Uganda: Abayobozi bâigipolisi bari gukorwaho iperereza ku bibazo birimo nâibirebana nâAbanyarwanda
Guhatwa ibibazo kwa bamwe mu bapolisi bakuru ba Uganda bafungiye mu rwego rwâubutasi mu gisirikare (CMI) kwakomeje kuri uyu wa Gatatu ahitwa Mbuya muri Kampala mu gihe inzego zâumutekano zikomeje guhiga abandi bakekwaho ibyaha. Aba barakekwaho kugira uruhare mu byaha bitandukanye birimo no gucyura ku ngufu bamwe mu banyarwanda bahungiye muri Uganda. Mu ntangiriro zâiki […]
Umusore yanteye inda mu muhuro wâubukwe bwe, yanze kumfasha, yanga nâumwana we, ubu arimo kumunsaba kuko uwo yashatse yabuze urubyaro- NKORE IKI?
Mwiriwe neza basomyi ba Bwiza.com, imyaka ishize ari 4, umusore yari inshuti yanjye bisanzwe, ubwo yari afite ubukwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu, buracya ubukwe buba nibwo yanteye inda. Twaraye iwabo turimo gutegura ubukwe kuko nari umwe mu bakobwa bagombaga kumukenyerera, iryo joro twarabyinnye, uko umubiri ukubana, twisanze twagu ye mu bishuko turasambana. Naryamanye […]
Kigali: Abanyamakuru bakoreraga radiyo âHOT FMâ barashinja umuyobozi wayo kubambura
Abanyamakuru bakoreraga radiyo âHOT FMâ ikorera mu mujyi wa Kigali ku murongo wa 103.6, bavuga ko bagiye kurega mu nkiko umuyobozi wayo bashinja kubambura. Aba banyamakuru bavuga ko bakoreraga radiyo âHOT FMâ, bamwe bafite amasezerano yanditse nâatanditse bagiranye nâumuyobozi wayo, Kelvin Katuramu, bamushinja kubambura amafaranga basezeranye yâumushahara wa buri kwezi, ayo yagombaga kubaha yâamatike,⊠Aba […]
Kigali:Abafatanywe amashashi batangaje ko batazongera kurota bayakoresha
Abakozi bâikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) na Polisi yâigihugu bakoze umukwabu wo kurwanya amashashi, mu gihe bizwi ko abayafatanwaga bahitaga bahanwa, siko byagenze, bababariwe, abayafatanywe bivugira ko bayacitseho. Iki kigo gikangurira Abanyarwanda kugira uruhare mu kurwanya abakoresha rwihishwa amashashi ya’plastique’ kuko yangiza ibidukikije. Abayafatanywe bayakwaga nâibiyarimo bikajyanwa, ba nyirabyo bagahomba ibicuruzwa byabo, REMA ikaba […]
Umuhanzi Samputu agiye guhagararira Afurika mu iserukiramuco muri Koreya yâ Epfo
Umuhanzi mpuzamahanga wâ umunyarwanda, Jean Paul Samputu ufatwa nka Ambasaderi wa muzika ni we watumiwe kuzahagararira umugabane wa Afurika ndetse nâ u Rwanda mu iserukiramuco “World Culture Open 2017 “mu gihugu cya Koreya yâ Epfo. Uyu muhanzi wâ icyamamare azataramira abantu bazaturuka imihanda yose yâ Isi ndetse anabagezeho ijambo ryâ ihumure ku isanganyamatsiko igira iti […]
Kenya: Ibihano bikarishye bitegereje abayobozi bâimbuga nkoranyambaga batazazigenzura neza mu bihe byâamatora
Abaturage basaga Miliyoni zigera kuri 19 bo mu gihugu cya Kenya bayiraye ku kababa ,mu gikorwa cyâamatora yâUmukuru wâIgihugu ateganyijwe ku munsi wâejo kuwa 26 Ukwakira 2017. Nkuko rero byatangajwe nâurubuga rwa interneti rukorera muri Kenya âThe Citizenâ, umuyobozi ukuriye Ikigo cyâIgihugu cyItumanaho [ Communication Authority Of Kenya ], Francis Wangusi ari kumwe na Francis […]
Uganda: Bamwe mu badepite bahawe amafaranga ngo bazasubiremo Itegekonshinga bayasubije
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukwaira 2017, Abadepite bo mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bagabagabanye amafaranga baherutse kwemererwa na Perezida museveni ngo bazatore itegeko rikuraho ingingo igenera umukuru wâigihugu imyaka yo kwiyamamarizaho. Ni nyuma yâuko abadepite bemerewe Miliyoni zisaga 29 zâAmashilingi kuri buri wese muri bo uzagira uruhare mu kuvugurura ingingo ya […]
Kigali: Umwari ufite ubumuga yizigamira 90% byâumushahara ngo azakorere mu nzu ye
Mugiraneza Aline, ni umwari wâuburanga ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga. Ubu amaze umwaka urenga akora akazi ko gutunganya imisatsi nâinzara byâabagore, agakundwa nâumukoresha we ndetse nâabakiriya bakamugana ari benshi. Ahembwa ibihumbi 50, agakoreshaho bitanu, andi 45.000 akayazigama ngo azabashe kwiyubakira inzu ye azakoreramo. Ni umukobwa wâimyaka 22, umubonye mu kazi cyangwa agenda ntumenya ko […]
Perezida Ouattara yahakanye yivuye inyuma ibyo kurebana ayâingwe na Guillaume Soro
Ubwo Perezida Alassane Ouattara wa Cote dâIvoire yageraga Niamey muri Niger, aho yagiye mu nama yâUmuryango wâUbukungu Uhuza Ibihugu bya Afurika yâIburengerazuba (ECOWAS) mu magambo ahinnye yâicyongereza, yateye utwatsi ibyo kuba muri iyi ngo haba hari agatotsi hagati ye nâumukuru wâInteko Ishinga Amategeko we ,Guillaume Soro. Perezida Alassane Ouattara yagize ati âUmukuru wâInteko Ishinga Amategeko […]
Nyuma y'amatora twari twacitse intege-Dr Frank Habineza
Dr Frank Habineza, umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda avuga ko nyuma y’amatora ya Perezida wa Repubulika yari yacitse intege kimwe n’abayoboke b’iryo shyaka ariko nyuma akaza gukomeza umurongo we. Ni mu kiganiro abayobozi b’imitwe ya politiki ikorera mu Rwanda n’abanyamakuru cyateguwe na Media Impact communities ku wa Kabiri tariki ya 24 Ukwakira 2017. […]
Burundi: Imodoka yari itwaye Gen Guillaume Bunyoni yarenze umuhanda igonga abantu 4
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2017, imodoka yari itwaye Minisitiri wâumutekano mu Burundi, Gen Alain Guillaume Bunyoni yakoze impanuka igonga abantu 4, umwe muri bo ahita ahasiga ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wâigipolisi cyâu Burundi, OP1 Pierre Nkurikiye yemeje aya makuru, avuga ko iyo modoka (jeep) itwara GĂ©n. Alain Guillaume […]
Kaminuza yâu Rwanda isohora abaveterineri batazi âgutera intangaâ amatungo
Nubwo gahunda yo gutera intanga ariyo ishyizwe imbere mu bworozi bwâiki gihe, inzego zâuturere nâimirenge zihangayikishijwe nâimigendekere mibi yayo kubera basabwa guha akazi abarangije Kaminuza kandi batabizi. Mu ruzinduko abasenateri bagiriye i Rusizi, batunguwe no kuba umuveterineri umwe muri 18 ariwe uzi gutera intanga. Icyo gihe Senetari Karangwa Chrysologue yatunguwe nâireme ryâuburezi aba bakozi bavomye […]
Sudani yâEpfo: Abapolisi bâu Rwanda bari mu butumwa bwâamahoro bambitswe imidari y'ishimwe
Abapolisi bâAbanyarwanda bagera kuri 239 bari mu butumwa bwâamahoro muri Sudani yâEpfo bakaba bakorera mu Ntara ya Malakal bambitswe imidari yâishimwe nâumuryango wâAbibumbye ku munsi wâejo tariki ya 24 Ukwakira 2017. Umuryango wâAbibumbye bambitse aba bapolisi imidari yo kubashimira uruhare rwa bo mu kubungabunga umutekano wâabaturage nâibintu bya bo muri kiriya gihugu ndetse no kuzuza […]
Dore amafoto asekeje ya ba nyampinga babayeho mu mateka yâisi mu bihe bitandukanye
Ubusanzwe, hamenyerewe ko ba nyampinga (Miss) ari abakobwa bâuburanga, ikimero ariko byâumwihariko bakaba banafite uburere nâubumenyi mu bijyanye nâamashuri nâibindi, aba bakabihatanira ndetse bikaba ari na bimwe mu bintu bishimisha mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku isi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uru rutonde, rwo rwerekana abakobwa bagiye bahiga abandi Atari mu buranga cyangwa mu bindi byavuzwe […]
Kenya: Urujijo ni rwose mu matora ya Perezida wa Repubulika
Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya rwananiwe guca urubanza rwo gusubika amatora kubera abacamanza batari bakwiye. Umucamanza mukuru David Maraga yavuze ko bamwe mu bacamanza bari hanze y’igihugu abandi na bo bakaba batashoboye kugera mu rukiko kubera impamvu zitandukanye. Uru rubanza rwari gucibwa nyuma yuko abaturage batatu bavuga ko Komisiyo y’amatora idashobora gukoresha amatora atabogamye kandi aciye […]
Umunyeshuri wo muri kaminuza yitwikiye mu nzu arapfa
Umunyeshuri witwa Ivan Ngobi, w’imyaka 23 y’amavuko, akaba yigaga mu mwaka usoza amashuri ya kaminuza muri Uganda yapfuye nyuma yo kwitwikira mu nzu yabagamo ku ishuri ubwo yari ku masomo. Uyu musore ukomoka mu gace ka Kitabi, ngo yitwikiye mu nzu yabagamo ku ishuri ariko bagenzi be barabimenya ntibagira uwo babibwira bamurekeramo, akaba yapfuye amaze […]
Angola: Abantu 7 baguye mu mpanuka yâindege
Abantu barindwi bagizwe nâabakora mu ndege hamwe nâabagenzi bapfiriye mu mpanuka yâindege yabaye muri Angola. Umukuru wâabashinzwe kuzimya umuriro Felismino Ndumba avuga ko iyo ndege yahagurutse ivuye mu mujyi wa Dundo hafi yâumupaka wayo na Congo ahagana saa saba zâijoro, igiye i Luanda mu murwa mukuru wa Angola nkuko bigaragara ku nkuru ya VOA. [xyz-ihs […]
Niba ukunda imibonano mpuzabitsina kuburyo budasanzwe menya ko urwaye “Nymphomanie” Menya byinshi kuri yo
Indwara ya Nymphomanie ni iki? Nymphomanie ni uburwayi budakunze kugaragara cyane aho umuntu afatwa nâubushake bukabije bwa gukora imibonano mpuzabitsina ndetse nâigihe agize amahirwe akayikora ntanyurwe. Ibi rero bituma ahorana muri we iki cyifuzo iminsi yose, amasaha yose bigatuma yiheza mu bandi kuko aba yumva bimuteye isoni nâagahinda ko kutamera nkâabandi dore ko iyi ndwara […]
Uruhare rw'Umuturarwanda mu kwiyubakira igihugu mu myaka 5 ishize biciye mu gusora
Muri uyu mwaka wâingengo yâimari umusoro utangwa nâAbanyarwanda uzaba ugize 66% byâingengo yâimari yâu Rwanda. Ibi bishimangira ko umuturage usora neza yirase ko umuhanda runaka wubatswe yabigizemo uruhare nta nkomanga byamusigira ku mutima bivugwa ko utarya ruswa. Ubwo hizizwaga ku nshuro ya 15 Umunsi mukuru wâAbasora ku rwego rwâIgihugu, ku wa Gatanu tariki ya 15 […]
Tuributsa abadatanga neza imisoro ndetse nâabatayitanga guhindura imyumvire -PM Dr Ngirente
Minisitiri wâIntebe Dr Ngirente Edouard arasaba Abanyarwanda barebwa nâimisoro kwihatira kuyitanga neza, mu gihe agira inama abatayitanga guhindura imyumvire. Yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira, 2017 ubwo mu birori byo kwizihiza ku nshuro ya 15 Umunsi Mukuru wâAbasora ku rwego rwâIgihugu. Umunsi wizihijwe ku nshuro ya 15. Muri uyu muhanga wahembwemo abasora beza […]
Nyamasheke: Abigisha mu mashuri yâincuke bavuga ko nta bumenyi bafite bwo kwita ku bana bamugaye
Abigisha mu mashuri yâincuke mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko bahura nâimbogamizi mu kwita ku bana bigisha bafite ubumuga, abenshi muri bo ngo nta bumenyi buhagije baba bafite bwo kubitaho. Aba barezi bagera kuri 60 bigisha mu mashuri yâincuke bagaragaje imbogamizi bahura na zo mu mahugurwa yâiminsi 2 yabereye mu murenge wa Kagano, abakora aka […]
CNDP ntiyemeranywa na HRW kuri raporo yasohoye ivuga ko âabajura bose bagomba kwicwaâ mu Rwanda
Umuryango Mpuzamahanga urengera uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW) uherutse gusohora raporo igaragaraza ko inzego zâumutekano mu Rwanda zishe abantu batandukanye, muri raporo ivuga ko leta yâu Rwanda yica abajura, yise âThieve must be killed, abajura bagomba kwicwaâ. HRW ivuga ko bivugwa ko abantu 37 bishwe nâizo nzego zâumutekano muri raporo yasohotse muri Nyakanga […]
Urukiko rwateye utwatsi bumwe mu busabe bwâabo kwa Rwigara
Urukuko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwabwiye abagize umuryango wa Rwigara bakurikiwe mu butabera ko iby’uko bafunze badahabwa umwanya wo gusurwa no kota izuba, kutabona igitabo cya Bibiliya n’ibindi ngo bitari mu byo urukiko rurimo gusuzuma. Ni mu iburanisha ryabereye muri uru rukiko ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira 2017, ubwo uru rubanza ruregwamo Diane Rwigara […]
Sergio Ramos anezezwa no kuba atozwa na Zidane bakinanye mu ikipe imwe
Sergio Ramos, ubu ni we mukinnyi rukumbi usigaye mu ikipe ya Real Madrid, wayikananyemo na Zinedine Zidane, ubu wayibereye umutoza. Ni umugabo wâimyaka 31, yinjiye mu ikipe ya Real Madrid mu mwaka wa 2005, afite imyaka 19, yaje asangamo Zinedine zidane wabicaga bigacika. Nkâuko Ramos yabitangarije ikinyamakuru Goal dukesha iyi nkuru, avuga ko anezezwa cyane […]
Uganda: Abanyeshuri 30 bafunzwe bazira gutwika inyubako zâikigo bararagamo
Abanyeshuri bagera kuri 30 mu mu ishuri ryisumbuye ryo mu karere ka Ntungamo muri Uganda batawe muri yombi nyuma yo gutwika inyubako zâikigo bigagamo 2 mu bikorwa byâimyigaragambyo ku mugoroba wo kuwa kane tariki ya 12 Ukwakira. Amakuru atangwa nâumuvugizi wa sitasiyo ya polisi ya Rwizi aho aba bana bafungiye, Samson Kasasira, aviuga ko ba […]
Fally Ipupa yavuze ko nâagasuzuguro kari mu byatumye ava mu itsinda rya Koffi Olomide
Fally Ipupa avuga ko yavuye mu itsinda rya mwarimu we, Koffi Olomide, bitewe nuko yafatwaga bunyamaswa akanateshwa nâagaciro. Uyu muhanzi wâimyaka 40 ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ufatwa nkâigikomangoma cya Rumba Nkongomani, avuga ko kuva mu itsinda âc artier Latinâ Koffi yabigizemo uruhare rukomeye nâubwo ubu nta kibazo bafitanye . Yagize ati […]
Monusco yanyomoje raporo ya HRW ku iyicarubozo ishinja RDF gukorera abahoze muri FDLR
Ubuyobozi bwâingabo za Loni ziri mu butumwa bwâamahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), burabeshyuza raporo yâumuryango mpuzamahanga urengera ikiremwamuntu (Human Rights Watch), ku byaha ushinja ingabo zâu Rwanda (RDF). Raporo yasohowe na HRW ishinja ingabo zâu Rwanda gukorera iyicarubozo imfungwa. Muri icyo cyegeranyo cyâamapaji 91 wasohoye ku wa Kabiri tariki ya 10 Ukwakira 2017, […]
Perezida Trump yibasiwe bikomeye nyuma yo kwibagirwa guterera isaluti ibendera ryâigihugu
Nyuma yâiminsi micye perezida wa Leta zunze ubumwe zâAmerika, Donald Trump yibasiye abakinnyi bapfukama mu gihe cyo kuririmba indirimbo yubahiriza igihugu, ubu ibitangazamakuru ni we biri kuvugaho cyane nyuma yâuko na we yibagiwe guterera ibendera isaluti muri iki cyumweru. Muri iki cyumweru, ni bwo muri Amerika hizihizwaga umunsi mukuru mu bya gisirikare, perezida Trump akaba […]
Somalia: Minisitiri nâumugaba mukuru wâingabo beguye
Minisitiri wâingabo wa Somalia Abdirashid Abdulahi Mohamed nâumugaba mukuru wazo beguye ku buyobozi ku mpamvu batatangaje nkuko ubutegetsi bwâiki gihugu bwabitangaje. Aba basirikare bari bayoboye urugamba rwo guhangana nâumutwe wâiterabwoba wa Al Shabab nkuko bigaragara mu nkuru ya VOA Abategetsi batari bake muri leta ya Somalia batashimye ko amazina yabo ajya ahabona kuko batemerewe kuvuga […]
Umukobwa wâimyaka 30, arashaka umukunzi wize kandi usenga
Ndumukobwa wimyaka 30 ndashaka umukunzi uri serieux wize kugeza kuri university kandi ufite ubwenge Akaba asenga. ufite urukundo nyarwo Irwin abantu twibaza ko rutakibaho nanjye niteguye kumukunda kandi bidakunze sinzamutera umwanya. kuba afite akazi ibyo sikibazo cyane as long as yize akaba afite urukundo rutaryarya.ibintu nibishakwa niba uri serieux twaganira kuri email joyishimwe01@yahoo.com. Sorry I […]
RDC: Kabila yatangaje intambara ku Banyecongo- Félix Tshisekedi
Abatavugarumwe nâubutegetsi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo kuri bashinja Perezida Joseph Kabila ko yakoze icyaha gikomeye nkâumukozi wâigihugu. Ni nyuma yâaho komisiyo ishinzwe gutegura amatora itangarije ko atazaba mbere yâumwaka wâ2019. Nubwo amahanga akomeza gusaba ko indangaminsi yâaya matora yatangazwa. Itangazo ryâiyi komisiyo ryishe amasezerano yabaye hagati yâubutegetsi nâabatavuga rumwe nabwo yo kuwa 31 […]
RDC: Umunyarwanda yasanganwe urwembe mu ikofi afungwa ashinjwa kugendana intwaro
Umwe mu banyarwanda bakorere mu mujyi wa Goma witwa Rudimba Alexis, aravuga ko aherutse kugera ku mupaka uhuza u Rwanda na Congo ku ruhande rwa Congo ahitwa Petite barierre, inzego zishinzwe iperereza muri icyo gihugu ANR, zimusatse zimusanganye urwembe ziramufunga. Avuga ko yageze kuri bariyeri, izo nzego zimusaba ibyangombwa byose arabitanga, baza kumusaba kuvana mu […]
U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana
Komisiyo yâigihugu yo kurwanya Jenoside, CNLG iramagana ibirego bya Leta yâu Bufaransa ku ihanurwa ryâindege yâuwahoze ari perezida wâu Rwanda Habyarimana Juvenal kuko ngo nta kindi bigamije uretse guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wâ1994. Ni nyuma yuko mu ntangiro zâuku kwezi ibitangazamakuru byanditse ko hari umutangabuhamya wagiye i Paris mu Bufaransa agatanga […]
Uganda: Urukiko rwasabye ko abakorewe iyicarubozo bazira IGP Kaweesi bahabwa indishyi
Urukiko rukuru rwa Kampala muri Uganda rwategetse ko abantu bagera kuri 22 bari bafunze bakekwaho uruhare ku rupfu rwâuwahoze ari umuvugizi wâigipolisi cya Uganda, IGP Andrew Felix Kaweesi, byâumwihariko aba bantu bakaba barakorewe iyicarubozo bagomba guhabwa miliyoni 8 zâAmashilingi buri wese. Urukiko rwanzuye ko aba bantu bahabwa aya mafaranga kuko uburenganzira bwa bo bwahungabanyijwe ndetse […]
Abakurikiranyweho gushaka guhirika ubutegetsi bwâu Rwanda barasaba gukurikiranwa badafunze
Abantu 8 bakurikiranyweho kuba mu mutwe witwaje intwaro ugamije guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda barasaba urukiko rukuru gusesa icyemezo cyafashwe n’urwisumbuye cyo kubakurikirana bafunze. Aba bivugwa ko bari abayoboke b’ishyaka FDU Inkingi ritaremererwa gukorera ku mugaragaro mu Rwanda batawe muri yombi mu ntangiro z’ukwezi gushize. Ubushinjacyaha busaba ko bakomeza gufungwa mu gihe bukomeje iperereza nkuko bigaragara […]
Abantu hafi 180 bishwe nâimpanuka zo mu muhanda uyu mwaka
Polisi yâu Rwanda iratangaza ko abantu 177 baguye mu mpanuka zo mu muhanda zabaye mu mezi icyenda ashize, kuva uyu mwaka watangira. Mu rwego rwo kugabanya uyu mubare nâimpanuka muri rusange inzego zibishinzwe zirimo Minisiteri yâIbikorwa remezo zatangaje ko ibihano bigiye kwiyongera ku bakoresha umuhanda. Iyi mibare yerekana ko abantu 20 bahitanwa nâizi mpanuka mu […]
Wabwirwa nâiki ko umukunzi wawe agukunda urukundo nyakuri?
Urukundo nyakuri nâurukundo rwâagahararo biragoye kubitandukanya, iyo ubitekerejeho neza ibikorwa birivugira buhoro buhoro, uko iminsi igenda ishira, igihe ni cyo gishobora kukwereka ko uwo mukundana akubeshya. Iyo uhuye nâumukobwa cyangwa umuhungu bwa mbere, ushobora kumva uhise umukunda byo gupfa ariko ibyo byose bishobora guhinduka mu buryo utari witeze. biterwa nâiki se? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] hari impamvu […]
Perezida Kim Jong Un mu nzira zo gushyira mushiki we ku mwanya wâUmugaba wâIngabo
Ibitangazamakuru bitandukanye ,byaba ibyo ku karere Koreya ya Ruguru iherereyemwo, ibyâimbere mu gihugu nâahandi hatandukanye ku isi yose, rikomeje kuvuga inkuru yâuko mu gihe kidatinze Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un ashobora gushyira mushiki we ku mwanya wâUmugaba Mukuru wâIngabo zâigihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma yâuko uyu muperezida ukunze kugaruka mu itangazamakuru cyane […]
Leta Zunze ubumwe za Amerika yivanye muri UNESCO
Igihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika cyatangaje ko kivanye mu bihugu bigize ishami rya Loni rishinzwe guteza imbere uburezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO). Iki gihugu gishinja UNESCO kurwanya leta ya Israel gifitanye umubano na Leta Zunze ubumwe za Amerika Ibyo bije bikurikira ibindi bikorwa byagiye biba birimo ko iki gihugu cyahagaritse inkunga cyageneraga uyu muryango […]
Igihano cyâurupfu kinyuranyije nâIjambo ryâImana-Papa Francis
Umushumba wa Kiliziya Gatorika ku Isi, Papa Francis yatangaje ko igihano cyâurupfu kitemewe kuko kinyuranyije nâijambo ryâImana. Yabitangaje mu butumwa yagezaga ku bitabiriye isabukuru yâimyaka 25 yo kwigisha ijambo ryâImana tariki ya 11 Ukwakira 2017 nkuko bigaragara mu kinyamakuru Our Sunday Visitor(OSV). Yagize ati âIgihano cyâurupfu kinyuranye nâijambo ryâImana. Igihano cyâurupfu uko gitanzwe kose kinyuranye […]
Umupasteri yakijije umusore wahoranaga igitsina cyafashe umurego (Amafoto)
Umuvugabutumwa witwa Fufeyin wo mu itorero Christ Mercyland aherutse gukora igitangaza cyo gukiza umusore wari umaze iminsi igitsina cye cyarafashe umurego kikanga kugwa. Uyu musore yahisemo kuyoboka abanyamasengesho nyuma yo kumara iminsi ahuye nâiri sanganya, aho yinjiye mu rusengero abantu bise bakamurangamira ndetse no kumusengera abantu benshi bakaba bari bashungereye mu rusengero batitaye ku bandi […]
Karongi:Umugore akurikiranyweho kwicisha umuhini uruhinja yabyaye
Umugore witwa Mukahyaka Betty w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Gatoki, Akagari ka Gasura, Umurenge wa Bwishyura ho mu karere ka Karongi akurikiranyweho icyaha cyo kwihekura yica uruhinja rwe arukubise umuhini. Icyo cyaha akekwaho yagikoze mu ntangiriro zâukwezi kâUkwakira 2017 maze dosiye ye Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Karongi buyiregera Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi. uyu […]
Nyamasheke: Niyogushimwa yiteje imbere ahereye ku mafaranga 900
Niyogushimwa utuye mu kagari ka Kagarama, umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke arishimira intambwe amaze gutera mu iterambere, yahereye ku mafaranga 900 gusa ubu akaba yigejeje kuri byinshi birimo amangazini yâimyenda nâinkweto, inzu abamo ifite agaciro ka miliyoni icumi,… Uyu mugore wâimyaka 31, afite umugabo nâabana 2, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana wâumukobwa […]
Umugore yahagurutse mu rusengero ashinja umupasiteri kumusambanyiriza umukobwa
Umuvugabutumwa aherutse guhura nâuruva gusenya mu mpera zâicyumweru gishize, aho uwo munsi wamubereye nkâumwaku nyuma yo gutamazwa nâumugore wamushinjaga kumusambanyiriza umwana wâumukobwa. Uyu mupasiteri akaba nâumuyobozi wâitorero Word Fellowship Baptist Church yarimo yigisha ijambo ryâImana nkâuko bisanzwe mu masengesho yo ku Cyumweru, mu gihe abakirisitu bari bafashijwe mbega na we ari mu mwuka, mu itorero […]
U Bufaransa: Ubushinjacyaha bwasabye ko umunyarwanda, Claude Muhayimana yongera kujyanwa mu rukiko
Ubushinjacyaha bw’i Paris mu Bufaransa bwongeye gusaba ko umunyarwanda ufite ubwenegihugu bwa bwo, Claude Muhayimana yasubizwa mu nkiko akaburana bundi bushya ku byaha ashinjwa byo kugira uruhare muri jenoside yabaye mu Rwanda mu 1994. Uyu Muhayimana yatawe muri yombi muri 2014, ashinjwa ibyaha byo kuba mu gihe cya Jenoside yo mu Rwanda yaratwaraga abasirikare bâInterahamwe […]
RDC: Abarwanyi ba FDLR bongeye kwivugana abantu banasahura amashyo y'inka
Abarwanyi bitwaje intwaro bo mu mutwe wa FDLR baraye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira bivuganye abaturage barimo nâumupolisindetse banasahura inka zitagira ingano mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru Voix dâAfrique dukesha iyi nkuru riravuga ko umuvugizi wâitangazamakuru, Guillaume Ndjike Kaiko yavuze ko uyu mutwe […]
Burera: Abanyarwanda baterwaga ipfunwe no kuvoma muri Uganda bahawe amazi
Abaturage bo mu tugari twa, Rwasa, Bukwashuri na Nyirataba yo mu mirenge ya Kivuye mu karere ka Burera bajyaga kuvoma muri Uganda bahawe amazi meza, ku buryo batazongera kujya kuvoma muri icyo gihugu. Amafoto ari kugaragara ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Guverineri wâintara yâAmajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianney ari kwishimira aya mazi yahawe abaturage, ari kumwe […]
U Rwanda rufite intego yo kugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira- Jeannette Kagame
Madamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda yâubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango nyarwanda. Muri iki gikorwa yabanje gutaha ibyumba ababyeyi bo mu murenge wa Gatore biyubakiye kugirango bajye babona ahantu hizewe basiga abana babo batarageza […]
HRW ishinja igisirikare cyâu Rwanda kwica imfungwa urubozo, Leta irabihakana
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu âHuman Rights Watch (HRW)â mu cyegeranyo wasohoye, ushinja igisirikare cyâu Rwanda ibyaha birimo kwica imfungwa urubozo, Leta yâu Rwanda ikabihakana ivuga ko ari ukuyibasira. Uyu muryango ufite ikicaro muri Leta zunze ubumwe za Amerika, muri icyo cyegeranyo cyâamapaji 91 wasohoye ku wa Kabiri tariki ya 10 Ukwakira 2017, uvuga ko […]
Rulindo: Urubyiruko rwaho ruvuga ko ikorwa ryâumuhanda Base-Nyagatare ntacyo ribamariye
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Base wo mu Murenge wa Rulindo ruvuga ko nubwo rwari rwizeye ko rugiye gutera imbere ubwo hatangirwaga kubakwa umuhanda wa kaburimbo wacishishwe mu mirenge itandukanye y’aka karere,ariko ko ntacyo iki gikorwa kibamariye. Ibyo biterwa nuko ngo bakomeje kuba mu bukene kubera ko bimwe akazi na sosiyete ya Chico ikora ibikorwa […]
RD Congo: Komisiyo yâamatora yatangaje ko adashoboka mbere ya 2019
Komisiyo yigenga yâamatora muri Repubulika Demokarasi ya Congo iratangaza ko amatora yâuzasimbura Perezida Joseph Kabila adashoboka mbere yâiminsi 504, ni ukuvuga ko adashobora kuba mbere yâintangiriro zâumwaka wâ2019. Ibyo byatangajwe nâiyo komisiyo ku rubuga rwayo rwa internet, mu gihe amatora yâumukuru wâigihugu yari yitezwe kuba mu mpera zâuyu mwaka wa 2017. Komisiyo yatangaje ko ikeneye […]
Rulindo: Interineti igenda buhoro idindiza serivisi zâirangamimerere
Abakenera serivisi zâikoranabuhanga zifashisha Interineti mu Murenge wa Bushoki mu Karere ka Rulindo, bavuga ko hari zimwe batabonera ku gihe. Urwego rushinzwe kuzitanga (Etat-civil) rugaragaraza ko biterwa nâikibazo cya Interinet igenda buhoro cyane. Akagari ka Gasiza gafatwa nkâagakomeye muri uyu murenge wa Bushoki. Hari inzu zitanga serivisi za Interineti enye, izo ni cyber ya BDF(icyumba […]
Burundi: Umupasiteri yatawe muri yombi ashinjwa kugereranya Papa Francis nâAntikirisitu
Pasiteri Hakizimana Didier, uyobora itorero ryâAbadivantisiti bâumunsi wa karindwi mu Ntara ya Bururi, yatawe muri yombi na polisi y’u Burundi ku wa Kabiri wâiki cyâumweru, ashinjwa gukoresha imvugo ziharabika Kiliziya Gatolika nâumushumba wa yo ku isi, Papa Francis, ko ari urwanya kirisitu (Anti-Christ). Uyu mupasiteri mu nyandiko akoresha, ngo agaragaza ko Papa Francis, ari Anti-Christ”, […]
Ngoma: Ibitaro bya Kibungo byatangije icyumweru cyahariwe ubuzima bwâumubyeyi nâumwana
Ibitaro bya Kibungo ku bufatanye na Minisiteri y’ubuzima, kimwe n’ahandi mu gihugu, batangije icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana. Ni umuhango wizihijwe ku wa mbere tariki ya 9 Ukwakira 2017, mu karere ka Ngoma kimwe n’ahandi hose mu gihugu. Ni icyumweru cyatangijwe ku mugaragaro na Minisiteri y’ubuzima, Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma ndetse n’ubw’ibitaro by’icyitegererezo […]
Igisirikare cya Amerika kiryamiye amajanja kiteguye guhangana na Koreya ya Ruguru
Umuyobozi wâibiro bikuru bya gisirikare bya Leta zunze ubumwe za Amerika, Gen Mark Milley, yatangaje ko abasirikare ayoboye, biteguye ko isaha ku isaha bashobora kwambarira urugamba. Gen Mark Milley, yatangaje ibi mu nama yabaye ku wa Kabiri tariki ya 10 Ukwakira 2017, i Washington mu nama ya buri mwaka itegurwa nâigisirikare cya Amerika. Nkâuko radiyo […]
Dore ibibazo ukwiye kwibaza mbere y'uko ukora imibonano mpuzabitsina
Bibaho ko kenshi abakundana bumvako ibyishimo byanyuma byabo arukuryamana gusa mbere yuko mubikora banza umenyeko agiye kukubona wese byaba byiza umubajije imigambi agufiteho ubinyujije muribi bibazo bine 4 bikurikira 1.Niki cyatumye unkunda? Urukundo ntirushobora kubura ubusobanuro ariko siko bwose aba aribwo hari abapfa kuvuga bitewe nuko biyumva muri ako kanya. Ukwiye kumenya ikimutera kugusaba kuryamana […]
Umuhanzi Mkombozi avuga ko umusatsi we wari indiri y'amadayimoni
Umuhanzi ukomoka mu gihugu cy’ u Burundi uzwi ku izina rya Mkombozi, yiyogoshesheje umusatsi we “deadlocks” avuga ko wari indiri yâabadayimoni. Ku rukuta rwe rwa Facebook, Nzeyimana Thomas uzwi nka Mkombozi, yagize ati “ejo Bishop Rugagi yampanuriye gukuraho umusatsi wâamaderedi, nanjye sinazuyaza ndamwumviraâ. Yakomeje agira ati ” amadayimoni yihisha mu byo utapfa kureka cyangwa mu […]
Masenge, ni umugore ufasha abakobwa nâabagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa
Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge, akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa nâabagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo. Aganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama wâabakobwa nâabagore ku byerekeye imibanire yâabashakanye. Aha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane akaba […]
Diane Rwigara, nyina na murumuna we bahakanye ibyaha byose baregwa
-Mu cyubahiro cyâImana ndabashimiye, ibyaha ndegwa ntabwo mbyemera -Nanjye ntabwo mbyemera -Ibyaha ndegwa nâubu biracyantungura, ntabwo mbyemera Aya ni amagambo yatangajwe nâabo kwa Rwigara, Diane Rwigara, nyina Mukangemanyi Adeline ndetse na murumuna we, Anne Rwigara, ubwo bari bamaze kwibutswa ibyaha baregwa mu iburanishwa ryasubukuwe kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017, mu cyumba cyâIburanisha cy’urukiko Rwisumbuye […]
Diamond na Rick Ross batangiye gufata amashusho yâindirimbo bakoranye
Umuraperi w’Umunyamerika Rick Ross na Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzaniya, batangiye umushinga wo gufata amashusho yâindirimbo bakoranye. Mu cyumweru gishize, Diamond yafashe rutemikirere yerekeza muri Amerika kwitabira ibitaramo byatangiwemo nâibihembo “African Muzik Magazine Awards (afrimma)” anaboneraho no gukora amashusho y’indirimbo nshya yakoranye na Rick Ross. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Diamond nta […]