu birori by’iserukiramuco muri Maroc, imyiteguro ayigeze kure kugirango azahaserukane umucyo. Jules Sentore, umusore uririmba umuziki wa Gakondo, aganira na Bwiza.com, yavuze ko ageze kure imyiteguro ndetse ko yiteguye kuzakoresha indirimbo ze. Ati” Imyiteguro nyigeze kure, igisigaye ni ukugenda nkakora ibitaramo, nzagenda ku wa Gatandatu w’igitaha […]
Muhanga: Abatuye mu mudugudu wa Gakombe bugarijwe n’ingaruka zo kutagira amazi meza
Abatuye mu mudugudu wa Gakombe, akagari ka Ruri, umurenge wa Shyogwe ho mu karere ka Muhanga, bavuga ko bari bafite ivomo mu mudugudu wa bo bubakiwe n’Ubudehe, ubu rimaze imyaka ibiri n’igice ridakora. Ivomo ryari rihari bavoma neza, ijerekani igurwa amafaranga 20, nyuma ngo ryishwe n’umusore bavuga ko yitwa Gatoya, wari uje kurwana n’abaje kuhavoma […]
Umugabo yasezeranye n’abagore 3 icyarimwe (Amafoto)
Mu gihe mu bihugu bimwe na bimwe byo muri Afurika usanga gushaka abagore barenze umwe bifatwa nk’icyaha, haracyari n’ibihugu byemera guharika ariko bigatanga umubare ntarengwa w’abagore umugabo atagomba kurenza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urugero ni aho nko muri leta ya Centrafrica usanga umugabo yemerewe gushaka abagore bageze kuri 4 ariko ntibarenge. Ni muri urwo rwego bwiza.com yasanze […]
London: Umusore w’Umugande wigaga muri Royal Airforce yishwe arashwe
Umusirikare wa Uganda, Abdul Mayanja, wakurikiranaga amasomo mu gisirikare cyo mu kirere cy’u Bwongereza, Royal Airforce Force (RAF), kuwa Gatanu ushize yarasiwe hafi ya Olympic Park, mu burasirazuba bwa London ubwo yerekezaga mu munsi mukuru w’inshuti. Uyu akaba yari afite imyaka 19 y’amavuko. Ibi bintu bibabaje nk’uko bitangazwa n’urubuga rwo mu Bwongereza, Evening Standard, ngo […]
Abagore 5 n’umugabo umwe ni Abaminisitiri bashya muri Guverinoma
Guverinoma Nshya igizwe n’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11, yongewemo amaraso mashya yiganjemo abagore ndetse n’umugabo umwe. Abagore bashya bashyizwe muri iyo Guverinoma barimo bane bashyizwe ku rwego wa Minisitiri n’umugabo umwe wari usanzwe kuri urwo rwego(Umunyamabanga wa Leta) akaba yagizwe Minisitiri wuzuye. Abo ni Tumushime Francine, wagizwe Minisitiri w’Ubutaka n’Amashyamba. Hari kandi Kayisire Marie […]
Afurika y’Epfo: Umuvuzi gakondo yasabye abantu kujya bamwita Yesu
Umuvuzi gakondo mu mujyi wa Durban uherereye mu ntara ya KwaZulu-Natal muri Afurika y’Epfo yatangaje ko atakiri umuvuzi gakondo ahubwo ko afite ububasha nk’ubwa Yesu bityo ko agomba guhindurirwa amazina yahamagarwaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugavo witwa Bhaka Nzama wari usanzwe azwi ho kuvura indwara zitandukanye akoresheje ibyatsi byo mu gasozi, yabanje gushing urusengero ahita avuga […]
Dore amwe mu magambo akunzwe kuvugwa n’abakobwa agatera abasore urujijo mu rukundo
Burya abakobwa ntibakunda kuvuga ibibari ku mutima usanga akenshi bakoresha andi magambo cyangwa bakerekana ko nta kibazo bafite nyamara bashize. Igihe kinini, imbamutima z’abakobwa zikunze gutuma avuga ibintu nyamara atari byo yashakaga gusobanura. Ese byaba byarakubayeho? Wabyitwayemo Ute? Ntabwo bitangaje rwose kuko bitewe n’aho umutima we uba uri ndetse n’ibyiyumvo bye ntibyagutangaza umubajije uti urankunda […]
Rwamagana: Koperative 11 z’ubuhinzi zahawe na RDF imashini zuhira imyaka
Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Ingabo z’u Rwanda zo muri Division ya mbere zatanze imashini zuhira zigera kuri 15 n’ibikoresho bijyana nazo ku makoperative 11 y’abahinzi akorera mu Karere ka Rwamagana. Izi mashini zikaba zizabafasha mu kuhira imyaka yabo mu gihe cy’izuba bityo bagahinga mu bihe byose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi w’ingabo mu Karere ka Nyagatare, Gatsibo, […]
Venezuela yafashe ingamba zo gukumira ibisa nk’ibyabaye mu Rwanda mu 1994
Inteko ishinga amategeko nshya ya Venezuela yashinzwe na perezida Nicolas Maduro ubwe, yatangaje ko igiye kujya igenzura ubutumwa ibigo byigenga bishyira ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kurwanya intambara yo mu mutwe isa nk’iri kurwanya socialism ndetse no gukumira jenoside nk’iyabaye mu Rwanda. Perezida w’iyi nteko izwi mu Cyongereza nka National Constituent Assembly (ANC), Delcy […]
Ismaila Diarra ashobora kugaruka muri Rayon Sports
Nyuma y’umwaka umwe avuye mu ikipe ya Rayon Sports akerekeza muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, mu ikipe ya Darling Club Mutema Pembe, rutahizamu Ismaila Diarra aravuga ko ari mu biganiro n’ubuyobozi bw’ikipe yahozemo ku buryo bigenze neza, Abareyo bakongera kubona uyu rutahizamu muri iyi kipe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ismaila Diarra ukomoka mu gihugu cya Mali […]
Rulindo: Umwarimu yakubise umunyeshuri undi ameneka ijisho
Ku kigo cy’amashuri abanza cya Cyondo mu murenge wa Base ho mu karere ka Rulindo, umwarimu yakubise umunyeshuli, akabango k’inkoni karataruka gakomeretsa ijisho rya mugenzi we, umubyeyi arakeka ko ijisho ryaba ryamenetse. Ibi byabaye ku wa 30 Kanama 2017, aho ngo umwarimu yahannye umunyeshuri amukubita bihita biviramo gukomereka kw’ijisho kwa mugenzi we. Bamwe mu batanze […]
Marina yikomye itangazamakuru anahakana ijwi yitiriwe rikubiyemo amagambo y'urukozasoni
Nyuma y’ijwi ririmba indirimbo “Indoro” ryumvikanye mu magambo y’ubusambanyi, bigakekwa ko ari ijwi ry’umuhanzi Marina, uyu muhanzi yahakanye yivuye inyuma iri jwi ndetse yikoma cyane itangazamakuru ryandika ryakwirakwije ibyo we yise ibihuha. Marina atangaje ibi nyuma y’iminsi mike atandukanye n’umujyanama we mu byamuzika Uncle Austin, abakurikiranira hafi ibya muzika baketse ko gutandukana kw’aba bombi, byaba […]
Libya: Abimukira barenga 500 barokowe urupfu
Abasirikare ba Libya barinda inkombe z’amazi bararokoye abimukira 542 barimo abagore n’abana bagerageza kujya ku mugabane w’u Burayi baciye mu Nyanja nini ya Mediteranee. Umuvugizi w’abasirikare bakorera mu mazi ba Libya, Gen Ayoub Kacem yavuze ko ibyo bikorwa byabaye ku wa mbere no ku wa kabiri , mu nkengero z’inyanja ahakunda guca ubwato butwaye abimukira […]
Anastase Murekezi yagizwe Umuvunyi Mukuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Anastase Murekezi, wari Minisitiri w’Intebe,Umuvunyi Mukuru. Ni nyuma yo kumusezeranya ko ubwitange bwamuranze kuri uwo mwanya wo kuyobora Guverinoma, yari amazemo igihe, buzamuhesha undi. Yagize ati “Ndashimira uwari Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi ku kuba yarasohoje inshingano ze neza, akagera kubyo twamwifuzagaho”. Yongeyeho ati “Hari imirimo myinshi dutezweho twese , […]
Abagize Guverinoma Nshya
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, nyuma anashyiraho n’abagize Guverinoma nshya bazafatanya muri iyi manda nshya yatorewe y’imyaka 7. Nkuko abyemererwa n’Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo ya 116. Minisitiri w’Intebe atoranywa, akanashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika. Minisitiri w’Intebe ashyirwaho bitarenze iminsi 15 nyuma y’irahira rya […]
Ushaka gukorera igihugu ntarobanura imyanya-Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaje ko yashimishijwe no kuza gukorera igihugu cye, yagiye akorera mu bihe byashize, yizeza abaturage ko bazafatanya na guverinoma yabo, bagakorera hamwe ngo bagere kure hashoboka. Ni nyuma yuko amaze kurahirira izi nshingano nshya yahawe, mu muhango wabereye mu Nteko Ishinga Amategeko , ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama […]
U Buhinde: Abaganga birukanywe nyuma ya Videwo bafashwe batonganira hejuru y’umurwayi babagaga
Ibitaro byo mu Buhinde biravuga ko byabaye bihagaritse ku kazi abaganga babiri nyuma yaho hasohotse videwo ibagaragaza bombi batongana bahagaze hejuru y’umugore uri ku nda. Amashusho agaragaza ibyabereye mu bitaro bya Umaid biherereye ahitwa Rajasthan mu majyaruguru y’u Buhinde, yakwiragiye ateza uburakari bwinshi muri rubanda. Umwe mu bayobozi bakuru b’ibyo bitaro yavuze ko uwo mubyeyi […]
Perezida Kagame yashimye Minisitiri w'Intebe ucyuye igihe anaha ikaze umushya
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’Intebe mushya, Dr Edouard Ngirente warahiriye kubahiriza inshingano ze. Ni indahiro yatangiye ahagana saa kumi n’iminota 5, ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017, avuga ko azubahiriza ibisabwa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda. Yagize ati ” Njyewe, Ngirente Edouard, ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro: […]
Cindy Sanyu yamaze amatsiko abibeshya ku myaka ye y’amavuko
Mu gihe abakunzi b’umuhanzi w’umugande Cindy Sanyu bakunze kumushinja kubeshya imyaka yigira muto kandi akuze, uyu muhanzi yatunguye benshi ubwo yashyiraga hanze imyaka ye y’amavuko nyakuri. Uyu muririrmbyi wamenyekanye mu ndirimbo “Sample Dat”, kuwa 28 Kanama, nibwo yizihizaga isabukuri ye y’amavuko, akaba yaramaze amatsiko abantu benshi bakunze kwibeshya ku myaka ye, aho yababwiye ko yujuje […]
Sudani y’Epfo: SSDF iravuga ko umunyamakuru w’umunyamerika uherutse kwicwa yakoranaga n’inyeshyamba
Umunyamakuru w’Umunyamerika uherutse kwicirwa mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta ngo yari yinjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri n’igisirikare cya Sudani y’Epfo (South Sudan Defense Forces), yahoze ari SPLM. Umuvugizi w’igisirikare, Lul Ruai Koang, yavuze ko umunyamakuru Christopher Allen w’imyaka 26, yinjiranye muri Sudani y’Epfo n’inyeshyamba, ndetse […]
BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe Mushya
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe Mushya, Dr Ngirente Edouard wari usanzwe ukorera Banki y’isi muri Amerika. Asimbuye kuri uyu mwanya Anastase Murekezi. Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard w’imyaka 45 yize amasomo y’Ubukungu mu yahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda nyuma gato ya Jenoside ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Icyo gihe yanayoboraga […]
Umugore yibye mu iduka amacupa 18 y’inzoga ayahisha no mu myenda yari yambaye – Video
Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatawe muri yombi nyuma yo kwiba mu iduka ry’inzoga amacupa 18 y’inzoga zihenze akayahisha mu myenda ye nk’uko bitangazwa n’Igipolisi cyo muri Louisiana. Iki gipolisi kikaba cyarashyize ahagaragara video igaragaza ubujura bwakozwe n’uwo mugore camera zishinzwe umutekano zirimo kumureba, gishaka kumenya ko hari uwaba afite amakuru kuri […]
Abanyarwanda babiri ku rutonde rw’urubyiruko 100 ruvuga rikijyana muri Afurika
Mu ntumbero yayo yo kugaragaza urubyiruko rwagize byinshi rwigezaho rufatwa mu rwego rw’abavuga rikijyana, Africa Youth Awards (AYA) yasohoye urutonde rwayo rwa 2 rw’umwaka wa 2017 rw’abasore n’inkumi 100 b’Abanyafurika bavuga rikijyana ruriho Abanyarwanda babiri. Avuga kuri uru rutonde, Prince Akpah, perezida wa AYA, yatangaje ko ubudasa bwagaragaye muri uyu mwaka bitandukanye no mu myaka […]
Nemereye umukoresha wanjye ko tuzakorana imibonano mpuzabitsina ampa akazi, none amereye nabi- Nkore iki?
Na njye ndabaramutsa, mumfashe mungire inama, umu boss amereye nabi ansaba ko mwishyura ideni murimo kandi koko nibyo ndimurimo. Mu kwezi kwa 5 nagiye gusaba akazi ahantu, umugabo nahasanze ubishinzwe tuganira byinshi mbese musaba akazi, sinzi niba nabyita ruswa y’igitsina, kuko nyuma twaje kwicara ahantu ari njye ubimusabye ngo tuganire. Narasengereye na we arasengera mbese […]
Monusco irasabira ibihano abasirikare wa Congo bayivogereye mu birindiro byayo
Ingabo za Loni ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(MONUSCO), zirasabira ibihano itsinda ry’abasirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavogereye aho ikorera, bahakurikiranye umunyamakuru wari uhahungiye. Mu itangazo yashyize ahabona Monusco ku wa Kabiri tariki ya 29 Kanama 32017, umuyobozi udasanzwe w’Umunyamabanga wa Loni muri Congo, Maman Sambo Sidikou, yamaganye ivogerwa ry’umutungo […]
Dore ibintu by'ingenzi bizakwereka ko washimishije umukunzi wawe mu gihe cyo gutera akabariro
Buri mugabo wese ashimishwa no kumva abwirwa ko yashimishije uwo bakoranye igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, Iyo umugabo yitwara neza mu buriri bisobanuye ko aba abasha gutuma umugore we agera ku byishimo byanyuma ndetse akarangiza . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abagabo bose siko bazi gushimisha abagore babo. Niba uri umugabo, hari ibimenyetso wagenderaho ukamenya niba witwara neza mu buriri. […]
Nyamata: Bamwe mu mpunzi z’Abarundi batangiye ibikorwa bibinjiriza amafaranga
Nubwo impunzi z’Abarundi ziriho mu buzima butari bwiza mu buhungiro, bamwe mu Barundi bahungiye mu Rwanda batangiye ibikorwa bibinjiriza amafaranga nk’uko byemezwa n’umwe muri bo; Edouard Manariyo kuri ubu washinze butike mu Karere ka Nyamata imwinjiriza amafaranga akabasha no kubona imisoro. Ni mu mudugudu wa Rugarama III, Umurenge wa Nyamata, ho mu Karere ka Nyamata, […]
Arsene Wenger yanze kurekura rutahizamu Alex Sanchez
Umutoza w’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, Arsene Wenger akomeje gukomera kuri rutahizamu Alex Sanchez, umusore w’imyaka 28 y’amavuko ukomoka muri Chile. Ikipe Manchester City, irashaka kugura uyu musore igatanga miliyoni zisaga 50 z’amayero ariko Umutoza Wenger akanga kumurekura avuga ko agomba kubanza gutegereza amasezerano ye akarangira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko ibinyamakuru bitandukanye byakomeje bibitangaza, ngo […]
Impungenge za politiki y’u Bufaransa kuri Afurika igihe Kagame azaba atangiye kuyobora A.U.
Mu gihe mu Bufaransa hateraniye inama ya ba ambasaderi b’iki gihugu izageza kuwa Kane, inama perezida Emmanuel Macron agomba kugaragarizamo imirongo migari ya politiki ye mpuzamahanga, hari abasanga byihutirwa kubanza kuvugurura umubano w’iki gihugu n’u Rwanda na cyane ko perezida Kagame ari we uzaba uyoboye Afurika Yunze Ubumwe mu mwaka utaha. Mu mezi atanu ari […]
Inyeshamba za Forebu ziyobowe na Niyombare zatangaje ko zigiye gutera u Burundi
Umutwe w’inyeshyamba zirwanya u Burundi((les Force rĂ©publicaines du Burundi-FOREBU) ugizwe n’abahoze mu ngabo z’icyo gihugu na Polisi, watangaje ko ugiye gutera u Burundi. Uyu mutwe uyobowe na Gen. Godefroid Niyombare wari uyoboye igikorwa cyo guhirika ubutegetsi cyaburijwemo mu mwaka wa 2015, wavuze ko wamaramaje mu kugaba ibitero byinshi kuri guverinoma ya Perezida Pierre Nkurunziza. Ibi […]
Rwamagana: Bahangayikishijwe n’abajura b'insoresore bambura abagenzi ku mugoroba
Abatuye mu mujyi wa Rwamagana mu nteko rusange y’abaturage b’abakagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro yabereye ku biro by’umurenge wa Kigabiro ku wa kabiri tariki 29 Kanama 2017, bagaragaje ko babangamiwe n’insoresore zibasira abagore n’abakobwa zikabambura. Abaturage bavuze ko ku mugoroba abasore ndetse harimo n’abana b’abahungu bategera abagore n’abakobwa mu nzira bakabambura amatefone n’ibindi […]
Diane Rwigara na bamwe mu muryango we baburiwe irengero
Amakuru atandukanye arimo gucicikana ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter aravuga ko Diane Shima Rwigara n’umuryango we, baburiwe irengero kuva ku isaha ya saa tanu za mu gitondo kuri uyu wa kabiri nk’uko byemezwa na musaza we, Aristide Rwigara kuri ubu ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Aya makuru ni amakuru yatangajwe bwa mbere n’umunyamakuru […]
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie yeguye ku mirimo
Umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie yandikiye njyanama y’akarere avuga ko yeguye ku mirimo y’ubuyobozi bw’akarere no ku bujyanama muri Njyanama y’aka karere yari abereye umuyobozi. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kanama 2017, nibwo Sinamenye yashyikirije Perezida w’Inama njyanama y’akarere ka Rubavu, Dushimiyimana Lambert, wanatangarije aya makuru y’ubwegure bwe itangazamakuru, ibaruwa y’uko yeguye […]
Intare 2 z’ibigabo zafotowe ziri kwimyana (Reba amafoto)
Umufotozi aherutse gufotora intare 2 z’ibigabo muri pariki ya Doncaster muri Yorkshire imwe iri hejuru y’indi ku buryo nta washidikanya ko ziri mu bikorwa byo kwimyana kandi zihuje ibitsina, mu gihe iy’igitsina gore yari iryamye iruhande rwa zo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mufotozi w’umukerarugendo witwa Russ Bridges yemeza ko nta gushidikanya izi ntare zarimo kwimyana, bityo […]
Uganda: Umusirikare wa UPDF yibiwe Machine gun muri Somalia yasinziriye
Umusirikare wa Uganda w’imyaka 42 waburiye imbunda yo mu bwoko bwa machine gun mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Somalia kuwa 12 Ukuboza 2016, yahamijwe icyaha cyo kuba yaribwe iyi mbunda ubwo yari yasinziriye ku kazi. Pte Jogo Musa, woherejwe nk’umurinzi w’ishuri, Aljazeera Training School, riherereye mu murwa mukuru, Mogadishu, kuri uyu wa Mbere nibwo […]
Abarundi 6 bafashwe bagiye kwinjirana mu Rwanda ibiro 300 by’ikawa
Abantu 6 bafatiwe ku musozi wa Runyinya, komini Kabarore, mu ntara ya Kayanza ho mu gihugu cy’u Burundi bagiye kwambukana mu buryo butemewe n’amategeko ibiro 3oo by’ikawa y’i Burundi bayijyanye mu Rwanda. Mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017, nibwo abo bantu 6 bafashwe, amazina yabo ni Nyandwi Gervais, Nizeyimana Audace, […]
Umwana w’imyaka 7 yibanira n’ikiyoka cyo mu bwoko bw’uruziramire (Amafoto & Video)
Umwana w’umuhungu w’imyaka 7 y’amavuko witwa Sambath yibanira n’inzoka nini yo mu bwoko bw’uruziramire mu nzu iwabo, akararana na yo ndetse no mu yandi masaha akaba ari kwikinira na yo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana wo mu muri Cambodia avugwaho kuba abayeho imibereho itangaje ku kijyanye n’umubano udasanzwe afitanye n’iriya nzoka itamurya kandi itunzwe n’inyama. Ikinyamakuru […]
Perezida wa Centrafrica uherutse mu Rwanda yasubiranyeyo abakomando 40 atari yazanye
Ubwo perezida wa Centrafrica aheruka mu Rwanda aho yari yitabiriye umuhango w’irahira rya perezida wa repubulika, Paul Kagame, ngo yasubiranye mu gihugu cye abakomando bagera kuri 40 yari akuye mu Rwanda. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Jeune Afrique, ngo nyuma yo kwitabira irahira rya perezida Kagame, ryabaye kuwa 18 Kanama 2017, perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra , yasubiye i […]
Ibintu 10 biranga umugore mubi udashaka kubaka
Ububi bw’umugore ntaho buhurira n’ibyo umuntu abona inyuma kuko abagore benshi bagaragara nk’aho ari beza ariko ugasanga ububi bafite ku mutima buruta ubwiza ubona inyuma. Ububi bw’umugore buba bushingiye ku ngeso mbi zituma aremerera uwo bashakanye, abo babyaye, abaturanyi ndetse n’ababagenderera. 1.Umugore mubi ntajya ahangayikwa n’ikibazo icyo aricyo cyose kiri mu rugo ,usanga yabihariye umugabo […]
Uganda: Umuganga yiciye mu ivuriro uwari umukunzi we
Igipolisi cya Mbarara muri Uganda kiri guhiga bukware umuganga ushinjwa kwica uwo bendaga kurushingana mu mujyi muto wa Rubindi. Uyu muganga, Dr Yeroboam Nuwagira akaba avugwaho gutera icyuma Silvia Arinaitwe w’imyaka 20 y’amavuko nawe wari umuforomokazi bombi bakaba bakoranaga mu ivuriro ryigenga ryitwa Angella Clinic ari naho yamwiciye. Moreen Musiimenta, umwe mu bakozi b’iri vuriro, […]
Dr Frank Habineza abona gukoresha abasirikare mu gukumira abazunguzayi atari ngombwa
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), Dr Frank Habineza asanga gukoresha imbaraga z’umurengera mu gukumira abazunguzayi kugera naho hitabazwa ingabo z’igihugu atari ngombwa. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Dr Frank Habineza avuga ko gukemura ikibazo cy’abazunguzayi mbere na mbere bireba polisi, ingabo z’igihugu (RDF) ko zakwitabazwa mu gihe hari ikibazo kidasanzwe cyo guhungabanya […]
Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi
Mu minsi yashize, umwe mu bakunzi ba bwiza.com banditse bagaragaza zimwe mu mpungenge abantu benshi bahura na zo ku mvugo zikoreshwa n’abiyita abakozi b’Imana cyangwa abahanuzi, aho yavuze ko akenshi bikoreshwa mu rwego rwo kumvisha ubukana bw’ibyo bari kuvuga bagamije kwemeza ababakurikiye. Uyu muntu wasabye ko amazina ye adatangazwa yagarutse kuri zimwe mu mvugo aba […]
Perezida Kagame aremeza ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’ibibazo bishobora kuvuka muri Congo
Perezida Kagame aremeza ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’ibibazo bishobora kuvuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo muri ibi bihe hikangwa ko hashobora kuvuka imvururu zitewe no kutumvikana ku kibazo cy’amatora hagati ya leta n’abatavuga rumwe nayo. Perezida Kagame ibi akaba yabigarutseho ubwo yari abajijwe n’umunyamakuru wa The Financial Times baherutse kugirana ikiganiro kirekire […]
Inkomoko y’ insigamigani ’’Yagiye Burundu“
Uyu mugani bawuca iyo babonye ikigiye mahera cyose bakaziguruka; ni ho bavuga ngo “Cyagiye burundu!” Wakomotse kuri Burundu ahasaga umwaka wa 1400. Burundu yari umutwa, Gahindiro ka Mibambwe Sekarongoro yajyaga atuma ku mugore wa Rugayi rwa Buzi i Burundi, witwaga Bwiza bwa Mashira budashira irorwa n’irongorwa, umubanda w’i Nduga ngari ya Gisali na Kibanda. [xyz-ihs […]
Dr Chameleone yasubiranye urukuta rwe rwa Instagram rwari rwinjiriwe
Umuhanzi Dr Jose Chameleone, yatangaje ko yasubiranye urukuta rwe rwa instagram rwari rwibwe n’abantu bataramenyekana(hackers) ndetse bari batangaje ko bagiye kurushyira ku isoko. Agaragaza uburyo yishimiye gusubirana urukuta rwe rwa instagram, Chameleon yagize ati: “ Ntuzigere uvuga oya, ibyo twagezeho byose byatewe no guhora tugerageza, ku nshuro ya nyuma twabonye urukuta rwacu rwa Instagram, turashimira […]
Nord Kivu: Abantu 5 barimo abasirikare ba Kongo bamaze kugwa mu mirwano
Abantu 5 barimo abasirikare 2 n’abarwanyoi bitwaje intwaro bamaze kugwa mu mirwano mu ntara ya Nord Kivu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi mirwano yakajije umurego mu mpera z’icyumweru gishize, yari ihanganishije abo mu gisirikare cya Kongo n’abo mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu mashyamba ya kiriya gihugu bo mu mutwe wa Mai Mai, bose barwanira gushaka kwgarurira […]
Gicumbi: Umuyobozi w’umudugudu yishwe n’umuturage ubwo yari atabaye
Amakuru aturuka mu Karere ka Gicumbi, mu Ntara y’Amajyaruguru, aravuga ko mu ijoro ryakeye, Umuyobozi w’Umudugudu wa Gashiru yishwe n’umuturage ubwo yari atabaye agiye kumva ikibazo cy’umusaza wari umutabaje kubera abana babiri bari bari kumwibira ubuki. Umusore wakoze ubwicanyi n’aba bana bombi kuri ubu bafungiye kuri station ya polisi ya Mulindi. Ibi byabaye mu ijoro […]
RDC: Abantu 10 baguye mu mirwano hagati ya FARDC na Mai-Mai Simba
Abantu 10 baguye mu mirwano yahuje muri iyi weekend ishize ingabo za guverinoma ya Congo n’inyeshyamba z’umutwe wa Mai-Mai Simba Mulumba ahantu hacukurwa amabuye y’agaciro hagati y’Intara ya Maniema n’Intara ya kivu y’Amajyaruguru, mu birometero nk’ijana uvuye muri centre ya Lubutu. Amakuru aturuka aha hantu aravuga ko inyeshyamba ari zo zagabye igitero ku ngabo za […]
Gushyiraho Guverinoma nshya birabarirwa ku mitwe y’intoki
Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo ya 116 rivuga ko Minisitiri w’Intebe atoranywa, akanashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika.Minisitiri w’Intebe ashyirwaho bitarenze iminsi 15nyuma y’irahira rya Perezida wa Repubulika. Iminsi isabwa ngo Perezida Paul Kagame ashyireho Minisitiri w’Intebe iragerwa ku mitwe y’intoki. Uhereye igihe yarahiriye, tariki ya 18 Kanama 2017. Ni ukuvuga […]
Burundi: FOREBU yahinduye izina n’ubuyobozi itangaza ingamba nshya ifite
Ishyaka FOREBU rirwanya ubutegetsi bw’u Burundi, kuri uyu wa 27 Kanama 2017 ryahinduye izina ryitwa FPB (Forces Populaires du Burundi-Urunani rw’Abanyagihugu), ritangaza abariyoboye ndetse na gahunda rifite. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara bwiza.com yaboneye kopi, havugwamo ko igihe kibaye kirekire Abarundi bategereje ko amahanga, cyane cyane, ibihugu by’abaturanyi bihuriye muri EAC, abatabara ariko amaso yaheze mu […]
Umuganga amaze kwica abarwayi basaga 90 mu bihe bitandukanye
Umugabo witwa Niels Hoegel wo mu gihugu cy’u Budage akurikiranyweho kwica abarwayi baje bamugana kwa muganga baje kwivuza, akaba yaragiye abica mu bihe bitandukanye abaha imiti idahuye n’indwara barwaye cyangwa akabaha ibarusha imbaraga bityo bikabaviramo urupfu. Uyu mugabo waje guhabwa igihano cyo gufungwa burundu, yahamijwe ibyaha by’ubugizi bwa nabi bugamije gutsemba abantu no gukora ibihabanye […]
Ndi Umunyamerika mu mpapuro nkaba Umunyarwanda mu maraso- Meddy
Umuhanzi Ngabo Medard uzwi ku izina rya Meddy nubwo yabonye ubwenegihugu bwa Amerika avuga ko igihugu cye ari u Rwanda, amaraso ye ari ay’ubunyarwanda. Ku wa Gatandatu tariki 26 Kanama 2017 ahagana saa kumi (16:00) nibwo Meddy yasesekaye ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, nyuma yo kugera mu Rwanda yagiye abazwa byinshi harimo n’ikibazo […]
I Kigali harateranira inama itegura inama y’Umuryango w’Abibumbye ku kubungabunga amahoro
Guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 kugeza kuwa 30 Kanama 2017, u Rwanda rurakira inama itegura inama ya za minisiteri z’ingabo ku bikorwa byo kubungabunga amahoro by’Umuryango w’Abibumbye. Inama nk’izi zitegura iyi nama zigiye kubera no muri Bangladesh no mu Buyapani zitezweho guharurira inzira iyi nama ya za minisiteri iteganyijwe I Vancouver muri Canada […]
Abanyarwanda batinya abasirikare b’Abarundi- Minisitiri w’ingabo z’u Burundi
Minisitiri w’ingabo z’u Burundi avuga ko agendeye ku mwuka mubi uri hagati y’u Rwanda n’u Burundi ndetse n’uburyo abaturage baturanye n’umupaka baba bafite impungenge z’uko bagirirwa nabi, yabahumurije abamara impungenge abamenyesha ko Abanyarwanda batinya abasirikare b’u Burundi. Mu Nteko Nshingamategeko y’i Burundi ubwo hateraniraga inama yiga ku mutekano, Minisitiri w’Ingabo n’uw’umutekano babajijwe igiteganywa mu gihe […]