Burundi: Urugo rwâumusirikare ufunze rwafatiwemo ibikoresho bya gisirikare, umuryango we uti ni akagambane
Amakuru aturuka I Bujumbura mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko mu rugo rwâumukoroneli umaze imyaka isaga ibiri afunze hafatiwe ibikoresho bya gisirikare bitandukanye birimo impuzankano nâimbunda, ariko abo mu muryango we bakaba bavuga ko ibi ari ibyâigisirikare cyâu Burundi byazanwe mu rwego rwo kumushakira ibyaha. Biravugwa ko ibyo bikoresho byasanzwe mu rugo rwa Col. Dieudonne […]
Rusizi: Ibitaro bya Gihundwe na Mibilizi birishyuza Leta asaga Miliyoni 300
Abasenateri bagize Komisiyo yâImibereho myiza yâAbaturage nâUburenganzira bwa Muntu mu Rwanda, bari mu ngendo mu turere, aho barimo kugenzura ibibazo biri mu rwego rwâubuzima. Ubwo bageraga mu karere ka Rusizi, Intara yâIburengerazuba basanganijwe ikibazo cyâumwenda wâasaga miliyoni 300 ibitaro byâaka karere bifitiwe na Leta, ukaba ubangamiye serivisi batanga. Ni ibitaro bya Mibilizi na Gihundwe bifitiwe […]
Impunzi zâAbanyarwanda zizataha ari uko icyatumye zihunga kivuyeho-UNHCR Uganda
Umuyobozi mu Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) Ushinzwe Akarere k’Ibiyaga Bigari, Raouf Mazou avuga ko impunzi zâAbanyarwanda zizasubira iwabo ari uko zibona icyatumye zihunga cyarangiye. Ibi yabitangaje kuwa 12 Werurwe 2019 mu nama yabereye i Kampala m yigaga ku bibazo byâimpunzi. Yagize ati â Hari abantu bavuye mu gihugu mu 1994, none ubu […]
Visi Perezida wa Kenya yakeje Museveni anenga ifungwa ry'umupaka wa Gatuna
Visi Perezida wa Kenya, William Ruto yanenze icyemezo cyâifungwa ryâumupaka uhuza u Rwanda na Uganda, avuga ko ifungwa ryâUmupaka wa Gatuna rihangayikishije akarere ndetse asaba Museveni gukomeza kureberera EAC nkâumuntu wâinararibonye bareberaho. â Dufite umupaka mu gihugu kimwe urimo gufungwa nâikindi gihugu. Muri East Africa. Koko ? â, uyu ni William Ruto kuri uyu wa […]
Rwamagana: Abanyeshuri batoroka ikigo nâabambara impenure bafatiwe ingamba zikarishye
Ubuyobozi bwâUrwunge rwâAmashuri rwa Rwamagana (GS/Rwamagana Cathorique) rwitiriwe Mutagatifu Vincent de Paul, mu nama yabuhuje nâababyeyi tariki ya 10 Werurwe 2019, bwamenyesheje ingamba zikarishye bwafatiye abanyeshuri basimbuka uruzitiro ndetse nâabambara impenure. Umuyobozi wa GS Rwamagana, Safari Ignace yabwiye ababyeyi ko hari abanyeshuri batoroka ikigo buriye igipangu cyâishuri kandi ko bikorwa nâabahungu nâabakobwa, ngo ku buryo […]
Nyaruguru: Hafatiwe ibicuruzwa bya magendu
Mu mukwabu wakozwe na Polisi ikorera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Ngera ifatanyije nâurwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha muri uwo murenge bafatanye abantu bane ibicuruzwa bya magendu. Uyu mukwabu wakozwe kuri uyu wa mbere tariki 11 Werurwe mu kagari ka Murama mu murenge wa Ngera ufatirwamo abagabo bane bafite ibicuruzwa bitandukanye bya magendu birimo; […]
Zari yise Diamond “igikoma mu kabari”
Umuherwekazi akaba n’icyamamare muri Afurika, Zari Hassan yise Diamond platinumz ‘ igikoma mu kabari’ abicishije ku rubuga rwe rwa Instagram. Hashize amasaha iminsi 2, Zari ashyize mamafoto abiri ku rubuga rwe, imwe yambaye akenda ka ‘bikini’, indi ari imbere y’imodoka ziriho ibirango bye(Zari). Aya mafoto yavuzweho bitandukanye n’abamukurikira. Ku ifoto ya mbere yambaye bikini, abamukurikira […]
UCL: Ronaldo yafashije Juventus gusezerera Atletico Madrid naho Manchester City inyagira Schalke 04
Umukinnnyi rurangiranwa Christiano Ronaldo yafashije ikipe ya Juventus de Turin yo mu Butariyani gutsinda ikipe ya Atletico Madrid yo muri Espagne ibitego bitatu kubusa (3:0) bituma Juventus ikomeza muri 1/4 cyâirushanwa ryâamakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane wâuburayi. Ibitego byose bikaba byatsinzwe na Christiano Ronaldo. Ni umukino watangiye ikipe ya Juventus iri gusatira mu buryo […]
Nyamasheke: Abanyeshuri Bane bafunzwe bacyekwaho gutwika uburyamo (Dortoir)
Abanyeshuri bane bo mu Rwunge rwâAmashuri rwa Frank Adamson rwa Kibogora( GSFAK), mu karere ka Nyamasheke, bari mu maboko yâUrwego rwâUbugenzacyaha (RIB) bacyekwaho gutwika inzu barararagamo. Ku wa 20 Mutarama 2019, nibwo inyubako yararagamo abakobwa 280 yafashwe nâinkongi yâumuriro ahagana saa yine zâigitondo bayizimya ibikoresho byabo  byahiriyemo bayoberwa uwayitwitse. Ku wa 23 Mutarama 2019, igice […]
Akarere ka Rwamagana katangaje ibanga rituma gakorerwamo ingendoshuri
Akarere ka Rwamagana kamaze iminsi gakorerwamo ingendo shuri zikorwa nâabayobozi bo mu turere, intara, Umujyi wa Kigali ndetse nâibindi bigo. Ubuyobozi bwâakarere buratangaza ko biterwa na gahunda nziza bategura zikanashyirwa mu bikorwa zikanakemura ibibazo byugarije umudendezo wâabaturage. Abagiye basura akarere  baganirizwaga ku bunaribonye bwakoreshejwe kugirango gahunda zitandukanye zishyirwe mu bikorwa harimo nkâiyitwa :one one four Operation yafashije […]
Ambasaderi wa Amerika, Deborah Malac, Â yagiriye inama Uganda nâu Rwanda
Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda, Deborah Malac, yagiriye inama u Rwanda na Uganda yo gukoresha inzira ya dipolomasi mu gukemura ibibazo bifitanye mu mahoro, ashimangira ko biri mu nyungu za buri wese gukomeza gufungura imipaka ibihuza. Imibanire ya Uganda nâu Rwanda yarushijeho kuba mibi mu minsi ishize bitewe nâifungwa ryâimipaka ihuza […]
Nejejwe cyane no kugaruka mu rugo- Zidane avuga muri Real Madrid
Umutoza Zinedine Zidane avuga ko yishimiye gusubira mu ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, gukomeza kuyitoza. Muri Gicurasi 2018, nibwo Zidane yari yasezeye ku kazi kâubutoza bwâiyi kipe yâigihangange ku mugabane wâu Burayi, ubu akaba ayisubiyemo ndetse anashimangira ko asubiye mu rugo. Yagize ati âNdabizi neza ko uyu ari umunsi wâagatangaza kuri twese. Ndanezerewe, icyâingenzi […]
Uko gutanga imbunda mu mitwe yitwara gisirikare no mu baturage byakozwe muri Komini Nyarutovu
Nkâuko bigaragazwa mu bushakashatsi Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) yakoze ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri, nyuma yo guhabwa imyitozo, abatojwe mu mitwe yitwaraga gisirikare bagombaga no guhabwa intwaro. Ni  Igitekerezo cyemejwe mu nama yo kuwa 9 Nyakanga 1991 yabereye muri Etat Major yâingabo iyobowe na Minisitiri muri Perezidansi ya […]
Abanyamategeko batamaje Gen Otafiire ku ifungwa ryâAbanyarwanda muri Uganda
Itsinda ryâabanyamategeko bo mu gihugu cya Uganda barondoye amazina yâAbanyarwanda bafungiwe mu magereza yo muri iki gihugu mu byo bise ku buryo butemewe. Ibi bihabanye kure nâibyo Minisitiri wâUbutabera,  Rtd. Maj Gen Kahinda Otafiire yatangaje ubwo yavugaga ko nta Munyarwanda nâumwe azi ufungiwe muri Uganda. Ubutegetsi bwâu Rwanda buvuga ko Abanyarwanda 190 bafungiwe muri Uganda […]
Ndatekereza Uganda nâu Rwanda bishobora kujya mu ntambara – Andrew Mwenda
Umunyamakuru uvuga rikijyana muri Uganda akaba ari nâinshuti yâabakuru bâibihugu bya Uganda nâu Rwanda, aremeza ko ibi bihugu byombi bishoboka cyane ko byajya mu ntambara kandi iki gitekerezo agisangiye na benshi kuva mu Ukwakira umwaka ushize. Mu nkuru ndende yiyandikiye ubwe yacishije mu kinyamakuru cye, The Independent, Mwenda atangira agira ati: â Reka nkore ibyo […]
Uganda: Perezida Museveni araregwa kwiba indirimbo yâumuhanzi Kaweesa
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni araregwa nâumuhanzi wâumugande Richard Kaweesa ko yamwibye indirimbo ye . Uyu muhanzi Richard Kaweesa akaba yamaze kugeza ikirego cye mu rukiko rwâubucuruzi. Richard Kaweesa abinyujije ku banyamategeko be , yavuze ko ariwe wahanze indirimbo ââAnother Rapââ gusa ngo Museveni yakoresheje iyi ndirimbo mu gihe yiyamamazaga mumatora yâumukuru wâigihugu muri […]
Rwamagana: Ibikorwaremezo birimo kubakwa byitezweho guhindura isura yâumujyi
Ubuyobozi bwâakarere ka Rwamagana butangaza ko ibikorwaremezo birimo imihanda ya Kaburimbo ndetse no kuvugurura umuyoboro wâamazi, inyubako nâibindi, bizatuma isura yâumujyi wa Rwamagana ihinduka ku buryo witezweho iterambere. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye nâumuyobozi wâakarere wungirijwe ushinzwe ubukungu nâiterambere, Mudaheranwa Regis, Â yavuze ko Umujyi wa Rwamagana ubu urimo kubakwamo ibikorwaremezo ku buryo byitezweho guhindura isura yawo […]
Amerika yongereye ibihano Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela
Kuri uyu wa mbere, Leta Zunze Ubumwe zâAmerika zafatiye banki yo mu Burusiya bufatanyije na Venezuela. Ni nyuma yâaho bigaragaye ko ifasha Perezida Maduro mu buryo bwâamafaranga. Evrofinance Mosnarbank yashinzwe mu 2011, iravugwaho gufasha ishyirahamwe ryâamavuta ryitwa PDVSA ndetse no gushyigikira imigambi yâiterambere ihuriweho nâibi bihugu byombi. Ngo iyi banki na none irashinjwa kugabanya uburemere […]
Abadepite bagaragaje gushyigikira u Rwanda mu bibazo rufitanye na Uganda bahejwe mu mwiherero
Abadepite batandatu bagaragaje ko Uganda ari yo nyirabayazana wâibibazo ifitanye nâu Rwanda bahejwe mu mwiherero wâInteko Ishinga Amategeko yâiki gihugu uri kubera mu Karere ka Kyankwanzi. Muri aba harimo Barnabas Tinkasimire, Theodore Sekikubo, John Baptist Nambeshe, Gaffa Mbwatekamwa, Patrick Oshabe na Monica Amoding. Dailymonitor dukesha iyi nkuru itangaza ko aba badepite batemerewe gukandagiza ikirenge mu […]
Ubushinwa: Harashakishwa inzira zo gukumira iyimukacyaro, kigatezwa imbere
Tariki ya 8 Werurwe 2019, ni umunsi wa Gatanu wâi nama ngishwanama ya 13 yâishyaka PCC riri ku butegetsi mu Bushinwa. Kuri uyu munsi,  perezida  Jinping yaganiriye nâabadepite bahagarariye intara ya Henan, iri mu cyaro kandi izwiho ubukungu bushingiye ku buhinzi. Hari benshi bibwira ko Ubushinwa bugizwe nâimijyi gusa, nyamara ntirenza 1% byâiki gihugu. Ku […]
RDC: Abantu batandatu bishwe batemeshejwe imihoro n'inyeshyamba zikomoka muri Uganda
Abaturage babarirwa muri Batandatu bishwe batemeshejwe imihoro nâabiswe inyeshyamba za ADF (Forces dĂ©mocratiques alliĂ©es) zikomoka mu gihugu cya Uganda. Izi nyeshyamba zishe aba baturage mu mpera zâicyumweru gishize, i Lubwasi, muri Teritwari ya Beni, Intara ya Kivu yâAmajyaruguru, Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage bishwe barimo nâumugore, zabafashe ubwo bavaga mu mirima. Bamwe […]
Mbarara: Abarundi babiri muri batatu bari bashimuswe barabonetse
Abarundi babiri bâimpunzi muri batatu baherutse gushimutirwa I Mbarara mu gihugu cya Uganda babonetse. Ni nyuma yo gushimutwa nâabantu batamenyekanye mu cyumweru gishize, aho aba barekuwe kuwa gatandatu bemeza ko badashobora kumenya aho bari bafungiye. Bageze aho baba I Mbarara, mu birometero bitageze kuri 50 uvuye ahari inkambi yâimpunzi ya Nakivale nka saa munani ari […]
Indirimbo âKwangwaruâ Â yakunzwe cyane mu Rwanda yabujijwe gucurangwa muri Kenya
Indirimbo yâUmuhanzi Harmonize afatanyije na Diamond Platnumz,yitwa ‘Kwangwaru’ yahagaritswe kumvwa no gucurangwa nâabanyeshuri bo mu gihugu cya Kenya. Umuyobozi wâIkigo cyâIgihugu Gishinzwe ibya Filimi (KFCB), Ezekiel Mutua yatangaje ko âKwangawaruâidakwiye kumvwa cyangwa ngo icurangwe nâabana bacyiga mu mashuri. Mutua atangaza impamvu yâiki cyemezo yagize ati â Iriya ndirimbo [Kwangwaru] ifite igisobanuro kibi. Twayiciye mu mashuri. […]
Ingabire Victoire yagize icyo asaba Leta yâu Rwanda nyuma yâurupfu rwâumuyoboke we
Perezida wâIshyaka PDU-Inkingi, Ingabire Victoire yasabye Leta yâu Rwanda kugira icyo ikora abishe umuyoboke we bakaboneka. Mutuyimana Anselme wâimyaka 30, yari umuyoboke wâishyaka FDU-Inkingi rya Ingabire Victoire, yishwe mu ijoro ryo kuwa 8 rishyira ku wa 9 Werurwe 2019. Umurambo we ubonwa mu  ishyamba rya Gishwati riherereye mu Majyaruguru yâIburengerazuba bwâigihugu. Ubwo Radiyo Ijwi rya […]
Jean-Pierre Bemba arishyuza ICC indishyi ya miliyoni 70 zâAmayero
Umunyapolitiki Jean-Pierre Bemba wigeze kuba visi perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo akaba yaranayoboye umutwe witwara gisirikare, aherutse kurekurwa nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) nyuma yo kugirwa umwere ku byaha rwari rumukurikiranyeho none ararwishyuza impozamarira ya miliyoni 70 zâAmayero kubera imitungo ye yangiritse ubwo yari mu buroko. Amakuru yatangajwe nâIbiro Ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, aravuga ko […]
Uganda: Umunyarwandakazi  Fille yagaragaje ko atitaye ku mugabo we umwibukira ku myembe
Umuhanzi wâUmunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, Fille Mutoni atangaza ko nta gihe afite cyo gusubiza amaso inyuma ngo arebe ibihe byiza yigeze kugirana nâuwahoze ari umugabo we, Edwin Katamba uzwi nka Mc Kats. Ubwo Hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wâAbagore kuwa 8 Werurwe, Katamba yatangaje ko nâubwo yatandukanye na Fille, akimukunda kugeza ku mwuka wa […]
Nyagatare: Polisi yataye muri yombi uwari wibye umukoresha we 10,000$
Polisi yâu Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare yafashe Uwizeyimana Jerome ufite imyaka 30 akurikiranyweho kwiba umukoresha we Amadolari yâAmanyamerika ibihumbi icumbi(10.000$) yari amuhaye ngo ajye kuyavunjisha mu Manyarwanda. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP)Hamdun Twizeyimana avuga ko uyu wafashwe na Polisi tariki 10 Werurwe imushyikiriza urwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha(RIB) kugira […]
Uganda: Ishyaka FDC rigiye gusaba ibisobanuro minisitiri Sezibera
Ishyaka Forum for Democratic Change (FDC) ritvuga rumwe nâubutegetsi bwa Perezida Museveni wa Uganda, ryatangaje ko rigiye kwandikira minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda, Dr Richard Sezibera, rishaka kumenya impamvu imibanire yâu Rwanda nâigihugu cyabo yarushijeho kwangirika. â Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa FDC azandikira ibaruwa u Rwanda ngo hamenyekane ibibazo nyakuri byateje umwuka mubi ku mupaka. […]
Muhanga: Umunuko nâamasazi bibangamiye abaturiye ahagenewe kumenwa imyanda
Bamwe mu batuye mu kagari ka Kanyinya, mu Murenge wa Muhanga, Akarere ka Muhanga begereye ahamenwa imyanda itandukanye iva mu mujyi wa Muhanga, bavuga ko babangamiwe nâumunuko uva mu bishingwe bimenwa hafi yâingo zabo nâamasazi abiturukamo. Habamenshi valens, umwe mu baturage baturiye iki kimoteri avuga ko uburyo kibabangamiye, bakifuza ko ubuyobozi bwâaka karere bwakihakura kuko […]
Leta yâu Burundi ngo irimo kwaka abaturage ku ngufu amafaranga izifashisha mu matora yo mu 2020
Leta yâu Burundi ngo nta mafaranga ifite izifashisha mu matora yâumukuru wâigihugu ateganijwe mu 2020, bityo ngo ikaba yarasabye abayobozi muri za komini kuyaka abaturage. Nkâuko bitangazwa nâibiro ntaramakuru byâAbafaransa, AFP, ngo Komini 119 zâu Burundi ziri mu gisa nâipiganwa, zaka abaturage amafaranga no ku ngufu kugira ngo zizahige izindi mu gukusanya iyi nkunga. Radiyo […]
Zinedine Zidane yagarutse muri Real Madrid, Solari yeretswe amarembo
Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko Zinedine Zidane yagarutse kuba umutoza wayo nyuma yâuko ifashe umwanzuro wo kwirukana Santiago Solari azira umusaruro muke. Uyu mufaransa agarutsa mu ikipe twakwita ko yamureze nyuma yâiminsi igera kuri 284 afashe umwanzuro wo kwitandukanya nayo. Ibi byatewe no kutumvikana nâumuyobozi wâiyi kipe, Frorentino Perez. Zidane watangaje nkâumutoza saa 20:00, […]
Rusizi: Ababyeyi batewe inkeke nâimyambarire yâabanyeshuri bâabakobwa
Ikibazo cyâabanyeshuri biga mu bigo bibacumbikira badodesherezwa imyambaro yâishuri ikwiye nâababyeyi babo nyamara bagera hirya bakayigabanyisha igasigara ari utuntu bita âudukojeje isoniâ,  ababyeyi,abanyeshuri ubwabo nâubuyobozi bwâibigo byâamashuri mu karere ka Rusizi bavuga ko kigenda gifata intera ndende kandi bigira nâingaruka ku myifatire nâimyigire yabo, bagasaba ubufatanye bwâinzego zose mu guhashya iyi ngeso. Aba babyeyi bavuga […]
Tshisekedi ni nka masiki (masque) yambawe na Kabila- Martin Fayulu
Martin Fayulu, umwe mu banyapolitiki batemeye ibyavuye mu matora yâumukuru wâigihugu aherutse kuba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Perezida Felix Tshisekedi ari nkâuw’ agakingirizo Joseph Kabila yashyizeho kugira ngo agume ku butegetsi. Ibi Fayulu yabitangarije i Bruxelles, mu Bubiligi ku wa 9 Werurwe 2019, ubwo yitabiraga inama muri Kaminuza yâi Brussel (VUB). […]
Mu myaka 40, Abashinwa miliyoni 700 bakuwe mu bukene
Urugamba rwo kurwanya ubukene bukabije ni imwe mu ntego perezida Jinping yihaye kuva akinjira muri pilitiki. Kuva mu 1978, abamaze kuva mu bukene basaga miliyoni 700, abakiburimo ni miliyoni 16 nabo batazarenza mu 2020. Tariki ya 7 Werurwe, ni umunsi wa kane wâinama ngishwanama ya 13 yâishyaka PCC riri ku butegetsi mu Bushinwa. Kuri uyu […]
Uganda: Umunyarwanda wari umaze hafi amezi 3 afunzwe ashinjwa ubutasi yarekuwe byâagateganyo
Umunyarwanda Moses Ishimwe Rutare, uherutse gushinjwa mu Rukiko rwa Nakawa muri Kampala icyaha cyo kwinjira no kuba muri Uganda mu buryo bunyuranyije nâamategeko, yamaze kurekurwa byâagateganyo mu gihe biteganyijwe ko azasubira mu rukiko kuwa 01 Mata 2019. Ni nyuma yâuko yari amaze hafi amezi atatu atawe muri yombi ashinjwa ubutasi. Amakuru dukesha televiziyo NTV yo […]
Imyembe mibisi Fille yohererezaga uwo bahoze bakundana yagize ingaruka zikomeye
Umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, Fille Mutoni akomeje kugaruka mu mutima wâuwo bahoze bakundana, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats. Fille na MC Kats batandukanye burundu mu mpera zâumwaka wa 2018. Ni nyuma yâaho buri ruhande rushinja urundi gucana inyuma. Mu rwego rwo kwiyibagiza Fille, Â Katamba yamwambuye imbuga nkoranyambaga zakurikiranwaga nâabantu benshi ndetse […]
Urutonde rwâabaherwe bâabirabura mu 2019
Buri mwaka, Forbes gisohora intonde zâibyamamare bitandukanye. Abirabura bâabaherwe na bo bagaragara muri iki kinyamakuru. Muri uku kwezi ni bwo uru rutonde rwasohotse, Aliko Dangote wo muri Nigeria yongera kuruyobora. Uru rutonde ruyobowe nâabanya Nigeria bakurikiranye, na none rukiganzamo abanyafurika. Ubucuruzi bwâamavuta, ikoranabuhanga, ishoramari na kompanyi zâitumanaho ni zimwe mu mpamvu zatumye bamwe muri aba […]
Gen Kayihura yaguriwe indi nzu, agiye guhabwa indi mirimo nyuma y'agatebe
Perezida wa Uganda akaba nâUmugaba wâIkirenga w’I ngabo zâigihugu (UPDF), Yoweri Museveni yaguriye indi nzu Gen Kayihura ndetse amusezeranya kumuha indi mirimo muri Leta. Kuri ubu Gen Kayihura yamaze kuva mu nzu yari amazemo imyaka 13 abamu n’umuryango we ubwo yari Umuyobozi wa Polisi ya Uganda. Umwe mu bantu ba hafi mu muryango wa Gen […]
Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga kâubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme
Ariko genda Sebaba uri umuhanga wowe ubasha gucengera mu nama zikomeye zâabayobozi kugeza no ku yâumwiherero! Ibi nabibwiwe nâumwe mu bayobozi twari twicaranye wigeze kumenya kera akaba ataramperukaga usibye muri za 94. Ati ese wowe ukorera uruhe rwego? Nanjye nti urwâabaturage! Ati ese uri intumwa ya rubanda? Nanjye nti yego ariko sinatowe ni uko gusa […]
Perezida Uhuru Kenyatta uri mu Rwanda yakiriwe mu Mwiherero wâAbayobozi bakuru bâigihugu
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Werurwe, yasesekaye I Kigali mu Rwanda mu ruzinduko rwâakazi, aho yakiriwe ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Kigali na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Dr Richard Sezibera, mbere yo kwerekeza i Gabiro mu Karere ka Gatsibo ahabera Umwiherero wâAbayobozi bakuru bâigihugu kuva mu cyumweru […]
Nta mpamvu n'imwe yatubuza gukomeza guharanira uburenganzira bwacu- Ingabire Victoire
Umuyobozi wâIshyaka ritavugarumwe nâubutegetsi mu Rwanda (FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire atangaza ko nta mpamvu ihari yatuma badakomeza guharanira uburenganzira bwo gukora politiki mu gihugu. Uyu muyobozi wâishyaka ritaremerwa mu Rwanda atangaje ibi nyuma yâurupfu rwâumwe mu bamufashaga akaba nâUmuvugizi wâIshyaka, Anselme Mutuyimana wishwe mu ijoro ryo kuwa 8 rishyira kuwa 9 Werurwe 2019. Mu kiganiro […]
U Bushinwa bwakomanyirije indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 nyuma yâimpanuka yabaye
Kompanyi nyinshi z’indege zahagaritse ingendo z’indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 nyuma yaho indege yo muri ubu bwoko ya kompanyi Ethiopian Airlines yo muri Ethiopia ikoreye impanuka. Indege ya kompanyi Ethiopian Airlines yavaga mu murwa mukuru Addis-Abeba wa Ethiopia yerekeza mu murwa mukuru Nairobi wa Kenya, yakoze impanuka ku cyumweru hashize iminota […]
Uganda nâu Rwanda guhitamo intambara ni amahitamo yâurupfu – Umuyobozi wa Kisoro
Abayobozi bâibanze mu turere two muri Uganda duturanye nâu Rwanda barasaba ibiganiro hagati ya perezida Museveni na mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame mu rwego rwo kwirinda ko hagira ubuzima bwâabantu bwabura ndetse ibyabo bikangizwa mu gihe ibihugu byombi byaba bigiye mu ntambara. â Ntabwo dushaka intambara. Uganda nâu Rwanda guhitamo intambara ni amahitamo yâurupfu […]
Abashaka kudutera ntibazi ubushobozi dufite- Perezida Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni atangaza ko abo yise abanzi bâiki gihugu bashaka kugihungabanyiriza umutekano babiterwa nâuko batazi ubushobozi gifite. Avuga ko aba banzi ba Uganda bagomba kuba bagira ubwoba iyo babonye uburyo iki gihugu gishobora gufata ingabo zacyo, kikazishyira mu gikorwa nyirâizina. Museveni ntatangaza abanzi ba Uganda abo ari bo. Ubwo yafunguraga inganda eshanu […]
Muhanga: Uwashatse kwihekura ngo abone uko abana nâundi mugabo yakatiwe urumukwiye
Ku wa 7 Werurwe 2019 Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwasomeye mu ruhame urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo  umugore witwa Nyirabizimana Immaculee icyaha cyo kuroga  umwana we rumukatira igifungo   cyâimyaka 25 . Ku wa 4 Werurwe 2019, Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga rwasabiye igihano cyâigifungo cya burundu Nyirabizimana Immaculee ukurikiranyweho icyaha cyo kuroga umwana we wâumukobwa wâ umwaka […]
Gen Kyaligonza yahaswe ibibazo
Ambasaderi wa Uganda mu Burundi Rtd. Maj. Gen Matayo Kyaligonza yahaswe ibibazo nâUmuyobozi wa Polisi yâiki gihugu, IGP Martin Okoth Ochola ku bijyanye no guhohotera umupolisikazi. Mu minsi ishize, Gen Kyaligonza nâabarinzi be bagaragaye bafashe mu mashati umupolisikazi, Kaporali Esther Namaganda ahitwa Seeta mu Karere ka Mukono. Byavuzwe ko imodoka yari itwaye Gen Kyaligonza yari […]
Nyina wa Diamond yahakanye kugira uruhare mu myitwarire umuhungu we yagaragaje ku kiriyo
Nyina wâumuhanzi Diamond Platnumz, Sanura Sandra Kasimu yatangaje ko nta nama yagiriye umuhungu we kugira ngo ajye gushyingura uwari umuyobozi wa Clouds Media, Ruge Mutahaba. Diamond yagaragaye mu muhango wo gusezera Ruge ariko ntibyavuzweho rumwe. Byemejwe ko Diamond yaje akererewe kandi ko atabashije gusezera ku murambo kuko yaheze hanze. Abajijwe niba ari we wamugiriye iyi […]
Van Gaal watozaga Manchester United yasezeye ku mirimo yâubutoza
Umusaza watoje ikipe nka Manchester United yo mu Bwongereza, Louis Van Gaal yatangaje ko atazongera gutoza umupira wâamaguru cyangwa ngo akore ibijyanye na wo. Mu kiganiro yagiranye na televiziyo yo mu Buholandi, Dutch TV, Van Gaal yagize ati: âUbu nasezeye mu mupira wâamaguru. Nta gahunda mfite ijyanye na wo, habe no gusesengura ku mateleviziyo. Nasezeranyije […]
Gen Kyaligonza yahaswe ibibazo
Ambasaderi wa Uganda mu Burundi Rtd. Maj. Gen Matayo Kyaligonza yahaswe ibibazo nâUmuyobozi wa Polisi yâiki gihugu, IGP Martin Okoth Ochola ku bijyanye no guhohotera umupolisikazi. Mu minsi ishize, Gen Kyaligonza nâabarinzi be bagaragaye bafashe mu mashati umupolisikazi, Kaporali Esther Namaganda ahitwa Seeta mu Karere ka Mukono. Byavuzwe ko imodoka yari itwaye Gen Kyaligonza yari […]
Nyina wa Diamond yahakanye kugira uruhare mu myitwarire umuhungu we yagaragaje ku kiriyo
Nyina wâumuhanzi Diamond Platnumz, Sanura Sandra yatangaje ko nta nama yagiriye umuhungu we kugira ngo ajye gushyingura uwari umuyobozi wa Clouds Media, Ruge Mutahaba. Diamond yagaragaye mu muhango wo gusezera Ruge ariko ntibyavuzweho rumwe. Byemejwe ko Diamond yaje akererewe kandi ko atabashije gusezera ku murambo kuko yaheze hanze. Ibi ngo byatewe n’uko yaje akaguma hanze […]
Muhanga: Umunuko nâamasazi bibangamiye abaturiye ahagenewe kumenwa imyanda
Bamwe mu batuye mu kagari ka Kanyinya, mu Murenge wa Muhanga, Akarere ka Muhanga begereye ahamenwa imyanda itandukanye iva mu mujyi wa Muhanga, bavuga ko babangamiwe nâumunuko uva mu bishingwe bimenwa hafi yâingo zabo nâamasazi abiturukamo. Habamenshi valens, umwe mu baturage baturiye iki kimoteri avuga ko uburyo kibabangamiye, bakifuza ko ubuyobozi bwâaka karere bwakihakura kuko […]
Umuryango utekanye, ni ufite imibereho myiza muri rusange- Madamu Jeannette Kagame
Madamu Jeannette Kagame avuga ko umuryango utekanye ari ufite imibereho myiza muri rusange kandi abawugize bakaba bazi neza ko u Rwanda ruhera muri bo. Ubwo yifatanyaga nâabaturage bâumurenge wa Kagano, mu Karere ka Nyamasheke, Intara yâIburengerazuba, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Werurwe 2019, mu biroro byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wâAbagore, Madamu Jeannette Kagame […]
Abanyarwanda bari guhombera cyane mu âifungwa ryâumupakaâ- Umuyobozi wa Kabale
Umuyobozi wâAkarere ka Kabale, Darius Nandinda  mu byo yise ifungwa ryâumupaka wa Gatuna ku buryo butunguranye bikozwe nâu Rwanda avuga ko biri kugira ingaruka mbi ku baturage barwo byâumwihariko abegereye uyu mupaka. U Rwanda rwatangaje ko amakamyo manini atemerewe gukoresha umupaka wa Gatuna bitewe nâimirimo yâubwubatsi iri kuhakorerwa. Rwasabye ko hakoreshwa imipaka ya Kagitumba ( […]
Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano zâurugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore mu karere ka Muhanga abagore batuye muri aka karere basabwe kwita ku nshingano zabo basanganywe zâurugo nkâabagore ariko kandi bakibuka ko bagomba kuzifatanya nâindi mirimo ibyara inyungu kugira ngo ingo zabo zirusheho gutera imbere. Uwababyeyi scholastique utuye mu kagari ka Gihuma mu murenge wa Nyamabuye muri aka karere avuga […]
Gen Kayihura yivanye mu nzu yakodesherezwaga irinzwe ku rwego rwo hejuru
Uwahoze ayobora Polisi ya Uganda, Gen Kale Kayihura yimutse mu nzu yarindwaga cyane yabagamo n’umuryango we iherereye i Muyenga mu Mujyi wa Kampala. Iyi nzu Gen Kayihura yayibayemo imyaka 13 ndetse ni nayo yabayemo nyuma yo kuva aho yari afungiwe Makindye nyuma yo kwemererwa kuburana yidegembya. Biravugwa ko Polisi ya Uganda yari isanzwe yishyura miliyoni […]
Ama G THE Black na Knowless basubiyemo indirimbo âYudaâ
Ama G The Black na Butera Knowless bakoze âRemixâ cyangwa isubiramo ryâindirimbo âYudaâ nyuma yo gusohoka mu mwaka ushize. Nkâuko yabitangarije Inyarwanda.com, Ama G The Black yavuze ko yakunze iyi ndirimbo, yifuza kuyisubiramo afatanyije na nyirayo Knowless, na we ntiyatinda kubimwemerera. Ama G yavuze ko afata Knowless nkâumuvandimwe: âMu byiza ahuye nabyo mu muziki harimo […]
Se wa Diamond agiye kuvuzwa nâabandi mu gihe umuhungu we yigaramiye
Se wa Diamond Platnumz, Abdul Juma agiye kuvuzwa nâumukobwa we usanzwe aba mu Bwongereza. Ni nyuma yo kwirengagizwa n’umuhungu we Diamond Platnumz, umwe mu bahanzi bamaze kugira amikoro. Abdul Juma ntiyahwemye gutabaza umuhungu we Diamond Platnumz avuga ko akeneye ubufasha mu byâubuvuzi. Umuhungu we ntiyegeze amureba nâirihumye. Aganira nâibitangazamakuru byo muri Tanzania, uyu mukobwa usangiye […]
Uganda yagiriye inama abaturage bayo bajyana ibicuruzwa mu Rwanda
Leta ya Uganda kuwa 7 Werurwe yatanze inama ku baturage bayo bajyana ibicuruzwa mu Rwanda. Ni mu gihe  nta kimenyetso cyâuko agatotsi kari mu mubano wâibi bihugu byombi kazavamo vuba. Minisitiri wâUbucuruzi, Amelia Kyambadde atangaza ko Abanyayuganda bashaka kuzana ibicuruzwa byabo mu Rwanda bazajya bifashisha imipaka ibiri gusa. Yavuze umupaka wa Mirama Hills  mu Karere […]
Urutonde rwâabakinnyi 18 Rayon Sports yifashisha mu mukino urayihuza na Bugesera FC
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze urutonde rwâabakinnyi 18 igomba kwifashisha mu mukino urayihuza nâikipe ya Bugesera FC. Ni umukino wa 19 wa Shampiyona yâikiciro cyâumupira wâamaguru mu Rwanda, uteganijwe kuba kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Werurwe 2019, ku kibuga cya Etoo Nyamata. Mu gihe Rayon Sports yaba ibashije kuvana amanota atatu kuri […]
Perezida wâu Bufaransa yatumiwe i Kigali mu muhango wo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron yatumiwe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi, tariki ya 7 Mata 2019, i Kigali. Kugeza ubu ngo u Bufaransa bukaba butaratanga igisubizo kuri ubu butumire bwâu Rwanda. Ikinyamakuru JeuneAfrique dukesha iyi nkuru, gitangaza ko ubu butumire ari ikimenyetso cyiza kigaragaza  ugukomeza kuzura umubano wâu Rwanda […]