Nyina wa Ndimbati yapfuye

Umukinnyi wa filime nyarwanda Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati yapfushije nyina umubyara kuri uyu wa 14 Mutarama 2026. Aya makuru yemejwe na Ndimbati aho yavuze ko âayo makuru niyo, umubyeyi wanjye yitahiye yari mu rugo iwanjye aho yari amaze iminsi.â Uyu mukunnyi wa filime ntiyigeze ashaka kugira byinshi atangaza ku mpamvu yâurupfu rwâumubyeyi we. […]
IShowSpeed yarwaye inzoka ari kuri Live (imbonankubone)

Umunyamerika uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga no kuri YouTube, IShowSpeed, yakomeje kuvugisha benshi mu rugendo rwe muri Afurika, nyuma yo kugera muri Ethiopia avuye muri Kenya, aho yari yarakoze ibikorwa byinshi byishimiwe nâabafana. Ku wa Kabiri tariki ya 13 Mutarama, IShowSpeed yageze muri Ethiopia, yakirwa nâimbaga yâabantu benshi nkâuko byagenze no muri Kenya. Nkâuko asanzwe […]
Mike Tyson yahaye Trump ibaruwa ya Diddy amusaba imbabazi

Uwahoze ari icyamamare mu mukino wâiteramakofe ku isi, Mike Tyson, bivugwa ko yahaye Donald Trump ibaruwa yanditswe nâintoki na Sean âDiddyâ Combs, asaba imbabazi Perezida (pardon). Ibi byatangajwe n’ikinyamakuru The Sun, kivuga ko Tyson yahaye Trump iyo baruwa ubwo yari yasuye White House mu Ugushyingo. Mu cyumweru gishize, Perezida Trump yemeje ko Diddy yamwandikiye amusaba […]
Prosper Nkomezi yambitse impeta – Amafoto

Umuhanzi Prosper Nkomezi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yambitse impeta umukunzi we Retina Nkurunziza, mu rwego rwo gutangira urugendo rwo gushinga urugo. Iyi nkuru yayimenyesheje abamukurikira abinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Yabanje gusangiza ubutumwa agaragara yicaye wenyine yambaye imyenda yâumweru, agaragaza icyizere cyâabiringira Imana, avuga ko abazagera mu ijuru bazicara bakishimira imbuto zaho. […]
Ifoto y’umu-Rayon wiyahuye igiye kumanikwa mu biro by’iyi kipe

Perezida wâAbafana ba Rayon Sports, Muhawenimana Claude, yatangaje ko ifoto ya Nizeyimana Alexandre, umufana wâiyi kipe uherutse kwiyahura nyuma yo gutsindwa na APR FC, igiye kumanikwa mu biro bya Rayon Sports mu rwego rwo kumwibuka no guha agaciro urukundo rudasanzwe yari afitiye iyi kipe. Abafana ba Rayon Sports barimo Perezida wabo Muhawenimana Claude, bifatanyije nâabaturage […]
Ish Kevin yahagaritse kunywa itabi

Umuraperi Semana Kevin uzwi cyane ku izina rya Ish Kevin yatangaje ko yamaze kureka kunywa itabi nâibindi biyobyabwenge, aho amaze amezi atandatu atabyikoza. Ibi yabihishuriye IGIHE, asobanura ko byaturutse ku cyemezo yafashe ku bushake bwe bwite. Ish Kevin yavuze ko nta muntu nâumwe wigeze amuhatira kureka ibyo biyobyabwenge, nta wamukangishije cyangwa ngo amuhane, ahubwo ko […]
Umupfumu wahawe miliyoni 47 Frw asezeranya Mali gutwara AFCON 2025 yatawe muri yombi

Umupfumu wo muri Mali yatawe muri yombi nyuma yo gushuka abakunzi bâumupira wâamaguru abizeza ko ikipe yâigihugu ya Mali izatwara Igikombe cya Afurika (AFCON 2025) kizabera muri Maroc. Uyu mugabo yakusanyije amafaranga arenga miliyoni 47 Frw avuye ku bafana, abizeza ko Mali izatwara AFCON. Uyu mupfumu uzwi ku izina rya Karamogo Sinayogo, yafatiwe mu murwa […]
Ababyeyi bagabye igitero ku ishuri maze birukana abarimu ndetse banafunga ikigo

Ababyeyi nâabaturage bo mu Karere ka Kisii muri Kenya bateye ishuri rya St Thomas Raganga Secondary School nyuma yâuko abanyeshuri baryo bose batsinze nabi mu bizamini bya Leta bya KCSE 2025. Ku wa Mbere tariki ya 12 Mutarama 2026, ababyeyi binjiye mu kigo, birukana abarimu barimo nâumuyobozi wâishuri, banakinga inyubako yâubuyobozi. Ababyeyi bavuze ko bababajwe […]
Yagiye mu bwiherero bumugwa hejuru ari gukora ibikomeye

Umugabo wâimyaka 42 wo mu Karere ka Mansa ho muri Zambia yarokowe ari muzima nyuma yâuko ubwiherero bwa gakondo bumuguyeho ubwo yari arimo akora ibikomeye. Ibi byabaye ku wa Gatandatu ahagana saa saba zâamanywa nâiminota 53, mu Mudugudu wa Chitakwa. Uwo mugabo witwa Paul Kunda, bivugwa ko yaguye mu mwobo wâubwiherero wapimaga metero 1.5 kuri […]
Sonia Rolland asanga RDC yari kuba ikize ku isi iyo yemera gukorana n’u Rwanda

Sonia Rolland, umukinnyi wa filime wanabaye Nyampinga wâu Bufaransa mu 2000, yavuze ko iyo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikorana nâu Rwanda kuva mu myaka 30 ishize, uyu munsi iba ari cyo gihugu gikize kurusha ibindi muri Afurika. Yabitangaje mu kiganiro cyanyuze kuri YouTube ya Les FunĂ©railles des Tabous, aho yasobanuye ko imwe mu mpamvu […]
Tessy yarongowe

Umunyamakuru Kayitesi Yvonne uzwi nka Tessy nâumuraperi Hakizimana Ishimwe Agappe (Shizzo) basezeranye imbere yâImana mu birori byabereye ku Intare Conference Arena i Rusororo, ku wa Gatandatu tariki 10 Mutarama 2026. Uyu muhango wabaye nyuma yo gusaba no gukwa, ukaba warakurikiwe nâibirori byo kwiyakira byitabiriwe nâinshuti, imiryango nâabantu batandukanye bazwi mu myidagaduro no mu itangazamakuru. Bombi […]
IShowSpeed yashimishije imbaga yâabafana muri Stade Amahoro

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr., uzwi cyane ku izina rya IShowSpeed, uri mu ruzinduko mu Rwanda, yagaragaje ibyishimo byinshi ubwo yasuraga Stade Amahoro, aho yasusurukije abafana mu gihe gito yahagaze aho. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, tariki ya 10 Mutarama 2026, ni bwo uyu munyabugeni wâicyamamare yageze muri stade yari irimo kubera umukino wahuje […]
Dr. Claude yabitswe ari muzima

Dr. Claude yatangaje ko amaze iminsi yakira ubutumwa bwinshi bwâabantu bamubika, avuga ko abo bantu ari abo yise âContre SuccĂšsâ, bamwifuriza ikibi. Yabibwiye itangazamakuru ko amakuru yavugaga ko yapfuye atari yo, kandi ko ayo makuru yatangiye gukwirakwira cyane cyane avuye i Burundi. Yagize ati nubwo abantu benshi bamuhamagara bava mu Burayi, muri Amerika nâahandi, ari […]
Umuhanzikazi Fille Mutoni arembeye mu bitaro

Umuhanzikazi wâUmunya-Uganda Fille Mutoni yajyanywe mu bitaro, nyuma yo kongera kwisanga mu kibazo cyo gukoresha ibiyobyabwenge. Aya makuru yamenyekanye nyuma yâuko umukunzi we MC Kats yashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaza Fille ari mu bitaro. Ku mafoto yashyizwe hanze, Fille agaragara aryamye, asa nâuwasinziriye cyangwa waciwe intege n’imiti ndetse yanahawe uburyo bwo kumufasha guhumeka. MC […]
Diez Dola ntakiri umuhanzi ukizamuka

Umuraperi wâUmunyarwanda Diez Dola yatangaje ko umwaka wa 2026 uzaba intambwe nshya mu rugendo rwe rwa muzika, aho avuye ku kugerageza byinshi atarangije agana ku gushyira mu bikorwa bihamye, gutegura neza no gukora mu murongo uhoraho. Mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru, Diez Dola yavuze ko mu myaka ibiri ishize yamaze igihe kinini yiga, agerageza amajwi atandukanye […]
Simi yibarutse impanga

Umuhanzi wâicyamamare muri Nigeria Adekunle Kosoko, uzwi nka Adekunle Gold, yatangaje ko we nâumugore we Simi bibarutse impanga. Iyi nkuru yishimiwe nâabatari bake, yayitangarije ku rubuga rwe rwa Snapchat ku wa kane. Nubwo batatangaje igitsina cyâizo mpanga, abakunzi bâumuziki nâabandi bahanzi bahise bohereza ubutumwa bwâibyishimo nâishimwe kuri uyu muryango. Mu kwezi kwa Ukuboza, Simi yari […]
Wizkid agiye kwiyamamariza kuba perezida wa Nigeria

Umuhanzi wâicyamamare muri Nigeria Ayodeji Ibrahim Balogun, uzwi nka Wizkid, yateje impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yâuko hasohotse amashusho avuga ko ashobora kwiyamamariza kuyobora Nigeria. Aya mashusho yasakaye ku wa 8 Mutarama 2026, agaragaza Wizkid ari kumwe nâinshuti nâumuryango, avuga ibijyanye na politiki mu buryo busa nâurwenya ariko bufite amagambo akomeye yatunguye benshi. Mu […]
Bruce Melodie yasabye Leta gufata abahanzi nkâingagi

Bruce Melodie, umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yavuze ko umuziki ufite ubushobozi bwo kwinjiriza igihugu amafaranga menshi no gukurura ba mukerarugendo, ashimangira ko wahawe agaciro kangana nâaka Leta iha urwego rwâubukerarugendo. Ibi yabivugiye mu kiganiro IGIHE Sports Club, aho yagaragaje ko nâubwo hari ibitekerezo byinshi aba yifuza kugeza ku Muyobozi wâIgihugu, akenshi abiburamo kubera […]
Umunyamakuru Tessy nâumuhanzi Shizzo basezeranye imbere yâamategeko

Umunyamakuru Kayitesi Yvonne uzwi nka Tessy yasezeranye imbere yâamategeko nâumukunzi we Hakizimana Ishimwe, uzwi mu muziki nyarwanda nka Shizzo Afropapi, umuhanzi wamamaye mu njyana ya Hip Hop. Iyi mihango yabaye kuri uyu wa Kane mu Murenge wa Kinyinya mu Mujyi wa Kigali. Uyu muhango wari witabiriwe nâinshuti nâabagize imiryango yâimpande zombi, aho Tessy na Shizzo […]
Yaguye igihumure nyuma yo kwiha kumara amasaha 80 ahobeye igiti

Umugabo wo mu karere ka Murangâa witwa Pasiteri Jimmy (James) Irungu, wâimyaka 30, yaguye igihumure nyuma yo kumara amasaha 79 nâiminota 40 ahobeye igiti, mu gikorwa yari agamije kurenza agahigo ka mbere kâamasaha 72 kari karashyizweho nâumugore witwa Truphena Muthoni. Ibi byabaye ubwo Irungu yari hafi kurangiza iki gikorwa cyâamasaha 80, aho abaturage bari bateraniye […]
Polisi yâu Rwanda yarashe mu kico umujura ruharwa

Polisi yâu Rwanda ikorera mu Ntara yâIburasirazuba yatangaje ko yarashe Dukuzumuremyi Eric, wari wakekwagaho ubujura nâubwicanyi, nyuma yo kugerageza gutoroka inzego zâumutekano. Byabaye mu gitondo cyo ku wa 7 Mutarama 2026, ubwo Dukuzumuremyi Eric yari ari kumwe nâabapolisi bamujyanye kwerekana aho yari yarahishe bimwe mu bintu yibye mu bihe bitandukanye. Ageze mu nzira, yagerageje kwiruka […]
Abakozi ba FBI bakoraga iki ku mukino wa RDC na Algeria?
Mu gihe irushanwa ryâIgikombe cya Afurika cya 2025 rikomeje kubera muri Maroc, hamenyekanye ko abakozi bâUrwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe iperereza (FBI) bari mu bitabiriye umukino wahuje ikipe yâigihugu ya Algeria nâiya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RD Congo). Uyu mukino wabaye ku wa Kabiri kuri Stade Prince Moulay Hassan i Rabat, […]
Na M23 ntiyankanze: Alyn Sano

Umuhanzikazi Alyn Sano yatangaje ko adaha agaciro impungenge zo gutinya gusohora ibihangano bye bitewe nâamakuru aba yiganjemo mu itangazamakuru, ashimangira ko nta kintu na kimwe cyamubuza gushyira hanze igihangano cye. Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI, Alyn Sano yavuze ko kuba atari umuhanzi wibanda ku ndirimbo zo kumvwa mu kanya gato ari byo bituma adahungabanywa nâuko […]
Urukiko rwasubitse urubanza rwa DJ Toxxyk

Urukiko rwâIbanze rwa Nyarugenge rwongeye gusubika urubanza ruregwamo DJ Toxxyk, wari waje kuburanishwa ku bijyanye nâifungwa nâifungurwa ryâagateganyo. Ku wa 07 Mutarama 2026, DJ Toxxyk yitabye Urukiko rwâIbanze rwa Nyarugenge akurikiranyweho ibyaha bine birimo gutwara yasinze, kwica bidaturutse ku bushake, gukoresha ibiyobyabwenge ndetse no gutwara ikinyabiziga atabifitiye uruhushya. Ahagana saa tatu nâiminota 51, Urukiko rwahamagaye […]
Tiwa Savage yiyamye uwihaye kuvuga ku mwana we

Umuhanzikazi wâicyamamare mu njyana ya Afrobeats, Tiwa Savage yatanze umuburo ukomeye ku mu-influencer wo ku rubuga X (yahoze ari Twitter) witwa Dami Foreign, amusaba guhagarika kwinjiza umwana we Jamil Balogun mu byo amwandikaho ku mbuga nkoranyambaga. Ibi byabaye nyuma yâuko Dami Foreign ashyizeho ubutumwa abaza impamvu umwana wa Tiwa Savage agaragara asa nâutishimye, ibintu byarakaje […]
Umugabo wari ugiye kurongora yapfuye ku munsi w’ubukwe

Habaye agahinda gakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yâuko umugabo wari ugiye kurushinga, David McCarty wâimyaka 59, apfanye nâabakobwa batatu mu mpanuka ikomeye ya helicopter yabaye ku munsi nyirizina yari ategerejweho ubukwe bwe. Iyo mpanuka yabereye mu gace ka Telegraph Canyon hafi ya Superior muri Leta ya Arizona, aho McCarty yari atwaye helicopter […]
Cardi B yahagurukiye abari guharabika se

Umuraperi wâUmunyamerika Cardi B yatangaje uburakari bukomeye nyuma yâuko ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amakuru avuga ko se yaba yarigeze gufungwa azira icyaha cyo gufata ku ngufu. Aya makuru yavugaga ko se wa Cardi B yaba yarafatiwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ntangiriro zâimyaka ya 1990, agakatirwa igifungo azira kugerageza gusambanya umuntu. Ibi byakwirakwiye […]
Ku myaka 56, Jennifer Lopez arifuza umugabo umwitaho

Ku myaka 56, icyamamare mu muziki no muri sinema Jennifer Lopez cyatangaje ko niba hari undi mugabo uzinjira mu buzima bwe, azaba agomba kuba umuntu umwubaha, umwakira uko ari kandi umufata neza mu rukundo. Yavuze ko urukundo rwe atari urwo guhabwa ubuntu, ahubwo ruzahabwa uzarushakira akaruharanira. Yagize ati: âUshaka urukundo rwanjye agomba kurukorera. Agomba kunshyira […]
Djihad n’abandi bagumishijwe gereza

Urukiko rwâIsumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cyo gushimangira ifungwa ryâiminsi 30 yâagateganyo kuri Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe François Xavier, Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man, na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta. Iki cyemezo cyafashwe ku wa 5 Mutarama 2026, nyuma yo gusuzuma ubujurire bari batanze basaba gukurirwaho ifungwa ryâagateganyo, ariko urukiko rugaragaza […]
Yago ntakozwa ibyo gusubirana n’umugore we

Umuhanzi wâUmunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda, Nyarwaya Innocent uzwi cyane nka Yago Pon Dat, yagaragaje ko adafite umugambi wo kongera gusubirana nâumugore babyaranye. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Yago yavuze ko yahisemo kubaho ari ingaragu kandi ko atifuza kongera kwinjira mu mubano wihariye nâumuntu uwo ari we wese. Yagaragaje ko yahisemo gushyira imbaraga ze zose […]
Ukuntu Kalimpinya Queen yashutswe akisanga muri Miss Rwanda

Kalimpinya Queen, wigeze kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda mu 2017 akaza no kuba igisonga cya gatatu, yavuze ko inama yahawe yo kwinjira muri iri rushanwa yamugiriye akamaro, ariko anemeza ko kuri we byari nko gushukwa. Ibi yabivugiye mu materaniro yateguwe na ApĂŽtre Alice Mignonne Kabera uyobora Women Foundation Ministries, yari yiswe âGirls Impact Ministry â […]
Umuhanzi Bill Ruzima wafatanwe urumogi, yakijijwe aba umu-ADEPR

Umuhanzi Bill Ruzima wamenyekanye mu muziki nyarwanda, yamaze guhindura ubuzima bwe nyuma yo kwigobotora ibiyobyabwenge, aho ubu yamaze kwakira agakiza agatangira gusengera mu Itorero rya ADEPR. Bill Ruzima yafashwe nâinzego zâumutekano ku wa 15 Ugushyingo 2025, akekwaho kunywa no gutunda urumogi. Icyo gihe, yemeye ko yari asanzwe akoresha iki kiyobyabwenge kuva mu mwaka wa 2022. […]
Umuvandimwe wa Baba Levo yakoze impanuka ikomeye

Umuhanzikazi wo muri Tanzania, Shilole uzwi kandi nka Zena Yusufu Mohammed, yajyanywe kwa muganga byihutirwa nyuma yo kugirana impanuka ikomeye yâimodoka mu ijoro ryo ku wa 2 Mutarama 2026. Amakuru yâiyi mpanuka yamenyekanye mu masaha ya mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, atangajwe na Baba Levo, umudepite uhagarariye Umujyi wa Kigoma ndetse akaba nâumuvandimwe wa […]
Umunyamakuru Taikun Ndahiro yarekuwe

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umunyamakuru Ndahiro Emmanuel uzwi nka Taikun yamaze gufungurwa nyuma yâuko habayeho ubuhuza hagati ye nâabantu bagizweho ingaruka nâibyaha yashinjwaga. Taikun, usanzwe ukorera Radio/TV 10, yarekuwe ku wa Gatanu tariki ya 2 Mutarama 2026. Yari yatawe muri yombi ku wa 1 Mutarama 2026 akekwaho kugirana amakimbirane nâabashinzwe umutekano mu gitaramo […]
Yampano yongeye kuvugwa mu mashusho y’urukozasoni

Nyuma yo kongera kuvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho atari meza yagiye hanze, umuhanzi Yampano yongeye kwisanga mu rujijo nyuma yâuko hakwirakwijwe andi mashusho agaragaza ari kumwe nâundi mukobwa mu cyumba cya hoteli bombi bambaye ubusa. Aya mashusho, bivugwa ko yafatiwe muri hoteli, agaragaza Yampano ari kuganira nâumuntu utamenyekanye kuri video […]
Gabriel Jesus ashobora guhanwa kubera ubutumwa âNdi uwa Yesuâ

Rutahizamu wa Arsenal, Gabriel Jesus, ashobora guhura nâibihano biturutse ku Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Bwongereza (FA) nyuma yâuko yishimiye igitego yatsinze Aston Villa akerekana ubutumwa bwanditseho âI belong to Jesusâ (Ndi uwa Yesu). Uyu mukino wabaye tariki ya 30 Ukuboza, aho Arsenal yatsinze Aston Villa ibitego 4-1. Gabriel Jesus yari amaze igihe adakina kubera imvune […]
The Ben yigaramye ibyo kuririmba Playback

Igitaramo The Nu-Year Groove cyabaye ku nshuro ya kabiri muri BK Arena cyongeye kugaragaza ko The Ben ari umwe mu bahanzi nyarwanda bageze ku rwego rwo gutegura no gutanga ibitaramo byujuje ubunyamwuga. Nubwo igitaramo cyanyuze benshi, hari abafana bagaragaje kutanyurwa, cyane cyane bagendeye ku buryo The Ben yitwaye ku rubyiniro ugereranyije na Bruce Melodie. Nyuma […]
Umunyamakuru Taikun Ndahiro arafunzwe

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umunyamakuru wa RadioTV10, Ndahiro Emmanuel uzwi ku izina rya Taikun, akekwaho gukorera ibyaha bitandukanye. Ndahiro yatawe muri yombi ku wa 1 Mutarama 2026, nyuma yâuko bivugwa ko yasagariye abashinzwe umutekano mu gitaramo cyari cyateguwe nâUmujyi wa Kigali, cyabereye mu mbuga ya Kigali Convention Centre. Umuvugizi wa […]
Anthony Joshua yasezerewe mu bitaroÂ

Umukinnyi wâikirangirire mu mukino wâiteramakofe, Anthony Joshua yasohotse mu bitaro byo muri Nigeria nyuma yo kugira impanuka yâimodoka yahitanye abatoza be babiri. Nkâuko byatangajwe nâinzego za Nigeria, Joshua yasohotse mu bitaro ku mugoroba wo ku wa Gatatu aho azakomeza kwitabwaho ari mu rugo. Abatoza be, Sina Ghami (ushinzwe imbaraga nâimyitozo ngororamubiri) na Latif Ayodele (umutoza […]
Umugabo wa Zari Hassan ari gushakishwa na Polisi

Polisi ya Uganda yahamagaje Shakib Cham Lutaaya, umugabo wa Zari Hassan uzwi cyane mu byâimyidagaduro nâubucuruzi, ngo afashe mu iperereza ku byaha byo gukubita abantu no kwiba bivugwa ko byabereye muri bar yo muri Kampala. Nkâuko byatangajwe na Luke Owoyesigyire, umuvugizi wungirije wa Polisi ya Kampala Metropolitan, ku wa 27 Ukuboza 2025, Shakib nâitsinda ryâabantu […]
Umuhanzi Ebo Noah arafunzwe

Polisi ya Ghana yemeje ko yafashe Evans Eshun, uzwi cyane ku izina rya Ebo Noah, wamenyekanye cyane nyuma yo kubaka inkuge nyinshi avuga ko yazubatse ku mabwiriza yâImana, ahamya ko isi izarengerwa nâamazi ku munsi wa Noheli. Mu itangazo Polisi yashyize ku rubuga rwayo rwa interineti ku wa Gatatu tariki 31/12/2025, yavuze ko Eshun yafashwe […]
The Ben na Bruce Melodie binjiye mu 2026 basenga Imana

Abahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda, The Ben na Bruce Melodie, bahisemo gutangirira umwaka wa 2026 mu nzu yâImana, mbere yo guhurira mu gitaramo gikomeye cyiswe âThe Nu-Year Grooveâ, giteganyijwe ku wa Kane tariki ya 1 Mutarama 2026 muri BK Arena. Bruce Melodie yinjiye mu mwaka mushya ari mu rusengero Hope For Jesus, aho yifatanyije nâabandi […]
Killaman ntazakumbura 2025

Umukinnyi wa filime nyarwanda, Niyonshuti Yannick uzwi nka Killaman, yatangaje ko umwaka wa 2025 wamubereye mubi cyane ku buryo atazawukumbura na gato. Killaman yabwiye ISIMBI ko nubwo umwaka wa 2024 wamugiriye akamaro kanini, uwa 2025 wo wamubabaje cyane. Ati: âApuuu! Uyu mwaka nugire urangire. Sinzawukumbura na busa.â Yakomeje avuga ko mu mwaka wa 2025 atigeze […]
Rutangarwamaboko yijunditse Umugore wa The Ben washyize umukondo hanze

Ifoto yafatiwe mu gitaramo âSpiny and Friendsâ cyabaye ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza, muri Zaria Court i Kigali, yakomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga. Iyo foto igaragaza Uwicyeza Pamella, umugore wâumuhanzi The Ben, yitabiriye icyo gitaramo yambaye imyambaro yagaragaje igice cyâumubiri we, byâumwihariko umukondo. Nyuma yo gusakazwa kwâiyo foto, abantu batandukanye bagaragaje ibitekerezo […]
I Kigali byakomeye hagati ya Sheila Gashumba na Tyla

Mu gitaramo cyabereye i Kigali mu Rwanda, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuvugwa amakimbirane yabaye hagati ya DJ Skyla Tyla, ukomoka mu Bwongereza, na Sheila Gashumba, umunyamakuru nâumunyamideli wo muri Afurika yâIburasirazuba, nyuma yâubutumwa bwashyizwe hanze nyuma yâicyo gitaramo. Nyuma yo kuvanga imiziki muri icyo gitaramo, DJ Skyla Tyla yanyujije ubutumwa kuri Snapchat, agaragaza ko atishimiye […]
Prophet Joshua yafunguweÂ

Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwafashe icyemezo cyo kurekura byâagateganyo Prophet Joshua nâabandi bantu bari bafunganywe na we, bubategeka kujya bitaba Ubushinjacyaha buri cyumweru no kubahiriza andi mabwiriza bahawe. Uku kurekurwa kwabaye kuri uyu wa 30 Ukuboza 2025, nyuma yâiminsi irindwi dosiye yabo imaze ishyikirijwe Ubushinjacyaha. Aba bantu bari baratawe muri yombi ku wa 19 Ukuboza 2025. […]
Harmonize yambitse impeta Kajala

Nyuma yâiminsi mike Harmonize na Frida Kajala batangaje ko bongeye gusubirana, inkuru yabo yongeye gufata indi ntera, nyuma yâuko uyu muhanzi yambitse Kajala impeta yâurukundo mu muhango wabaye mu ijoro ryakeye, amusaba kuzamubera umugore. Ni igikorwa cyakozwe mu buryo bwihariye kandi bwuje amarangamutima, cyongeye gushimangira ko urukundo rwâaba bombi rwinjiye mu kindi cyiciro. Iyi mpeta […]
Senderi arifuza ko Kirehe iba igicumbi cyâumuziki

Umuhanzi Senderi International Hit yatangaje ko afite icyifuzo cyo kubona Akarere ka Kirehe kaba igicumbi cyâumuziki nyarwanda, nyuma yo gutegura igitaramo yise âKirehe Twataramyeâ cyabereye ku ivuko rye, kigahuriza hamwe imbaga yâabaturage ku nshuro ya mbere. Iki gitaramo cyabereye mu Murenge wa Nyarubuye ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza 2025, cyitabirwa nâabahanzi bakomeye barimo […]
Amafaranga yatumye Mbonyi atenguha abâi Rubavu

Rubavu yari yariteguye kwakira umuhanzi ukunzwe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, mu gitaramo gikomeye cyari giteganyijwe ku wa 1 Mutarama 2026 kuri Sitade Umuganda. Ariko ibyari ibyishimo byahindutse intimba, nyuma yâuko iki gitaramo gisubitswe habura iminsi itatu gusa ngo kibe. Amakuru yemejwe nâabari mu itegurwa ryâiki gitaramo avuga ko icyemezo cyo […]
Abafana ba Element Eleeeh barwaniye mu Budage

Kutagaragara kwa Element EleeeH mu gitaramo yari ateganyijwe gukorana na Sat B i Hannover mu Budage mu ijoro ryo ku wa 25 Ukuboza 2025 byabyaye imvururu nâimirwano ikomeye. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ko hari abantu bakomeretse, nubwo umubare wabo utahise umenyekana. Abateguraga igitaramo batangajwe no kubona, amasaha abiri gusa mbere yâuko gitangira, ubutumwa […]
Nyina wa Fik Fameica yapfuye

Umuraperi wâikirangirire muri Uganda, Fik Fameica, ari mu bihe bikomeye byâakababaro nyuma yâuko nyina yitabye Imana. Nyakwigendera yari amaze igihe arwaye indwara zitandukanye, aho mu mezi ashize yakunze kujya kwivuriza mu bitaro kenshi. Hashize iminsi mike, yararembye cyane ajyanwa byihuse mu bitaro bya Kibuli Muslim Hospital, aho yari ari kwitabwaho nâabaganga. Mu gihe ubuzima bwe […]
Perezida Kagame yahaye impano y’imipira abana bitabiriye FIFA Football Festival

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, afatanyije na Perezida wâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, batangije ku mugaragaro gahunda ya FIFA Football Festival yabereye muri Stade Amahoro ku wa Gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2025. Iyi gahunda igamije guhuriza hamwe abana bato, ibafasha kwidagadura no gusabana binyuze mu gukina umupira wâamaguru, ikanabashishikariza […]
Indwara yo gushaka kwemeza abagore mu gitanda iri kwica abagabo imburagihe

Mu bihe bya vuba, haravugwa inkuru nyinshi zâabagabo bapfa cyangwa bagira ibibazo bikomeye byâubuzima, bishingiye ku guhatana gushaka kugaragara nkâabagabo bafite imbaraga zidasanzwe mu mibonano mpuzabitsina. Ibi byiyongereye cyane nyuma yo kumenyekana kwâimiti yongera ubushobozi bwo guhagarara kwâigitsina gabo, buzwi nka blue pill. Mu byâukuri, iyi miti yari yarateguriwe abafite indwara zâumutima, ariko nyuma byaje […]
Ubuhanuzi bwa Ebo Noah y’uko isi yari kurangira kuri Noheli bwapfubye

Umugabo wo muri Ghana witwa Ebo Noah, wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye kubera kubaka inkuge nini imeze nkâubwato (ark) no guhanura umwuzure wari guhitana isi guhera tariki 25 Ukuboza, yasobanuye impamvu ibwo buhanuzi butasohoye. Ebo Noah yatangiye kuvugwa cyane muri Kanama uyu mwaka, nyuma yo gutangaza ko Imana yamuhaye ubutumwa bumubwira […]
Sebastian Hertner yapfuye

Isi yâumupira wâamaguru, byâumwihariko mu Budage, yibasiwe nâagahinda gakomeye nyuma yâurupfu rubabaje rwa Sebastian Hertner, wahoze ari umukinnyi mpuzamahanga wâAbadage. Hertner wâimyaka 34 yâamavuko yitabye Imana ku wa Kabiri tariki ya 23 Ukuboza 2025, azize impanuka ikomeye yabereye ku gikoresho cyo kuzamura abantu ku misozi mu kigo cyâimikino ya ski cya Savin Kuk, mu majyaruguru […]
Kitoko muri Rayon Sports

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ikipe ya Rayon Sports yakiriye, Umunye-Congo Faustin Likua Kitoko Pizzalo wakiniraga Flambeau du Centre yo mu Burundi, aho aje gushyira umukono ku masezerano. Faustin Likua wâimyaka 23 ukina mu kibuga hagati yugarira ashobora gusinya amasezerano yâimyaka ibiri atanzweho miliyoni 21 zâamafaranga yâu Rwanda. Likau Faustin yavuye muri AC […]
Dore ibihugu 10 Noheli ifatwa nk’ikizira

Buri mwaka tariki ya 25 Ukuboza, mu bihugu byinshi byo ku isi byâumwihariko mu Burengerazuba bwâisi, hizihizwa umunsi mukuru wa Noheli, abakristo bakawufata nkâumunsi wo kwizihiza ivuka rya Yezu/Yesu Kristu, ukaba umwanya wo gusangira, kwishimana, gutanga impano no kwibutsa urukundo nâamahoro. Mu mijyi myinshi ku isi, uyu munsi urangwa nâimirimbo itandukanye, indirimbo za Noheli, amatara […]
Dani Alves agiye kuba umukinnyi w’ikipe ye aherutse kugura

Uwahoze ari myugariro wâikipe yâigihugu ya BrĂ©sil na FC Barcelona, Dani Alves, yamaze kugura ikipe yo muri Portugal yitwa Sporting Clube de SĂŁo JoĂŁo de Ver, aho anatekereza kuyisinyira amasezerano yo kuyikinira mu gihe cyâamezi atandatu. Nkâuko byatangajwe na ESPN, Dani Alves wâimyaka 42 yâamavuko, arifuza gusubira mu kibuga nyuma yâigihe kinini atagikina umupira wâamaguru. […]
Fatakumavuta yemeje ko yagororotse

Sengabo Jean Bosco uzwi ku izina rya Fatakumavuta, wakatiwe gufungwa imyaka ibiri nâamezi atandatu, asigaje amezi ane ngo arangize igihano cye, yatangaje ko azava mu igororero yahindutse mu buryo bugaragara, ku buryo nâabataramwishimiraga mbere bazatangira kumwumva no kumwishimira. Uyu munyamakuru yatawe muri yombi mu Kwakira 2024, akurikiranyweho ibyaha birimo gukangisha gusebanya no gukwirakwiza amakuru yâibihuha. […]
Jenerali wâu Burusiya yaturikiye mu modokaÂ

Umujenerali wâingabo zâu Burusiya yapfiriye mu gitero cya bombe cyatezwe imodoka ye mu murwa mukuru Moscow, nkâuko byemejwe nâinzego zâumutekano zâicyo gihugu. Komite yâUbugenzacyaha yâu Burusiya yatangaje ko Lt Gen Fanil Sarvarov, wari ufite imyaka 56, yapfuye mu gitondo cyo ku wa Mbere nyuma yâuko igisasu giturika cyari cyatezwe munsi yâimodoka ye gituritse. Sarvarov yari […]