Umupasiteri yandagajwe nâumugore wâumusazi avuga ko ari we wamuteye inda yâumwana afite
Umupasiteri mu gace ka Oyo muri Nigeria ari kugenda yihishahisha abantu kubera umugore wumurwayi wo mu mutwe umushinja kuba ari we se wâumwana afite. Uyu mugore ufite ikibazo cyo mu mutwe agendana amafoto yâuyu mupasiteri bari kumwe kera bagisengana akiri muzima, agenda amubaririza abahisi nâabagenzi avuga ko ari se wâumwana. Uyu mugore, Maria wâumwana wâumwaka […]
Rulindo: Amakosa mu byiciro byâubudehe abuza abafite ubumuga amahirwe kuri serivise zibagenewe
Bamwe mu bafite ubumuga bo mu Murenge wa Bushoki mu Karere ka Rulindo basanga ibyiciro byâubudehe bagiye bashyirwamo bidahuye nâimibereho ya bo nâubushobozi, ndetse bitarashingiye no ku bumuga bafite, ibi bikababuza amahirwe yo guhabwa serivisi zimwe na zimwe ziba zigenewe abatishoboye. Mugabire Augustin ni umugabo ufite imyaka hagati ya 40-45 ariko agendera ku kibando akanacumbagira. […]
Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki?
Nakuze banyita izina rya Juliet ariko si ryo ryanditse ku irangamuntu yanjye. Ndi umugore mfite imyaka 39, maze kubyara abana 6 bâabakobwa umuto muri bo afite amezi8. Umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye kumucira umuryango ngo kuba tutabyara umwana wâumuhungu ndetse nâumuryango wâumugabo wanjye ntitugicana uwaka ngo naje guca umuryango kuko nabyaye abakobwa gusa. [xyz-ihs […]
Uganda: Abakutse amenyo, abagore batabyara nâabandi, ntibemerewe kwinjira mu gisirikare
Mu gihe hagikomeje imyitozo yo kongera amaraso mashya mu gisirikare cya Uganda, UPDF, hakomeje gushyirwaho imirongo ngenderwaho itangaje ndetse abenshi batanakeka ko ari impamvu zatuma abashaka kwinjira mu gisirikare. Muri ibi bikorwa byo kwinjiza abantu bashya mu gisirikare UPDF bimaze iminsi itari micye bitangijwe mu duce dutandukanye twa uganda, hagenderwaga ku bintu birimo gupima uburebure […]
Ibihano kuri Koreya ya Ruguru bizagira ingaruka kuri rubanda ruto
Intumwa idasanzwe ya Loni ku burenganzira bwa muntu muri Koreya ya ruguru itangaza ko ibihano amahanga yafatiye icyo gihugu bishobora kubangamira bikomeye uburenganzira bwa muntu muri icyo gihugu. Tomas Ojea Quintana avuga ko ibyo bihano bizagira ingaruka mbi ku butunzi bwa Koreya ya ruguru ariko kandi bizatandukira no ku buzima bwâikiremwamuntu. Atangaza raporo yâumwaka ku […]
Umubyeyi wâabana 8 yicishijwe amabuye azira guca inyuma umugabo we
Mu gihugu cya Somalia, abarwanyi bâumutwe wa al-Shabab bicishije amabuye umubyeyi wâabana umunani nyuma yuko urukiko rumuhamije icyaha cyâubusambanyi. Uyu mubyeyi yiciwe mu rubuga ruhurirwamo nâabantu bâingeri zose ruri mu mujyi wa Saakow mu bilometero hafi 400 mu majyepfo yâumurwa mukuru Mogadishu. Mu majwi yashyizwe ku rubuga rwabo kuri interneti umucamaza wo muri al-shabab avuga […]
Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe
Nyina yamupfunyikiye impano iri mu gikarito kinini , gisumbya ubunini izindi mpano zose yahawe ku munsi w’ubukwe bwe, mbere yo kumuha imbuto umubyeyi agenera umwana. Nubwo, cyari igikarito kinini, harimo agapapuro gato, kanditseho ngo “Ntuzambure imyenda umugabo wawe” Ubwo yahamburaga impano yari yahawe n’abantu benshi mu bukwe bwe, yafashe igikarito kinini atangira kugifungura vuba vuba […]
Ubwigenge bwâintara ya Catalogne bwateje ibibazo
Leta ya Madrid yatse uburenganzira bwo kwiyobora intara ya Catalogne, ubu umunyamabanga wa minisitiri wâintebe ni we bayishinze, nubwo iyi ntara yari yatangaje ko yatoreye kwigenga burundu. Ukwigenga burundu kwâiyi ntara kwatowe nâabadepite bayigize . Umukuru wa polisi ya Catalogne yirukanwe mu kazi, ndetse nâinteko ishinga amategeko iraseswa, hahamagazwa amatora yo mu kwezi kâUkuboza. Abashinjacyaha […]
Hatanzwe ibirego nyuma yâiperereza kuri Trump no ku Burusiya ku matora yâAmerika
Ibinyamakuru bya Leta zunze Ubumwe za Amerika byatangaje ko hatanzwe ibirego ku ruhare rw’ u Burusiya mu matora yo muri Amerika, ariko ntibyatangaje abarezwe nâicyo baregwa. Abaregwa abo aribo bose, bashobora gutabwa muri yompi kuva ku wa mbere wâicyumweru gitaha, nk’uko bitangazwa na televiziyo CNN. Ibigo by’iperereza bya Leta zunze Ubumwe za Amerika mu ntangiriro […]
Transparency International irasanga uburenganzira bwâabagororwa butubahirizwa uko bisabwa
Umuryango urwanya ruswa nâakarengane,Transparency International Rwanda(TI-Rw) usaba Leta korohereza abagororwa kubona uburyo bwâitumanaho mu buryo bwa rusange aho bafungiye. Uyu muryango mu bushakashatsi wakoze, wasanze mu magereza, abagororwa batunze za Telefoni mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Madame Ingabire Marie Imaculee, umuyobozi wa Transperency Rwanda avuga ko yasanze hari abagororwa batabona ababunganira, kandi ko abagororwa bajyanwaga nabi […]
Umugabo yanduje SIDA abagore 30 abishaka
Umugabo wo mu Butaliyani yagiranye imibonano idakingiye n’abagore 53 , nyamara yaramenye ko yanduye virusi itera Sida yaje gutera abagore 30. Uyu mugabo yagiye kwisuzumisha kwa muganga mu mwaka wa 2006. Ubu abagore bagera ku 30, baryamanye na we yarabanduje bituma bamurega. Nta wundi ni Vatentino Talluto wâ imyaka 33, mu bo yanduje harimo uwo […]
Perezida Kagame yatashye ikibuga kigezweho cya Cricket mu Rwanda
Perezida wa Repubulika Paul Kagame afunguye ku mugaragaro ikibuga cyubatswe mu murenge wa Gahanga akarere ka Kicukiro, gikinirwaho umukino wa Cricket. Ni igikorwa yitabiriye nyuma yo gusoza umuganda ngarukakwezi yitabiriye ari kumwe nâabashyitsi batandukanye baturutse hirya no hino ku Isi. Iki kibuga cyubatswe kuri hegitari 2.5 cyatwaye akayabo ka miliyoni yâamapawundi, igikorwa cyagizwemo uruhare na […]
Perezida Kagame yitabiriye umuganda, uko wagenze hirya no hino
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yifatanyije n’abatuye Akarere ka Kicukiro mu muganda ngarukakwezi usoza uk’Ukwakira 2017. Ni cyabereye mu Murenge wa Gahanga ahubakwaga amashuri,cyanitabiriwe n’abaturage n’abayobozi batandukanye. Iki gikorwa kandi cyakurikiwe n’amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze aho zituzuye. Perezida Kagame yabwiye abaturage bari aho ko mu bashyitsi bitabiriye uwo muganda harimo n’abanyamahanga. Ati ” Turi kumwe […]
Bujumbura: Abaturage barasaba ko Imbonerakure zamburwa imbunda zitunze
Abaturage bo muri Komini Mutimbuzi ho mu Ntara ya Bujumbura bahangayikishijwe nâimbunda zitunzwe nâinsoresore zo mu ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, zizwi nkâImbonerakure, aho bivugwa ko byinshi mu byaha biri gukorwa muri iyi komini ari zo zibirinyuma. Abaturage bakaba bavuga ko ubuyobozi nâigipolisi ntacyo bukora kuri ibi bintu. Abaturage bo muri Zone Maramvya bavuga ko […]
Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo ânâabiharaje gusebya u Rwandaâ
Ndashaka kubwira uyu mugabo wa Human Right Watch uhora ansebya, asebya u Rwanda, ndi mu mwanya mwiza wo guharanira uburenganzira bwa muntu kurusha uko ubikora. Human Right Watch tuzi uburenganzira bwa muntu kubarusha. Twashyize ubuzima bwacu mu kaga duharanira uburenganzira bw’Abanyarwanda. Mwacyuye ingabo zanyu mu gihe abantu bicwaga. Twe twarimo turwana. Ese uburenganzira bwa muntu […]
Uburengerazuba: Mu miyoboro yâamazi meza 326 iri mu ntara, 191 niyo ikora
Mu nama yâumunsi umwe kuri gahunda yâubufatanye hagati yâubuyobozi bwâAkarere nâikigo cyâIgihugu gishinzwe amazi, isuku nâisukura(WASAC) hagaragajwe gahunda ndende ikigo gifite mu kugeza amazi meza ku baturage. Nkâuko bitangazwa nâumuyobozi mukuru wungirije wa WASAC, Muhumuza Giselle, mu myaka irindwi iri imbere buri munyarwanda azaba afite amazi meza. Ibi rero ngo bisaba ingamba zikomeye nâubufatanye hagati […]
Umunyamiderikazi wâimyaka 14 yapfiriye mu kazi mu Bushinwa ari kumurika imyambaro
Umunyamiderikazi wâimyaka 14 ukomoka mu Burusiya yapfiriye mu kazi ko kumurika imideri yari arimo mu Bushinwa azize umunaniro ukabije. Uyu mwana wâumukobwa witwa Vlada Dzyuba yituye hasi ajya muri coma nyuma yâaho yari amaze amasaha 12 yerekana imideri mu gikorwa cyaberaga mu mujyi wa Shanghai. Ku bwâamahirwe macye, ntiyabashije kongera gukanguka ndetse aza kwitaba Imana […]
Guhuzagurika kwâabatavuga rumwe nâubutegetsi muri Afurika, impamvu rukumbi yo kugwingira kwa Demokarasi
Bitewe n’ibikorwa bya bamwe mu banyapolitiki bavuga ko batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu bihugu bya Afurika, ahanini usanga ibyo banenga abari ku butegetsi na bo ubwabo babufashe ahubwo badobya byinshi bitewe no guhuzagurika baba bagaragaza, si hose, ariko abakunze kwigaragaza muri uru ruhando baca amarenga yo kunanirwa ntaho baragera. Duhereye muri Kenya, Ku wa 26 […]
Inzoga z'ibitoki zitujuje ubuziranenge zahagurukiwe
Abayobozi batandukanye mu Rwanda bongeye kugaragaza ko ikibazo cy’inzoga zikomoka ku bitoki ariko zivangwamo ibindi bintu bifite ingaruka ku buzima bw’umuntu ari ikibazo kibangamiye abatari bake bavuga ko gikururwa nâinganda zenga izo nzoga. Izo ababishinzwe baravuga ko zifite nâingaruka ku buzima bwâabanywa ibyo binyobwa nkâuko bisobanurwa na Bwana Raymond Murenzi umuyobozi wâikigo gitsura ubuziranenge mu […]
Kiyovu Sports yigaranzuye APR FC nyuma yâimyaka 12
Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinze APR FC igitego kimwe ku busa (1-0 ) mu mukino wo ku munsi wa kane wa shampiyona yâigihugu yâumupira wâamaguru mu cyiciro cya mbere mu Rwanda. Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Ukwakira 2017 wabereye kuri sitade ya Mumena. Ikipe ya Kiyovu Sports yashyize igitutu kuri […]
Sudani yâEpfo yamanuye ibiciro byâimpushya zo kuhakorera nyuma yo kuva ku 100$ akagera ku 10,000$
Igihugu cya Sudani yâEpfo cyafashe umwanzuro wo kongera kugabanya ikiguzi cyâuruhushya rwo kugikoreramo ku banyamahanga bahakorera, kiruvana ku madolari 10,000 ya Amerika agera ku 4000$ nyuma yâaho ikiguzi cyari cyazamuwe kugera ku 10,000$ muri Werurwe kivuye ku madolari 100$. Minisiteri yâimari yâiki gihugu ikaba ivuga ko yafashe iki cyemezo nyuma yo kunengwa nâimiryango myinshi yâabaterankunga […]
Uganda: Rene Rutagungira wari warabuze yagaragaye imbere yâurukiko ashinjwa gushimuta Lt. Joel Mutabazi
Umunyarwanda, Rene Rutagungira, wahoze mu ngabo zâu Rwanda akaba yari yarabuze kuva kuwa 08 Kanama nyuma yo gushimutirwa mu kabari nâabavugwaga ko ari abakozi bâinzego zâiperereza mu gisirikare cya Uganda (CMI). Kuri uyu wa Gatanu yagaragaye mu rukiko rwa gisirikare rwa Makindye aho yaje arinzwe bikomeye ndetse yambaye amapingu ari kumwe na bamwe mu bapolisi […]
Julianna Kanyomozi niwe mutumirwa mukuru mu gitaramo cyo kumurika Album ya charly na Nina
Julianna Kanyomozi, umuhanzi ukomoka muri Uganda, byamaze kwemezwa ko ari we uzafatanya na Charly na Nina mu gitaramo cyo kumurika umuzingo (album) wa mbere ku wa 1 Ukuboza 2017, muri Camp Kigali. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkuko byatangajwe nâumujyanama wâiri tsinda rya Charly na Nina, Alex Muyoboke yemeje ko uyu muhanzi Julianna ari we uzaturuka hanze yâigihugu […]
Nyamasheke: Hubatswe igorofa bwa mbere mu mateka yâumurenge wa Rangiro
Abanyamuryango ba Wisigara-SACCO yo mu murenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke, batewe ishema no gukorera mu nyubako yâigorofa yâagaciro ka miliyoni 73 bavuye mu nzu ishaje bakodeshaga, iyi nyubako ikaba ibaye iyâamateka muri uyu murenge na Cyato bituranye. Umurenge wa Rangiro ni umwe mu mirenge yâaka karere igikennye cyane, iyi nyubako yubatswemo ikaba ari […]
Umusore duteganya kurushinga yampishuriye ko yasambanye nâabakobwa 13, byanteye guhangayika- Nkore iki?
Muraho neza, iwacu ni mu karere ka Rwamagana, ariko nkorera mu ntara yâAmajyepfo. nifuza ko mwangira inama, kuko ndahangayitse, sinifuza ko umugabo wanjye yazansha inyuma ariko natekereza ko bakobwa bagera kuri 13 ngo baryamanye nkumva nkutse umutima. Ntavuze byinshi rero, umwaka utaha mu kwa kabiri mfite ubukwe ariko umusore tugiye kurushinga twaganiriye ku bijyanye nâigikorwa […]
Bidasubirwaho, u Burundi bwivanye mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC
Nyuma yâigihe gisaga umwaka, u Burundi bwanditse ibaruwa isaba ko bwava mu banyamuryango bâurukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, kuri ubu bwamaze gutangaza ko butakibarizwamo. Ibi ni ibyatangajwe na minisitiri wâubutabera mu Burundi, Aimee Laurentine Kanyana nâabandi banyepolitiki batandukanye aho yavuze ko kuva bakwandikira uru rukiko basaba ko bakurwamo mu banyamuryango ba rwo rutigeze rubasubiza cyangwa ngo […]
Burundi: U Bufaransa bwashatse gutabara Ndadaye Amerika iritambika â Deo Ngendahayo
Ngo kuwa 21 Ukwakira 1993 igihugu cyâu bufaransa cyashatse gutabara uwari perezida wâu Burundi, Merchior Ndadaye ariko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikabyitambika nkâuko byatangajwe na Deo Ngendahayo wahoze mu nzego zâubutasi za perezida wa mbere wari utowe mu nzira ya demokarasi mu Burundi. Uyu wahoze akora ibijyanye nâubucuruzi mu 1993 ariko anakorera ubutasi bwa […]
Kuba Kabuga na bagenzi be batarafatwa ntibyaba biterwa nâubushake bukeya bwâibihugu bahungiyemo?
Urwego rwashyiriweho kurangiza imanza zâabagize uruhare muri jenoside zitarangijwe nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ku Rwanda (ICTR) rufite inshingano zo guhiga, guta muri yombi no kuburanisha abakekwaho ibyaha bya jenoside. Mu bantu 90 bashakishwaga na ICTR, abagera ku munani ntibarafatwa. Batatu muri aba, biteganyijwe ko bazaburanishwa na MICT: Felicien Kabuga, Protais Mpiranya na Augustin Bizimana, mu gihe […]
Ese ni ngombwa ko ababyeyi bivanga mu rukundo rwâabana babo bâingimbi nâabangavu
Urukundo ni nkâigitabo, buri rupapauro rugira inkuru yarwo, hamwe usoma inkuru inogeye amatwi urenga urupapuro rumwe ufite unyota yo gusoma urundi, ntabwo uba uzi ibyanditswe ku rundi rupapuro , niba bishimishije cyangwa bibabaje bityo bikagutera amatsiko yo gukomeza gusoma umunsi ku wundi, n’abagenze mu bugimbi n’ubwangavu baba bafite ayo matsiko. Abahanga mu myitwarire ya kiremwamuntu […]
Rulindo: Basezeranije Guverineri Gatabazi kuba aba mbere mu mihigo 2017/2018
Nyuma yo kuba aba 29 mu mihigo yâumwaka ushize 2016/ 2017, akarere ka Rulindo kahigiye kuza imbere ubwo kasurwaga na Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Gatabazi JMV. Ku wa 14 Ukwakira 2017, nibwo abakozi bose bâakarere ka Rulindo babonanye na Guverineri Gatabazi, barinenga bafata nâingamba nshya zo kuzesa imihigo muri uyu mwaka w’imihigo. Bimwe mu byasubije akarere […]
Ibintu 9 wamenya ku buzima bwa rutahizamu wâUmwongereza, Harry Kane
Rutahizamu mu ikipe ya Tottenham wâimyaka 24, ukomoka mu gihugu cyâu Bwongereza, umwe muri barutahizamu bakomeye cyane amakipe yo muri Espagne ari kwifuza, yagize byinshi atangaza bitari bizwi na benshi ku buzima bwe. Harry Kane yabonye izuba ku wa 28 Nyakanga 1993, mu mujyi wa Chingford wo mu Bwongereza, yatangiriye umupira wâamaguru mu ikipe yo […]
Australia: Minisitiri wâIntebe Wungirije yahagaritswe azira kugira ubwenegihugu bubiri
Urukiko muri Australia rwemeje ko Minisitiri wâIntebe wungirije, Barnaby Joyce ndetse nâabandi banyapolitiki bane batorewe imyanya barimo mu buryo bunyuranyije nâamategeko kuko bafite ubwenegihugu bubiri bitemewe. Icyemezo cyâUrukiko Rukuru muri Australia kikaba gisobanuye ko batatu muri aba banyapolitiki, barimo Joyce, batakemerewe gukomeza imirimo bari bashinzwe, mu gihe abandi babiri bazava mu mirimo yabo muri Nyakanga. […]
Rulindo: Rwiyemezamirimo yateye imigano 48 kuri 3000 yari mu masezerano, Gitifu yanga gusinya
Rutikanga Jean Paul, Gitifu wâakagari ka Kigarama mu murenge wa Masoro, yabereye ibamba rwiyemezamirimo washakaga ko amusinyira ko yateye imigano 3000 kandi ku musozi hariho 48 gusa. Ni mu nama yâakarere ka Rulindo ihuje abayobozi bose bâinzego zâibanze, abakozi bose bâakarere, abafatanyabikorwa na Guverineri wâintara yâAmajyaruguru Gatabazi JMV. Rutikanga Jean Paul, ahaguruka adakangwa na bagenzi […]
Dukomeze ubudasa mu cyerekezo twahisemo maze twubake u Rwanda twifuza- Jeannette Kagame
Madamu Jeannette Kagame yasabye abanyamuryango ba Unity Club kwimakaza ubumwe mu Banyarwanda kuko bizagira uruhare rukomeye mu iterambere ryâ igihugu. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ukwakira 2017, ku munsi wa kabiri w’ ihuriro rya 10 ry’abanyamuryango ba ‘Unity Club’ byâ umwihariko barushaho kugira ubumwe bityo bikamurikira nâ Abanyarwanda bose muri rusange. […]
Canada: Umwana wâumukobwa abira ibyuya birimo amaraso
Umwana wâumukobwa wâimyaka 21 uba mu gihugu cya Canada akaba afite inkomoko mu Butaliyani, aravugwaho kuba arwaye indwara idakunze kuboneka hose, iyi ndwara ikaba ituma uko umubiri we uhumetse haza nâibyuya byâamaraso. Uyu mwana wâumukobwa atangaza ko amaze imyaka igera kuri 3 ibi bitangiye kumubaho, gusa abaganga bakaba bavuga ko iyi ndwara bigoye kuyivura nubwo […]
Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video nâamajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa
Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwarangije gusobanura ikirego cyabwo mu rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa ibyaha bya Jenoside nâibyibasiye inyokomuntu. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa kane, bukaba bwaragaragaje amajwi nâamashusho bwafatiye aho bikekwa ko ushinjwa yakoreye ibyaha. Kuri uyu munsi wa nyuma ubushinjacyaha bwari bufite ngo busobanure ikirego cyabwo, muri uru rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa, wahoze ari […]
Icyo wakwigira kuri Musa uvugwa muri Bibiliya ku bijyanye nâumugambi wâImana ku muntu
Musa ubugwa mu Isezerano rya cyera muri Bibiliya, ni umwe mu bantu bafite amateka akomeye nâuburyo babayeho kuva bavutse kugeza bashaje, ndetse nâibintu yagiye akora ahanini bitandukanye nâibyâabandi bavugwa mu gitabo cyo Kuva. Iyo usomye neza mu Kuva 1:15-22, uhasanga amakuru avuga kuri Musa, ibi bikagaragaza uburyo Imana yakundaga ubwoko bwa yo bw’Abisirayeli nubwo bari […]
Kenya: Bane bamaze kugwa mu bikorwa by'imyigaragambyo, abasaga 30 bakomeretse
Mu gihugu cya Kenya, ibikorwa byâamatora bikomeje kurangwa nâimvururu zirimo ibikorwa byâimyigaragambyo yamagara ibi bikorwa, kugeza ubu, abagera kuri 4 bakaba bamaze kubigwamo, mu gihe abandi babarirwa muri 30 bakomeretse bikomeye. Ku munsi wâejo tariki ya 26 Ukwakira, ni bwo muri Kenya habaye amatora ku nshuro ya 2, gusa abo ku ruhande rwa Raila Odinga […]
Umunyarwanda Butare Esdras niwe ushinzwe ubucuruzi no kwinjiza Interahamwe mu ngabo zâ u Burundi
Abarundi baba hanze y’igihugu ndetse nâabatuye mu gihugu bakomeje kwibaza ku bwenegihugu ndetse nâ inshingano zâ Umunyarwanda Butare Esdras wakomeje gutungwa agatoki ko akorana na Perezida Pierre Nkurunziza. Esdras Butare ufite ubwenegihugu bwâ Ubunyarwanda ndetse nâ ubwâ ubuholandi, ngo ni umwishwa wa Kabuga Felicien uregwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka […]
Mali: Abasirikare 3 ba MINUSMA bishwe abandi barakomereka
Abasirikare batatu bâUmuryango wâAbibumbye bakomoka muri Tchad biciwe mu gihugu cya Mali abandi babiri barakomereka ubwo imodoka bari barimo yaturitswaga nâigisasu mu majyaruguru yâiki gihugu nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kane. Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye ndetse nâakanama kâumutekano bamaganye iki gitero cyakorewe ku muhanda uhuza Tessalit na Aguelhok. Abakomeretse bajyanywe kuvurirwa mu mujyi wa Kidal […]
Dore uburyo buhebuje wakoresha usoma umukunzi wawe akanyurwa
Ku muntu utarasomanaho na rimwe yumva gusomana bigoye, Ariko kandi ni byo. Gusoma umugore, umukobwa, umuhungu cyangwa umugabo bwa mbere ntibyoroshe. Kubibona mu mashusho biroroshye ariko kubishyira mu bikorwa ni ikindi kibazo. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1.Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mugiye guhuza igitsina gusa . […]
Kurayo amaso mugihe ubona umukobwa mukundana akora ibi
Hari ibintu byâingenzi umukobwa ukunda agukorera bikaba byahita bikwereka ko atagukeneye na gato mu rukundo. Igitsina gore mu miterere ya cyo kirihariye cyane kuko usanga rimwe na rimwe badapfa kugaragaza amarangamutima yabo ku kintu batishimiye gusa hari bimwe bisa nkâibyo bahuriyeho ari na byo tugiye kurebera hamwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1.Ngufata nkâumuvandimwe. Nta na rimwe umukobwa […]
Yakoze ibirometero hafi 25 mu kirere akoresheje intebe isanzwe nâibipurizo: Amafoto
Mu cyagaragaraga nka kamwe mu duce tuzaba tugize filimi, umugabo ukomoka mu Bwongereza, Tom Moragan, yakoze ibirometero hafi 25 mu kirere akoreshejeje intebe isanzwe yo kuruhukiramo yari iziritseho ibipurizo byinshi cyane byari byashyizwemo imyuka ya Helium (He) yatumye bibasha kurushuho kujya mu kirere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Morgan wakoze Miles 15,5 (Km 24,9) ubwo yari muri Afurika […]
RDC: Imirwano ikomeye hagati ya FARDC nâinyeshyamba mu nkengero za Beni
Urusaku rwâintwaro ziremereye nâintoya kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukwakira 2017, byumvikanye mu majyaruguru yâuburasirazuba bwâumujyi wa Beni mu ntara ya kivu yâAmajyaruguru. Ni mu gihe Ambasaderi wa Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, Nikki Haley, yatangiye uruzinduko rwâakazi rwâiminsi 2 muri iki gihugu guhera ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, itariki […]
Nigeria: Umupasiteri yahaye abayoboke nimero za konti ye nâiza telefoni ngo bajye bamwohererezaho amafaranga
Umupasiteri witwa Emmanuel Newman Edward, yanditse amateka ku gasozi abarizwaho nyuma yo gusaba abayoboke bâitorero ryw gutura amafaranga nâimodoka ku mugaragaro, akababwira ko ari bwo bari bubone imigisha yâImana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muvugabutumwa akaniyita intumwa yâImana wo mu itorero Faith Tabernacle prophetic ministries, Overseer mu gace ka Uyo aherutse gutanga nimero ye ya konti ya […]
Dore abagore 10 bâibihangange ku Isi muri iki gihe kubera ibikorwa byabo
Hanze aha hari abagore bafite uruhare rukomeye muri politiki nâubukungu ku Isi, aho ikinyamakuru wonderlist kivuga ko gukora urutonde rwâabagore 10 ba mbere bâibihangange byakigoye kubera abagore benshi kuri ubu bagira uuruhare mu bikorrwa bitandukanye ku isi. Aba bagore bagaragaje ko bafite ibisabwa ngo bayobore isi nubwo bagenda bahura nâimbogamizi zikomeye zishingiye ku buringanire. Urutonde […]
Kicukiro: Istinda Potterâs Hand Worship rigiye kumurika album âIshimwe ni iryaweâ
Itsinda Potterâs Hand Worship ryateguye igitaramo gikomeye mu rwego rwo kumurika album yabo ya mbere bise âIshimwe ni iryaweâ. Mu kiganiro na Bwiza.com, Umuyobozi wa Potterâs Hand Worship , Emmanuel Rwagasana yashimangiye yizeye ko bafite Imana, anavuga ko iki gitaramo bateguye gifite intego nyamukuru yo gukangurira abantu kugirana ibihe byiza nâ Imana. Abajijwe impamvu istinda […]
Perezida Trump asanga agomba kubanza kuba inshuti na Putine kugira ngo arangize ikibazo cya Koreya ya Ruguru
Perezida wa leta zunze ubumwe zâAmerika, Donald Trump yavuze ko leta yâu Burusiya iri kwitambika ibikorwa byâAmerika byo guhagarika Koreya ya Ruguru ku bikorwa bya yo byo gukoresha ibisasu bya kirimbuzi, mu gihe u Bushinwa bwo ngo buhagaze neza kuri iki kibazo. Mu kiganiro perezida Trump yagiranye nâikinyamakuru Fox Business Network yavuze ko u Burusiya […]
Ikipe ya Rayon Sports FC yabuze ikibuga ikoreraho imyitozo
Ikipe ya Rayon Sports yabuze ikibuga ikoreraho imyitozo nyuma yo guhagarikwa gukorera ku kibuga cyâumufatanyabikorwa wayo â Skolâ. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 26 Ukwakira 2017, ikipe ya Rayon Sport nibwo yabuze ikibuga ikoreraho imyitozo, ibi bikaba bibaye nyuma yaho amasezerano ifitanye nâumufatanyabikorwa wayo skol ahagaritswe bityo igahita itakaza uburenganzira bwo […]
Amatora ya perezida muri Kenya yaguyemo batatu mu mijyi imwe yimurirwa umunsi
Batatu bamaze gupfa barashwe, abandi bakomeretse Mu bice bitandukanye bya Kenya, amatora yagiye yitabirwa ahandi ntiyitabirwa. Mu turere dutandukanye tugize Kisumu, ahari abayobok benshi ba NASA, amatora ntiyitabiriwe. Ibikoresho bya Komisiyo yâmatora byabuze uko bigezwa ku biro byâitora, kubera ibibazo byâumutekano muke. Byatangajwe ko hari abantu batatu bishwe mu bigaragambya barashwe na polisi mu mijyi […]
Muhanga: Umugabo wasambanyije umwana we yakatiwe igifungo cya burundu yâumwihariko
Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo umugabo witwa Nsengimana Ntakaburimvano Selemani, icyaha cyo gusambanya umwana afiteho ububasha(umwana we), nyuma yo kumuhamya icyaha rumuhanisha igihano cyâigifungo cya burundu yâumwihariko nâihazabu ingana nâibihumbi 100. Ni urubanza rwasomwe ku wa 19 Ukwakira 2017. Ku ruhande rwâUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwasabiye iki gihano uyu mugabo […]
RDC: Ambasaderi Nikki Haley i Kinshasa mu rwego rwo kwibutsa Kabila ko igihe kigeze
Nyuma yo kuva muri Ethiopia no muri Sudani yâEpfo, Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango wâAbibumbye, Nikki Haley, kuri uyu wa gatatu yaraye I Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mmu ruzinduko rwâiminsi 2. Biteganyijwe ko asura MONUSCO i Goma muri Kivu yâAmajyaruguru, mbere yo kubonana nâabatavuga rumwe nâubutegetsi na sosiyete […]
Rulindo: Ku wa Gatanu ibiro nâibibuga biba bifunze
Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Gatabazi JMV asanga umunsi wo ku wa Gatanu bamwe mu bakozi ba Leta barawugize uwâikiruhuko, bagafunga ibiro bose ngo bagiye muri siporo nyamara wagera aho yateganijwe gukorerwa ukababura. Ubwo yaganiraga nâabakozi bâakarere ka Rulindo, yatangajwe no kumva ko abantu babiri aribo bagera ku kibuga. Umudamu ushinzwe imiyoborere myiza muri aka karere ntabasha […]
Umugore yibarutse umwana wâibiro 7.1 (Amafoto)
Mu gihe bimenyerewe ko abagore babyara abana bafite ibiro hagati ya 1-4, ndetse ugasanga uwakabije yabyaye umyana wâibiro 5, kuri ubu, umugore wo mu gihugu cya Vietnam aherutse kwibaruka umwana wâibiro 7.1 Ni ibintu bitamenyerewe ko umwana yavukana ibiro nkâibi nubwo hagiye hagaragara nâabashobora kuba baravukanye ibirenze ibi, gusa usanga abo babyeyi batungurwa kuko baba […]
Karongi: Umubyeyi ushinjwa kwicisha uruhinja rwe umuhini arasabirwa gufungwa burundu
Umubyeyi wo mu karere ka Karongi ukurikiranweho icyaha cyo kwica umwana we wâuruhinja arasomerwa kuri uyu wa kane, itariki 26 Ukwakira 2017 nyuma yo gusabirwa igifungo cya burundu nâubushinjacyaha. Ku wa 20 Ukwakira 2017, nibwo Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Karongi bwasabiye igihano cyâigifungo cya burundu uyu mubyeyi witwa Mukashyaka Betty, bukurikiranyeho icyaha cyo kwihekura […]
Abarwanyi 71 bahoze muri FDLR bagiye gusubizwa mu buzima busanzwe
Ku barwanyi 209 batahutse bava muri Congo-Kinshasa kuva muri Mutarama 2017, 71 nibo bari busubizwe mu buzima busanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Ukwakira 2017. Iki gikorwa kibaye mu gihe Leta yâ u Rwanda ikomeje gusaba Umuryango Mpuzamahanga kwihutisha gahunda yo gucyura abahoze ari abarwanyi ba FDLR babarizwa mu nkambi za Kanyabayonga, Walungu […]
Nta gikuba cyacitse, abanyereza umutungo barakurikiranwa- Hon. Byabarumwanzi
Aya ni amagambo atanga ituze nâ ihumure mu banyarwanda, ko ubukungu butazajegajezwa nâabanyereza umutungo wa Leta kuko bakurikiranwa. Biravugwa nâIntumwa ya rubanda Byabarumwanzi Francois, ubwo yabazwaga nâabanyamakuru ukuntu inkingi yâubukungu izitabwaho kandi raporo zigaragaza ko umutungo wa Leta usahurwa. Ni mu kiganiro abahagarariye amwe mu mashyaka yifatanije na FPR, ndetse nâuwari umukandida wâishyaka Green Party […]
Tanzania: Haribazwa igikurikira ifatwa rya Gen Ntiranyibagira na Col Nshimirimana bakuriye umutwe wa FPB urwanya u Burundi
Mu guta muri yombi bamwe mu bagize impande ziharanira ubutegetsi mu makimbirane yâu Burundi, ngo Tanzania yarenze ku nshingano zayo nkâumuhuza mu bibazo byâu Burundi nkâuko byemezwa nâimpuguke mu burenganzira mpuzamahanga, Emmanuel Klimis. Ni nyuma yâaho guhera kuwa gatandatu ushize abayobozi 4 bâabarwanyi bâumutwe urwanya ubutegetsi bwâu Burundi, FPB, bafatiwe muri Tanzania aho bari mu […]
Leta ya Tanzania yahagaritse ikinyamakuru cya Kane, âTanzania Daimaâ
Umuvugizi wa Guverinoma ya Tanzania, Dr Hassan Abbasi yatangaje ko ikinyamakuru Tanzania Daima cyandikaga mu rurimi rwâigiswahili gihagarara kubera amakuru giherutse gutangaza bivugwa ko akocamye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nubwo guverinoma ya Tanzania nta makuru yatangaje iki kinyamakuru gishinjwa gutangaza, ngo cyari kimaze kubigira akamenyero gutangaza amakuru leta ivuga ko adafitiwe guhamya ndetse iki kinyamakuru ntigitinye no […]
Mu Rwanda hagiye gufungurwa ikibuga cya Cricket cya hegitare 2.5 cyatwaye akayabo
Mu Rwanda hagiye gufungurwa ikibuga cyâumukino wa Cricket cyubatswe kuri hegitari 2.5 cyatwaye akayabo ka miliyoni yâamapawundi, igikorwa cyagizwemo uruhare nâAbanyarwanda nâabanyamahanga. Abafatanyabikorwa bagize uruhare mu mushinga wo kubaka iki kibuga bavuga ko bagiye gufata ingamba zo kubyaza umusaruro iki gikorwaremezo ndetse barusheho kumenyekanisha uyu mukino ku banyarwanda. Ibi barabitangaza mu gihe hasigaye iminsi micye […]