Ubuzima bwa BenoĂ Âźt XVI wahoze ahagarariye Kilizya Gatolika buhagaze nabi
Umunyamabanga wihariye wa BenoĂ Âźt XVI wahoze ari umushumba wa Kiliziya Gatolika, Musenyeri Georges Ganswein, yasabye ko abatuye Isi basabira BenoĂ Âźt XVI kuko ubuzima bwe bugenda bumera nabi umunsi ku wundi. Musenyeri Georges Ganswein yagize ati : « Ubuzima bwa BenoĂ Âźt XVI bugenda buzamba uko bucyeye nâuko bwije ariko gusa aratuje afite amahoro muri we nâ […]
Ndi umukobwa wâimyaka 23, mama yantaye mu gihuru ndi uruhinja, aho amenyeye ko nkiriho nakuze, yaje kunsaba imbabazi -NKORE IKI?
Ndabasaba inama nshuti bavandimwe, nitwa Asiyah ndi umukobwa wâimyaka 23 wakuriye mu muryango wâabagiraneza bâabayisiramu, narize kandi meze neza, mama akimara kumbyara ngo yantaye ahantu hâibanga, mu gihuru, gusa ngirirwa ineza nâaba bagiraneza ubu ndakuze. Ntavuze byinshi, abo kuri bwiza.com ndabasaba inama, nifuza ko mumfasha, mama yafunzwe imyaka myinshi, ariko adashinjwa kuba yarantaye, ni ikindi […]
Intumwa idasanzwe yâUmunyamabanga wa Loni yagendereye u Burundi
Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru wa loni mu Burundi, Michel Kafando ari mu ruzinduko mu Burundi aho ari kuganira n’abategetsi batandukanye bâiki gihugu. Michel Kafando yashitse mu gisagara ca Bujumbura ku musi w’Imana mw’ibanga nta ngere. Kugeza ubu amaze kubonana na Minisitiri wâububanyi nâamahanga Alain Aime Nyamitwe hamwe n’umuhuza w’Abarundi, Edouard Nduwimana. Nta kiramenyekana ku byavuye […]
Ese koko umunyarwenya Anne Kansiime yaba atabyara?! Umugabo we yatangaje ukuri
Umukunzi wâumunyarwenya, Anne Kansiime, Ojok yatoboye avuga impamvu nyamukuru yaba ituma yumva adashobora gukomezanya nâumukunzi we bamaranye imyaka myinshi nta kana barabyara. Ojok yabwiye itangazamakuru ryo muri uganda ko mu myaka isaga 5 amaze mu rukundo na Anne Kansiime, abaganga bamubwiye ko bigoye kuba babona akana kuko umugore we afite ibibazo mu miterere yâumubiri we, […]
Umugore nâmugabo bapfiriye mu modoka bari gutera akabariro
Umugore nâumugabo bo mu gace ka Ogba mu mujyi wa Lagos muri Nigeria basanzwe bapfiriye mu modoka ya bo bambaye ubusa, ababibonye bakaba bavuga ko barimo batera akabariro. Ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino, byatangaje ko uyu mugore wâabana 2 yari kumwe nâumugabo bivugwa ko ari uwe, bakaba basanzwe mu modoka bapfuye ariko ibimenyetso byose bikaba […]
Dore ibyo Ukwiye kumenye niba ushaka gushimisha umukunzi wawe, tandukanya urukundo no kuryamana
Abantu benshi bafata urukundo mu ngeri nyinshi ndetse bakanaruha ubusobanuro butandukanye bitewe nâinyungu baba babifitemo. Ni muri urwo rwego usanga abenshi bibwira ko urukundo ari ugukora imibonano mpuzabitsina ndetse akenshi nâabenda kuzabana ugasanga baryamanye mbere yâuko basezerana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi akenshi biterwa nâubusobanuro abakundana baba bahaye ijambo urukundo ndetse bigakurikirwa nâingaruka nyinshi kuko hari igihe […]
Uganda: Impunzi 2 zishobora kuba ari Abanyarwanda ziciwe mu nkambi ya Nakivale
Igipolisi cya Uganda ahitwa Isingiro kiri guhiga bukware agatsiko kâabantu bitwaje imbunda bagabye igitero mu giturage gituwemo nâimpunzi bacika abantu babiri. Nubwo iyi nkuru idasobanura aho izi mpunzi zikomoka, amazina yazo agaragaza ko zishobora kuba ari Abanyarwanda. Abishwe ni Augustine Muhizi wâimyaka 45, wari umunyemari wâimpunzi (wacuruzaga ibishyimbo, ibigori nâamasaka), ndetse na ishimwe Cyuzuzo Deo, […]
Abadepite bakurikiranye imirimo yâinteko rusange
Kuri uyu wa 31 Ukwakira 2017, Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâimari nâumutungo byâIgihugu (PAC) yagaragarizaga Inteko rusange yâabadepite isesengura rya raporo yâUmugenzuzi wâImari ya Leta yâumwaka wa 2015-2016. Aba ni bamwe mu badepite bari bakurikiranye imirimo y’iyi nama. Iyi raporo yatowe n’abadepite bose usibye Mukamurangwa Sebera Henriette wifashe, wanabajije ikibazo cyo kumenya nyir’inzu yishyurwa miliyoni […]
Odinga yamaganye ibyavuye mu matora asezeranya impinduramatwara nkâizo mu Barabu
Umukuru w’abatavuga rumwe na Leta, Raila Odinga, yahamagariye abayoboke be gukomeza gukora imyigaragambyo mu mahoro nyuma y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu, avuga ko imyigaragambyo izakorwa i Nairobi. Yongeye gusubiramo ko amatora yabaye mu cyumweru gishize yatsinzwe na Perezida Uhuru Kenyatta ari ikinamico. Yavuze ko azabangamira ubutegetsi bwa Kenyatta mu buryo butandukanye, byaba ngombwa agakora igikorwa […]
RDC: Nyuma ya Gen. Tango Fort, Global Witness iratunga urutoki na Brig. Gen. Etienne Bindu
Umuryango mpuzamahanga utegamiye kuri leta, Global Witness urashinja Brig. Gen. Etienne Mbunsu Bindu wo mu gisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, gusarura inyungu zituruka mu bucukuzi bwa zahabu muri Kivu yâAmajyaruguru mu gihe hariho itegeko ribuza abasirikare kwijandika mu bikorwa byâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro. Nkâuko uyu muryango, uzobereye gukurikirana uko imitungo kamere yâibihugu biri mu […]
Umugore yateze mugabo we uburozi buhitana abagera kuri 15
Umugore wo mu mujyi wa Daulat Paur mu gihugu cya Pakistan akurikiranyweho kwivugana abagera kuri 15 abarogeye mu mata yari yagennye guha umugabo we, abantu bakayanywa atabizi bagahita bapfa nâuwo mugabo we arimo ngo akaba yamuzizaga ko bashyingiranywe atabishaka. Uyu mugore witwa Aasia Bibi wâimyaka 21yashyingiwe ku gahato uwitwa Amjad Akram wâimyaka 25 mu kwezi […]
Papa Francis yicujije ko ajya asinzira mu gihe bari gusenga
Umushumba wa kiliziya Gatulika, Papa Francis aherutse gusaba imbabazi, yicuza ko hari ibyo ajya akora mu gihe cya Misa avuga ko bishobora no kuba bibangamira ababibona ariko akavuga ko na we aba atabishaka. Mu kiganiro cyijyanye na kiliziya Gatulika kuri televiziyo ya TV2000 kuri uyu wa kabiri, yagize ati « Iyo ndimo gusenga akenshi mpita […]
Mali: Igitero ku modoka zari ziherekeje perezida wâUrukiko Rukuru cyahitanye abasirikare 5
Abasirikare batanu ba Mali ndetse nâumusivili umwe, kuri uyu wa kabiri biciwe mu gitero cyagabwe ku modoka zari ziherekeje perezida wâUrukiko Rukuru rwâiki gihugu nkâuko byatangajwe na minisiteri yââingabo. Ntiharamenyekana abari inyuma yâiki gitero, ariko kwibasira abantu bo ku rwego rwo hejuru ndetse nâiyicwa ryâabasirikare ni bimwe mu bigaragaza ko umutekano ukomeje kwifata nabi muri […]
Igihe cyo gufata “Cyangugu” nka annexe y'u Rwanda cyararangiye-Minisitiri Kaboneka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis, yatangiye uruzinduko arimo kugirira mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, ubwo yakoranaga inama n’abacuruzi hamwe n’abavuga rikumvikana (opinion leaders) mu karere ka Rusizi yababwiye ko ari Abanyarwanda, agace batuyemo atari annexe yâu Rwanda. Ni uruzinduko yatangiye ku wa Kabiri tariki ya 31 Ukwakira 2017. Inama bakoze yibanze ku kuvugurura umujyi […]
Mu 2018 u Rwanda ruzaba rwihagije ku mbuto zâibihingwa bitandukanye zikenerwa mu gihugu
Ibi byatangajwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Ukwakira 2017 mu nama nyunguranabitekerezo yateraniye mu Ntara yâAmajyaruguru igamije kurebera hamwe ibijyanye no kwihaza mu biribwa âFood Securityâ. Iyi nama yayobowe na Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney, yitabiriwe nâabagize âTask Forceâ yo kwihaza mu biribwa ku rwego rwâIgihugu bayobowe na Lt Gen […]
Impunzi zâAbarundi zahungiye muri Congo no muri Tanzania ziri kwimukira mu Rwanda
Impunzi zâAbarundi zahungiye mu bihugu bitandukanye byâibituranyi zirimo ziri kwimukira mu Rwanda ku bwinshi kubera ukuntu uburenganzira bwazo buhonyorwa mu bihugu nka Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo no muri Tanzania ndetse bikaviramo bamwe muri zo kwicirwa aho zahungiye nkâuko byemezwa nâUmuryango wâAbibumbye Ishami ryâuyu murya go rishinzwe impunzi, HCR, riratangaza ko imibare iheruka yâizi mpunzi […]
Cassien Ntamuhanga wareganwaga na Kizito yatorotse gereza(yavuguruwe)
Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa nâibyaha birimo ibyo kurema umutwe wâabagizi ba nabi, nâubugambanyi bwo kugirira nabi ubutegetsi buriho yatorotse gereza ya Mpanga iherereye mu karere ka Nyanza yari afungiyemo. Aya ni amakuru atangazwa n’Urwego rushinzwe imfungwa nâabagororwa mu Rwanda(RCS) ruvuga ko batorotse ari batatu mu ijoro ryo kuri uyu wa […]
Dore ingingo nyamukuru zagufasha niba utereta bikanga
Ese wigeze ukundana nâumukobwa cyangwa umuhungu usa neza urebeye inyuma, ufite akazi keza, ibitekerezo byiza, ugufata neza, ugukorera ibyiza byinshi? Nonese ni iki cyakubwira ko nta kindi kibyihishe inyuma, ni iki cyakubwira ko ari we wanyawe ko utarimo guta igihe, ko urukundo rwanyu rushobora kugera kure? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kugira ngo tuvuge ko ufite ubuhanga buhanitse […]
Kenya: Bamwe mu banyamakuru bari bagiye kumva icyo Odinga atangaza bakubiswe
Ijambo umunyapolitiki, Raila Odinga yagombaga kuvuga nyuma yâitangazwa ryâintsinzi ya perezida Uhuru Kenyatta kuri uyu wa kabiri ryatinze nyuma yâuko abayoboke ba Odinga bagabiye igitero ku banyamakuru babiri bari bagiye gutara aya makuru ku cyicaro cyâishyaka. Iyi nkuru yatangajwe nâibinyamakuru bitandukanye birimo Reuters tuyikesha, iravuga abanyamakuru basohotse biruka ku bwinshi nyuma yâaho umunyamakuru Francis Gachuri […]
RDC: Jean-Pierre Bemba ashyigikiye imyigaragambyo yamagana Perezida Kabila
Jean Pierre Bemba ufungiye i La Haye azira ibyaha byibasiye inyokomuntu, yatangaje ko ashyigikiye byimazeyo imyigaragambyo yâ abatavuga rumwe na Perezida Joseph Kabila. Nubwo Jean-Pierre Bemba ari mu buroko ku mugabane wâ i Burayi mu Buholandi aho yakatiwe igifungo cyâ imyaka 18, akomeje gukurikiranira hafi politiki yo mu gihugu cye. Bemba wari umaze igihe kinini […]
Amakuru mashya CIA ifite aremeza ko Hitler yaba yararokotse Intambara ya II yâIsi
Amakuru mashya yashyizwe ahagaragara aturuka mu nyandiko zâikigo cyâubutasi cyâAbanyamerika, CIA, aravuga ko Adolphe Hitler yaba yararokotse Intambara ya II yâisi ndetse akaba yarabaye muri Colombia amezi menshi mu 1954. Amakuru yâubutasi, amwe mu yaherutse gushyirwa ahagaragara arebana nâiyicwa ryâuwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, J.F Kennedy, anatanga amakuru arambuye yâumuntu wabwiye […]
Bakame yijeje Abanyarwanda intsinzi mu mukino u Rwanda ruzakina na Ethiopia
Ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru âAmavubiâ yatangiye imyitozo ku wa 30 Ukwakira 2017, kuri Stade Amahoro. Ni mu rwego rwo kwitegura umukino uzayihuza na Ethiopie bahatanira itike yo kwerekeza mu mikino yâigikombe cya Afurika cyâabakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo â CHAN 2018â rizabera muri Maroc mu kwa mbere kâumwaka utaha. Kapiteni wa yo Ndayishimiye Eric, […]
Nyarugenge: Umugore wâimyaka 23 akurikiranweho gushimuta umwana wâimyaka 2
Umugore wâimyaka 23 yaterewe muri yombi mu Murenge wa Mageragere, ho mu Karere ka Nyarugenge ashinjwa kwinjira mu rugo rwâabandi ninjoro agashimuta umwana wâimyaka 2. Iyi nkuru iravuga ko ibi bintu byabaye kuwa Gatandatu ushize saa cyenda zâijoro, bikavuga ko uyu mwana ari uwâuwitwa Charlotte Mukarukundo ngo wari usinziriye ubwo byabaga. Mukarukundo bivugwa ko yibana […]
Urukundo rwa Selena Gomez na The Weekend rwahagaze
Umuhanzikazi w’umunyamerika, Selena Gomez wahoze mu rukundo na Justin Bieber, kuri ubu yamaze gutandukana na The Weekend wari wamusimbuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru Thepeople cyatangaje ko bidasubirwaho Selena Gomez na The Weeknd batandukanye ndetse ko bitoroshye kongera kubabona bari kumwe nk’ibisanzwe. Icyi cyemezo cyo gutandukana na The Weekend ngo kikaba cyagoye Gomez ku buryo ngo atabyiyuvisha, […]
Paul Manafort wafashije Trump kwiyamamaza arashinjwa ibyaha 12 birimo kugambanira Amerika
Paul Manafort wigeze kuyobora ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump yashinjwe ku mugaragaro ibyaha 12. Ibyo byaha birimo kugambanira Leta zunze ubumwe za Amerika no kwinjiza mu yandi amafaranga afite inkomoko mbi. Paul Manafort na Rick Gates bafatanyaga mu bucuruzi, barashinjwa kuba barakoreye ntaho banditse igihugu cya Ukraine maze bagahisha amafaranga abarirwa muri za miliyoni […]
Abanyarwanda 2 nibo bamaze kwegukana Tour du Rwanda, ese ni nde uzayegukana uyu mwaka ?
Hashize imyaka 8 irushanwa ku magare rizenguruka u Rwanda âTour du Rwandaâ ritangiye, kuva 2009 kugeza 2016 ibihangange bikina nkâababigize umwuga bisimburana mu gutwara iri rushanwa, babiri muri bo ni Abanyarwanda, Valens Ndayisenga waritwaye kabiri na Jean Bosco uritwaye inshuro imwe. Ese ninde uzaritwara uyu mwaka 2017 ? Ntibakangwa nâimvura nyinshi iba ibari ku mugongo, […]
U Rwanda ntirurajwe ishinga nâUrukiko mpuzamahanga mpanabyaha(ICC)-Mushikiwabo
Minisitiri wâ Ububanyi nâamahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo yatangaje ko u Rwanda rudafitiye icyizere amasezerano ya Roma ashyiraho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha(ICC), kuko rubogama. Yabitangaje mu muhango wo gutangiza imikorere ya televiziyo ya TV5 Monde Afrique mu Rwanda, ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 30 Ukwakira 2017. Ni nyuma yâikibazo yabajijwe nâumunyamakuru Franà §oise Joly, […]
Israel: Sara Netanyahu akomeje gushinjwa guhohotera abakozi bo mu rugo
Umugore wa Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benyamin Netanyahu arshinjwa guhohotera abakozi bo mu rugo iwe ariko byâumwihariko umugore wamukoreraga bivugwa ko yari yaramubujije no kurya no kunywa. Ibi byahise byamaganwa nâumuryango wa Minisitiri wâIntebe, Netanyahu uvuga ko ari ibirego bidafite ishingiro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru bitandukanye, ngo uyu mugore wahohotewe nâumubyeyi wâabana batatu ubarizwa […]
Kirehe: Abaturage bamaze imyaka 4 basaba ingurane yâibyangijwe hakorwa umuyoboro wâamashanyarazi
Abaturage batuye mu tugari twa Cyanyana na cyerera mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kirehe, bavuga ko bangirijwe imitungo yabo ubwo hakorwaga umuyoboro wâamashanyarazi âCyunuzi- Rwanteruâ, hashize imyaka 4 batarahabwa ingurane ku mitungo yabo. Aba baturage bavuga ko ubukene bubugarijwe, bwavuye kuri icyo kibazo bagize, MINALOC yarabasuye bakiyigezaho, Meya yizeza ko birakemuka vuba adatanze […]
Uhuru Kenyatta yatsinze amatora nâamajwi 98%
Perezida ucyuye igihe muri Kenya, Uhuru Kenyatta, yongeye gutorerwa kuyobora icyo gihugu. Yegukanye amajwi angana na 98%. Ni inyuma y’amatora asubiwemo yabaye kuwa kane w’icyumweru gishize kubera ko ayo yari yatsinze mu kwezi kwa munani yagizwe impfabusa n’urukiko rw’ikirenga. Umukuru w’abatavuga rumwe na leta, Raila Odinga, yanze kwitabira ayo matora avuga ko akanama gashinzwe amatora […]
Ese koko u Rwanda na Uganda byaba biri mu ntambara y'ubutita? Icyo ababivuga bashingiraho
Ibihugu byâu Rwanda na Uganda ngo byaba byongeye kwinjira mu ntambara yâubutita, aho itangazamakuru ryo muri Uganda rikomeje kugaragaza bimwe mu bibazo byâingenzi biri gutera umwuka mubi hagati yâibihugu byombi ubusanzwe byâibivandimwe, birimo kuba igihugu cya Uganda kititaye ku kuba gikorana na bamwe mu bafatwa nkâabarwanya ubutegetsi bwâu Rwanda nâabanzi bâigihugu . Kuri iyi nshuro […]
Ibirego bijyanye nâihungabanywa ryâuburenganzira bwa muntu mu Rwanda byariyongereye
Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu iratangaza ko yamaze gushyikiriza inzego zitandukanye ibibazo byagaragaye mu iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu, no kuzisaba ko zabikemura,ibyo bibazo ariko byagiye byiyongera ugeranyije no mu myaka yabanje. Mu mwaka wa 2016-2017 iyo komisiyo yagenzuye ibibazo 2.174 mu gihe uwawubanjirije yari yagenzuye 2144 ,mbere yaho ari 2038. Muri ibyo, ibiza ku isonga […]
Nafashe mama asambana nâundi mugabo, kumuhana byananiye no kubibwira data nabyo ni ihurizo- NKORE IKI?
Muraho, nitwa Anita ndi umukobwa wâimyaka 18, ndi umunyeshuri mu mwaka wa 5 wâamashuli yisumbuye, mama namufashe asambana nâumugabo ariko iryo kosa ryanshyize mu ihurizo. Data ni umushoferi, aragenda akamara iminsi ibiri hanze, yagaruka akaruhuka indi ibiri, mu cyumweru ashobora kuba ahari 3 cyangwa 4, iyo yagiye rero nibwo mama aba ari kumwe nâundi mugabo. […]
Ruhango: Uwabyaye impanga incuro 2 arasaba Leta ubufasha
Mukanoheri Maritha utuye mu mudugudu wa Remera, akagari ka Muhororo, umurenge wa Byimana mu karere ka Ruhango, ubusanzwe uri mu cyiciro cya mbere cyâubudehe, avuga ko nta bushobozi afite bwo kurera abana be 4 agasaba ubufasha Leta. Ubwa mbere uyu mubyeyi yabyariye rimwe abana 2, ubu bafite imyaka 7, yongeye kubyara bwa kabiri nabwo abyara […]
Gicumbi: Abagabo 4 bashinjwaga kwica umuntu bamuteraguye ibyuma bahanishijwe igifungo cya burundu
Mu cyumweru gishize nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi rwasomeye mu ruhame, urubanza Ubushinjacyaha bwaregagamo Kwizera Jean DâAmour ,Niyitegeka Vincent, havugimana Jean Pierre , Musabyemungu Isaie na Tuyishimire Evariste icyaha cyâubufatanyacyaha mu bwicanyi, bane muri bo bahanishijwe igifungo cya burundu. Icyo cyaha bagikoze Tariki ya 12/07/2017 mu mudugudu wa Gatobotobo, akagari ka Kabuga, Umurenge wa Kageyo, […]
Goma: Imvururu zâabamagana Perezida Kabila zaguyemo abapolisi nâabasirikare
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 30 Ukwakira 2017, nibwo mu mujyi wa Goma hatangiye kuvuka imvururu zâabamagana Perezida Kabila ku butegetsi, mu bayiguyemo harimo abasirikare nâabapolisi. Amakuru yizewe agera kuri Bwiza.com, ni uko muri izo mvururu Abapolisi 2 nâ umusirikare umwe ndetse nâabasivile 8 bahasize ubuzima, umubare wâabakomeretse ukaba utaramenyekana n’ibindi bikorwaremezo byasenywe. Bikomeje […]
Ferwafa yashyizeho amategeko agenga amatora ya yo ishyiraho na komite y'akanama k'ubujurire
Mu mpera zâicyumweru gishize, hateranye inama idasanzwe yâinteko rusange ya Federasiyo yâigihugu yâumupira wâamaguru itora amategeko agenga ibikorwa byâamatora muri Ferwafa ndetse inashyiraho Komite yâakanama kâubujurire ndetse nâabashinzwe akanama kâamatora. Ni nyuma yâuko ibi babisabwe na Federasiyo yâumupira wâamaguru ku isi, mu mezi 4 ashize ariko ntibyashoboka, ibi bikaba ari bimwe mu bizagabanya ibibafo biri […]
Rubavu: Umukozi wo mu rugo aracyekwaho kuroga abana 4, babiri bahita bapfa
Abana babiri bo mu kagari ka Buhaza, umudugudu wa Gabiro, umurenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu baraye bitabye Imana, biracyekwa ko bazize uburozi bagaburiwe nâUmukozi wâumuturanyi wabo, mukuru wabo we arembeye mu bitaro bya Gisenyi. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye nâumukuru wâumudugudu wa Gabiro, Madame Furaha Germaine, ko mu mugoroba wo ku wa 29 Ukwakira […]
RDC: Abaturage bane nâumupolisi biciwe mu myigaragambyo
Abasivili bane nâumupolisi umwe nibo bamaze kwicirwa mu myigaragambyo yadutse kuri uyu wa Mbere mu burasirazuba bwa Congo, aho abigaragambyaga mu mujyi wa Goma basaba perezida Kabila kurekura ubutegetsi bitarenze uyu mwaka. Umunyamakuru wa AFP uri i Goma aratangaza ko yiboneye imirambo ine yâabaturage mu gace ka madjengo ko muri Goma, mu gihe undi murambo […]
Impinja zari zifatanye mu buryo buteye ubwoba zabazwe haribazwa niba zibaho
Umuganga wayoboye igikorwa cyo gutandukanya abana b’impanga Jaga na Kalia, bavutse bafatanye umutwe, yatangaje ko afite icyizere ko baza kumererwa neza, ndetse ko umwe muri boy amaze gutora ubwenge. Muganga Deepak Gupta avuga ko Jaga yamaze kureba kandi asa n’uwumva ibyo bamubwira gukora nko kuzunguza ukuguru cyangwa ukuboko. Uwo bavukanye Kalia, we aracyari ku miti […]
Umugore yakubise umwana we kugeza apfuye amuziza ko yananiwe kwiga Bibiliya
Umugore witwa Rhonda Shoffner wâimyaka 41 yâamavuko akurikiranyweho kwihekura aho yiyiciye umwana amuziza ko yananiwe gusubiramo imirongo yo muri Bibiliya. Rhonda ukomoka muri leta ya Pennsylvanie muri Leta zunze ubumwe zâAmerika, yishe umwana we wâumukobwa nyuma yâuko yamubwiraga imirongo yo muri Bibiliya ngo asubiremo, umwana bikamunanira nyuna akamukubira kugeza apfuye kuko yamusabaga gusubiramo byamunanira akamukubita. […]
Musenyeri Cornelius wahamagariraga Kenyatta na Odinga kwiyunga yitabye Imana
Musenyeri Cornelius Korir wayoboraga Diyoseze Gatolika ya the Eldoret muri Kenya yitabye Imana. Uyu mushumba wari ufite imyaka 67 ashaje atageze ku nzozi ze yakunze kwerekana, ahamagarira abayobozi bâishyaka riri ku butegetsi muri iki gihugu, Jubilee kwiyunga nâabatavuga rumwe naryo. Mu byumweru bibiri bishize, Musenyeri Cornelius nibwo yahamagariye aya mashyaka kwitabira ibiganiro bigamije amahoro mu […]
Umunyamakuru uzahamwa no gutuka umukuru wâigihugu ashobora gufungwa imyaka 7 agacibwa nâihazabu
Umunyamakuru wâUmunyarwanda uzahamwa nâicyaha cyo gutuka umukuru wâigihugu ashobora gufungwa imyaka 7 agacibwa nâihazabu yâamafaranga yâu Rwanda agera kuri muliyoni 7. Iyi ngingo iri mu mbanzirizamushinga yâigitabo cyâamategeko ahana ibyaha mu Rwanda, inteko ishinga amategeko mu Rwanda ikaba yaramaze kwemeza ishingiro ryawo. Ikaba igaragara mu bijyanye nâitegeko ryâitangazamakuru mu Rwanda. Inkuru igaragara mu Kinyamakuru the […]
Uwabura imitungo yose ariko akagira ukuboko kwâ Imana -Bishop Jimmy Muyango
Iyi ntero yashimangiwe na Pasiteri wa Potterâ s Hand Ministry, Jimmy Muyango mu gikorwa cyo kumurika album ya mbere yâ itsinda Potterâ s Hand Worship kuri iki cyumweru taliki ya 29 Ukwakira 2017 mu nzu mberabyombi ya New Life Bible Church ku Kicukiro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki gitaramo cyari gifite insanganyamatsiko igira iti:” guhura n’icyubahiro gihoraho […]
RPPA yashyize ahagaragara urutonde rwâibigo 181 bitakemerewe gukorana na leta
Ikigo cyâigihugu gishinzwe amasoko ya leta (RPPA) cyashyize mu kato ibigo 181 bizira gukoresha amanyanga mu gushaka amasoko no kutubahiriza amasezerano. Muri ibi bigo, ibigera kuri 34 byashyizwe mu kato byâagateganyo bizira kuba byaratanze amakuru Atari yo biri gushaka amasoko ya leta no kuba bitarubahirije ibyari bikubiye mu masezerano bihabwa amasoko. Bimwe muri ibi bigo […]
Zimbabwe: Perezida Mugabe yirukanye uwari umushinjacyaha mukuru wa Repubulika
Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe mu mpera zâicyumweru gishize yirukanye Umushinjacyaha Mukuru wa repubulika, Ray Goba wari umaze ukwezi nâibyumweru 2 ashyizwe kuri uyu mwanya. Perezida Mugabe wâimyaka 93 ntiyigeze atanga impamvu yatumye yirukana uyu mushinjacyaa mukuru mu gihugu wari washyizweho ubwo visi perezida Emmerson Mnangagwa yari akuriye minisiteri yyâubutabera ari nayo ishinzwe Umushinjacyaha Mukuru. […]
Ishyaka Green Party ryatangiye ibikorwa byo gushaka abazarihagararira mu matora yâAbadepite
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), ryatangiye urugendo rwo gushaka abazarihagararira mu bikorwa byâamatora yâAbadepite mu rwego rwâuturere no mu ntara, aya matora akaba ateganyijwe mu umwaka utaha wa 2018. Ni ibikorwa byatangiriye mu turere 3 turimo ako mu Ntara yâUburengerazuba, Amajyaruguru na kamwe ko mu Majyepfo, utwo turere tukaba […]
Nsabimana Callixte yitandukanije na RNC ashinga ishyaka yita irirwanya Leta yâu Rwanda
Callixte Nsabimana bakunze kwita Sankara yashinze ishyaka rye rya politiki nyuma yâ icyumweru kimwe gusa yitandukanyije nâ ihuriro RNC ritavuga rumwe na Leta yâ u Rwanda. Mu ibaruwa ifunguye ndetse no mu kiganiro aherutse kugirana na radio imwe ikorera mu mahanga, uyu Callixte Nsabimana yatangaje impamvu nyamakuru yatumye yitandukanya na RNC, ko ari uko abona […]
Urujijo ku gakoko kameze nkâumuntu nâigihimba cyâipusi mu gihugu cya Malaysia
Polisi ikorera muri Malaysia iri gushakisha amakuru ku ikwirakwizwa ryâagakoko gafite isura nkâiyâuruhinja, igihimba nâamajanja ariho inzara nkâizâipusi, gakomeje kugenda gahererekanywa ku mbuga nkoranyambaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nubwo hari amashusho nâamafoto byakwirakwijwe bigaragaza iki kiremwa gifite uruhu nkâurwâumwana wâuruhinja, ubwoya bwinshi kandi burebure bwirabura ku mutwe, amenyo yâamabwene maremare ari hanze yâumunwa nâinzara nkâizâigikoko ku majanja, […]
Ibibazo 5 bikaze abagore bakunze kubaza abagabo babo
Abashakashatsi batandukanye ku byâ imbonezamubona bagiye bagaragaza ko abagore bahorana amakenga ndetse bakanyurwa no kubwirwa amagambo meza, ibyo rero bituma barangwa no kwibaza ibibazo byinshi ku rukundo bafitanye nâ abagabo babo. Nkâ ibyo ibibazo bakunze kubaza abagabo 1.Ese ndi munini? Iki kibazo kitanafite akamaro kanini gikunzwe kubazwa nâ abagore kugeza abagabo babahaye igisubizo kibanyuze. Iyo […]
RDC: I Goma haravugwa imyigaragambyo mu gihe humvikana n'amasasu mu duce tumwe
Mu duce dutandukaye twâumujyi wa Goma, ho muri Kivu yâAmajyaruguru, mu gitondo cyo kuri uyu wa 30 Ukwakira habyukiye urusaku rwâimbunda usa nkâusohoka muri uyu mujyi. Haravugwa nâimyigaragambyo ikomeye yâabaturage mu duce twa Majengo, Kibweti-ville, Ndosho na katindo. Iyi nkuru dukesha Radio Okapi, iravuga ko abaturage bagerageje kwinjira mu mujyi rwagati, nyuma yo kubisabwa nâihuriro […]
Yaba ari mpamvu ki u Rwanda rwibasirwa iyo hari igikomye mu Burundi na Congo?
Biraboneka ko inzira ikiri ndende kugirango abaturage batuye akarere kâibiyaga bigari basobanukirwe neza nâubuzima bakunze kunyuramo bushingiye ku mibano yâibihugu byabo, kenshi ijya iba mibi bakahababarira, yaba myiza bakabyungukiramo, aha ni naho umuntu yakwibaza impamvu bimwe mu bihugu bituranye nâu Rwanda bikunze kurwibasira iyo biri mu bibazo. Iyo umuntu yumva ngo âu Rwandaâ, mu gakomye […]
Umugore nâumugabo bari mu mazi abira nyuma yo kwita umwana wa bo 'Jihad'
Umuryango mu Bufaransa ufunzwe ukurikiranyweho kwita umwana wa bo izina rifitanye isano nâibikorwa byâubwicanyi bamwe mu basengera muri Islam bakunze kwita intambara ntagatifu jihad. Uyu mugore nâumugabo we bakiri bato mu myaka bakaba ari abayoboke bâidini ya islam bibarutse umwana wa bo wâimfura mu kwezi kwa munani uyu mwaka, nyuma baza guhura nâingorane ubwo bajyaga […]
Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside â Min. Mushikiwabo
U Rwanda rusanga igihe kizagera u Bufaransa bukemera uruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse rugasaba perezida Emmanuel Macron gukemura ibibazo bifitanye isano na jenoside biri hagati yâigihugu cye nâu Rwanda nkâuko byatangajwe na minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo mu kiganiro nâibitangazamakuru bitandukanye byo mu Bufaransa. Nyuma yâiminsi mikeya u Rwanda […]
Somalia: Umuyobozi wa Polisi nâushinzwe iperereza birukanywe
Leta ya Somalia yakuye ku buyobozi uwari Umuyobozi mukuru wa polisi muri icyo gihugu, Abdihakim Dahir Saiid nâuwari ukuriye urwego rwâigihugu rwâiperereza Abdillahi Mohamed Sanbalooshe, nyuma yâibitero byâabiyahuzi bimaze iminsi bihagabwa. Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri wâIntebe rigaragaza ko Somalia abo bayobozi bakuwe muri uwo mwanya nyuma yâigitero cyagabwe hafi ya hoteli iri imbere […]
Raila Odinga yasabye andi matora mu minsi 90
Umukuru wâabatavuga rumwe nâubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga asaba ko hategurwa andi matora yâumukuru wâigihugu mu misi 90, yishungikiriza ko igihugu kibangamiwe ycane nâimvururu zishingiye kuri politiki. Odinga yabitangarije ibiro ntaramakuru byâAbanyamerika, Associated Press, hashize iminsi itatu yanze kwitaba amatora yo kuwa kane yakurikiye ayo muri Kanama, ibyayavuyemo bikaba byarateshejwe agaciro nâUrukiko rwâIkirenga rwâiki gihugu. […]
Intumwa yâu Burundi muri Loni yahawe gasopo nyuma yo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi
Ambasaderi wâu Burundi mu muryango wâAbibumbye(Loni), Shingiro Albert yavuze ko u Rwanda ari igihugu cyiriza ko cyakozweho na Jenoside [yakorewe Abatutsi], (Un pays qui se dit victime du Genocide) yamaganirwa kure nâUmujyanama wa mbere wa Ambasaderi wâu Rwanda muri Loni, Bwana Robert Kayinamura. Byabereye i New York , kuwa Kane wâicyumweru gishize tariki ya 26 […]
Akurikiranyweho gufata ku ngufu abanyeshuri basaga 20 mu kwezi kumwe bahujwe na facebook
Polisi ya Natete muri Uganda icumbikiye umugabo ukurikiranyweho gusambanya ku ngufu abakobwa basaga 20 mu kwezi kumwe, aba banyeshuri akaba abakurura bahuriye ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore witwa Kivumbi Omar bakunze kubyinirira Hamim Senfuka, ni umuturage wo mu gace ka Kabojja akaba asanzwe ari umucuruzi wâimyenda aho akoresha amafaranga mu koshya […]
URwanda na Ethiopia bigiye kongera guhura bihatanira kuzitabira CHAN 2018
U Rwanda na Ethiopia bigiye kongera guhuruzwa nâimikino 2 igomba kuzasigira kimwe muri ibi bihugu itike izatuma gikomeza mu marushanwa ya CHAN c’umwaka wa 2018. Biteganyijwe ko igihugu kizatsinda hagati yâu Rwanda na Ethiopia, kizahura na Misiri mu mukino uzabera muri maroc, iyitsinze ikaba izabasha gukomeza mu irushwanwa riteganyijwe muri 2018. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma […]
Tanzania: Abanya-Afrika yâEpfo 3 bahambirijwe nta mpamba kubera kwamamaza ubutinganyi
Kuwa Gatanu wâiki cyumweru gishize , ni bwo inkuru yabaye kimomo ku itabwa muri yombi no kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania kwâabanya-Afrika yâEpfo 3 bakoreraga umuryango utegamiye kuri Leta ISLA [ Initiative for Strategic Litigation in Africa ],mu magambo arambuye yâicyongereza muri iki gihugu. Uyu muryango ukaba ushinjwa gukwirakwiza inyigisho zikangurira abantu kwitabira ibikorwa byâubutinganyi […]