Perezida Museveni avuga ko nta kibazo gihari ku kuba atacuruza nâu Rwanda
Perezida Museveni wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni atangaza ko kuba igihugu cye kitacuruza nâu Rwanda nta kibazo abibonamo bitewe nâuko hari andi masoko mu bindi bihugu byâibituranyi nka Kenya na Ethiopia. Muri iki cyumweru, Min. wâUbubanyi nâAmahanga wa Uganda, Sam Kahamba Kutesa yatangaje ko u Rwanda rwakumiriye ibicuruzwa bya Uganda. U Rwanda rwatangaje ko ibyavuzwe […]
U Burundi bwavuye ku izima bugiye gucyura abasirikare babwo 600 bari muri Somali
Leta yâu Burundi itangaza ko igiye kuvana abasirikare bayo 600 muri Somalia aho bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri iki gihugu. Nkâuko byatangajwe nâumuvugizi wâIngabo zâu Burundi, Col. Biyereke Floribert, avuga ko Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wari wasabye u Burundi kuvana abasirikare babwo 1000 muri Somalia. Nyuma yo kuvanayo 400, ko 600 basigayeyo […]
Leta ya Trump yizeje Tshisedeki imikoranire myiza
Umunyamabanga  wungirije wa Leta ya Amerika ushinzwe Afurika, Tibor Nagy, yagiriye uruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, agirana ibiganiro nâabayobozi batandukanye, abizeza ko Amerika izakomeza kugirana umubano mwiza nâubuyobozi bushya bwâiki gihugu. Nkâuko RFI ibitangaza, ngo muri uru ruzinduko rwe rwâakazi muri Congo, Tibor Nagy yaganiriye na Perezida Felix Tshisekedi ashima bimwe mu bikorwa bye […]
Kampala: Kompanyi ijyana abagenzi mu Rwanda irataka igihombo cyâumurengera
Kompanyi isanzwe itwara abagenzi bava muri Uganda bajya mu Rwanda, Trinity Bus itangaza ko ikomeje guhura nâigihombo bitewe nâibibazo byâihararara ryâurujya nâuruza hagati yâu Rwanda na Uganda. Kuva havuka ibibazo hagati yâu Rwanda na Uganda mu mpera zâukwezi kwa Gashyantare 2019, habayeho ibihombo ku bikorwa by’ubucuruzi bitandukanye. Muri ibi byâumwihariko urujya nâuruza rwâabantu ku mpande […]
Loni ihangayikishijwe nâumuco wo kudahana wimirijwe imbere na Leta yâu Burundi
Umuryango wâAbibumbye utangaza ko kudahana bigiteye ikibazo mu Burundi, cyane cyane muri iki gihe bari mu bikorwa byo kwitegura amatora yâumukuru wâIgihugu, ubu ngo bakaba barimo kwaka abaturage amafaranga ku ngufu yo kuzifashisha muri iki gikorwa. Agashami ka Loni gashinzwe uburenganzira bwâIkiremwamuntu, mu iperereza kakoze, gatangaza ko ayo mafaranga yakwa abaturage ku gahato ndetse ko […]
Uganda: Abanyeshuri bâAbanyarwanda baheze mu gihirahiro nyuma yuko ishuri rya Kigezi rifunzwe
Nyuma yuko ikigo cyâamashuri cya Kigezi ( Kigezi High School) muri Uganda gifunzwe, abanyeshuri bâabanyarwanda bakomeje guhura nâibibazo bitandukanye. Kuri uyu wa gatanu, ikigo cyâishuri cya Kigezi cyafunzwe kugeza mu gihe kitazwi. Ibi byatewe nuko abanyeshuri bâiki kigo bashakaga gukora imyigaragambyo nyuma yuko bangiwe kwitabira amarushanwa yâigikombe cya Coca-cola mu mupira wâamaguru. Mu gihe abandi […]
Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida wâinteko impamvu yatumye umudepite we yegura!
Iki kibazo nagombye kukibaza nyirubwite, perezida wâInteko cyangwa umunyamabanga wayo. Ariko dore ko nigenje, keretse mbajije icyo nzi nka mwalimu cyangwa nkabaza amenyo yâinkoko kandi ndeba umunwa wayo. Ariko kuko nkunda kubaza kandi mbariza abantumye, nagiiiize ntya nongera gukubitamo ya kositimu yanjye yera mumaze kumenyera muhora mumpera amanota kubera kurimba kwanjye byo guhera kera, negura […]
Rich Mavoko yaciye igikuba ubwo yatangazaga ko umunsi we wa nyuma ugeze.
Icyamamare mu muziki muri Tanzania na Afurika y’iburasirazuba, Richard Mavoko yatangaje ko umunsi we wa nyuma w’ubuzima ugeze. Ubu ni ubutumwa yacishije ku rubuga rwa Instagram ku munsi w’ejo, tariki ya 14 Werurwe. Abakunzi be n’abamukurikira ntibishimiye ubu butumwa. Abandi batekereje ko uyu muhanzi ari mu bihe bikomeye byatumye yandika ubu butumwa. Batangiye kumugira inama […]
Abanyapolitiki ntibagomba kwishisha ababasaba amakuru- Gasamagera Wellars
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo  cy’Igihugu cy’amahugurwa mu by’imicungire y’abakozi n’umutungo (RMI), Gasamagera Wellars avuga ko abanyapolitiki badakwiye kwishisha abanyamakuru mu gihe babaka amakuru, ariko nabo ngo bakagombye gusaba amakuru yâukuri. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Werurwe 2019, mu nama nyunguranabitekerezo ku mikoranire n’imibanire hagati y’Abanyamakuru n’Abanyapolitiki. Ashimangira ko abanyamakuru bafite uruhare […]
U Burundi bwagaragaje ko budateganya gukomorera VOA na BBC vuba
Perezida wâInama yâIgihugu yâItumanaho (CNC) ari nayo ishinzwe itangazamakuru mu Burundi, yatangaje ko radio mpuzamahanga ebyiri, VOA na BBC zahagaritswe muri iki gihugu zizakomeza gukumirwa. Bwana Nestor Bankumukunzi arashinja aya maradiyo kuba ari yo yarushijeho gukomeza dosiye ziyareba kubwâibyo zikaba zizakomeza kubuzwa kumvikana mu Burundi. Mu kiganiro yatanze kuri uyu wa Gatanu, itariki 15 Werurwe […]
U Rwanda rwamaganye igitero cy'iterabwoba cyibasiye New Zealand
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Dr Richard yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu gitero cyâiterabwoba cyabaye mu gihugu cya New Zealand kigahitana abantu 49 ndetse benshi bagakomereka. Min. Sezibera yihanishije iyi miryango anavuga ko u Rwanda rwifatanyije na New Zealand mu rugamba rwo guhashya iterabwoba. Yagize ati â Leta yâu Rwanda yamaganye igitero cyâiterabwoba kuri Leta […]
Kigali: Ikigo BTC gihugura ku birebana nâitangazamakuru kigiye gutangiza icyiciro cya 5
Ubuyobozi bwâIkigo BTC âBelgine Training Centerâ gikorera mu Mujyi wa Kigali, gihugura urubyiruko mu buryo butandukanye, butangaza ko kigiye gutangiza icyiciro cya Gatanu. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye nâUmuyobozi wa BTC, Bizimana Belgine, yatangaje ko kwiyandikisha bizatangira ku wa Mbere tariki ya 18 Werurwe 2019. Akangurira urubyiruko kwitabira ari rwinshi, kugira ngo rubashe kwiteza imbere. Yagize […]
Abandi Banyarwanda batatu birukanwe ku butaka bwa Uganda nyuma yo gufungwaÂ
Abanyarwanda batatu bavuga ko bari bafungiwe mu buryo bunyuranyije nâamategeko muri Uganda bashyikirijwe ubutegetsi bwâu Rwanda ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare. Aba barimo Amon Ngabonzima, Xavier Gashongore na Augustin Maniragaba nkâuko TNT dukesha iyi nkuru ibitangaza. Ngabonzima wâimyaka 15 atuye mu Karere ka Gakenke akaba yari yaratawe muri yombi kuwa 5 Ukwakira […]
Museveni yise Bobi Wine umunyarwenya utabashije politiki amusaba kwigumira mu muziki
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yise Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine Umunyarwenya avuga ko adashoboye politiki ahubwo ashatse yakwigumira mu muziki. Ibi Perezida Museveni yabivuze ubwo yahuraga nâUrubyiruko rwo mu Mujyi wa Kampala ku ngoro ye, aho yabahaye akayabo ka miliyari 2,5 zâamashilingi yo kubafasha mu mishinga yabo. Perezida Museveni ati: â Bobi […]
Tombora ya UEFA Champions/Europa League: Man U itomboye Barcelona, Arsenal itombora Napoli.
Uyu munsi ku wa 15 Werurwe, habaye tombora ya Âź cya UEFA Champions/Europa League. Manchester United itombora FC Barcelona, mu gihe Arsenal yatomboraga Napoli. Muri UCL, harimo amakipe 8 yatomboranye nyuma yamenyekanye ku wa gatatu, tariki ya 13, ubwo amakipe nka FC Barcelona na Liverpool yiyongereye kuri 6 yari yamaze kumenyekana. Aya makipe ni Manchester […]
Impunzi zâAbarundi zirimo gutoroka inkambi zabagamo muri Tanzania
Impunzi zâAbarundi zabaga mu nkambi zâimpunzi muri Tanzania, zazitorotse zijya mu bihugu byo kuri uyu mugabane. Mu gihe umubare utari watangazwa wâabatorotse, ngo bamwe berekeje muri Afurika yâEpfo, Rwanda, Zambia na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Inkambi eshatu zitangazwa ko izi mpunzi zatorotsemo ni iya Nduta, Nyarugusu na Mtendeli. SOS Media/ Burundi igatangaza ko izi […]
Ikibazo kiroroshye. Ni uko Abatutsi atari benshi, tugiye kubarangiza â Col Rwagafirita abwira Gen Varret
General Jean Varret wahoze mu Gisirikare cyâu Bufaransa, yatanze ubuhamya bushya ku hantu u Bufaransa bwari buhagaze muri Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko yamaganye inkunga u Bufaransa bwateraga Leta ya Habyarimana ariko ntihagire icyo bitanga. Mu buhamya bwe akomoza ku kiganiro yagiranye na Col Rwagafirita akamwerurira ko benda kurimbura Abatutsi. Nkâuko uyu mugabo kuri ubu […]
Inzego zâumutekano zimaze kurasa mu cyico abantu  barindwi mu kwezi kumwe
Abantu batandatu nibo bamaze kuraswa nâinzego zâumutekano mu Rwanda mu gihe kingana nâiminsi 30. Abenshi ni abakekwagaho ibyaha bagashaka gutoroka igihe bafatiwe mu makosa ndetse no gucuruza magendu. Inzego zâumutekano kuri uyu wa Kane tariki ya 14 mu Mujyi wa Kigali zarashe mu kico umusore witwa Eric Niyomugabo.  Uyu yagerageje gusimbuka imodoka yari imwerekeje mu […]
Amajyepfo: Abaturage bakomeje gushinja abunzi kubaka ruswa
Mu Ntara yâAmajyepfo abaturage batandukanye barashinja abunzi kubaka ruswa mu gihe babagannye  ngo babafashe kubacyemurira ibibazo nk’uko iyi nkuru dukesha RadioTV10 ivuga. Ushinzwe abunzi bo mu karere ka Nyanza, Bankundiye Jeanne, avuga ko batari bafata abunzi bariye ruswa gusa, na we ntahakana ko bidashoboka ko bashobora kuyirya, akaba ariho ahera avuga ngo âumukobwa aba umwe […]
Kampala: Dr Jose Chameleone agiye gusanga Bobi Wine muri Politiki
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi ku izina rya Dr. Jose Chameleone agiye kwinjira muri politiki yiyamamariza kuba umuyobozi wâUmujyi wa Kampala. Umuvandimwe wa Chameleone, uzwi ku izina rya Pallaso (Pius Mayanja) ashimangira ko mukuru we yiteguye kwiyamamaza ku mwanya wâumuyobozi Mukuru wâUmujyi wa Kampala, mu matora ategerejwe. Aganira na Spark TV, yavuze ko ibyo avuga kuri […]
Anselme twabanaga mu nzu, kumwica ni nko kunyicira umwana, ni ukunkora mu nda- Ingabire Victoire
Perezida wâishyaka FDU-Inkingi, Ingabire Victoire arasaba inzego zâubutabera gukora ibishoboka byose abishe umuyoboke we, Mutuyiman Anselme bakamenyekana. Gusa ngo na we agiye kwikurikiranira ibyâuru rupfu rwe dore ko ngo yamufataga nkâumwana we. Mutuyimana Anselme wâimyaka 30, yari umuyoboke wâishyaka FDU-Inkingi rya Ingabire Victoire, yishwe mu ijoro ryo ku wa 8 rishyira ku wa 9 Werurwe […]
Umuherwe wo muri Kampala akurikiranweho ubujura bukoreshwa intwaro
Umuherwe wo muri kampala, Ambrah Abdu yatawe muri yombi nâIgipolisi cya Uganda nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba imwe muri banki ziherereye mu Karere ka Gulu. Amakuru aravuga ko yafatanwe nâuwitwa Richard Wanni Okot nyuma yo kugerageza kwiba banki, bakaba basanganywe imbunda 2 za SMG nâamasasu 56. Ubwo batabwaga muri yombi, Ambrah yari atwaye imodoka […]
New Zealand: Abantu 40 biciwe mu misigiti barashwe abandi barakomereka
Abantu bagera kuri 40 bishwe barashwe abandi 20 barakomereka mu gitero cyâiterabwoba cyagabwe kuri uyu wa gatanu mu misigiti ibiri itandukanye yo mu gihugu cya New Zealand nkâuko byemejwe na Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu, Jacinda Ardern. Abantu bane bakekwaho kugira uruhare muri iki gitero, abagabo batatu nâumugore umwe, bari mu maboko yâabashinzwe umutekano, mu gihe […]
Depite Frank Habineza yamaganye iyicwa ryâUmuvugizi wâIshyaka rya Ingabire Victoire
Depite akaba n’Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ryamaganye ubwicanyi bwakorewe uwari Umuvugizi  wâishyaka FDU-Inkingi rya Ingabire Victoire, Anselme Mutuyimana wishwe kuwa 8 Werurwe 2019. Itangazo ryashyizwe ahagaragara niri shyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda kuri uyu wa 14 Werurwe, risaba Leta kwihutisha aho iperereza rigeze kugira ngo abakekwa kugira […]
Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya ibyâabaturage
Polisi yâu Rwanda iragira inama abaturage kwirinda abantu baza babashuka mu buryo butandukanye babaka amafaranga ngo babafashe gukemura ibibazo bafite kuko abenshi muri bo biyitirira inzego bakorera atarizo kugira ngo babone uko baka ruswa. Ibi Polisi yâu Rwanda ibitangaje nyuma yaho kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2019, mu karere ka Ngoma, Umurenge wa […]
UEL: Aubameyang yafashije Arsenal gusezerera Rennes naho Chelsea itanga isomo rya Ruhago kuri Dynamo Kiev
Rutahizamu wa Arsenal, Pierre Emerick Aubameyang yafashije ikipe ye ya Arsenal gutsinda Rennes yo mu Bufaransa ibitego bitatu ku busa, bituma ikomeza muri 1/4 cyâirangiza. Aubameyang yatsinze ibitego bibiri muri bitatu ikipe ye yatsinze. Ikindi gitego kikaba cyatsinzwe nâumukinnyi Ainsley Maitland-Niles. Ikipe ya Arsenal ikaba yasabwaga gutsinda ibitego bitatu ku busa kugira ngo ikomeze muri […]
Mozambique: Inkubi yâumuyaga yatwaye ubuzima bwâabantu 66 biyongera kuri 45 bo muri Malawi
Mu ijoro ryâuyu wa kane, tariki ya 14 Werurwe, inkubi yâumuyaga yari ku muvuduko wa 224 km/h yahitanye abantu 66. Abashinzwe iteganyagihe muri Afurika yâEpfo bari batangaje ko uyu muyaga waturutse mu nyanja ya Mediterane, wiswe izina rya Tropical Cyclone Idai , urazana nâimvura ugateza nâimyuzure. Bari bavuze kandi ko uyu muyaga uragera mu bilometero […]
Banki yâIsi igiye gutanga miliyari 22 zâamadorari mu guhangana nâihindagurika ryâikirere
Banki yâIsi igiye gutanga miliyari 22 zâamadorari mu gihe cyâimyaka itanu, mu rwego rwo gufasha umugabane wa Afurika guhangana nâingaruka ziterwa nâimihindagurikire yâikirere . Umuyobozi wâagateganyo wa Banki yâisi Kristalina Georgieve yabwiye BBC ko umugabane wa Afurika ukomeje kugerwaho nâingaruka zâimihindagurikire yâikirere zirimo: Amapfa yâigihe kirekire, imyuzure, inkubi yâimiyaga nâibindi. Yagize atiââ Niba tutubatse Afurika […]
Kizito Mihigo yasohoye indirimbo nshya ijyanye no kwibuka Jenocide yakorewe Abatutsi
Umuhanzi Kizito Mihigo yashyize indirimbo ye nshya hanze ijyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 .Iyi ndirimbo akaba yarayise ” Abarinzi b’amateka”. Iyi ndirimbo ikaba ishishikariza abantu kudapfobya ,guhakana no kwanduza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Kizito asohoye iyi ndirimbo mu gihe u Rwanda rwitegura kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya […]
Umuhanzi Murenzi Chris agiye gutaramira abafana be i Kigali
Ku wa 17 Werurwe 2019, ahagana sa cyenda za nimogoroba, Umuhanzi mu ndirimbo zihambaza ndetse zinaramya Imana, Chris Murenzi yateguye igitaramo cy’ imbaturabugabo kizabera ku Rusengero Evangelical Restoration Church ku Kimisagara. Iki gitaramo cyiswe “Let Hope Rise live concert 2019″, cyatumiwemo abahanzi batandukanye nka Nelson Mucyo , Arsene Tuyi , Deo Munyakazi, Justin Cubaka ndetse […]
Uburwayi bwâIbibembe bukomeje gufata indi ntera mu Burundi
Buri mwaka abarundi 400 bafatwa nâindwara yâibibembe (La lèpre ) mu gihugu cyâu Burundi. Abagera kuri 80 bikabaviramo kwangirika kwâisura. Mu mwaka wa 2018, abantu 385 nibwo bagaragayeho ubu burwayi bwâibibembe, mu gihe mu mwaka wa 2017, bwari bwagaragaye ku bantu 400. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Iwacu/Burundi, ngo Intara za Rutana, Makamba, Rumonge, Cibitoke na Bubanza, […]
Abafana ba Mc Kats barakeka ko yataye umutwe kubera Umunyarwandakazi Fille
Umugabo wahoze akundana nâUmunyarwandakazi Fille Mutoni ari we Mc Kats akomeje gukekwaho kuba atameze neza mu mitekerereze bitewe no gutandukana nâuyu mugore. Aba bombi batandukanye ku mugaragaro mu mwaka wa 2018. Mc Kats yagiye avuga amagambo menshi byâumwihariko ku mbuga nkoranyambaga avuga uburyo yakundaga Fille. Ni mu gihe uyu mugore we agaragaza ko atakimwitayeho na […]
Perezida Tshisekedi yaba aje gusaba Kagame kuvuguta umuti!Â
Hashize imyaka isaga 20, uburasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bwibasiwe n’ intambara z’ uruduca ziterwa n’ imitwe yitwara gisirikare ibyo bigatuma U Rwanda rutungwa agatoki kuba nyirabayazana. U Rwanda rwatangiye gushyirwa mu majwi mu mpera z’ umwaka wa 1996 ubwo ingabo zarwo zateraga iki gihugu zigamije guhangana n’ ingabo za FAR ndetse n’ […]
U Rwanda rurahakana gufatira 'embargo' ibicuruzwa biva muri Uganda
â Ibiherutse gutangazwa na minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Uganda birimo ibyo kuwa 13 Werurwe 2019 ni ukujijisha kandi ntibyita ku bibazo byâingenzi byazamuwe nâu Rwanda ,â ibi ni ibyatangajwe na Guverinoma yâu Rwanda mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane nyuma yâitangazo rya Uganda ryo kuri uyu wa Gatatu rivuga ko u Rwanda rwakomanyirije […]
Umunyamabanga mukuru wa EAC yavuze ko ikibazo cy'u Rwanda na Uganda kigiye gushakirwa umuti
Umunyamabanga mukuru wâumuryango wa Afurika yâIburasirazuba, EAC, Liberat Mfumukeko yatangaje ko bari kwiga ku buryo bakemura amakimbirane ari hagati yâu Rwanda nâUbuganda. Nkâuko Chimp Reports ibitangaza, Mfulukeko yavuze ko nka EAC batangije ibiganiro hagati yâibihugu byombi mu rwego rwo gushakira umuti wihuse iki kibazo. âNtabwo twicaye turebera iki kibazo. Ba Minisitiri bâUbucuruzi, inganda nâishoramari baturutse […]
Rusizi: Abagabo banengwa gukwepa inshingano zâurugo
Abagore bo mu Murenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi, Intara yâIburengerazuba, bashinja abagabo babo gukwepa inshingano, bagata ingo zabo bakajya gushaka abandi bagore. Abagore bavuga ko ikibazo gihari ahanini gishingiye ku guharike. Ngo biragoye kubona umugabo ushobora kubana nâumugore we imyaka irenze itanu. Bamwe bamara kubona abana babaye benshi bakabatana na nyina bakajya kwishakira abandi […]
Itangazo ryo guhindura izina
U Rwanda ntiruranzura niba ruzagura ubwoko bwâindege isa n'iherutse kwivugana abantu 157
Leta yâu Rwanda ntirafata umwanzuro wo kugura ubwoko bwâindege bwa  Boeing 737-MAX8 imeze nk’iherutse gukorera impanuka muri Ethiopia igahitana abantu 157 bari bayirimo. Abaminisitiri bo muri iyi Leta kuwa Kabiri wâiki cyumweru batangaje ko hari gahunda yo kugura indege enye zirimo ebyiri zo mu bwoko bwa Boeing 737-MAX 8 ariko ko bategereje icyo iperereza ririgukorwa […]
RDC: FARDC yahosheje intambara yari imaze iminsi hagati yâ Abanyamulenge na MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyasabye abaturage bo muri Minembwe kwitandukanya nâimitwe yâinyeshyamba kugira ngo agace batuyemo karangwemo amahoro. Hashize iminsi havugwa imirwano hagati yâaborozi bâAbanyamulenge nâinyeshyamba za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ zigizwe nâabakomoka mu bwoko bwâ Abafuliro, mu karere kâimisozi miremire muri Segiteri ya Lulenge, Zone ya Fizi, mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, muri […]
Tanzania/Dodoma: Hagiye kubakwa âsitadeâ izajya yakira hagati yâibihumbi 85 na 100
Umukuru wâigihugu cya Tanzania, John Pombe Magufuli yahuye nâitsinda ryâabatekinisiye baturutse muri Marroc no muri iki gihugu, mu rwego rwo kunoza umugambi wo kubaka ikibuga cyâumupira wâamaguru(stade) kizajya cyakira abafana bari hagati yâibihumbi 85 nâibihumbi 100. Mu 2016, Umwami wa Marroc, Mohammed VI, yasuye iki gihugu avayo ahigiye kwubakamo umusigiti nâikibuga cyâumupira wâamaguru. Iki kibuga […]
Tshisekedi yashyize umukono ku cyemezo cyo kurekura imfungwa za politiki 700
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze gusinya icyemezo cyo kurekura imfungwa za politiki nâibitekerezo byazo. Ni icyemezo cyasomewe kuri televiziyo za leta kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Werurwe ndetse umuyobozi wa cabinet yâumukuru wâigihugu agira icyo akivugaho. Firmin Yangambi na Franck Diongo ni bamwe mu mfungwa zâingenzi za politiki zirebwa […]
Uganda: Abadepite bahejwe mu mwiherero kubera u Rwanda bagiye kwitabaza urukiko
Abadepite bahejwe mu mwiherero wâihuriro ryâabadepite bo muri NRM kubera gushyigikira u Rwanda mu bibazo rufitanye nâu Rwanda batangaza ko bagiye kugana inkiko bitewe nâiki cyemezo bafatiwe. Umunyamabangwa wâubuvugizi bwâiri huriro, Margaret Muhanga mu ntangiro zâiki cyumweru yatangaje ko aba badepite  barimo  Patrick, Barnabas Tinkasiimire, James Acidri  na John Baptist Nambeshe batemerewe kwitabira umwiherero uziga […]
Umuherwe Zari Hassan arembeye mu bitaro
Umuherwe Zari Hassan, ukomoka mu gihugu cya Uganda, yitangarije ko arembeye mu bitaro atatangaje izina. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga, Zari yirinze kugira byinshi atangaza ku burwayi bwe ndetse nâibitaro arembeye. Gusa yashyize ifoto ye kuri Snapchat igaragaza akaboko ke karimo serumu, avuga ko arembye. Yagize ati âNdarwaye bikomeye, gusa abadayimoni baribeshyaâ. Uyu mubyeyi wâabana batanu, arwaye […]
Uganda irashinja u Rwanda gufatira 'embargo' ibicuruzwa byayo
Guverinoma ya Uganda iremeza ko u Rwanda rwakumiriye itumizwa ryâibicuruzwa muri Uganda mu gihe hakomeje kumvikana umwuka mubi hagati yâibihugu byombi. Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Uganda, Sam Kutesa kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Werurwe 2019 niwe watangaje ko Guverinoma yâu Rwanda yafatiye embargo ibicuruzwa byose bituruka muri Uganda. Mu gihe bivugwa ko urujya nâuruza […]
Gufunga ubucuruzi bwambukiranya imipaka ni ubwiyahuzi- Museveni
Perezida Museveni wa Uganda atangaza ko igihugu icyo ari cyo cyose cy muuri Afurika kibuza ibicuruzwa na serivisi kwambuka  imipaka yacyo bisa no kugerageza kwiyahura. Museveni yatangaje ibi mu nama yiswe âAfurika yâubuâ yabereye Munyonyo mu Mujyi wa Kampala kuwa 13 Werurwe 2019. Yavuze ko yiyamye abandi bayobozi kutazakumira ibicuruzwa bivuye mu kindi gihugu baba […]
Burundi: Abanyeshuri batandatu bari muri gereza bashinjwa konona ifoto ya Perezida Nkurunziza
Abanyeshuri batandatu bari mu kigero cyâimyaka 13 na 16, ubu bari mu maboko yâubutabera, bashinjwa konona ifoto yâumukuru wâigihugu cyâu Burundi, Pierre Nkurunziza, iri mu gitabo bigiramo. Aba banyeshuri batawe muri yombi ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 12 Werurwe 2019, ku kigo cyâamashuri abanza cyâAkamuri  giherereye muri Komini Kirundo. Ababyeyi bâaba bana […]
Kimihurura: Inkongi yâumuriro yahitanye umukobwa wâimyaka 19
Polisi yâu Rwanda iratangaza ko kuri uyu wa kabiri ushize umuntu umwe yishwe nâinkongi yâumuriro ahiriye mu nzu saa munani zâijoro mu Murenge wa Kimihurura nkâuko byemezwa nâumuvugizi wa polisi mu Mujyi wa Kigali. CIP Marie Goretti Umutesi aratangaza ko iyo nkongi yâumuriro bikekwa ko yatewe nâamarangi bapuriza ku nzu yari ari mu gikoni. Uwapfuye […]
Perezida Trump nawe yahagaritse indege zo mu bwoko bwa Boeing 737-Max 8 na 9
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nawe yategetse ko indege zose zo mu bwoko bwa Boeing 737-Max 8 na 9 zihagarikwa. Ni nyuma yâibyemezo byari byagiye bifatwa nâibihugu bitandukanye nkâu Bushinwa na Indonesia nabyo byakumiriye indege zo muri ubu bwoko mu kirere cyabyo. Iki cyemezo cya Perezida Trump kije nyuma y’aho indege […]
UCL: Liverpool isezereye Bayern mu gihe Barcelona yanyagiraga Lyon.
Mu mikino ya 1/8 ya UEFA Champions League yabaye kuri uyu wa 13 Werurwe, Liverpool isezereye Bayern Munich mu gihe FC Barcelona yatsindaga Olympique Lyonnais imvura yâibitego. Aya makipe yose yanganyije ubusa ku busa mu mikino yabanje, yari yateje urujijo ku bakunzi bâumupira wâamaguru; aho hibazwaga ku makipe arakomeza. Amahirwe yari ari ku makipe yakiniye […]
UBUHINDE: Umugore yagerageje kubyara ari kureba amashusho (video) bimuviramo kuhasiga ubuzima
Umugore wâimyaka 25 wo mu Buhinde mu mujyi wa Gorakhpur, yitabye Imana azira kugerageza kwibyaza areba amashusho (video) ku rubuga rwa You tube uko bikorwa. Uyu mugore ndetse nâumwana yari yabyaye, babasanze bapfiriye mu nzu yabagamo mu mujyi wa Gorakhpur nkuko bitangazwa na polisi yo muri ako gace. Ku cyumweru tariki ya 10 Werurwe 2019 […]
Tanzania/Singida: Umuyobozi yasabye leta kwishyuza imisoro ba 'maraya'
Umuyobozi w’agace ka Iramba mu ntara ya Singida ho muri Tanzania, yasabye ko leta yakwishyuza imisoro abakobwa bicuruza mu rwego rwo guca iyi ngeso. Leta ya Tanzania yugarijwe n’ikibazo cy’abakobwa bicuruza bazwi nka ba ‘maraya’ cyane cyane mu mugi, yafashe ingamba zo guca izi ngeso binyuze mu kubahiga bukware. Simon Tyosela we yatanze igitekerezo cyo […]
FERWACY yatangaje abakinnyi 14 bazahagararira u Rwanda muri Shampiona ya Afurika
Ishyirahamwe ryâumukino wâamagare mu Rwanda FERWACY , ryashyize ahagaragara urutonde rwâabakinnyi 14 bazahagararira u Rwanda mu mikino yo gusiganwa ku magare muri Shampiyona ya Afurika . Iyi shampiyona izabera mu mujyi wa Baher Dar muri Ethiopia, Â izatangira kuwa Kane tariki ya 14 kugeza kuri 19 Werurwe 2019. Iri rushanwa rikaba rigizwe nâibyiciro bitatu. Hari icyiciro […]
Harabura amasaha make ngo Meddy yitabe urukiko ku kibazo cyâideni
Umuhanzi Meddy asigaje amasaha 14 ngo yitabe urukiko rwâubucuruzi rwa Nyarugenge, yiregura ku kibazo cy’umwenda afitiye imwe muri Kompanyi za hano mu Rwanda. Meddy yatumijweho nâuru rukiko kugira ngo yiregure ku byo ashinjwa na Kompanyi KAGI Ltd ivuga ko ayiberemo miliyoni 10 byâamadolari ya Amerika. Ibaruwa isaba Meddy kwitaba urukiko Bwiza.com yateyeho akajisho ivuga ko […]
EAC ngo yaba yahisemo politiki ya âDutegereze Turebeâ ku bibazo byâu Rwanda na Uganda
Umuryango wa Afurika yâIburasizuba ngo wahisemo gukoresha politiki ya â Dutegereze Turebe â ku bibazo biri hagati yâu Rwanda na Uganda benshi bemeza ko ari yo ntandaro yâifungwa ryâumupaka wa Gatuna uhuza ibihugu byombi. Ikibazo kiri hagati yâu Rwanda na Uganda ngo kikaba cyateye urujijo urwego rwa EAC rushinzwe imibanire ishingiye ku bucuruzi mu gihe […]
Umugabo wanjye yantaye mu buriri ambeshya ko agiye koga mufatira muri dushi asambana nâumukozi
Mbere ya byose mbanje kubasuhuza nabagisha inama ku bwâikibazo nagiranye nâumugabo wanjye wantaye mu buriri ambeshya ko agiye koga, nkaza kumusanga mu bwogero (douche) arimo gusambana nâumukobwa udukorera mu rugo, aho dutuye mu karere ka Nyarugenge. Ubwo twageraga mu buriri ahagana saa yine nâigice zâijoro, nibwo yatangiye kumbwira ko yumva ashyushye cyane ndetse ko ashaka […]
Ibintu 10Â Gandhi yemeraga ko byahindura Isi
Mahatma Gandhi ubarwa mu ntwali zabayeho ku Isi yakunze kugira ati â Nta muntu ukwiriye gutakaza icyizere cyâ ubumuntu ngo kuko ubuzima bugereranywa nâ inyanja aho amazi amwe ashobora kuba yanduye ariko bitavuga ko yose yanduyeââ. Yakomeje kandi yerekana ko itandukaniro hagati yâ icyo turi cyo nâicyo dushoboye gukora bihagije kugira ngo duhindure Isi. Zimwe […]
Col. Bagosora yanze kumena ibanga ku ruhare rw' u Bufaransa muri Jenoside
Col Bagosora wari Umuyobozi Mukuru wâIbiro muri Minisiteri yâIngabo za FAR, ushinjwa kuba umwubatsi mukuru wapanze ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi igatwara ubuzima bwâinzirakarengane zisaga miliyoni, yanze kumena ibanga rya gisirikare ngo avuge uruhare rwâu Bufaransa muri iyi jenoside. Col. Bagosora yagiye yumvikana ahakana yivuye inyuma uruhare yagize muri jenoside aho umunsi umwe […]
Gasabo: Umusore wâimyaka 32 akurikiranweho kwica mukuru we
Ubushinjacyaha  ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo bukurikiranye umusore wâimyaka 32 ukekwaho kwica  mukuru we witwa  Nizeyumukiza Ildephonse  amukubise icupa mu mutwe. Ubusanzwe uyu musore ukurikiranywe nâUbushinjacyaha yabanaga  na nyina mu rugo mu Karere ka Bugesera. Mu ijoro ryo ku wa 27 Gashyantare 2019 yatashye yasinze atonganya nyina, mukuru we amubajije impamvu amutonganya  ahita ajya mu nzu […]
Burundi : Pierre Buyoya yasabye ko amasezerano ya Arusha yahabwa agaciro mu kwirinda âingaruka mbiâ
Uwahoze ari perezida wâu Burundi, Pierre Buyoya yandikiye umuhuza mu bibazo bya politiki biri mu Burundi, Yoweri Kaguta Museveni amusaba ko yakora uko ashoboye kugira ngo amasezerano ya Arusha yubahirizwa hirindwa ko hazabaho izo yita âIngaruka mbi nyinshi.â Ibi bibaye nyuma yaho Leta y’u Burundi, ishyize ahagaragara impapuro zita muri yombi Maj. Pierre Buyoya ushinjwa […]
Abanyamategeko bo mu karere bahagurukijwe nâikibazo cyâu Rwanda na Uganda
Umuryango wâAbanyamategeko mu Karere ka Afurika yâIburasirazuba,(EALS) Â winjiye mu kibazo kiri hagati yâu Rwanda na Uganda kugira ngo wunge impande zombi. EALS ivuga ko yamaze kwegera inararibonye muri dipolomasi, abanyemategeko bo ku rwego rwo hejuru, abavuga rikijyana bo muri sosiyete sivile ndetse nâabahagarariye abakora ubucuruzi kugira uruhare muri iki gikorwa. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na EALS […]