Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu

Sangiza iyi nkuru

Umuryango wa Iyamumpaye Emmanuel n’umugore we, Uwamariya Jacqueline batuye mu mudugudu wa Kamicaca mu Kagari ka Kamwumba Umurenge wa Nyange, akarere ka Musanze bavuga ko bababajwe n’uburyo bari bamaze umwaka n’amezi atatu bahawe inka muri gahunda ya Giriinka gusa bakayamburwa kuko ngo basuzuguye mudugudu nk’uko abandi baturage bavuga.

Aba baturage batangarije TV1 ko bambuwe iyi nka bitewe n’uko boneshereje umuturanyi wabo, ikosa ribangikanye no kororera ku gasozi. Aba bemera aya makosa gusa bakavuga ko harimo akarengane kuko bari bamaze kumvikana n’uwo boneshereje, ibyo kuragira ku gasozi nabyo bakavuga ko bashobora kubihanishirizwa amande nk’uko amategeko abiteganya ariko ntibamburwe inka ihaka n’inyana yayo.
Abaturage barimo n’uwonesherejwe nk’uko iyi nkuru ibitangaza, bavuga ko “harimo akarengane.”

Igifatwa nk’intandaro yo kwamburwa inka

Aba baturage bavuga ko intandaro yo gukomera kw’iki kibazo kugeza hafashwe n’umwanzuro wo kuba iyi nka yahabwa undi, byaturutse ku muyobozi w’umudugudu ngo warakajwe no gusuzugurwa n’uyu wonesheje.

Mudugudu ubwo yajyaga gufata inyana yari yasigaye mu rugo ngo yabanje kubwirwa nabi bavuga ko “ Niba nyina yaratwawe kuko yafashwe yona inyana yayo nayo idakwiriye kugenda kuko yo yari iri mu kiraro.”

Abaturage bavuga ko uko gushyamirana n’umuyobozi w’umudugudu ngo ni ko kwatumye abanza kubaca amafaranga ibihumbi bine bitagira inyemezabwishyu yiswe ayo kumusubiza icyubahiro bamutesheje.

Ibi ngo byari gutuma bemererwa kujya kuyikurikirana ngo ari nabyo bishobora kuba byarabaye intandaro yo gutinda bagasanga inka yaramaze guhabwa undi.
Umuyobozi w’umudugudu ntacyo yashatse gutangariza TV 1 ku byo ashinjwa.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyange, Muremangingo Jerôme, Avuga ko kubwe abona ko uwambuwe inka atarenganyijwe, avuga ko kuragira ku gasozi no konesha ari bimwe mu bigaragaza kunanirwa inka ya Girinka, kandi iyi ngo ikaba ari impamvu ikomeye yo kuyamburwa.

Ubusanzwe kwambura umuturage inka yahawe muri gahunda Girinka ni umwanzuro ufatwa na komite ishinzwe gahunda ya Gira inka iba ku rwego rw’umudugudu, urw’akagari cyangwa ku rw’umurenge. Mu bafashe icyemezo muri izi zose ariko nta n’imwe iremeza ko uyu muturage wonesheje yamburwa inka.

Uyu mwanzuro wo kuba ihawe undi wafashwe kuko Iyamumpaye Emmanuel yari yatinze kuza kuyikurikirana. Ingamba zo kubuza abantu guhurira hamwe nizivaho, izi komite zishobora kuzaterana hagafatwa undi mwanzuro.

Bwiza.com yageragaje kuvugana n’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze kuri iki kibazo ntibyakunda.

Soma Izindi Nkuru

50 Responses

  1. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    OYA, IBI MINISTIRI W’UBUTEGETSI BW’IGIHUGU ntiyabyemera. Byakabaye byo iyo izo KOMITE ZITERANA zikabyemeza. IKINDI KUBA HAJEMO AMAFARANGA IBIHUMBI4000 ameze nka ruswa kugirango inka ikunde igaruke nabyo biratuma ikemezo cya MUDUGUDU giseswa. Kwonesha byo birasanzwe, maze hari amafaranga acibwa agahabwa uwonesherejwe. Dore ko kandi bari banamaze no kumvikana. BURIYA ABATURAGE IYO BABONYE HARIMO AKARENGANE, KABA KARIMO KOKO. GIFU w’umurenge nareke gushyigikira amafuti ya MUDUGUDU. K U N Y A G W A inka nkiriya, dore ko mbona imeze naneza, n’ugutera icumu mu rubavu uwari wayihawe. Kandi urabona ko yari yagerageje ku yifata neza. IRAHAKA, ironsa, yarategereje AMATA none BAYAMUKUYE MUKANWA. Uwo wayihawe n’ako wayiragijwe kuko muri jye ndumva ko icyo cyaha yakoze kitanyagisha umunyarwanda, YATORANIJWE BINYUZE MUYIHE KOMITE KO ITARI YANEMEZA UBUNYAGWE Bw’uwambere.
    ASUBIZWE INKA YE, yihanangirizwe, niyongera bazayitware. Ariko mureke gusonga umunyarwanda hato ativaho yiyahura. MUFASHE UYU MUNTU RWOSE BANYAKUBAHWA BAYOBOZI MWESE MUSHOBORA KUGIRA ICYO MWAKORA KURI IKI KIBAZO. MURAKOZE KUMVA UGUTAKAMBA KWANJYE NTAKAMBIRA UMUTURAGE NTA NAZI RWOSE. MBIVUZE UKO NUMVA BYAGAKWIYE KUGENDA.

  2. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    OYA, IBI MINISTIRI W’UBUTEGETSI BW’IGIHUGU ntiyabyemera. Byakabaye byo iyo izo KOMITE ZITERANA zikabyemeza. IKINDI KUBA HAJEMO AMAFARANGA IBIHUMBI4000 ameze nka ruswa kugirango inka ikunde igaruke nabyo biratuma ikemezo cya MUDUGUDU giseswa. Kwonesha byo birasanzwe, maze hari amafaranga acibwa agahabwa uwonesherejwe. Dore ko kandi bari banamaze no kumvikana. BURIYA ABATURAGE IYO BABONYE HARIMO AKARENGANE, KABA KARIMO KOKO. GIFU w’umurenge nareke gushyigikira amafuti ya MUDUGUDU. K U N Y A G W A inka nkiriya, dore ko mbona imeze naneza, n’ugutera icumu mu rubavu uwari wayihawe. Kandi urabona ko yari yagerageje ku yifata neza. IRAHAKA, ironsa, yarategereje AMATA none BAYAMUKUYE MUKANWA. Uwo wayihawe n’ako wayiragijwe kuko muri jye ndumva ko icyo cyaha yakoze kitanyagisha umunyarwanda, YATORANIJWE BINYUZE MUYIHE KOMITE KO ITARI YANEMEZA UBUNYAGWE Bw’uwambere.
    ASUBIZWE INKA YE, yihanangirizwe, niyongera bazayitware. Ariko mureke gusonga umunyarwanda hato ativaho yiyahura. MUFASHE UYU MUNTU RWOSE BANYAKUBAHWA BAYOBOZI MWESE MUSHOBORA KUGIRA ICYO MWAKORA KURI IKI KIBAZO. MURAKOZE KUMVA UGUTAKAMBA KWANJYE NTAKAMBIRA UMUTURAGE NTA NAZI RWOSE. MBIVUZE UKO NUMVA BYAGAKWIYE KUGENDA.

  3. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Inka ihaka iba itarabyara,Iyo yabyaye iba itacyitwa inka ihaka,ubutaha uzakore

  4. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Inka ihaka iba itarabyara,Iyo yabyaye iba itacyitwa inka ihaka,ubutaha uzakore

  5. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Inka ihaka iba itarabyara,Iyo yabyaye iba itacyitwa inka ihaka,ubutaha uzakore

  6. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Inka ihaka iba itarabyara,Iyo yabyaye iba itacyitwa inka ihaka,ubutaha uzakore

  7. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Bwiza nk’itangazamakuru ry’umwuga uwo muturage muzamukorere ubuvugizi asubizwe inka ye!

  8. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Bwiza nk’itangazamakuru ry’umwuga uwo muturage muzamukorere ubuvugizi asubizwe inka ye!

  9. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    uwo muturage bamusubize inkaye

  10. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    uwo muturage bamusubize inkaye

  11. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ariko koko konesha cg amakosa yo kuragira Ku gasozi bihuriye hr no gufatirwa icyemezo cyo kwamburwa inka NGO nuko ariya Girinka?

    Ese buriya, iyo iriya nka itaba iya GIRINKA:

    1. Yari kuyamburwa?

    2. Ese inka zatanzwe muri gahunda ya GIRINKA ziba zimeze nkaho ari umusaraba bahawe? Njye ntekereza ko ahubwo arabo bayobozi b’ibanze baba bavangira Nyakubahwa HE cyane ko atanga inka zo guha amahoro abaturage (atanga atitangiriye itama). Agabira abatishoboye kugira NGO bishime nk’abandi bafite ubushonozi.

    3. Ejo kuri TV1, Gitifu yavuze ko ashyigikiye ko ayamburwa, ubwo se inkabze iyo zimuvitse zikonera abaturage, we barazimwambura?

    4. Ko mperuka inshingano za ba mudugudu zisobanutse, into kwambura umuturage umutungo we byaje bite?

    Uko mbibona:

    1. Mudugudu, ES Akagali na Gitifu w’Umurenge ntibacika Mayor, nibanamucika ntibacika Governor Gatabazi JMV, niba governor adahugutse ntibacika Minister Minaloc. Ko dufite abayozi beza raaa! Muzaba mumbarira.

    2. Mudugudu na ES Umurenge bategure icyo bazasobanurira RIB, Ubushinjacyaha na discipline committees

    3. Twamaganye abavangira HE uhangayikishwa no kuba abanyarwanda Bose batarabona amata yo kunwa ariko abandi baka muvangira

  12. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ariko koko konesha cg amakosa yo kuragira Ku gasozi bihuriye hr no gufatirwa icyemezo cyo kwamburwa inka NGO nuko ariya Girinka?

    Ese buriya, iyo iriya nka itaba iya GIRINKA:

    1. Yari kuyamburwa?

    2. Ese inka zatanzwe muri gahunda ya GIRINKA ziba zimeze nkaho ari umusaraba bahawe? Njye ntekereza ko ahubwo arabo bayobozi b’ibanze baba bavangira Nyakubahwa HE cyane ko atanga inka zo guha amahoro abaturage (atanga atitangiriye itama). Agabira abatishoboye kugira NGO bishime nk’abandi bafite ubushonozi.

    3. Ejo kuri TV1, Gitifu yavuze ko ashyigikiye ko ayamburwa, ubwo se inkabze iyo zimuvitse zikonera abaturage, we barazimwambura?

    4. Ko mperuka inshingano za ba mudugudu zisobanutse, into kwambura umuturage umutungo we byaje bite?

    Uko mbibona:

    1. Mudugudu, ES Akagali na Gitifu w’Umurenge ntibacika Mayor, nibanamucika ntibacika Governor Gatabazi JMV, niba governor adahugutse ntibacika Minister Minaloc. Ko dufite abayozi beza raaa! Muzaba mumbarira.

    2. Mudugudu na ES Umurenge bategure icyo bazasobanurira RIB, Ubushinjacyaha na discipline committees

    3. Twamaganye abavangira HE uhangayikishwa no kuba abanyarwanda Bose batarabona amata yo kunwa ariko abandi baka muvangira

  13. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mwiriweneza njyewe ndabona uwambuwe lyonka yayambuwe binyuranyije namabwiriza agenga lnka ya girinka mu nyarwanda nasabagako lyunyirikwamburwinka na mudugudu yakorerwa ubuvugizi kdi mu mudugudu nawe agakurikiranwa kuko ntabwoyagafashe lcyocyemezo cyokwambura umuntu comite zibazaricaye zikamigaho ngoyumveko ariwe lfatibyemeza atabivuganyeho nakomite,kd gitifu wumurerenge yishaka kubogamira kuri mudugudu ahubwo namanuke akemure lbyobibazo birihasi bitaragera muzindinzego,murakoze.

  14. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mwiriweneza njyewe ndabona uwambuwe lyonka yayambuwe binyuranyije namabwiriza agenga lnka ya girinka mu nyarwanda nasabagako lyunyirikwamburwinka na mudugudu yakorerwa ubuvugizi kdi mu mudugudu nawe agakurikiranwa kuko ntabwoyagafashe lcyocyemezo cyokwambura umuntu comite zibazaricaye zikamigaho ngoyumveko ariwe lfatibyemeza atabivuganyeho nakomite,kd gitifu wumurerenge yishaka kubogamira kuri mudugudu ahubwo namanuke akemure lbyobibazo birihasi bitaragera muzindinzego,murakoze.

  15. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ni ujuri uyu muturage ararenganye pee. Niyo yakora ikosa yahanishwa ikindi gihano akanihanangirizwa, kumwambura harimo gushishoza guke. Usibye no kumukenesha bibangamira gahunda za Leta Zo gukura abaturage mu bakene, ni no guhembera inzangano mu baturage byakururu ubwicanyi bwa hato na hato. Ubuyobozi bukuru rwose bubikurikirane.
    Bwiza mudufashe mukigeze kuri Minister wa local government nziko yabiha umurongo muzima. Murakoze.

  16. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ni ujuri uyu muturage ararenganye pee. Niyo yakora ikosa yahanishwa ikindi gihano akanihanangirizwa, kumwambura harimo gushishoza guke. Usibye no kumukenesha bibangamira gahunda za Leta Zo gukura abaturage mu bakene, ni no guhembera inzangano mu baturage byakururu ubwicanyi bwa hato na hato. Ubuyobozi bukuru rwose bubikurikirane.
    Bwiza mudufashe mukigeze kuri Minister wa local government nziko yabiha umurongo muzima. Murakoze.

  17. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ni ujuri uyu muturage ararenganye pee. Niyo yakora ikosa yahanishwa ikindi gihano akanihanangirizwa, kumwambura harimo gushishoza guke. Usibye no kumukenesha bibangamira gahunda za Leta Zo gukura abaturage mu bakene, ni no guhembera inzangano mu baturage byakururu ubwicanyi bwa hato na hato. Ubuyobozi bukuru rwose bubikurikirane.
    Bwiza mudufashe mukigeze kuri Minister wa local government nziko yabiha umurongo muzima. Murakoze.

  18. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ni ujuri uyu muturage ararenganye pee. Niyo yakora ikosa yahanishwa ikindi gihano akanihanangirizwa, kumwambura harimo gushishoza guke. Usibye no kumukenesha bibangamira gahunda za Leta Zo gukura abaturage mu bakene, ni no guhembera inzangano mu baturage byakururu ubwicanyi bwa hato na hato. Ubuyobozi bukuru rwose bubikurikirane.
    Bwiza mudufashe mukigeze kuri Minister wa local government nziko yabiha umurongo muzima. Murakoze.

  19. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ni ujuri uyu muturage ararenganye pee. Niyo yakora ikosa yahanishwa ikindi gihano akanihanangirizwa, kumwambura harimo gushishoza guke. Usibye no kumukenesha bibangamira gahunda za Leta Zo gukura abaturage mu bakene, ni no guhembera inzangano mu baturage byakururu ubwicanyi bwa hato na hato. Ubuyobozi bukuru rwose bubikurikirane.
    Bwiza mudufashe mukigeze kuri Minister wa local government nziko yabiha umurongo muzima. Murakoze.

  20. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ni ujuri uyu muturage ararenganye pee. Niyo yakora ikosa yahanishwa ikindi gihano akanihanangirizwa, kumwambura harimo gushishoza guke. Usibye no kumukenesha bibangamira gahunda za Leta Zo gukura abaturage mu bakene, ni no guhembera inzangano mu baturage byakururu ubwicanyi bwa hato na hato. Ubuyobozi bukuru rwose bubikurikirane.
    Bwiza mudufashe mukigeze kuri Minister wa local government nziko yabiha umurongo muzima. Murakoze.

  21. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    ese mwabanyamakurumwe ntimuzi ikinyarwanda bamunyaze inka niyayo yari yorojwe muri gahunda yagirinka ,murakoze kumukorera ubuvugizi

  22. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    ese mwabanyamakurumwe ntimuzi ikinyarwanda bamunyaze inka niyayo yari yorojwe muri gahunda yagirinka ,murakoze kumukorera ubuvugizi

  23. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mbega akarengane uyu muturage ahuye nako ubundi se bajya kuvuga ko yaragiriraga kugasozi kuki batabimubujije hakirk Kare? Konesha byo nibisanzwe habaho ubwumvikane hagati yabombi ngewe ndumva Atari mpamvu zatuma yamburwa Inka ye ubuse nyuma ya covid 19 yazabaho gute yari yizeye kunywa amata bamurenganure ababifite mushingano zabo

  24. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mbega akarengane uyu muturage ahuye nako ubundi se bajya kuvuga ko yaragiriraga kugasozi kuki batabimubujije hakirk Kare? Konesha byo nibisanzwe habaho ubwumvikane hagati yabombi ngewe ndumva Atari mpamvu zatuma yamburwa Inka ye ubuse nyuma ya covid 19 yazabaho gute yari yizeye kunywa amata bamurenganure ababifite mushingano zabo

  25. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mbega akarengane uyu muturage ahuye nako ubundi se bajya kuvuga ko yaragiriraga kugasozi kuki batabimubujije hakirk Kare? Konesha byo nibisanzwe habaho ubwumvikane hagati yabombi ngewe ndumva Atari mpamvu zatuma yamburwa Inka ye ubuse nyuma ya covid 19 yazabaho gute yari yizeye kunywa amata bamurenganure ababifite mushingano zabo

  26. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mbega akarengane uyu muturage ahuye nako ubundi se bajya kuvuga ko yaragiriraga kugasozi kuki batabimubujije hakirk Kare? Konesha byo nibisanzwe habaho ubwumvikane hagati yabombi ngewe ndumva Atari mpamvu zatuma yamburwa Inka ye ubuse nyuma ya covid 19 yazabaho gute yari yizeye kunywa amata bamurenganure ababifite mushingano zabo

  27. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mbega akarengane uyu muturage ahuye nako ubundi se bajya kuvuga ko yaragiriraga kugasozi kuki batabimubujije hakirk Kare? Konesha byo nibisanzwe habaho ubwumvikane hagati yabombi ngewe ndumva Atari mpamvu zatuma yamburwa Inka ye ubuse nyuma ya covid 19 yazabaho gute yari yizeye kunywa amata bamurenganure ababifite mushingano zabo

  28. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mbega akarengane uyu muturage ahuye nako ubundi se bajya kuvuga ko yaragiriraga kugasozi kuki batabimubujije hakirk Kare? Konesha byo nibisanzwe habaho ubwumvikane hagati yabombi ngewe ndumva Atari mpamvu zatuma yamburwa Inka ye ubuse nyuma ya covid 19 yazabaho gute yari yizeye kunywa amata bamurenganure ababifite mushingano zabo

  29. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mbega akarengane uyu muturage ahuye nako ubundi se bajya kuvuga ko yaragiriraga kugasozi kuki batabimubujije hakirk Kare? Konesha byo nibisanzwe habaho ubwumvikane hagati yabombi ngewe ndumva Atari mpamvu zatuma yamburwa Inka ye ubuse nyuma ya covid 19 yazabaho gute yari yizeye kunywa amata bamurenganure ababifite mushingano zabo

  30. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Mbega akarengane uyu muturage ahuye nako ubundi se bajya kuvuga ko yaragiriraga kugasozi kuki batabimubujije hakirk Kare? Konesha byo nibisanzwe habaho ubwumvikane hagati yabombi ngewe ndumva Atari mpamvu zatuma yamburwa Inka ye ubuse nyuma ya covid 19 yazabaho gute yari yizeye kunywa amata bamurenganure ababifite mushingano zabo

  31. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  32. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  33. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  34. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  35. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  36. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  37. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  38. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  39. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  40. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ubu bwambuzi uyu mudugudu ninshuro ya kabiri Indi yarayiriye arafungwa bamutegeka guhita ayisubiza

  41. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ariko rwose ibi Ni ibara!umuntu azajya yitwaza umwanya afite yikorere ibyo yishakiye?

    Ubu se inka nziza kuriya wasobanura ute ko yari yaramunaniye kuyitaho?ahubwo uwo mudugudu akurikiranwe barebe ko nta ruswa yahawe n’uwo yahise aha iyo nka. Umuturage rwose nasubizwe inka ye wenda ahabwe ibindi bihano niba afite amakosa,rwose nakorerwe ubuvugizi

  42. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Ariko rwose ibi Ni ibara!umuntu azajya yitwaza umwanya afite yikorere ibyo yishakiye?

    Ubu se inka nziza kuriya wasobanura ute ko yari yaramunaniye kuyitaho?ahubwo uwo mudugudu akurikiranwe barebe ko nta ruswa yahawe n’uwo yahise aha iyo nka. Umuturage rwose nasubizwe inka ye wenda ahabwe ibindi bihano niba afite amakosa,rwose nakorerwe ubuvugizi

  43. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Baribarabuze Aho bahira bayitwara kbx ubwo nubujura bubi cyane

  44. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Baribarabuze Aho bahira bayitwara kbx ubwo nubujura bubi cyane

  45. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Abayobozi mu nzego zibanze bamwe ntibazi i shinagano zabo n’amabwiriza bagenderaho, koko na gitifu w’umurenge aba injiji nka mudugudu, akwiye amahugurwa kandi uyu muturage icyo nzi cyo azasubizwa inka ye, kandi ndi gitifu w’umurenge naba nyimusubiza vuba ikibazo kitarakkmea.

  46. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Abayobozi mu nzego zibanze bamwe ntibazi i shinagano zabo n’amabwiriza bagenderaho, koko na gitifu w’umurenge aba injiji nka mudugudu, akwiye amahugurwa kandi uyu muturage icyo nzi cyo azasubizwa inka ye, kandi ndi gitifu w’umurenge naba nyimusubiza vuba ikibazo kitarakkmea.

  47. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Arko buriya bazi Inka icyaricyo? Korora Inka kugera aho ikura, ikima, ikagera aho ngiye kubona ibyiza nari ntengereje maze nkayamburwa? Oya ni nko kugutwara umwa. Kuba yemera ikosa kdi yarumvika in the na nyirukonesherezwa plz nta mpamvu yo mudugudu. Inka agombs kuyisubizwa ikamukamirwa.

  48. Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu
    Arko buriya bazi Inka icyaricyo? Korora Inka kugera aho ikura, ikima, ikagera aho ngiye kubona ibyiza nari ntengereje maze nkayamburwa? Oya ni nko kugutwara umwa. Kuba yemera ikosa kdi yarumvika in the na nyirukonesherezwa plz nta mpamvu yo mudugudu. Inka agombs kuyisubizwa ikamukamirwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *