Uganda: Abayobozi b’igipolisi bari gukorwaho iperereza ku bibazo birimo n’ibirebana n’Abanyarwanda

Guhatwa ibibazo kwa bamwe mu bapolisi bakuru ba Uganda bafungiye mu rwego rw’ubutasi mu gisirikare (CMI) kwakomeje kuri uyu wa Gatatu ahitwa Mbuya muri Kampala mu gihe inzego z’umutekano zikomeje guhiga abandi bakekwaho ibyaha. Aba barakekwaho kugira uruhare mu byaha bitandukanye birimo no gucyura ku ngufu bamwe mu banyarwanda bahungiye muri Uganda. Mu ntangiriro z’iki […]

Umusore yanteye inda mu muhuro w’ubukwe bwe, yanze kumfasha, yanga n’umwana we, ubu arimo kumunsaba kuko uwo yashatse yabuze urubyaro- NKORE IKI?

Mwiriwe neza basomyi ba Bwiza.com, imyaka ishize ari 4, umusore yari inshuti yanjye bisanzwe, ubwo yari afite ubukwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu, buracya ubukwe buba nibwo yanteye inda. Twaraye iwabo turimo gutegura ubukwe kuko nari umwe mu bakobwa bagombaga kumukenyerera, iryo joro twarabyinnye, uko umubiri ukubana, twisanze twagu ye mu bishuko turasambana. Naryamanye […]

Kigali: Abanyamakuru bakoreraga radiyo ‘HOT FM’ barashinja umuyobozi wayo kubambura

Abanyamakuru bakoreraga radiyo ‘HOT FM’ ikorera mu mujyi wa Kigali ku murongo wa 103.6, bavuga ko bagiye kurega mu nkiko umuyobozi wayo bashinja kubambura. Aba banyamakuru bavuga ko bakoreraga radiyo ‘HOT FM’, bamwe bafite amasezerano yanditse n’atanditse bagiranye n’umuyobozi wayo, Kelvin Katuramu, bamushinja kubambura amafaranga basezeranye y’umushahara wa buri kwezi, ayo yagombaga kubaha y’amatike,
 Aba […]

Kigali:Abafatanywe amashashi batangaje ko batazongera kurota bayakoresha

Abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) na Polisi y’igihugu bakoze umukwabu wo kurwanya amashashi, mu gihe bizwi ko abayafatanwaga bahitaga bahanwa, siko byagenze, bababariwe, abayafatanywe bivugira ko bayacitseho. Iki kigo gikangurira Abanyarwanda kugira uruhare mu kurwanya abakoresha rwihishwa amashashi ya’plastique’ kuko yangiza ibidukikije. Abayafatanywe bayakwaga n’ibiyarimo bikajyanwa, ba nyirabyo bagahomba ibicuruzwa byabo, REMA ikaba […]

Umuhanzi Samputu agiye guhagararira Afurika mu iserukiramuco muri Koreya y’ Epfo

Umuhanzi mpuzamahanga w’ umunyarwanda, Jean Paul Samputu ufatwa nka Ambasaderi wa muzika ni we watumiwe kuzahagararira umugabane wa Afurika ndetse n’ u Rwanda mu iserukiramuco “World Culture Open 2017 “mu gihugu cya Koreya y’ Epfo. Uyu muhanzi w’ icyamamare azataramira abantu bazaturuka imihanda yose y’ Isi ndetse anabagezeho ijambo ry’ ihumure ku isanganyamatsiko igira iti […]

Kenya: Ibihano bikarishye bitegereje abayobozi b’imbuga nkoranyambaga batazazigenzura neza mu bihe by’amatora

Abaturage basaga Miliyoni zigera kuri 19 bo mu gihugu cya Kenya bayiraye ku kababa ,mu gikorwa cy’amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe ku munsi w’ejo kuwa 26 Ukwakira 2017. Nkuko rero byatangajwe n’urubuga rwa interneti rukorera muri Kenya “The Citizen”, umuyobozi ukuriye Ikigo cy’Igihugu cyItumanaho [ Communication Authority Of Kenya ], Francis Wangusi ari kumwe na Francis […]

Uganda: Bamwe mu badepite bahawe amafaranga ngo bazasubiremo Itegekonshinga bayasubije

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukwaira 2017, Abadepite bo mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bagabagabanye amafaranga baherutse kwemererwa na Perezida museveni ngo bazatore itegeko rikuraho ingingo igenera umukuru w’igihugu imyaka yo kwiyamamarizaho. Ni nyuma y’uko abadepite bemerewe Miliyoni zisaga 29 z’Amashilingi kuri buri wese muri bo uzagira uruhare mu kuvugurura ingingo ya […]

Kigali: Umwari ufite ubumuga yizigamira 90% by’umushahara ngo azakorere mu nzu ye

Mugiraneza Aline, ni umwari w’uburanga ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga. Ubu amaze umwaka urenga akora akazi ko gutunganya imisatsi n’inzara by’abagore, agakundwa n’umukoresha we ndetse n’abakiriya bakamugana ari benshi. Ahembwa ibihumbi 50, agakoreshaho bitanu, andi 45.000 akayazigama ngo azabashe kwiyubakira inzu ye azakoreramo. Ni umukobwa w’imyaka 22, umubonye mu kazi cyangwa agenda ntumenya ko […]

Perezida Ouattara yahakanye yivuye inyuma ibyo kurebana ay’ingwe na Guillaume Soro

Ubwo Perezida Alassane Ouattara wa Cote d’Ivoire yageraga Niamey muri Niger, aho yagiye mu nama y’Umuryango w’Ubukungu Uhuza Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) mu magambo ahinnye y’icyongereza, yateye utwatsi ibyo kuba muri iyi ngo haba hari agatotsi hagati ye n’umukuru w’Inteko Ishinga Amategeko we ,Guillaume Soro. Perezida Alassane Ouattara yagize ati “Umukuru w’Inteko Ishinga Amategeko […]

Nyuma y'amatora twari twacitse intege-Dr Frank Habineza

Dr Frank Habineza, umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda avuga ko nyuma y’amatora ya Perezida wa Repubulika yari yacitse intege kimwe n’abayoboke b’iryo shyaka ariko nyuma akaza gukomeza umurongo we. Ni mu kiganiro abayobozi b’imitwe ya politiki ikorera mu Rwanda n’abanyamakuru cyateguwe na Media Impact communities ku wa Kabiri tariki ya 24 Ukwakira 2017. […]

Burundi: Imodoka yari itwaye Gen Guillaume Bunyoni yarenze umuhanda igonga abantu 4

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2017, imodoka yari itwaye Minisitiri w’umutekano mu Burundi, Gen Alain Guillaume Bunyoni yakoze impanuka igonga abantu 4, umwe muri bo ahita ahasiga ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, OP1 Pierre Nkurikiye yemeje aya makuru, avuga ko iyo modoka (jeep) itwara GĂ©n. Alain Guillaume […]

Kaminuza y’u Rwanda isohora abaveterineri batazi ‘gutera intanga’ amatungo

Nubwo gahunda yo gutera intanga ariyo ishyizwe imbere mu bworozi bw’iki gihe, inzego z’uturere n’imirenge zihangayikishijwe n’imigendekere mibi yayo kubera basabwa guha akazi abarangije Kaminuza kandi batabizi. Mu ruzinduko abasenateri bagiriye i Rusizi, batunguwe no kuba umuveterineri umwe muri 18 ariwe uzi gutera intanga. Icyo gihe Senetari Karangwa Chrysologue yatunguwe n’ireme ry’uburezi aba bakozi bavomye […]

Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bambitswe imidari y'ishimwe

Abapolisi b’Abanyarwanda bagera kuri 239 bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bakaba bakorera mu Ntara ya Malakal bambitswe imidari y’ishimwe n’umuryango w’Abibumbye ku munsi w’ejo tariki ya 24 Ukwakira 2017. Umuryango w’Abibumbye bambitse aba bapolisi imidari yo kubashimira uruhare rwa bo mu kubungabunga umutekano w’abaturage n’ibintu bya bo muri kiriya gihugu ndetse no kuzuza […]

Dore amafoto asekeje ya ba nyampinga babayeho mu mateka y’isi mu bihe bitandukanye

Ubusanzwe, hamenyerewe ko ba nyampinga (Miss) ari abakobwa b’uburanga, ikimero ariko by’umwihariko bakaba banafite uburere n’ubumenyi mu bijyanye n’amashuri n’ibindi, aba bakabihatanira ndetse bikaba ari na bimwe mu bintu bishimisha mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku isi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uru rutonde, rwo rwerekana abakobwa bagiye bahiga abandi Atari mu buranga cyangwa mu bindi byavuzwe […]

Kenya: Urujijo ni rwose mu matora ya Perezida wa Repubulika

Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya rwananiwe guca urubanza rwo gusubika amatora kubera abacamanza batari bakwiye. Umucamanza mukuru David Maraga yavuze ko bamwe mu bacamanza bari hanze y’igihugu abandi na bo bakaba batashoboye kugera mu rukiko kubera impamvu zitandukanye. Uru rubanza rwari gucibwa nyuma yuko abaturage batatu bavuga ko Komisiyo y’amatora idashobora gukoresha amatora atabogamye kandi aciye […]

Umunyeshuri wo muri kaminuza yitwikiye mu nzu arapfa

Umunyeshuri witwa Ivan Ngobi, w’imyaka 23 y’amavuko, akaba yigaga mu mwaka usoza amashuri ya kaminuza muri Uganda yapfuye nyuma yo kwitwikira mu nzu yabagamo ku ishuri ubwo yari ku masomo. Uyu musore ukomoka mu gace ka Kitabi, ngo yitwikiye mu nzu yabagamo ku ishuri ariko bagenzi be barabimenya ntibagira uwo babibwira bamurekeramo, akaba yapfuye amaze […]

Angola: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege

Abantu barindwi bagizwe n’abakora mu ndege hamwe n’abagenzi bapfiriye mu mpanuka y’indege yabaye muri Angola. Umukuru w’abashinzwe kuzimya umuriro Felismino Ndumba avuga ko iyo ndege yahagurutse ivuye mu mujyi wa Dundo hafi y’umupaka wayo na Congo ahagana saa saba z’ijoro, igiye i Luanda mu murwa mukuru wa Angola nkuko bigaragara ku nkuru ya VOA. [xyz-ihs […]

Niba ukunda imibonano mpuzabitsina kuburyo budasanzwe menya ko urwaye “Nymphomanie” Menya byinshi kuri yo

Indwara ya Nymphomanie ni iki? Nymphomanie ni uburwayi budakunze kugaragara cyane aho umuntu afatwa n’ubushake bukabije bwa gukora imibonano mpuzabitsina ndetse n’igihe agize amahirwe akayikora ntanyurwe. Ibi rero bituma ahorana muri we iki cyifuzo iminsi yose, amasaha yose bigatuma yiheza mu bandi kuko aba yumva bimuteye isoni n’agahinda ko kutamera nk’abandi dore ko iyi ndwara […]

Uruhare rw'Umuturarwanda mu kwiyubakira igihugu mu myaka 5 ishize biciye mu gusora

Muri uyu mwaka w’ingengo y’imari umusoro utangwa n’Abanyarwanda uzaba ugize 66% by’ingengo y’imari y’u Rwanda. Ibi bishimangira ko umuturage usora neza yirase ko umuhanda runaka wubatswe yabigizemo uruhare nta nkomanga byamusigira ku mutima bivugwa ko utarya ruswa. Ubwo hizizwaga ku nshuro ya 15 Umunsi mukuru w’Abasora ku rwego rw’Igihugu, ku wa Gatanu tariki ya 15 […]

Tuributsa abadatanga neza imisoro ndetse n’abatayitanga guhindura imyumvire -PM Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard arasaba Abanyarwanda barebwa n’imisoro kwihatira kuyitanga neza, mu gihe agira inama abatayitanga guhindura imyumvire. Yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira, 2017 ubwo mu birori byo kwizihiza ku nshuro ya 15 Umunsi Mukuru w’Abasora ku rwego rw’Igihugu. Umunsi wizihijwe ku nshuro ya 15. Muri uyu muhanga wahembwemo abasora beza […]

CNDP ntiyemeranywa na HRW kuri raporo yasohoye ivuga ko ‘abajura bose bagomba kwicwa’ mu Rwanda

Umuryango Mpuzamahanga urengera uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW) uherutse gusohora raporo igaragaraza ko inzego z’umutekano mu Rwanda zishe abantu batandukanye, muri raporo ivuga ko leta y’u Rwanda yica abajura, yise ‘Thieve must be killed, abajura bagomba kwicwa’. HRW ivuga ko bivugwa ko abantu 37 bishwe n’izo nzego z’umutekano muri raporo yasohotse muri Nyakanga […]

Urukiko rwateye utwatsi bumwe mu busabe bw’abo kwa Rwigara

Urukuko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwabwiye abagize umuryango wa Rwigara bakurikiwe mu butabera ko iby’uko bafunze badahabwa umwanya wo gusurwa no kota izuba, kutabona igitabo cya Bibiliya n’ibindi ngo bitari mu byo urukiko rurimo gusuzuma. Ni mu iburanisha ryabereye muri uru rukiko ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira 2017, ubwo uru rubanza ruregwamo Diane Rwigara […]

Sergio Ramos anezezwa no kuba atozwa na Zidane bakinanye mu ikipe imwe

Sergio Ramos, ubu ni we mukinnyi rukumbi usigaye mu ikipe ya Real Madrid, wayikananyemo na Zinedine Zidane, ubu wayibereye umutoza. Ni umugabo w’imyaka 31, yinjiye mu ikipe ya Real Madrid mu mwaka wa 2005, afite imyaka 19, yaje asangamo Zinedine zidane wabicaga bigacika. Nk’uko Ramos yabitangarije ikinyamakuru Goal dukesha iyi nkuru, avuga ko anezezwa cyane […]

Uganda: Abanyeshuri 30 bafunzwe bazira gutwika inyubako z’ikigo bararagamo

Abanyeshuri bagera kuri 30 mu mu ishuri ryisumbuye ryo mu karere ka Ntungamo muri Uganda batawe muri yombi nyuma yo gutwika inyubako z’ikigo bigagamo 2 mu bikorwa by’imyigaragambyo ku mugoroba wo kuwa kane tariki ya 12 Ukwakira. Amakuru atangwa n’umuvugizi wa sitasiyo ya polisi ya Rwizi aho aba bana bafungiye, Samson Kasasira, aviuga ko ba […]

Fally Ipupa yavuze ko n’agasuzuguro kari mu byatumye ava mu itsinda rya Koffi Olomide

Fally Ipupa avuga ko yavuye mu itsinda rya mwarimu we, Koffi Olomide, bitewe nuko yafatwaga bunyamaswa akanateshwa n’agaciro. Uyu muhanzi w’imyaka 40 ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ufatwa nk’igikomangoma cya Rumba Nkongomani, avuga ko kuva mu itsinda “c artier Latin” Koffi yabigizemo uruhare rukomeye n’ubwo ubu nta kibazo bafitanye . Yagize ati […]

Monusco yanyomoje raporo ya HRW ku iyicarubozo ishinja RDF gukorera abahoze muri FDLR

Ubuyobozi bw’ingabo za Loni ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), burabeshyuza raporo y’umuryango mpuzamahanga urengera ikiremwamuntu (Human Rights Watch), ku byaha ushinja ingabo z’u Rwanda (RDF). Raporo yasohowe na HRW ishinja ingabo z’u Rwanda gukorera iyicarubozo imfungwa. Muri icyo cyegeranyo cy’amapaji 91 wasohoye ku wa Kabiri tariki ya 10 Ukwakira 2017, […]

Perezida Trump yibasiwe bikomeye nyuma yo kwibagirwa guterera isaluti ibendera ry’igihugu

Nyuma y’iminsi micye perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yibasiye abakinnyi bapfukama mu gihe cyo kuririmba indirimbo yubahiriza igihugu, ubu ibitangazamakuru ni we biri kuvugaho cyane nyuma y’uko na we yibagiwe guterera ibendera isaluti muri iki cyumweru. Muri iki cyumweru, ni bwo muri Amerika hizihizwaga umunsi mukuru mu bya gisirikare, perezida Trump akaba […]

Somalia: Minisitiri n’umugaba mukuru w’ingabo beguye

Minisitiri w’ingabo wa Somalia Abdirashid Abdulahi Mohamed n’umugaba mukuru wazo beguye ku buyobozi ku mpamvu batatangaje nkuko ubutegetsi bw’iki gihugu bwabitangaje. Aba basirikare bari bayoboye urugamba rwo guhangana n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab nkuko bigaragara mu nkuru ya VOA Abategetsi batari bake muri leta ya Somalia batashimye ko amazina yabo ajya ahabona kuko batemerewe kuvuga […]

Umukobwa w’imyaka 30, arashaka umukunzi wize kandi usenga

Ndumukobwa wimyaka 30 ndashaka umukunzi uri serieux wize kugeza kuri university kandi ufite ubwenge Akaba asenga. ufite urukundo nyarwo Irwin abantu twibaza ko rutakibaho nanjye niteguye kumukunda kandi bidakunze sinzamutera umwanya. kuba afite akazi ibyo sikibazo cyane as long as yize akaba afite urukundo rutaryarya.ibintu nibishakwa niba uri serieux twaganira kuri email joyishimwe01@yahoo.com. Sorry I […]

RDC: Kabila yatangaje intambara ku Banyecongo- Félix Tshisekedi

Abatavugarumwe n’ubutegetsi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo kuri bashinja Perezida Joseph Kabila ko yakoze icyaha gikomeye nk’umukozi w’igihugu. Ni nyuma y’aho komisiyo ishinzwe gutegura amatora itangarije ko atazaba mbere y’umwaka w’2019. Nubwo amahanga akomeza gusaba ko indangaminsi y’aya matora yatangazwa. Itangazo ry’iyi komisiyo ryishe amasezerano yabaye hagati y’ubutegetsi n’abatavuga rumwe nabwo yo kuwa 31 […]

RDC: Umunyarwanda yasanganwe urwembe mu ikofi afungwa ashinjwa kugendana intwaro

Umwe mu banyarwanda bakorere mu mujyi wa Goma witwa Rudimba Alexis, aravuga ko aherutse kugera ku mupaka uhuza u Rwanda na Congo ku ruhande rwa Congo ahitwa Petite barierre, inzego zishinzwe iperereza muri icyo gihugu ANR, zimusatse zimusanganye urwembe ziramufunga. Avuga ko yageze kuri bariyeri, izo nzego zimusaba ibyangombwa byose arabitanga, baza kumusaba kuvana mu […]

U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana

Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside, CNLG iramagana ibirego bya Leta y’u Bufaransa ku ihanurwa ry’indege y’uwahoze ari perezida w’u Rwanda Habyarimana Juvenal kuko ngo nta kindi bigamije uretse guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994. Ni nyuma yuko mu ntangiro z’uku kwezi ibitangazamakuru byanditse ko hari umutangabuhamya wagiye i Paris mu Bufaransa agatanga […]

Uganda: Urukiko rwasabye ko abakorewe iyicarubozo bazira IGP Kaweesi bahabwa indishyi

Urukiko rukuru rwa Kampala muri Uganda rwategetse ko abantu bagera kuri 22 bari bafunze bakekwaho uruhare ku rupfu rw’uwahoze ari umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, IGP Andrew Felix Kaweesi, by’umwihariko aba bantu bakaba barakorewe iyicarubozo bagomba guhabwa miliyoni 8 z’Amashilingi buri wese. Urukiko rwanzuye ko aba bantu bahabwa aya mafaranga kuko uburenganzira bwa bo bwahungabanyijwe ndetse […]

Abakurikiranyweho gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda barasaba gukurikiranwa badafunze

Abantu 8 bakurikiranyweho kuba mu mutwe witwaje intwaro ugamije guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda barasaba urukiko rukuru gusesa icyemezo cyafashwe n’urwisumbuye cyo kubakurikirana bafunze. Aba bivugwa ko bari abayoboke b’ishyaka FDU Inkingi ritaremererwa gukorera ku mugaragaro mu Rwanda batawe muri yombi mu ntangiro z’ukwezi gushize. Ubushinjacyaha busaba ko bakomeza gufungwa mu gihe bukomeje iperereza nkuko bigaragara […]

Abantu hafi 180 bishwe n’impanuka zo mu muhanda uyu mwaka

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko abantu 177 baguye mu mpanuka zo mu muhanda zabaye mu mezi icyenda ashize, kuva uyu mwaka watangira. Mu rwego rwo kugabanya uyu mubare n’impanuka muri rusange inzego zibishinzwe zirimo Minisiteri y’Ibikorwa remezo zatangaje ko ibihano bigiye kwiyongera ku bakoresha umuhanda. Iyi mibare yerekana ko abantu 20 bahitanwa n’izi mpanuka mu […]

Wabwirwa n’iki ko umukunzi wawe agukunda urukundo nyakuri?

Urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo biragoye kubitandukanya, iyo ubitekerejeho neza ibikorwa birivugira buhoro buhoro, uko iminsi igenda ishira, igihe ni cyo gishobora kukwereka ko uwo mukundana akubeshya. Iyo uhuye n’umukobwa cyangwa umuhungu bwa mbere, ushobora kumva uhise umukunda byo gupfa ariko ibyo byose bishobora guhinduka mu buryo utari witeze. biterwa n’iki se? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] hari impamvu […]

Perezida Kim Jong Un mu nzira zo gushyira mushiki we ku mwanya w’Umugaba w’Ingabo

Ibitangazamakuru bitandukanye ,byaba ibyo ku karere Koreya ya Ruguru iherereyemwo, iby’imbere mu gihugu n’ahandi hatandukanye ku isi yose, rikomeje kuvuga inkuru y’uko mu gihe kidatinze Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un ashobora gushyira mushiki we ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma y’uko uyu muperezida ukunze kugaruka mu itangazamakuru cyane […]

Leta Zunze ubumwe za Amerika yivanye muri UNESCO

Igihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika cyatangaje ko kivanye mu bihugu bigize ishami rya Loni rishinzwe guteza imbere uburezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO). Iki gihugu gishinja UNESCO kurwanya leta ya Israel gifitanye umubano na Leta Zunze ubumwe za Amerika Ibyo bije bikurikira ibindi bikorwa byagiye biba birimo ko iki gihugu cyahagaritse inkunga cyageneraga uyu muryango […]

Igihano cy’urupfu kinyuranyije n’Ijambo ry’Imana-Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gatorika ku Isi, Papa Francis yatangaje ko igihano cy’urupfu kitemewe kuko kinyuranyije n’ijambo ry’Imana. Yabitangaje mu butumwa yagezaga ku bitabiriye isabukuru y’imyaka 25 yo kwigisha ijambo ry’Imana tariki ya 11 Ukwakira 2017 nkuko bigaragara mu kinyamakuru Our Sunday Visitor(OSV). Yagize ati “Igihano cy’urupfu kinyuranye n’ijambo ry’Imana. Igihano cy’urupfu uko gitanzwe kose kinyuranye […]

Umupasteri yakijije umusore wahoranaga igitsina cyafashe umurego (Amafoto)

Umuvugabutumwa witwa Fufeyin wo mu itorero Christ Mercyland aherutse gukora igitangaza cyo gukiza umusore wari umaze iminsi igitsina cye cyarafashe umurego kikanga kugwa. Uyu musore yahisemo kuyoboka abanyamasengesho nyuma yo kumara iminsi ahuye n’iri sanganya, aho yinjiye mu rusengero abantu bise bakamurangamira ndetse no kumusengera abantu benshi bakaba bari bashungereye mu rusengero batitaye ku bandi […]

Karongi:Umugore akurikiranyweho kwicisha umuhini uruhinja yabyaye

Umugore witwa Mukahyaka Betty w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Gatoki, Akagari ka Gasura, Umurenge wa Bwishyura ho mu karere ka Karongi akurikiranyweho icyaha cyo kwihekura yica uruhinja rwe arukubise umuhini. Icyo cyaha akekwaho yagikoze mu ntangiriro z’ukwezi k’Ukwakira 2017 maze dosiye ye Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Karongi buyiregera Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi. uyu […]

Nyamasheke: Niyogushimwa yiteje imbere ahereye ku mafaranga 900

Niyogushimwa utuye mu kagari ka Kagarama, umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke arishimira intambwe amaze gutera mu iterambere, yahereye ku mafaranga 900 gusa ubu akaba yigejeje kuri byinshi birimo amangazini y’imyenda n’inkweto, inzu abamo ifite agaciro ka miliyoni icumi,… Uyu mugore w’imyaka 31, afite umugabo n’abana 2, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana w’umukobwa […]

Umugore yahagurutse mu rusengero ashinja umupasiteri kumusambanyiriza umukobwa

Umuvugabutumwa aherutse guhura n’uruva gusenya mu mpera z’icyumweru gishize, aho uwo munsi wamubereye nk’umwaku nyuma yo gutamazwa n’umugore wamushinjaga kumusambanyiriza umwana w’umukobwa. Uyu mupasiteri akaba n’umuyobozi w’itorero Word Fellowship Baptist Church yarimo yigisha ijambo ry’Imana nk’uko bisanzwe mu masengesho yo ku Cyumweru, mu gihe abakirisitu bari bafashijwe mbega na we ari mu mwuka, mu itorero […]

RDC: Abarwanyi ba FDLR bongeye kwivugana abantu banasahura amashyo y'inka

Abarwanyi bitwaje intwaro bo mu mutwe wa FDLR baraye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira bivuganye abaturage barimo n’umupolisindetse banasahura inka zitagira ingano mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru Voix d’Afrique dukesha iyi nkuru riravuga ko umuvugizi w’itangazamakuru, Guillaume Ndjike Kaiko yavuze ko uyu mutwe […]

Burera: Abanyarwanda baterwaga ipfunwe no kuvoma muri Uganda bahawe amazi

Abaturage bo mu tugari twa, Rwasa, Bukwashuri na Nyirataba yo mu mirenge ya Kivuye mu karere ka Burera bajyaga kuvoma muri Uganda bahawe amazi meza, ku buryo batazongera kujya kuvoma muri icyo gihugu. Amafoto ari kugaragara ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Guverineri w’intara y’Amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianney ari kwishimira aya mazi yahawe abaturage, ari kumwe […]

U Rwanda rufite intego yo kugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira- Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango nyarwanda. Muri iki gikorwa yabanje gutaha ibyumba ababyeyi bo mu murenge wa Gatore biyubakiye kugirango bajye babona ahantu hizewe basiga abana babo batarageza […]

HRW ishinja igisirikare cy’u Rwanda kwica imfungwa urubozo, Leta irabihakana

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu “Human Rights Watch (HRW)” mu cyegeranyo wasohoye, ushinja igisirikare cy’u Rwanda ibyaha birimo kwica imfungwa urubozo, Leta y’u Rwanda ikabihakana ivuga ko ari ukuyibasira. Uyu muryango ufite ikicaro muri Leta zunze ubumwe za Amerika, muri icyo cyegeranyo cy’amapaji 91 wasohoye ku wa Kabiri tariki ya 10 Ukwakira 2017, uvuga ko […]

RD Congo: Komisiyo y’amatora yatangaje ko adashoboka mbere ya 2019

Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika Demokarasi ya Congo iratangaza ko amatora y’uzasimbura Perezida Joseph Kabila adashoboka mbere y’iminsi 504, ni ukuvuga ko adashobora kuba mbere y’intangiriro z’umwaka w’2019. Ibyo byatangajwe n’iyo komisiyo ku rubuga rwayo rwa internet, mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu yari yitezwe kuba mu mpera z’uyu mwaka wa 2017. Komisiyo yatangaje ko ikeneye […]

Rulindo: Interineti igenda buhoro idindiza serivisi z’irangamimerere

Abakenera serivisi z’ikoranabuhanga zifashisha Interineti mu Murenge wa Bushoki mu Karere ka Rulindo, bavuga ko hari zimwe batabonera ku gihe. Urwego rushinzwe kuzitanga (Etat-civil) rugaragaraza ko biterwa n’ikibazo cya Interinet igenda buhoro cyane. Akagari ka Gasiza gafatwa nk’agakomeye muri uyu murenge wa Bushoki. Hari inzu zitanga serivisi za Interineti enye, izo ni cyber ya BDF(icyumba […]

Burundi: Umupasiteri yatawe muri yombi ashinjwa kugereranya Papa Francis n’Antikirisitu

Pasiteri Hakizimana Didier, uyobora itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi mu Ntara ya Bururi, yatawe muri yombi na polisi y’u Burundi ku wa Kabiri w’iki cy’umweru, ashinjwa gukoresha imvugo ziharabika Kiliziya Gatolika n’umushumba wa yo ku isi, Papa Francis, ko ari urwanya kirisitu (Anti-Christ). Uyu mupasiteri mu nyandiko akoresha, ngo agaragaza ko Papa Francis, ari Anti-Christ”, […]

Ngoma: Ibitaro bya Kibungo byatangije icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana

Ibitaro bya Kibungo ku bufatanye na Minisiteri y’ubuzima, kimwe n’ahandi mu gihugu, batangije icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana. Ni umuhango wizihijwe ku wa mbere tariki ya 9 Ukwakira 2017, mu karere ka Ngoma kimwe n’ahandi hose mu gihugu. Ni icyumweru cyatangijwe ku mugaragaro na Minisiteri y’ubuzima, Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma ndetse n’ubw’ibitaro by’icyitegererezo […]

Igisirikare cya Amerika kiryamiye amajanja kiteguye guhangana na Koreya ya Ruguru

Umuyobozi w’ibiro bikuru bya gisirikare bya Leta zunze ubumwe za Amerika, Gen Mark Milley, yatangaje ko abasirikare ayoboye, biteguye ko isaha ku isaha bashobora kwambarira urugamba. Gen Mark Milley, yatangaje ibi mu nama yabaye ku wa Kabiri tariki ya 10 Ukwakira 2017, i Washington mu nama ya buri mwaka itegurwa n’igisirikare cya Amerika. Nk’uko radiyo […]

Dore ibibazo ukwiye kwibaza mbere y'uko ukora imibonano mpuzabitsina

Bibaho ko kenshi abakundana bumvako ibyishimo byanyuma byabo arukuryamana gusa mbere yuko mubikora banza umenyeko agiye kukubona wese byaba byiza umubajije imigambi agufiteho ubinyujije muribi bibazo bine 4 bikurikira 1.Niki cyatumye unkunda? Urukundo ntirushobora kubura ubusobanuro ariko siko bwose aba aribwo hari abapfa kuvuga bitewe nuko biyumva muri ako kanya. Ukwiye kumenya ikimutera kugusaba kuryamana […]

Umuhanzi Mkombozi avuga ko umusatsi we wari indiri y'amadayimoni

Umuhanzi ukomoka mu gihugu cy’ u Burundi uzwi ku izina rya Mkombozi, yiyogoshesheje umusatsi we “deadlocks” avuga ko wari indiri y’abadayimoni. Ku rukuta rwe rwa Facebook, Nzeyimana Thomas uzwi nka Mkombozi, yagize ati “ejo Bishop Rugagi yampanuriye gukuraho umusatsi w’amaderedi, nanjye sinazuyaza ndamwumvira”. Yakomeje agira ati ” amadayimoni yihisha mu byo utapfa kureka cyangwa mu […]

Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n’abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa

Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge, akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa n’abagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo. Aganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama w’abakobwa n’abagore ku byerekeye imibanire y’abashakanye. Aha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane akaba […]

Diane Rwigara, nyina na murumuna we bahakanye ibyaha byose baregwa

-Mu cyubahiro cy’Imana ndabashimiye, ibyaha ndegwa ntabwo mbyemera -Nanjye ntabwo mbyemera -Ibyaha ndegwa n’ubu biracyantungura, ntabwo mbyemera Aya ni amagambo yatangajwe n’abo kwa Rwigara, Diane Rwigara, nyina Mukangemanyi Adeline ndetse na murumuna we, Anne Rwigara, ubwo bari bamaze kwibutswa ibyaha baregwa mu iburanishwa ryasubukuwe kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017, mu cyumba cy’Iburanisha cy’urukiko Rwisumbuye […]

Diamond na Rick Ross batangiye gufata amashusho y’indirimbo bakoranye

Umuraperi w’Umunyamerika Rick Ross na Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzaniya, batangiye umushinga wo gufata amashusho y’indirimbo bakoranye. Mu cyumweru gishize, Diamond yafashe rutemikirere yerekeza muri Amerika kwitabira ibitaramo byatangiwemo n’ibihembo “African Muzik Magazine Awards (afrimma)” anaboneraho no gukora amashusho y’indirimbo nshya yakoranye na Rick Ross. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Diamond nta […]