Rwanda: Habonetse abandi barwayi ba Coronavirus batatu

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 22 Mata 2020 yatangaje ko habonetse abandi barwayi ba Coronavirus (Covid-19) batatu mu bipimo 1038 byafashwe. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo ni 153, hakizemo 84, abasigaye bakirwaye ni 69 harimo umwe uri kongererwa umwuka kugira ngo ataremba.
Trump yategetse ingabo z’Amerika kurasa amato yâintambara ya Iran niyongera gushotorana
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe nâAmerika, Donald Trump kuri uyu wa 22 Mata 2020 yategetse ingabo zâigihugu cye kurasa amato yose ya Iran mu gihe yaba ashotoye ayabo mu Nyanja yâUbururu. Ni mu gihe umwuka mubi hagati yâibi bihugu ukomeje utewe nâamakimbirane ari mu bigobe bya Hormuz na Perise, buri kimwe gishinja amato yâikindi kuvogera […]
Perezida Kagame yahaye ikigega n’ikigo cy’ubuvuzi bya AU inkunga ya miliyoni y’amadolari
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko yatanze inkunga ingana na $500,000 mu kigega nyafurika gishinzwe gushaka ibisubizo ku cyorezo cya Coronavirus, n’andi nka yo agomba kujya mu kigo nyafurika gishinzwe ubuvuzi, Africa CDC. Ni nyuma y’inama umukuru w’igihugu yagiranye n’ubuyobozi bwa Afurika Yunze Ubumwe, abakuru b’ibihugu batandukanye n’abanyamuryango b’ihuriro ry’abayobozi bashinzwe ubucuruzi […]
Abantu 12 bahitanwe n’imvura yaraye iguye mu gihugu
Minisiteri ishinzwe ibikorwa byâubutabazi (Minema), yatangaje ko imvura yaguye mu gihugu mu ijoro ryo wa kabiri ku wa 21 Mata yatwaye ubuzima bw’abantu 12 hirya no hino mu gihugu. Iyi Minisiteri ivuga ko uretse abantu bishwe n’ibiza bikomoka kuri iriya mvura, abantu 18 bakomeretse ndetse hakanangirika ibikorwa remezo bitandukanye ndetse n’amazu 32. Imvura kandi yangije […]
Musanze: Bambuwe inka ihaka nâiyayo ku bwo âgusuzuguraâ mudugudu
Umuryango wa Iyamumpaye Emmanuel nâumugore we, Uwamariya Jacqueline batuye mu mudugudu wa Kamicaca mu Kagari ka Kamwumba Umurenge wa Nyange, akarere ka Musanze bavuga ko bababajwe nâuburyo bari bamaze umwaka nâamezi atatu bahawe inka muri gahunda ya Giriinka gusa bakayamburwa kuko ngo basuzuguye mudugudu nkâuko abandi baturage bavuga. Aba baturage batangarije TV1 ko bambuwe iyi […]
Uwakiniye Uganda yagarutse ku marozi yateje imvururu bakina n’Amavubi mu 2003
Myugariro Abubakar Tabula wahoze akinira Imisambi ya Uganda, yagarutse ku marozi yateje imvururu Amavubi y’u Rwanda akina n’Imisambi ya Uganda mu myaka 17 ishize. Wari umukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cyabereye muri Tunisia mu 2004, wabereye kuri Stade Mandela i Nambole 2003. Umukino wagiye uhagarikwa kenshi n’ubushyamirane bw’abakinnyi b’impande zombi, mbere y’uko […]
Nyaruguru: Koperative ibasaba amafaranga yo kugura imbuto bataragurisha umusaruro bafite
Abahinzi basaga 330 bahinga mu gishanga cya Rwoganyoni mu murenge wa Kibeho, mu karere ka Nyaruguru, bahuriye muri koperative “Jya mbere muhinziâ, bavuga ko batumva ukuntu Koperative yabo iri kubasaba amafaranga yo kugura imbuto yâibirayi kandi ntayo bafite kuko bataragurisha umusaruro wabo wâibigori. Museruka Venuste, ni umunyamuryango utuye mu kagari ka Mubuga. Avuga ko yarangije […]
Umuyobozi wa Boko Haram ashobora kumanika amaboko-Igisirikare cya Nigeria

Igisirikare cya Nigeria gitangaza ko Umuyobozi wâUmutwe wa Kiyisilamu, Boko Haram, Aboubakar Shekau ashobora kumanika amaboko bitewe nâuko umutwe ayobowe usumbirijwe. Ubuyobozi bwa gisirikare butangaza ko ibi bubishingira ku kuba mu mvugo zaranze Shekau mu minsi ishize, yaragaragayemo gucika intege, ko â ashobora kuyamanika.â Uyobora ishami ryâamakuru ya gisirikare muri Nigeria, Major General John Enenche […]
CHOGM 2020 in Kigali postponed
The 26th Commonwealth Heads of Government Meeting (Chogm) scheduled for later this year in Rwanda has been postponed due to coronavirus. The Commonwealth Secretariat on Tuesday said the summit set to take place from June 22 â 27 had been pushed to a later date. âThe 26th CHOGM and associated events will be held in […]
Bishop Rugagi yavuze uburyo akomeje gukiza abarwayi ba Covid-19
Bishop Rugagi Innocent washinze itorero rya Redeemed Gospel Church yavuze uburyo akomeje gukiza abantu barwaye indwara yâicyorezo ya Coronavirus (Covid-19) yugarije Isi muri iki gihe, yifashishishije ingero zâabatandukanye. Rugagi uvugwaho gukora ibitangaza bikiza indwara, muri videwo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga ati: âIyankoresheje hakira Kanseri, iyankoresheje hakira diyabete, ni yo iri kunkoresha hakira na Covid-19.â Yatanze […]
Gasabo: Abasaga 3,500 baratabaza nyuma yo gushora imari muri kompanyi yorora inkoko
Abaturage basaga ibihumbi bitanu bashoye imari mu mushinga wa Kompanyi yitwa Unlimited Wealth (UWC) yororera inkoko ahitwa ku Gasima mu Kagari ka Musave mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, baratabaza bavuga ko bashobora kuba barakorewe ubwambuzi cyangwa icyo bita ubugome, amafaranga bashoye bakaba bagiye kuyabura. Umwe muri aba baturage utashatse gutangaza amazina ye […]
Bwa mbere Ubwongereza bugiye kugerageza urukingo rwa COVID-19
Minisiteri y’ubuzima mu Bwongereza, yatangaje ko guhera ku wa kane w’iki cyumweru izatangira kugeragereza ku bantu urukingo rwa COVID-19 rwakozwe na Kaminuza ya Oxford yo muri kiriya gihugu. Byatangajwe na Matt Hancock, usanzwe ari umunyamabanga w’iriya Minisiteri. Kaminuza ya Oxford yakoze urwo rukingo, yavuze ko ruramutse rukoze izindi nka rwo zibarirwa muri za miliyoni zaba […]
Rubavu: Abaturage baravutswa uburenganzira ku mitungo yabo bwite
Mu cyumweru cyashize nibwo humvikanye amakuru y’uko abaturage b’Akarere ka Rubavu batemerewe kugurisha imitungo yabo. Ibi byari bikubiye be mu ibarurwa Umuyobozi w’ako Karere, Habyarima Gilbert yandikiye abanyamabanga nshingwabikorwa ku wa 17 Mata 2020 asaba ko abaturage badakwiriye kugurisha imitungo yabo harimo n’ubutaka. Ibintu bitashimishije na gato abaturage kuko kuribo bavuga ko icyo cyemezo cy’akarere […]
Afurika yâEpfo igiye kwifashisha ingabo 75,460 mu gukumira Covid-19
Perezida wâAfurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa kuri uyu wa 21 Mata 2020 yatangaje ko leta igiye kongera abasirikare 73,180 mu rugamba rwo guhangana nâikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19 ziyongera ku bandi 2280 bari boherejwe mbere, bose bagiye kunganira abapolisi muri izi nshingano. Ni umwanzuro wafashwe nyuma yo kwigwaho na guverinoma ndetse nâubuyobozi bukuru bwâigisirikare bitewe nâuburyo imibare […]
Ubuzima bwa Perezida Kim Jong Un bwaba buri mu kaga
Inkuru yakwirakwiye mu bihugu nka Koreya yâEpfo ivuga ko Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yabazwe umutima, ubu ubuzima bwe bukaba buri mu kaga bitewe nâuko iki gikorwa cyagenze nabi. Aya makuru yatangajwe nâigitangazamakuru cyitwa Daily NK cyatangaje ko mu makuru cyahawe n’uri muri Koreya ya Ruguru ari uko uyu Mukuru wâIgihugu uzwi […]
Covid-19 ikomeje kweguza abayobozi bakomeye mu bihugu bitandukanye
Mu gihe imibare yâabandura ndetse nâabicwa nâindwara yâicyorezo ya Coronavirus (Covid-19) ikomeje kuzamuka mu bihugu bitandukanye ku Isi, bamwe mu bayobozi bakuru batangiye gukuramo akabo karenge, bava mu nshingano bahawe ahanini bitewe nâamakosa bakoze mu guhangana nâiki cyorezo no kubura ibisubizo byakemura iki kibazo. Iyi nkundura cyatangiriye mu Budage mu mpera za Werurwe 2020, ubwo […]
Nyamasheke: Gitifu arashinjwa gutwara ifu y’imyumbati y’abaturage
Abaturage bakorera ubucuruzi mu isoko rya Rwesero riri mu Kagari ka Rwesero, bavuga ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkagari riherereyemo, Jeanette Mukandayisenga yabatwariye ibicuruzwa kuko batanze amakuru. Aba baturage kuwa 14 Mata batanze amakuru kuri Radio Isangano, aho bavuze ko gitifu wabo yabaciye amafaranga kuko bafite ubucucike ku bitara bakoreraho mu isoko nyamara hari abacucitse ku barusha. […]
Umukozi yirukanwe ku bwo guhurira na bosi we muri esanseri
Umukozi witwa Egware Emmanuel wo muri hoteli mu Mujyi wa Blantyre muri Malawi yirukanwe ku kazi ku bwo guhurira na bosi we muri esanseri. Egware nk’uko Malawi Times ibitangaza, yahuye na bosi we ubwo yava kurya saa sita mu gihe bosi we ari bwo yari aje mu kazi. Uyu mugabo avuga ko ” Yazamutse muri […]