Dj Pius yatangaje uburyo umwanya we munini awumara atekereza kuri Irene Ntale wo muri uganda
Dj Pius umenyerewe cyane mu muziki nyarwanda, aherutse gutungurana ubwo yavugaga ku muhanzikazi wo muri Uganda, Irene Ntale, akanatangaza ko iyo amubonye yumva utuntu tumwirutse mu mubiri ndetse ko nubwo yaba ari wenyine usanga amutekerezaho cyane. Ni mu kiganiro uyu muhanzi Pius aherutse kugirira kuri imwe muri radio zo muri Uganda ya Galaxy FM, aho […]
Umusirikare wa Koreya ya Ruguru yatorokeye muri Koreya y’Epfo akurikizwa amasasu
Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Ugushyingo 2017, mu masaha ya nyuma ya saa sita, umusirikare wa Koreya ya Ruguru yahungiye muri Koreya y’Epfo anyuze mu gace kagabanya ibihugu byombi akurikizwa urufaya rw’amasasu bimuviramo gukomereka. Igisirikare cya Koreya y’Epfo kikaba cyahise kikanga kigakaza umutekano kizi ko gitewe. Iyi nkuru dukesha RFI iravuga ko ibyakozwe n’uyu […]
Reba amafoto atangaje y'inzoka iri kugerageza kumira agacurama nyuma y'imirwano itoroshye
Mu minsi ishize, muri Australia hagaragaye imirwano idasanzwe hagati y’inzoka yageragezaga kumira agacurama byose biri mu giti, gusa iyi ntambara ikaza kurangira Agacurama kaneshejwe. Iyi nzoka nini yahanganye n’agacurama kakuze lku buryo kukamira bitari gupfa korohera iriya nzoka mu gihe byose byari mu kitrere byitendetse mu giti kinini Mukerarugendo wakwirakwije aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga […]
Mu gihe u Bufaransa bucyifuza ko u Rwanda rubwita Papa, byombi ntibizahuza- Dr Kayumba
Umusesenguzi mu bya Politiki, Dr Kayumba Christopher asanga hari amahirwe y’ uko u Rwanda n’ u Bufaransa byakongera gucana uwaka mu gihe iki gihugu cyaba cyaciye bugufi imbere y’u Rwanda. Dr Kayumba atangaje ibi, mu gihe hari inama mpuzamahanga y’ Amahoro n’ Umutekano wa Afurika iri kubera muri Senegal ishobora no gutuma Perezida w’ u […]
Uganda: CMI ifunze umuherwe ukiri muto ushinjwa gushaka gucecekesha uwari umukunzi wa Kaweesi
Urwego rw’ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI)mu mpera z’icyumweru gishize rwataye muri yombi umwe mu bakire bari kuzamuka mu mujyi wa Kampala witwa Brian Kirumira bakunze kwita Bryan White nyuma yo gusanga ari umwe mu bantu bari bamaze iminsi batera ubwoba umukobwa wari inshuti ya AIGP Andrew Kaweesi witwa Christine Muhoza Mbabazi. Amakuru agera ku […]
Umuvugabutumwa yavuze ko ibya Yesu uvugwa muri Bibiliya ari ibihimbano ndetse ko n’amazina ye atari yo nyakuri
Umuvugabutumwa mu gihugu cya Ghana, Rev. Isaac Owusu Bempah yateje impaka zidasanzwe mu gihugu cye no mu banyamahanga babashije kumwumva mu kiganiro kuri televiziyo imwe mu gihugu cye avuga ko amazina ya Yesu Christ atariyo mazina ye nyakuri . Mu kiganiro uyu muvugabutumwa abantu bemeraga akaba n’umuyobozi w’itorero Glorious Word Power Ministry International, aherutse kugirira […]
Sudani y’Epfo: Ingabo za leta zari zigose urugo rwa Gen. Paul Malong zahavanwe
Umuvugizi w’igisirikare cya Sudani y’Epfo, Lul Ruai Koang yatangaje ko bakuye ingabo za leta ku rugo rwa Gen. Paul Malong nyuma yo kwemera kugabanya umubare w’ingabo zimurinda. Umugore wa Gen. malong witwa Lucy Ayaka ku murongo wa telephone avugana na Reuters akaba yayitangarije ko umugabo we akiri mu rugo rwe aho afungishijwe ijisho, ariko ko […]
Inama 10 zagufasha kuvuga mu ruhame nta gihunga
Ntabwo byoroshye guhagarara imbere y’imbaga nyamwinshi ngo uvuge, si buri wese utanga ubutumwa ngo bwumvikane mu ruhame, hari ukuvuga bikinjirira mu gutwi kumwe bigasohokera mu kundi, bisaba ubuhanga bwinshi kubasha kwigarurira amatwi ndetse n’imitima yabo ubwira, ese n’iki nakora ngo mvuge kandi numvikane mu ruhame nta bwoba? Ese byari byakubaho ko uhagarara imbere y’abantu ubwoba […]
Ibigo by'abashuri mu Rwanda birimo na LDK mu ruhuri rw'ibibazo by'amikoro
Mu minsi ishize, haravugwa umwuka uteri mwiza wagaragaye muri kimwe mu bigo by’amashuri bikomeye mu mujyi wa Kigali kizwi nka Lysee de Kigali, iki kibazo kikaba cyaratewe ahanini n’itinda ry’amafaranga asanzwe agenerwa ibigo by’amashuri mu Rwanda, hakiyongeraho kuba aya mafaranga yaragabanyijwe ugereranyije n’ayari asanzwe atangwa mbere hanyuma ayo ababyeyi batangaga akongera ngo azibe icyo cyuho. […]
Burundi: Leta yabujije Ambasade y’u Bubiligi kwizihiza ibirori bya ‘Belgian Week’
Leta y’u Burundi yabujije Ambasade y’ u Bubiligi mu Burundi kwizihiza ibirori bya “Belgian Week” iki gihugu kizihiza hirya no hino ku isi aho gihagarariwe. ‘Belgian Week’ ni icyumweru Ababiligi aho bari hose hirya no hino ku isi bizihiza, bagahurira mu birori, bamurika umuco wabo banungurana imitekerezo ku iterambere ry’igihugu cyabo n’ububanyi n’amahanga, muri aka […]
Centrafrica: Abantu 7 baguye mu gitero cyagabwe mu nzu yaberagamo igitaramo
Abantu bagera kuri 7 baguye mu gitero cya Gerenade muri Repubulika ya Centrafrica abandi basaga 20 barakomereka bikomeye . Iki gitero cyagabwe ku nyubako yarimo iberamo igitaramo cy’ibijyanye n’amahoro mu murwa mukuri wa centrafrica, Bangui muri iyi wikende ishize, amakuru akaba avuga ko hakekwa ko iki gitero cyaba cyihishwe inyuma n’abivuruguta mu bibazo by’amakimbiranye ashingiye […]
Abahamijwe ibyaha bya jenoside bacitse ubutabera bakomeje kuba ikibazo gikomeye ku barokotse – CNLG
Abantu basaga 40 bahamijwe ibyaha bya jenoside mu nkiko gacaca bakaba baratorotse ubutabera bakomeje kubera ikibazo gikomeye abarokotse n’abatangabuhamya nk’uko byememzwa na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside, CNLG. Iyi komisiyo iratangaza ko aba bantu bahunze ubutabera baburanishijwe badahari cyangwa bagacika mu gihe cy’imanza za gacaca zatangijwe mu 2002 mu rwego rwo gufasha inkiko zisanzwe kuburanisha […]
Ruhango: Gitifu yeguye atubakishije akagari mu nkunga yatse abaturage
Abaturage bo mu kagari ka Nyakabingo, umurenge wa Ntongwe , akarere ka Ruhango barasaba ubuyobozi bw’akarere gukurikirana gitifu weguye atubakishije akagari inkunga bamuhaye, ubu kakaba kamaze imyaka isaga 2 karaheze ku gasozi katuzuye. Mu ntangiriro z’uyu mwaka nibwo uwari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nyakabingo, Uwayisaba Jacques yeguye ku kazi, abaturage bakavuga ko hari amafaranga yari […]
Umunyamakuru Besabesa Etienne wigeze gufungirwa mu Burundi mu 2015 yahunze igihugu
Umunyamakuru Besabesa Etienne wakoreye Flash Fm yafashe iy’ubuhungiro atangaza ko yahunze ku mpamvu zifitanye isano n’umwuga we mu gihe ubuyobozi bwa Flash Fm bwemeza ko yari yarirukanwe muri Nyakanga ndetse abandi bakemeza ko yishakira uko yahabwa ubuhungiro akajya muri Canada yitwaje ko ubuzima bwe buri mu kaga. Mu kiganiro yahaye rumwe mu rubuga rukorera kuri […]
Uganda: Uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba muri LRA agiye gutangira kuburanishwa
Thomas Kwoyelo, wahoze ari umuyobozi mu mutwe w’inyeshyamba wa LRA, ukuriwe na Joseph Kony biteganyijwe ko agera imbere y’Urwego rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga rw’Urukiko Rukuru rwa Uganda, aho kuwa 22 Ugushyingo hazatangira imbanzirizarubanza ku byaha ashinjwa. Iby’uru rubanza byatangarijwe mu nama hagati y’uru rwego rw’urukiko ndetse n’Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (ICC). Iyi nama ikaba yaribanze ku […]
Abaturage ba Maroc bateje imvururu mu bihugu bitandukanye bishimira itike yo kuzitabira igikombe cy’isi 2018
Nyuma y’uko ikipe y’igihugu ya Maroc itsinze iya Cote d’Ivoire mu mukino w’ijonjora, intsinzi yanayihesheje amahirwe yo kuzitabira igikombe cy’isi cya 2018, abaturage b’iki gihugu babyinnye intsinzi aho bari hirya no hino mu bihugu bitandukanye ku isi, mu bikorwa byagaragaye nk’imyigaragambyo. Iyi kipe yari imbaze imyaka igera kuri 20 ititabira igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru, […]
Habonetse resitora, aho buri mukozi wese uyikoramo arwaye SIDA, na nyirayo arayirwaye
Mu mujyi wa Toronto muri Amerika, haravugwa resitora idasanzwe aho buri mukozi wese ukoramo agomba kuba afite agakoko ka SIDA, kuva ku wuhereza abakiriya ibiryo kugeza ku wubitunganya mu gikoni. Iyi resitora idasanzwe, ngo mbere yo kuyinjiramo ugomba kuba wizeye neza ko ubana n’ubu bwandu ndetse ufite icyemezo gitangwa na muganga kigaragaza neza ko wanduye. […]
Rwanda-Uganda: Nyuma y’uko havuzwe intambara y’ubutita ingaruka zatangiye kugera ku bakoresha imipaka
Nyuma y’uko havuze amakuru ko umutekano waba udahagaze neza hagati y’u Rwanda na uganda, amakuru aravuga ko noneho ku mipaka iki kibazo cyaba cyamaze kugira ingaruka abambukiranya bava mu gihugu kimwe bajya mu kindi. Ikinyamakuru the Eastafrican dukesha iyi nkuru kivuga ko gifite amakuru yizewe ko abari gukoresha umupaka wa Kagitumba uhuza u Rwanda na […]
U Burundi bwahagaritse Icyumweru cy’u Bubiligi cyafatwaga nk’ingenzi mu mubano w’ibihugu byombi
Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa Gatanu yasubitse Icyumweru cy’u Bubiligi cy’uyu mwaka (Belgian Week 2017) byari biteganyijwe ko kigomba kubera I Bujumbura guhera kuri uyu wa Gatandatu itariki 11 Ugushyingo kugeza kuwa 19 Ugushyingo. Ambasade y’u Bubiligi mu Burundi iravuga ko batamenyeshejwe impamvu y’iki cyemezo. Belgian Week ngo isanzwe ari umuco w’ingenzi utegurwa na […]
Perezida wa Uganda, Museveni na Magufuli wa Tanzania bafashije u Burundi kwamagana CPI
Abakuru b’ibihugu bya Tanzania na Uganda na bo bamaganiye kure ibikorwa by’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa CPI byo kuburanisha abanyepolitiki bo ku mugabane w’Afurika gusa no kutubahiriza amategeko mu byo rukora. Ijwi ry’Afurika dukesha iyi nkuru ivuga ko ibi babitangaje mu gihe uru rukiko ruri gushaka gukora iperereza ku byaha byakorewe mu Burundi guhera muri 2015, […]
Uganda: Akurikiranweho kwiyita Yesu Kirisito no kuvuga ko na perezida Museveni atamutegeka
Umucamanza mukuru mu rukiko rwa Luweero, mu gihugu cya Uganda, akurikiranye umugabo mu mategeko amuziza kwiyita Yesu Kristo, aho kuwa 09 Ugushyingo ubwo uyu mugabo yagezwaga imbere y’uyu mucamanza, Juliet Hatanga, yashinjijwe ibyaha byo kuba mu muryango utemewe n’amategeko binyuranyije n’ingingo ya 56(1) ndetse n’ingingo ya 2(a) zo mu gitabo cy’amategeko ahana, ndetse n’icyaha cyo […]
Muhanga: Ubushinjacyaha mu bikorwa byo kuganiriza abanyeshuri mu bigo ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Muri iki cyumweru dusoje, ubushinjacyaha bukuru bw’akarere ka Muhanga bwatangiye ibikorwa byo gusura ibigo by’amashuri bukaganiriza abanyeshuri ku bijyanye n’ibikorwa by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana n’uburyo babasha kuryirinda, iby’icuruzwa ry’abantu, n’ibindi bitandukanye. Ni ibikorwa byitabiriwe n’Umushinjacyaha uyobora Ubushinjacyaha mu ifasi y’Urwego rwisumbuye rwa Muhanga, Umumararungu Marie Rose ndetse n’umuyobozi ushinzwe kurwanya ibyaha by’ihohoterwa rishingiye […]
Uganda: Abadepite 2 bari mu mazi abira nyuma yo koshya insoresore kujya gukubita Umuminisitiri
Abadepite 2 bo mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bari mu mazi abira bashinjwa kohereza abasore 2 kujya kugirira nabi Umunyamabanga wa leta ushinzwe ibikorwa mu biro bya Visi perezida wa Ugada, gusa aba basore nab o bakaba baraje gutabwa muri yombi. Polisi ikorera mu gace ka west Nile, yatangaje ko aba badepite 2 barimo […]
Perezida Trump na Putin biyemeje gufatanya mu rugamba rwo kurandura umutwe wa ISIS muri Syria
Uburusiya bwatangaje ko abakuru b’ibihugu, Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika n’uwabo, Vladimir Putin, bemereje hamwe guhuza imbaraga bakarwanya umutwe wa ISIS (Islamic States Irak and Syria) ugendera ku matwara ya kisilamu. Ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Burusiya, bivuga ko abo baperezida bombi babonanye umwanya muto, ubwo bitabiraga inama y’ibihugu byibumbiye mu muryango Asiziya-Pasifika […]
Mfite imyaka 24, mama ashaka kunshyingira umusore biganye kera, nabyanze none yiyemeje kunyirukana mu rugo- NKORE IKI?
Mbere na mbere mbanje kubasuhuza nabifuriza amahoro y’Imana, mu by’ukuri mfite imyaka 24 nkaba mbana na mama na barumuna banjye, data yapfuye mu 1996. Umugabo mama ashaka kunshyingira afite imyaka 43, ariko ni umukire, yiganye na mama kera, kandi bajya banakorana bizinesi, kuko mama ni umucuruzi. No kugirango tumenyane ni ukubera ko aziranye na mama, […]
Umuhungu wa Museveni, Maj.Gen Muhoozi yamaganye abavuga ko yifuza gusimbura se
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba n’ Ujyanama we Mukuru ushinzwe ibikorwa bya gisirikare, Maj Gen Muhoozi Kainerugaba yiyamye abavuga ko yiteguye kwinjira mu bikorwa bya politiki yeruye. Yatangaje ibi nyuma y’ aho muri iyi minsi amatsinda anyuranye y’ urubyiruko muri Kampala no mu Ntara zigize Uganda yagiye agaragaza ko ashyigikiye ko Maj.Gen Muhoozi yasimbura […]
Sadio Mané yafashije ikipe ya Senegal gukatisha itike yo kuzakina imikino y’igikombe cy’isi 2018
Sadio Mané usanzwe akinira ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza, yafashije ikipe y’igihugu cye cya Senegal, gukatisha itike yo kuzakina imikino y’igikombe cy’isi 2018, kizabera mu Burusiya, nyuma yo kutsinda ikipe ya Afurika y’Epfo 2-0. Kuri Peter Mokaba Stadium ya Afurika y’Epfo, Senegal ibifashijwemo na Diafra Sahko na Thamsanqa Mkhize witsinze igitego, bafashije ikipe y’igihugu […]
Rubavu: Umushakashatsi Dr Dushime avuga ko ikirunga cya Nyiragongo gishobora gutungurana kikaruka
Ibimenyetso bigaragaza ko nta bibazo bidasanzwe ikirunga cya Nyiragongo giherereye mu nkengero z’umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gishobora guteza, ariko umwe mu bashakashatsi, Dr Dushime Derriks avuga ko isaha ku isaga gishobora gutungurana kikaruka. Abashakashatsi bagikurikirana buri munsi, bavuga ko ari ngombwa ko hafatwa ingamba zo kubungabunga ubuzima bw’abaturage mu gihe […]
Umuhungu wa Ossama Bin Laden ahamya ko yiteguye guhorera se
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ugushyingo 2017, nyuma y’ isengesho rusange, nibwo umuhungu wa Ossama Bin Laden , Hamza Bin Laden yahamagariye abambari ba se aho bari hose kwitegura kumuhorera. Akoresheje imbuga nkoranyambaga ndetse na Televiziyo ya Al Qaeda, Hamza Bin Laden yagize ati “Mpamagariye Abayisilamu bose kwitegura kwivuna umwanzi wacu [Leta Zunze […]
Nyamirambo: Abasore bakeneye kubaka umubiri bashyizwe igorora na ‘TOP GYM Muvandimwe’- REBA AMAFOTO
Abashaka gukora imyitozo yo kubaka umubiri ndetse no kugabanya ibiro, bashyizwe igorora na ‘TOP GYM Muvandimwe” ikorera i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali. Muri iyi Gym, ugeramo ukahasanga ibikoresho by’ubwoko butandukanye, ibyo guterura, ibyo kunyonga, ibikwereka ibilometero wirutse kandi utarenga aho uhagaze, barre, Finnlo,… Uretse ibi kandi, banatanga imyitozo ifasha abafite ibiro byinshi kubigabanya, bakoresheje […]
FIFA irimo guha amafaranga ibihugu byamaze kubona amatike yo kuzitabira Mondial 2018
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amakuru ku isi yatangiye guha ibihugu byabashije kubona tike zo kuzitabira igikombe cy’isi cya 2018, amafaranga yo kubifasha mu myiteguro. Ni muri urwo rwego, igihugu cya Uganda cyamaze gushyikira Miliyoni zigera kuri 18 z’Amashilingi akoreshwayo, yo kuzagasha mu gutegura neza icyiciro iki gihugu kigiyemo mu bijyanye na ririya rushwanwa. Uretse kuba aya mafaranga […]
Umutwe urinda perezida Museveni ngo ni igisirikare mu kindi yitezeho kuzamugumisha ku butegetsi
Umutwe wa SFC (Special Forces Command) ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu ngo waba ari igisirikare mu kindi ndetse ari nawo Museveni yiringiye ko uzamufasha kuguma ku butegetsi hashingiwe ku kuntu ujya witwara harimo n’uko uherutse kwitwara mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda ubwo havukaga imvururu ziturutse ku cyifuzo cyo guhindura ingingo irebana n’imyaka umukuru w’igihugu adakwiye […]
Whisky ya Papa, indirimbo nshya Young Grace yashyize hanze
Umuraperi Abayizera Marie Grace uzwi ku izina rya Young Grace yashyize hanze indirimbo (audio) yise “Whisky ya Papa” agaragazamo ubutumwa bw’uko umuntu ashora gukora amakosa atari ku bwe, ahubwo ari nk’inzoga zabimuteye. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Grace avuga ko ibyo yaririmbye mu ndirimbo atari inkuru mpamo yamubayeho we ubwe, ahubwo ko ari ubutumwa we […]
RDC: Hatangiye urubanza karundura rw’abantu barimo umudepite bashinjwa gufata ku ngufu abana barimo n’ab’amezi 8
Urubanza karundura rumaze igihe rutegerejwe rw’abantu 18 barimo umudepite bakekwaha ibyaha byo gufata ku ngufu abana b’abakobwa 46 bari hagati y’amaezi 8 n’imyaka 12, kuri uyu wa kane rwatangirijwe mu ruhame mu Ntaya ya kivu y’Amajyepfo, aho rwitezweho kurangiza umuco wo kudahana wakunze kuranga inkiko za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Igiturage cya Kavumu cyo […]
Somalia: Igisirikare cy’Amerika cyamennye urufaya rw’amasasu ku barwanyi ba Al Shabaab hapfa abatagira ingano
Igisirikare cya leta zunze ubumwe z’Amerika cyatangaje ko cyishe abarwanyi a Al Shabaab batagira ingano ku munsi w’ejo kuwa Kane tariki ya 9 Ugushyingo mu gihugu cya Somalia. Iki gitero cyagabwe kuri aba barwanyi ku munsi w’ejo kuwa Kane mu bilometero bisaga 160 uturutse mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadiscio kikaba cyari kiyobowe n’ingabo za […]
Dore ingaruka mbi zo gufuha benshi bafata nk’igitugu mu rukundo
Nta rurabo rukura rutuhiwe, Ndagukunda ijambo riba mu ndimi zose, yewe n’abafite ubumuga bwo kutavuga bazi kubivuga mu bimenyetso, bikaba agahebuzo iyo rikurikiwe no guhamagarana , guhana impano, amagambo yuje ubwuzu n’ibindi bikorwa byerekana ko umukunzi yitaweho. Bamwe bati ‘iyo bibaye byinshi biba bibi’, aho kuba umukunzi ukaba umurinzi, urihe? Uri kumwe nande? Impa uwo […]
Dore ibibazo bigutegereje niba ujya wikinisha ukeka ko ari byiza
Nkuko igitabo conseils sur la conduit sexuelle, kibivuga kwikinisha bitera ingaruka nyinshi zitandukanye, uyu munsi tukaba tugiye kubageza zimwe muri izo ngaruka z’ingenzi: Byangiza ubushobozi bwo kwifatira imyanzuro: Iyo umuntu amaze kubigira akamenyero hari ibintu bihinduka mu mitekerereze ye.Utungira kumva kumva ko utari umugabo cyangwa umugore wuzuye,ugatangira kwisuzugura, bamwe bagahita bahitamo kumva ko badashobora gushaka […]
Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se
Urukiko rwibanze rwa gisirikare rwavuze ko ntabubasha rufite bwo kuburanisha urubanza rwa Col. Abbas Kayonga na Lt. Col Rutabara Rushema Makangila wayobora polisi irinda abayobozi. Ubwo aba baregwa basaga 30 bitabaga ku nshuro ya 3, uru rukiko rwatangaje ko kuba Kayonga na Rushema bafite amapeti ari hejura ya Major ntabubasha bafite bwo kubaburanisha batangiriye mu […]
Abakirisitu bariye karungu nyuma y’uko Musenyeri wa bo afungishije abamwungirije 3
Abayoboke mu itorero rya Anglican riherereye mu gace ka Imo muri Nigeria bazindukiye ku rusengero rwa bo bashakisha umuyobozi w’urwo rusengero, Rt. Rev. C.B.N. Otti, ngo abasobanurire uburyo yafungishije ibyegera bye 3 byose. Ni nyuma y’iminsi micye uyu muyobozi mukuru w’uru rusengero asabye aba bakozi bari basanzwe bakorana kumwishyura ubwishyu ku macumbi y’urusengero bagiriyemo akaruhuko […]
Sibomana Abuba wavunitse akinira Rayon Sports, yatangiye imyitozo muri APR FC
Nyuma y’amezi 5 adakandagira mu kibuga, Abuba Sibomana yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya ‘APR FC’, intego azanye ngo ni iyo gutwara ibikombe. Abuba Sibomana ukina mu binyuma yugarira ku ruhande rw’ibumoso, yari amaze amezi atanu adakora ku mupira, ni nyuma y’imvune yagize ubwo yakiniraga ikipe ya Rayon Sports Fc, kuri ubu yatangiye imyitozo yoroshye […]
Uganda: Ese koko Christine Muhoza Mbabazi yaba afite aho ahuriye n’iyicwa rya AIGP Kaweesi?
Urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu (ISO) muri Uganda rufite umumotari rwafunze ushinja umukobwa wari inshuti ya IGP Andrew Kaweesi (Girlfriend) witwa Christine Muhoza Mbabazi, kuba ari we wateguye iyicwa rye afatanyije na bamwe mu bapolisi bakuru mu gipolisi cya Uganda nk’uko ngo amakuru agera ku kinyamakuru Spyreports cyo muri iki gihugu avuga. Amakuru yageraga […]
Rubavu: Abanyeshuli baribaza uburyo bazajya bagenda ibilometero 10 bajya mu bizamini bya Leta banashonje
Bamwe mu banyeshuri biga mu cyiciro rusange bo mu murenge wa Busasamana n’indi bituranye, mu karere ka Rubavu, bavuga ko bahangayikishijwe n’urugendo rurerure bazakora bajya gukora ibizamini bya Leta. Hamwe n’ababyeyi babo, bavuga ko byibura umwana azajya agenda ibilometero birenga 10, ava mu rugo mu gitondo, akanahataha nimugoroba, n’ejo bikaba uko. Ibi babona ari imbogamizi […]
Umugore yataye umwana we kubera uburwayi, abonye abagiraneza bamuvuza nyina agaruka amusaba imbabazi (Reba amafoto)
Umwana w’umuhungu witwa Kambou Sie ukomoka mu gihugu cya Cote d’Ivoire yafashwe n’uburwayi budasanzwe bwo kubyimb aisura bituma na nyina umubyara amwihakana ndetse aranamuta, nyuma abonye abagiraneza bamufasha aramugarukira. Uyu mwana w’umuhungu avuga ko ubu burwayi bwe bwo kuzana ibintu bias n’ibibyimba mu isura ku buryo itagaragara byatangiye gukaza umurego ubwo yari afite imyaka 10. […]
U Rwanda rwasinye amasezerano azatuma imiti ya cancer iboneka ku giciro kiri hasi
Minisiteri y’ubuzima yagiranye amasezerano n’umuryango wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, BioVentures for Global Health (BVGH), azatuma Abanyarwanda babasha kubona ubuvuzi bwa cancer mu buryo buboroheye. BVGH ni Umuryango w’Abanyamerika udaharanira inyungu ufite icyicaro muri Seattle I Washington DC, ukorana n’inzego za leta n’iz’abikorera mu guteza imbere ubushakashatsi mu by’ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya masezerano […]
Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura
Ni mu nkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru Daily Monitor cyandikirwa mu gihugu cya Uganda , aho Umukuru w’Igipolisi cya Uganda , Gen Kale Kayihura yihanukiriye akizeza abaturage ba Uganda ko nta kabuza igihugu cyabo mu gihe gito kizahinduka nk’ijuru ku bazaba bagituyemo. Ni amagambo uyu mujenerali yatangarije mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mu Ofisiye […]
Sudani y’Epfo: Gen Malong wahoze ari umugaba w’ingabo ari gushakisha ubuhungiro muri Uganda
Uwahoze ari umugaba w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Malong yatangaje ko ubuzima bwe budashobora kugira umutekano atabonye aho abuhungishiriza bityo akaba ashaka ubuhungiro muri leta ya Uganda. Mu ibaruwa yandikiye ibigo bitandukanye, Gen Paul Malong yavuze ko Juba yari ikwiye kumureka akishakira ubuhungiro aho ashaka yumva ashobora kugirira umutekano usesuye. Uyu musirikare yasabye ko yahabwa […]
Umubiligi Allain Billen abona Diane Rwigara na Ingabire Victoire mu ishusho ya Sekibi
Umwanditsi w’ umubiligi Allain Billen, ufite imyaka 64 y’ amavuko avuga ko umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu “Human Rights Watch” uharanira inyungu za politiki kurusha iz’ uburenganzira bwa muntu, agaruka ku kuntu ngo wibasira ibihugu bimwe birimo n’u Rwanda, ukagira ibyo uhora uhishira birimo n’u Bufaransa. Mu kiganiro yagiranye na RTBF (Radio Télévision Belge […]
Rugby: Ikipe ya Remera Buffaloes iritegura gukina n'iyo muri Uganda, mu gihe hakivugwa bomboribombori mu bayobozi
Iikipe yo mu Rwanda ya ya Remera Buffaloes iri kwitegura kwakira ikipe yo muri Uganda mu mukino wa Rugby, mu gihe hakivugwa kutavuga rumwe mu buyobozi bw’ikipe y’igihugu y’u Rwanda muri uyu mukino. Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru bwiza.com avuga ko mu byumweru bitarenze 2 gusa, ikipe yo mu gihugu cya Uganda nayo ikina umukino […]
Umushoferi na tandiboyi we b'Abanyarwanda bari batwaye lisansi bakoreye impanuka muri Uganda
Umushoferi ndetse n’umutandiboyi w’ikamyo b’Abanyarwanda bari mu ikamyo itwara lisansi yari iturutse Kisumu muri Kenya ijya mu Rwanda bakomerekeye bikomeye mu mpanuka ubwo iyi kamyo yabirandukiraga mu ishyamba rya Mabira. Iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane saa tatu ku muhanda Jinja-Kampala mu karere ka Buikwe nk’uko byemejwe na Hellen Butoto, umuvugizi […]
Mugabo/ dore uburyo bwihuse wakoresha kugirango unyaze neza umugore wawe
Abagabo benshi bahora bibaza uburyo bakoresha kugira ngo bashimishe abagore babo mu buriri ariko bikabagora , tugendeye ku bushakashatsi bunyuranye twabateguriye incamake y’ uburyo umugabo yakoresha umugore we akagera ku ndunduro y’ibyishimo akananyara neza kandi bitamugoye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abagore benshi bakunda kunyazwa kuko birabanyura, umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe […]
Burundi: Icyumweru cyiswe icy’amaraso, abantu 15 bakishwemo
Imirambo y’abantu 15 yagiye ibonwa mu bice bitandukanye by’u Burundi, muri bo harimo n’umwana w’imyaka 2 ndetse n’umukecuru w’imyaka 83 n’abandi b’ingeri zose. Abenshi bagiye babonwa hirya no hino aho biciwe ku misozi, abandi mu migezi no mu nzu babagamo. Umwe muri aba bantu akaba yarishwe n’Imbonerakure, zamukubise kugeza apfuye. Ku wa 30 Ukwakira 2017, […]
Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania
Ikibazo cy’amatungo nk’inka n’inkoko zambukiranya umupaka gikomeje guteza umwuka mubi mu mubano wa Tanzania na Kenya, aho perezida Magufuli yatangaje ko Tanzania atari ubutaka bwororerwaho amatungo yo mu bihugu by’abaturanyi. Umwuka utari mwiza hagati y’ibi bihugu byombi by’ibituranyi watangiye kugaragara mu kwezi gushize ubwo Tanzania yafataga inka 1,300 zo muri Kenya zari zambutse zigiye kurisha […]
Byinshi ku itsinda rya muzika ‘‘Princes du Nord’’ rimaze kwigarurira imitima ya benshi mu ntara y'Amajyaruguru
Princes du Nord, ni itsinda rya muzika rifite inkomoko mu ntara y’amajyaruguru rika bikorera no mu Burengerazuba. Rigizwe n’abasore 2 barimo Ishimwe Jede bita Prince OfPeace ndetse na mugenzi we Ndekezi Johnson Kaya rikaba rimaze igihe kingana n’umwaka n’igice rikora muzika. Mu gihe bamaze bashinze imizi, bitabiriye ibitaramo bitandukanye hano mu Rwanda ndetse no mu […]
Uganda irakekwaho kuba inyuma y’inkuru z’ibinyoma zikomeje gutangazwa kuri perezida Kagame
Nyuma y’iminsi mikeya havugwa umwuka utari mwiza hagati y’u Rwanda na Uganda, hakomeje kugaragara inkuru z’impimbano kuri perezida Kagame kugeza ubu hataramenyekana ikizihishe inyuma nk’aho nyuma y’aho ikinyamakuru New Vison cyo muri Uganda kibeshye ko perezida w’u Rwanda yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda I Dubai nyamara bitarabaye, mu ntangiriro z’iki cyumweru kuri rumwe […]
Umunyeshuri yivuganye mugenzi we kugira ngo ikigo gisubike ibizamini
Umwana w’umunyeshuri w’imyaka 16 mu gihugu cy’u Buhinde yivuganye mugenzi we w’imyaka 7 ubwo barimo bava ku ishuri, ibi akaba yabikoze mu rwego rwo kugira ngo ibizamini babisubike. Uyu mwana utatangajwe amazina ngo yishe mugenzi we arusha imyaka igera ku 9 witwa Pradyuman Thakur, amukanze ingoto aramuniga kugeza amumazemo umwuka, ipererza rikaba ryatangaje ko ngo […]
Tanzania: Abana 5 b’abanyeshuri bahitanwe na gerenade bakinishaga
Abana 5 b’abanyeshuri bishwe na gerenade bakinishaga bazi ko ari ikintu gisanzwe, abandi 23 bakomeretse barimo kwitabwaho n’abaganga. Gerenade yaturikanye aba bana ku wa Gatatu tariki ya 8 Ugushyingo 2017, nyuma yo kuyitoragura bakayikisha aho bari ku ishuri riherereye mu gace ka Ngara, kari mu Majyaruguru ya Tanzania. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi w’aka gace ibi byabereyemo, […]
Rusizi: Ubukene, imwe mu mpamvu zituma umubare w’abangavu baterwa inda wiyongera
Mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi hakomeje kugaragara abakobwa benshi batwara inda zitateganijwe, bamwe bakava mu mashuri kuyasubiramo bikagorana, abandi bakabera umutwaro ababyeyi babo kuko babasigira abo bana bakigendera. Abakobwa babyariye iwabo bakiri abangavu, bavuga ko ikibatera gutwara izo nda ahanini ari ubukene n’imibereho mibi mu miryango yabo ituma bashukwa n’uwo ari we […]
Burundi: Abacuruzi bagera ku 10 bo muri RDC batawe muri yombi mu buryo budasobanutse
Leta y’u Burundi yataye muri yombi abacuruzi bagera ku 10 bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, nyuma yo gufatanwa amatungo arimo inka n’ihene bayavana mu Burundi bayajyanye mu gihugu cya bo. Aba bacuruzi basanzwe bakorera ibikorwa bya bo by’ubucuruzi mu mujyi wa Gatumba mu Burundi byambukira muri Uvira muri RDC, bakaba barafashwe n’ikigo gushinzwe […]
Misiri: Perezida Kagame na Tony Elumelu nibo bazayobora YED mu Nama Nyafurika iruta izindi
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, akaba na chairman wa Smart Africa, ari kumwe na Tony Elumelu washinze $100 Entrepreneurship Programme, biteganyijwe ko ari bo bazayobora Umunsi wa ba Rwiyemezamirimo bakiri bato (Young Entrepreneurship Day) mu Nama Nyafurika ya 2017 (Africa 2017 Forum) izwi mu Cyongereza nka Africa Forum, iba igamije guteza imbere ubucuruzi n’ishoramari muri […]
Burundi: Imfungwa 2 zari zikurikiranweho kwica umupolisi zatorotse gereza
Tangishaka na mugenzi we Nijimbere bari bafunzwe bashinjwa kwica umupolisi, batorotse gereza ya Bubanza, ubu bakaba bashakishwa uruhindu. Aya makuru yemezwa n’umuvugizi wa Polisi, OP1 Pierre Nkurikiye, ko ahagana saa sita z’ijoro zo ku wa kabiri tariki ya 6 Ugushyingo 2017, aribwo aba bombi batorotse, ubwo imvura nyinshi yagwaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwirondoro wabo ni Tangishaka […]