Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina

Abantu benshi batinya kugira ibiganiro bagira ku ikorwa ry’imibonano mpuzabitsina ariko kandi ugasanga iyi ngingo isenyera benshi kubera kutamenya byinshi kuri yo cyangwa gutinya kubivugaho ngo ni ibishitani cyangwa ni ingeso mbi. Aha, turagaruka ku uburyo umukobwa cga umugore ashobora kunezeza umugabo mu gitanda, cyangwa se umugabo akumva amwishimiye, bwiza.com yakubwira ko bitandukanye na babandi […]

Nyamagabe: Kabeba Joel ushinjwa kwica umugore wamuhungiyeho muri Jenoside yakatiwe gufungwa burundu

Mu mpera z’ukwezi gushize, ni bwo urukiko rw’Ibanze rwa Kaduha rwasomeye imbere y’imbaga y’abaturage urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo Kabera Joel, icyaha cya Jenoside , rwemeza ko ikirego cy’Ubushinjacyaha gifite ishingiro, ndetse rumukatira igihano cy’igifungo cya Burundu y’umwihariko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mpera z’umwaka ushize wa 2016, ni bwo hamenyekanaye amakuru y’uko uwitwa Kabeba Joel yishe umugore witwaga […]

Ishyari ryiza ryatumye zimwe mu mpunzi z’Abanyarwanda zari mu Congo zitaha

Amakuru yagiye agera kuri bamwe mu mpunzi z’abanyarwanda zari zikiri muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, niyo yagiye akora ku mitima yazo, bityo abagera kuri 52 bataha i Rwanda. Ku wa 3 Ukwakira 2017, nibwo Monusco yacyuye abari abarwanyi ba FDLR 13 ndetse n’imiryango yabo igizwe n’abantu 39, bakavuga ko ari bagenzi babo batashye mbere […]

Ese iyo Leta imenye ibi ikora iki?-Amafoto

Nubwo Ikinyamakuru Bwiza.com kitabasha kugera mu gihugu hose, iyi nkuru mu mafoto irerekana ko hari aho umuntu agera akibaza niba ari mu Rwanda. Abayobozi mu nzego zose, ba minisitiri bashinzwe uturere ndetse n’imiryango itari iya Leta, hari icyo bashobora gukora, aba banyarwanda nabo bakabona ku byiza by’urwababyaye. Hakorimana Jean, utuye mu Karere ka Nyanza ,umurenge […]

Inzoka ya metero hafi 8 yaciye umuntu akaboko, abaturage bahita bayirya (Amafoto)

Inzoka yo mu bwoko bw’uruziramire yabaye ifunguro ry’abaturage batari bacye bo mu gace ka Batang Gansal muri Indoneziya nyuma yo gushaka kwivugana umuntu ikamuhusha ikamuca akaboko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uwitwa Robert Nababan yahuye n’iyo nzoka mu ishyamba ry’ibiti by’imingazi riri hafi y’umuhanda ubwo yageragezaga kurwana na yo ariko bikarangira abaturage bamutabaye bagafatanya […]

Afurika y’Epfo: Abagore n’abakobwa 8 bo mu muryango umwe bishwe barashwe

Abakobwa 6 n’abagore 2 bo mu muryango umwe muri leya y’Afurika y’Epfo bitabye Imana barashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4, inzego z’umutekano zikaba zivuga ko impamvu yo kuraswa itaramenyekana. Polisi y’Afurika y’Epfo yavuze ko aba bantu bose b’igitsinagore bo mu muryango umwe barashwe n’abantu batazwi babazanze mu nzu babagamo ndetse […]

Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7

Abaturage bo mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru bemeza ko biteguye ndetse ko banakomeje gutanga umusanzu wabo mu iterambere ry’igihugu, ariko ngo babigeraho neza mu gihe basobanukiwe gahunda y’imyaka 7 ya Guverinoma. Bamwe iyo ugerageje kubabwira ko yatambutse kuri radio no mu bindi binyamakuru ubwo Minisitiri w’Intebe yayigezaga ku bagize […]

Abasirikare b’Amerika n’aba Niger bishwe abandi baburirwa irengero muri Niger

Abasirikare b’Amerika bacunganga umutekano muri Nigeri hamwe n’abo muri kiriya gihugu bataramenyekana umubare bagabweho igitero barahatikirira abandi baburirwa irengero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru jeunafrique kivuga ko aba basirikare barimo bacunga umutekano mu gace ka Tongo Tongo gahana imbibi na Mali ubwo bagabwagaho igitero gikomeye cy’abitwaje imbunda nyinshi kandi zikaze bakabanyanyagizamo amasasu kugeza ubu umubare w’abaguye muri […]

Gicumbi : Itsinda ry’abasore ryahawe akato gatuma batibona nk’Abanyarwanda

Abacuruzi bo mu Murenge Manyagiro mu kagari ka Remera bafatiye ibihano abasore bigeze gufungirwa ubujura nyuma bakaza kugirwa abere, byo kutazongera kwikorera imizigo ku gasanteri ka Remera, aho bajyaga bavana amafaranga ababeshaho. Icyo kibazo cyatangiye ubwo iduka ry’umwe mu bacuruzi bo mu gasanteri ka Cyinyanda mu kagari ka Remera ryapfumurwaga n’abantu bataramenyekana bakamwiba amasaka apima […]

Uganda: Imfungwa iri mu bitaro nyuma yo kumira inoti z’ibihumbi 50 by’Amashilingi

Sengigwa Sendodie ufungiye muri gereza ya Lugore iherereye mu gace ka Palaro muri Uganda ari mu bitaro nyuma yo kumira inoti z’Amashilingi agera ku bihumbi 50. Yamize aya mafaranga mu gihe habaga umukwabu wo gusaka mu magereza, agatinya ibihano yari guhura na byo iyo baramuka bayamufatanye agahitamo kuyamira bunguri ariko bikanga bika aiby’ubusa kuko yageze […]

Parfine yifashe ku gahanga atuka Safi bahoze bakundana

Umutesi Parfine umubyeyi w’abana babiri wahoze ari umukunzi wa Safi Madiba wo muri Urban Boys, mu kinyabupfura bamwe bita gike, yatutse anandagaza Safi atirengagije n’abasore b’Abanyarwanda batereta abakobwa bo mu mahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bije nyuma yaho batandukaniye Safi agahitamo kubana na Niyonizera Judithe bigatungura benshi harimo n’uyu mugore Parfine bakoresha amagambo mabi anenga urugo […]

Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda

Abaturage batuye mu tugari twa Bukwashori, Rwasa na Nyirataba two mu murenge wa Kivuye mu karere ka Burera, barasaba ko bahabwa amazi meza, kuko ngo byabafasha kubarinda ibibazo byo gusuzugurwa bahura nabyo iyo bagiye kuvoma muri Uganda. Aba baturage bavuga ko hashize imyaka ibiri batabona amazi meza, ku ruhande rw’u Rwanda, ku buryo bajya kuvoma […]

Byinshi wamenya kuri kudeta ‘Coups d’Etat’ zibasiye ibihugu bya Afurika mu myaka 20 ishize

Ku mugabane wa Afurika, ni hamwe mu hantu hakunze kuvugwa ihirikwa ry’ubutegetsi ku bwinshi, ibi mu ndimi z’amahanga bita “Coup d’ é tat”. Hamwe na hamwe iri hirikwa ry’ubutegetsi ryabaga riciye mu ngufu za gisirikare, ahandi ugasanga ahanini byabaga biturutse ku myivumbagatanyo y’abasivili, bahagurukaga ,bakamagana ubutegetsi bakanabukuraho. Muri iyi nkuru Bwiza.com yabateguriye, murasangamo ihirikwa ry’ubutegetsi […]

FIFA yahannye ibihugu 8 by’Afurika kubera amakosa byakoze

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryahaye ibihano ibihugu bigera ku munani byao ku mugabane w’Afurika kubera ibyaha binyuranye byakozwe mu mikino yo guhatanira itike y’igikombe cy’isi giteganyijwe muri 2018. Ni muri urwo rwego, ikipe y’igihugu ya Gabon ari imwe mu makipe yahanwe, ikaba izira kuba yarakinishije umukinnyi utemewe n’amategeko, Merlin Tandjigora, wagombye kuba yarahagaritswe […]

Nyamasheke: Umusaza wari uzwiho gufata inzoka ari nzima yamurumye ahita apfa

Umusaza w’imyaka 67 y’amavuko witwaga Sekanyambo Isaacar wari usanzwe azwiho kugombora abarumwe n’inzoka, yamurumye ahita apfa. Yari asanzwe atuye mu mudugudu wa Kabaga, akagari ka Kigoya, umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, yarumwe n’inzoka mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 3 Ukwakira 2017, ubwo yari agiye kuyikura mu nzu y’umuturanyi we. Umunyamabanga […]

Ibihugu bifite abasirikare muri Somalia byasabye ko bakurwayo

Mu gihe Somaliya ihanze amaso ingabo z’abanyamahanga mu kuyifasha gucunga umutekano w’abanyagihugu n’ibya bo, umuryango w’Afuriya yunze ubumwe iratangaza ko mu minsi ya vuba iba yamaze kugabanyayo ingabo. Ni muri urwo rwego abasirikare bagera ku 1500 ba AMISOM bagomba gukurwa muri kiriya gihugu mu gihe kitarenze amezi 12 nk’uko uyu muryango ubiteganya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gusa […]

U Rwanda ku mwanya wa 2 muri Afurika n’uwa 41 ku isi mu gutanga serivisi zinoze

Icyegeranyo cy’ ihuriro ry’ isi mu by’ubukungu giheruka cya 2017-2018 gishyira u Rwanda ku mwanya wa 2 muri Afrika y’ Iburasirazuba mu mitangire ya servisi inoze, rukaba urwa 2 ku mugabane wa Afrika na ho ku isi rukaza ku mwanya wa 41 ruvuye kuwa 107 mu cyegeranyo giheruka cya 2014-2015. Iki cyegeranyo gisohotse mu gihe […]

Perezida Trump asanga uwarashe abantu I Las Vegas ari umurwayi wo mu mutwe

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yavuze ko umugabo, Stephen Paddock wishe arashe abantu 59 akanakomeretsa abandi 527 i Las Vegas muri Amerika ari umurwayi. Ibi yabitangaje mu gihe yahumurizaga ababuriye ababo muri buriya bwicanyi byabereye mu nyubako yaberagamo ibirori by’iserukiramuco rya muzika, akanavuga ko mu gihe kiri imbere bazareba uko amategeko agenga […]

Rwamagana: Ushinzwe umutekano mu mudugudu arashinjwa gutoteza no guca abaturage mu kabari

Ku wa kabiri tariki 3 Nzeli 2017, mu nteko rusange y’abaturage yabereye ku murenge wa Kigabiro, Habimana Emmanuel yasabye kurenganurwa avuga ko akomeje gutotezwa n’ushinzwe umutekano witwa Muhirwa Aimable, amushinja kumukubita, kumutoteza, kumuca mu kabari ndetse akaba ashaka no kumwirukana mu mudugudu. Muhirwa Aimable mu kwisobanura, avuga ko yasabye ba nyiri utubari guha akato abo […]

Kugeza muri 2024, u Rwanda ruzahanga imirimo isaga Miliyoni 1.5

Guverinoma y’u Rwanda iratangaza ko muri 2024 izaba imaze guhanga imirimo igera kuri miliyoni n’igice ibi bikaba bizakorwa mu myaka 7 iri imbere ndetse harebwa mu byerekezo bitandukanye by’ubukungu. Ibi ni bimwe mu biherutse gutangazwa na Minisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente mu Nteko ishinga amategeko mu cyumweru gishize, aho biteganyijwe ko imirimo isaga ibihumbi 214 izajya […]

Ikibazo cy’ubwiherero gikomeje kuba ingamburuzabahizi, haragaragara n’inyubako za Leta zitabugira

Ikibazo cy’imiryango itagira ubwiherero cyatangiye kumvikana mu 2016, aho MINALOC yari yavuze ko uwo mwaka urangira gikemutse, ariko bivugwa nta ngamba. Muri Mata 2017, nabwo cyari kikivugwa, maze abadepite bakibaza Minisitiri w’Intebe atanga amezi atatu gusa, none ubu haragaragara n’inyubako za Leta zitabugira naho usanga zibufite ariko bwarashaje, kubujyamo ari ukubanza kwipfuka amazuru. Biragoye kumva […]

Loni ntishyigikiye igabanywa ry'abasirikare ba Monusco muri Congo

Umunyamabanga mukuru wa Loni , Antonio Guterres atangaza ko adashyigikiye abifuza kugabanya abasirikare b’uyu muryango bari muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo mu butumwa bw’amahoro. Inama ya Loni ishinzwe umutekano ibitegetswe na Leta zunze ubumwe z’Amerika igamije kugabanya abasirikare 2000 ba Loni bari mu butumwa bw’amahoro muri Congo (MONUSCO) bari mu basirikare benshi ba loni […]

Perezida wa Sudani y’Epfo, yoherereje uwa Uganda ubutumwa budasanzwe

Ni inkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru cya Leta ya Uganda , The New Vison ,y’uko kuri iki gicamunsi Perezida wa Uganda ,Yoweri Kaguta Museveni ,yakiriye intumwa za Sudani y’Epfo ,zari ziyobowe n’Umugaba mukuru w’Ingabo , General James Ajong Mawut . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Perezidansi ya Uganda kandi ,riravuga ko Sudani y’Epfo yishimira cyane […]

Akavuyo muri Kenya katumye inteko ishinga amategeko ya EAC idakora mu mezi 5

Inteko ishinga amategeko ya 4 y’umuryango wa Afurika y’u Burasirazuba(EALA) yagombye kuba iri gukora guhera muri Kamena uyu mwaka, ariko ntiratangira imirimo kubera ibibazo biri muri Kenya bikomeje gutinza imirimo yayo nkuko uruhare rw’iki gihugu rwatumye iyo muri 2006 itinda gutangira. Iki gihugu kiri muri 6 bigize uyu muryango(EAC) ntikirabona abadepite bagiserukira muri iyo nteko. […]

Uganda: Pasiteri Bugingo yatangaje ko agiye gutwika izindi Bibiliya nyinshi nyuma yo gutsinda urubanza

Mu mpera z’icyumweru gishize, nibwo umuvugabutumwa muri Uganda, uzwi nka Pasitoro Bugingo yarekuwe asubira iwe nyuma y’iminsi itari micye aburana ku byaha yashinjwaga byo gutwika Bibiliya. Uyu mupasiteri yajyanywe mu butabera nyuma yo gutwika Bibiliya yavugaga ko zitujuje ubuziranenge ibyo abamubonye bavuze ko ari ukwica amahame y’ibyerekeye iyobokamana, gusa nyuma yo gutsinda urubanza akaba yaje […]

Safi yakoze igisa nko gusubiza abibazaga ku mugore we

Niyibikora Safi ubarizwa mu itsinda rya Urban Boyz, yatangaje amagambo ataka ubwiza n’uburanga umugore we Niyonizera Judithe, bamaze iminsi mike basezeranye imbere y’amategeko. Safi akoze ibi nko gushaka gucecekesha abamaze iminsi bibaza ku mugore we babicishije ku mbuga nkoranyambaga, rimwe na rimwe bakora igereranya ry’ubwiza bwe n’ubw’abandi bakobwa bakundanye n’uyu musore barimo Butera Knowless, Parfine,… […]

Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y’abana

Mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Alizabeti (Groupe scolaire Ste Elizabeth) ruherereye mu murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa amakuru y’ibikapu bisaga 300 n’ibindi bikoresho byagenewe abana b’abanyeshuri bahabwa nk’imfashanyo y’umushinga “Good Neighbors” byaburiwe irengero kandi ababyeyi ba bo bana baba baraciwe amafaranga ya byo. Amakuru atangwa na bamwe mu babyeyi barerera […]

Bitunguranye, Ferwafa yasubitse irushanwa rya Ndi umunyarwanda ryategurwaga

Nyuma y’amasaha macye Federasiyo y’igihugu y’umupira w’Amaguru mu Rwanda itangaje ko hari gutegurwa irushanwa ryiswe “Ndi Umunyarwanda”, yahise yisubiraho itangaza ko yarisubitse. Mu itangazo riheruka, byari biteganyijwe ko iri rushanwa ryagombaga gutangira ku munsi w’ejo kuwa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira kugeza ku itariki ya 7, rikaba ryari kuzitabirwa n’amakipe yagiye aba ayambere muri Shampiyona […]

Ibintu 2 by'ingenzi byafasha umugabo n'umugore guhazanya mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Mu bushakashatsi bwakorewe muri za kaminuza zitandukanye zo muri Amerika, bwerekanye ko abashakanye bashobora kuba bagira uruhare mu kudahazanya kwabo ari na byo bituma rimwe na rimwe habaho gucana inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ubu bushakashatsi, inzobere mu myororokere no mu bijyanye n’urukundo zo muri kaminuza ya Waterloo bwiza.com ikesha iyi nkuru, zagaragaje ko bishoboka ko […]

Kenya: Kaminuza ya Nairobi yafunzwe nyuma y'uko abanyeshuri 26 bakomerekeye mu myigaragambyo

Kaminuza ya Nairobi muri Kenya yafunzwe kugeza mu gihe kitaramenyekana, ubuyobozi bwa yo bukaba bwatangaje ko byatewe n’ikibazo cy’umutekano mucye uri mu gace iherereyemo no mu banyeshuri bayigamo. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mwanzuro wo gufunga Kaminuza wafashwe inyuma y’imisi itari micye hari umwuka utari mwiza ndetse no gutana muri yombwi kwa hato […]

Nyamasheke: Abiga gusoma,kwandida no kubara bakuze, barasaba kwigishwa n’indimi z’amahanga

Abigaga gusoma, kwandika no kubara bo mu murenge wa Gihombo, mu karere ka Nyamasheke, barangije amasomo yabo ari 171, bahawe impamyabumenyi za bo, baboneraho gusaba ko banakwigishwa indimi z’amahanga. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, bavuze ko impamvu basaba no kwigishwa indimi z’amahanga, ari uko bashobora kuzifashisha ngo biteze imbere, kubona uko basabana n’abaturanyi babo bo […]

Burundi: Abantu 7 bahitanwe n’impanuka y’imodoka 12 barakomereka

Abantu barindwi bahitanwe n’impanuka y’imodoka yabereye muri Komini Buyengero, abandi 12 bakaba bahakomerekeye. Amakuru yemejwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye, avuga ko iyo mpanuka yabaye ku wa mbere tariki ya 2 Ukwakira 2017, ahitwa i Mudende, komini Buyengero, Intara ya Rumonge. Akomeza avuga ko yari imodoka ‘Isuzu’ yavaga ahitwa Kabumburi igana mu murwa mukuru […]

Itsinda ry’Abadepite 4 bo muri Afurika y'Epfo bari kwigira ku bo mu Rwanda ku bijyanye n’iterambere

Itsinda ry’Abadepite 4 bo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo bari mu Rwanda aho baje muri gahunda zitandukanye zirimo no kwigira ku badepite bo mu Rwanda uburyo bwo kubanisha abaturage no kubafasha kugera ku iterambere rirambye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo yagejeje ku itangazamakuru ku munsi w’ejo tariki ya 2 Ukwakira, umuyobozi w’iri tsinda, Lentheng Helen Mekgwe yavuze […]

Nyamagabe: Haravugwa ruswa n’uburiganya mu itangwa ry’akazi

Ikorwa ry’ibizamini by’akazi mu karere ka Nyamagabe, riranengwa na bamwe, kurahiza hutihuti abatsinze ibizamini kandi hari abajuriye kikaba ikibazo cyo kwibazwaho ko hari icyari kibiri inyuma bita ruswa, umwe mu bari bahawe akazi atujuje ibisabwa yaratahuwe agakurwaho. Mu Ukwakira 2016, mu karere ka Nyamagabe hakozwe ikizamini cy’akazi, hahatanirwa imyanya y’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge, amakuru agera kuri […]

Umwana w’imyaka 3 yimitswe aba imana igomba gusengwa bakanayiramya (Amafoto)

Mu gihugu cya Nepal, haherutse gukorwa umuhango wo gushyiraho imana nshyashya bazajya baramya izwi nka Katmandou, aho umwana w’umukobwa w’imyaka 3 y’amavuko ari we washyizweho nk’imana n’abayobozi bakuru bo mu idini izwi nka Hindou. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana w’umukobwa kandi yatamirijwe ikamba, ikanzu itukura ndetse akaba agomba no kwicazwa ku ntebe itukura nk’uko imyizerere ya […]

Uganda: Abadepite batavuga rumwe na leta bakomeje gusanga ibisasu mu ngo za bo

Abadepite batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda barimo na Bobi Wine bari gutabariza ibyo bita ibikorwa by’iterabwoba bari guokrerwa nyuma yo gusanga ibisasu byo mu bwoko bwa gerenade mu nzu za bo. Ku munsi w’ejo tariki ya 2 Ukwakira mu masaha ya nijoro, ni bwo Depite uhagarariye akarere ka Kyadodondo, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine […]

Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni

Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsi amakuru ari mu gihugu cya Uganda avuga ko u Rwanda rwaba rushaka gufasha umukuru w’igipolisi cya Uganda kuzasimbura perezida Museveni igihe azaba avuye ku butegetsi. “ Nta business dufitanye na Gen Kale ”, uyu ni Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda, Major Gen. (Rtd) Frank Mugambage. Ambasaderi Mugambage yakomeje avuga ko […]

Menya impamvu abagabo bakunda gukora imibonano mpuzabitsina mu gitondo naho abagore bagakunda nijoro

Akenshi abantu benshi bagira amatsiko yo gusobanukirwa ubryo abagabo benshi bikundira gukora imibonano mpuzabitsina mugitondo babyutse. Abantu kandi banibaza impamvu n’utwana duto tw’uduhungu usanga mu gitondo ibitsina byahagurutse. Abagore bo ku mugoroba nibwo benshi baba bashaka gutera(cyangwa guterwa akabariro). Dore icyo ukwiye kumenya kuriyi ngingo: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubusanzwe kugirango umugabo ashake gutera akabariro, umubiri we […]

Sobanukirwa na Metusela uvugwa muri Bibiliya waramye imyaka isaga 900

Ijambo ry’Imana rivuga ku mateka y’umuntu wa mbere waramye imyaka myinshi kuva isi yaremwa, ndetse n’abamukurikiye bagiye barama cyane ugereranije n’abantu ba none ku buryo bishobora no kugutera agahinda. Uwo muntu uvugwa guhera mu gitabo cy’Itangiriro 5:27, ni Metusela waramye imyaka 969. Metusela bisobanura mu rurimi rw’igiheburayo ngo “Urupfu rwe ruzazana urubanza”, ni we muntu […]

Rusizi: Abakoze Jenoside basabye imbabazi ku mugaragaro abo biciye

Mu gikorwa cy’isanamitima, abantu 10 basabye imbabazi abo biciye ababo muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, barazihabwa. Ni mu muhango ngarukamwaka wabaye ku cyumweru tariki ya 1 Ukwakira 2017, muri paruwasi Gatulika ya Mushaka, mu karere ka Rusizi, aho mu rugendo rw’amezi 6 rw’isanamitima no gukira ibikomere abakoze Jenoside basaba imbabazi ku mugaragaro abo biciye […]

Nigeria: Umusore yizihije umunsi w’ubwigenge yambaye ishati ikoze mu mafaranga y’inoti

Umusore ukiri muto muri Nigeria aherutse gutungura abantu ubwo yatungukaga ahagombaga kubera ibirori byo kwizihiza iabukuru y’ubwigenge yambaye ishati itatseho amafaranga akoreshwa muri kiriya gihugu. Uyu musore w’umuhanzi witwa Bisola Ojikutu bakunze keita Bizzyaski, ku mazina y’ubuhanzi, yateje ururondogoro mu baturage ubwo yaparikaga imodoka ye ubwo bizihizaga ubwigenge bagatungurwa no kubona avuyemo yambaye ishati itatseho […]

Abakurikiranwa ku rupfu rw’umuvandimwe wa Perezida wa Koreya ya Ruguru bahakanye ibirego

Abagore babiri bakurikiranwa ku rupfu rwa Kim Jong-nam uva inda imwe na Prezida wa Korea ya Ruguru, bahakanye ibyo baregwa mu rubanza rwasomwe uno munsi mu gihugu cya Malaisie. Uburyo bw’umwihariko yishwemo hakoreshejwe ubumara VX ategereje indege imutwara Kuala Lumpur muri Gashyantare , bwatangaje amahanga. Umunya-Vietnam Doan Thi Huong w’imyaka 29 hamwe n’umunya Indonésie Siti […]

Green Party mu kugaragaza birambuye imbogamizi ziterwa na rimwe mu mategeko agenga amatora

Mbere y’amatora y’abadepite ateganyijwe muri Nzeri 2018 mu Rwanda, ishyaka Democratic Green Party of Rwanda ritavuga rumwe n’ubutegetsi riravuga ko rigiye kubanza kuburanira itegeko rigenga amatora ribuza imitwe ya politiki kwakira inkunga zivuye mu mahanga. Umuyobozi w’iri shyaka, Dr Frank Habineza, akaba avuga ko ishyaka rye ririmo gutegura inyandiko igaragaza mu buryo burambuye imbogamizi zatewe […]

Amerika: Abasaga 50 bishwe barashwe, abandi babarirwa mu magana barakomereka

Abantu basaga 50 ni bo bamaze kubarurwa ko basize ubuzima ku gitero cy’amasasu cyagabwe ku nyubako yaberagamo ibikorwa by’iserukiramuco mu mujyi wa Las Vegas muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika. Umubare w’abahitanywe n’aya masasu ukomeje kuzamuka uko hashize akanya, iki gitero kikaba cyabereye mu nyubako y’ igorofa ya Mandalay Bay Casino, urufaya rw’amasasu rukaba rwabamenweho […]

Car free day: Umwana w’imyaka itatu yahembewe kunyonga igare mu birometero bitanu

Ku munsi umujyi wahariye abawutuye gukora imyitozo ngororamubiri, kuri iki cyumweru tariki ya 1 Ukwakira 2017, hahembwe abantu bitwaye neza, harimo Kirenga Rogan w’imyaka itatu watwaye igare akarangiza urugendo rwa kilometero eshanu. Kirenga Rogan, avuka mu muryango w’abantu bakunda siporo yo gutwara igare, kuko ubwo yavaga Kacyiru yari akurikiranye n’ababyeyi be ndetse na mukuru we […]

Misiri: Hafashwe ubwato bwikoreye ibikoresho bya gisirikare bivuye muri Koreya ya Ruguru

Mu kwezi kwa Kanama 2017, ubutumwa bw’ibanga bwaturutse I Washington bujya mu Misiri buvuga ubwato budasanzwe bwari buri kwerekeza mu Bunigo bwa Suez (Suez Canal). Ubu bwato bwiswe Jie Shun bwari mu mabara y’ibendera rya Cambodge, ariko buturutse mu gihugu cya Koreya ya Ruguru nk’uko ubwo butumwa bwavugaga, ngo bwari bwikoreye imizigo itazwi ariko byaje […]

Nzi neza ko iriya nzu bayitije kandi umunsi umwe izagaruka — Rujugiro Tribert

Nyuma y’aho umuturirwa wa Union Trade Center w’umuherwe Rujugiro Tribert uterejwe icyamunara ukagurwa n’ikigo, Kigali Investment Company (KIC) miliyari 6,877,150,000 z’amanyarwanda , uyu munyemari utemera ibivugwa n’ikigo cy’igihugu cy’imisoro, yatangaje ko ibyabaye ari akagambane yakorewe na Leta y’u Rwanda atakivuga rumwe nayo kuko ngo yavuye mu Rwanda mu 2009 yishyuye imisoro yose, akavuga ko cyamunara […]

Muhanga: Umusore w'imyaka 19 yasanzwe amanitse mu giti yapfuye

Umusore witwa Rukundo wari ufite imyaka 19 y’amavuko yasanzwe amanitse mu giti yapfuye, mu ishyamba riri munsi y’iwabo mu mudugudu wa Rutenga, akagari ka Gahogo umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu ma saa tatu (09:00), ubwo abantu batambukaga mu nzira bamubona amanitse mu giti, ababyeyi be bari bagiye mu […]

Tchad: Perezida Idriss Deby yafunze ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihugu cye

Perezida Idriss Deby Etino wa Tchad, yafashe icyemezo cyo gufunga ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihugu cye nyuma y’icyemezo cya perezida Donald Trump cyo kwima visa abaturage baturutse muri Tchad kubera ikibazo cy’iterabwoba. Icyo cyemezo perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump nawe ngo yagifashe nyuma y’uko perezida Idriss Deby […]

Nyamagabe: Gitifu yakatiwe imyaka 13 ku bwo kurangiza nabi imanza za gacaca (yavuguruwe)

Ku wa Gatanu tariki 29 Nzeri, urukiko rwisumbuye rwa Nyamagabe rwasomye urubanza ubushinjacyaha buregamo uwari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kigeme, Nkundimana Noheli. Ashinjwa kurigisa amarangizarubanza ya gacaca yari ashinzwe kurinda, no kurangiriza imanza abataraziburanye aho kwishyuriza abazitsinze. Nyuma yo guhamwa n’ibyaha bibiri, yahanishijwe igifungo cy’imyaka 13 yose hamwe, n’ihazabu y’amafaranga miliyoni eshatu z’u Rwanda: Icyaha […]

Nyamagabe: Abaturage 17 bamaze imyaka 4 bishyuza ingurane ya miliyoni 3

Abaturage 17 bo mu mudugudu wa Gakoma, Akagari ka Ruhunga, Umurenge wa Kibirizi mu karere ka Nyamagabe barasaba ko bishyurwa amafaranga y’ingurane y’imitungo yabo yangijwe, bakibaza uzabishyura hagati y’akarere na MIDIMAR. Iyangijwe irimo amashyamba yarengejweho ibitaka n’imirima yanyuzijwemo imihanda, ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni ebyiri n’ibihumbi 900. Iyo mitungo yabo yangijwe, ubwo hubakwaga […]

RCS yateye utwatsi ikirego cy’abunganira Leon Mugesera mu Rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu

Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu n’ubw’abaturage mu cyumweru gishize rwasabye u Rwanda kubahiriza uburenganzira bwa Leon Mugesera ufunze azira kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma y’aho abunganizi be mu mategeko bakomoka muri Canada batangiye ikirego bavuga ko umukiriya wabo abangamirwa. Ni mu gihe Urwego rw’igihugu rw’amagereza rwo ruvuga ko Mugesera afite uburenganzira bwe nk’abandi […]

Perezida Kagame yashimiye abitanze ngo igihugu kibohorwe, abizeza kudahuga

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimiye buri wese wagize uruhare mu ibohorwa ry’u Rwanda, urugamba rwatangiye ku ya 1 Ukwakira 1990, rugatuma igihugu kibohorwa ingoma yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’iyo jenoside igahagarikwa n’abana b’u Rwanda. Abicishije kuri Twitter, Umukuru w’Igihugu yavuze ko umunsi nk’uyu ukomeye mu mateka y’u Rwanda, kandi ko ibyagezweho […]

Mu byo dukora byose, mu bo dukorana harimo ba Yuda Isikariyoti-Perezida Mugabe

Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe aherutse gutangaza ko mu bo bakorana mu bijyanye na politiki harimo abagambanyi ndetse banakunda amafaranga, abo yise ba Yuda isikariyoti uvugwa muri Bibiliya. Perezida Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko, yatangaje ibi mu muhango wi gusezera ku munyamuryango w’ishyaka Zanu Pf uherutse kwitaba Imana, aho mu ijambo rye yavugiye muri uwo muhango […]

Tariki ya 01/10/1990 — 01/10/2017, imyaka 27 irirenze izuba rirasiye u Rwanda

Hari ku munsi wa mbere w’icyumweru kibanziriza ukwezi kw’Ukwakira , ku itariki ya 01 umwaka wa 1990 ,ubwo mu karere k’Umutara ,ahari umupaka wa Kagitumba ,ubu ni mu Karere ka Nyagatare humvikanaga inkuru y’uko igihugu cy’u Rwanda cyinjiwemo n’Ingabo z’umutwe wa FPR-Inkotanyi. Radiyo Rwanda yatangiye gucuranga imiziki y’igisirikare ,igihugu cyose abantu batangira kwibaza ibibaye ,gahoro […]

Espagne : Abaturage mu matora ya referendum avanze n’imyigaragambyo ikaze

Mu ruturuturu rwo kuri iki cyumweru tariki ya Mbere Ukwakira 2017, abaturage batuye intara ya Catalogne muri Espagne bazindukiye mu bikorwa by’ amatora ya referendum baharanira ubwigenge bw’intara ya bo, ari uruvunganzoka . Mbere gato ariko y’uko ayo matora atangira , ubutegetsi bwa Espagne bwari bwatanze amabwiriza ku gipolisi cy’igihugu, yo kuburizamo ayo matora hakoreshejwe […]