Nyamagabe: Biravugwa ko Meya Mugisha Philbert yatawe muri yombi
Amakuru agera kuri Bwiza.com, avuga ko Meya w’akarere ka Nyamagabe, Mugisha Philbert yaba yatawe muri yombi na polisi. Meya Mugisha Philbert ngo yaba yatawe muri yombi hamwe n’uwahoze ari gitifu w’akarere Nshimiyimana weguye ku mirimo, abandi bayobozi mu karere bakaba bavuga ko batazi iby’aya makuru neza. Uyu ati “ndi mu zindi nama, ayo makuru ntayo […]
France: Ubutabera bwanze gukurikirana abari abayobozi b’ingabo ku ruhare bashinjwa muri jenoside
Nyuma y’imyaka 23 jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, ubutabera bw’u Bufaransa bwanze kumva abahoze ari abayobozi b’ingabo mu Bufaransa ku ruhare bashinjwa kugira mu bwicanyi bwabereye mu Bisesero, icyemezo cyahise gikuraho icyizere cya sosiyete sivile zasabaga ko aba bagezwa imbere y’ubutabera bakisobanura. Ibi bikaba bisobanuye ko Amiral (Rtd) Jacques Lanxande wari umugaba w’ingabo z’u […]
Uturere twa 'Kamonyi na Rubavu' tubonye abayobozi bashya
Uturere twa Rubavu na Kamonyi tumaze amezi asaga atatu tuyoborwa n’aba visi Meya bashinzwe ubukungu Magingo aya, amakuru Bwiza.com ifite ni uko Tuyizere Thadee (Kamonyi) na Murenzi Janvier (Rubavu) badahabwa amahirwe yo kugumana uwo mwanya bamazemo amezi asaga atatu. Mu matora arangiye mu kanya gashize, aba babiri ntibigeze baniyamamaza. Kayitesi Alice utorewe kuyobora Kamonyi ahise […]
Bangladesh: Abasilamu batwitse igiturage cyose kuko umuturage yatutse intumwa y’Imana Mohammed
Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Abasilamu basaga ibihumbi 20 bigaragambije batwikira abaturage bo mu gace gatuwe n’abahindu mu gihugu cya Bangladesh, ibi bikaba byaratewe n’uko umwe mu basore wo muri ako gace yashinjwaga kwandika ku mbuga nkoranyambaga amagambo asebya Intumwa y’Imana Mohammed. Ikinyamakuru metro kivuga ko inzu zigera kuri 30 zagiye hasi kubera kuzitwika, abazibagamo b’Abahindu […]
Guhera mu 2018 abaturage b’ibihugu byose bazaba bemerewe visa y’iminsi 30 bakigera mu Rwanda
Urwego rw’igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka ruratangaza ko nyuma y’icyemezo cy’inama y’abaminisitiri yo kuwa 08 Ugushyingo 2017 cyo kugena uburyo bushya bwo gusaba visa ku bifuza kwinjira mu Rwanda, ubu abaturage bo mu bihugu bya Afurika nka Benin, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo n’ibindi bemerewe guhabwa visa yo kumara iminsi 90 mu Rwanda nta kiguzi nk’uko […]
Perezida Museveni yiyemeje kwirukana abaganga bari mu myigaragambyo ashinja kumugambanira
Perezida Museveni yijeje kwirukana abaganga bose bihaye kugira uruhare mu myigaragambyo kuri ubu igeze mu cyumweru cya kabiri abaganga bo uri Uganda bahagaritse akazi basaba kongererwa umushahara. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye meeting yakoreye ahitwa Karambi mu Karere ka Kabarole kuri uyu wa Kane, itariki 16 Ugushyingo nyuma ya saa sita, perezida Museveni yavuze […]
Gasabo: Yahimbye umukino ukundwa na benshi none agiye gutegura amarushanwa yawo
Umuririmbyi w’ umunyarwanda, Dushimeyezu Jean Luc uzwi ku izina rya Enk Lukas Enk agiye kwerekana ku mugaragaro bwa mbere umukino yahimbye awita AnkDushimeyezu yatangiye adutangariza ko uyu mukino yatangiye kugira ibitekerezo byo kuwukora mu mwaka w’ 2014. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro na Bwiza.com ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 7 Ugushyingo 2017, […]
Perezida Kajulaid wa Estonia yakiriwe mu Rwanda aho akomereje uruzinduko agirira muri Afurika
Perezida wa Estonia, Kersti Kajulaid yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kane, itariki 16 Ugushyingo 2017, aho akomereje urugendo amaze iminsi atangije muri Afurika akaba yageze i Kigali akubutse mu gihugu cya Ethiopia. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali, perezida Kajulaid yakiriwe na Clare Akamanzi, Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Ingamba na Politiki (Policy & […]
Umukirisitu w’imyaka 14 yatwitswe n’abasore 2 b’abasilamu
Umwana w’imyaka 14 y’amavuko, witwa Nuaman yatwitswe n’abasore 2 bo mu idini ya Islam. Avuga ko babanje kumukubita nyuma bamumenaho lisansi ngo bamutwike arokoka atarashiramo umwuka. Uyu mwana yatabawe atarapfa ariko yahiye ku rugero abaganga bavuze ko ari urwa 55%. Uwo mwana yatangaje ko baje bamubaza aho asengera avuze ko ari umukirisitu batangira kumukubita. [xyz-ihs […]
Ubuhanuzi bwa TB Joshua ku ihirikwa rya Robert Mugabe ryatunguye benshi-Video
Nyuma ya 2014, ku itariki 5 Ugushyingo 2017, nibwo umuhanuzi ukomoka muri Nigeria , TB Joshua yongeye guhanura ko hazabaho Coup d’ Etat mu gihugu kimwe giherereye mu Majyepfo ya Afurika. Ibi yabitangaje mu Itorero ayobora ryitwa Synagogue Church of All Nations (Scoan ) ariko ntiyatunga agatoki icyo gihugu. Femi Fani-Kayode uyobora ishyaka rihanganye na […]
Abaperezida b’ ibihugu bya Afurika bifuza kurekura ingoma nk’ uko bazigezeho?
Benshi mu ba perezida bategeka ibihugu bya Afurika nyuma y’ ubwigenge bageze ku ngoma bakoreshe ingufu za gisirikare bifuza kurekura ubutegetsi ari uko barushijwe imbaraga. Mu myaka ishize hari umuntu wabajije Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni niba atekereza kuzava ku ngoma. Perezida Museveni yamusubije mu magambo macye ati” Nzavaho uko nagiyeho” aha yamuhaye urugero […]
Anne Kansiime yahishuye ko nta wundi mukunzi afite nyuma yo gutandukana n'umugabo
Umunyarwenya, Anne Kansiime ukomoka mu gihugu cya Uganda , nyuma yo gutandukana n’umugabo we, Gerald Ojok bari bamaranye hafi imyaka 5, yijeje abakunzi be ko ameze neza kandi aryohewe n’ubuzima ari kubamo wenyine. Atangaje ibi nyuma y’iminsi mike Anne Kansiime yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook ko yatandukanye n’umugabo we, Gerald Ojok bari bamaranye hafi […]
Ese koko haba hari imyiteguro yo guhirika Dr Riek Machar ku buyobozi bwa SPLA-IO?
Umutwe urwanya ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo, SPLA-IO, wamaganye amakuru uvuga ko ari impuha ari kuvuga ko abayobozi bakuru ba gisirikare b’uyu mutwe bari mu myiteguro yo guhirika Dr Riek Machar. Mu itangazo ryasohowe na chairman wa komite ishinzwe gutanga amakuru muri SPLA-IO, Mabior Garang de Mabior, yavuze ko ari poropaganda n’ibyifuzo bitifuriza ineza umutwe wabo. […]
Umukobwa twakundanaga namufashe asambana n’inshuti yanjye, uwa 2 yambeshyaga ko ari isugi kandi yaratandukanye n’undi mugabo-NKORE IKI?
Ndabasuhuje, ndagira ngo munsobanurire urukundo ni iki?, ese uko mbyibwira ni ko biri cyangwa naribeshye, nakoze uko nshoboye nshaka gukunda kandi ngo nkundwe biba iby’ubusa, ese urukundo rw’ubu, ikinyoma no guhemuka hari isano bifitanye? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ndi umusore ukuze, nakundanye n’inkumi zitandukanye nkaziha urukundo njye numva rukwiriye, yemwe bakambeshya ko banyurwa ariko itandukana ryacu ryaranzwe […]
Kaniga: Abagabo babyukira ku musururu abagore babo bavunwa n'imirimo
Abagore bo mu murenge wa Kaniga mu karere ka Gicumbi bavuga ko abagabo bo muri ako gace badakunda kwitabira imirimo y’urugo irimo ubuhinzi, bigatuma bakora bonyine, mu kubeshaho urugo ruba rukeneye amaboko y’impande zombi, bigatera ubukene mu muryango. Abagore bo muri uyu murenge bazindukira mu mirima, bagasiga bamwe mu bagabo babo mu buriri. Hari kandi […]
Nyuma y’abagore bakomeje kuvuga ko bahohotewe muri Hollywood, Terry Crews nawe yahishuye ko yahohotewe
Nyuma y’aho bamwe mu bagore bakina sinema muri Hollywood bakomeje gushyira ku karubanda aba producers n’aba Agents batandukanye babashinja kubafata ku ngufu n’irindi hohotera rishingiye ku gitsina, kuri ubu umukinnyi wa sinema w’umugabo, Terry Crews, ugaragara muri filimi y’uruhererekane, The Expendables, nawe bwa mbere yashyize mu majwi umu-Agents wo muri Hollywood wamukoze ku myanya ye […]
Kwita Perezida Joseph Kabila umunyarwanda byaba bihatse iki?
Abanye-Congo bashimangira Ubunyarwanda bwa Perezida Joseph Kabila, ni abahezanguni bashaka kwerekana ko ari we nyirabayazana w’ ibibazo igihugu gifite kuko nta kimenyetso gifatika berekana mu gihe se umubyara azwi kandi akaba yaramwemeye Imbere y’ amategeko. Uyu mu Perezida si we wa mbere wiswe umunyamahanga kuko na Ali Bongo yagiye avugwaho kutaba umwana wa Omar Bongo, […]
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu muri Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro nawe yeguye
Nyuma y’aho mu minsi ishize uwari Umushinjacyaha Mukuru wa repubulika muri Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro, Abdallah Akishuli, yitandukanyirije na yo, kuri uyu wa gatatu, itariki 15 Ugushyingo 2017, Daniel Nduwimana, wari minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu muri iyi guverinoma nawe yitandukanyije na yo. Mu minsi ishize kuwa 14 Ugushyingo 2017 nibwo twari twabagejejeho inkuru yavugaga […]
Ese Etienne Tshisekedi yaba yarazize umuvumo wo kwicisha intwari Patrice Lumumba?
Amakuru avuga ko Emmery Patrice Lumumba yagambaniwe na Tshisekedi yatangiye kuvugwa ubwo Leta ya Congo-Kinshasa yari yemeje ko umurambo we [Tshisekedi] uzashyingurwa mu irimbi rusange rya Gombe i Kinshasa, bikaza gutera impaka zidasanzwe hagati y’ishyaka PPRD rya Joseph Kabila na UDPS rya Tshisekedi. Abakambwe bazi neza amateka ya politiki yo muri Congo-Kinshasa kuva yabona ubwigenge […]
Perezida mushya wa Angola yirukanye ku kazi umukobwa wa perezida Dos Santos
Perezida mushya wa Angola, Joao Lourenco kuri uyu wa gatatu yirukanye ku kazi umukobwa wa perezida Dos Santos, Isabel Dos santos, wari ukuriye ikigo cya leta gishinzwe ubucukuzi bwa peteroli, Sonangol, nk’uko byemejwe mu itangazo ryaturutse muri perezidansi y’iki gihugu. Ubwo Isabel Dos Santos yagenwaga ngo ayobore iki kigo mu mwaka ushize byateje impaka bifatwa […]
Nyamasheke: Akarere n’abaturage ntibavuga rumwe ku gasanteri ka Mugonero gashaka gusenya
Abacururiza mu gasanteri k’ubucuruzi ka Mugonero gaherereye mu kagari ka Kigarama, umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke, ntibemeranywa n’ubuyobozi bw’akarere buvuga ko bugiye kugasenya bukabimura, aho bazimurirwa ntibahazi mu gihe akarere ko karangije gufata icyemezo batabiganiriyeho nk’abagenerwabikorwa. Akarere ntikerura ngo kavuga niba kazishyura abaturage bazimurwa muri aka gasanteri, gashimangira ko kamaze imyaka 60 kubatse […]
Uganda: Urukiko rwanze ko perezida Omar Bashir ushakishwa na ICC atabwa muri yombi
Umucamanza Moses Mukiibi wo mu cyumba cy’Urukiko Rukuru rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga yateye utwatsi icyifuzo cyo guta muri yombi perezida wa Sudani, Omar Al Bashir wageze muri Uganda muri iki cyumweru mu ruzinduko rw’akazi. Umucamanza Mukiibi akaba yateye utwatsi icyifuzo cya sosiyete sivile yo muri Uganda yitwa Uganda Victims Association, mu busabe bwari bwatanzwe n’umwunganizi […]
Rwamagana: Umupfakazi umaze imyaka 14 atotezwa, ashinja inzego z’ibanze kumusiragiza
Mukarugema Violette utuye mu mudugudu wa Nyakabande, akagari ka Bwiza mu murenge wa Kigabiro, akomeje gutakamba asaba ubuyobozi kumutabara kubera itotezwa acyeka ko uriri inyuma ari umugabo wabo, inzego z’ibanze agezaho ikibazo cye ngo ziramusiragiza. Uwo Viollette akeka ko ari inyuma y’itotezwa akorerwa ni umugabo wabo [uva inda imwe n’umugabo we] Nkurikiyumwami Wellars, amuziza imitungo […]
Koreya: Umuhanzi Jean Paul Samputu yataramiye imbaga anayisangiza ubunararibonye bwe
Umuhanzi Jean Paul Samputu yasoje urugendo rwe muri Koreya y’ Amajyepfo nyuma yo gutaramira no gutanga ubutumwa ku biganiro bifite insanganyamatsiko zigira ziti ‘Jenoside ntikabeho ukundi !Intambara ntikabeho’, “Kuva mu kubabarira no kogera kurema ubumuntu”. Usibye indirimbo zikangurira abantu gukundana no kubana amahoro, Samputu yatanze ibiganiro bikubiye mu nyandiko yise “I see myself in the […]
Ku nshuro ya mbere, Perezida Kagame azatanga Impeta y’Ishimwe yiswe “Igihango”, Impeta y’Ishimwe y’Ubucuti
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 18 Ugushyingo 2017, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azaha “Igihango”, Impeta y’Ishimwe y’Ubucuti, abantu icyenda kubera ibikorwa by’ikirenga bakoreye igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Avuga kuri uyu muhango, Minisitiri w’Umuco na Siporo Julienne Uwacu yagize ati: “Igihango ni Impeta y’Ishimwe ihabwa abantu, itsinda ry’abantu cyangwa imiryango yakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu gutsura […]
Dr. Olivia Rutazibwa asanga ubukoloni bugomba gucika burundu
Umunyarwandakazi, Dr.Olivia Rutazibwa usanzwe ari inzobere muri politiki ndetse anakora ubushakashatsi, asanga ubukoloni bugomba gucika burundu kuko bukiri bwose ariko cyane cyane mu mitwe y’ abantu. Mu kiganiro aherutse kugirana n’ikinyamakuru Lepoint ubwo yari i Dakar muri Senegal mu ntangiriro z’ Ugushyingo 2017, Dr Rutazibwa yagize ati “Nifuza kurenga ishusho nyayo y’ ubukoloni budashingiye ku […]
Tanzania: Uzatuma umuyobozi mu biro bishinzwe kurwanya ruswa wacitse afatwa azahabwa 4,500$
Igihugu cya Tanzania kuri uyu wa kabiri cyashyiriyeho miliyoni 10 z’Amashilingi (4,500$) umuntu wese uzatuma uwari umucungamutungo mukuru w’ibiro bishinzwe kurwanya ruswa atabwa muri yombi. Kuva perezida Magufuli yajya ku butegetsi muri iki gihugu mu Ugushyingo 2015, yatangije urugamba rwo ku rwego rwo hejuru rwo kurwanya ruswa biviramo abayobozi batari bacye kubura akazi kabo. [xyz-ihs […]
Umuhanzi Hellen Lukoma mu bibazo byinshi nyuma yo kubura telephone ye
Umuririmbyi, ndetse akaba n’umukinnyi wa filimi, Hellen Lukoma, wo mu gihugu cya Uganda, arahangayitse bikomeye nyuma yo guterwa ubwoba n’umuntu ataramenya uri kumukangisha gushyira amafoto ye ku karubanda yambaye ubusa. Urubuga rwa bigeye.ug dukesha iyi nkuru ruravuga ko rufite amakuru y’uko uwo muntu arimo gusaba uyu muhanzikazi akayabo k’amafaranga kugirango ayo mafoto adashyirwa hanze. Bikaba […]
Zimbabwe: Perezida Mugabe afungiye mu ngoro ye, umugore we ari mu maboko y’ igisirikare
Perezida wa Afuriki y’ Epfo, Jacob Zuma yatangaje ko yaganiriye na mugezi we Robert Mugabe amubwira ko adashobora gusohoka mu ngoro ye ariko ko ubuzima bwe bumeze neza. Nk’ uko BBC ibitangaza, hari amakuru ahwihwiswa ko Robert Mugabe ashobora guhita asimburwa na Emmerson Mnangagwa wahoze ari visi perezida we akaza kwirukanwa na Grace Mugabe, bivugwa […]
Umugore wanjye yabyaye abakobwa 3, nshaka agahungu, numva bavuga ko hari uburyo bakoramo imibonano bigakunda, ese ni ubuhe?
Nitwa Mugemana, mfite umugore n’abana 3 b’abakobwa, umukuru afite imyaka 11, umuto afite 3 ariko ndumva nshaka y’uko twabona n’akana k’agahungu. Ntavuze menshi rero, hari igihe mba ndi mu bandi bagabo, nkumva bavuga ko igitsina cy’umwana gitangwa n’umugabo bitewe n’uburyo, amasaha,… yakoreyeho imibonano mpuzabitsina. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abo mbajije bose bambwira ko nta bumenyi babifiteho, dore […]
USA: Umukobwa w’imyaka 26 yemereye urukiko ko yasambanaga na nyina ndetse bashyingiranwe
Urukiko rwo muri Leta ya Oklahoma muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse umugore w’imyaka 26 witwa Misty Velvet Dawn Spann, gushaka abajyanama mu by’ihungabana nyuma yo kwemera ko akorana imibonano mpuzabitsina na nyina ndetse benda gushyingiranwa nk’uko inyandiko z’urukiko zikomeza zibyemeza. Nyina w’uyu mugore witwa Patricia Ann Spann w’imyaka 44 y’amavuko, nawe yashinjijwe icyaha […]
Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato
Uwimana Gemima utuye mu kagari ka Kibogora, umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, arangije icyiciro cya mbere cya kaminuza, akavuga ko ababara cyane iyo abonye abakiri bato bakinisha ishuri. Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo yari amaze gufata impamyabumenyi ye y’ikiciro cya kabiri (A0) cya kaminuza mu bijyanye no kwigisha icyongereza n’ igifaranga, yatangaje ko […]
Goma: Abashinzwe umutekano bakomeje guhangana n’ abifuza kwigaragambya
Nyuma y’ urusaku rw’ amasasu rwumvikanye mu duce tw’umujyi wa Goma mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Ugushyingo 2017, abapolisi n’ ingabo bahise bacunga ahantu hose batekerezaga ko hashobora kubera imyigaragambyo. Urubyiruko rutuye mu duce twa Majengo, Keshero ndetse na Himbi rwagerageje kuzitira imihanda ihuza utu duce n’ utundi two mu […]
Umukino wa Rayon Sports na Police Fc usubitswe n’urupfu rwa Ndikumana Hamad Katauti
Umukino w’ikipe ya Rayon Sports na Police FC wari utegerejwe kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Ugushyingo 2017, usubitswe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) kubera urupfu rw’umutoza Katauti. FERWAFA ifashe iki cyemezo nyuma y’ubusabe bwa Rayon Sports yasabaga ko uyu mukino wasubikwa bitewe n’inkuru y’urupfu rw’ uwari umutoza wungirije wayo, Ndikumana Hamad Katauti, […]
Byinshi utamenye ku buzima bwa gisore bwa Senateri Tito Rutaremara n'uko afite umwana asigaye arera
Ku myaka agezemo, Senateri Tito Rutaremara, ngo kureba filimi z’uruhererekane ni kimwe mu bimugabanyiriza stress, naho ngo ku kijyanye n’umuziki, akunda bikabije injyana ya Reggae ndetse na Rock & Roll. Ibi Senateri Rutaremara yabitangarije mu kiganiro kirekire cyihariye yagiranye n’abanyamakuru ba KTPress, Dan Ngabonziza na Gentil Gedeon. Sen. Tito Rutaremera yavuze ko izi filimi z’uruhererekane […]
Haranugwanugwa ihirikwa ry'ubutegetsi bwa Perezida Robert Mugabe
Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Zimbabwe, i Harare yemeza ko Radio na Televiziyo by’igihugu byamaze kwigarurirwa n’abasirikare. Urusaku rw’amasasu ni rwose i Harare, abasirikare benshi n’ibimodoka by’intambara byamaze kwisuka mu murwa mukuru nk’ uko VOA yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Ugushyingo 2017. Ibi ni nyuma y’ aho ingabo […]
Uganda: AIGP Kasingye wari wasimbuye AIGP Kaweesi yasimbujwe
Umukuru w’igipolisi cya Uganda, IGP Gen. Kale Kayihura yagennye SSP Emilian Kayima nk’umuvugizi mushya w’igipolisi, aho amusimbuje AIGP Asan Kasingye wari wasimbuye AIGP Andrew Kaweesi nyuma yo kwicwa muri Werurwe 2017. Abayobozi b’igipolisi cya Uganda baravuga ko AIGP Kasingye, wari usanzwe anakomatanya akazi k’ubuvugizi no kuba komiseri ushinzwe ibijyanye na politiki y’igihugu mu gipolisi, agiye […]
Nyamagabe: Ikimenyane, amatiku na duhishirane muri gahunda ya Girinka
Gahunda ya Girinka imaze gufungisha abakozi barenga batanu, hari abahabwa inka zirenze imwe, hari abishyuzwa izo batafashe, hari iziturwa zikagurishwa, ibikumba byaburiwe irengero, inka zagenewe abarokotse jenoside zihabwa abatari bo. Ubu noneho haravugwa umugore usabwa kwitura ntabyemere, ngo yasinyishijwe ku ngufu avuga ko azitura, inama y’abaturage yanzura ko azitura abishatse. Muri Nzeri 2016, abakozi bane […]
Iburasirazuba: Mu igenamigambi rya 2018-2019 abayobozi barasabwa kwibanda ku mishinga ihindura ubuzima bw’abaturage
Abayobozi mu nzego zitandukanye mu Ntara y’Iburasirazuba barasabwa gutekereza ku buryo igenamigambi ry’ibikorwa by’Uturere by’umwaka wa 2018-2019 rishingira ku mishinga minini hakitabwa ku bikorwa bizana impinduka ku buzima bw’Abaturage n’iterambere ry’Akarere n’Intara muri rusange. Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Bwana Mufulukye Fred yabisabye abayobozi batandukanye bitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku igenamigambi ry’Uturere ry’ibikorwa by’umwaka wa 2018-2019 yabaye ku […]
Perezida Nkurunziza yahumurije Abarundi anabasaba kujya biyiriza buri wa Kane
Mu ijambo ry’ ihumure ryatanzwe na Perezida w’ u Burundi, Pierre Nkurunziza kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2017, yabwiye Abarundi ko intambwe bamaze gutera ari Imana yabikoze ndetse anabashishikariza kuzajya biyiriza buri wa Kane kugirango babone ukuboko kw’ Imana.  Ibi Nkurunziza yabitangaje ubwo yatumiraga abagize Inteko Nshingamategeko umutwe w’ Abadepite n’ […]
Igipolisi cya Uganda kiramagana raporo yagishyize mu myanya 5 ya nyuma ku Isi
Igipolisi cya Uganda cyamaganiye kure raporo iherutse kugishyira muri bitanu bya nyuma ku Isi kubera imikorere yacyo. Ni mu gihe Igipolisi cy’u Rwanda ari cyo cya kabiri gikora neza muri Afurika muri iyi raporo. Iyi raporo iherutse gusohorwa na International Science Association ku bufatanye na World Internal Security and Police Index (WISP) ndetse na Institute […]
Rusizi: Umwongereza Wood ahamya ko ari Perezida Kagame watumye ashora imari mu Rwanda
Umushoramari w’umwongereza, Sir Ian Wood washoye imari mu ruganda rw’icyayi rwa Shagasha mu karere ka Rusizi, avuga ko kimwe mu byatumye ashora imari itubutse mu Rwanda ari ibiganiro yagiranye na perezida Kagame akamubonamo umugabo w’ijambo n’imiyoborere ifite icyerekezo. Ibi ni bimwe mu byo uyu mugabo yavuze ubwo abahinzi b’icyayi barenga 4800 bibumbiye muri koperative 2 […]
Burundi: Opozisiyo yihanije Perezida Museveni na Magufuli bashyigikiye u Burundi ku kibazo cya CPI
Abatavuga rumwe na leta y’u Burundi baherutse kwandikira perezida wa Uganda, Yoweli museveni ndetse na mugenzi we wa Tanzania, Dr Pombe Magufuli baherutse kugaragaza uruhande bahagazemo mu bijyanye n’icyemezo cy’u Burundi cyo kwigaragambya ku rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) rwatangaje ko rugiye gukora iperereza ku bwicanyi bwabayeyo guhera mu myaka 2 ishize. Kuwa Kane w’icyumweru cyashize, […]
RSSB mu nzira zo gukemura burundu ikibazo cy’abatondaga imirongo basinyisha Mituweli
Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize mu Rwanda RSSB mu magambo ahinnye y’icyongereza, ishami rishinzwe gucunga gahunda z’Ubwisungane mu kwivuza “Mitweli”, muri iki cyumweru gishize cyasobanuriye ikinyamakuru Bwiza.com uko gahunda za Mitweli umwaka wa 2017-2018 zifashe kugeza magingo aya, gisobanura ko ikibazo cy’abatondaga imirongo cyangwa bakamara igihe biruka kuri mituweli kigiye gukemuka burundu. Kimwe mu bintu bishishikaje iki […]
Abacururiza mu isoko rishaje rya Gisenyi bakomeje gutaka ibihombo bari guterwa n’imvura
Abacururiza mu isoko rishaje rya Gisenyi baratakamba kubera ibicuruzwa byabo binyagirwa bigatuma byangirika bakavuga ko bababazwa no kuba isoko rishya ryari ryitezweho gutanga igisubizo cy’ibi bibazo byabo ryatinze kuzura. Umwe mu bacururiza muri iri soko aragira ati: “T urazambijwe rwose n’imvura…ndahomba cyane..buno hano tuhafite igihombo, impamvu twicara hano ni ukwanga kwirirwa mu rugo. Tuba turi […]
Hatangijwe ubukangurambaga mu gihugu hose bwo kurwanya indwara ya Diyabeti
Ku wa 14 Ugushyingo, ni umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara ya Diyabeti, mu rugamba rwo kuyihashya mu Rwanda, hateganyijwe gahunda y’ubukangurambaga mu gihugu hose. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’abarwayi ba Diyabeti mu Rwanda, Gishoma Justin, avuga ko mu rwego rw’ igihugu uyu munsi wabereye mu Ntara y’ Amajyaruguru, Akarere ka Gakenke , Umurenge […]
Bwa mbere mu myaka 60 ishize u Butaliyani ntibuzagaragara mu Gikombe cy’Isi cya 2018
Nyuma yo kwegukana ibikombe 4 by’ Isi bya ruhago , Ikipe y’ igihugu y’ u Butaliyani yabuze amahirwe yo kuzitabira imikino yo guhatanira Igikombe cy’ Isi kizabera I Moscow mu Burusiya mu mwaka w’ I 2018. Uyu mukino wahuje Sweden n’ U Butaliyani amakipe yombi akanganya ibitego 0-0 wabanjirijwe n’umukino ikipe ya Sweden yari yatsinze […]
Ku Isi, ubishaka n’ utabishaka bari mu ntambara y’ umwuka -Pst James Muyango
Agendeye ku isesengurwa n’ ubucukumbuzi bw’ ijambo ry’ Imana nk’ uko Pawulo yandikiye Abafeso, Senior Pastor wa Potter’s Hand Church, James Muyango asanga ku Isi, umuntu wese ubishaka kimwe n’ utabishaka bari mu ntambara y’umwuka. Mu rwego rwo kurushaho gutanga ubusobanuro, Pst. Muyango yagize ati”Ukuri ku ntambara y’ umwuka ni uko ihari ariko iyo umuntu […]
Umwe mu bari bakomeye muri guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro yitandukanyije na yo
Bwana Abdallah Akishuli, wari Umushinjacyaha Mukuru muri Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro, yitandukanyije na yo nk’uko ubutumwa yacishije ku rukuta rwe rwa facebook buvuga. Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro yashinzwe kuwa 20 Gashyantare 2017 ishingirwa mu gihugu cy’u Bufaransa maze Padiri Nahimana Thomas aba ari we ugirwa perezida, naho Abdallah Akishuri agirwa Minisitiri […]
Abakobwa 2 bateje mu cyamunara ubusugi bwabo ku bihumbi 50 by’amadorali
Nk’uko bisanzwe bikorwa ku bicuruzwa, amatungo, inyubako n’indi mitungo aho usanga abateza icyamunara bashyiraho igiciro ku bafite amikoro ngo bihahire, abakobwa 2 bo mu Budage nabo batangaje ko bashyize hanze ubusugi bwabo ngo ababukeneye bihahire. Aba bana b’abakobwa barimo Lola w’imyaka 18 y’amavuko ndetse na mugenzi we Monica w’imyaka 20, bavuze ko amafaranga bashaka macye […]
Iyo nganira n’umusore n'ubwo haba ari kuri telefone, mba numva nshaka kwinyarira, naketse ko ari uburwayi- NKORE IKI?
Imyaka yanjye ni 26, ndi umukobwa uringaniye w’ibiro 58, ukundwa kandi unakunda, nubwo ngisha inama ariko mumbabarire ku mazina yanjye naho ntuye kuko sinifuza kubitangaza. Imyaka maze kuri iyi si, nta ngeso z’ubukubaganyi nagiye ngira wenda ngo mbe naryamana n’abasore cyangwa ngo ngire byinshi by’uburara nganira n’abandi bakobwa. Ariko ikibazo cyambayeho kirampangayikishije, hashize imyaka igera […]
Yabeshye ababyeyi be ko yashimuswe kugirango abakuremo akayabo ntibyamuhira
Igipolisi cya Uganda muri Kabale cyataye muri yombi umusore w’imyaka 26 wigize nk’uwashimuswe kugirango abone uko akura amafaranga ku babyeyi be. Uyu musore w’imyaka 26 witwa Victor Twinamatsiko utuye mu Kagari ka Katoma, muri paruwasi ya Mwendo ho mu Karere ka Kabale, bivugwa ko yabeshye ababyeyi be ko yashimuswe yarangiza akawusaba miliyoni 4 z’amashilingi kugirango […]
Umuhanzi Sheebah Karungi yarokotse igico cy’amabandi
Umuhanzikazi muri Uganda Sheebah Karungi aherutse kurokoka ubwo yari yatezwe igico n’amabandi yiganjemo abasinzi mu gace ka Mbale. Mu mpera z’icyumweru gishize, ni bwo uyu muhanzikazi yari yateguye igitaramo yari yakoranye n’uwitwa Rema, mu busitani bwitwa Thatch Gardens (Hi5), aho hari itsinda ry’abanyanzoga ryari ritegereje ko amasaha yisunika bukira bagakora ibyo bari bamugambiriyeho byo kumugirira […]
Dore uburyo wamenya umugore uryoshya imibonano mpuzabitsina kuburyo budasanzwe
Nkuko abantu twese tudahuje imico ndetse n’imitere y’umubiri ninako burya n’imyitwarire yacu mu gihe cyo kubaka urugo (gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye) iba itandukanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyo abashakanye buzuzanya mu gihe cyo gutera akabariro usanga urwo rugo ruhora rutuje mbese nta makimbirane aturuka mu byabereye ahiherereye arangwa muri urwo rugo, n’iyo mpamvu rero uyu munsi […]
Zimbabwe: Igisirikare gihangayikishijwe n’umwuka mubi uri mu ishyaka rya Perezida Mugabe
Mu gihe havugwa urwicyekwe mu ishyaka ZANU-PF riri ku butegetsi muri Zimbabwe na Perezida Mugabe abarizwamo, umwe mu bayobozi bakomeye mu gisirikare yatangaje ko umwiryane nukomezamo, kizabyinjiramo. Umugaba mukuru w’ingabo, General Constantino Chiwenga, ni we watanze ubu butumwa ko intambara nirota hagati muri iri shyaka bitazabuza abasirikare ba Leta kuyinjiramo, anasaba ko umwuka mubi uririmo […]
Min. Kaboneka asanga igifungo cya burundu ari cyo cyaca ibiyobyabwenge
Minisitiri w’ Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis yasabye Inteko Nshingamategeko kwiga ku itegeko rizajya rihanisha igifungo cya burundu abafatiwe mu bucuruzi bw’ ibiyobyabwenge. Min.Kaboneka yatangaje ko kugirango ibi bikorwa birandurwe ari uko Inteko yakwihutisha kwiga ku mushinga wo guhana by’ intangarugero abacuruza ibiyobyabwenge ndetse n’ abacuraza abantu babacishije ku mipaka mu buryo bufifitse. Ibi kandi ngo […]
Uganda: Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yasabye guta muri yombi perezida Bashir
Guhera ku munsi w’ejo tariki ya 14 Ugushyingo, perezida wa Sudani, Al Bashir ari muri Uganda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Ni mu gihe imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri Uganda yo yasabye ko uyu mukuru w’igihugu yatabwa muri yombi kubera ibyaha akurikiranyweho n’urukiko mpuzamahanga rwa ICC, ariko guverinoma ya Uganda aho kubikora ahubwo igakaza umutekano […]
Abanyafurika nibo bakwiye kumenya ibibazo byabo bakagira n’uruhare mu kubyikemurira – Kagame
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame asanga Afurika nikomeza gutegereza ko abanyamahanga ari bo bazajya basobanura ibibazo ifite akaba ari nabo batera intambwe ya mbere mu kubishakira ibisubizo, Abanyafurika ari bo bakwiye kwirengera ingaruka zabyo. Ibi perezida Kagame akaba yabivugiye mu nama mpuzamahanga ku mahoro n’umutekano muri Afurika yaberaga I Dakar muri Senegal, aho yatangaje mu […]
U Rwanda rugiye kujya rubyaza umusaruro ingufu za nucleaire
U Rwanda rwatangiye kwitegura gukoresha ingufu za Nucleaire cyangwa imirasire yangiza, mu buryo buteye imbere kugira ngo zirusheho kugira uruhare mu iteremabere ry’ igihugu. Minisitere y’ ibikorwaremezo ivuga ko iyi mirasire yakoreshwaga mu buvuzi gusa. Ariko ngo u Rwanda rurifuza kuyikoresha no zindi nzego zirimo amashanyarazi, n’ubuhinzi. Minisitere y’ ibikorwa remezo ntigaragaza ikigero cy’ ingufu […]
Opinion: Amayeri y’u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I
Perezida Francois Mitterand yapfanye agahinda ko kubona uwo yitaga umwana we [Habyarimana JuvĂ©nal] ahanurwa mu ndege ariko n’ imfubyi yasize zikamburwa igihugu. Ibyo byatumye uyu mukambwe, Mitterand asiga apanze urugamba rwa politiki rukomeye ku buryo imfubyi za Habyarimana zazongera kwigarurira igihugu zambuwe nk’ uko Mitterand yavugaga ko FPR/Inkontanyi yabaciye mu rihumye… U Bufaransa bwakoresheje Tanzania […]