Osmane Dembele yasinye imyaka 5 muri Barcelone, aba umukinnyi wa 2 uhenze ku isi
Ikipe ya Fc Barcelone yamaze gusinyisha Osmane Dembele amasezerano yâimyaka 5 avuye muri Borussia Dortmund , aho yatanzweho akayabo ka Miliyoni 105 zâAmayeuro ahita aba nâumukinnyi wa 2 uhenze ku isi. Uyu musore wâimyaka 20, agiye kuba umusimbura wa Neymar, werekeje mu ikipe ya Paris Saint Germain akaba ari na we ufite agahigo ko kuba […]
Sudani yâEpfo: Umunyamakuru wâUmunyamerika mu bantu 19 baguye mu mirwano ikomeye
Umunyamakuru wâUmunyamerika wakoreraga muri Sudani yâEpfo nkâumunyamakuru wigenga (freelance) ni umwe mu bantu 19 baguye mu mirwano yabaye kuwa gatandatu hagati yâingabo za leta nâinyeshyamba muri Leta ya Yei River nkâuko bitangazwa nâigisirikare. Uyu munyamakuru witwa Christopher Allen wakoreye ibinyamakuru bitandukanye, yiciwe mu mirwano ikomeye yabereye mu mujyi wa Kaya. Iki gihugu kikaba kiri mu […]
Abanyeshuri ba Kaminuza ya UCU basobanuriwe uko jenoside yashyizwe mu bikorwa i Nyamata
Kuwa 28 Kanama 2017, itsinda ryĂ ÂĄbanyeshuri 23 baturutse muri Uganda Christian University (UCU) mu Gihugu cya Uganda ndeste nâitsinda ryâabashyitsi bâItorero Methodiste mu Rwanda bagera kuri 18 basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyamata mu Karere ka Bugesera. Nyuma yo gusobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, byâumwihariko I Nyamata,umukozi wa Komisiyo yâIgihugu […]
Dore ikizakwerekako umugore yageze ku ndunduro yâibyishimo mugihe cyâimibonano mpuzabitsina
Urubuga aufeminin.com, rugaragaza ko igihe cyâ imibonano mpuzabitsina, umugore ageza ibyishimo bye ku ndunduro nyuma yâ umunezero mwinshi aba yahawe nâ igikorwa cyâ imibonano, ibyo byishimo bikamurenga kandi bikaza bifite ingufu nyinshi cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibyo byishimo bigaragara bite? Uru rubuga ruvuga ko ariho hantu umugore ashobora kubonera ibyishimo byinshi bishobora kubaho mu buzima iyo […]
Meddy ngo ntiyabona ijambo ryasobanura uburyo u Rwanda rwahindutse
Umuhanzi Meddy uri mu Rwanda kuva kuwa 26 Kanama, mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze uko yabonye u Rwanda nyuma y’imyaka 7 amaze muri Amerika, anakomoza ku mpamvu imishinga y’indirimbo yagombaga gukorana na Sauti Sol ndetse na Christopher itakozwe. Kubijyanye n’uko yabonye u Rwanda yaherukaga gukandagiramo mbere ya tariki ya 4 Nyakanga 2010, Meddy yavuze ko nubwo […]
Impamvu nyazo zatumye Paul Kagame adahita aba perezida nyuma yo kubohoza u Rwanda
Perezida Kagame aremeza ko adakeneye kuguma ku butegetsi ngo arusheho gukomeza ubumwe bwâu Rwanda rushya, aho nta muturage ugishyira imbere ubwoko, ashimangira ko atari no ku butegetsi kuko abishaka nubwo ngo bitera abantu urujijo nkâuko ajya abibona aho byanditse hirya no hino. Ibi perezida Kagame akaba yabitangarije mu kiganiro kirekire yagiranye nâikinyamakuru The Financial Times. […]
Reba amafoto yâumukobwa wa mbere mwiza mu gisirikare cyâAmerika
Umukobwa witwa Jones alias, yamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga guhera mu myaka yashize, kubera ahanini imiterere y’umubiri we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukobwa ubarizwa muri batayo ya 504e mu gisirikare cya Amerika, akaba akorera mu gace ka Missouri. Uyu mukobwa wakunze kugenda agaruka haba mu mbuga nkoranyambaga ndetse no ku bitangazamakuru bimwe na bimwe byo muri […]
Menya impamvu abagore benshi barira cyangwa bataka mugihe cyo gutera akabariro
Twifashishije imbuga za internet zitandukanye zandika inkuru zijyane nâurukundo nâimibanire, ngo gutaka kâumugore mu gihe atera akabariro gusobanuye byinshi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1.Ikimenyetso cyâuko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera akabariro, ngo ni ibyishimo birenze aba yagize. Ibyishimo umugore agira iyo aryohewe nâimibonano mpuzabitsina ngo biba bimeze nkâiyo umuntu […]
Imyaka yo kwiga kaminuza mu Rwanda igiye kugabanywa
Mu gihe uwigaga kaminuza yahabwaga impamyabumenyi yâuko yarangije icyiciro cya kabiri cyayo (Bachelors Degree), nyuma yâimyaka ine, guhera mu mwaka utaha izaba itatu ku biga kaminuza yâu Rwanda. Izi mpinduka zatangajwe nâUmuyobozi wungirije wa Kaminuza yâu Rwanda ushinzwe ubushakashatsi nâamasomo, Prof Nelson Ijumba mu kiganiro yagiranye na The New Times. Iyi myaka itatu izatangira mu […]
Abakirisitu biraye mu rusengero bararusenya kubera ibyo umupasiteri wa bo yabakoreye
Abayoboke b’itorero God’s Commandment Ministry rikorera muri Nigeria bangije urusengero basengeragamo mu bias nâimyigaragambyo, nyuma yâuko umuvugaburumwa wa bo afatiwe mu cyuho yishe umwana wâumwe mu bayoboke be. Uyu mupasiteri wo mu gace ka Cross River muri Nigeria akurikirayweho icyaha cyo gushimuta no kwica umwana wâumukobwa wâumwe mu bo yigisha yarangiza akamukoresha mu migenzo ya […]
Tanzania: HCR irashinjwa kubuza impunzi zâAbarundi gutaha ku bushake
Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Mpunzi, HCR, rirashinjwa kubuza impunzi zâAbarundi 8,000 muri Tanzania gutaha ku bushake bwazo kuva muri Nyakanga 2017. Iyi nkuru iravuga ko kuri uyu wa kane ushize, itariki 24 Kanama 2017, minisitiri wâumutekano wa Tanzania, Nchemba Mwingulu, yahaye HCR iminsi 7 yo gutegura uko izi mpunzi 8,000 zishaka gutaha ku bushake […]
Abayobozi bane ba Koperative bafungiye kunyereza miliyoni 29
Abayobozi bane ba koperative Dukundumurimo, KOADU ifite ibagiro mu mujyi wa Gisenyi mu karere ka Rubavu bafungiye kunyereza umutungo wâabanyamuryango ugizwe n’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 29. Aba bayobozi bafungiye kuri Sitasiyo ya Gisenyi , bafashwe ku wa Gatanu wâiki cyumweru tariki ya 25 Kanama 2017. Bagizwe na Perezida wâiyi koperative Faustin Mbanjimbere ,Theophile Ndagijimana, […]
Dore amakosa abantu benshi bakora mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina
Abasore cyangwa Abakobwa benshi mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina bakunda gukora ikosa rishobora kubaviramo ibibazo kandi aribo babyiteye. Mu bushakashatsi bwakozwe hagati yâumwaka wa 2007 na 2011, bwagaragaje ko nibura abantu 512, bandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina kubera huti huti bagira mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina bityo bagakoresha agakingirizo nabi uko bidakwiriye. […]
Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cyâabazunguzayi
Impuzamiryango yâamashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda(CLADHO), isanga ikibazo cyâabazunguzayi kitakemurwa nâingufu Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gukoresha. Ni nyuma yâaho kuwa gatatu ushize, umujyi wa Kigali uvugiye ko hagiye kwitabazwa Polisi nâingabo ngo uhangane nâikibazo cyâabacururiza mu mu muhanda. Ni umwanzuro utaranyuze abantu ku giti cyabo batari bake ndetse na zimwe […]
Amerika: Perezida Trump yibasiwe n'abanyepolitiki kubera icyemezo cyo kubabarira Arpaio
Perezida w’Inteko ishinga amategeko muri Amerika, Paul Ryan yavuze ko perezida Donald Trump atari akwiye kubabarira uwahoze ari umukuru wa polisi muri leta ya Arizona. Uyu muyobozi, Ryan yatangaje ayo magambo nyuma y’uko perezida Trump ababariye Joe Arpaio, wahamijwe icyaha cyo gusuzugura icyemezo cy’ururkiko mu kwezi kwa Karindwi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyo gihe, umuyovozi wa Polisi, […]
Umugabo yafotowe agenda asambana nâumukobwa anatwaye imodoka mu muhanda
Umugabo wo mu gihugu cyâu Burusiya utatangajwe amazina yafotowe ari gusambana mu modoka ari na we utwaye imodoka. Mu mashusho yafashwe nâundi mugenzi bari mu muhanda umwe yakwirakwijwe hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga aherekejwe nâamagambo anenga uyu mugabo ku buryo yari yitwaye mu muhanda rusange, ugenderamo imodoka nyinshi icyarimwe zijya mu cyerekezo kimwe. [xyz-ihs […]
Ibintu ukwiye kwitaho niba ushaka kwigarurira umutima wa buri mukobwa wese
Burya nâubwo ngo abantu bose ku isi badashimishwa nâibintu bimwe, hari ibintu abakobwa bahuriraho, bemeza ko bibashimisha iyo babikorewe nâabakunzi babo. Reka tugerageze kumva 15 muri byo. Niba uri umusore kandi ukaba ushaka kwinjira mu rukundo, sobanukirwa nÂŽibintu bimwe na bimwe abasore baba bagomba kumenya ku bakobwa kugira ngo urugendo rwÂŽurukundo ruguhire iteka ryose . […]
Nyarugenge : Umudugudu wâUbumanzi wateretse intango ku munsi wâumuganura
Umunsi wâumuganura ni umunsi udasanzwe mu cyaro, kuko baba baganura ibyo bejeje, cyane ko ari ku mwero wâamasaka bakenga ibigage bagasangira. Muri iki gihe rero, ntibaganura ibyejejwe gusa, ahubwo baganura umusaruro kuko nta we udakora. Umudugudu wâUbumanzi ni umwe mu igize akagari ka Rugenge mu murenge wa Muhima, akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali. […]
Dipolomasi : Qatar yanze kuba ingaruzwamuheto ya Saudi Arabia
Iyo witegereje ibibera hirya no hino ku isi muri iyi minsi, ukanagereranya ibyahozeho mu gihe isi byavugwaga ko yugarijwe nâubukoloni, uhita wibaza niba koko umuntu yavuga ko ubwo bukoloni bwavuyeho bikakuyobera. Byagorana kumvikana ukuntu usanga buri gihugu kuri iyi si ya Rurema gifite amafaranga nâubukungu butajegajega , bimwe muri ibyo bihugu rero ndetse hafi ya […]
Rubavu: Ikibazo cyâubuharike kiracyafite imizi mu murenge wa nyundo
Ikibazo cyâubuharike kivugwa mu bice binyuranye byâakarere ka Rubavu, mu murenge wa Nyundo umwe mu yigize aka karere, aho gitizwa umurindi ahanini nâimiryango myinshi ibana itarasezeranye mu buryo bwemewe nâamategeko, ibyo na byo bigaha icyuho gucana inyuma kwâabashakanye, ari na byo biba intandaro yo kugira abagabo cyangwa abagore benshi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bamwe mu baturage bo […]
Ibintu 4 abagore banga urunuka mu bijyanye no gutera akabariro ariko bakaryumaho
Abagore nâabakobwa hari ibintu byinshi usanga batekereza ku bijyanye nâimibonano mpuzabitsinda. Ibyinshi muri byo ni ibibabangamira ariko bagakunda kuryumaho ntibabivuge kubera impamvu zinyuranye zirimo kwanga ko umugabo bari kumwe amufata nkâumuntu mubi ndetse nâisoni. Ni muri urwo rwego twabazaniye bimwe mu byo abagore nâabakobwa batekereza ku mibonano mpuzabitsina ariko ntibabibwire abagabo kandi abagabo baba bakeneye […]
U Bushinwa bwahagaritse ibikorwa byâubucuruzi na Koreya ya Ruguru
Igihugu cyâu Bushinwa cyatangaje ko cyahagaritse ayandi masosiyete atandukanye ya Koreya ya Ruguru yari asanzwe akorera ku butaka bwa bwo. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi mu Bushinwa mu mpera zâiki cyumweru, aho yavuze ko ibi babikoze mu rwego rwo kwihaniza koreya ya Ruguru kuko yanze kureka ikoreshwa ryâibisasu byâubumara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] U Bushinwa […]
I Rubavu: Hatoraguwe umurambo wâumukobwa wishwe anizwe
Ubuyobozi bwâumurenge wa Mudende mu karere ka Rubavu buremeza amakuru yâurupfu rwâumukobwa witwa Mutuyimana Marie Claire uri mu kigero cyâimyaka 23 wasanzwe mu ishyamba yapfuye, ibimenyetso bikaba byerekanye ko yishwe anizwe ku itariki 22 Kanama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru atangwa nâabaturage avuga ko uyu mukobwa ngo yari agiye guca imishingiriro mu ishyamba ari na ho […]
Niba ushaka gukora imibonano mpuzabitsina nyayo, dore igihe gikwiye igomba kumara
Ubushakashatsi: Igihe imibonano mpuzabitsina igomba kumara ngo abashakanye banyurwe Abantu benshi bakunda kwibaza igihe cya nyacyo imibonano mpuzabitsina igomba kumara. Abagabo ahanini, nibo bakunda kugira impungenge zâigihe byasaba ngo bashimishe abagore babo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mwaka wa 2005, nibwo Dr Irwin Goldstein yagaragaje ko iminota 7 ariyo minota nibura ihagije ngo abashakanye banyurwe nâakabariro. Nyuma […]
Koreya ya Ruguru yarashe misile eshatu mu nyanja
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyavuze ko Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu bya misile bitatu. Abategetsi muri Koreya y’Epfo bavuze ko ibi bisasu byarekuriwe mu ntara ya Gangwon muri Koreya y’Amajyaruguru bigenda ku bilometero 250. Kuva Pyongyang yarasa ibisasu ndengamigabane bya misile mu kwezi kwa karindwi, yatanze impuruza ko izarekura ibindi bisasu bya […]
Perezida Trump yahaye imbabazi umupolisi wahamwe nâicyaha cyâagasuzuguro
Perezida wa leta Zunze Ubumzwe za Amerika Donald Trump yahaye imbabazi uwahoze ari umuyobozi wa polisi muri leta ya Arizona wahamwe n’icyaha cy’agasuzuguro. Joe Arpaio, w’imyaka 85, yahamijwe icyaha n’urukiko nyuma yo gusuzugura umwanzuro warwo wamutegekaga guhagarika ibikorwa byo kwibasira abashoferi b’abimukira nkuko BBC yabitangaje. Byari byitezwe ko agomba gukatirwa igihano mu Kwakira uyu mwaka. […]
Producer Fayzo yavuze ibanga yakoresheje ngo amashusho y'indirimbo ya Yvery amenyekane
Producer Fayzo usanzwe amenyereweho gutunganya amashusho yâindirimbo, aragaragaza impamvu indirimbo zâabanyarwanda zidakinwa kuri televiziyo mpuzamahanga, akanagaruka ku mashusho y’indirimbo ya Yvery aherutse gushyirwa ahagaragara. Uyu Fayzo amaze iminsi mike ashyize hanze amashusho yâindirimbo yitwa â Nkuko njya mbirotaâ. Mu kiganiro kigufi na Bwiza.com, akaba yaravuze ibanga ryatumye aya mashusho akundwa, dore ko ari we wayakoze. […]
Uko ibikorwa by'umuganda byagiye byitabirwa hirya no hino mu Rwanda(Amafoto)
Abanyarwanda n’abanyamahanga baba mu Rwanda no mu mahanga bitabiriye igikorwa cy’umuganda rusange usoza ukwezi kwa Kanama. Uyu muganda waranzwe n’ibikorwa bitandukanye bifite agaciro kanini nko gusiza imihanda, kubaka inzu n’ibindi. Hamwe na hamwe wasojwe no kwishyurira abatishiboye mituweli. Mu karere ka Gatsibo abahavuka bibumbiye mu ihuriro ya “Gatsibo brothers and sisters community” bishyuriye mituweli abatishoboye […]
Rusizi :Urukiko rwaregewe umusore ukekwaho kwicisha nyina ifuni akanakomeretsa se
Umusore wâimyaka 27 witwa Habiyaremye Egide mu Kagari ka Cyingwa, Umurenge wa Gitambi akarere ka Rusizi, akurikiranywe nâubutabera kwica nyina umubyara no gukomeretsa se. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rusizi bwaregeye Urukiko rwisumbuye rwa Rusizi uyu musore muri iki cyumweru. Habiyaremye akurikiranyweho icyaha cyo kwica nyina umubyara, Kamunazi Marcelline wâimyaka 62. Ikindi ni icyo gukomeretsa […]
Umubyeyi uzashaka kukuroga agushyiramo ingengabitekerezo ya Jenoside uzamusuzugure
Abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya ESIM riherereye mu Murenge wa Kiramuruzi ho mukarere ka Gatsibo, basabwe kujya bamagana bakananyomoza ababyeyi babo mu gihe bashaka kubacengezamo ibitekerezo byâingengabitekerezo ya Jenoside. Babisabwe nâumuyobozi wâiri shuri Habiyambere CĂ©lestin kuwa 23 Kanama 2017. Hari mu kiganiro ku kurwanya jenoside nâingengabitekerezo yayo bagejejweho nâ umuhuzabikorwa wa Komisiyo yâIgihugu yo […]
Burundi: Sosiyete Sivile irasaba ICC kubukurikirana butarivana burundu muri uru rukiko
Imiryango igize ihuriro rya sosiyete sivile mu Burundi irasaba Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) gukurikirana iki gihugu ku byaha gishinjwa byâihungabnywa ryâuburenganzira bwa muntu nâibyibasiye inyokomuntu , mbere yuko itariki iki gihugu cyemerewe kwivana burundu mu bihugu bigengwa nâuru rukiko, igera. Iki gihugu kirashinjwa ibi byaha kuva muri Mata 2015, ubwo Perezida Nkurunziza yari amaze gutangaza […]
Bimwe mu bice by'ingenzi ku mugore biba byuzuye uburyohe mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina
Umubiri wâumuntu wubakanye ibice bitandukanye byuzuye uburyohe no kongera ubushake bwâimibonano mpuzabitsina mu gihe hagize ubikoraho. Ibi bice biri ugutatu : 1. Hari ahaza ku mwanya wa mbere. Ibyo bice biza ku mwanya wa mbere ni « Igitsina gabo ku bagabo nâigitsina gore ku bagore ». Gusa ariko ku gitsina gore agace kitwa « clitoris […]
Kamonyi: Abo mu murenge wa Karama bizihije umuganura borozanya
Umunsi wâumuganura mu Murenge wa Karama wo mu karere ka Kamonyi, waranzwe n’igikorwa cy’ubusabane cyanajemo icyo koroza umuryango utishoboye na wo ngo ubashe kwivana mu bukene. Ku wa Gatanu tariki ya 25 Kanama 2017, nibwo abaturage bo muri Karama bizihije uyu munsi wâumuganura, bagabira Mukandayambaje Clementine, ihene izamufasha kwikura mu bukene. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye […]
Umuhanzi Saida Karoli atewe impungenge nâumuntu wamubwiye ko azamwica
Saida Karoli, umuhanzi wâumunyabigwi muri Afurika, yatangaje ko ubuzima bwe bubangamiwe ndetse yumva afite impagarara mu mutima nyuma yo guhamagarwa nâumuntu atazi kuri telefoni ye igendanwa akamubwira ko azamwica. Ibi byabaye kuri uyu muhanzi ubwo yari mu myiteguro yo kujya gutanga ikiganiro kuri radiyo imwe yo mu gihugu cya Tanzaniya mu ntangiriro zâiki cyumweru dusoje. […]
Amerika: Imfungwa yishwe hakoreshejwe ubumara bushya butababaza
Imfungwa iharanira kwishyira hejuru kw’abazungu yishe abantu abaziza inkomoko yabo mu imyaka 30 ishize, yishwe atewe urushinge rurimo ubumara. Mark Asay ni we muzungu wa mbere mu mateka y”intara ya Florida yishwe kubera yishe umwirabura, nk’uko bivugwa n’ishyirahamwe rikurikiranira hagufi ishirwa mu bikorwa ry’igihano cyo gupfa. Asay w’imyaka 53, yahamwe n’icyaha cyo kwica abantu babiri […]
Afurika y'epfo: Abazungu binjije umwirabura mu isanduku bahamijwe icyaha
 Abazungu babiri b’abahinzi binjije umugabo w’umwirabura mu isanduku ku gahato bahamijwe icyaha cyo Muri Kanama umwaka ushize wa 2016, Victor Mlotshwa w’imyaka 27 y’amavuko, yarakubiswe ndetse yinjizwa mu isanduku ku gahato n’abazungu babiri b’abahinzi, Theo Martins Jackson na Willem Oosthuizen. Bombi bazakatirwa ku itariki 23 z’ukwezi kwa 10. Bahakanye ibyo baregwa. Uru rubanza rwateje […]
Burundi: Abaturage bakomeje guhunga igihugu kubera Imbonerakure
Imiryango itegamiye kuri leta mu Burundi iratangaza ko abaturage bo muri ik gihugu bakomeje guhunga ku bwinshi kubera ibikorwa byâubugizi bwa nabi bikomeje gukorwa nâabasore bo mu ishyaka riri ku butegetsi, CNDD FDD bâImbonerakure. Ibi ni bimwe mu byasohotse muri raporo yâumuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwâimpunzi (Irri), ngo abantu batavuga rumwe nâubutegetsi buriho baracyahohoterwa nâImbonerakure, […]
Kid Gaju yashyize avuga icyo yapfuye na Muyoboke Alex
Hashize imyaka 3, humvikanye umwuka mubi hagati yâumuhanzi Kid Gaju nâumujyanama wâabahanzi Muyoboke Alex, uyu muhanzi yatangarije bwiza.com imvano yâibibazo bye na Muyoboke, kuri we ngo ntagitangaje kirimo uretse ko ari itangazamakuru ryabikabibirije. Guhera muri Nyakanga 2014 kugeza uyu munsi ku ya 24 Kanama 2017, umuhanzi Kid Gaju ntiyari yagatangaje ukuri ku bibazo byâubwumvikane bucye […]
Burundi: Umwana wâimyaka 14 yishwe atemeshejwe umuhoro na se wa bo
Umwana wâimyaka 14 utatangajwe amazina yiciwe muri komine Nyanza Lac, Intara ya Makamba atemeshejwe umuhoro. Amakuru atangazwa nâibinyamakuru byâi Burundi, ni uko uwo mwana yishwe mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, ucyekwa wanafashwe ni se wabo, icyo yaba yamuhoye kikaba kitaramenyekana. Igipolisi mu Ntara ya Makamba gitangaza ko uwo ukekwaho […]
Diamond yihakanye umwana Hamisa aherutse kubyara bakamumwitirira
Nyuma yo kuvugwaho kubyarana nâumuhanzi Diamond wo muri Tanzania, Hamissa Mobetto wagaragaye mu mashusho yâindirimbo âSalomeâ akagerekaho kwita umwana yabyaye amazina yâuyu muhanzi, amakuru agezweho ubu ni uko Diamond yihakanye uyu mwana akavuga ko ibi byose uyu mugore yabikoze ashaka kumwubakiraho izina. Uyu mugore yakunze kuvugwaho ko inda yari atwite yayitewe nâumuhanzi Diamond, ariko uyu […]
Uganda: Perezida Museveni yongeye amaraso mashya mu gisirikare (Amafoto)
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yongeye imihini mishya mu gisirikare (UPDF) abereye umugaba mukuru w’ikirenga. Mu ntangiriro z’iki cyumweru, ni bwo abasirikare basaga ibihumbi 2 basoje amasomo bari bamazemo amezi agera ku 9, bahabwa imyitozo itandukanye ya kinyamwuga, imyitozo yaberaga mu nkambi ya Kaweweta mu karere ka Nakaseke. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi myitozo yari imaze […]
Guverinoma y'u Rwanda izakomeza ubufatanye bugamije kugeza ireme ry'uburezi mu mashuri yose- PM Murekezi
Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yemeza ko Guverinoma y’ u rwanda izakomeza gufatanya n’ inzego bireba kugirango ireme ry’ uburezi rikomeze kugera mu mashuri hose kandi uburezi bukomeze kuba inkingi itajegajega y’ iterambere, bas hobora kwihangira imirimo. Minisitiri w’Intebe Anastase yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza guharanira uburezi bufite ireme kandi buganisha mu kwibanda ku bikenewe […]
Rusizi: Abayobozi bâamatorero barasabwa kwigisha no kuri gahunda zo kwiteza imbere
Ubuyobozi bwâitorero âZion temple celebration centerâ mu karere ka Rusizi buvuga ko inyigisho amadini nâamatorero yigishaga mu bihe byashize wasangaga zibanda ku byâumwuka gusa, ubu bakaba basabwa kwigisha abantu uburyo bwo kwiteza imbere aho gutegereza inkunga zizava ikantarange. Ibi byagarutsweho mu muhango wo kumurikira abakirisitu abapasiteri bashya 8, barimo abagabo 4 nâabagore babo, ku cyumweru […]
Nigeria: Umusore wâimyaka 27 yangiwe gusura umukecuru wâimyaka 72 bakundana mu Bwongereza
Umusore wâimyaka 27 yâamavuko ukomoka muri Nigeria yabujijwe nâinzego za leta zo mu gihugu cye kujya mu Bwongereza gusura umugore we baherutse gusezerana umurusha imyaka igera kuri 45. Aba bombi bamenyanye bahujwe nâurubuga rwa Facebook, barahura ndetse banakora ubukwe babana nkâumugore nâumugabo, ariko nyuma uyu mukecuru wâabana 6 asubira iwabo mu Bwongereza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ntibyatinze […]
U budage: Perezida Trump yagereranyijwe na Adolphe Hitler
Ikinyamakuru cyo mu gihugu cyâu Budage, Stern cyagereranyije perezida wâAmerika, Donald Trump na Adolphe Hitler wahitanye imbaga yâAbayahudi mu binyejana byashize. Iki kinyamakuru cyasohoye inkuru kuwa kane tariki ya 24 Kanama, aho ku rupapuro rwâintangiriro rwa cyo hagaragaraho ifoto ya perezida Trump yifubitse ibendera ryâAmerika, arambuye akaboko mu nsuhuzanyo yâaba Nazi. Uretse iyo foto ya […]
Ese ujya urota ukora imibonano mpuzabitsina? Dore icyo bisobanuye
Abantu benshi bajya bibaza impamvu iyo baryamye barota bakora imibonano mpuzabitsina nyamara ntibamenye mubyâukuri ikiba kibyihishe inyuma. Igitabo LOVE SPELLS cyanditswe na Marianne Vicelich kivuga ko ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina bitewe nâibyo uba wiriwemo ahanini usanga biba byinganjemo ibiganiro byâimibonano mpuzabitsina . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Rimwe na rimwe hari igihe ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina […]
Koreya ya Ruguru yaratiye abanzi bayo umushinga wâibisasu 2 iteganya kurasa
Koreya ya Ruguru isa nâiyahishuye amakuru yayo yâibanga arebana nâumushinga ukomeye wo kurasa ibisasu bibiri bya kirimbuzi. Ni amafoto yagiye ahabona, bikekwa ko Koreya ya Ruguru itashakaga ko ajya hanze, agaragaza umugaba wâikirenga wâingabo, Kim Jong-un yasuye uruganda rukora intwaro arimo gusobanurirwa kuri uwo mushinga bateganya wo kurasa izo misile 2 zikomeye. Ayo mafoto yatangajwe […]
Impamvu 2 zâingenzi buri mugabo akwiriye kuvugana nâumugore we mu gihe cy'akabariro
Imibonano mpuzabitsina hagati yâabashakanye ikozwe neza buri wese akanyurwa ni isoko yâibyishimo mu muryango. Ntago umugabo yaba yashimishije umugore we ngo bagirane ibibazo byâurudaca. Umugore ntiyaba yashimishije umugabo we mu gitanda hanyuma ngo ahindukire ngo amuce inyuma. Umugabo ntiyaba yafashije umugore we kugera ku byishimo bye byanyuma ngo yifuze abandi bagabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi […]
Angola : Hatowe Perezida mushya,Santos agumanye ijambo rikomeye
Uwari uyoboye Angola imyaka 38, JosĂ© Eduardo dos Santos yavuye ku butegetsi, ariko azagumana ijambo mu miyoborere yâiki gihugu nkâumuyobozi wâishyaka riri ku butegetsi nâumugaba wâikirenga wâingabo na polisi. Mu binyacumi bine, ishyaka rya rubanda rigamije kubohora Angola(Mouvement populaire pour la libĂ©ration de l’Angola-MPLA) niryo ribimaze riyobora Angola. Byâumwihariko nâumuyobozi waryo Santos ni we wari […]
Naty Dread yakebuye abarebera abarasta mu ndorerwamo yâikibi
Umuririmbyi wâumunyarwanda uzwi cyane mu njyana ya Reggae, Naty Dread, arakangurira Abanyarwanda bose kutarebera abarasIta mu ndorerwamo yâibibi. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza, uyu muhanzi yakomoje ku muryango abarizwamo ryâabarasita, anavuga kandi ku misatsi itendera inyuma benshi bazi ku izina rya deredi ( Dread Rock ), kuri we ngo yakwifuza ko abantu basobanukirwa ibyâiyi misatsi, […]
Rubavu: Abakora ku mupaka bahishuye ibanga ubucuruzi bwa magendu bukorwamo
Mu karere ka Rubavu hakunze kuvugwa ubucuruzi bukorwa ku buryo butemewe nâamategeko, bugaragara ku mupaka uhuza Congo nâu Rwanda, aho abenshi bibaza impamvu ubu bucuruzi bwa magendu budacika ahubwo ugasanga buriyongera umunsi ku wundi. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na bamwe mu baturage baturiye umupaka, bemeza ko biterwa nuko hagati yâibihugu byombi nta mipaka igaragarira amaso […]
Rusizi: Ikibazo cyâimbuto ziribwa zajyaga zipfa ubusa cyatangiye kubonerwa umuti
Imirenge ya Bugarama,Muganza na Gitambi mu karere ka Rusizi ni imwe mu mirenge yâaka karere yeza imbuto nyinshi cyane ariko abahinzi bazo bagahorana ikibazo cyo kuba zera zikabapfira ubusa kubera kubura abaguzi, ubu ngo cyaba kigiye gukemuka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni kenshi cyane muri iyi mirenge hagiye humvikana ikibazo cyâimbuto nkâimyembe, marakuja, amacunga, indimu nâizindi zera […]
Nsabimana Eric ashobora kwerekeza muri Rayon Sport
Nsabimana Eric âZidaneâ ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya As Kigali biravugwa ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports akabisikana na Niyonzima Ally bivugwa ko na we yasinyiye iyi kipe amasezerano yâimyaka igera kuri 2. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Zidane nkâuko bakunze kumwita, ni umwe mu bakinnyi bari mu ikipe yâigihugu yâabatarengeje imyaka 17 yâamavuko, […]
Uko bamwe mu banyarwanda bakiriye icyemezo cyâumujyi wa Kigali cyo guca burundu abazunguzayi
Umujyi wa Kigali umaze kurambirwa nâikibazo cyâabazunguzayi gifatirwa ingamba ariko ntigicike. Umujyi wa Kigali uvuga ko washoye amafaranga asaga miliyoni 300 mu kubaka amasoko kugira ngo abazunguzayi babone aho bakorera, ariko baranga baguma mu muhanda. Nyuma yibwo hafashwe indi ngamba yo guca amande yâibihumbi icumi, umuzunguzayi nâumukiriya we, nabyo ntibyabaye igisubizo kirambye. Ku wa Gatatu […]
PM Murekezi yasabye Abanyarwanda kwigira ku Banyamahanga bitabiriye imurikagurisha
Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi arasaba Abanyarwanda bamurika ibikorwa byabo mu imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera mu Rwanda kwigira ku bishya by’abanyamahanga bakora bimwe na bo baryitabiriye. Yabitangaje uyu munsi ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, ubwo yafunguraga ku mugaragaro iri murikagurisha riri kubera i Gikondo mu mujyi wa Kigali ku nshuro ya 20. Minisitiri […]
Ese amatorero n'amadini avuga iki ku gutandukana kw'abashakanye?
Abapasiteri bavuga ko umugabo wasezeranye nâumugore we kubana akaramata imbere yâImana gutandukana ari ikidashoboka, ariko hakurikijwe amategeko ya Leta ho birashoboka kandi biranemewe. Ibi ni ibyagarutsweho mu mahugurwa arimo kubera mu karere ka Muhanga kuva ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, yateguwe na World vision akaba agenewe abapasiteri, barasabwa kuba bafite ubumenyi ku […]
Ihene yavukanye isura nk'iy'umuntu yateye abaturage ubwoba (Amafoto)
Mu gihugu cy’u Buhinde ihene iherutse kubyara umwana ufite isura nk’iy’umuntu iriho akananwa, izuru ndetse n’umunwa n’amaso biteye nk’iby’umuntu, itungo ryateje ikibazo mu baturanyi b’uwo mworozi kuko ari ubwa mbere rihagaragaye muri ako gace. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abaturanye n’umworozi wabyaje iri tungo ridasanzwe bavuga ko ari ubwa mbere babonye ihene imeze kuriya bityo urugo rwe bakaba […]
Kamonyi: Amaso yâabarimu yaheze mu kirere bategereje agahimbazamusyi kâumwaka washize
Abarimu bo mu karere ka Kamonyi baravuga ko hari amafaranga (Bonus) bemerewe nâakarere ariko bakaba batayabona uko bikwiye kandi baba barageze ku ntego zâibyo basabwe kuzuza. Aya mafaranga yiswe bonus cyangwa agahimbazamusyi, abarimu bavuga ko batangiye kuyahabwa guhera muri uyu mwaka ariko bagahabwa ayo mu mwaka washize kuko abagena imishyirirwe mu bikorwa yâimihigo aba barimu […]
Guverinoma nshya: Hakenewe ivugurwa rya bimwe mu bigo na Minisiteri
Harebewe ku musaruro ibigo na za Minisiteri byagezeho mu myaka yatambutse; ku ngengo yâimari no ku bushobozi igihugu gifite, hari ibigo na Minisiteri bikeneye: guseswa, kugabanyirizwa inshingano nâingengo yâimari ndetse no kuvangwa. Ibyo byafasha mu gushyigikira gahunda u Rwanda rwihaye zo kuba igihugu gifite ubukungu buciriritse mu mwaka wa 2020 (Middle Income Country), no gukomeza […]
Urukuta rwa Twitter rw'ikipe FC Barcelone rwinjiriwe nâabahise baha ikaze Di Maria
Urukuta rwa Twitter rw’ikipe FC Barcelona rwibwe nâabantu bataramenyekana (hackers), bahita batangira kwandika bamenyesha abakunzi bâiyi kipe ko umukinnyi Di Maria ahawe ikaze muri iyi kipe. Byatangiye gucyekwa ko uru rukuta rwibwe mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Kanama, nyuma yâaho aba bajura bashyiriyeho ubutumwa buha ikaze mu ikipe umukinnyi wâikipe ya Paris Saint […]