Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara

Evariste Ndayishimiye uzwi nka ‘General Neva’ ayobora u Burundi kuva tariki ya 18 Kamena 2020, ubwo yarahizwaga byihuse bitewe n’uko Pierre Nkurunziza wayoboraga iki gihugu yapfuye igikorwa cyo kumushyikiriza ububasha kigitegurwa. Igihugu cya mbere yasuye nka Perezida ni Tanzania yari ikiyoborwa na Dr John Pombe Magufuli. Ni uruzinduko rwabaye tariki ya 19 Nzeri 2020, yita […]

Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6

Umukecuru witwa Mujawamariya Franà§oise utuye mu mudugudu wa Kagitaba, akagari ka Remera, umurenge wa Kiyumba mu karere ka Muhanga aratabaza nyuma y’aho Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari afashe icyemezo cyo kumwambura inka yagabiwe muri gahunda ya Gira Inka mu mezi 6 ashize. Mujawamariya avuga ko afite ubumuga buri mu cyiciro cya mbere, ku buryo agendera mu kagare […]

Tshisekedi yasabwe gukura Kagame ku butegetsi: Ubutasi

Mu makuru y’umutekano hirya no hino ku Isi yakusanyijwe n’ubutasi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika, CIA, aherutse kujya hanze, hagaragaramo ko Perezida wa Repulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yigeze yasabwe gukura Perezida Paul Kagame w’u Rwanda ku butegetsi. Inyandiko ya CIA ivuga ko Umuyobozi wungirije w’urwego rw’ubutasi rwa RDC (ANR) mu ntara […]

Impamvu zatumye Senateri Chambers arega Imana mu rukiko

Muri Nebraska ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ernie Chambers wabaye Senateri kuva mu 1971 kugeza mu 2009 no kuva mu 2013 kugeza mu 2021 yagiye kurega mu rukiko Imana ishobora byose ivugwa mu ‘byanditswe byera’, Abanyamerika benshi baratangara. Chambers uzuzuza imyaka 86 y’amavuko tariki ya 10 Nyakanga yajyanwe mu rukiko n’ibibazo bitandukanye, yagombaga […]

Umugambi wa jenoside wari waramaze kunozwa: Ambasaderi Nyamitwe

Umudipolomate udasanzwe w’u Burundi wabaye Umuvugizi w’Umukuru w’Igihugu, Ambasaderi Willy Nyamitwe, yasobanuye uburyo ibihugu bikomeye byari byaramaze kunoza umugambi wa jenoside mu gihe Pierre Nkurunziza yari ku butegetsi. Ambasaderi Nyamitwe mu kiganiro yagiranye n’imiryango yigenga ikorera mu Burundi tariki ya 13 Gicurasi 2023, yavuze ko byari byarateganyijwe ko iyi jenoside yagombaga kuba mu 2014, kandi […]

M23 yahaye umukoro abayisabye kujya Rumangabo

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wahaye umukoro abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba bafashe umwanzuro w’uko abarwanyi bawo bazacumbika bwa mbere mu kigo cya Rumangabo giherereye muri Teritwari ya Rutshuru. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yabereye i Bujumbura kuri uyu wa 31 Gicurasi 2023, yari iyobowe n’Umuyobozi Mukuru wa EAC akaba na Perezida w’u Burundi, […]

Leta iri mu gihombo cyo kwishyura ubukode

Leta y’u Rwanda igaragaza ko yishyura amafaranga (Frw) miliyari 12 mu kwishyura ubukode inzego zayo uko ari 35 zikoreramo mu gihe cy’umwaka. Urugero, nk’uko ikigo cy’igihugu gishinzwe imiturire (RHA) kibisobanura, inyubako ikoreramo Urukiko rw’Ikirenga yishyurirwa Frw miliyoni 117 ku kwezi, igiteranyo cy’umwaka wose kikaba ari miliyari 1.4. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorweremezo, Abimana Fidele, […]

Gutunga abimuwe n’ibiza bitwara Frw arenga miliyoni 100 ku munsi: MINEMA

Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Kayisire Marie Solange, yatangaje ko Leta ikoresha amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 100 mu gutunga abaherutse mu byabo n’ibiza. Kayisire yavuze ko hakenewe amafaranga y’u Rwanda 296 yo kwifashishwa mu gutuza, gutunga no gusana ibikorwaremezo byangijwe n’ibi biza, Abanyarwanda n’inshuti z’igihugu bakaba bamaze gutanga inkunga ya Frw miliyoni 800, kandi ko […]

Bigeze aho abashoferi bitambika ‘ambulances’: Polisi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, yatangaje ko hirya no hino mu gihugu hakomeje kugaragaza abatwara imodoka bitambika imodoka zihariye zitwara abarwayi, zizwi mu ndimi z’amahanga nka ‘Ambulance’. CP Kabera mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo y’igihugu cyarebanaga n’umutekano wo mu muhanda, yagaragaje ko iyi myitwarire y’abashoferi iteye impungenge, cyane ko ishyira ubuzima […]

Icyo Leta ivuga ku gukumira abanyamakuru kuri site z’abibasiwe n’ibiza

Guverinoma y’u Rwanda yijeje abanyamakuru imikoranire myiza nyuma y’aho bivuzwe ko hari abahejwe mu masite abibasiwe n’ibiza mu ntangiriro za Gicurasi 2023 bacumbikiwemo. Mu minsi ishize, hakwirakwiye amakuru y’uko hari abanyamakuru bagiye gusura site muri Rubavu kugira ngo bamenye imibereho y’abahacumbitse, barakumirwa kuko ngo ntabwo bari basabye uburenganzira bwo kuhagera. Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain […]

Umwanzuro wafatiwe i Bujumbura uhabanye n’uwo RDC yamaze gufata

Abakuru b’ibihugu n’ababahagarariye bafashe icyemezo cyo kongerera ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ziri muri Repubulika ya demukarasi ya Congo igihe zizamarayo ho amezi atandatu. Bivuze ko hashingiwe kuri uyu mwanzuro wafashwe kuri uyu wa 31 Gicurasi 2023, ingabo za EAC ziri muri RDC kuva mu mpera z’umwaka ushize zizagumeyo kugeza tariki ya 8 Nzeri. Ni […]

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ntiyemera icyemezo cya EAC giheza M23

Iki cyumba ni cyo cyabereyemo izi mpaka

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, ntiyemeye icyemezo cy’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) avuga ko giheza umutwe witwaje intwaro wa M23 kandi iri mu mpande kireba. Dr Ngirente yari ahagarariye Perezida Paul Kagame muri iyi nama yabereye i Bujumbura kuri uyu wa 31 Gicurasi 2023, yaganiriwemo by’umwihariko uko umutekano wo mu […]

Museveni yatangaje ko yiteguye intambara

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko yiteguye guhangana n’ingaruka zizakurikira itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina aherutse gushyiraho umukono. Museveni yasinye kuri iri tegeko tariki ya 29 Gicurasi 2023, ibihugu birimo Leta zunze ubumwe za Amerika bitangira kumushyiraho igitutu, bimuteguza gufatira ibihano bamwe mu bayobozi bo muri Uganda. Na mbere y’uko arisinya, ubwo abagize inteko […]

Kwamagana u Rwanda byateje impaka hagati ya Muyaya na Katumbi

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulika ya demukarasi ya Congo akaba n’Umuvugizi wayo, Patrick Muyaya, ntiyemera ko umunyapolitiki MoĂ ÂŻse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi yaramaganye icyo bita ‘ubushotoranyi bw’u Rwanda’. Muyaya ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Marc Perlman wa France 24 kuri uyu wa 31 Gicurasi 2023, yavuze ko abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi barimo Katumbi bari guteza akaduruvayo mu […]

Birashoboka kongera nimero za telefone zose umucuruzi ashaka ko zihabwa code yo kurangurira kuri TIN ye

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, kivuga ko bishoboka kongera umubare wa nimero za telefone zishobora kwifashishwa mu gusaba code yo kurangurira kuri TIN y’umucuruzi wese ubyifuza. Ni nyuma y’uko bamwe mu bacuruzi bagaragaje ko hari ubwo batabona umwanya bitewe n’indi mirimo barimo, bityo bagatuma abandi kubarangurira ariko bikabagora gukurikirana ibyo gusaba code kugira ngo abo batumye […]

Abashinzwe gutegura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda bakangishije kwigaragambya

Ihuriro rya PCS (Public and Commercial Services) rikorera mu biro bishinzwe umutekano w’imbere mu Bwongereza ryakangishije ko abarigize bashobora kwigaragambya mu gihe bategekwa gushyira mu bikorwa gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda. Ihuriro risanzwe ritumvikana n’ibiro bishinzwe umutekano w’imbere (Home Office) kuri iyi gahunda kuko ngo ntiyemewe n’amategeko, kandi ryanze ko abarigize bagera ku bihumbi […]

Musanze: General Murokore yateguje abakubita abayobozi kunyagirwa n’imvura y’amahindu

Umuyobozi w’Inkeragutabara mu ntara y’Amajyaruguru, Major General (Rtd) Murokore Eric, yateguje abaturage bo mu karere ka Musanze bavugwaho gukubita abayobozi babo ko nibabikomeza, imvura y’amahindu izabanyagira. Mu kibaya cya Gatare gihuza akagari ka Kibirizi mu murenge wa Gacaca n’aka Cyabararika muri Muhoza hamaze iminsi havugwa abakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bivugwa ko ari ‘Zahabu’, mu buryo […]

Ingabo za EAC zirarara zimenye niba ziva muri RDC cyangwa zikagumayo

Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zirarara zimenye niba zizava muri iki gihugu cyangwa se niba zikigumamo. Nyuma y’aho Perezida wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi, atishimiye umusaruro zatanze mu butumwa zahawe na EAC, muri Werurwe 2023 yanze kuzongeza manda y’amezi 6, aziha amezi atatu y’inyongezo. Tshisekedi, […]

Umuyobozi wakekwagaho gusambanira mu kabari yarafunguwe

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherutse gutesha agaciro icyaha Murindababisha Edouard wari ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) mu karere ka Nyamagabe yashinjwaga, rutegeka ko ahita afungurwa. Murindababisha yatawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) tariki ya 6 Mata 2023, akuriranweho icyaha cyo gukorera ibiterasoni mu ruhame, nyuma y’iminsi hakwirakwira amashusho amugaragaza yicaye mu kabari ko ku […]

Gatsibo: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba SACCO Frw miliyoni 37

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umuyobozi wa SACCO Kabarore mu karere ka Gatsibo, imukekaho kugira uruhare mu bujura bw’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 37 bwabereyemo. RIB isobanura ko iyi SACCO yibwe aya mafaranga ku wa 26 Gicurasi 2023, kuva ubwo ikibimenyeshwa, itangira gukora iperereza ngo imenye abagize uruhare muri ubu bujura. Uwa mbere ukekwaho […]

Mwangachuchu arashinjwa gukoresha abapolisi 80 b’abacancuro

Umunyemari akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Edouard Mwangachuchu, arashinjwa gukoresha abapolisi 80 b’abacancuro. Komiseri ushinzwe umutekano w’ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Bisunzu muri teritwari ya Masisi, Robert Mushamalirwa Balike, ubwo yagezwaga mu rukiko rukuru rwa gisirikare nk’umutangabuhamya, yasobanuye ko gisanzwe kirindwa n’abapolisi 82. Ubushinjacyaha bw’igisirikare, bushingiye ku rutonde […]

Remera: EAR igiye kugurira Pasiteri Antoine Rutayisire imodoka

Abakirisitu ba Paruwasi ya Remera mu itorero Angilikani (EAR) bari gukusanya imisanzu kugira ngo bazagurire Rev. Past. Dr Antoine Rutayisire impano y’imodoka mu rwego rwo kuzirikana imirimo yakoze mu gihe amaze abayobora. Pasiteri Rutayisire wujuje imyaka 65 y’amavuko azajya mu kiruhuko cy’izabukuru tariki ya 4 Kamena 2023. Ni na bwo umusimbura azatangira imirimo. Abakirisitu ba […]

Biden yateguje Uganda ibihano nyuma y’aho Museveni asinye ku itegeko rihana abatinganyi

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yateguje Uganda ibihano nyuma y’aho Perezida wayo, Yoweri Museveni, ashyize umukono ku itegeko rishya rihana barimo abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Mu itangazo Biden yashyize hanze kuri uyu wa 29 Gicurasi 2023, yavuze ko kwemeza iri tegeko bibangamira uburenganzira rusange bw’ikiremwamuntu, kandi ngo biratuma ababa muri […]

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda yagiye i Bujumbura

General Kazura (uwa gatanu uturutse impande zombi) ubwo yifotozanyaga n'abo bahuriye i Bujumbura

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, General Jean Bosco Kazura, yagiye i Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa 29 Gicurasi 2023. Gen. Kazura yitabiriye inama y’umutekano wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) yahuriyemo n’abandi bagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EAC, cyangwa se ababahagarariye. Nk’uko bigaragara mu ifoto, abandi bagaba bakuru bitabiriye […]

Ibyabaye kuri FDLR ubwo yafataga agace k’u Rwanda

Amateka agaragaza ko umutwe witwaje intwaro wa FDLR ucyitwa ALiR (ArmĂ©e pour la LibĂ©ration du Rwanda) wigeze gufata by’akanya gato agace k’u Rwanda kari mu kiyaga cya Kivu kazwi nka Iwawa. Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, avuga ko byabaye mu mwaka w’1996 ubwo uyu mutwe witwaje intwaro wari muri […]

Inkuru ‘isekeje’ General Kabarebe atazibagirwa kuri Minisitiri w’ingabo

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, yavuze ikintu gisekeje atazibagirwa kuri Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Major General Albert Murasira. Gen. Kabarebe ubwo yaganiraga n’abanyeshuri biga muri kaminuza ya UTB, yabasobanuriye ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu n’uburyo Inkotanyi zinjije abasirikare ba ‘Ex-FAR’ mu ngabo z’igihugu. Muri ba ‘Ex-FAR’ binjiye mu ngabo […]

Museveni yamaze gusinya ku itegeko riteganyiriza abatinganyi ibihano bikakaye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yamaze gusinya ku itegeko rishya riteganyiriza umuryango wa LGBTQ w’abarimo abaryamana bahuje ibitsina ibihano bikakaye. Iri tegeko ryamaze igihe kirekire riganirwaho mu nteko ishinga amategeko ya Uganda riteganya ko umuntu uzahamwa n’icyaha cyo gukora ubutinganyi ku rwego rukabije, azaya ahanishwa igihano cy’urupfu. Tariki ya 20 Mata 2023, abadepite bahagarariye ishyaka […]

Telefone ishobora kwangiza ubwonko mu gihe ikoreshejwe nabi

Telefone ni nziza ku muntu ushaka kugendana n’ibigezweho, ushaka gutera imbere mu ikoranabuhanga, ushaka kumenya amakuru yiriwe cyangwa yaraye hirya no hino ku Isi kandi yoroshya cyane itumanaho. Ariko kuyikoresha neza bikwiye kuba ihame. Umuhanga mu bugenge bwa nikeleyeri, Dr Mukarukaka Annely, mu gitabo ‘‘Proper Utilization of Technology Particularly Mobile Phones’, yanditse cyigisha ku gukoresha […]

General Kabarebe yahishuye ukuri yabwiwe n’umusirikare w’Umubiligi ubwo yayoboraga ingabo za RDC

Umunyabigwi mu mutekano w’akarere k’ibiyaga bigari, General James Kabarebe yahishuye ukuri yabwiwe n’umuzungu mu gihe yari akiri Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo. Gen. Kabarebe yavuze ko ubwo abasirikare ba RPA-Inkotanyi bari bamaze kubohora u Rwanda, bacyuye impunzi miliyoni eshatu zari zarahungiye mu burasirazuba bwa RDC kugira ngo zifatanye n’abandi kubaka igihugu. […]

Kinshasa: Général yatawe muri yombi akekwaho umugambi wo guhirika ubutegetsi

GĂ©nĂ©ral Major mu ngabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, AimĂ© Mbiato Konzoli, yatawe muri yombi n’abakozi b’urwego rushinzwe iperereza (ANR) bamukekaho gutegura umugambi wo guhirika ubutegetsi. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Gen. Mbiato usanzwe ari umuyobozi w’ibiro bya Minisitiri w’ingabo, Jean Pierre Bemba, yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 […]

Colombia: Visi Perezida yategetse ko Igiswahili cyigishwa mu mashuri yaho

Visi Perezida wa Colombia, Francia Marquez, yatangaje ko ururimi rw’Igiswahili rugomba kwigishwa m mashuri mu rwego rwo guhamya isano iri hagati y’abo mu gihugu cye n’Abanyafurika. Nk’uko RFI ibivuga, Marquez yabitangarije imbere y’abanyamakuru tariki ya 26 Gashyantare 2023, ubwo yasobanuraga ibyaranze uruzinduko yagiriye muri Afurika y’Epfo, Kenya na Ethiopia. Uyu muyobozi wa kabiri ufite ijambo […]

Igihe bisi nshya zitwara abagenzi zizabonekera cyegejwe inyuma ho amezi ane

Minisiteri y’ibikorweremezo (MININFRA) ifite gutwara abagenzi mu nshingano, yahinduye igihe bisi nshya zitezweho gukemura ikibazo cy’umubyigano muri za gare zo mu mujyi wa Kigali zizabonekera, icyegeza inyuma ho amezi ane. Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye tariki ya 27 Gashyantare 2023, Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu uhereye […]

Kibumba: Ingabo za Kenya zabyaje umubyeyi wari ku gise

Ingabo za Kenya ubwo zafashaga uyu mubyeyi wari ku gise

Ingabo za Kenya ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zafashije umubyeyi wo muri Kibumba kubyara. Ibiro by’izi ngabo bisobanura ko nyuma yo gufasha uyu mubyeyi tariki ya 26 Gicurasi 2023, yajyanwe ku kigo nderabuzimacya Kanyarucinya kugira ngo ahabwe ubundi bufasha. Nyuma yo kwitabwaho, ingabo za Kenya zamuherekeje […]

General Kabarebe yagaragaje urwango rukomeye abakoloni b’Ababiligi bagiriye u Rwanda

Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, yagaragaje urwango rukomeye abakoloni b’Ababiligi bagiriye u Rwanda. Gen. Kabarebe ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri kaminuza ya UTB mu karere ka Rubavu, yasobanuye ko Ababiligi batigeze bubaka ibikorwaremezo mu Rwanda, mu gihe abakolonizaga ibihugu by’abaturanyi bo bubakagayo amashuri menshi. Yagize ati: “Batangiye amacakubiri u […]

Raila Odinga yiyemeje guhungabanya Kenya kugeza Perezida Ruto yeguye

Umunyapolitiki Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya yiyemeje guhungabanya amahoro y’iki gihugu kugeza igihe Perezida William Ruto azemerera ko yibye amajwi mu matora yabaye mu mwaka ushize, akegura. Odinga ubwo yaganiraga n’abagize ihuriro Azimio la Umoja kuri uyu wa 26 Gicurasi 2023, yavuze ko kwiba amajwi mu matora y’Umukuru w’Igihugu byabaye akamenyero, kandi ngo […]

Umunyamabanga w’ishyaka riri ku butegetsi aremeza ko Tshisekedi ari kuzira ubwoko bwe

Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka UDPS riri ku butegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Augustin Kabuya, aremeza ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi yanzwe n’abanyapolitiki barimo MoĂ ÂŻse Katumbi kubera ko ari Umuluba. Kabuya ubwo yari mu kivunge cy’abantu i Kinshasa, yagize ati: “Uyu munsi Isi ikwiye kumenya iki kintu. FĂ©lix Tshisekedi ntabwo arwanywa kubera ko ayobora nabi Congo, […]

Ibiza: Jeannette Kagame yagaragaye ateruye uruhinja rwarokotse mu bana 6 bavukanye

Abagizweho ingaruka n'ibiza ndetse n'abayobozi mu nzego z'ibanze muri Ngororero/Kigali Today

Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yagaragaye ateruye uruhinja rumwe rwarokotse mu bana batandatu bavukiye mu muryango umwe mu karere ka Ngororero, ubwo bibasirwaga n’ibiza. Imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023 yateje ibiza birimo inkangu yubitse inzu y’umuryango wa Birikunzira Frodouard na Nyirandagijimana Alphonsine, yica abana […]

Kayishema n’abo muri Cape Town bari bamuzi nk’Umurundi batunguwe

Kayishema ubwo yatabwaga muri yombi

Umugabo w’imyaka ibarirwa muri 60 y’amavuko wari ufite ibyangombwa byanditseho ko ari Umurundi witwa Nibasumba Donatien, hamwe n’abo mu gace yari atuyemo ka Paarl mu mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo, batunguwe n’uko byatahuwe ko ari we Kayishema Fulgence wari umaze imyaka irenga 20 ashakishwa kubera uruhare akekwaho muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]

Tshisekedi yongeye kuvuga imyato ingabo z’u Burundi

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yongeye kuvuga imyato ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Tariki ya 9 Gicurasi 2023, ubwo Tshisekedi yari mu ruzinduko muri Botswana, yeruye ko ingabo za EAC ziri muri iyi ntara (iza Kenya, Uganda na Sudani […]

Umukuru wa UN yishimiye bikomeye ifatwa rya Kayishema

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yagaragaje ko yishimiye bikomeye ifatwa rya Fulgence Kayishema wari umaze imyaka irenga 20 ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umushinjacyaha Mukuru w’urwego IRMCT rwa UN rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha (ICTR), Serge Brammertz, yatangaje ko Kayishema yafatiwe mu gace ka […]

Rulindo: Barasaba ko ivuriro ryabitswemo ifumbire rikoreshwa icyo ryubakiwe

Abatuye mu kagari ka Nyirabirori, umurenge wa Tumba mu karere Rulindo barasaba ko ivuriro ry’ibanze (poste de santĂ©) ryaho ryabitswemo ifumbire mvaruganda ryakoreshwa icyatumye ryubakwa. Iri vuriro ryubatswe n’ishyirahamwe ry’abahinzi b’icyayi rizwi nka ASSOPTHE, nk’igisubizo kuri bo n’abaturage muri rusange kubera ko basanzwe bakora urugendo rurerure bajya gushaka serivisi z’ubuvuzi mu bigo nderabuzima birimo: icya […]

Uwabaye Umuvugizi wa Perezida Ndayishimiye yeguye nyuma y’amafoto yateje impaka

Alain-DiomĂšde Nzeyimana wari umuyobozi w’ikigo gishinzwe itumanaho, ikoranabuhanga n’itangazamakuru, yeguye kuri iyi nshingano nyuma y’aho ku rubuga rwe rwa WhatsApp hagaragaye amafoto n’ikiganiro yemezaga ko bidakwiye. Nyuma y’aho aya mafoto n’iki kiganiro bikwirakwiye mu matsinda ya WhatsApp, tariki ya 14 Gicurasi 2023, Nzeyimana wabaye Umuvugizi wa Perezida Evariste Ndayishimiye yasobanuye ko koko konte ari iye. […]

Kayishema wari umaze imyaka hafi 30 ashakishwa n’u Rwanda yafashwe

Inzego z’umutekano za Afurika y’Epfo zataye muri yombi Umunyarwanda Fulgence Kayishema wari umaze hafi imyaka 30 ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko CNN yabitangaje, Kayishema yafatiwe ahitwa Paarl kuri uyu wa 24 Gicurasi 2023, bigizwemo uruhare na Polisi n’itsinda ry’ubushinjacyaha bw’urwego IRMCT rw’Umuryango w’Abibumbye rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho […]

Polisi ya Malawi imaze guta muri yombi impunzi zirenga 400 zirimo Abanyarwanda

Mu byumweru bibiri, Polisi ya Malawi imaze guta muri yombi impunzi zirenga 400 ziganjemo iz’Abanyekongo, Abarundi n’Abanyarwanda nyuma y’aho zanze kujya mu nkambi ya Dzaleka. Minisiteri y’umutekano w’imbere muri Malawi yateguje impunzi zibarirwa mu bihumbi 8 zakwiye mu bice bitandukanye by’igihugu ko nizigeza tariki ya 15 Mata 2023 zitarajya muri iyi nkambi, zizafatwa, zijyanwemo ku […]

Hashyizweho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN zabo

Nyuma y’ubusabe bwinshi bw’abacuruzi bavugaga ko hari abantu bakoresha nimero ziranga abasora (TIN) zitari izabo mu kurangura ibicuruzwa kandi ba nyirazo batabizi, bityo bikabavangira mu mibare y’ubucuruzi bwabo cyane cyane ku bijyanye n’ibicuruzwa biri mu bubiko bwabo, Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyashyizeho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN, bityo bagaca ukubiri n’abamamyi babiyitirira mu […]

Abahamijwe uruhare muri jenoside bazajya bahugurwa mbere yo gusubira mu buzima busanzwe

Minisitiri Bizimana ubwo yari imbere y'aba badepite

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kujya ihugura abahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bitegura gufungurwa, mbere y’uko barekurwa. Minisitiri w’ubumwe n’inshingano mboneragihugu, Dr Bizimana Jean DamascĂšne, yasobanuriye abadepite bagize komisiyo y’bumwe bw’Abanyarwanda, uburenganzira bwa muntu no kurwanya jenoside ko aya mahugurwa azajya afasha aba bantu kubana neza n’abo bazasanga hanze ya gereza. Uyu muyobozi […]

Perezida Kagame yirinze kuvugira byinshi mu nama ya Qatar ku kibazo cy’u Rwanda na RDC

Perezida Paul Kagame yirinze kuvugira byinshi ku kibazo cya Repubulika ya demukarasi ya Congo n’u Rwanda mu nama y’ubukungu ya Qatar, asobanura ko atari cyo cyamujyanye muri iki gihugu cyo muri Asia. Perezida Kagame yageze i Doha muri Qatar tariki ya 22 Gicurasi 2023, ahura n’abayobozi batandukanye baho n’abandi banyacyubahiro bitabiriye iyi nama, baganira ku […]

Hifashishijwe icyemezo cya Covid-19 mu gushinja Mwangachuchu ko ari Umunyarwanda

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo bwifashishije icyemezo cy’uko umuntu yipimishije icyorezo cya Covid-19 mu guhamya ko umudepite akaba n’umunyemari, Edouard Mwangachuchu, ari Umunyarwanda. Urubanza rwakomereje mu rukiko rukuru rw’igisirikare ruri kuri gereza ya Ndolo muri Kinshasa kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, rushingira ku mpaka ku bwenegihugu bwa Mwangachuchu. Ubushinjacyaha buherutse kuvuga […]

Minisitiri byahwihwiswaga ko afunzwe yagaragaye mu ruhame

Minisitiri Mimosa ubwo yagaragaye aseka, ubwo yarebaga uyu mukino

Minisitiri wa siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaragagaye akurikirana umukino wa Basketball muri LycĂ©e de Kigali, nyuma y’amasaha menshi bihwihwiswa ko yatawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha, RIB. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, ku mbuga nkoranyambaga haramutse amakuru avugwa ko hari Minisitiri watawe muri yombi ngo “ubwo yakiriraga ruswa kuri hotel” i Remera, […]

Gisozi: Inkongi y’umuriro yafashe agakiriro, abagaturiye barahunga

Abaturage basohoye ibikoresho, biteguye guhunga

Mu masaa kumi y’umugoroba wo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, agakiriro ka Gisozi kibasiwe n’inkongi y’umuriro, abagaturiye batangira guhunga kuko hari impungenge z’uko inzu zabo na zo zafatwa. Umunyamakuru wa BWIZA yatumenyesheje ko iyi nkongi yafashe igice cy’ibarizo ry’ishyirahamwe APARWA muri aka gakiriro, ahaherera mu mudugudu wa Musezero, bikaba bikekwa ko yakomotse ku bice […]

Nduhungirehe yasobanuye uko yigeze kurega Prof. Kambanda, USA ikanga kumukurikirana

Charles Kambanda uvugira iri huriro

Ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi wanabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Olivier Nduhungirehe, yasobanuye uko yareze Prof. Charles Kambanda ku wahoze ari Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Peter Vrooman, akanga kumukurikirana. Ni inkuru ishingira ku nama iherutse guhuriza hamwe abahuriye mu ihuriro ryiswe ‘Platform for Rwandans’ Common Good’ barwanya ubutegetsi bw’u […]

Ron Weiss wari umaze icyumweru asimbuwe ku buyobozi bwa REG yasubijweho

Inama y’ubutegetsi y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu, REG, kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023 yasubijeho Ron Weiss ukomoka muri Israel ku buyobozi bukuru bwacyo, nyuma y’icyumweru imusimbuje. Icyemezo cyo gukura kuri uyu mwanya Weiss cyashyizweho umukono na Dr Didacienne Mukanyiligira usanzwe ari Umuyobozi w’inama y’ubutegetsi ya REG tariki ya 15 Gicurasi. Weiss yari yasimbujwe by’agateganyo Gakuba […]

IBUKA irifuza ko Ingabire Victoire yamburwa imwe mu mitungo

Umuyobozi wa IBUKA muri Nyarugenge

Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 urifuza ko umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire yamburwa imwe mu mitungo yabaruweho. Perezida w’uyu muryango mu karere ka Nyarugenge, Rukemampunzi Jean Claude, yatangarije Imvaho Nshya ko Ingabire Victoire yibarujeho imitungo y’umubyeyi we, Dusabe ThĂ©rĂšse wahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi. Rukemampunzi yagize ati: “Ni umumama witwa […]

Musanze: Umugore arashinja umugabo we kumusuka urusenda mu gitsina

Umugore w’imyaka 37 y’amavuko utuye mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze yitabaje ubuyobozi ngo bukurikirane umugabo we babyaranye gatanu, amushinja kumusuka urusenda mu gitsina. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Migeshi, Ishimwe Justin, yatangarije Kigali Today ko uyu mugore yamutabaje mu masaa sita y’ijoro kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023, amumenyesha ko umugabo amukoreye uru […]

Polisi yahaye gasopo abatwara ibinyabiziga ‘nk’abaguze’ imihanda

Polisi y’u Rwanda yihanangirije abatwara ibinyabiziga uko bishakiye, bakima abanyamaguru umwanya wo kwambuka, ibateguza ko iteganya kujya ibafatira ibihano by’intangarugero. Umuvugizi w’uru rwego, CP John Bosco Kabera, mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023, yagaragaje ko bibabaje kuba hari abantu bashimira u Rwanda ibindi byose, ariko byagera ku mutekano wo […]

Umunyemari Mwangachuchu yahakanye gusaba pasiporo y’u Rwanda

Umunyemari Edouard Mwangachuchu ufite ibirombe by’amabuye y’agaciro muri teritwari ya Masisi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, yabwiye urukiko ko atigeze asaba pasiporo y’u Rwanda, bitandukanye n’ibivugwa n’ubushinjacyaha. Mwangachuchu usanzwe ari n’umudepite amaze igihe aburanishwa n’urukiko rukuru rwa gisirikare, aho ashinjwa ibyaha birimo ubugambanyi no gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Ubushinjacyaha bwasobanuye ko amakuru […]

Televiziyo y’u Rwanda yasubije igisirikare cy’u Burundi cyayamaganye

Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, Arthur Asiimwe, yasubije igisirikare cy’u Burundi cyamaganye televiziyo yacyo (RTV), kiyishinja guha urubuga abagishinja gukorana n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Nyatura. Tariki ya 14 Gicurasi 2023, kuri iyi televiziyo hatambutse ikiganiro Ishusho y’Icyumweru cyari cyatumiwemo Me Uwizeyimana Evode na Me Gasominari Jean Baptiste basesenguraga ku ngabo z’umuryango wa Afurika […]

Dr Habineza yasuye ibiti yateye mu ishyamba rya UR mu myaka 22 ishize

Muri iri shyamba harimo ibiti byatewe na UNR Wildlife Club mu myaka 22 ishize

Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, yasuye ibiti birenga 1000 we na bagenzi be bari bakiri abanyeshuri bateye mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye, mu mwaka w’2000 na 2001. Igikorwa cyo gusura ibi biti cyakurikiye inama y’urubyiruko rwo muri iri shyaka […]

Innoss’B yasabiwe gukurikiranwa nyuma yo kwanga kwamagana Kagame

Umuryango LUCHA w’Abanyekongo wamaganye umuhanzi Innocent Balume uzwi nka Innoss’B, umwita umugambanyi n’umwanzi w’igihugu nyuma y’aho atangaje ko adafite ububasha bwo kwamagana Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 19 Gicurasi 2023 kibanziriza ibitaramo ateganya yise ‘Umoja pour la Paix’, Innoss yagize ati: “Nta masomo mfite yo guha ibihugu by’abaturanyi. Ahubwo […]

U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu byungukiye cyane banki zo muri Kenya

Banki nkuru ya Kenya (CBK) yatangaje ko u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere muri Afurika y’iburasirazuba cyungukira banki zo muri Kenya amafaranga menshi cyane. CBK yatangaje ko mu mwaka ushize, amashami ya banki zo muri Kenya aba mu karere yungutse amashilingi miliyari 32.51. Ni mu gihe mu 2021, zari zarungutse amashilingi miliyari 17.23. U […]