Nta Jenerali wo gukubita inshyi abantu, ubishaka azajye muri Somalia- Museveni avuga kuri Gen Kyaligonza
Perezida wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda (UPDF),atangaza ko Rtd Maj. Gen. Matayo Kyaligonza azahanwa kuko nta mujenerali wemerewe gukubita abantu kandi ko ubishaka yajya muri Somalia kuko ariho bikenewe. Gen Kyaligonza ashinjwa guhohotera umupolisikazi, Sgt Esther Namaganda  ahitwa Seeta, mu Karere ka Mukono. Perezida Museveni ni ubwa mbere avuze kuri iki kibazo […]
Malawi: Abiganjemo abafite ubumuga bw’uruhu bakoreye imyigaragambyo ku biro bya Perezida
Tariki ya 7 Werurwe, Abasaga 300 biganjemo abafite ubumuga bw’uruhu bakoreye imyigaragambyo ku biro by’umukuru w’igihugu, mu murwa mukuru Lilongwe bashaka guhura na Peter Mutharika. Ni nyuma y’ihohoterwa rimaze igihe ribakorerwa. Aba bantu baririmbaga indirimbo zisanzwe ziririmbirwa abitabye Imana. Bumwe mu butumwa bari banditse ku bitambaro, impapuro n’ibyapa bwagiraga buti: “Ntabwo twakongera gusinzira mu gihe […]
Nigeria yahaye uburenganzira utemera ibyavuye mu matora ngo yikorere ubugenzuzi
Ku wa gatatu, tariki ya 7 Werurwe, Urukiko rwo muri Nigeria rwategetse komisiyo y’igihugu y’amatora guha uburenganzira ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ngo rigenzure impapuro z’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa 23 Gashyantare. Ni nyuma y’uko ishyaka rya Peoples Democratic Party rihagarariwe na Atiku Abubakar ritavuga rumwe na leta ya Buhari ryavuze ko amatora yaranzwe n’amanyanga. […]
Rwamagana: Abangavu basabwe kudahishira ababateye inda
Abakobwa bajyajwe bari munsi y’imyaka 18 y’amavuko bo mu karere ka Rwamagana, basabwe kudahishira ababateye inda, kugira ngo bazajye bakurikiranwa ndetse n’abana babo bagire uburenganzira nk’abandi. Mu biganiro abangavu bo mu mirenge ya Muhazi, Kigabiro na Gishari bagejejweho, cyagarukaga ku burenganzira bw’abana babyaye ndetse n’amategeko arengera abo bangavu batewe inda batarageza ku myaka y’ubukure, bagaragarije […]
RDC: Perezida Tshisekedi na Kabila bemeranyijwe gukorana
Perezida mushya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi n’uwo yasimbuye, Joseph Kabila ku wa Gatatu tariki ya 5 Werurwe 2019, bavuze ko nyuma yo kugirana ibiganiro bumvikanye gushyiraho Leta igizwe n’urugaga ruhuriweho. N’ubwo yatangajwe n’akanama k’amatora ka Congo ko ari we watsinze amatora yo mu kwezi kwa cumi na kabiri k’umwaka ushize wa […]
Icyogajuru n’umupaka wa Gatuna byabaye igipimo cy’umwete muke w’Abanyamakuru bo mu Rwanda
Icyogajuru bivugwa ko ari icy’u Rwanda cyoherejwe mu kirere, n’ibibazo ku mupaka wa Gatuna; ni zimwe mu nkuru zagarutsweho  mu kiganiro cyabaye ku wa Gatanu taliki ya 1 Werurwe 2019,  kigamije gukangurira abanyamakuru gushaka ibimenyetso(facts check) no kurwanya ibihuha(fake news). Ni ikiganiro gihuza abanyamakuru n’inzego zitandukanye zirimo umuryango urwanya ruswa n’akarengane TI-Rwanda, PaxPress,Kaminuza ya Aga […]
Abandi Banyarwanda batatu baburiwe irengero muri Uganda
Abanyarwanda batatu aribo  Jean Marie Iranyunva, Rameck Rukundo Niyonzima na Jonathan Rukundo bafatiwe muri Uganda kuwa 18 Gashyantare 2019. Amakuru Bwiza.com idafitiye gihamya ni uko aba bafashwe n’Urwego rw’Iperereza rya  Gisirikare muri Uganda (CMI) ubwo bari Kololo, mu Mujyi wa Kampala mu bikorwa by’amasengesho.Ikinyamakuru Virunga Post cyemeza ko aba Banyarwanda bahise baburirwa irengero, hakaba hataramenyekana […]
Ubushinwa: Abayobozi b’inzego z’ibanze biyibagiza ko ibidukikije ari ubukungu
Mu nama ihuje abayobozi bakomeye mu ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa”deux sessions”, ibaye ku nshuro yayo ya 13, Perezida Jinping yongeye gutunga agatoki abayobozi b’inzego z’ibanze badaha agaciro ibidukikije. “Ibisiza n’imisozi itoshye, inyuranyuranamo imigezi y’urubogobogo; bingana imitwaro ya zahabu ndetse na feza”. Aya ni amwe mu magambo Perezida Jinping akunda kugarukaho, ashaka kwerekana akamaro k’urusobe […]
RDC: Imirwano iravuza ubuhuha hagati y’Abanyamulenge n’inyeshyamba za Maà ¯-Maà ¯
Mu karere k’imisozi miremire muri Segiteri ya Lulenge, Zone ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abaturage bakomeje guhunga imirwano iri hagati y’aborozi b’Abanyamulenge n’abarwanyi b’inyeshyamba za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ. Umuyobozi wa Komini Minembwe, Gadi Mukiza Nzabinesha, avuga ko intambara iri hagati y’aborozi b’Abanyamulenge ndetse n’abarwanyi ba MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ, bakomoka mu bwoko […]
Ibibazo ku mupaka wa Gatuna bihombya abacuruzi miliyoni zisaga Rwf 500 buri munsi
Abacuruzi bo muri Uganda bohereza ibicuruzwa byabo mu Rwanda bahomba miliyoni Rwf 530 ku munsi. Ibi bitangazwa n’Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa mu Mahanga cyo muri Uganda. Umuyobozi w’iki kigo, Dr Elly Twineyo Kamugisha kuwa Kabiri w’iki cyumweru yatangaje ko Uganda yohereza mu Rwanda ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika ku mwaka. […]
Ntabwo abahanzi bose bazamera nka Knowless uhagarara kuri stage – Marina
Umuhanzikazi uri kuzamuka neza mu ruhando rwa muzika nyarwanda, Ingabire Marina Debol, ukoresha Marina mu muziki, aherutse gukurwa kurubyiniro i Musanze tariki 2 Werurwe 2019 mu gitaramo cya Tour Du Rwanda, yahishuye ko Kina Music ariyo ibirinyuma. Marina aganira n’Itangazamakuru yatangaje ko ubwo yakurwaga ku rubyiniro yabwiwe n’abashyushya rugamba (MC) ko Clement Ishimwe, ariwe wategetse […]
RDC: Umuyobozi w’inyeshyamba yandikiye Perezida Tshisekedi
Mu ibaruwa ifunguye Perezida FĂ©lix Tshisekedi yandikiwe na Mbawu Nkanka Simon, uyobora inyeshyamba za Kamuina Nsapu, yamutangarije ko biyemeje gushyira intwaro hasi, bishimira intsinzi ye. Ni ibaruwa izi nyeshyamba zanditse ku wa 6 Werurwe 2019, zishimira Perezida FĂ©lix Tshisekedi uherutse gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu, ndetse zinamusaba kuba zashyirwa mu Nzego z’umutekano za Leta, Ingabo na […]
Kamonyi: Umugore waroze umwana we agamije kubana n’undi mugabo yasabiwe igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga, mu Ntara y’Amajyepfo,  rwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu Nyirabizimana Immaculee ukurikiranyweho icyaha cyo kuroga umwana we w’umukobwa w’ umwaka. Nyirabizimana ashinjwa kuroga umwana we amuhaye umuti wica udukoko (Rocket). Ibyo akaba yarabikoze agamije kumwica kugira ngo abane n’undi mugabo. Nk’uko Ubushinjacyaha bwabitangaje bubinyujije ku rubuga rwabwo, nppa.gov.rw, ngo iburanisha […]
Perezida Museveni yasabye abayobozi kutongera gusubiza ab' u Rwanda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yasabye ko abandi bayobozi bareka kugira icyo batangaza ku byo u Rwanda rugenda rutangaza muri iki gihe umubano w’ibihugu byombi ugenda urushaho kuzamba. Umuvugizi wa Leta ya Uganda, Ofonwo Opondo ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuwa 5 Werurwe 2019 yatangaje ko ku mabwiriza ya Perezida Museveni, batazongera kugira icyo […]
Ntabwo uburenganzira bw’Abanyarwanda bushingiye kuri Uganda- Dr Sezibera
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Sezibera Richard avuga ko u Rwanda ari igihugu cyiyubashye ndetse ko nta kiguhu na kimwe kigomba kugena uko Abanyarwanda bagomba kubaho. Minisitiri Sezibera yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa Kabiri tariki ya 5 Werurwe 2019, i Kigali, avuga ko uko Abanyarwanda bagomba kubaho bigenwa nabo ubwabo ndetse […]
Manchester United yasezereye PSG mu minota y’inyongera
Tariki ya 6 Werurwe, nibwo imikino ya 1/8 yakomezaga harimo n’uwo Manchester United yasezereye Paris Saint Germain mu mikino ya kabiri ya UEFA Champions League. Ni insinzi yakuye inyuma kuko mu mukino ubanza yari yawutsinzwe ibitego 2 ku busa. Umukino ugitangira, Manchester United yatangiranye ishyaka n’inyota y’ibitego. Ibi byayihiriye ku munota wa 2, ubwo rutahizamu […]
Harakurikiraho iki ko ibyo u Rwanda rushinja Uganda byose yabihakanye ? Dr Kayumba
Umwarimu wa Kaminuza akaba n’Impuguke muri Politiki, Dr Christopher Kayumba avuga ko yibaza iki gihe gukurikiraho nyuma y’aho Uganda ihakanye ibyo u Rwanda ruyishinja. U Rwanda rushinja Uganda gucumbikira abashaka kuruhungabanyiriza umutekano. Ibi Uganda ikabihakana ivuga ko itakorana n’abashaka guhungabanya umutekano w’umuturanyi nk’uko itangazo ryashizwe hanze na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, Sam Kutesa ribivuga. […]
Bobi Wine arakomera Perezida Museveni agatoki ku kandi amutega umwaka wa 2021
Depite Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya  Bobi Wine arakomera Perezida Museveni agatoki ku kandi, ashimangira ko umwaka wa 2021 utazamusiga ku butegetsi.  Aganira na Radiyo Akaboozi mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 5 Werurwe 2019, yatangaje ko yizeye intsinzi ya politiki, by’umwihariko ko Perezida Museveni agomba kuva ku butegetsi. Yagize ati […]
Video: MINISPOC na RDB bavuze uburyo bakuye ishema muri Burkina Faso
Abanyeshuri b’Abanyarwanda basaga 180 ntibazitabira ibirori bisoza amasomo yabo i Kampala
Abanyeshuri 187 b’Abanyarwanda ntibazitabira ibirori bisoza amasomo yabo muri Kaminuza ya Kampala  (KU) bitewe n’ibibazo byo kwambukiranya imipaka biri hagati y’u Rwanda na Uganda. Biteganyijwe ko ibi birori bizaba kuwa Kane tariki 7 Werurwe 2019 ariko aba Banyarwanda bakaba batazabasha kubyitabira. Aganira n’itangazamakuru ku cyicaro cya KU kiri ahitwa Ggaba mu Mujyi wa Kampala ejo […]
Ubuhanzi budashingira ku muturage burazima- Perezida Jinping
Ubwo Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping yabonanaga n’abahanzi kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Werurwe 2019, yabibukije ko aribo musingi wo kubakiraho u Bushinwa butera imbere, kubera inganzo yabo ivoma ibihangano mu baturage.  “ Ubuhanzi bwose bugomba gushingira ku muturage, we buvomamo ibihangano. Inganzo idakura mu baturage iragimba ikazima”. Aya ni amwe mu […]
Nyanza: Abafashamyumvire mu bworozi bahawe amagare azabafasha mu ngendo
Muri Werurwe 2018,  nibwo hashyizweho abajyanama mu bworozi bo gufasha abandi muri aka karere ka Nyanza hagamijwe kongera umukamo w’amata n’ubwiza bwayo hagendewe ku kumenya gutegurira inka indyo yuzuye ndetse no gufasha aborozi kumenya uko bahinga ubwatsi. Bamwe mu bafashamyumvire muri aka karere bavuga ko n’ubwo akazi bakora ari ubukorerabushake ariko ngo bahuraga n’imvune zo […]
Burundi: Mu cyumweru kimwe, imirambo 14 yatoraguwe mu ishyamba rya Kibira
Ku wa Kabiri tariki ya 5 Werurwe 2019, nibwo hatangajwe ko hari imirambo 14 yatoraguwe mu ishyamba rya Kibira, riherereye mu Burengerazuba bw’Amajyaruguru y’u Burundi, Intara ya Cibitoke. Imirambo ibiri yatoraguwe mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 5 Werurwe 2019, ku musozi wa Gafumbegeti, muri Komini, muri Komini ya Cibitoke. Ikinyamakuru SOS/Burundi gitangaza […]
Ni ikinyoma kuvuga ko Uganda icumbikiye abashaka gutera u Rwanda- Min. Kutesa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Sam Kahamba Kutesa atangaza ko ibiherutse gutangazwa n’u Rwanda ko igihugu cye gicumbikiye abashaka kuruhungabanyiriza umutekano ari ikinyoma. Abayobozi b’u Rwanda bashinzwe iby’ububanyi n’amahanga bagiye bavuga ko Uganda icumbikiye abashaka guhungabanya igihugu cyabo. Mu batunzwe agatoki harimo Ishyaka rya Rwanda National Congress (RNC) rya Kayumba Faustin Nyamwasa wigeze kuba Umugaba […]
Rwamagana: Abakora ubucuruzi buciriritse babangamiwe n’umusoro urenze amikoro yabo
Abagore bakora ubucuruzi bw’imboga mu gasoko gato kari inyuma y’irya Kigabiro riherereye mu Mujyi wa Rwamagana, barasaba gufashwa bakabona aho gukorera aho kwirukanwa kubera imisoro badashobora kubona.  Abagore n’urubyiruko bahakorera ubu bucuruzi buciriritse bavuga ko babangamirwa no kwirukanwa muri iri soko, mu gihe bagaragaza ko bagamije kwivana mu bukene ariko umusoro ukababera inzitizi. Manishimwe […]
Abanyatanzaniya baribaza byinshi ku myitwarire ya Harmonize mu kiriyo cya Ruge
Abaturage batandukanye bo mu gihugu cya Tanzania bakomeje  byinshi ku myitwarire y’umuhanzi Harmonize mu gihe barimo baririra banitegura gushyingura uwari Umuyobozi wa Clouds Media, Ruge Mutahaba. Abanyatanzaniya by’umwihariko abakunda iby’imyidagaduro, bavuga ko bitumvikana ukuntu Harmonize ari mu bantu ba mbere banditse ku rukuta rwe rwa Instagram ko Ruge yitabye Imana ariko nyuma akaruca akarumira, ntagire […]
Rubavu: Harasiwe abantu bageragezaga kwinjira mu Rwanda mu ijoro (yavuguruwe)
Amakuru aturuka mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Rubavu, Akagari ka Byahi, Umudugudu wa Rurembo, avuga ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri rishyira iryo ku wa Gatatu tariki ya 6 Werurwe 2019, hari abantu baharasiwe bageragezaga kwinjira ku butaka bw’u Rwanda. Mu gihe hari amakuru yavugaga ko ari abantu bari bitwaje intwaro, inzego z’umutekano […]
Ahari u Rwanda rutinya ko hari abatoroka- Gen Kahinda Otafiire
Minisitiri w’Ubutabera n’Ibijyanye n’Itegeko Nshinga wa Uganda, Rtd Maj. Gen. Kahinda Otafiire atangaza ko bishoboka ko u Rwanda rwaba rutinya ko abaturage barwo batoroka baramutse bemerewe kujya muri Uganda. Ni nyuma y’aho abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Richard Sezibera asabye ko Abanyarwanda baba baretse kujya muri Uganda kuko […]
Kigali: Umushoferi n’umumotari bafashwe bagerageza guha ruswa abapolisi
Umumotari n’umushoferi bafashwe ku wa Mbere tariki 4 Gashyantare 2019, mu turere twa Gasabo na Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, bagerageza guha ruswa abapolisi bari babafatiye mu makosa atandukanye yo mu muhanda. Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superntendent of Police (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi yatangaje ko abafashwe ari Mbarushimana […]
Dore ingaruka z’umwuka mubi uri hagati ya Uganda n’u Rwanda
Mu myaka ibiri ishize hagati y’ibihugu byombi bituranyi, byigeze gukundana karahava nyuma ya za 94, umubano wakomeje kutaba mwiza. Ibi bigaragarira mu binyamakuru bikorera leta z’ibihugu byombi, mu mbuga nkoranyambaga ndetse rimwe na rimwe mu matangazo ya za ministeri z’ububanyi n’amahanga. Muri iyi nyandiko ntituza gusubira kubyo ibihugu byombi bipfa kuko twagiye tubigaragaza mu nyandiko […]
Minisiteri y’ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y’igifungo habaho kwishyuzwa
Minisiteri y’ubutabera yishimira ko icyaha cya ruswa no kunyereza umutungo wa Leta cyavanywe mu bindi byaha kigashyirwa ukwacyo. Kuba kandi icyaha cya ruswa kidasaza, bitanga icyizere ko ntawe uzongera kunyereza ngo abiheze: gufungwa ntibihagije habaho no kwishyuzwa, imanza za gatanya zigamije guhisha imitungo zisubirishwamo, ndetse n’ubuze ubwishyu aho abuboneye arishyuzwa. Ubwo umuryango urwanya ruswa n’akarengane […]
U Rwanda ku mwanya wa Gatanu ku Isi mu kugira interineti ihendutse
Ubushakashatsi ku mafaranga abantu bariha kuri interineti bakoresha muri telefone zigendanwa bwashyize u Rwanda ku mwanya wa Gatanu ku isi mu bihugu bifite igiciro gihendutse. Ubu bushakashatsi bwakozwe n’urubuga rwa interineti Cable.co.uk rwo mu Bwongereza rugereranya ibiciro bya interineti, bwasanze jiga imwe (1GB) ya interineti mu Rwanda igura ibice 0.56 by’idolari ry’Amerika, mu gihe mu […]
Meddy ushakishwa n’inkiko yabajijwe niba ashaka gupfa
Umwe mu bakurikirana umuhanzi Ngabo MĂ©dard Jobert ku mbuga nkoranyambaga yamubajije niba yifuza gupfa bitewe n’ifoto yari ashyize ku rukuta rwe rwa Instagram. Meddy yashize hanze ifoto amashusho atagira amajwi arimo ifoto ye igenda inyurwamo n’imirabyo igaragara igihe inkuba igiye gukubita. Bakimara kubikubita amaso, umwe mu bakurikira (follower) wiyita romyjons kuri instagram yamubajije niba ashaka […]
Min.Sezibera avuga ko Bazeye na Lt.Col Abega bafashwe neza mu Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Sezibera Richard, avuga ko LaForge Fils Bazeye wari Umuvugizi wa FDLR na Lieutenant Colonel Abega, wari ushinzwe iperereza, nyuma yo koherezwa mu Rwanda, ubu bafashwe neza kandi batanga amakuru meza akenewe. Mu Ukuboza 2018, nibwo Bazeye na Lt.Col Abega bafashwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), nyuma […]
Burundi: Rwasa Agathon arijujutira Leta yahagaritse ibikorwa by’ishyaka rye
Visi Perezida w’Inteko Nshingamategeko y’u Burundi, Rwasa Agathon, avuga ko Leta y’u Burundi yahagaritse ibikorwa byari byateguwe mu mpera z’icyumweu gishize by’ishyaka rye rishya. Agatho Rwasa ni perezida w’Ishyaka CNL (Congrès National de LibertĂ©) ritavuga rumwe na Leta y’u Burundi, ku cyumweru tariki ya 3 Werurwe 2019, bakaba bari bateguye umuhango wo gutaha ibiro rizajya […]
Itangazo ryo guhindura izina
Min. Sezibera yahakanye iby'ifungwa ry'abajenerali batatu b'u Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Richard Sezibera atangaza ko nta mujenerali wo mu Rwanda ufunzwe nk’uko hari amakuru yari amaze iminsi acaracara abivuga. Amakuru yari amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga ko Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Iperereza n’iz’Umutekano mu Rwanda (NISS), Maj. Gen Joseph Nzabamwita, Umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Amajyepfo, Maj. Gen. Emmanuel Ruvusha n’Umwe […]
Ntabwo Rweru ari irimbi ry’u Rwanda-Dr. Sezibera asubiza u Burundi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Sezibera Richard avuga ko imirambo yabonetse mu Kiyaga cya Rweru kiri hagati y’u Rwanda n’u Burundi, itaturutse mu Rwanda. Yabitangaje mu gihe u Burundi bwavugaga ariho yaturutse inyujijwe mu ruzi rw’Akagera. Mu mpera z’ukwezi gushize nibwo imirambo icyenda yabonetse mu kiyaga cya Rweru ireremba. Ubuyobozi bw’Intara ya Kirundo mu […]
Platini yabajijwe niba ajya akumbura Diane batandukanye
Umuhanzi Nemeye Platini, wo mu itsinda rya Dream Boys yagize icyo atangaza ku bijyanye no kuba yaba ajya akumbura uwahoze ari umukunzi we,  Ingabire Diane bamaranye imyaka ine bari mu munyenga w’urukundo bagatandukana. Mu kiganiro yagiranye n’Inyarwanda TV, Platini yabajijwe niba akumbura Diane maze asubiza nta gihunga ko atajya amukumbura kuko yagiye mu yindi Si […]
Bobi Wine yasabye Perezida Museveni na mugenzi we Kagame kwirinda intambara
Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine atangaza ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na mugenzi we, Paul Kagame w’u Rwanda badakwiriye gukoresha intambara mu gukemura ibibazo by’umubano mubi uri hagati y’ubutegetsi babereye ku isonga. Bobi Wine uhagarariye agace ka Kyadondo y’Iburasirazuba mu nteko ya Uganda, asaba ibi ashingiye ku kuba u Rwanda na […]
Abanyatanzaniya baribaza byinshi ku myitwarire Diamond yagaragaje  ku kiriyo
Abaturage batandukanye bo mu gihugu cya Tanzania bakomeje  byinshi ku myitwarire,umuhanzi Diamond Platnumz yagaragaje mu muhango wo gusezera k’uwari Umuyobozi wa Clouds Media, Ruge Mutahaba. Mu muhango wo gusezera Ruge Diamond avugwaho gukerererwa kugeza n’aho umukuru w’igihugu amutanga kuhagera. Hibazwa kandi impamvu uyu mugabo nk’umuntu w’icyamamare atigeze agira icyo atangaza kuva Ruge Mutahaba yapfa. Si […]
Turi gucunga bya hafi ku mipaka yacu n’u Rwanda- Igipolisi cya Uganda
Polisi ya Uganda itangaza ko iri gucunga bya hafi ku mipaka iki gihugu gihana n’u Rwanda,ruri mu majyepfo yacyo. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, CP Fred Enanga ku wa Mbere w’iki cyumweru yatangaje ko bari gucunga izi mbibi mu rwego rwo gukurikirana icyaba icyo ari cyo cyose gifitanye isano n’icyaha. Mu kiganiro n’itangazamakuru, CP Enanga […]
Kicukiro: Hagaragajwe abantu umunani bacyekwaho gucuruza urumogi
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Werurwe 2019, kuri sitasiyo ya Polisi ya Gikondo mu karere ka Kicukiro, Polisi yeretse itangazamakuru abantu bagera ku 8 bacuruzaga bakanakwirakwiza urumogi mu mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye. Polisi yatangaje ko aba bose bafatanwe ibiro bitandukanye mu mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye mu cyumweru dusoje. […]
Perezida w’u Bushinwa ni umuyobozi udasanzwe akaba umudepite usanzwe
Mu gihe hitegurwa inama ngishwanama ya 13 y’ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa, mu Badepite bagera ku 3000 bayitabira harimo na Perezida Xi Jinping ugaragara nk’Umudepite usanzwe n’ubwo ari umuyobozi udasanzwe. Iyi nama iba buri mwaka, abayirimo biga amategeko n’indi mishinga y’igihugu cy’u Bushinwa, na Perezida Jinping akaboneraho kubaganiriza haba mu matsinda cyangwa mu ihuriro […]
Umutoza wa Liverpool avuga ko yizeye kuba yabuza igikombe Man. City
Umutoza w’ikipe ya Liverpool, Jurgen Klopp avuga ko anezejwe n’uburyo arimo guhanganira umwanya wa mbere n’ikipe ya Manchester City, muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza. Jurgen Klopp yatangaje ibi nyuma y’umukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Werurwe 2019, ubwo ikipe ye yari imaze kunganya na Everton 0-0. Ubu Man. City iri ku mwanya […]
Rusizi: Abashaka kwibumbira mu makoperative bazitirwa n’ubushobozi buke
Bamwe mu bagerageza kwihangira imirimo mu karere ka Rusizi, bavuga ko bakigorwa no kwishyira hamwe mu makoperative kubera ubushobozi bavuga ko ari buke, hakaba abamara igihe kirekire mu matsinda abandi bagakora nka ba nyamwigendaho. Ubuyobozi bw’akarere bukavuga ko iyi mikorere irushaho kubadindiza nyamara bakwiye kwishakamo ibisubizo byabafasha gushinga ayo makoperative bakoreramo. Ni bimwe mu byagaragariye […]
Biravugwa ko u Rwanda rwaba rwashyize abasirikare benshi ku mupaka warwo na Uganda
Mu gihe hari amakuru avuga ko u Rwanda rwaba rwashyize abasirikare benshi ku mupaka warwo na Uganda, ku ruhande rw’ingabo z’u Rwanda, batangaza ko ntacyo yayatangazaho. Ibinyamakuru bitandukanye nka Chimpreports, Observer n’ibindi byo muri Uganda, bitangaza ko abasirikare b’u Rwanda benshi bagaragaga hafi y’umupaka ugabanya ibi bihugu, mu gihe hashize iminsi humvikana umwuka mubi hagati […]
Anita Pendo yikomye umunyamakuru wavuze ko yataye ku munigo Phil Peter
Umushyushyarugamba akaba n’Umunyamakuru wa Magic FM, Anita Pendo atangaza ko yikomye umunyamakuru wa TV10, Hirwa Redemptus ukora mu bijyanye n’imyidagaduro watangaje ko yafashe mu mashati, Umunyamakuru wa Radiyo Isango Star, Phil Peter. Mu kiganiro cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Werurwe 2019, Anita Pendo ntiyahakanye ko atakoze ku ijosi rya Phil Peter ariko […]
Dr Kiiza Besigye yagabweho igitero n’agatsiko k’insoresore
Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni wa Uganda, Rtd. Col.  Dr Kiiza Besigye yagabweho igitero n’agatsiko k’urubyiruko rwaririmbaga indirimbo zimunnyega. Ibi byabereye ahitwa Bulange mu gace ka Mengo ho muri Kampala. Besigye yaje kwisanga akikijwe n’uruvunganzoka rw’insoresore bivugwa ko ari izishyigikiye Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine. Uru rubyiruko, nk’uko Chimpreports […]
U Rwanda rwavuze impamvu eshatu zituma umubano warwo na Uganda ujya irudubi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yatangaje impamvu eshatu zikomeje gutuma umubano n’igihugu cya Uganda uzamba. Min. Sezibera avuga ko umubano hagati y’ibihugu byombi wazambye ku kigero cy’aho nta cyizere ku mutekano w’Abanyarwanda bajya cyangwa baba muri Uganda. Aganira n’ikinyamakuru The New Times, Sezibera yongeye gushimangira ko Abanyarwanda yise abadafite ibyo bajya gukora muri […]
Leta y’u Rwanda ikwiye no gushyiraho itegeko rihana ubujura bwitwaje Bibiliya- Tom Ndahiro
Umushakashatsi akaba n’umusesenguzi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, Ndahiro Tom, avuga ko Leta y’u Rwanda yagashyizeho itegeko rihana ubujura bwitwaje bibiliya. Yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 3 Werurwe 2019, nyuma yo gushima igitekerezo cya Mvukiyehe Rubera wari umaze kuvuga abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, ko abajura batunga abantu imbunda bakabambura utwabo n’amadini arimo gukoresha amayeri […]
RDC: Inyeshyamba zanyuzwe n’intsinzi ya Perezida Tshisekedi zikomeje gushyira intwaro hasi
Abasaga 30 bo mu nyeshyamba za RaĂ ÂŻa Mutomboki Ngubito barwaniraga i Bubavu muri Teritwari ya Kalehe, Muri Kivu y’Amajyepfo, bashyize intwaro hasi bishyira mu maboko y’ingabo za Leta ya Congo (FARDC). Izi nyeshyamba zishyikirije Leta ku wa Gatandatu tariki ya 2 Werurwe 2019. Perezida wa Sosiyeti sivile i Buzi muri teritwari ya Kalehe, James Musanganya, […]
Amajyaruguru: Akarere ka Burera gahiga utundi mu gukoresha nabi imari ya Leta
Ubusesenguzi bw’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (TI- Rwanda) kuri raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta 2016-2017, bugaragaza ko Akarere ka Burera kaza ku isonga mu Ntara y’Amajyaruguru. Ubusesenguzi bwa TI-Rwanda burerekana ko ubuyobozi bw’aka karere  bwakoresheje amafaranga mu buryo hakekwamo kunyereza cyangwa guyacunga nabi. Ubwo uyu muryango utegemiye kuri leta wamurikiraga Intara y’Amajyaruguru […]
Kicukiro: Bisi itwara abanyeshuri yafashwe n’inkongi y’umuriro irakongoka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Werurwe 2019, nibwo imodoka (Bus) itwara abanyeshuri yafashwe n’inkongi y’umuriro, irashya irakongoka. Ku bw’amahirwe nta muntu wahiriyemo. Iyi modoka yari irimo umushoferi wayo wenyine, ubwo yabonaga itangiye kwaka, ngo yahise ayivamo. Igurumana nta muntu uyirimo, ubwo yari igeze hafi na Hotel Nobleza, mu Karere ka […]
Turi gukemura ikibazo dufitanye n'u Rwanda- Min. w’Intebe wa Uganda
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Ruhakana Rugunda atangaza ko igihugu cye kiri gushaka uko cyakemura ibibazo gifitanye n’u Rwanda ku bijyanye no kwambukiranya imipaka. Uyu mutegetsi yabitangarije abatuye agace ka Kigezi ko iki kibazo cyo gufunga imipaka cyatangiye kuwa Gatatu w’icyumweru gishize kiri gukemurwa na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Iy’Inganda n’Ubucuruzi. Avuga ko bari mu biganiro n’uruhande […]
Bujumbura: Umupolisi yashwanye n’indaya basangiraga inzoga arasa abantu umunani
Umupolisi wasangiraga n’umukobwa bise indaya, yarashe mugenzi we n’abandi bantu batatu, akomeretsa abandi bane, mu gace k’ahazi nko Mbingo, Zone Gatumba, Komini Mutimbuzi, muri Bujumbura. Ahagana saa yine z’ijoro ryo ku wa Gatandatu, nibwo uyu mupolisi yakoze aya mahano, ubwo atabashaga kumvikana n’umukobwa bari kumwe mu kabari. Mugenzi we wageragezaga kubahuza araharasirwa hamwe n’abandi bantu […]
Nyagatare: Gukoresha Gazi biracyari inzozi ku batuye Rwempasha
Leta y’u Rwanda ishishikariza abaturage gukoresha ubundi buryo bwo gutekesha butari inkwi burimo gazi, biyogazi n’ibindi mu rwego rwo kurengera ibidukikije, ariko mu duce tumwe na tumwe tw’igihugu bigaragara ko umubare w’abakoresha ubwo buryo ukiri mbarwa, ndetse hari n’abatarabusobanukirwa. Urugero ni mu Murenge wa Rwempasha ho mu Karere ka Nyagatare, aho abantu bane cyangwa batanu […]
Aho wakura igishoro gihagije cy’umushinga wawe
Urubyiruko ruhura n’imbogamizi ikomeye yo kutamenya aho rwakura igishoro cy’imishinga ruba rufite. Umushinga uko waba mwiza gute iyo udafite amafaranga yo kuwutangiza ntaho ugera. Icyo kibazo tugiye kugiye kugikemura tumenyesha urubyiruko ahantu hatandukanye rwavana inkunga y’imishinga yarwo. Aho hantu ariko hagiye hatandukanye bitewe n’umushinga ndetse n’igishoro gikenewe, turagerageza kwerekana bimwe mu bisabwa kugira ngo ube […]
Ubutabera: Umunyamerikakazi avuga ko nta bwisanzure ku banyarwanda bashinjura Rukeratabaro
Urubanza rwa Rukeratabaro ukekwaho Jenoside yakorewe abatutsi mu cyahoze ari Komini Cyimbogo, ubu rugeze mu bujurire mu gihugu cya Suwede. Tariki ya 20 Gashyantare humviswe ubuhamya bw’inzobere ebyiri zishinjura Rukeratabaro, harimo umunyamerikakazi Nancy Combs, uvuga ko abanyarwanda batorohewe no gushinjura kubera igitutu cya Leta y’u Rwanda, nyamara ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwo bukabitera utwatsi. Habanza umutangabuhamya […]
Ibintu 5 wakora kuri murandasi (Internet) bikakugirira umumaro mu buzima
Nyuma y’aho murandasi(internet) itangiriye gukoreshwa, ubu ifite ubushobozi bubiri ari bwo “gutuma umuntu atakaza umwanya” no “gutuma umuntu abyaza umusaruro igihe abonye” bitewe n’ibyo aba ahakorera. Hari abakoresha imbuga mu buryo bw’ibiganiro gusa, abandi bakazikoresha bashaka kunguka ubumenyi mu ngeri zitandukanye. Muri izi mbuga zo kuganiriraho, twavuga cyane “imbuga nkoranyambaga” nka Facebook, Whatsapp, Twitter, Instagram […]