Papa yafashe mama asambana n'undi mugabo, Papa yarapfuye, kubabarira mama byarananiye-NKORE IKI?
Muraho bavandimwe banyamakuru ba bwiza.com nifujeko mwangira inama mfite ikibazo giteye gutya; ndi umukobwa ufite imyaka 28 navukiye i Musanze mu majyaruguru ariko ubu mba Saudi Arabia niho nkorera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikibazo cyanjye rero kuva mfite imyaka 11ans hari muri 2000 ababyeyi banjye baje gutandukana. byatewe nuko papa yafashe maman asambana maze kwihangana biramunanira ahitamo […]
Uganda: Polisi iri guhiga bukware umupolisi wacitse amaze kurasa umugore we
Umupolisi utatangajwe amazina mu gipolisi cya Uganda ari guhigishwa uruhindu nyuma yo kwivugana umugore we amurashe mu gahanga agahita acika. Uyu mupolisi wakoreraga mu karere ka Hoima, yishe umugore we, Hasifa Tumuhairwe w’imyaka 25amushinja kumuca inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore ngo yari iwe aho asanzwe akodesha, mugoroba wo ku munsi w’ejo kuwa Kabiri tariki ya […]
Nyamasheke: Byinshi wamenya kuri Kigaga yo muri Shangi, ahabumbatiye amateka menshi y’u Rwanda
Kigaga ni agace gaherereye mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Shangi mu murenge wa Shangi ho mu karere ka Nyamasheke, habumbatiye amateka menshi y’u Rwanda kuko ariho hatuye Rezida wa mbere w’u Rwanda, Richard Kandt, haguye Bisangwa bya Rugombituri wafatwaga nk’intwari y’u Rwanda y’icyo gihe, akaba ari naho hasomewe misa ya mbere n’abapadiri bera ubwo […]
U Bwongereza: Umugabo yavumbuye ishusho isa n’isura ya perezida Trump mu gutwi kw’imbwa ye
Umugabo witwa Jade Robinson w’imyaka 25 ukomoka mu mujyi wa Jarrow mu Bwongereza yashyize ahagaragara amafoto yafotoye mu gutwi kw’imbwa ye yerekana uburyo yabonyemo ishusho y’isura ya perezida w’Amerika Trump. Iyi foto yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bavuga ko ari ukwibasira umukuru w’igihugu cy’igihangange ku isi, abandi bakavuga ko ibyo yafotoye nta ho […]
Jacques Morel yasobanuye impamvu u Bufaransa butakwemera ko EX-FAR ari yo yahanuye indege ya Habyarimana
Umwanditsi Jacques Morel, wanditse igitabo “ La France au Coeur du génocide ”, ugenekereje mu Kinyarwanda bishatse kuvuga “U Bufaransa mu mutima wa jenoside”, akaba ari impuguke ku Rwanda, amaze imyaka 12 yegeranya inyandiko zigaragaza uruhare rw’u Bufaransa mu Rwanda, aho yemeza ko impamvu buhakana ko indege ya Habyarimana yahanuwe n’ingabo ze zitifuzaga gusaranganya ubutegetsi, […]
Umuraperi P Diddy yongeye guhindura izina ry’ubuhanzi agira amazina 7
Umuhanzi w’umunyamerika wari umenyerewe ku izina ry’ubuhanzi rya P Diddy, yongeye gutungurana ubwo yavugaga ko izina rye rihindutse akaba atakitwa kuriya ahubwo ko bagomba kumumenya nka Brother love. Uyu muhanzi, ubusanzwe amazina ye nyakuri, Sean John Combs yagiye amenyekana ku mazina y’ubuhanzi atandukanye nka Puff Daddy, Puffy, P. Diddy, Diddy, Love, ubu akaba ageze ku […]
Umunyarwanda Kwizera Olivier ukina muri Afurika y’Epfo azamara amezi 3 adakandagira mu kibuga
Umunyezamu w’umunyarwanda ukinira ikipe ‘Free State Stars’ yo mu cyiciro cya mbere muri Afurika y’Epfo azamara amezi atatu adakora ku mupira kubera imvune ikomeye yo mu ivi yagize ubwo ikipe ye yakinaga umukino wa gicuti n’ikipe ya Bidvest. Kwizera Olivier yavunitse mu ivi ry’iburyo ubwo ikipe ‘ Free State Stars ‘ yakinaga na Bidvest mu […]
Inama igamije gushakira inkunga no kongerera ubushobozi ibigo bito n’ibiciriritse igiye guteranira I Kigali
Inama ya 4 y’ibigo bito n’ibiciriritse no kuzigama (SME & Banking Forum) yateguwe ku bufatanye bwa SFI/IFC, AfricSearch, Itsinda rya OCP, ESPartners, Afreximbank n’abandi igiye guteranira I Kigali. Ni inama izabera muri Kigali Convention Centre guhera kuwa 13 kugeza kuwa 15 Ugushyingo 2017. Iyi nama iba igenewe gushakira inkunga ibigo bito n’ibiciriritse byo muri Afurika, […]
Inkuba yakubise umugore ari guca umugabo we inyuma ahita apfa uwo bari kumwe arasigara
Umugore utatangajwe amazina, wo mu gace ka Mount Kenya aherutse gukubitwa n’inkuba ahita apfa ubwo yarimo asambana n’umuturanyi we wanaje kurokoka iyo nkuba. Ibitangazamakuru byo muri Kenya bivuga ko uyu mugore yari aryamanye n’umugabo baturanye ku gitanda cy’uwo mugore kuko umugabo we Atari ahari. Abantu benshi batangajwe n’uburyo iyo nkuba yakubise umugore, uwo bari kumwe […]
Dore ubuhamya bwagufasha niba warabaswe no kwikinisha
Hari abantu benshi bafite ikibazo cyo kwikinisha ndetse abenshi bitwaza ko kubireka byabananiye ariko umukunzi wacu yahisemo kudusangiza ubuhamya bwe bw’ukuntu yabashije kubihagarika kandi bikagenda neza. Yatangiye agira ati: Muraho nifuzaga kubasangiza inzira nanyuzemo mu buzima ikangora yikibazo cyo “kwikinisha” ndibwirira abagabo cyangwa abasore b’urubyiruko rw’ubu wenda hari abo byafasha bikabagirira akamaro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] “Natangiye […]
Nyanza: Aborozi bababazwa n’uburyo icupa ry’inzoga rigura amafaranga 1500, amata akagura 180
Bamwe mu borozi bo mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, bavuga ko babangamirwa n’umusaruro wabo w’amata udahabwa agaciro, kandi kugaburira inka no kuyitaho ngo bibavuna cyane, bakaba batiyumvisha uburyo icupa ry’inzoga rigura 1500 ariko litiro y’amata ikagura 180 ku ikusanyirizo ryayo. Umworozi, Mukarutesi Laurence utuye mu kagari ka Gitovu, umurenge wa Busoro, avuga […]
Tanzania: Umutekano ku nkambi z’impunzi z’Abarundi wakajijwe nyuma yo kwikanga ibitero
Inkambi z’impunzi z’Abarundi zigiye kurushaho gucungirwa umutekano nk’uko byemejwe mu cyumweru gishize mu rugendo uhagarariye HCR yagiriye mu nkambi ya Nduta. Uyu akaba yaragejeje ubu butumwa ku bahagarariye impunzi mu nama bakoranye kuwa 02 Ugushyingo, aho yabahumurije akababwira ko yagiranye ibiganiro na minisiteri zigera muri 3 muri Tanzania by’umwihariko ku kibazo cy’umutekano w’impunzi z’Abarundi. Ni […]
ADEPR: Korali Shaloom yakuye isomo ryiza mu gitaramo yakoze kikitabirwa ku bwinshi
Korali shaloom yo muri ADEPR Nyarugenge, yakoze igitaramo kitabirwa n’abantu benshi kugera n’aho bamwe batashye batagize amahirwe yo kwinjira kubera imyanya yari yashize ntaho banabona ho guhagarara, gusa ngo cyabasigiye isomo ryiza ko Imana ibari inyuma. Iki gitaramo cyabaye ku cyumweru tariki ya 5 Ugushyingo 2017, muri Kigali Serena Hotel, kitabirwa n’imbaga y’abakunzi babo, ariko […]
U Bwongereza: Umuminisitiri uherutse kweguzwa ku buyobozi yasanzwe yapfuye
U Bwongereza: mUmuminisitiri uherutse kweguzwa ku buyobozi yasanzwe yapfuye Umwe mu banyepolitiki bakomeye mu gihugu cy’u Bwongereza, Carl Sargeant yasanzwe yapfuye nyuma y’iminsi micye ahagaritswe ku kazi kubera ibyaha bitandukanye birimo n’iby’ubusambanyi. Carl Sargeant w’imyaka 49 akaba yarahoze ari Minisitiri w’umurimo, yirukanywe mu minsi ishize kugira ngo hakorwe iperereza ku byaha yashinjwaga bitandukanye birimo no […]
RDC: Ibiro by’uhagarariye inyungu za Norvege byagabweho igitero
Ibiro by’uhagarariye inyungu za Norvege biherereye mu gace ka Gombe ko mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, byataewe n’abantu bitwaje intwaro bambaye impuzankano za gisirikare. Ibi bikaba byarabaye kuwa Gatandatu ushize saa munani z’ijoro, aho abo bagabo bamennye ibirahure by’inyubako, ndetse bakinjira mu biro bya ambasaderi ariko nta kintu batwaye nk’uko […]
Hamisa Mobetto wabyaranye na Diamond yamusabye indezo ya Miliyoni 8 z’amashiringi ya Uganda buri kwezi
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya arasabwa miliyoni umunani z’amashiringi ya Uganda nk’indezo y’umwana yabyaranye n’umunyamideli, Hamisa Mobetto, yakoresheje mu mashusho y’indirimbo Salome. Mu kwezi gushize nibwo uyu munyamideli Hamisa Mobetto yajyanye ikirego mu rukiko, avuga ko Diamond atubahiriza inshingano nk’umubyeyi. Iki kirego cyasomwe ku tariki ya 2 Ugushyingo 2017, yakaga Diamond miliyoni umunani zirengaho […]
Nyamagabe: Uwari ukurikiranweho ubwicanyi n’ubujura bwitwaje intwaro yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe, imbere y’imbaga y’abaturage mu Mudugudu wa Mwoya, Akagari ka Mwoya, Umurenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyaruguru aho rwari rwimuriye iburanisha (Itinerance) mu mpera z’icyumweru gishize rwasomeye mu ruhame urubanza, maze rwemeza ko ikirego cy’Ubushinjacyaha gifite ishingiro, ruhamya ibyaha byo kwica n’Ubujura bwitwaje intwaro umugabo witwa KABALISA Boniface bahimba KIGOMERO, rumuhanisha igihano […]
Sudani y'Epfo: Umusirikare mukuru wacikanye abasirikare basaga 200 yijeje igitero kuri Juba
Umusirikare mukuru mu gisirikare cya Sudani y’Epfo (SSDF), aratangaza ko yitandukanyije n’iki gisirikare ari kumwe n’abasirikare basaga 200 akaba yiyunze ku mutwe w’inyeshyamba, mu gihe n’ubundi muri iki gihugu rukomeje kubura gica hagati ya perezida Salva Kiir n’uwahoze ari umugaba w’ingabo. Lieutenant Colonel Chan Garang, bivugwa ko akorana bya hafi n’uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo […]
Diane Rwigara yasabye urukiko gusubika ubujurire bwe ku ifungwa ry'agateganyo
Urukiko Rukuru rwasubitse urubanza Diane Rwigara na mama we Adeline Mukangemanyi bari bajuriyemo banenga igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30 mu gihe iperereza rigikorwa ku byaha bakurikiranweho. Imbere y’urukiko Diane Rwigara yasobanuye ko umwunganizi we, Buhuru Pierre Celestin atabonetse ngo afite izindi manza yagiyemo, asaba ko urukiko rwamuha undi munsi wo kuburana ngo kuko ataburana adafite […]
Rwanda Vs Ethiopie: Djihad Bizimana wahawe amakarita 2, yasimbujwe Mangwende
Imanishimwe Emmanuel uzwi ku izina rya Mangwende ni we wahamagawe n’umutoza w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi gusimbura Djihad Bizimana, utemerewe kuzakina umukino u Rwanda ruzakina na Ethiopie. Djihad Bizimana ntabwo yemerewe kuzakina umukino wo kwishyura uzahuza u Rwanda na Ethiopie mu mpera z’iki cyumweru, kubera amakarita abiri y’umuhondo yahawe mu mikino yabanje 2 ikurikirana. Nkuko amategeko agenga […]
USA yanejejwe nuko Perezida Kabila yongerewe igihe cy'umwaka cyo kuyobora RDC
Leta Zunze za Amerika zivuga ko zishimiye itangazo rya komisiyo y’ amatora(CENI) ryemeje ko Perezida Joseph Kabila azava ku butegetsi kugeza mu mpera z’ umwaka wa 2018 ubwo hazaba amatora. Ibi byashimangiwe n’ Umuvugizi wa Leta Zunze za Amerika, Heather Nauert ubwo yagiraga ati “Ni ngombwa ko Perezida Kabila yubahiriza Itegekonshinga akamenya ko nyuma y’ […]
Urunturuntu hagati y’abanyakenya na Tanzania rushobora kubyara imyigaragambyo
Nyuma y’uko leta ya Tanzania itegetse gutwika inkoko zibarirwa umu bihumbi zari zivuye muri Kenya, abaturage ba Kenya batangaje ko bagiye gukora imyigaragambyo yamagana ibikorwa bya Tanzania kuko atari ku nshuro ya mbere ibangiriza. Mu mpera z’icyumweru gishize, ni bwo leta ya Tanzaniya yategetse gutwika imishwi y’inkoko ibarirwa mu bihumbi 6400, ibi bikanashyirwa mu bikorwa […]
Nyamasheke: Abanyeshuri ba TTC Mwezi baratabaza MINEDUC n'akarere kubera ubuzima babayemo
Abana biga mu ishuri nderabarezi rya TTC Mwezi riri mu murenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke, baratabaza ubuyobozi bw’akarere na Minisiteri y’Uburezi kubera ubuzima bubi bavuga ko babayemo. Aba bana bavuga ko bigira mu nyubako zishaje cyane, bakarira mu nzu ubuyobozi bw’ishuri buvuga ko ari nto cyane, ubwiherero butujuje ubuziranenge, ab’abakobwa bo bogora hanze […]
Uganda: Ukekwaho kwica AIGP Kaweesi yarekuwe by’agateganyo atabwa muri yombi atageze iwe
Abashinzwe umutekano ba Uganda muri aya masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa kabiri, itariki 07 Ugushyingo, bongeye guta muri yombi umwe mu bashinjwa kugira uruhare mu iyicwa rya AIGP Andrew Kaweesi, nyuma y’akanya gato uyu arekuwe by’agateganyo n’Urukiko rwa Nakawa amaze gutanga ingurane. Uyu mugabo witwa Shaban Senfuka, umwe muri barindwi bakurikiranweho […]
Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w’ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi
Dr Agnes Binagwaho wigeze kuba minisitiri w’ubuzima w’u Rwanda kuri ubu aragaragara muri filimi mbarankuru yiswe Bending the Arc ivuga ku buryo mpinduramatwara bukoreshwa n’Abafatanyabikorwa mu by’ubuzima (Partners in Health) mu gutanga ubuvuzi. Urubuga rwa npr.org dukesha iyi nkuru rutangira ruvuga bimwe mu bikorwa bya Dr Agnes Binagwaho harimo n’ibitangaje nk’aho mbere y’uko aba minisitiri […]
U Rwanda mu ihurizo, ruribaza impamvu Leta ya Uganda yafunze abarufashije gufata Lt. Joel Mutabazi
Leta y’ u Rwanda ikomeje kwibaza impamvu abagize uruhare mu gufata no kohereza Lt. Joel Mutabazi mu gihugu bakomeje gukurikiranwa mu gihe rugaragaza ko uyu musirikare yari ku rutonde rw’ abashakishwaga na Interpol. U Rwanda runashimangira ko Lt. Joel Mutabazi yoherejwe hakurikijwe amategeko ahubwo rukanenga uburyo umunyarwanda René Rutagungira yashimutiwe mu Kabari mu Mujyi wa […]
Umugabo yafashwe arimo gusambanya imbwa y’umuturanyi
Umugabo witwa Fanroi Mochachi w’imyaka 45 y’amavuko wo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo, aherutse gutabwa muri yombi nyuma yo gufatwa asambanya imbwa y’umuturanyi we, yayiboshye. Uyu mugabo w’umugore n’abana 6, ngo yafashe iyi mbwa ikiri nto kuko imaze amezi 8 gusa ivutse, abanza kuyiboha amaguru n’amaboko ndetse ayizirika n’umunwa ngo itaza gusakuza cyangwa ikaba yamuruma. Mochachi […]
Ishuri rya FATEK ryigisha Tewolojiya ryiyemeje gutanga umuti w’inyigisho zitangwa z’ubuyobe
Ishuri rikuru rya Tewolojiya ‘FATEK’ ryiyemeje gutanga umuti wo kurwanya inyigisho z’ubuyobe zitangwa n’amwe mu matorero no gufasha abagore kubona amahirwe yo kwiga bisumbyeho no gusobanukirwa bibiriya. Itorero rya ADEPR ribinyujije mu Ishuri Rikuru rya Tewolojiya, FATEK(Faculté de Théologie Evangélique de Kigali), ryatangije iri ishuri mu mwaka 2008 hagamijwe kongera no kugabanya ikibazo cy’ubumenyi buke […]
Umupasiteri akurikiranyweho kugaba ibitero ku yandi matorero baturanye —Amafoto
Polisi ya Uganda iri guhiga bukware umupasiteri witwa Jackson Ssenyonga nyuma yo guha abantu amafaranga ngo bajye kwangiza no gukubira abandi bantu bo mu matorero baturanye. Uyu mupasiteri akaba n’umuyobozi w’itorero Christian life church ryo muri Uganda, ngo amaze kohereza ibitero ku matorero 2 baturanye ngo bijye kwangira no gukubita abantu ku buryo hari n’abashobora […]
Diane Rwigara yasubiye mu rukiko kujuririra ifungwa rye ry’agateganyo
Diane Rwigara ukurikiranweho n’ubushinjacyaha ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano no kugambirira guteza imvururu muri rubanda, kuri uyu wa Kabiri, itariki 07 Ugushyingo yongeye kugera imbere y’Urukiko Rukuru rugomba gufata umwanzuro ku ifungwa rye n’ifungurwa by’agateganyo. Kuwa 23 Ukwakira nibwo urukiko rwa Nyarugenge rwategetse ko Diane Rwigara na nyina, Mukangemanyi Adeline, bagomba gufungwa iminsi 30 y’agateganyo […]
Minisitiri watangaje ko ba perezida Kagame na Museveni bagiranye ibiganiro I Dubai yivuguruje
Nyuma y’aho perezidansi y’u Rwanda ihakaniye amakuru y’uko perezida w’u Rwanda n’uwa Uganda bagiranye ibiganiro ubwo baheruka I Dubai, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Uganda wari watanze aya makuru yemeye ko nta biganiro nyirizina byabaye, ariko ko aba bakuru b’ibihugu byombi bahuye bagasuhuzanya ndetse ko ururimi rw’umubiri (Body Language) rwagaragaje ko umubano w’ibihugu byombi ugikomeye. Muri […]
I Londres: Perezida Kagame yashyikirijwe igihembo cyo gushyigikira ubukerarugendo
Perezida Paul Kagame yashyikirijwe igihembo ku bw’imbaraga akoresha mu gushyigikira no guteza imbere ubukerarugendo ndetse no gushora imari mu bikorwa bibuteza imbere. Ni igihembo yashyikirijwe ku wa Mbere tariki ya 6 Ugushyingo 2017, i Londres mu Bwongereza, ubwo yitabiraga umuhango w’imurika mu by’ubukerarugendo n’inama yo ku rwego mpuzamahanga “World Travel Market” hashimwa umuntu cyangwa ibigo […]
Uganda: Batatu batawe muri yombi bazira gutera amabuye imodoka y’umudepite wa NRM
bAbagabo 3 bo mu gace ka jinja muri Uganda bakurikiranyweho gukora ibisa n’imyigaragambyo bagatera amabuye imodoka y’umudepite bakayimenagura mu gihe yari mu nama yo kurebera hamwe uburyo hanozwa ibijyanye n’ivugururwa ry’ingingo ya 102. Umuvugizi wa polisi yo muri kariya karere, Diana Nandawula, yatangaje ko aba bagabo uko ari 3 barimo Gibson Bagole, Abed Isabirye ndetse […]
“Gusenya Ibihome”- Pastor Jimmy Muyango
Iyi nsanganyamatsiko igira iti:”Gusenya Ibihome” yigishijwe n’ Umubozi wa Potter’ s Hand Church, Jimmy Muyango kuri iki Cyumweru Taliki 5 Ugushingo 2017, ubwo yatangaga ubusobanura bunyuranye bw’ ijambo”IGIHOME”. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati” Tugendeye ku mateka ya kera, igihome cyasobanuraga ibintu byinshi urugero ni inkuta zazengurukaga imujyi, ubuvumo bw’ ingabo n’ intwaro zabo byumvikane ko niyo umujyi […]
Ingingo 10 zagufasha mu kubana neza n’ umukunzi wawe
Burya mu rukundo, bisaba ibintu byinshi abakundana baba bagomba kwitwararika kugira ngo urukundo rwa bo rurambe ndetse n’abandi babe bagira icyo babigiraho nubwo bigoye kwigana ingendo y’undi. Ibi ni bimwe mu byo umuntu ufite umukunzi, yaba umuhungu cyangwa umukobwa aba agomba kwitondera kugira ngo adatakaza uwo bakundana. 1.Kubabarirana: Iki ni ikintu gikomeye cyane mu rukundo. […]
Perezida Trump yavuze ko yiteguye kwicarana na Kim Jong bakagirana ibiganiro
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje mu mpera z’iki cyumweru ko yiteguye kwakira uwa koreya ya Ruguru bakaganira bagamije kwiyunga no gukemura ikibazo cy’ibisasu bya kirimbuzi byakurikiwe no guterana amagambo hagati ya bo bimbi guhera mu mezi yashize. Ibi yabitangaje nyuma y’uko atangiye ingendo ku mugabane w’Aziya muri iki cyumweru gishize, aho […]
Bene Nyamitwe barahabwa amahirwe yo kuzasimbura Perezida Nkurunziza
Mu ishyaka CNDD/FDD ngo hari umwuka mubi ushobora gutuma iri shyaka riri ku butegetsi ricikamo ibice, bene Nyamitwe nabo baribarizwamo bakaba batungwa agatoki ko bafite inyota y’ubuyobozi ndetse ko bashobora kubuhirikaho Nkurunziza. Umujyanama mukuru wa Perezida Pierre Nkurunziza mu bijyanye n’itumanaho n’itangazamakuru, Willy Nyamitwe na mwene nyina, Alain Aime Nyamitwe ushinzwe ububanyi n’ amahanga, nibo […]
Uburakari bwatumye umugabo yikata igitsina kuko umugore we yanze ko batera akabariro
Umugabo witwa Ghasi Ram w’imyaka 37 aherutse kwikata igitsina n’icyuma ahima umugore we wari umaze igihe yaranze ko baryamana ngo bakore urukundo. Uyu mugabo wo mu gace ka Uttar Pradesh gaherereye mu majyaruguru y’igihugu cy’u Buhinde, ngo yatashye yasinze, ageze mu rugo asabye umugore we ko yaza bakaryamana ndetse bagatera akabariro, uyu mugore witwa Manjhri […]
Umugabo wanjye aba ashaka imibonano mpuzabitsina cyane iyo yanyoye inzoga, njye ziranukira zikamena umutwe-NKORE IKI?
Ndi umugore mbyaye rimwe, ntabwo nywa inzoga ariko umugabo wanjye we asomaho, mu buriri rero ugasanga tutabihuzaho mu kurwubaka neza. Iyo yagasomyeho nibwo aba ashaka gukora imibonano mpuzabitsina cyane, kandi iyo umwuka w’inzoga aba yanyoye ungezeho, umutwe urameneka cyane n’ahandi iyo nzumvishe ntabwo bingwa neza. Nabuze icyo nkora rwose, iyo atazinyoye rwose mba numva ari […]
Polisi ya Uganda iri guhiga bukware umupasiteri ushinjwa gusambanya umwana w’umuhungu mu kibuno
Polisi ikorera mu karere ka Bushenyi muri uganda iri guhiga umuvugabutumwa witwa Nelson Kabari uherutse gucika nyuma yo gusambanya umwana w’umunyeshuri mu kibuno. Uyu mupasiteri akaba n’umuyobozi w’itorero Holly Temple Church Katungu- Ishaka ari mu bwihisho guhera mu mpera z’ukwezi gushize, ubwo yatangiraga gushakishwa n’inzego z’umutekano ashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu w’umunyeshuri wo mu mwaka wa […]
Kampala: Abarundi 3 barimo n’umuyobozi w’ishyirahamwe Ligue ITEKA bapfiriye mu mpanuka
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’ishyirahamwe riharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu (Ligue ITEKA), Nsabimana Jean Baptiste hamwe n’abandi barundi babiri, baguye mu mpanuka yabereye i Kampala muri Uganda. Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko Nsabimana yakoze impanuka ubwo yari mu modoka imukuye ku kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda, ubwo yari avuye mu nama yari yabereye i Banjul […]
Nizzo yibasiye Safi Madiba witandukanije nabo amwita umujura
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo byamenyekanye ko Safi Madiba yasezeye mu itsinda ‘Urban Boys’, Nizzo umwe muri babiri barisigayemo yamwibasiye ku mbuga nkoranyambaga amwita umujura. Safi akimara gutangaza ko atakiri kumwe na bagenzi be bari bamaze imyaka 9 baririmbana, yahise ajya ku rubuga rwa youtube ahindura shene (channel) bakoreshaga nk’itsinda arayitirira. Nizzo, abinyujije ku rukuta […]
Ibitaro bya gisirikare bya Kanombe byakiriye inama mpuzamahanga ku byerekeye kurwanya SIDA
Ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe byakiriye mu mpera z’icyumweru gishize inama mpuzamahanga yigaga ku byerekeranye n’uburyo bwo gupima no kurwanya agakoko garter SIDA. Ni inama yitabiriwe n’ibihugu byiganyemo ibyo ku mugabane w’Afurika biherereye munsi y’ubutayu bwa Sahara, abahagarariye Amerika, u Bufaransa ndetse na Swaziland. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nama y’iminsi 2 yiswe IeDEA (International Epidemiology Databases […]
Bukavu: Col. Abbas Kayonga wari wateje imirwano ubu ari mu maboko ya Monusco
Nyuma y’imirwano yavutse mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki ya 5 Ugushyingo 2017, i Bukavu, hagati y’ingabo za Leta (FARDC) n’abari bashyigikiye Col Abbas Kayonga, ubu yishize mu maboko ya Monusco. Amasasu menshi yumvikanye mu duce twa Nguba ndetse na Muhumba muri Zone ya Ibanda, uduce dutuwemo ahanini n’ abaherwe ndetse n’ abayobozi bakuru […]
Rusizi: Abaturage barashimira Perezida Kagame ku bw’umuhanda ‘Rusizi-Karongi-Rubavu’ yabahaye
Abaturage bo mu turere twa Rusizi, Rubavu na Karongi, barashimira umukuru w’igihugu, Paul Kagame, ku bw’umuhanda yabahaye, ubu ukaba ubafasha kwiteza imbere. Ni umuhanda uva mu karere ka Rubavu, ugaca mu ka Karongi, ukagera mu ka Rusizi twose two mu Ntara y’Iburengerazuba, ufite ibirometero km 265.7, ubu ni nyabagendwa mu gihe ubuhahirane muri utu turere […]
Texas: Urusengero rwagabweho igitero abagera kuri 26 bahasiga ubuzima
Kuri iki cyumweru dusoje, umuntu witwaje imbunda yinjiye mu rusengero mu mujyi wa Texas muri Amerika arasa abari mu materaniro, abagera kuri 26 bahita bahasiga ubuzima abandi basaga 20 barakomereka. Inzego zishinzwe umutekano mu mujyi wa Texas zatangaje ko zitabashije kumenya neza imyirondoro y’uyu mugizi wa nabi, gusa ko na we bahise bamwicira mu modoka […]
Amerika iteganya kugaba ibitero byo ku butaka kuri Koreya ya Ruguru
Kugaba ibitero byo ku butaka kuri Koreya ya Ruguru, Amerika ibona ariyo nzira nziza yabafasha kumenya ingano y’ibitwaro bya kirimbuzi iki gihugu gifite no kubisenya. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’ingabo ku wa Gatandatu tariki ya 4 Ugushyingo 2017, ubwo bamurikiraga abadepite ibiteganywa muri iyo ntambara, amafaranga n’ibindi nkenerwa. Iyi Minisiteri yabatangarije ko ibyo bitwaro bya […]
Uganda: Abanyeshuri 6 b'Abanyarwanda bigaga muri KIU bishwe n’impanuka
Abanyeshuri 6 b’Abanyarwanda bigaga mu ishuri ‘Kampala International University (KIU)’ nibo byemejwe ko baguye mu mpanuka y’imodoka yasize abandi 7 ari inkomere mu giturage cya Kakooge ku muhanda kampala-Gulu mu Karere ka nakasongola kuri uyu wa Gatandatu. Nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’igipolisi mu karere ka Savana, Paul Kangave, ngo abanyeshuri batanu bahise bapfa iyo mpanuka ikimara […]
Ikibuga cy’indege cya Ryad muri Arabia Saoudite cyagabweho igitero cya missile zirasirwa kure
Kuri uyu wa Gatandatu, umurwa mukuru wa Arabia Saoudite watigitishijwe n’igisasu karundura cyawuteweho, kiri mu bwoko bw’ibisasu bya rutura byambukiranya imigabane [ Intercontinantal Ballistic Missiles ] ICBM mu magambo ahinnye y’icyongereza, kikaba bikekwa ko cyaba cyararasiwe ku bilometero bisaga 1200 uvuye ku mujyi Ryad. Nk’uko iyi nkuru Bwiza.com ikesha Ibiro Ntaramakuru by’Abafransa, AFP, ibitangaza, Leta […]
Reba amafoto y’umuherwe w’umunyepolitiki muri Kenya, ibintu bye byose bikoze muri Zahabu
Umugabo w’umuherwe muri Kenya witwa Mike Sonko yaciye agahigo ko kugira ubutunzi buhambaye bugaragariro mu bikoresho birimo imodoka, impeta zo ku ntoki, ibinyobwa byose bikoze muri zahabu. Uyu mugabo wanabaye umunyepolitiki guhera muri 2010, yavugishije abantu amagambo menshi nyuma yo gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yambaye ibikoze muri Zahabu, imodoka n’ibindi bitandukanye bikoze muri […]
USA: Abanyeshuri 2 b’Abanyarwanda bagiye guhatanira World Food Prize
Abanyeshuri babiri b’Abanyarwanda bamaze Icyi (Summer) bakora ndetse biga mu kigo cy’ubushakashatsi cya Kaminuza ya Nebraska muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batsindiye amatike yo kwerekeza mu irushanwa ryo guhatanira igihembo cya World Food Prize muri Iowa nyuma y’aho poster (affiche) yabo itsindiye. Poster y’aba banyeshuri b’Abanyarwanda; Tonny Ruhinda na Joviale Uwase, yabonye umwanya wa […]
Umugore arashinja umupasiteri kumwibira umwana akamutamba
Umupasiteri witwa Ssenyonga muri uganda ari mu maziabira nyuma yo gushinjwa n’umwe mu bayoboke b’itorero rye kumwibira umwana akajya kumutamba. Umugore witwa Sarah Asio w’imyaka 28 aravuga ko umwana we w’uruhinja rw’amezi 5 gusa, aherutse kuburirwa irengero bari mu rusengero nyuma bimwe mu bice bye by’umubiri bikaza mu rusengero rwe. Uyu mupasiteri akaba n’umuyobozi w’itorero […]
Zimbabwe: Umunyamakuru w'umunyamerika uherutse gutabwa muri yombi yagejejwe imbere y’ubutabera
Umunyamakuru w’umunyamerikakazi yagejejwe imbere y’urukiko i Harare muri Zimbabwe ashinjwa kugerageza guhirika leta y’icyo gihugu. Uyu mugore wirwa Martha O’Donavan wakoraga akazi k’intangazamakuru muri kiriya gihugu yatawe muri yombi kuwa gatanu ashinjwa kwandika amagambo ku rubuga rwa Twitter atesha agaciro ububasha bwa Perezida Robert Mugabe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uwunganira uyu munyamakuru mu mategeko aravuga ko ashinjwa […]
Uganda: CMI irashinjwa gukorera iyicarubozo rikomeye Rene Rutagungira
Rene Rutagungira, Umunyarwanda umaze iminsi avugwa mu itangazamakuru rya Uganda nyuma yo gushimutirwa mu kabari n’urwego rw’ubutasi mu gisirikare cya Uganda, kuri ubu aravugwaho kuba yaba yarabaye paralyse kubera iyicarubozo yakorewe aho amaze igihe afungiwe. Nubwo uhagarariye u Rwanda mu gihugu cya Uganda, Ambasaderi Frank Mugambage yari yasabye amakuru ku ishimutwa rya Rene Rutagungira bivugwa […]
Karongi: Hafunguwe ishuri ryigisha amahoro
Mu Karere ka Karongi muri iki cyumweru dusoza Umuryango AEGIS Trust wafunguye ikigo kigisha umuco w’amahoro mu Karere ka Karongi (Karongi Peace School) kizakorera mu ishuri rikuru ry’ikoranabuhanga n’ubumenyingiro, IPRC West. “Urubyiruko rwacu rugomba kwigishwa guharanira amahoro kuko Urubyiruko si ahazaza hacu gusa ahubwo n’ubuzima bwacu bwa none nirwo bushingiyeho” Ni Amagambo yavuzwe na Ambasaderi […]
Babyeyi! kwigisha abana bacu niwo murage dukwiye kubasigira- Jeannette Kagame
Iyi ntero yashimangiwe na madamu Jeannette Kagame ubwo yitabiraga umuhango wo gutaha ibyumba by’amashuri no gushyikiriza impamyabumenyi abanyeshuli ba Maranyundo Girls School. Mu muhango wabereye i Nyamata mu karere ka Bugesera aho iri shuri riherereye, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Ugushyingo 2017, mu ijambo yagejeje ku bari bawitabiriye n’abandi babyeyi muri rusange, madamu […]
Urugendo rw’ iminsi 11 rwa Perezida Trump muri Aziya ruhatse iki?
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 agiye kugirira ku mugabane wa Aziya rukaba rubaye urwa mbere rurerure kurusha izindi abakuru b’ igihugu cya Amerika bakoreye muri ako karere mu myaka 25 ishize. Muri uru ruzinduko Trump arasura ibihugu by’ u Buyapani, Korea y’Epfo, u Bushinwa, Vietnam na Philippines […]
Kera kabaye Safi Madiba yiyomoye kuri bagenzi be muri Urban Boys
Nyuma y’uko Safi Madiba afashe indege yerekeza mu gihugu cya Uganda gufata amashusho y’indirimbo bivugwa ko yakoranye na Meddy ari naho byatangiye kumenyekana ko yaba yitandukanyije na bagenzi be, akagumya kubigira ibanga, kuri ubu asa nkaho yeruye ko atakiri muri Urban Boyz. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Humble G, umwe mu bari bagize iri tsinda yashyize hanze itangazo […]
Abantu 34 bakatiwe igihano cy’urupfu bazira guhohotera abafite ubumuga bw’uruhu
Inkiko zinyuranye muri Tanzania zakatiye abantu 34 igihano cy’ urupfu nyuma yo kwica abafite ubumuga bw’uruhu 34 hagati y’ umwaka wa 2006 na 2016. Muri Tanzania haravugwa abantu bagera kuri 67 bacyekwaho kubica kandi bafitanye amasano ya hafi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mwaka wa 2008 wonyine, abafite ubu bumuga 19 barishwe, bivugwa ko bafite imbaraga zidasanzwe […]
Ku myaka 70, Nyirabahire nta kizere afite cyo kuzajya mu ijuru napfa atabonanye na Perezida Kagame
Nyirabahire Marie Rose w’imyaka 70 y’amavuko, atuye mu kagari ka Nyabugogo, umurenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge, umujyi wa Kigali, arashima Perezida Kagame wunze Abanyarwanda, ahora yifuza kuba yahura na we. Ni umukecuru bigaragara ko ari umusirimu, afite isuku ku mubiri no ku myenda yambaye, yambaye ishapure mu ijosi bigaragaza ko ari umukiristo na […]