Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk’iyo babona i Kigali
Abaturage bo mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga bifuza kugira isuku idatandukanye nk’iyo basanga mu mujyi wa Kigali. Akagari ka Cyanya kari mu mujyi wa Rwamagana abahatuye biyemeje kuba mu mujyi usukuye ku buryo bazawugeza ku isuku nk’iyo babona iyo bageze mu mujyi wa Kigali, ngo bikazabafasha no […]
Amabanga ya Amerika na Koreya y’Epfo yo kwica Perezida Kim Jong wa Koreya ya Ruguru yibwe
Abajura biba amabanga biciye mu nzira y’ikoranabunga bo muri Koreya ya Ruguru, bibye amabanga y’igisirikare cya Koreya y’Epfo, arimo n’umushinga bategurana na Amerika wo kwica Perezida kim Jong un wa Koreya ya Ruguru. Amenshi muri ayo mabanga, ngo ni ayo igisirikare cya Amarika gisangiye na Koreya y’Epfo. BBC dukesha iyi nkuru itangaza ko ayo mabanga […]
Musanze: Abahinga ibirayi bashyira mu majwi RAB itabegera igatuma barumbya
Ibirayi ku isoko bikomeje kuba ingume, ari nako igiciro cyabyo kizamuka umunsi ku wundi. Ahari ikigega cyabyo ngo nabo basigaye babibura ku buryo basigaye barya cyane ubugari kurusha ibirayi. Igihombo bagishyira ku kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi (RAB) kitabegera. Muri rusange ngo ntibajya bahinga ibirayi byakoreweho ubushakashatsi, akaba ari nk’imwe mu mpamvu basanga ibirayi byabo […]
Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw’Igishobyo
Nubwo mu Rwanda ururimi rukoreshwa ari Ikinyarwanda nk’ururimi Mbonera, usanga hamwe na hamwe hagikoreshwa indimi zijya gusa n’Ikinyarwanda ‘indimi shami z’Ikinyarwanda cyangwa indimi z’uturere’ ariko mu by’ukuri hakumvikanamo amagambo menshi utapfa kubona mu kinyarwanda, ni na ko ku Nyundo mu karere ka Rubavu hari abaturage bavuga ururimi rw’Igishobyo. Ibi biterwa ahanini nuko izo ndimi zifitanye […]
Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y’ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo
Abagera muri Musanze bemeza ko ari umujyi wa Kabiri ufite ibikorwaremezo byinshi nyuma y’uwa Kigali, nyamara ariko hari abibaza ku isura bamukerarugendo b’abanyamahanga basigarana ku Rwanda iyo barebye imiterere y’ubwiherero n’inzu bigaragara mu nzira bacamo hafi ya pariki y’igihugu y’Ibirunga n’abaturage ubwabo bavuga ko bitabashimishije. Uwo mujyi ugizwe n’inzu ziri ku buso bunini n’imihanda ikoze […]
Umugabo wanjye amara amezi 6 atariyuhagira, kubimubaza abyita kumusuzugura intambara ikarota- Nkore iki?
Muraho, ndi umumama mfite umwana 1, umugabo wa njye tumaranye imyaka 3 ariko iminsi namubonye ajya muri dushi ni mbarwa. Sha rwose amezi 6 sinahamya ko adashira atariyuhagira pe, ntabwo ari ukumusebya, kuko ndamuzi turaziranye kandi twarabyaranye. Nk’umugore, kumwitaho ni inshingano za njye ariko nkiyo tugiye kujyana ahantu nibwo mubwira nti, wagerageje ukitera amazi, eh […]
Amahoro n’icyubahiro by’igihugu cyacu tubikesha ibitwaro bya kirimbuzi-Kim Jong Un
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong aherutse kurata ubuhangange bw’igihugu cye n’uburyo kigaragara mu ruhando rw’ibindi bihugu ku isi avuga ko ibyo byose kibikesha kuba gikoresha ibitwaro bya kirimbuzi. Ni mu kiganiro yagiranye na komite y’abanyamuryango b’ishyaka ry’abakozi mu gihugu cye mu mpera z’icyumweru gishize, aho yavuze cyane ko kuba Koreya ya Ruguru igaragara […]
Gareth Bale yarase amahirwe yo kuzakina imikino y’igikombe cy’Isi 2018
Icyamamare mu mupira w’amagaru, Gareth Bale ukomoka mu gihugu cya Wales akanakinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, ntabwo azakina imikino y’igikombe cy’isi 2018 kizabera mu Burusiya nyuma yaho ikipe yabo itsinzwe n’ikipe y’igihugu cya Ireland igitego kimwe ku busa (1-0). Ubwo ikipe y’igihugu ya Wales, Gareth Bale akinira yarimo yitegura umukino uzayihuza na […]
Gen. Muhoozi yayoboye operasiyo idasanzwe ya gikomando ifata ibikoresho bya girisikare mu baturage
Operasiyo idasanzwe yari igizwe n’umutwe wa gisirikare na polisi ushinzwe kurwanya iterabwoba, diviziyo ya 4 n’iya 5 gisirikare ndetse n’urwego rushinzwe ubutasi, yakozwe ifata intwaro n’imyenda bya gisirikare mu baturage. Ni Operasiyo yari iyobowe na Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu w’imfura wa Perezida Museveni, yakozwe mu turere(districts) twa Pader, Otuke, Lira na Soroti two muri Uganda, […]
Gen. Ngendanganya Generose, ni umurundikazi warwanye urugamba rw’ishyamba unafite ipeti ryo hejuru
Ngendanganya Generose, ni umwe mu bagore bo mu giporisi cy’u Burundi, ufite ipeti ryo hejuru, yabaye umusirikare anarwana urugamba rw’ishyamba. Gen. Generose Ngendanganya, ni umwe mu bagore babiri gusa bafise ipeti rya jenerali mu gipolisi cy’u Burundi, mu buyobozi akaba ari umuyobozi mukuru w’ubutegetsi Ushinzwe no kubungabunga umutungo (la Directrice Générale de l’Administration et Gestion) […]
Dore ibice bidakinishwa ku mubiri w'igitsina gore
Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora imibonano mpuzabitsina uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane ku muntu w’igitsina gore bikaba ari nayo mpamvu bifatwa cyane kandi bigakururwa n’amaraso y’igitsina gabo iyo abikozeho agahita yumva […]
Amerika na Turukiya byahagaritse imigenderanire
Leta zunze ubumwe z’Amerika na turukiya byatangaje ko bihagaritse ibikorwa byo kugendererana, aho nta muturage w’Amerika wemerewe icyangombwa kimujyana muri Turukiya kimwe n’uko nta muturage wa Turukiya kuri ubu ushobora kubona icyangombwa kimujyana muri Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwanzuro ufashwe n’impande zombi aho bavuga ko bitewe n’ikibazo cy’umutekano mucye hagati y’ibi bihugu, ndetse no kuba […]
Uganda: Bamwe bizihije isabukuru y’ubwigenge, abandi bari mu myigaragambyo n'ibindi (Mu mafoto)
Mu gitondo cyo kuwa mbere tariki ya 9 Ukwakira, abaturage bo muri Uganda n’abayobozi babyukiye mu bikorwa byo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge y’imyaka 55 igihugu kimaze kigobotoye abakoloni. Gusa abaturage benshi mu duce dutandukanye twa Uganda, bizihije uyu munsi mu buryo butandukanye, aho bamwe bayizihije mu buryo bw’imyigaragambyo yamagana impinduka mu itegekonshinga, abandi bakabyizihiza bibereye mu […]
Gakenke: Abaturage basanga akarere karaberewe ku mwanya kabonye mu mihigo
Abaturage batuye mu mirenge itandukanye y’akarere ka Gakenke bavuga ko bahereye ku buke bw’ibikorwaremezo biri aho batuye, batemera umwanya babonye wa kane mu itangazwa ry’imihigo y’umwaka ushize w’ingengo y’imari. Ababivuga ni abo mu mirenge ya Busengo, Cyabingo, Mugunga, Busasa na Janja. Bimwe mu byo baheraho ni ibikorwaremezo bavuga ko ari bike muri iyo mirenge. Ku […]
Perezida Museveni yakoze impinduka mu gisirikare cya Uganda, UPDF
Perezida Yoweli Museveni yakoze impinduka mu gisirikare cya Uganda, UPDF cyane cyane mu nzego z’ubuyobozi, aho Brig Dickson Prit Olum yasimbujwe uwitwa Kyabihende ku buvugizi bw’ingabo za UPDF ziri I Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu Olum na we biteganyijwe ko agomba gusimbura Brig. Geoffrey ‘Taban uherutse kwitaba imana mu kwezi […]
Abo kwa Rwigara bavuze ko badasobanukiwe n'ibyaha bashinjwa, basaba ko urubanza rusubikwa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Ukwakira 2017, urukiko rukuru rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza ruregwamo umuryango w’abo kwa Rwigara barimo umugore we Adeline ndetse n’abakobwa be 2 ari bo Diane na Anne Rwigara, aho ubunganira yasabye ko uru rubanza rwakongera gusubikwa ndetse bikubahirizwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uru rubanza rwari rwitabiriwe n’imbaga […]
Intambara idasanzwe hagati y'igisamagwe n'Ingona yasize kimwe kivuganye ikindi (Amafoto)
Mu mugezi wo mu gihugu cya Brazil abakerarugendo baherutse gukurikira intambara hagati y’igisamagwe n’ingona yo mu bwoko bwa Caima, gusa uyu murwano ukaza kurangira igisamagwe kiyivuganye ndetse kikayijyana mu bihuru kuyirya. Uyu mufotozi Chris Brunskill avuga ko yategereje iyi mirwano yamaze hafi iminota 20 inyamaswa ziri kwigaragura zikava mu mazi kugeza imwe ijyanye indi mu […]
Nigeria: Hadutse icyorezo cy’indwara iterwa n’inkende gishobora koreka imbaga
Guverinoma ya Nigeria iratangaza ko ihangayikishijwe n’indwara idasanzwe bivugwa ko iterwa no kubana, kurya no gukina n’inkende ariko by’umwihariko ikaba igoye kuyivura ndetse ikaba idakingirwa. Guhera mu mpera z’icyumweru gishize, ni bwo abantu bo mu gace ka Bayelsa bagera kuri 16 bajyanywe ku bitaro bya Niger Delta University babyimbagatanye umubiri wose kubera ibiheri bise Monkey […]
Rukundo, ni umusore w’imyaka 27, ibiro 75, arashaka umukobwa bakundana
Muraho nitwa Rukundo Jams , nkora muri RWANDA AIRWAIYS SERVICES mfite imyaka 27 ,ndi umusore wi bigango biri murugero mpima ibiro 75 ndi muremure biri mu rugero .ntuye ku RUYENZI mfite impamya bushobozi ya A0 ndashaka umukobwa cyangwa umugore dukundana wujuje ibi bikurikira – kuba afite gahunda yarushinga vuba – kuba yankunda byukuri bifite gahunda […]
Gakenke: Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Gatonde bataka ubuke bw’amazi atuma bavoma ibishanga
Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Gatonde giherereye mu Murenge wa Mugunga ho mu karere ka Gakenke barasaba ko bakongererwa amazi, bagakira imvune baterwa n’urugendo bakora bajya kuyashaka mu bishanga bikikije iki kigo ndetse no kwirinda ko barwara indwara ziterwa n’umwanda. Uretse urugendo bakora rushobora kugera ku isaha kugenda no kugaruka, bavuga ko kurwaza umuntu muri […]
RDC: Abantu 20 baburiwe irengero nyuma y’imirwano ikaze hagati ya FARDC na ADF
Mu mpera z’icyumweru gishize, imirwano idasanzwe hagati y’ingabo za repubulika iharanira demokarasi ya kongo FARDC ndetse n’iza ADF yabereye mu Burasirazuba bw’igihugu yasize abasaga 20 biganjemo abasivili baburiwe irengero mu mpera z’icyumweru gishize. Iyi mirwano yabaye ejo ku cyumweru tariki ya 8 Ukwakira 2017, ikaba yarabereye mu gace ka Beni. Ingabo za ADF zishinjwa na […]
Rwamagana: Mudugudu arashinjwa kwiguriza no kunyereza amafaranga y’itsinda ry’abaturage
Abaturage bo mu mudugudu wa Bigabiro mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro ho mu karere ka Rwamagana, barashinja umuyobozi w’umudugudu, Nsengiyumva Tharcisse, kunyereza amafaranga yabo ibihumbi 317 ndetse no kwiguriza asaga ibihumbi 200. Abaturage bavuga ko bagize igitekerezo cyo gushyiraho itsinda ribafasha kwikemurira ibibazo, baryita “ Dutabarane ” kuva muri Mata 2017 ntabwo […]
Perezida Museveni yikomye abaturage bamara igihe kinini mu masengesho aho kukimara bakora
Perezida wa Uganda, Yoweli museveni yasabye abaturage bo mu gihugu cye ko bakongera imbaraga mu gukora kurusha uko bazongera mu masengesho, aho baba bumva ko Imana ishobora kubakorera ibitangaza kandi bo nta cyo bakoze. Ibi perezida Museveni yabitangaje mu gikorwa cy’amasengesho cyari cyareguwe n’Inteko ishinga amategeko ya Uganda ku nshuro ya 19, aho yabibukije ko […]
Ku myaka 28 sindarongora; ninarongora, idini yanjye inyemerera kugeza ku bagore 4-Diamond
Nyuma y’uko umugore w’umuhanzi Diamond, Hassan Zari asibye amafoto yose ya Diamond ku rukuta rwe rwa Instagram no ku zindi mbuga nkoranyambaga, abantu benshi bagatangira kuvuga ko aba basitari baba bari mu nzira zo gucana umubano, umuhanzi Diamond yagarutse ku bakomeza kumuvuga ndetse anababwira ko kuba ashinjwa guca inyuma umugore we nta kosa ririmo. Ni […]
Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 73 arasaba kurenganurwa akongera guhabwa ingoboka
Umukecuru witwa Niyirora Gaudance utuye mu mudugudu wa Mataba, akagari ka Mariba mu murenge wa Nyabitekeri ho mu karere ka Nyamasheke, arasaba gusubizwa ku nkunga y’ingoboka ya VUP igenewe abatishoboye avuga ko yakuweho ku maherere kuko ngo yari asanzwe ayihabwa, akavuga ko ashobora no kwicwa n’inzara umwanya uwo ari wo wose kuko nta kindi kimutunze. […]
Dore ibishushanyo abantu bagiye bishyirisha ku mubiri biteye ubwoba n'ibiteye isesemi
Abantu benshi bakunze kugira ibishushanyo ku mubiri wa bo bizwi nka Tatouage, ariko hari n’ababishyiraho ukayoberwa icyo bigamije uretse kubikora nk’abishimisha gusa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ibi bishushanyo, harimo iby’inyamaswa zo mu ishyamba, bimwe biteye ubwoba, ibyo umuntu atatekereza ku babishyira ku mubiri n’ibindi. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no […]
Uganda: Babiri mu badepite bakubitiwe mu Nteko bagiye koherezwa kwivuriza mu Buhinde
Abadepite 2 bo mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bagiye koherezwa kwivuriza mu gihugu cy’u Buhinde nyuma yo gukomerekera bikomeye mu mirwano y’Abadepite iherutse kubera mu ngoro ya bo. Kugeza ubu, Inteko ishinga amategeko ya Uganda yatangaje ko yamaze kunoza imyiteguro yose ngo aba badepite barimo Betty Nambooze Bakireke ndetse na Francis Zaake Butebi mu […]
Nyanza: Abaturage n’abayobozi bashashe inzobe ku bibazo bibugarije muri gahunda bise “ukuri kutagamije guhangana”
Abayobozi b’inzego zitandukanye mu karere ka Nyanza n’abaturage bahuriye hamwe mu biganiro bise “ukuri kutagamije guhangana”, muri ibi biganiro bakaba baganira kuri gahunda zimwe na zimwe zijyanye n’iterambere ariko zirimo imbogamizi mu buzima bwa bo bwa buri munsi hagamijwe kuzishakira umuti. Muri ibyo bibazo byaganiriweho birimo ibishingiye kuri gahunda ya Girinka, kugezwaho imbuto n’inyogeramusaruro, guhuza […]
Sudani yavaniweho ibihano by'ukungu igumishirizwaho iby'iterabwoba
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Sudani, Ibrahim Ghandour, yatangaje ko yishimiye icyemezo cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyo kuvaniraho igihugu cye ibihano byinshi zari zaragifatiye. Yavuze ko iki cyemezo kizagira ingaruka nziza ku buzima bw’abanyasudani babayeho mu bukene. Ghandour yabwiye BBC ko yiteze ko ibiciro by’ibicuruzwa bimwe by’ibanze bizagabanuka ibihano byo mu rwego rw’ubukungu bimaze […]
Uko Bataillon Paracomando yatozwaga n'Abafaransa yagize uruhare rukomeye muri jenoside
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascene asanga hari ibikorwa bitandukanye bigaragaza ko hari abakomeje gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi, anagaragaza uruhare rw’u Bufaransa muri jenoside biciye mu gutoza abayikoze. Yabigarutseho ku wa 05 Ukwakira 2017, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro habereye igikorwa cyo gushyingura […]
Ndashimira Papa Francisiko ku biganiro byiza byubaka twagiranye- Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango wo kwizihiza yubile y’imyaka 100 y’ubusaseredoti mu Rwanda, ashima uruhare rwa Kiliziya Gatolika mu iterambere ry’u Rwanda, anakomoza no ku kiganiro yagiranye n’umushumba wayo Papa Francis ubwo yari i Roma. Uyu muhango wabereye i Kabgayi mu karere ka Muhanga, ku wa Gatandatu tariki ya 7 Ukwakira 2017, aho […]
U Burusiya: Abatavuga rumwe na Leta bakamejeje mu myigaragambyo ya simusiga
Mu Burusiya abashyigikiye umukuru w’abatavuga rumwe na leta, Alexei Navalny, bari mu myigaragambyo mu mijyi 80 igize icyo gihugu. Barasaba ko yemererwa kwiyamamaza mu matora ateganijwe muri icyo gihugu umwaka utaha. Navalny ubu ari mu gereza aho arimo kurangiriza igifungo cy’iminsi 20 yakatiwe kubera kwica inshuro nyinshi amategeko agenga gukoresha amanama mu ruhame. Imyigaragambyo myinshi […]
Burera: Guverineri Gatabazi yijeje abajyaga kuvoma muri Uganda ko ku wa Kabiri bazaba babonye amazi
Mu ruzinduko yakoze rw’igitaraganya, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi JMV, yijeje abaturage bajyaga kuvoma amazi muri Uganda ko bitarenze ku wa kabiri w’icyumweru gitaha bazaba bavoma amazi meza. Abaturage batunzwe n’amazi bavoma Uganda, ni ab’utugari twa Bukwashuri na Nyirataba mu murenge wa Kivuye, ndetse n’aka Rwasa mu murenge wa Gatebe. Ngo ku bw’amaburakindi hari n’abitabaza amazi […]
Kampala: Abafana bateye Diamond amagi bamuziza Zari
Umuhanzi Diamond Platnumz, icyamamare muri muzika ya Afurika ubwo yajyaga kuririmba muri Uganda, abafana bamuteye amagi bamubaza aho yasize umugore we, Zari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Diamond yibasiriwe n’abafana ku buryo bukomeye dore ko ubwo yaririmbaga mu iserukiramuco riri kubera mu gihugu cya Uganda “Kampala City Festival” , igihugu umugore we avukamo, abafana bamugaragarije ko batamwishimiye kugera […]
Burundi: Abagabo 3 bafatanwe amabuye y’agaciro bari bajyanye mu Rwanda
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 6 Ukwakira 2017, abagabo batatu bafatanwe ibiro 8 by’amabuye y’agaciro bashakaga kwambukana mu Rwanda. Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, Op1 Pierre Nkurukiye, avuga ko abo bagabo bafatanwe ibiro 8 bya coltan, muri komine Kabarore, Intara ya Kayanza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abafashwe ni Nsabimana Patrice w’imyaka 30, Manirakiza Domitien w’imyaka […]
Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo
Iyi ni imvugo y’abana bari mu kigero cy’imyaka 15, bavuga ko baba ku muhanda, bawuzamo ahanini bitewe n’ubukene bavuga bw’ababyeyo babo ndetse n’amakimbirane yo mu miryango, ngo bajyanwe mu mashuri nk’abandi bana ntibawugarukamo ukundi. Aba bana barya ibyo bibye cyangwa batoraguye [mu mvugo yabo babyita gusyaga], kuryama barara mu myobo no mu miyoboro y’amazi, ari […]
Uburyo 5 wakoresha ukiyegurira umutima w'umukobwa muhuye bwambere
Gutangira gusaba ubucuti ni intambwe ikomeye cyane dore intambwe ugomba kubinyuzamo uko ari eshanu 1. Mbere ya byose, ugomba gufata umwanya wo kwitegereza uwo mukobwa ushakaho ubucuti cyangwa ukamuganiraho n’ umuntu waba amuzi neza. Ariko byose bigakorwa wirinda ko yabimenya (pre-interaction stage). 2. Nyuma yo kumwitegereza cyangwa kumuganiraho ukabona ari sawa, ushaka uburyo mwazaganira agahe […]
Nyamasheke: Ababyeyi bubakiye abana babo b’abanyeshuri icumbi ryo kuraramo rya miliyoni 12
Ababyeyi barerera mu ishuri “Collège officiel Mburabuturo” riri mu murenge wa Karambi, akarere ka Nyamasheke, barishimira kwishakamo ibisubizo bakubakira abana babo icumbi ryo kuraramo, ryuzuye ritwaye miliyoni 12. Iyi nyubako yaratashywe, yuzuye itwaye 12.000.000 z’amanyarwanda, yatangiye kubakwa mu 2015, nyuma yo kubona uburyo abana b’abakobwa bageraga kuri 300 bararaga mu nzu ifunganye, bacuranwa umwuka, ndetse […]
Umugore wa Charles Taylor, acuditse na George Weah batavugaga rumwe atarafungwa
Hashize imyaka itanu Charles Taylor wari Perezida wa Liberia akatiwe igifungo cy’imyaka 50, George Weah utaravugaga rumwe na we akiri perezida, ubu ashyigiki we n’umugore wa Taylor mu matora. Mu gihe yahoze ari mukeba wa Charles Taylor, abantu baribaza ukuntu yagiye kwiyunga n’uwari umugore wa Taylor, bikabayobera. Kujya hamwe kwa Weah uyobora ishyaka CDC, n’ishyaka […]
Umusore yavuye imuzi uko yasambanyaga nyirabuja yabanje kumusinziriza
Umusore wakoraga akazi ko mu rugo yavuye imuzi uburyo bugayitse yakoreshaga kugirango asambanye umukoresha we (nyirabuja) nkuko abivuga ni umusore w’ imyaka 25 utarashatse ko amazina ye atangazwa yatanze ubuhamya bw’ ukuntu yarongoraga nyirabuja nyuma yo kumuha icyayi yashyizemo ibibinini bisinziriza bizwi nka Feneliga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubusanzwe nyirabuja yakundaga icyayi kuburyo yavaga ku kazi agahita […]
Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y’ubutaka Leta yacishijemo imihanda
Abaturiye igice cy’umujyi mu karere ka Muhanga, barinubira uburyo basabwa gusorera ubutaka bwari ubwabo nyuma Leta ikabucishamo imihanda. Hategekimana Eugene, utuye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe, avuga ko ubwo yari agiye kugurisha ikibanza mu isambu ye, yasabwe kubanza gusorera ubutaka bwe bwose bwanditse ku cyangombwa cy’ubutaka, kandi ngo isambu ye yaranyujijwemo umuhanda, […]
Umusore twari tumaze amezi 2 dukundana, naramusuye turaryamana, ubu ndamuhamagara akanga kunyitaba- Nkore iki?
Amezi yari ashize dukundana ni 2, umusore w’inshuti yanjye yajyaga aza kunsura kenshi mu rugo, maze nawe ageze aho ansaba ko namusura. Ubwo najyaga kumusura nibwo yanterese afata hasi no hejuru, sha arashishikara mabwira ibyiza byinshi ngo anteganyiriza maze na njye reka sinakubwira. Sha nubwo wenda na nanjye ntagize umutima wo kwihagarararaho yaranshutse pe, nisanga […]
Lionel Messi ashobora kutagaragara mu mikino y’igikombe cy’isi 2018
Icyamamare muri ruhago, Lionel Messi ashobora kutazagaragara mu mikino y’igikombe cy’isi 2018 nyuma yaho ikipe ya Argentine akinamo inganyije na Pérou, amahirwe akayoyoka. Umukino wahuje ikipe ya Argentine na Pérou wabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ukwakira 2017, amakipe yombi anganya ubusa ku busa (0-0), ikipe ya Argentine yari yakiriye […]
Kenya: Abaturage bitwaje imihoro n’imiheto bateshejwe batangiye gutwika ikigo cy’amashuri
Abaturage basaga 30 bo mu karere ka Tharaka-Nithi muri Kenya bateke ikigo cy’amashuri baragishumika ku bw’amahirwe bateshwa batarangiza byinshi uretse abana bagize ubwoba bagataha abandi bakajya guhungira mu nkambi ituranye n’ikigo. Aba baturage bari bitwaje imihoro, amacumu, imiheto n’izindi ntwaro gakondo, biraye kuri iki kigo batangira kugishumika, amakuru akaba avuga ko insiriri ari ikibazo cy’ubutaka […]
Nyanza: Umusore w’imyaka 21 aracyekwaho kwica nyirakuru w’imyaka 68
Irakoze Arsene w’imyaka 21 y’amavuko, aracyekwaho kwica nyirakuru, Murekatete Bernadette w’imyaka 68, ahita atoroka. Murekatete Bernadette yishwe mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira iryo ku wa Gatanu tariki ya 6 Ukwakira 2017, iwe mu rugo, mu karere ka Nyanza, umurenge wa Muyira, akagari ka Nyamiyaga mu mudugudu wa Kiniga. Irakoze Arsene yari umwuzukuru wa […]
Uganda: Rurageretse hagati y’Abadepite batavuga rumwe na leta na perezida w’Inteko
Bamwe mu badepite bo muri Uganda bamaze iminsi mu bihano bazira uruhare mu mirwano iherutse kubera mu ngoro y’Inteko bapfa kutavuga rumwe ku ihindurwa ry’ingingo zimwe zo mu Itegekonshinga rya ho, aho bagarukiye basabwa kuriha ibyangiritse ariko barabyanga. Ni itsinda ry’Abadepite bashinjwa imyitwarire idahwitse no kuba a nyirabayazana mu mirwabo yabereye mu nteko yanakomerekeyemo abatari […]
Imihigo ntabwo ari umuhango, ni ukugera ku ntego twihaye- Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yabwiye abagize Guverinoma n’abandi bayobozi ko imihigo atari umuhango, ahubwo ari ukugera ku ntego hazamurwa imibereho y’Abaturarwanda. Mu ijambo yagejeje ku bagize Guverinoma n’abandi bayobozi, ubwo hamurikwaga ibyagezweho mu mwaka w’ingengo y’imari 2016/2017 ndetse hanahigwa ibizagerwaho 2017/2018, mu muhango wabereye mu Inteko Nshingamategeko, kuri uyu wa 6 Ukwakira 2017, Perezida Kagame yashimiye […]
Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru
Abageze mu zabukuru mu Rwanda barasaba Leta n’inzego zitandukanye kubitaho mu buryo bwihariye, kubera ko mu kigero cyabo ngo usanga bahura n’ibibazo byinshi bakabura icyo bakora bitewe n’imbaraga zabo nke. Abageze muri iki cyiciro, gihuza abafite imyaka y’amavuko guhera kuri 60 kuzamura [nkuko igisobanuro cya Loni bavuga ko nta gahunda yihariye bagenerwa mu bigo bitandukanye […]
Burundi: Ishyaka CNDD-FDD ryifashishije ifoto y’Umunyarwanda nk’ikirango cya ryo kuri Twitter
Umugabo witwa Habumugisha Vincent utuye mu karere Nyamasheke, umurenge wa Kanjongo mu kagari ka Kigarama aratangaza ko atishimiye imikoresherezwe y’ifoto ye n’ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, iyi foto ikaba yaragaragaye ku rubuga rw’iryo shyaka rwa Twitter mu minsi yashize. Uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 28-30 avuga ko nta […]
Urubanza rwa Diane Rwigara, nyina na murumuna we rwasubitswe
Ubwo bageraga imbere y’urukiko, Diane Rwigara, murumuna we, Anne Rwigara ndetse na nyina ubabyara, Mukangemanyi Adeline, bavuze ko ugomba kubunganira mu mategeko atabonetse biba ngombwa ko urubanza rwabo rusubikwa. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ukwakira 2017, ubwo aba bombi bageraga imbere y’urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ruri i Nyamirambo, bavuze ko […]
Ndatwite, umugabo wanjye yankubise nk’ukubita imbwa
Ni umugore ukomoka muri Kenya, avuga ko yakubiswe n’umugabo we bikomeye, ku buryo yahise anafata umwanzuro wo kuva mu rugo akagenda butazahagaruka muri urwo rugo. Uyu mugore uzwi ku izina rya Kidd Aj, kuri facebook, avuga ko yakubiswe nk’imbwa, amafoto ye yakomerekejwe yayashyize kuri facebook, anashyiraho amagambo avuga ko yababajwe kandi anatwite. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati […]
Gicumbi: Abaturage barasaba gukorerwa umuhanda wabashyize mu bwigunge n’ubukene
Umuhanda Ruhengeri- Byumba wagiye wangirika mu bice bitandukanye, ikibazo kinini kigaragara mu Murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi, abahatuye basaba ko wakorwa ngo ubavane mu bwigunge bubateza ubukene. Abatuye akagari ka Remera muri uwo Murenge wa Manyagiro, bavuga ko bagezweho n’ibikorwaremezo bitandukanye birimo amazi n’amashanyarazi, ariko bakeneye ko uwo muhanda ukorwa. Uwitwa Umugabe Patrick […]
Umugabo yivuganye umwana we amuziza Icunga (Ironji)
Polisi ikorera mu karere ka Pallisa icumbikiye umugabo witwa James Opio akurikiranyweho kwivugana umwana we w’umuhungu amuziza ko yariye icungwa rimwe mu yo yari yaguze. Umupolisi uhagarariye sitasiyo ya Bukedi, Sowali Kamulya avuga ko uyu mugabo ukomoka mu gace ka Kachinga Orwaka yakubise umuhungu we w’imyaka 13 akanamukorera ibindi bias n’itotezwa kugeza ashizemo umwuka amuziza […]
Tanzania: Abantu 9 bishwe n’inzoga abandi benshi bajyanwa mu bitaro
Polisi ya Tanzania iratangaza ko kugeza ubu, abantu bagera ku 9 bamaze guhitanwa n’inzoga y’inkorano mu gihe bandi batatangajwe umubare bari gukurikiranwa n’abaganga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba baturage bo mu mujyi wa Dar es Salaam ngo banyweye iyi nzoga bari bashyizemo umuti uzwi nka “Gentian violet” (GV) ukaba usanzwe utanyobwa ahubwo usigwa ku mubiri wahumanyijwe n’udukoko, […]
U Budage bwatangiye iperereza ry’uduhanga tw’Abanyarwanda n’abandi Banyafurika bufite
Leta y’u Budage yatangaje ko yatangiye gukora iperereza ry’uduhanga tw’abantu ifite dusaga igihumbi, twakuwe mu Rwanda no mu bindi bihugu bya Afurika. Twinshi muri utwo duhanga Leta y’u Budage ifite, ivuga ko ari utw’Abanyarwanda, imaranye imyaka isaga 100 nk’uko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza. Bitangazwa ko u Budage bwagiye butwara utwo duhanga n’amagufa, bigiye gukorerwaho […]
Igisirikare cya Congo cyishe abarwanyi 10 ba Mai-Mai
Inyeshyamba 10 za Mai-Mai Mazembe zishwe n’igisirikare cya Congo (FARDC), nyuma yo gukozanyaho mu bice bitandukanye by’igihugu. Ni imirwano yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki ya 5 Ukwakira 2017, muri Teritwari ya Lubero (Nord-Kivu), Radio Okapi itangaza ko ari ibitero bitunguranye FARDC yagabye kuri Mai-Mai ahagana saa cyenda z’ijoro, […]
Burera : Rwanda na Uganda biri kuganira uko byarinda abaturage ibiza bavuga ko bibateye inzara

Abaturage bo mu bice bitandukanye byo mu Murenge wa Kivuye mu karere ka Burera barasaba ko bafashwa kubona ibiribwa bibafasha guhangana n’inzara batewe n’ibiza byabereye muri aka gace bikangiza ubutaka bwa hegitari 65 bwariho imyaka y’abaturage. Iyo myaka yari yiganjemo ibishyimbo ibirayi n’ibijumba. Bagasaba ko bafashwa no kubona imbuto ndetse no gucukurirwa imiringoti n’imiyoboro y’amazi […]
Mu Rwanda hadutse imideli mishya ikunzwe n'abagabo cyane
Ubu mu Rwanda hadutse uburyo bushya bwo kwerekana imideli nyuma y’iminsi micye umuhanzikazi Oda Paccy ashyize hanze ifoto yifotoje yamabye ubusa yikingirije ikoma agatangaza ko biri muri gahunda yo kwamamaza indirimbo ye nshya yiteguraga gusohora gusa akongeraho ko ari no muburyo bwo guteza imbere made in Rwanda(ibyakorewe mu Rwanda) kurubu byabaye nk’umuco aho bamwe mu […]
Rubavu: Abarimu barasaba ko hanozwa amategeko agenga uburezi
Abarimu bo mubigo by’amashuri yisumbuye, abanza ndetse n’ayincuke bavuye mu mirenge yose igize akarere ka Rubavu bahuriye mu mujyi wa Gisenyi mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwarimu, basaba ko hanozwa neza amategeko agenga uburezi. Ni umunsi ngarukamwaka wa mwarimu wizihizwa ku itariki ya 5 Ukwakira, abo muri Rubavu bagiye bahabwa ijambo muri ibyo birori, […]
Padiri yafotowe asangira inzoga n'ababikira mu kabari- REBA AMAFOTO
Ku mbuga nkoranyambaga hirya no hino, amafoto akomeje guca ibintu agaragaza Umupadiri ari kumwe n’Abandi bihaye Imana b’igitsina gore bazwi nk’Ababikira bari kwifata neza imbere y’agahiye. Ikinyamakuru cyo muri Nigeria kivuga ko aba bakozi b’Imana mu bishura bya bo bimwe byeruruka abandi mu by’ubururu barimo banywa inzoga nyuma y’akazi. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse […]