Impamvu 3 z'ibanze zituma abagore badasaba gukora imibonano mpuzabitsina kandi babishaka
Mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hari bimwe mu bimenyetso bigaragara ku mpande zombi, gusa akenshi abagore ntibakunze kubwira abagabo babo ko bashaka gukora imibonano mpuzabitsina, gusa bakagira ibimenyetso byihariye bakoresha babigaragaza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuba ubusanzwe bagira isoni: Bikunze kugaragara ko akenshi igitsina gore kigira isoni byagera ku ngingo yo gutera akabariro bigahumira kumurari ikaba impamvu ikunze […]
Beni : Inyeshyamba za ADF zagabye igitero ku birindiro bya FARDC
Urusaku rwâ amasasu yâ intwaro zikomeye rwaraye rwumvikanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017 mu Karere ka Rwenzori kari mu nkengero zâ Umujyi wa Beni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umuvugizi wa FARDC , Lt Jules Ngongo yahise atangaza ko hari agatsiko kâ ingabo za ADF/NALU katurutse mu duce […]
Rubavu: Imanza Gacaca 190 ntizirarangizwa
Abahagaranira inyungu zâabarokotse jenoside mu karere ka Rubavu, bavuga ko hakiri imanza za gacaca 190 zitararangizwa nâinzego zibishinzwe. Murizo ngo izishobora kurangizwa ni 69 gusa, kuko izindi ari izâabadafite ubushobozi bwo kwishyura, abapfuye nâabahunze. Ubwo itsinda ryâabasenateri bagize komisiyo yâububanyi nâamahanga ,ubutwererane nâumutekano ryasuraga aka karere, ryagaragarijwe ko bagaragarijwe ko hakiri imanza zaciwe nâinkiko Gacaca […]
Byinshi wamenya ku Kigo NASA cyâAbanyamerika cyazobereye mu byâikirere nâisanzure
Niba hari ikigo ku isi gifite icyubahiro, igitinyiro kandi kizwi ko gikoramo abantu bâintiti nâinzobere kurusha ibindi bigo byose ku isi, uwavuga ko ari NASA, ntiyaba akabije. Ubusanzwe NASA, ni impine nâamagambo yâicyongereza , asobanuye ko ari Ikigo cyâubushakashatsi gishinzwe ibyâIsanzure nâIkirere hamwe nâibikoresho bikenerwayo [ National Aeronautic and Space Administration ], iki Kigo kikaba […]
Revolisiyo yâ Abarusiya yatumye Afurika iharanira ubwigenge
Mu Burusiya, abaturage bari bibumbiye mu mashyirahamwe yâ ubuhinzi bayobowe na Vladimir ILLYCH Lenin, bifashishije ibitekerezo byabo nâ imbaraga bashoboye kwigobotora ingoma ya cyami yari yarabakandamije kugeza ubwo bashinze Repubulika yâ Abasoviyeti ku itariki ya 17 Ukwakira 1917. Iyi ntsinzi yâ abaturage bâ abahinzi yabyaye ubukominisiti yamamaye Isi yose ariko itera Misiri akanyabugabo kugeza ubwo […]
Burundi: Sosiyeti sivile iranenga abadepite ibashinja kwaka ruswa
Perezida wâ ishyirahamwe OLUCOME , Gabriel Rufyiri yatangaje ko amafaranga yakusanyijwe nâ Ishyirahamwe ryâ Amabanki agahabwa abakinnyi bâ Inteko Nshingamategeko ari ruswa. Mu itangazo yacishije mu bitangazamakuru bitandukanye, Rufyiri yagize ati â Iki gikorwa cyakozwe nâ iri shyirahamwe bihabanye nâ amasezerano mpuzamahanga ya Loni kuko bifatwa nka ruswa yeruye â. Kubwa Gabriel Rufyiri, amashyirahamwe yâ […]
Muhanga: Imiryango 20 muri 754 yamaze kwimurirwa mu mudugudu wâikitegererezo wa Horezo
Akagari ka Muvumba kari mu murenge wa Nyabinoni, mu karere ka Muhanga, ni akagari kagizwe n’imidugudu 3 yose ikaba iri mu manegeka, biteganijwe ko abahatuye bose bagomba kwimurwa bagatuzwa mu mudugudu w’icyitegererezo wa Horezo, kugeza ubu imiryango 20 muri 754 izimurwa yamaze kuwutuzwamo. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyabinoni, Ndejeje Francois Xavier avuga ko aka kagari […]
Umugabo wanjye namufashe aryamanye nâindaya, nsanga ni umukobwa twiganye, none agahinda kanshenguye umutima- NKORE IKI?
Ahagana saa mbiri zâijoro ku itariki ya 29 zâukwa 10, nibwo umuntu yanyoherereje mesaje kuri telefone yanjye, ati ânyarukira kuri lodge, urebe ibyo umugabo wawe arimo gukoraâ. Ntabwo nazuyaje, naragiye ngerayo, ndamuhamagara aritaba ariko atazi ko ndi hafi aho, arambeshya ambwira ko ari ahandi hantu, tujya impaka ndende birangira akinguye kuko nifuzaga kureba umuntu yansimbuje. […]
Imashini [ robot ] ikoze nkâumugore yatanze ikiganiro mu nama inahabwa ubwenegihugu
Bwa mbere mu mateka yâisi, mu gihugu cya Arabia Saoudite, imashini ikozwe mu ishusho yâumugore (robot) yahawe ubwenegihugu, yanatanze ikiganiro mu nama iri kubera muri Arabia Saoudite. Ibi byatangarijwe mu nama yâikoraniro mpuzamahanga mu byâubukungu [ The Future Investment Initiative Forum ], yaberaga Riyad muri iki gihugu ,guhera kuwa 24 – 26 Ukwakira 2017 , […]
Uganda: Ni iki cyihishe inyuma yâingendo bivugwa ko Kayumba Nyamwasa akunze gukorera muri Uganda?
Amakuru atandukanye amaze iminsi atangazwa nâitangazamakuru ryo muri Uganda nka Chimpreports ndetse na Spyreports, aravuga ko Kayumba Nyamwasa, utavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda yaba akunze gukorera ingendo muri Uganda ndetse afitanye umubano ukomeye nâabayobozi ba Uganda barimo perezida Museveni ubwe ndetse na minisitiri wâumutekano, Gen (Rtd) Henry Tumukunde. Inkuru yasohotse ku rubuga Spyreports kuri uyu […]
Rubavu: Amata y'inka zagaburiwe ibirayirayi ntagira ubuziranenge
Aborozi bâinka nâabatunzwe nâumurimo wo gucuruza amata bo mu murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu bahangayikishijwe na litiro zâamata zigera ku 1000 zitakirwa ku ikusanyirizo ku munsi ku buryo byateje abo baturage ibihombo bikabije, veterineri avuga ko biterwa n’inka ziba zariye ibirayirayi zigatanga umukamo utujuje ubuziranenge. Umwe mu bacunda bakora umurimo wo gutwara amata […]
USA: Umukozi wa twitter wari uvuye ku kazi yasize akuyeho konti ya perezida Donald Trump
Konti ya twitter ya perezida Donald Trump ikurikirwa n’abantu basaga miliyoni 40, izwi nka @realdonaldtrump, yakuweho mu gihe cyâiminota 11 nâumukozi wâikigo cya Twitter amasezerano ye yâakazi yagombaga kurangira kuri uyu wa Kane Umukozi wâikigo cya Twitter, amasezerano ye yâakazi yagombaga kurangira kuri uyu wa Kane yasize akuyeho konti ya perezida Donald Trump izwi nka […]
Zimbabwe: Umuhanuzi yakatiwe igifungo cyâimyaka 60 azira gusambanya ku ngufu umuyoboke we
Umuvugabutumwa muri Zimbabwe witwa Admire Maurukira wâimyaka 29 yâamavuko, yakatiwe gufungwa imyaka 60, gusa akazafungwa 50 indi 10 akazayikoramo ibikorwa bifitiye igihugu akamaro nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo gusambanya ku gahato uwari waje ngo amusengere (Deliverance) Uyu muvugabutumwa akaba nâumuyobozi wâitorero, Five Fold Ministries ashinjwa ibyaha byo gusambanya abantu 5, kuri iyi nshuro yafatiweho akaba […]
Umuhanga mu gucuranga umwirongi na jazz music, Asaiah Katumwa aracurangira Abanyarwanda
Umuririmbyi ukomoka mu gihugu cya Uganda, Asaiah Katumwa yiteguye gutaramira Abanyarwanda, mu gitaramo cyiswe âKigali Jazz Junctionâ . Mu kiganiro nâabanyamakuru cyabaye kuri uyu wa kane tariki ya 2 Ugushyingo 2017, muri Kigali Serena Hotel, Asiah Katumwa yavuze ko aje gucuranga Jazz Music muri âKigali Jazz Junctionâ kugirango ashimishe abakunzi bâinjyana ya Jazz ndetse nâabakunda […]
Burundi: Imirwano hagati yâabasirikare nâabapolisi yakomerekeyemo bane
Inzego zishinzwe kubahiriza amategeko nâizâumutekano zirashinjwa kuba ari zo nyirabayazana yâihungabana ryâumutekano mu Ntara ya Cankuzo ho mu gihugu cyâu Burundi, nyuma yâaho abasirikare nâabapolisi basubiraniyemo mu ijoro ryo kuwa kabiri ushize, aho ngo kwiyemera nâumujinya ari byo ntandaro yâubwumvikane bukeya hagati yâizi nzego. Abapolisi bane bakomerekeye bikomeye muri uku guhangana. Iyi nkuru dukesha urubuga […]
Misiri: Umunyamategeko mu mazi abira nyuma yo gukangurira abantu kujya bafata ku ngufu abagore bambaye nabi
Umucamanza mu Misiri yishyize mu kamashu nyuma yo gutangariza kuri televiziyo yâigihugu ko leta ifite inshingano zo guhohotera umugore wese cyangwa umukobwa wambaye imyenda ishwanyaguritse (Dechiree) cyangwa igaragaza ubwambure bwe. Ibi yabitangarije mu kiganiro gicaa kuri televiziyo yâigihugu kivuga ku bijyanye no guca uburaya, aho yavuze ko abakobwa cyangwa abagore bambara imyenda icikaguritse ku buryo […]
Hamenyekanye abandi bahanzi bakomeye bazafatanya na Charly na Nina mu gitaramo cyo kumurika Album yabo
Mu minsi mike ishize nibwo hamenyekanye ko Juliana Kanyomozi wo muri Uganda ari we muhanzi w’imena uzafasha Charly na Nina mu gitaramo cyo kumurika Album yabo bise ‘Imbaraga’, ubu hamaze kumenyekana abandi bahanzi bakomeye bazagaragara muri iki gitaramo barimo na Big Fizzo w’i Burundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uhagarariye inyungu za Charly na Nina unazwi cyane mu […]
Gatsibo: Hagaragajwe izindi ngamba zizarushaho guteza imbere abatuye akarere
Mu nama Mpuzabikorwa yâAkarere ka Gatsibo yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01/11/2017, Guverineri wâIntara yâIburasirazuba Bwana Mufulukye Fred yasabye Abayobozi kongera imbaraga mu kwita ku isuku , Kurwanya Ibiyobyabwenge nâibindi byaha ahubwo bagaharanira guha serivisi nziza abaturage no gushyira mu bikorwa gahunda za Leta kugirango aka Karere gakomeze gutera imbere. Iyi nama Mpuzabikorwa […]
Hagaragaye amafoto ya Ndikumana Katauti aryamye mu gituza cya Miss Asma Jesca w'u Burundi
Ndikumana Hamad uzwi ku izina rya Katauti yatangiye guca amarenga ko ari mu rukundo n’umukobwa witwa Jesca wo mu Burundi uheruka gutangaza ko yabyaranye impanga na Diamond Platnumz. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma y’iminsi mike uwahoze ari umugore wa Katauti, Owoya Irene wamenyekanye nka Oprah atangaje iby’ubukwe bwe n’undi muhanzi wo muri Tanzania, Dogo Janja, none […]
Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa nâinzego zâibanze basiragizwa kuri mituweli
Abaturage bo mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana barinubira serivisi mbi bahabwa bashaka ubwisungane mu kwivuza, bamwe muri bo bavuga ko bamaze amezi arenga atanu basiragizwa mu nzego zâibanze ibyo basaba ntibabikorerwe kandi barishyuye neza. Bamwe basiragizwa bifuza gukura ku rutonde abapfuye nâabatakiri mu muryango ku mpamvu zitandukanye, hari nâabifuza kwandikisha abana bavutse,⊠[…]
Dore ibyo usabwa niba ujya ucika intege utera akabariro ukanashaka kunyaza bikanga
Mu buzima bwa muntu arakura akagera aho yubaka urugo, umugabo agakenera umugore, umugore na we agakenera umugabo, mu kubana rero hari zimwe mu nshingano z’ibanze umugabo aba asabwa kuzuza kimwe n’uko umugore na we haba hari izo asabwa kuzuza gusa uyu munsi turavuga kuri zimwe z’ibanze umugabo agomba kuzuza byanze bikunze, gutera akabariro (imibonano mpuzabitsina). […]
Abayobozi baherutse gutangaza ubwigenge bwa Catalogne batawe muri yombi
Abahoze ari abayobozi bo ku rwego rw’intara birukanywe mu myanya yabo muri Catalogne batawe muri yombi, uwahoze ayiyobora asabirwa gushyikirizwa urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC. Bane mu bahoze ari abayobozi bâiyi ntara bakuriwe na Carles Puigdemont, bahungiye mu Bubiligi, basabiwe n’abashinjacyaga kujyanwa imbere yâurukiko mpuzamahanga. Abo bategetsi bashakishwaga ntabwo bitabye urukiko rwo mu mujyi wa Madrid […]
Umunyeshuri wâumukobwa yatahuwe amaze kwanduza SIDA abasaga 580 mu gihe yateganyaga kwanduza 2000
Umwana wâumukobwa wâumunyeshuri utatangarijwe amazina, yatawe muri yombi amaze kwanduza agakoko gatera SIDA abagera kuri 586 mu mezi 5 gusa, akaba yari afite intego yo kwanduza abagera ku bihumbi 2. Uyu mukobwa ukomoka muri leta zunze ubumwe zâAmerika yatangaje ko yari afite urutonde rwâabagabo bakuze nâabasore yagombaga kwanduza agakoko gatera Sida, ibi akaba yabikoraga mu […]
Umugore usanga yaracurujwe mu gukobwa yasabye ko inkwano itareba umuhungu gusa
Umunyamategeko wo muri Zimbabwe, Priccilar Vengesai, yibaza ko niba umugenzo wo gukwa ukwiye gukwirikizwa, akavuga ko imiryango y’umuhungu n’umukobwa yompi yari ikwiye gukwa kugira hagume uburinganire hagati y’abagabo n’abagore. Uyu munyamategeko yagejeje ikirego ku rukiko rushinzwe itegeko nshinga, asaba ko ikirego cye cyakwakirwa , kuko ngo uwo mugenzo uteye ukubiri n’uburengenzira bwe nk’ umuturage. [xyz-ihs […]
U Bwongereza bwashyizeho Minisitiri wâIngabo mushya, nyuma yâuko undi yegujwe
Nyuma yâumunsi micye, uwari Minisitiri wâIngabo wâigihugu cyâu Bwongereza, Michael Fallon asabwe nâInteko ishinga amategeko kwegura kubera ibyaha yashinjwaga byo gusambanya ku ngufu, iki gihugu cyamaze gushyiraho undi mu Minisitiri. Ku gicamunsi cyo ku munsi wâejo kuwa Kane, ni bwo Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Theresa May on yatangaje ku mugaragaro ko Gavin Williamson asimbuye mugenzi […]
Mu myaka itarenze 10 nta mbogamizi mu bucuruzi muri Afurika zizaba zikiriho â Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame arateganya ko mu myaka 5 cyangwa 10 iri imbere imbogamizi zose zibangamira ubwisanzure mu bucuruzi muri Afurika zizaba zavuyeho. Nkâuko perezida Kagame avuga, ngo imiryango ihuza ibihugu mu turere muri Afurika yakoze byinshi mu gushyiraho ingamba nyazo zo gutuma habaho kwishyira hamwe mu bijyanye nâubwisanzure mu bucuruzi ku mugabane. [xyz-ihs […]
Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami
Abarundi batandukanye batangaza ko bahangayikishijwe no kubona Perezida Pierre Nkurunziza ashishikajwe no kuganisha igihugu ku ngoma ya cyami. Aba barundi bavuga ibi bahereye kuri politiki ishyizwe imbere mu Burundi yo guhindura itegeko Nshinga, Perezida Nkurunziza akabona amahirwe yo kongera kwiyamamaza mu 2020 na nyuma yaho ndetse n’andi mategeko atorwa. Ibi bitangiye kuvugwa cyane mu gihe […]
Abakinnyi ba Rayon Sports biganje muri 18 umutoza wâAmavubi azakinisha muri Ethiopie
Umutoza wâikipe yâigihugu Amavubi, Antoine Hey yashyize hanze abakinnyi 18 barimo abakinnyi umunani bâikipe ya Rayon Sports FC azitabaza mu mukino uzabahuza na Ethiopie mu mikino yo guhatanira itike ya CHAN 2018 izabera muri Maroc mu kwa mbere umwaka utaha. Kuri uyu wa kane tariki ya 2 Ugushyingo 2017, nibwo umutoza wâikipe yâigihugu cyâu Rwanda, […]
Minisitiri wâIntebe yakiriye itsinda ryâabakozi ba IMF riyobowe na perezida wayo
Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 2 Ugushyingo, Minisitiri wâIntebe, Ngirente Edouard yakiriye itsinda ryâabakozi ba IMF barimo na perezida wayo, bakaba baje muri gahunda yo kwigira ku Rwanda ibitandukanye birimo no gushyira mu bikorwa gahunda yâuburinganire nkâimwe mu nkingi zâiterambere rirambye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abagize iri tsinda rikora mu kigega mpuzamahanga cyâimari muri […]
Urutonde rwâabayoboye itorero ryâAbadiventisiti ku isi guhera 1863 kugeza ubu
Itorero ryâAbadiventisiti bâumunsi wa Karindwi ku isi, ni rimwe mu matorero bivugwa ko akurikiza inzira ya Demokarasi mu bijyanye nâubuyobozi bwa ryo, nkâuko bikorwa mu zindi nzego. Muri iri torero, usanga abarigize bagira uruhare mu kwitorera ababayobora ndetse ubuyobozi bwa bo bukaba bukurikirana mu nzigo zirimo ibyiciro bikurikira. General Conference (General Conference) Diviziyo (Division) Iniyo […]
Dore ingaruka zigutegereje mu gihe uhagaritse gukora imibonano mpuzabitsina
Mu buzima tubamo bwa buri munsi hari ibintu twimenyereza rimwe narimwe ugasanga bibaye karande kubuzima bwa muntu, ni nayo mpamvu hari ingaruka ushobora kugira igihe cyose uhagaritse ikintu cyose wari warimenyereje gukora iyo utakigikora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] uyu munsi turagaruka kubijyanye n’imibonano mpuzabitsina iyo wari usanzwe uyikora cyane nyuma ukaza kuyihagarika , iyo umuntu amenyereye gukora […]
Gicumbi: Abakozi 3 bâakarere bari mu maboko ya polisi
Abayobozi batatu bâAkarere ka Gicumbi bari mu maboko ya polisi, bakekwaho icyaha cyo gucura umugambi wo kunyereza umutungo wa Leta ndetse no gukoresha inyandiko mpimbano. Abayobozi batawe muri yombi ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkerere ka Gicumbi, Bihezande Bernard nâUmuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza, Ntezurundi Jacques bafashwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu Tariki 01 Ugushyingo 2017 . […]
RDC: Amaherezo Komisiyo yâAmatora yemeye gutangaza ingengabihe yâamatora ya perezida
Ingengabihe yâamatora muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo izatangazwa mbere yâimpera zâiki cyumweru mu rwego rwo kubahiriza yo kuwa 31 Ukuboza 2016 nkâuko byatangajwe na Visi Perezida wa Komisiyo yâAmatora (CENI), Norbert Basengezi, kuri uyu wa gatatu I Kinshasa ubwo yabonanaga na Musenyeri Oscar Cantu, perezida wa komisiyo mpuzamahanga ishinzwe ubutabera nâamahoro muri Kiliziya Gaturika. […]
Nidukomeza gukora cyane, ndemeza 100% ko tuzabona nâabakina ku mugabane wâu Burayi- Rusheshangoga
Rusheshangoga Michel arasaba abakinnyi bâAbanyarwanda kwigirira icyizere, bagakora cyane ndetse ko ari byo bizabaha amahirwe yo kurambagizwa nâandi makipe akomeye yo ku yindi migabane. Rusheshangoga Michel ni myugariro wâikipe yâigihugu âAmavubiâ, akanakinira ikipe ya Singida FC yo muri Tanzania. Mu kiganiro yagiranye na Radio TV 10, bwiza.com ikesha iyi nkuru, yakomoje ku nkunga nkâabakinnyi baba […]
UEFA: Real Madrid irasabwa gutsinda imikino yose isigaye ngo ibone gukomeza irushanwa
Nyuma yâuko ikipe ya Tottenham itsindiye real Madrid ibitego 3-1 mu irushanwa ryâibihugu byabaye ibya mbere iwa byo, UEFA yakomeje mu cyiciro gikurikiyeho na cyo gishobora kuzayihesha amahirwe yo gukira umukino urangiza mu gihe ikomeje kwitwara neza. Umukinnyi, Dele Alli ni ni we watsindiye ikipe ye ya Tottenham ibitego 2 mu gice cya mbere cyâumukino, […]
Tanzaniya yatwitse inkoko zisaga ibihumbi 6 zavuye muri Kenya ari nzima
Leta yatanzania yategetse gutwika imishwi yâinkoko 6400 ivuga ko yakuwe mu gihugu cya Kenya mu buryo butemewe nâamategeko. Izi nkoko zifite agaciro ka Miliyoni 12.5 zâAmashilingi ya Tanzania zafatiwe ku mupaka wa Namanga mu karere ka Lodindo ku munsi wa Mbere wâiki cyumweru, leta ya Tanzania ihita itegeka ko zitwikitwa hafi aho ari nzima. Dr […]
Tariki ya 2 Ugushyingo: Abarasta bo ku Isi yose barizihiza iyimikwa ryâ umwami HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ©
Ku itariki ya 2 Ugushyingo 1930, nibwo umwami wâ abami HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ© I yimitswe kuba umwami wa Etiyopiya yahoze yitwa Abisiniya. Ibi byabaye ikimenyetso cyâ amateka akomeye yâ umurage wâ Imana ku mugabane wa Afurika kuko uyu HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ© yagiye afatwa nka Mesiya mu gihugu cye ndetse no muri JamaĂ ÂŻque aho muvoma yâ abarasta yavukiye […]
Olusegun Obasanjo wahoze ayobora Nigeria yahishuye impamvu Boko Haram yashinzwe
Umukambwe Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria yahishuye ku mugaragaro uburyo umutwe wa Boko Haram washinzwe. Ibi Obasanjo yabishimangiye ubwo yamurikiga igitabo cye cyo kurangiza amashuli ye yo mu rwego rwa Doctorat mu ishami ryâ Iyobokamana. Yagize ati : « Nakoze ubushakashatsi bwimbitse nsanga umutwe wâ intagondwa zâ Abayisilamu Boko Haram washingiwe mu Burasirazuba […]
Uganda: Abanyeshuri bâAbanyarwanda nâabanya-Uganda barwanye, 81 barirukanwa
Abanyeshuri bâAbanyarwanda barwanye nâabo muri Uganda, ku ishuri ryisumbuye rya Muntuyera High; 81 barahagarikwa. Ubuyobozi bwâiri shuri riherereye i Kitunga mu karere ka Ntungamo bwirukanye abagera kuri 81 bakekwaho kuba ba nyirabayazana bâiyo mirwano. Kuri iki kibazo hari abibaza isano cyaba gifitanye n’inkuru zimaze iminsi zisohoka ku kinyamakuru Chimpreports zivuga ku ntambara y’ubutita hagati y’u […]
Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi nâibyo kurya asigarana 1,000
Umunyeshuri wa Kaminuza yâu Rwanda ngo atungwa nâamafaranga 600 ku munsi angina nâibihumbi 18 ku kwezi mu gihe abahabwa inguzanyo yo kubatunga bahabwa amafaranga 25,000 bagasigarana 1000 gusa havuyemo nâicumbi ryâamafaranga 6,000. Ibi byatangarijwe mu kiganiro Komisiyo yâuburezi, umuco, urubyiruko nâikoranabuhanga iri kugirana nâUbuyobozi bwa Kaminuza yâu Rwanda, aho hari kurebwa uburyo ibyo yigisha bihuzwa […]
Rusizi: Barashinja RBA kwigarurira ubutaka bwabo ikabwubakamo umunara, ntibahe ingurane kuva mu 1982
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rusizi, Intara yâIburengerazuba baravuga ko RBA yigaruriye ubutaka bwabo, ikabwubakamo umunara mu mwaka wa 1982 kandi ntibahe ingurane. Ni mu gihe ubuyobozi bwâakarere ka Rusizi, bwo buvuga ko bamaze kuyihabwa, ibintu abaturage bahakana ndetse na RBA. Aba baturage bavuga ko mu mwaka wa 1982 aribwo icyahoze ari ORINFOR, […]
Ingabo za RDF zivuye mu butumwa n'izigiyeyo zirasabwa gukomera ku isura y'igihugu
Ingabo zâu Rwanda(RDF) zasimbuye abasirikare bazo bari mu butumwa bwâamahoro i Malakal muri Sudani yâEpfo. Batayo ya 89 niyo igiye gusimbura Batayo ya 75 irangije igihe cyâumwaka mu kazi mu Ngabo za Loni muri Sudani yâEpfo (UNMISS). Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017 nibwo abasirikare 266 ba Batayo ya 89 ku ikubitiro […]
Perezida Trump arasabira igihano cyâurupfu uwongeye kubariza nyuma yâiya 11 Nzeri
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump arasabira igihano cyâurupfu ushinjwa kugaba igitero cyâiterabwoba mu mujyi wa New York. Iki gitero cyahitanye abantu 8, kirashinjwa umwimukirawo mu gihugu cya Uzbekistan. Perezida Trump ari kumwe na leta ye aho akorera, yavuze ko agiye gufata ingingo zihuta ku buryo abantu binjira muri icyo gihugu nkuko […]
Abayoboraga Intara Catalogne iherutse gutangaza ubwigenge bahamagajwe mu rukiko
Abayoboraga Intara ya Catalogne muri Espagne bari baherutse gutangaza ko iyo ntara ibonye ubwigenge bwuzuye bakavanwa ku mirimo yabo bahamagariwe kwitaba urukiko rwâikirenga. Bimwe mu byaha bishinjwa abo bayobozi 14 birimo gushaka kwiyonkora no kugumuka, nyuma y’amatora ya kamarampaka yo mu kwezi kwa cumi yemeje ko iyi ntara igomba kwigenga byuzuye. Urukiko rwâIkirenga rwa Madrid […]
Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by'agateganyo
Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwasabye urukiko kongera igihe cyo gukomeza gufunga abayoboke ba FDU Inkingi, ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda ndetse ritemerewe gukorera mu Rwanda, bakurikiranweho ibyaha byo gukorana nâimitwe irwanya ubutegetsi. Abaregwa uko ari barindwi kuri uyu wa gatatu bageze imbere yâurukiko bose bari mu mwambaro wâimfungwa, batanu muri bo bafite abunganizi mu gihe […]
Reka dusubizeho igihano cy'urupfu, abantu barakina n'urupfu mu kwicana-Perezida Mugabe
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe ashaka ko igihano co gupfa gisubizwaho muri icyo gihugu. Ibyo yabitangaje nyuma y’aho umukozi umwe wo mu butabera avugiye ko abantu 50 bamaze gucibwa urubanza rwo gupfa. Igihano cyo gupfa giheruka gushirwa mu bikorwa mu mwaka wâ 2005 muri Zimbabwe nyuma y’aho uwagishyiraga mu bikorwa agiriye mu karuhuko cy’iza bukuru, […]
Nyuma yo kwihinduza isura, ashaka no kwikuzaho igitsina burundu akamera nk'ikivajuru (Amafoto)
Umusore witwa Vinny Ohh wâimyaka 23, amaze gukoresha asaga ibihumbi 60 byâAmadolari yibagisha uruhu ngo yihinduze nkâikivajuru (Alien), nyuma yo kugera kuri ibi, akaba avuga ko ashaka gukora ibishoboka bakanamukuriraho igitsina kugira ngo agere ku ndoto ze neza. Uyu musore wâumunya California, avuga ko mu myaka 23 ishize yakuze yumva ashaka kugaragaza itandukaniro nâabandi bantu […]
Ibibazo bigaragara mu buhinzi byatumye Abadepite batumiza minisitiri ubushinzwe
Abadepite barasaba ko Minisitiri wâUbuhinzi nâUbworozi, Mukeshimana Geraldine yitaba inteko ishinga amategeko agasobanura ku bibazo bitandukanye bikiri muri uru rwego bituma intego yo kwihaza mu biribwa itaragerwaho 100%. Babigarutseho ku wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017, ubwo Komisiyo ishinzwe ubuhinzi ubworozi nâibidukikije mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda yagezaga ku nteko rusange yâumutwe wâabadepite […]
Dore ibintu 7 wagenderaho wemeza ko umukobwa agukunda
Si buri muntu ubona amarenga yâurukundo ngo abashe kuyisobanurira, kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nkâumusore ngo usabe urukundo. Mu muco nyarwanda ntibyabaga byoroshye ko umusore yihitiramo umukunzi, ababyeyi bafataga iya mbere bagahuza imisango, bagahana inka ndetse bagasurana aho niho baheraga bahana abageni â agasozi kazamutse inka kamanuka […]
Muri uyu mwaka ubukungu bwâu Rwanda buzazamukaho 5,2% aho kuba 6,2% â IMF
Ikigega Mpuzamahanga cyâimari, IMF, cyisubiyeho gitangaza ko ubukungu bwâu Rwanda muri uyu mwaka wa 2017 buzazamuka ku rugero rwa 5,2% aho kuba 6.2% nkâuko cyabiteganyaga, ariko kikavuga ko buzongera kuzamuka mu 2018. Uku kwisubiraho mu mibare yâuko iki kigega cyateganyaga ko ubukungu bwâu Rwanda buzazamuka muri uyu mwaka, ngo kukaba gukurikira uko ubukungu bwazamutse bitari […]
Uruhare abasenyeri Classe na Perraudin bagize mu kuvangura Abanyarwanda
Uruhare rwâ abazungu mu gucamo ibice Abanyarwanda rwatangiye kugaragara kuva ku mwaduka wâ umukoloni kugeza kuri jenoside yakorewe Abatutsi ibaye mu mwaka wa 1994 . Gusa aha igitangaje ni uko idini gakondo ryâ abakurambere ritigeze rishyirwa mu majwi ndetse ngo rivugwe mu bindi biganiro mpaka ku ruhare rwâ amadini mu kubiba inzangano nâ amacakubiri mu […]
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu basinye amasezerano y'ubufatanye
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu bashyize umukono ku masezerano ajyanye nâishoramari nâimisoro. Ni amasezerano yashyizweho umukono nâumuyobozi mukuru wungirije ushinze ibikorwa mu kigo kâigihugu gishinzwe iterambere RDB Emmanuel hategeka. Iki gikorwa kikaba cyakozwe mu gihe i Dubai hakomeje ibikorwa byâinama ihuje abakuru b’ibihugu byâAfurika ku bucuruzi Afurika ikorana na Dubai. Aya nâamasezerano ajyanye […]
Abahatanira igihembo cy'umukinnyi mwiza wa Afurika 2017 bamenyekanye
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF yatangaje urutonde rw’abakinnyi 30 ishaka ko hazavamo uzegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika n’umukinnyi mwiza w’umunyafurika ukinira ku mugabane wa Afurika. Umunya Gabon, Pierre-Emerick Aubameyang, wegukanye icyo gihembo muri 2015 ari kumwe kuri urwo rutonde n’abandi bakinnyi bakomeye bakina ku mugabane w’Uburayi nka Sadio Mane wo muri Senegal waje ku […]
Perezida Museveni yatangaje ko abaganga nibigaragambya bazafungwa
Umukuru w’igihugu cya Uganda, Yoweri Museveni, ngo yaba yarabwiye abari mu ishyirahamwe ry’abaganga muri icyo gihugu ko azashyiraho amategeko y’ibihe bidasanzwe anafunge abaganga, nibaramuka bagiye mu myigaragambyo iteganijwe mu cyumweru gitaha. Umukuru w’iryo shyirahamwe yabwiye BBC ko ibyo byavugiye mu nama barimo kuwa kabiri. Ariko ushinzwe amakuru mu biro bya Perezida Museveni yabihakanye. Amakuru aravuga […]
Biravugwa ko Umunyamakuru Ndahayo âyahunzeâ, Polisi na RMC barabivugaho iki?
Abazi Ndahayo Obed uyobora ikinyamakuru Intambwe bavuga ko badaheruka kumubona muri iyi minsi, mu butumwa buri gucishwa ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko ngo yahungiye mu gihugu kitatangazwa kubera impamvu zâumutekano we. Amakuru ari ku mbuga nkoranyambaga agaragaza inyandiko yanditswe mu izina rya Ndahayo, avuga ko ari mu mu buhungiro mu gihugu atatangaza kubera impamvu z’umutekano […]
Kigali: Abafite umubyibuho ukabije nâabashaka kubaka umubiri babonewe igisubizo- REBA AMAFOTO
Top Gym Muvandimwe, niyo yabaye igisubizo ku bafite umubyibuho ukabije ndetse nâabandi batandukanye bashaka gukora imyitozo ngororamubiri. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye nâumutoza mukuru muri â Top Gym Muvandimwe â Maniraguha Anaclet uzwi ku izina rya Fils, atangaza ko gukora imyitozo ari inyungu zâuyikora kandi ko icyo biyemeje ari ugufasha neza abayitabira. Ati âHano abantu bahakorera […]
Ibimenyetso byâintambara yâubutita hagati yâu Rwanda na Uganda byatangiye kugaragara
Amakuru aturuka muri Uganda aravuga ko Abagande benshi bakoraga mu nzego zitandukanye zâimirimo mu Rwanda, bakuwe mu kazi kabo ngo ku mpamvu zidasobanutse nkâuko byatangajwe nâabayobozi kuri wa gatatu, aho hakekwa ko biri guterwa nâumwuka mubi uri mu mubano wâibihugu byombi muri iki gihe. Benshi mu Bagande bari bamaze imyaka myinshi bari mu myanya ikomeye […]
Rubavu: Abakoze ku muhanda âKabuhanga-Bulingoâ bamaze amezi 6 batarishyurwa
Abaturage 70 bo mu karere ka Rubavu bahangayikishijwe nâamafaranga yabo bavuga ko ari miliyoni esheshatu batishyuwe kandi barakoreye Rwiyemezamirimo mu kubaka umuhanda Kabuhanga âBulingo, uri mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu. Bamwe muri aba baturage 70 bishyuza ayo mafanga, bavuga ko bayakoreye hagati yâukwezi kwa gatanu nâukwa munani muri uyu mwaka wa 2017, […]
Diamond yise abana yabyaranye na Zari âintangaâ
Umuhanzi Diamond Platnumz, ukomoka muri Tanzania yatangaje amagambo yatumye abakunzi be bayibazaho cyane, yafashwe nkâimvugo nyandagazi, aho yafashe ifoto ari kumwe nâabana be yabyaranye na Zari akandikaho amagambo agira ati ânjye nâitanga zanjye â. Uyu muhanzi wâimyaka 28 avuka i Tandale mu mujyi wa Dar es Salaam, afite abana babiri, umukobwa, Latifa Dangote nâumuhungu, Nillan […]
Polisi igiye gushyiraho umutwe udasanzwe wo kurwanya magendu n'ibiyobyabwenge mu Majyaruguru
Ikibazo cyâibiyobyabwenge na magendu gikunze kuvugwa mu ntara yâAmajyaruguru kigiye guhagurukirwa nâinzego zâibanze zifatanyije na polisi yâigihugu nâicyigo cyâimisoro nâamahoro. Muri turere twa Rulindo, Gicumbi na Burera hakunze kuvugwa abakora ubucuruzi butemewe bwa kanyanga igifatwa nkâikiyobyabwenge mu Rwanda. Ibyo biyobyabwenge bizanwa mu buryo bwa magendu, ababizana bitwa ”abarembetsi’. Mu rwego rwo guhangana nâicyo kibazo, ku […]