Osmane Dembele yasinye imyaka 5 muri Barcelone, aba umukinnyi wa 2 uhenze ku isi

Ikipe ya Fc Barcelone yamaze gusinyisha Osmane Dembele amasezerano y’imyaka 5 avuye muri Borussia Dortmund , aho yatanzweho akayabo ka Miliyoni 105 z’Amayeuro ahita aba n’umukinnyi wa 2 uhenze ku isi. Uyu musore w’imyaka 20, agiye kuba umusimbura wa Neymar, werekeje mu ikipe ya Paris Saint Germain akaba ari na we ufite agahigo ko kuba […]

Sudani y’Epfo: Umunyamakuru w’Umunyamerika mu bantu 19 baguye mu mirwano ikomeye

Umunyamakuru w’Umunyamerika wakoreraga muri Sudani y’Epfo nk’umunyamakuru wigenga (freelance) ni umwe mu bantu 19 baguye mu mirwano yabaye kuwa gatandatu hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba muri Leta ya Yei River nk’uko bitangazwa n’igisirikare. Uyu munyamakuru witwa Christopher Allen wakoreye ibinyamakuru bitandukanye, yiciwe mu mirwano ikomeye yabereye mu mujyi wa Kaya. Iki gihugu kikaba kiri mu […]

Abanyeshuri ba Kaminuza ya UCU basobanuriwe uko jenoside yashyizwe mu bikorwa i Nyamata

Kuwa 28 Kanama 2017, itsinda ryĂ ÂĄbanyeshuri 23 baturutse muri Uganda Christian University (UCU) mu Gihugu cya Uganda ndeste n’itsinda ry’abashyitsi b’Itorero Methodiste mu Rwanda bagera kuri 18 basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyamata mu Karere ka Bugesera. Nyuma yo gusobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, by’umwihariko I Nyamata,umukozi wa Komisiyo y’Igihugu […]

Dore ikizakwerekako umugore yageze ku ndunduro y’ibyishimo mugihe cy’imibonano mpuzabitsina

Urubuga aufeminin.com, rugaragaza ko igihe cy’ imibonano mpuzabitsina, umugore ageza ibyishimo bye ku ndunduro nyuma y’ umunezero mwinshi aba yahawe n’ igikorwa cy’ imibonano, ibyo byishimo bikamurenga kandi bikaza bifite ingufu nyinshi cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibyo byishimo bigaragara bite? Uru rubuga ruvuga ko ariho hantu umugore ashobora kubonera ibyishimo byinshi bishobora kubaho mu buzima iyo […]

Meddy ngo ntiyabona ijambo ryasobanura uburyo u Rwanda rwahindutse

Umuhanzi Meddy uri mu Rwanda kuva kuwa 26 Kanama, mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze uko yabonye u Rwanda nyuma y’imyaka 7 amaze muri Amerika, anakomoza ku mpamvu imishinga y’indirimbo yagombaga gukorana na Sauti Sol ndetse na Christopher itakozwe. Kubijyanye n’uko yabonye u Rwanda yaherukaga gukandagiramo mbere ya tariki ya 4 Nyakanga 2010, Meddy yavuze ko nubwo […]

Impamvu nyazo zatumye Paul Kagame adahita aba perezida nyuma yo kubohoza u Rwanda

Perezida Kagame aremeza ko adakeneye kuguma ku butegetsi ngo arusheho gukomeza ubumwe bw’u Rwanda rushya, aho nta muturage ugishyira imbere ubwoko, ashimangira ko atari no ku butegetsi kuko abishaka nubwo ngo bitera abantu urujijo nk’uko ajya abibona aho byanditse hirya no hino. Ibi perezida Kagame akaba yabitangarije mu kiganiro kirekire yagiranye n’ikinyamakuru The Financial Times. […]

Reba amafoto y’umukobwa wa mbere mwiza mu gisirikare cy’Amerika

Umukobwa witwa Jones alias, yamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga guhera mu myaka yashize, kubera ahanini imiterere y’umubiri we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukobwa ubarizwa muri batayo ya 504e mu gisirikare cya Amerika, akaba akorera mu gace ka Missouri. Uyu mukobwa wakunze kugenda agaruka haba mu mbuga nkoranyambaga ndetse no ku bitangazamakuru bimwe na bimwe byo muri […]

Menya impamvu abagore benshi barira cyangwa bataka mugihe cyo gutera akabariro

Twifashishije imbuga za internet zitandukanye zandika inkuru zijyane n’urukundo n’imibanire, ngo gutaka k’umugore mu gihe atera akabariro gusobanuye byinshi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1.Ikimenyetso cy’uko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera akabariro, ngo ni ibyishimo birenze aba yagize. Ibyishimo umugore agira iyo aryohewe n’imibonano mpuzabitsina ngo biba bimeze nk’iyo umuntu […]

Imyaka yo kwiga kaminuza mu Rwanda igiye kugabanywa

Mu gihe uwigaga kaminuza yahabwaga impamyabumenyi y’uko yarangije icyiciro cya kabiri cyayo (Bachelors Degree), nyuma y’imyaka ine, guhera mu mwaka utaha izaba itatu ku biga kaminuza y’u Rwanda. Izi mpinduka zatangajwe n’Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda ushinzwe ubushakashatsi n’amasomo, Prof Nelson Ijumba mu kiganiro yagiranye na The New Times. Iyi myaka itatu izatangira mu […]

Abakirisitu biraye mu rusengero bararusenya kubera ibyo umupasiteri wa bo yabakoreye

Abayoboke b’itorero God’s Commandment Ministry rikorera muri Nigeria bangije urusengero basengeragamo mu bias n’imyigaragambyo, nyuma y’uko umuvugaburumwa wa bo afatiwe mu cyuho yishe umwana w’umwe mu bayoboke be. Uyu mupasiteri wo mu gace ka Cross River muri Nigeria akurikirayweho icyaha cyo gushimuta no kwica umwana w’umukobwa w’umwe mu bo yigisha yarangiza akamukoresha mu migenzo ya […]

Tanzania: HCR irashinjwa kubuza impunzi z’Abarundi gutaha ku bushake

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, HCR, rirashinjwa kubuza impunzi z’Abarundi 8,000 muri Tanzania gutaha ku bushake bwazo kuva muri Nyakanga 2017. Iyi nkuru iravuga ko kuri uyu wa kane ushize, itariki 24 Kanama 2017, minisitiri w’umutekano wa Tanzania, Nchemba Mwingulu, yahaye HCR iminsi 7 yo gutegura uko izi mpunzi 8,000 zishaka gutaha ku bushake […]

Abayobozi bane ba Koperative bafungiye kunyereza miliyoni 29

Abayobozi bane ba koperative Dukundumurimo, KOADU ifite ibagiro mu mujyi wa Gisenyi mu karere ka Rubavu bafungiye kunyereza umutungo w’abanyamuryango ugizwe n’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 29. Aba bayobozi bafungiye kuri Sitasiyo ya Gisenyi , bafashwe ku wa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 25 Kanama 2017. Bagizwe na Perezida w’iyi koperative Faustin Mbanjimbere ,Theophile Ndagijimana, […]

Dore amakosa abantu benshi bakora mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Abasore cyangwa Abakobwa benshi mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina bakunda gukora ikosa rishobora kubaviramo ibibazo kandi aribo babyiteye. Mu bushakashatsi bwakozwe hagati y’umwaka wa 2007 na 2011, bwagaragaje ko nibura abantu 512, bandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina kubera huti huti bagira mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina bityo bagakoresha agakingirizo nabi uko bidakwiriye. […]

Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy’abazunguzayi

Impuzamiryango y’amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda(CLADHO), isanga ikibazo cy’abazunguzayi kitakemurwa n’ingufu Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gukoresha. Ni nyuma y’aho kuwa gatatu ushize, umujyi wa Kigali uvugiye ko hagiye kwitabazwa Polisi n’ingabo ngo uhangane n’ikibazo cy’abacururiza mu mu muhanda. Ni umwanzuro utaranyuze abantu ku giti cyabo batari bake ndetse na zimwe […]

Amerika: Perezida Trump yibasiwe n'abanyepolitiki kubera icyemezo cyo kubabarira Arpaio

Perezida w’Inteko ishinga amategeko muri Amerika, Paul Ryan yavuze ko perezida Donald Trump atari akwiye kubabarira uwahoze ari umukuru wa polisi muri leta ya Arizona. Uyu muyobozi, Ryan yatangaje ayo magambo nyuma y’uko perezida Trump ababariye Joe Arpaio, wahamijwe icyaha cyo gusuzugura icyemezo cy’ururkiko mu kwezi kwa Karindwi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyo gihe, umuyovozi wa Polisi, […]

Umugabo yafotowe agenda asambana n’umukobwa anatwaye imodoka mu muhanda

Umugabo wo mu gihugu cy’u Burusiya utatangajwe amazina yafotowe ari gusambana mu modoka ari na we utwaye imodoka. Mu mashusho yafashwe n’undi mugenzi bari mu muhanda umwe yakwirakwijwe hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga aherekejwe n’amagambo anenga uyu mugabo ku buryo yari yitwaye mu muhanda rusange, ugenderamo imodoka nyinshi icyarimwe zijya mu cyerekezo kimwe. [xyz-ihs […]

Ibintu ukwiye kwitaho niba ushaka kwigarurira umutima wa buri mukobwa wese

Burya n’ubwo ngo abantu bose ku isi badashimishwa n’ibintu bimwe, hari ibintu abakobwa bahuriraho, bemeza ko bibashimisha iyo babikorewe n’abakunzi babo. Reka tugerageze kumva 15 muri byo. Niba uri umusore kandi ukaba ushaka kwinjira mu rukundo, sobanukirwa nÂŽibintu bimwe na bimwe abasore baba bagomba kumenya ku bakobwa kugira ngo urugendo rwÂŽurukundo ruguhire iteka ryose . […]

Nyarugenge : Umudugudu w’Ubumanzi wateretse intango ku munsi w’umuganura

Umunsi w’umuganura ni umunsi udasanzwe mu cyaro, kuko baba baganura ibyo bejeje, cyane ko ari ku mwero w’amasaka bakenga ibigage bagasangira. Muri iki gihe rero, ntibaganura ibyejejwe gusa, ahubwo baganura umusaruro kuko nta we udakora. Umudugudu w’Ubumanzi ni umwe mu igize akagari ka Rugenge mu murenge wa Muhima, akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali. […]

Dipolomasi : Qatar yanze kuba ingaruzwamuheto ya Saudi Arabia

Iyo witegereje ibibera hirya no hino ku isi muri iyi minsi, ukanagereranya ibyahozeho mu gihe isi byavugwaga ko yugarijwe n’ubukoloni, uhita wibaza niba koko umuntu yavuga ko ubwo bukoloni bwavuyeho bikakuyobera. Byagorana kumvikana ukuntu usanga buri gihugu kuri iyi si ya Rurema gifite amafaranga n’ubukungu butajegajega , bimwe muri ibyo bihugu rero ndetse hafi ya […]

Rubavu: Ikibazo cy’ubuharike kiracyafite imizi mu murenge wa nyundo

Ikibazo cy’ubuharike kivugwa mu bice binyuranye by’akarere ka Rubavu, mu murenge wa Nyundo umwe mu yigize aka karere, aho gitizwa umurindi ahanini n’imiryango myinshi ibana itarasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko, ibyo na byo bigaha icyuho gucana inyuma kw’abashakanye, ari na byo biba intandaro yo kugira abagabo cyangwa abagore benshi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bamwe mu baturage bo […]

Ibintu 4 abagore banga urunuka mu bijyanye no gutera akabariro ariko bakaryumaho

Abagore n’abakobwa hari ibintu byinshi usanga batekereza ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsinda. Ibyinshi muri byo ni ibibabangamira ariko bagakunda kuryumaho ntibabivuge kubera impamvu zinyuranye zirimo kwanga ko umugabo bari kumwe amufata nk’umuntu mubi ndetse n’isoni. Ni muri urwo rwego twabazaniye bimwe mu byo abagore n’abakobwa batekereza ku mibonano mpuzabitsina ariko ntibabibwire abagabo kandi abagabo baba bakeneye […]

U Bushinwa bwahagaritse ibikorwa by’ubucuruzi na Koreya ya Ruguru

Igihugu cy’u Bushinwa cyatangaje ko cyahagaritse ayandi masosiyete atandukanye ya Koreya ya Ruguru yari asanzwe akorera ku butaka bwa bwo. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi mu Bushinwa mu mpera z’iki cyumweru, aho yavuze ko ibi babikoze mu rwego rwo kwihaniza koreya ya Ruguru kuko yanze kureka ikoreshwa ry’ibisasu by’ubumara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] U Bushinwa […]

I Rubavu: Hatoraguwe umurambo w’umukobwa wishwe anizwe

Ubuyobozi bw’umurenge wa Mudende mu karere ka Rubavu buremeza amakuru y’urupfu rw’umukobwa witwa Mutuyimana Marie Claire uri mu kigero cy’imyaka 23 wasanzwe mu ishyamba yapfuye, ibimenyetso bikaba byerekanye ko yishwe anizwe ku itariki 22 Kanama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru atangwa n’abaturage avuga ko uyu mukobwa ngo yari agiye guca imishingiriro mu ishyamba ari na ho […]

Niba ushaka gukora imibonano mpuzabitsina nyayo, dore igihe gikwiye igomba kumara

Ubushakashatsi: Igihe imibonano mpuzabitsina igomba kumara ngo abashakanye banyurwe Abantu benshi bakunda kwibaza igihe cya nyacyo imibonano mpuzabitsina igomba kumara. Abagabo ahanini, nibo bakunda kugira impungenge z’igihe byasaba ngo bashimishe abagore babo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mwaka wa 2005, nibwo Dr Irwin Goldstein yagaragaje ko iminota 7 ariyo minota nibura ihagije ngo abashakanye banyurwe n’akabariro. Nyuma […]

Koreya ya Ruguru yarashe misile eshatu mu nyanja

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyavuze ko Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu bya misile bitatu. Abategetsi muri Koreya y’Epfo bavuze ko ibi bisasu byarekuriwe mu ntara ya Gangwon muri Koreya y’Amajyaruguru bigenda ku bilometero 250. Kuva Pyongyang yarasa ibisasu ndengamigabane bya misile mu kwezi kwa karindwi, yatanze impuruza ko izarekura ibindi bisasu bya […]

Perezida Trump yahaye imbabazi umupolisi wahamwe n’icyaha cy’agasuzuguro

Perezida wa leta Zunze Ubumzwe za Amerika Donald Trump yahaye imbabazi uwahoze ari umuyobozi wa polisi muri leta ya Arizona wahamwe n’icyaha cy’agasuzuguro. Joe Arpaio, w’imyaka 85, yahamijwe icyaha n’urukiko nyuma yo gusuzugura umwanzuro warwo wamutegekaga guhagarika ibikorwa byo kwibasira abashoferi b’abimukira nkuko BBC yabitangaje. Byari byitezwe ko agomba gukatirwa igihano mu Kwakira uyu mwaka. […]

Producer Fayzo yavuze ibanga yakoresheje ngo amashusho y'indirimbo ya Yvery amenyekane

Producer Fayzo usanzwe amenyereweho gutunganya amashusho y’indirimbo, aragaragaza impamvu indirimbo z’abanyarwanda zidakinwa kuri televiziyo mpuzamahanga, akanagaruka ku mashusho y’indirimbo ya Yvery aherutse gushyirwa ahagaragara. Uyu Fayzo amaze iminsi mike ashyize hanze amashusho y’indirimbo yitwa “ Nkuko njya mbirota”. Mu kiganiro kigufi na Bwiza.com, akaba yaravuze ibanga ryatumye aya mashusho akundwa, dore ko ari we wayakoze. […]

Uko ibikorwa by'umuganda byagiye byitabirwa hirya no hino mu Rwanda(Amafoto)

Abanyarwanda n’abanyamahanga baba mu Rwanda no mu mahanga bitabiriye igikorwa cy’umuganda rusange usoza ukwezi kwa Kanama. Uyu muganda waranzwe n’ibikorwa bitandukanye bifite agaciro kanini nko gusiza imihanda, kubaka inzu n’ibindi. Hamwe na hamwe wasojwe no kwishyurira abatishiboye mituweli. Mu karere ka Gatsibo abahavuka bibumbiye mu ihuriro ya “Gatsibo brothers and sisters community” bishyuriye mituweli abatishoboye […]

Rusizi :Urukiko rwaregewe umusore ukekwaho kwicisha nyina ifuni akanakomeretsa se

Umusore w’imyaka 27 witwa Habiyaremye Egide mu Kagari ka Cyingwa, Umurenge wa Gitambi akarere ka Rusizi, akurikiranywe n’ubutabera kwica nyina umubyara no gukomeretsa se. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rusizi bwaregeye Urukiko rwisumbuye rwa Rusizi uyu musore muri iki cyumweru. Habiyaremye akurikiranyweho icyaha cyo kwica nyina umubyara, Kamunazi Marcelline w’imyaka 62. Ikindi ni icyo gukomeretsa […]

Umubyeyi uzashaka kukuroga agushyiramo ingengabitekerezo ya Jenoside uzamusuzugure

Abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya ESIM riherereye mu Murenge wa Kiramuruzi ho mukarere ka Gatsibo, basabwe kujya bamagana bakananyomoza ababyeyi babo mu gihe bashaka kubacengezamo ibitekerezo by’ingengabitekerezo ya Jenoside. Babisabwe n’umuyobozi w’iri shuri Habiyambere CĂ©lestin kuwa 23 Kanama 2017. Hari mu kiganiro ku kurwanya jenoside n’ingengabitekerezo yayo bagejejweho n’ umuhuzabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo […]

Burundi: Sosiyete Sivile irasaba ICC kubukurikirana butarivana burundu muri uru rukiko

Imiryango igize ihuriro rya sosiyete sivile mu Burundi irasaba Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) gukurikirana iki gihugu ku byaha gishinjwa by’ihungabnywa ry’uburenganzira bwa muntu n’ibyibasiye inyokomuntu , mbere yuko itariki iki gihugu cyemerewe kwivana burundu mu bihugu bigengwa n’uru rukiko, igera. Iki gihugu kirashinjwa ibi byaha kuva muri Mata 2015, ubwo Perezida Nkurunziza yari amaze gutangaza […]

Bimwe mu bice by'ingenzi ku mugore biba byuzuye uburyohe mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Umubiri w’umuntu wubakanye ibice bitandukanye byuzuye uburyohe no kongera ubushake bw’imibonano mpuzabitsina mu gihe hagize ubikoraho. Ibi bice biri ugutatu : 1. Hari ahaza ku mwanya wa mbere. Ibyo bice biza ku mwanya wa mbere ni « Igitsina gabo ku bagabo n’igitsina gore ku bagore ». Gusa ariko ku gitsina gore agace kitwa « clitoris […]

Kamonyi: Abo mu murenge wa Karama bizihije umuganura borozanya

Umunsi w’umuganura mu Murenge wa Karama wo mu karere ka Kamonyi, waranzwe n’igikorwa cy’ubusabane cyanajemo icyo koroza umuryango utishoboye na wo ngo ubashe kwivana mu bukene. Ku wa Gatanu tariki ya 25 Kanama 2017, nibwo abaturage bo muri Karama bizihije uyu munsi w’umuganura, bagabira Mukandayambaje Clementine, ihene izamufasha kwikura mu bukene. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye […]

Umuhanzi Saida Karoli atewe impungenge n’umuntu wamubwiye ko azamwica

Saida Karoli, umuhanzi w’umunyabigwi muri Afurika, yatangaje ko ubuzima bwe bubangamiwe ndetse yumva afite impagarara mu mutima nyuma yo guhamagarwa n’umuntu atazi kuri telefoni ye igendanwa akamubwira ko azamwica. Ibi byabaye kuri uyu muhanzi ubwo yari mu myiteguro yo kujya gutanga ikiganiro kuri radiyo imwe yo mu gihugu cya Tanzaniya mu ntangiriro z’iki cyumweru dusoje. […]

Amerika: Imfungwa yishwe hakoreshejwe ubumara bushya butababaza

Imfungwa iharanira kwishyira hejuru kw’abazungu yishe abantu abaziza inkomoko yabo mu imyaka 30 ishize, yishwe atewe urushinge rurimo ubumara. Mark Asay ni we muzungu wa mbere mu mateka y”intara ya Florida yishwe kubera yishe umwirabura, nk’uko bivugwa n’ishyirahamwe rikurikiranira hagufi ishirwa mu bikorwa ry’igihano cyo gupfa. Asay w’imyaka 53, yahamwe n’icyaha cyo kwica abantu babiri […]

Afurika y'epfo: Abazungu binjije umwirabura mu isanduku bahamijwe icyaha

  Abazungu babiri b’abahinzi binjije umugabo w’umwirabura mu isanduku ku gahato bahamijwe icyaha cyo Muri Kanama umwaka ushize wa 2016, Victor Mlotshwa w’imyaka 27 y’amavuko, yarakubiswe ndetse yinjizwa mu isanduku ku gahato n’abazungu babiri b’abahinzi, Theo Martins Jackson na Willem Oosthuizen. Bombi bazakatirwa ku itariki 23 z’ukwezi kwa 10. Bahakanye ibyo baregwa. Uru rubanza rwateje […]

Burundi: Abaturage bakomeje guhunga igihugu kubera Imbonerakure

Imiryango itegamiye kuri leta mu Burundi iratangaza ko abaturage bo muri ik gihugu bakomeje guhunga ku bwinshi kubera ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bikomeje gukorwa n’abasore bo mu ishyaka riri ku butegetsi, CNDD FDD b’Imbonerakure. Ibi ni bimwe mu byasohotse muri raporo y’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’impunzi (Irri), ngo abantu batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho baracyahohoterwa n’Imbonerakure, […]

Kid Gaju yashyize avuga icyo yapfuye na Muyoboke Alex

Hashize imyaka 3, humvikanye umwuka mubi hagati y’umuhanzi Kid Gaju n’umujyanama w’abahanzi Muyoboke Alex, uyu muhanzi yatangarije bwiza.com imvano y’ibibazo bye na Muyoboke, kuri we ngo ntagitangaje kirimo uretse ko ari itangazamakuru ryabikabibirije. Guhera muri Nyakanga 2014 kugeza uyu munsi ku ya 24 Kanama 2017, umuhanzi Kid Gaju ntiyari yagatangaje ukuri ku bibazo by’ubwumvikane bucye […]

Burundi: Umwana w’imyaka 14 yishwe atemeshejwe umuhoro na se wa bo

Umwana w’imyaka 14 utatangajwe amazina yiciwe muri komine Nyanza Lac, Intara ya Makamba atemeshejwe umuhoro. Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru by’i Burundi, ni uko uwo mwana yishwe mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, ucyekwa wanafashwe ni se wabo, icyo yaba yamuhoye kikaba kitaramenyekana. Igipolisi mu Ntara ya Makamba gitangaza ko uwo ukekwaho […]

Diamond yihakanye umwana Hamisa aherutse kubyara bakamumwitirira

Nyuma yo kuvugwaho kubyarana n’umuhanzi Diamond wo muri Tanzania, Hamissa Mobetto wagaragaye mu mashusho y’indirimbo ‘Salome’ akagerekaho kwita umwana yabyaye amazina y’uyu muhanzi, amakuru agezweho ubu ni uko Diamond yihakanye uyu mwana akavuga ko ibi byose uyu mugore yabikoze ashaka kumwubakiraho izina. Uyu mugore yakunze kuvugwaho ko inda yari atwite yayitewe n’umuhanzi Diamond, ariko uyu […]

Uganda: Perezida Museveni yongeye amaraso mashya mu gisirikare (Amafoto)

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yongeye imihini mishya mu gisirikare (UPDF) abereye umugaba mukuru w’ikirenga. Mu ntangiriro z’iki cyumweru, ni bwo abasirikare basaga ibihumbi 2 basoje amasomo bari bamazemo amezi agera ku 9, bahabwa imyitozo itandukanye ya kinyamwuga, imyitozo yaberaga mu nkambi ya Kaweweta mu karere ka Nakaseke. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi myitozo yari imaze […]

Guverinoma y'u Rwanda izakomeza ubufatanye bugamije kugeza ireme ry'uburezi mu mashuri yose- PM Murekezi

Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yemeza ko Guverinoma y’ u rwanda izakomeza gufatanya n’ inzego bireba kugirango ireme ry’ uburezi rikomeze kugera mu mashuri hose kandi uburezi bukomeze kuba inkingi itajegajega y’ iterambere, bas hobora kwihangira imirimo. Minisitiri w’Intebe Anastase yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza guharanira uburezi bufite ireme kandi buganisha mu kwibanda ku bikenewe […]

Rusizi: Abayobozi b’amatorero barasabwa kwigisha no kuri gahunda zo kwiteza imbere

Ubuyobozi bw’itorero ‘Zion temple celebration center’ mu karere ka Rusizi buvuga ko inyigisho amadini n’amatorero yigishaga mu bihe byashize wasangaga zibanda ku by’umwuka gusa, ubu bakaba basabwa kwigisha abantu uburyo bwo kwiteza imbere aho gutegereza inkunga zizava ikantarange. Ibi byagarutsweho mu muhango wo kumurikira abakirisitu abapasiteri bashya 8, barimo abagabo 4 n’abagore babo, ku cyumweru […]

Nigeria: Umusore w’imyaka 27 yangiwe gusura umukecuru w’imyaka 72 bakundana mu Bwongereza

Umusore w’imyaka 27 y’amavuko ukomoka muri Nigeria yabujijwe n’inzego za leta zo mu gihugu cye kujya mu Bwongereza gusura umugore we baherutse gusezerana umurusha imyaka igera kuri 45. Aba bombi bamenyanye bahujwe n’urubuga rwa Facebook, barahura ndetse banakora ubukwe babana nk’umugore n’umugabo, ariko nyuma uyu mukecuru w’abana 6 asubira iwabo mu Bwongereza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ntibyatinze […]

U budage: Perezida Trump yagereranyijwe na Adolphe Hitler

Ikinyamakuru cyo mu gihugu cy’u Budage, Stern cyagereranyije perezida w’Amerika, Donald Trump na Adolphe Hitler wahitanye imbaga y’Abayahudi mu binyejana byashize. Iki kinyamakuru cyasohoye inkuru kuwa kane tariki ya 24 Kanama, aho ku rupapuro rw’intangiriro rwa cyo hagaragaraho ifoto ya perezida Trump yifubitse ibendera ry’Amerika, arambuye akaboko mu nsuhuzanyo y’aba Nazi. Uretse iyo foto ya […]

Ese ujya urota ukora imibonano mpuzabitsina? Dore icyo bisobanuye

Abantu benshi bajya bibaza impamvu iyo baryamye barota bakora imibonano mpuzabitsina nyamara ntibamenye muby’ukuri ikiba kibyihishe inyuma. Igitabo LOVE SPELLS cyanditswe na Marianne Vicelich kivuga ko ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina bitewe n’ibyo uba wiriwemo ahanini usanga biba byinganjemo ibiganiro by’imibonano mpuzabitsina . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Rimwe na rimwe hari igihe ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina […]

Koreya ya Ruguru yaratiye abanzi bayo umushinga w’ibisasu 2 iteganya kurasa

Koreya ya Ruguru isa n’iyahishuye amakuru yayo y’ibanga arebana n’umushinga ukomeye wo kurasa ibisasu bibiri bya kirimbuzi. Ni amafoto yagiye ahabona, bikekwa ko Koreya ya Ruguru itashakaga ko ajya hanze, agaragaza umugaba w’ikirenga w’ingabo, Kim Jong-un yasuye uruganda rukora intwaro arimo gusobanurirwa kuri uwo mushinga bateganya wo kurasa izo misile 2 zikomeye. Ayo mafoto yatangajwe […]

Impamvu 2 z’ingenzi buri mugabo akwiriye kuvugana n’umugore we mu gihe cy'akabariro

Imibonano mpuzabitsina hagati y’abashakanye ikozwe neza buri wese akanyurwa ni isoko y’ibyishimo mu muryango. Ntago umugabo yaba yashimishije umugore we ngo bagirane ibibazo by’urudaca. Umugore ntiyaba yashimishije umugabo we mu gitanda hanyuma ngo ahindukire ngo amuce inyuma. Umugabo ntiyaba yafashije umugore we kugera ku byishimo bye byanyuma ngo yifuze abandi bagabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi […]

Angola : Hatowe Perezida mushya,Santos agumanye ijambo rikomeye

Uwari uyoboye Angola imyaka 38, JosĂ© Eduardo dos Santos yavuye ku butegetsi, ariko azagumana ijambo mu miyoborere y’iki gihugu nk’umuyobozi w’ishyaka riri ku butegetsi n’umugaba w’ikirenga w’ingabo na polisi. Mu binyacumi bine, ishyaka rya rubanda rigamije kubohora Angola(Mouvement populaire pour la libĂ©ration de l’Angola-MPLA) niryo ribimaze riyobora Angola. By’umwihariko n’umuyobozi waryo Santos ni we wari […]

Naty Dread yakebuye abarebera abarasta mu ndorerwamo y’ikibi

Umuririmbyi w’umunyarwanda uzwi cyane mu njyana ya Reggae, Naty Dread, arakangurira Abanyarwanda bose kutarebera abarasIta mu ndorerwamo y’ibibi. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza, uyu muhanzi yakomoje ku muryango abarizwamo ry’abarasita, anavuga kandi ku misatsi itendera inyuma benshi bazi ku izina rya deredi ( Dread Rock ), kuri we ngo yakwifuza ko abantu basobanukirwa iby’iyi misatsi, […]

Rubavu: Abakora ku mupaka bahishuye ibanga ubucuruzi bwa magendu bukorwamo

Mu karere ka Rubavu hakunze kuvugwa ubucuruzi bukorwa ku buryo butemewe n’amategeko, bugaragara ku mupaka uhuza Congo n’u Rwanda, aho abenshi bibaza impamvu ubu bucuruzi bwa magendu budacika ahubwo ugasanga buriyongera umunsi ku wundi. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na bamwe mu baturage baturiye umupaka, bemeza ko biterwa nuko hagati y’ibihugu byombi nta mipaka igaragarira amaso […]

Rusizi: Ikibazo cy’imbuto ziribwa zajyaga zipfa ubusa cyatangiye kubonerwa umuti

Imirenge ya Bugarama,Muganza na Gitambi mu karere ka Rusizi ni imwe mu mirenge y’aka karere yeza imbuto nyinshi cyane ariko abahinzi bazo bagahorana ikibazo cyo kuba zera zikabapfira ubusa kubera kubura abaguzi, ubu ngo cyaba kigiye gukemuka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni kenshi cyane muri iyi mirenge hagiye humvikana ikibazo cy’imbuto nk’imyembe, marakuja, amacunga, indimu n’izindi zera […]

Nsabimana Eric ashobora kwerekeza muri Rayon Sport

Nsabimana Eric “Zidane” ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya As Kigali biravugwa ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports akabisikana na Niyonzima Ally bivugwa ko na we yasinyiye iyi kipe amasezerano y’imyaka igera kuri 2. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Zidane nk’uko bakunze kumwita, ni umwe mu bakinnyi bari mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 y’amavuko, […]

Uko bamwe mu banyarwanda bakiriye icyemezo cy’umujyi wa Kigali cyo guca burundu abazunguzayi

Umujyi wa Kigali umaze kurambirwa n’ikibazo cy’abazunguzayi gifatirwa ingamba ariko ntigicike. Umujyi wa Kigali uvuga ko washoye amafaranga asaga miliyoni 300 mu kubaka amasoko kugira ngo abazunguzayi babone aho bakorera, ariko baranga baguma mu muhanda. Nyuma yibwo hafashwe indi ngamba yo guca amande y’ibihumbi icumi, umuzunguzayi n’umukiriya we, nabyo ntibyabaye igisubizo kirambye. Ku wa Gatatu […]

PM Murekezi yasabye Abanyarwanda kwigira ku Banyamahanga bitabiriye imurikagurisha

Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi arasaba Abanyarwanda bamurika ibikorwa byabo mu imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera mu Rwanda kwigira ku bishya by’abanyamahanga bakora bimwe na bo baryitabiriye. Yabitangaje uyu munsi ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, ubwo yafunguraga ku mugaragaro iri murikagurisha riri kubera i Gikondo mu mujyi wa Kigali ku nshuro ya 20. Minisitiri […]

Ese amatorero n'amadini avuga iki ku gutandukana kw'abashakanye?

Abapasiteri bavuga ko umugabo wasezeranye n’umugore we kubana akaramata imbere y’Imana gutandukana ari ikidashoboka, ariko hakurikijwe amategeko ya Leta ho birashoboka kandi biranemewe. Ibi ni ibyagarutsweho mu mahugurwa arimo kubera mu karere ka Muhanga kuva ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, yateguwe na World vision akaba agenewe abapasiteri, barasabwa kuba bafite ubumenyi ku […]

Ihene yavukanye isura nk'iy'umuntu yateye abaturage ubwoba (Amafoto)

Mu gihugu cy’u Buhinde ihene iherutse kubyara umwana ufite isura nk’iy’umuntu iriho akananwa, izuru ndetse n’umunwa n’amaso biteye nk’iby’umuntu, itungo ryateje ikibazo mu baturanyi b’uwo mworozi kuko ari ubwa mbere rihagaragaye muri ako gace. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abaturanye n’umworozi wabyaje iri tungo ridasanzwe bavuga ko ari ubwa mbere babonye ihene imeze kuriya bityo urugo rwe bakaba […]

Kamonyi: Amaso y’abarimu yaheze mu kirere bategereje agahimbazamusyi k’umwaka washize

Abarimu bo mu karere ka Kamonyi baravuga ko hari amafaranga (Bonus) bemerewe n’akarere ariko bakaba batayabona uko bikwiye kandi baba barageze ku ntego z’ibyo basabwe kuzuza. Aya mafaranga yiswe bonus cyangwa agahimbazamusyi, abarimu bavuga ko batangiye kuyahabwa guhera muri uyu mwaka ariko bagahabwa ayo mu mwaka washize kuko abagena imishyirirwe mu bikorwa y’imihigo aba barimu […]

Guverinoma nshya: Hakenewe ivugurwa rya bimwe mu bigo na Minisiteri

Harebewe ku musaruro ibigo na za Minisiteri byagezeho mu myaka yatambutse; ku ngengo y’imari no ku bushobozi igihugu gifite, hari ibigo na Minisiteri bikeneye: guseswa, kugabanyirizwa inshingano n’ingengo y’imari ndetse no kuvangwa. Ibyo byafasha mu gushyigikira gahunda u Rwanda rwihaye zo kuba igihugu gifite ubukungu buciriritse mu mwaka wa 2020 (Middle Income Country), no gukomeza […]

Urukuta rwa Twitter rw'ikipe FC Barcelone rwinjiriwe n’abahise baha ikaze Di Maria

Urukuta rwa Twitter rw’ikipe FC Barcelona rwibwe n’abantu bataramenyekana (hackers), bahita batangira kwandika bamenyesha abakunzi b’iyi kipe ko umukinnyi Di Maria ahawe ikaze muri iyi kipe. Byatangiye gucyekwa ko uru rukuta rwibwe mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Kanama, nyuma y’aho aba bajura bashyiriyeho ubutumwa buha ikaze mu ikipe umukinnyi w’ikipe ya Paris Saint […]