Abaturage bagiriwe inama mu gihe Nyamulagira ikomeje kuruka

Ikigo cy’i Goma gishinzwe gukurikirana ibirunga cyagiriye inama abatuye muri uyu mujyi mu gihe Nyamulagira ikomeje kuruka guhera ku mugoroba w’uyu wa 20 Gicurasi 2023. Umuyobozi w’iki kigo kizwi nka OVG, Dr Muhindo Adalbert, yamenyesheje abatuye i Goma ko kuva saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, Nyamulagira iri kuruka yerekeza mu burengerazuba, muri Pariki ya Virunga. […]

Icyatumye umunyamakuru wo mu Rwanda afungirwa mu Burundi

Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza ukurikirana by’umwihariko inkuru z’ubutabera, avuga ko aherutse gufungirwa mu Burundi hamwe n’umufotozi we n’undi witwa Niyongabo Eric, azira gufotora itangazo riteguza ibazwa rya Alain-Guillaume Bunyoni. Nkundineza asobanura ko ubwo yari akiri mu Rwanda, yabanje kwandikira Perezida w’urukiko rw’ikirenga w’u Burundi, Emmanuel Gateretse kuri Email tariki ya 5 Gicurasi 2023, amusaba uburenganzira […]

U Rwanda rwaba ruteganya kugura indege y’igisirikare muri Brazil

U Rwanda rugaragara ku rutonde rw’ibihugu biteganya kugura indege z’ubwikorezi z’igisirikare y’ubwoko bwa KC-390 Millenium zikorwa n’uruganda Embraer rwo muri Brazil. Aya makuru yatanzwe n’Umugaba w’ingabo za Brazil zirwanira ku butaka, Lt Brig. Marcelo Kanitz Damasceno, ubwo yaganiraga na komisiyo ya sena ishinzwe ububanyi n’amahanga. Lt Brig. Damasceno, muri iki kiganiro cyabaye mu ntangiriro z’uku […]

Rubavu: Umuturage aratakamba nyuma y’aho abagiraneza bamusaniraga bahagaritswe

Rurangwa watangije igikorwa cyo gufasha Ndayambaje

Muhoza Ndayambaje utuye mu mudugudu wa Rurembo, akagari ka Byahi, umurenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu aratakamba nyuma y’aho tariki ya 17 Gicurasi 2023 ubuyobozi buhagaritse abagiraneza bo mu muryango we bamusaniraga inzu ye iherutse gusenyuka. Ndayambaje asobanura ko mbere y’uko imvura isenya igisenge cy’iyi nzu, yari ifite ibiti bishaje, byavungagurikiraga hasi ku buryo […]

Innoss’B arahamya ko nta bubasha afite bwo kwamagana Kagame

Innoss na Bruce Melodie mu ndirimbo 'A l'aise' bakoranye ibihugu byombi bidacana uwaka

Umuhanzi wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Innocent Balume uzwi nka Innoss’B yatangaje ko atari Umukuru w’Igihugu ku buryo yakwamagana Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame. Abanyekongo benshi, kuva muturage usanzwe, ibyamamare mu myidagaduro n’abanyapolitiki, abari mu butegetsi n’abatavuga rumwe na bwo bamaze igihe kinini bagamana u Rwanda n’ubutegetsi bwarwo, bavuga ko rufasha umutwe witwaje […]

General Kazura abona inenge mu butumwa bw’amahoro bwa UN

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, General Jean Bosco Kazura, arasaba ko mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye habamo impinduka, hakajya hibandwa cyane ku kugarura amahoro n’umutekano. Mu nama y’umutekano yateguwe n’ishuri rikuru ry’igisirikare cy’u Rwanda yakomeje kuri uyu wa 19 Gicurasi 2023, Gen. Kazura yasobanuye ko ubutumwa bw’amahoro bwa UN buba bufite intego yo kubungabunga amahoro […]

Ikibazo cy’umubare w’Abagatolika cyarakuririjwe: Kiliziya

Abakateshisite bitabiriye urugendo nyobokamana i Namugongo, bumvaga ijambo rya Karidinali Kambanda

Inama y’abepisikopi ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda yatangaje ko abarimo abanyamakuru bakurikirije ikibazo cy’umubare w’abayoboke b’iri dini, bemeza ko wagabanyutse kandi atari ko biri. Tariki ya 7 Gicurasi 2023, Arikiyepisikopi wa Kigali akaba n’Umukuru w’inama y’abepisikopi, Karidinali Kambanda Antoine, ubwo yagezaga ubutumwa muri misa yateraniye muri Paruwasi ya Saint Michel, yavuze ko ibarura rusange ry’abaturage […]

Ubusesenguzi bw’abanyamategeko ku rubanza rwa Tity Brown rusubitswe gatanu

Urubanza rwa Tity Brown usaba gufungurwa by'agateganyo rusubitswe gatanu

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 18 Gicurasi 2023 rwasubitse urubanza rw’ubujurire rw’umubyinnyi w’imbyino zigezweho, Ishimwe Thierry wamamaye nka Tity Brown, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Icyemezo ajuririra cyafashwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro mu Kuboza 2021, ubujurire busubikwa n’urukiko rwisumbuye tariki ya 30 Ugushyingo 2022, ku ya 8 Gashyantare 2023, ku ya 22 Gashyantare, ku […]

Kalehe: Abanyarwanda barashinjwa guteza ibiza byishe abarenga 400

Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo irashinja impunzi z’Abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu guteza ibiza biherutse kwica abantu barenga 400 muri teritwari ya Kalehe, intara ya Kivu y’Amajyepfo. Ibi biza (inkangu n’imyuzure) byakomotse ku mvura nyinshi yaguye muri Kalehe mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023. Iyi mvura yanaguye no […]

Rubavu: Umwarimu watanze amakuru ku kiraro cyacitse ntiyorohewe

Aka kayira kamanuka mu mugezi karazitiwe mu rwego rwo gukumira abanyeshuri bakanyuragamo

Umwarimu wigisha mu ishuri ribanza rya Karambo mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, Turikubwimana Daniel, ntabwo yorohewe nyuma yo guha umunyamakuru amakuru ku kiraro cyacitse abanyeshuri banyuragaho bakambakamba. Nyuma y’aho Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Musabyimana Jean Claude, atangarije ko abanyamakuru babaye ba Rusahuriramunduru n’abakomisiyoneri, akabishingira ku nkuru y’iki kiraro yahamyaga ko cyakozwe mu buryo […]

Hari gahunda y’uko abacuruzi b’Abanyarwanda bazajya bemererwa kwishyura FRW muri Uganda

Guverineri Rwangombwa asobanura ku bucuruzi buhuza Afurika

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Uganda zifitanye gahunda y’uko abacuruzi bakorera muri ibi bihugu bazajya bemererwa kwishyura amafaranga bikoresha (Amanyarwanda n’Amashilingi), bidasabye ko babanza kujya kuyavunjisha. Guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa, yabyemeje ubwo yari mu nama mpuzamahanga y’igihugu yateguwe n’ishuri rikuru ry’igisirikare, kuri uyu wa 18 Gicurasi 2023. Yagize ati: “Abacuruzi bo muri […]

FARDC yarahiriye kwikubita agashyi, ikigaranzura umwanzi

Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, cyarahiriye kwikubita agashyi, kikigaranzura umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’uw’iterabwoba wa ADF. Kuri uyu wa 17 Gicurasi ubwo FARDC yizihirizaga umunsi mukuru wayo mu mujyi wa Goma, Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen. Constant Ndima, yatangaje ko […]

Polisi yatangaje ko hari abo ifata biyogosha ubwanwa banatwaye imodoka

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko hari abagabo ifata biyogosha ubwanwa banatwaye imodoka ndetse n’abagore bafatwa bisiga ibirungo (makeup). Mu kiganiro yatangiye mahugurwa ku mutekano wo mu muhanda yabereye ku Kacyiru kuri uwa 18 Gicurasi 2023, Polisi yasobanuye kandi ko aba babikora banirebera mu ndorerwamo z’imbere mu modoka, ku buryo haba hari ibyago byinshi byo gukora […]

Floriane Irangabiye yaba ari gutoterezwa muri gereza

Umunyamakuru w’Umurundikazi wigeze kuba mu Rwanda nk’impunzi, Floriane Irangabiye, yaba ari gukorerwa itotezwa muri gereza afungiwemo ya Muyinga. Radio Inzamba ivuga ko abatangabuhamya bayibwiye ko umuyobozi wa gereza tariki ya 16 Gicurasi 2023 yajyanye n’abantu babiri bambaye gisivili n’abapolisikazi bane, bajya mu cyumba Irangabiye araramo kugira ngo bamusake. Marie Louise Baricako uyobora umuryango Inamahoro uharanira […]

Sadate avuga ko yagaburiraga abana 40 buri munsi, agaharikwa n’ababikangamo abajura

Umushoramari wabaye Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yasobanuye uburyo yari yariyemeje kugaburira abana 40 bo mu muhanda buri manywa, agahagarikwa n’ubuyobozi bwabikanzemo abajura. Sadate utuye Kibagabaga mu karere ka Gasabo, yatangaje ko igikorwa cyo kugaburira abana bo ku muhanda cyatangiriye kuri babiri bamusabye amafaranga. Ati: “Aho ntuye Kibagabaga nigeze guhura n’abana babiri basabiriza mu […]

Mu Rwanda hazamuwe amabendera menshi ashyigikira abaryamana bahuje ibitsina

Iri ryazamuwe kuri ambasade y'u Bubilligi

Kuri ambasade z’ibihugu bitandukanye bigize umuryango w’ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda hazamuwe amabendera menshi ashyigikira umuryango uhuza abarimo abaryamana bahuje ibitsina n’abihinduza ibitsina uzwi nka LGBTIQ+. Ambasade zazamuye aya mabendera zirimo: iy’u Bubiligi, u Bwongereza, Sweden, u Buholandi. Byakozwe kuri uyu wa 17 Gicurasi 2023. Ambasade ya EU mu Rwanda yasobanuye ko byakozwe mu […]

Ingabo zari ziyobowe na James Kabarebe zafashe Kinshasa mu myaka 26 ishize

Abarwanyi ba AFDL bari kumwe n'Abanyarwanda n'abanya-Uganda, ubwo binjiraga i Kinshasa

Hari mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Gicurasi 1997, abarwanyi barimo abo mu mutwe witwaje intwaro wa AFDL wa Laurent DesirĂ© Kabila, Abanyarwanda n’abanya-Uganda bari bayobowe na James Kabarebe binjira mu murwa mukuru wa Repubulika ya demukarasi ya Congo yitwaga ZaĂ ÂŻre, Kinshasa. Icyagejeje aba barwanyi bari urubyiruko i Kinshasa ni ugukuraho ubutegetsi […]

Urukiko rw’ubujurire rwanzuye ko Sarkozy wayoboye u Bufaransa afungwa

Urukiko rw’ubujurire rwa Paris rwashimangiye igifungo cy’imyaka itatu kuri Nicolas Sarkozy wabaye Perezida w’u Bufaransa, kirimo umwaka agomba kumara afunzwe n’indi ibiri isubitse. Iki cyemezo cyari cyarafashwe n’urukiko rw’ibanze muri Werurwe 2021 ubwo rwari rumaze kumuhamya icyaha cya ruswa yakoze mu mwaka w’2014. Gusa ariko, urukiko rwashyizeho umwihariko w’uko Sarkozy atazafungirwa muri gereza, ahubwo azafungirwa […]

RDC yashyizwe mu bihugu 10 bikize muri Afurika

Ikigega mpuzamahanga cy’imari (IMF) cyashyize Repubulika ya demukarasi ya Congo mu bihugu 10 bikize ku mugabane wa Afurika. IMF, muri raporo nshya yasohotse muri uyu mwaka, yagaragaje ko umusaruro mbumbe wa RDC wageze kuri miliyari 69 z’amadolari ya Amerika, hakaba harabayeho ubwiyongere bwa miliyari 6 ugereranyije n’umwaka wabanje. Ubwiyongere bw’umusaruro mbumbe burashingira bwatewe n’umusaruro uva […]

Inyeshyamba z’Abanyarwanda zateze igico Imbonerakure

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, bafite ibirindiro muri ishyamba rya Kibira, bateze igico urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi bw’u Burundi ruzwi nk’Imbonerakure. Ikinyamakuru SOS Medias kivuga ko Imbonerakure zaguye muri iki gico mu ijoro ryo ku wa 14 Gicurasi 2023, ahagana ku musozi wa Rutorero, komini Mabayi, intara […]

Minisitiri Musabyimana yise abanyamukuru ba ‘Rusahuriramunduru’

Ibi biti byamaze gukurwaho ariko umunyamakuru yagaragaje ko abanyeshuri bakihambuka

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Musabyimana Jean Claude, yise abanyamakuru barimo aba Mama Urwagasabo ba Rusahuriramunduru ashingiye ku nkuru bakoze, bo bahamya ko bayifitiye ibimenyetso bifatika. Umunyamakuru w’iki kinyamakuru tariki ya 11 Gicurasi 2023 atangaje inkuru y’impuruza yerekana abanyeshuri biga mu ishuri ribanza rya Karambo riherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, bambuka umugezi bakambakamba […]

Musanze: Bafashwe bamaze gusenya moto, ibyuma byayo babibitse mu mufuka

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rufungiye muri sitasiyo yarwo ya Muhoza mu karere ka Musanze abagabo batatu bafashwe bamaze gusenya moto bakekwaho kwiba, ibyuma byayo bakabibika mu mufuka. SP Ndayisenga Alex Ndayisenga ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’abaturage mu ntara y’Amajyaruguru, yatangaje ko aba bagabo batawe muri yombi n’uru rwego rushinzwe umutekano, ku wa 14 Gicurasi 2023 […]

MINAFFET itewe ipfunwe n’imodoka ba Ambasaderi 6 b’u Rwanda bakoresha

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane (MINAFFET) yatangaje ko itewe ipfunwe n’imodoka ba Ambasaderi b’u Rwanda mu bihugu 6 bakoresha bitewe n’uko zishaje cyane. Izi modoka zirimo ikoreshwa n’Intumwa Nkuru y’u Rwanda mu Bwongereza, Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, uri mu Misiri, uri mu Burusiya, uri mu Bufaransa n’uri muri Ethiopia. Minisitiri Dr Vincent Biruta ubwo yari […]

Dr Habineza abona kuba Umukuru w’Igihugu mu mwaka utaha bishoboka

Dr Habineza azongera ahagararire DGPR mu matora y'umwaka utaha

Dr Frank Habineza uyobora ishyaka DGPR (Green Party) riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije yagaragaje ko kuba Perezida w’u Rwanda mu mwaka utaha bishoboka. Mu nteko rusange ya DGPR yabereye mu karere ka Gasabo tariki ya 13 Gicurasi 2023, Dr Habineza yongeye gutorerwa kuyobora iri shyaka, abanyamuryango bemeza ko ari we uzabahagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu […]

Me Evode Uwizeyimana arahamya ko M23 izanyanyagiza ingabo za SADC

Me Evode Uwizeyimana usanzwe ari senateri mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda abona umutwe witwaje intwaro wa M23 uzanyanyagiza ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) nizijya kurasa ku birindiro byayo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo. Mu kiganiro ‘Ishusho y’Icyumweru’ cyaraye gitambutse kuri televiziyo y’igihugu, Me Uwizeyimana, mu busesenguzi bwe, yavuze […]

Turahirwa Moses ajyanwe muri gereza, ahafungiwe abo yasabiye imbabazi

Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko umunyamideli Turahirwa Moses afungirwa iminsi 30 y’agateganyo muri gereza mu gihe ategereje kuburana mu mizi. Turahirwa akurikiranweho ibyaha birimo gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi no gukoresha inyandiko mpimbano, byose bishingira ku byo yitangarije ku mbuga nkoranyambaga ze. Mu iburanisha ryabaye, ubushinjacyaha bwagaragarije urukiko ko hari impamvu zikomeye zituma Turahirwa akekwaho kuba […]

Karasira ‘ufite uburwayi bwo mu mutwe’ yasohotse urubanza rutarangiye

Karasira Uzaramba Aimable byemejwe n’umuganga ko afite uburwayi bwo mu mutwe yasohotse mu rukiko rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwa Nyanza, urubanza rutarangiye. Muri uru rukiko, habaye impaka hagati y’uruhande rwa Karasira n’ubushinjacyaha, niba yakomeza kuburana ku byaha birimo: gupfobya jenoside, kuyiha ishingiro no kubiba amacakubiri. Zashingiye kuri raporo yakozwe na muganga […]

U Rwanda na RDC byahuriye mu nama yo gucyura impunzi

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) zahuriye mu nama yo gucyura ku bushake impunzi z’Abanyarwanda n’Abanyekongo zikiri mu bihugu byombi. Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko iyi nama iri kubera i Geneva mu Busuwisi. Ni ku cyicaro gikuru cy’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, UNHCR, ryateguye iyi nama. […]

Urupfu rw’umunyeshuri wigaga muri E.S Musanze rwateje impagarara

Bivugwa ko Umuhire yasabye uruhushya rwo kujya kwivuriza iwabo, ntiyaruhabwa

Mu ishuri ryisumbuye ryigisha siyansi rya Musanze (Ecole des Sciences de Musanze) haravugwa inkuru y’urupfu rw’umunyeshuri w’imyaka 12 y’amavuko witwa Umuhire Ange Cecile, bikekwa ko yabanje kwimwa uruhushya ngo ajye kwivuriza iwabo, agasabwa kwivuriza mu ivuriro ry’ikigo. Bivugwa ko Umuhire wigaga mu mwaka wa mbere yari amaze ibyumweru bibiri arwariye muri iki kigo, akaba yarapfuye […]

Ruto yagaragaje icyatumye azamura mu ntera General wagerageje kuburizamo intsinzi ye

Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, yagaragaje impamvu zikomeye zatumye azamura General Francis Omondi Ogolla ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’ingabo kandi ari mu bagerageje kuburizamo intsinzi ye. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku biro bye kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023 cyibandaga kuri gahunda afitiye igihugu, Perezida Ruto yagize ati: “General Ogolla ari mu bantu […]

Iradukunda Bertrand yatangaje icyatumye adakina umukino APR FC yasezereyemo Kiyovu Sports

Ubutumwa bwa Iradukunda Bertrand

Rutahizamu Iradukunda Jean Bertrand yatangaje icyatumye adakina mu mukino w’igikombe cy’amahoro APR FC yasezereyemo Kiyovu Sports kandi nta kibazo cy’ubuzima afite. Kuri sitade ya Kigali Pele habereye umukino wo kwishyura wa Ă‚Âœ cy’irangiza. APR FC yasezereye Kiyovu Sports ku bitego 3-2 birimo 2-1 yayitsinze kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023. Icyakoze, Iradukunda ntabwo yigeze agaragara […]

Umunyarwenya ukomoka mu Rwanda no mu Burundi yataramiye ab’i Goma

Sengazi imbere y'abitabiriye iki gitaramo

Michael Sengazi, umunyarwenya ugezweho ukomoka mu Rwanda no mu Burundi yataramiye abatuye mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC). Sengazi ni umunyarwenya wamamaye cyane ku rwego mpuzamahanga kubera ko mu kazi ke akunze gukoresha ururimi rw’Igifaransa. Mu mwaka w’2019 yegukanye igihembo ‘Talent du Rire’ gitangwa na radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, nk’indashyikirwa. […]

Amagorwa ya ApĂŽtre Habonimana ubwo umugore we yari arwaye indwara y’amayobera

Habonimana ni umuvugabutumwa akaba n'umuririmbyi

Umuririmbyi akaba n’umuvugabutumwa washinze itorero Shemeza Worship Temple mu Burundi, ApĂŽtre Apollinaire Habimana, yatanze ubuhamya bw’uburyo umugore we Nsabimana Jeannette KN yarwaye igihe kirekire, bikagera aho kwa Nyirabukwe bashaka kumusubirana ngo bamwivurize, akabyanga. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Jean Paul Nkundineza uri i Bujumbura, ApĂŽtre Habonimana yavuze ko umugore we yafashwe n’indwara itaramenyekanye mu mwaka w’2017, […]

Impamvu abasirikare ba Uganda bari Rutshuru bagaragaye batambaye ikirango cya EACRF yamenyekanye

Uyu musirikare wa Uganda wambaye ikirango cya EACRF ni we Brig. Gen. Kulayigye yerekanye

Igisirikare cya Uganda, UPDF, cyasobanuye impamvu abasirikare bacyo bari mu butumwa bw’amahoro muri teritwari ya Rutshuru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bagaragaye batambaye ikirango cy’umutwe w’ingabo z’akarere ka Afurika y’iburasirazuba, EACRF. Tariki ya 3 Gicurasi 2023, umunyamakuru Justin Kabumba wari waherekeje ingabo za RDC zari zagiye gusura Rutshuru, yafotoye ingabo za Uganda, yerekana ko […]

Gatabazi JMV yasabiye Jeannette Kagame umugisha

Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yasabiye umufasha wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, umugisha ku munsi mpuzamahanga w’ababyeyi b’abagore. Uyu munyapolitiki, mu butumwa yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023, yagaragaje ko Jeannette yakoze ibintu byinshi bituma amushimira uyu munsi, birimo gufasha abaciye bugufi. Yagize ati: “Happy Mother’s Day Your […]

M23 yatangaje ko ingabo z’u Burundi zatengushye EAC byeruye

Ingabo z'u Burundi ubwo M23 yazishyikirizaga Mushaki n'ibindi bice muri Werurwe

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wagaragaje ko ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’amahoro bwa EAC zatandukiriye inshingano zahawe muri teritwari ya Masisi, intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023 yatangaje ko agace ka Mushaki uyu mutwe witwaje intwaro wari warasigiye […]

FIFA yafashe ingamba zatuma ruswa ihwihwiswa muri ruhago y’u Rwanda iba amateka

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, ryafashe ingamba zishobora gutuma ruswa ihwihwiswa muri iyi siporo mu Rwanda, by’umwihariko mu cyiciro cya mbere iba amateka. Ni kenshi mu bakurikiranira hafi umupira w’amaguru muri iki gihugu humvikana amakuru y’uko hari penaliti zitangwa bitari bikwiye, ibitego byemezwa habayemo kurarira, ibidatangwa kandi nta kurarira kwabayemo, kugurisha imikino, kwitwara nabi […]

Général Ndima yagaragaje ko inshingano zamunaniye kubera u Rwanda

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Constant Ndima Kongba, yagaragaje ko u Rwanda ari rwo rwatumye inshingano yo kugarura umutekano n’amahoro imunanira. Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yashyize Kivu y’Amajyaruguru na Ituri mu bihe bidasanzwe, aziha abayobozi bo ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen Ndima na Lt […]

Fally Ipupa yatangaje ko nta kibazo afitanye n’Abanyarwanda

Umuhanzi w’Umunyekongo Fally Ipupa N’Simba uzwi nka Fally Ipupa yatangaje ko adashobora kuza mu Rwanda kuhakorera igitaramo. Fally mu kiganiro yagiriye kuri TV5 Monde, yasobanuye ko kuba ataza mu Rwanda atari uko afitanye ikibazo n’Abanyarwanda, agaragaza ko byatewe n’umwuka mubi uri hagati y’ubutegetsi bw’ibihugu byombi. Yagize ati: “None nta kibazo mfitanye n’Abanyarwanda kuko si ko […]

Abantu 13 bibasiwe n’ibiza baracyari mu bitaro

Amakuru mashya kuri ibi biza mu mibare

Minisiteri y’ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko abantu 13 mu bibasiwe n’ibiza mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023 bakiri mu bitaro. Muri raporo nshya yasohotse kuri uyu wa 13 Gicurasi 2023, iyi Minisiteri ivuga ko abishwe n’ibi biza ari 135, abakomeretse ni 110, abamaze kuva ku bitaro bo bakaba bageze kuri 97. […]

Tshisekedi ‘aracyategereje’ u Rwanda rutayobowe na Kagame

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yatangaje ko ategereje kubona u Rwanda rutayobowe na Paul Kagame, kuko ngo ni bwo uburasirazuba bw’igihugu cyabo buzagira amahoro. Tshisekedi, mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba muri Botswana kuri uyu wa 12 Gicurasi 2023, nk’uko ikinyamakuru 7 Sur 7 cyabitangaje, yavuze ko u Rwanda rwateye igihugu […]

Umufaransakazi washinjwaga guhakana jenoside yakorewe Abatutsi yatsinze urubanza rw’ubujurire

Umunyamakuru w’Umufaransakazi, Natacha Polony, washinjwaga guhakana jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 yatsinze urubanza rw’ubujurire. Mu mwaka ushize, urukiko rwo mu Bufaransa rwagize Natacha umwere kuri iki cyaha gifitanye isano n’amagambo yavugiye ku France Inter mu mwaka w’2018 kuri jenoside yakorewe Abatutsi, yashinjwe n’umuryango IBUKA urengera abarokotse na MRAP urwanya ivangura. Uyu mwanzuro washimangiwe […]

Umuturage yasabye Perezida Kagame akazi nyuma yo kumufasha kwiga ‘Masters’

Nshizirungu mu 2019 ubwo yibutsaga Perezida Kagame ko ataratangira kwiga 'Masters'

Umuturage wo mu kagari ka Nyundo, umu murenge wa Nyundo mu karere ka Rubavu witwa Nshizirungu Aimable, yasabye Perezida Paul Kagame kumuha ubutumwa (akazi) nyuma yo kumufasha kwiga icyiciro cya gatatu cya kaminuza kizwi nka ‘Masters’. Ubwo Perezida Kagame yari yagiriye uruzinduko muri Rubavu muri Gicurasi 2019, Nshizirungu yamwibukije ko ubwo yasuraga abanyeshuri bigaga muri […]

Umuhanzi Ben Kayiranga yemereye Niyo Bosco inkunga

Umuhanzi Ben Kayiranga usigaye uba mu mahanga yemeye guha Niyo Bosco inkunga y’amayero 500 (ararenga amafaranga y’u Rwanda ibihumbi Magana atanu) yo kumufasha gukora no gutunganya indirimbo. Kayiranga yemeye gutanga iyi nkunga ubwo yumvaga ibibazo bitandukanye Niyo Bosco yahuye na byo, mu gihe na nyuma yo gutandukana na MIE Empire yarebereraga inyungu ze nk’umuhanzi. Ibi […]

Perezida Kagame agiye gusura abibasiwe n’ibiza i Rubavu

Perezida Paul Kagame arasura abaturage baherutse kwibasirwa n’ibiza mu murenge wa Rugerero w’akarere ka Rubavu kuri uyu wa 12 Gicurasi 2023. Umukuru w’Igihugu arasura ibice bitandukanye byibasiriwe n’inkangu n’imyuzure muri Rubavu, aganagire n’abimuriwe by’agateganyo mu kigo cy’Inyemeramihigo. Muri iki kigo hamaze gutegurwa. Abaturage, abayobozi mu nzego zitandukanye, abashinzwe umutekano ndetse n’abanyamakuru b’ibinyamakuru bitandukanye bamaze kuhagera. […]

Ubutaka Perezida Kagame yahawe n’umuturage bugiye kubakwaho ishuri rya Frw miliyari 7

Ubutaka Perezida Paul Kagame yahawe na Nyirangoragoza Marianne wari utuye kagari ka Nyarusange, umurange wa Bushekeri, mu karere ka Nyamasheke bugiye kubakwaho ishuri rizatwara amafaranga y’u Rwanda miliyari 7. Ubu butaka burimo isambu ifite ubuso bwa metero kare 586, ifite ubwa metero kare 168, ubufite metero kare 776 n’ubundi bwa metero kare 1,259. Minisitiri mu […]

EAC iremeza ko Tshisekedi atavuga ukuri ku bibera mu burasirazuba bwa RDC

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Dr Peter Mathuki, aremeza ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo atavuga ukuri ku bijyanye n’umutekano bibera mu burasirazuba bw’igihugu cye. Yasubizaga Tshisekedi uherutse gutangaza ko ingabo za EAC ziri mu burasirazuba bw’igihugu cye nta musaruro zatanze, kandi ko [keretse iz’u Burundi], izindi zikorana n’umutwe […]

Bemba yagaragaye mu mahanga arashisha imbunda igezweho

Ubufatanye mu bya gisirikare ku ruhembe rw'impamvu zajyanye Bemba muri Indonesia

Minisitiri w’ingabo n’abahoze ari abasirikare wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yagaragaye mu mahanga arashisha imbunda iri mu zigezweho. Ibiro bye bisobanura ko yabikoreye mu ruzinduko ari kugirira muri Indonesia, rwatangijwe no gusura inganda z’iki gihugu zicura intwaro z’ubwoko butandukanye kuri uyu wa 11 Gicurasi 2023. Nk’uko bigaragara mu mafoto, Minisitiri Bemba […]

Afurika y’Epfo mu iperereza ryo kumenya niba hari umuyobozi wohereje intwaro mu Burusiya

Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epfo byatangaje ko guverinoma igiye gushyiraho itsinda ryigenga riyobowe n’uwahoze ari umucamanza, rizakora iperereza rimenye niba koko hari uwo mu butegetsi bw’iki gihugu uherutse kohereza intwaro mu Burusiya. Ni nyuma y’aho Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zigaragarije Afurika y’Epfo impungenge z’uko ubwato bunini bwitwa Lady R bwo mu Burusiya […]

U Bwongereza bwahaye Ukraine misile ziraswa mu bilometero 250

Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe ingabo, Ben Wallace, yatangaje ko boherereje Ukraine misile ziraswa mu ntera y’ibilometero 250 zitwa Storm Shadow, kugira ngo ziyifashe kwirwanaho mu ntambara yashojweho n’u Burusiya. Wallace mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 11 Gicurasi 2023, yasobanuye ko izi misile zizaha Ukraine amahirwe yo “gusubiza imyuma ingabo z’u Burusiya ziri ku […]

Zimbabwe iri gukusanya inkunga yo gufasha abagizweho ingaruka n’ibiza mu Rwanda

Guverinoma ya Zimbabwe iri gukusanya inkunga yo gufasha abo ibiza biherutse kugiraho ingaruka mu Rwanda, Repubulika ya demukarasi ya Congo na Malawi. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’imirimo rusange, July Moyo, yabimenyesheje abaminisitiri bagenzi be ubwo bari mu nama, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’itumanaho akaba n’Umuvugizi wa guverinoma, Monica Mutsvangwa, mu kiganiro n’abanyamakuru. Minisitiri Mutsvangwa yagize ati: […]

Abadepite bakomeje kotsa igitutu Tshisekedi nyuma yo kwinubira ingabo za EAC

Abadepite bo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bahagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, bakomeje gushyira igitutu kuri Perezida FĂ©lix Tshisekedi, nyuma y’aho yinubiye ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba. Tshisekedi uri mu ruzinduko rw’akazi muri Botswana, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023, yatangaje ko ingabo za EAC, keretse gusa iz’u Burundi, […]

Museveni yatangaje ko ahembwa umushahara muke

Museveni ashyira indabo ku isanduku irimo umurambo wa Engola

Perezida wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’iki gihugu, General (Rtd) Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko guhemba abasirikare umushahara munini bitashoboka, atanga urugero ko na we ahembwa make. Yabivuze kuri uyu wa 10 Gicurasi 2023, ubwo yari ku kibuga cya Kololo mu muhango wo gusezera ku wahoze ari Minisitiri w’umurimo, Colonel (Rtd) Charles Engola, uherutse […]

U Rwanda rurateganya kohereza vuba Maj. Gen. Karamba muri Angola

Maj. Gen. Karamba yaganiraga na Perezida Samia Suluhu mbere yo kumusezeraho

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kohereza mu gihe cya vuba Major General Charles Karamba muri Angola kugira ngo arubere Ambasaderi muri iki gihugu kiri mu karere ka Afurika y’Amajyepfo. Icyemezo cyo kugira Maj. Gen. Karamba Ambasaderi w’u Rwanda muri Angola cyafashwe na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, tariki ya 24 Werurwe 2023. Uyu musirikare yari asanzwe […]

Umuherwe Elon Musk yagumuye abakoresha WhatsApp

Umunyamerika Elon Musk uri mu baherwe ba mbere ku Isi, akaba ari na we Muyobozi Nshingwabikorwa w’urubuga rwa Twitter, yatangaje ko WhatsApp ya mugenzi we Mark Zuckerberg atari iyo kwizerwa. Musk kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023 yagize ati “WhatsApp si iyo kwizerwa”, asubiza Enjenyeri wa Twitter winubiraga ko mu gihe yari asinziriye, telefone yakiriye […]

Tshisekedi yandagaje ingabo za EAC n’uwari Komanda wazo

Tshisekedi ubwo yari mu kiganiro nñ€ℱabanyamakuru hamwe na mugenzi we uyobora Botswana, Mokgweetsi Masisi

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yandagaje ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) ziri mu gihugu cye n’uwahoze ari Komanda wazo, Major General Jeff Nyagah, uherutse kwegura. Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru mu ruzinduko yagiriye muri Botswana kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023, Tshisekedi yasobanuye icyatumye asaba ubufasha mu bihugu biri mu […]

Abadepite ntibashyigikiye igabanywa rya miliyari 14 ku ngengo y’imari y’ubuhinzi

Abadepite bagize komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu bagaragaje ko badashyigikiye igabanywa ry’amafaranga y’u Rwanda akabakaba miliyari 14 ku ngengo y’imari igenerwa Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI. Babigaragaje kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023 ubwo baganiraga na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, ku mbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari y’umwaka w’2023/2024 igenerwa y’ubuhinzi n’ubworozi ya MINAGRI n’ibigo […]

Umuvugizi wa guverinoma arasabira FDLR kubazwa inka iherutse kurasa

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, arasaba ko abarwanyi ba FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo baherutse kugaragara barasa inka bagezwa mu butabera. Tariki ya 2 Gicurasi 2023, ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho yumvikanamo abavuga Ikinyarwanda barasa inka. M23 ivuga ko byakorewe n’abarwanyi barimo aba FDLR mu muhanda […]

Abakoresha imbunda barwanya abadafite intwaro ni ingurube: Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yamaganye yivuye inyuma abagize uruhare mu kurasa Ibrahim Tusubira AKA Isma Ichuli wamamamaye kubera gutangaza inkuru zinenga ubutegetsi, abita ingurube. Museveni yavuze ko mu mahame y’ishyaka NRM, hatarimo gutsinda umuntu udafite intwaro hakoreshejwe imbunda. Ati: “Namaganye ingurube zimwe zishe uyu Munya-Uganda. Ingurube zi zo zikoresha imbunda mu kurwanya abatumvikana na […]

Minisitiri Kazadi aremeza ko icyaba cyose kitakuraho ubuvandimwe bwa Kagame na Tshisekedi

Minisitiri w’imari muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, aremeza ko icyaba cyose kidashobora gukuraho ubuvandimwe bwa Perezida w’igihugu cyabo, FĂ©lix Tshisekedi n’uw’u Rwanda, Paul Kagame. Kazadi mu kiganiro yagiriye kuri TĂ©lĂ© 50, yasubiye mu mateka ya vuba mu mwaka w’2019 ubwo Tshisekedi yatumiraga Perezida Kagame ngo bifatanye gusezera mu cyubahiro Etienne Tshisekedi wabaye […]