Umugore witwa Mama Fina (amazina yahinduwe) uvuga ko atuye mu Mujyi wa Kigali, atangaza ko yagiye kwiga, yagaruka agasanga umugabo we yibanira n’umukozi wabo nk’umugore n’umugabo. Uyu mugore uvuga ko afitanye n’umugabo we abana babiri’ umukobwa w’imyaka 9 n’umuhungu w’itanu, yifashihshije urubuga Info@bwiza.com yavuze uko byamugendekeye. Uyu mugore uvuga ko yumva umugabo we yamugambaniye, ati ” Mu myaka ibiri ishize, nagize amahirwe yo kujyakwiga masitazi [Masters] mu Bwongereza. Njye n’umugabo wanjye twemeranyije ko ayo mahirwe ataducika, njya kwiga, ngarutse nsanga ibintu byarahindutse.” Mama Fina akomeza agira ati ” Inzu yacu ntiyari yakuzuye, nabanje gukora akazi gasanzwe ngo dusoze kubaka, nyuma mpita njya mu Bwongereza. Nagarutse mu rugo hafi ya Noheli mu 2019. nsanga umukozi yabaye nk’umwamikazi. Abaturanyi bamwbiye ko ari uko bimeze rwose!” Uko bihagaze ubu Uyu mugore avuga ko ” Umugabo yamubwiye ko akunda umukozi umaze iminsi amwitaho, ngo njye ningende n’ayo mashuri yanjye.” Uyu mugore ugisha inama avuga ko ubu atazi icyo yakora. Yumva umugabo yaramuhemukiye akamukoza isoni kandi ibyo yakoze bari barabyumvikanyeho. Yemeza ko umugabo atamwirukanye ariko ngo ntibakongera kubana nk’umugore n’umugabo.



54 Responses
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Don’t worry. Do this
1. Irukana umukozi biciye mu nkiko.
2. Subirana umugabo wawe azagusaba imbabazi yatinye amakosa yakoze.
3. Witinya abaturanyi ahubwo bagufashe gusubirana u mugabo wawe nurugo rwawe wavunikiye!
4. Niba u mugabo ashaka umukozi, usabe inkiko ajyanenawe. Uzabona u mugabo udahemuka. Ariko nimero yambere 1,2 niyo ugufitiye inyungu niba ataramwanduje, cyangwa kubyarana. mwasezeranye kubana mu bibi n’ibyiza.wihangane gira ingufu zo kurwanya ikibi.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umugiriye inama nziza kurusha benshi banditse.Nagerageze uko ashoboye kwose a saving urugo rwiwe.We nuko abishize kukarubanda ubundi ni benshi bibashikira bagenda bahoze baryamana n’abakozi ndetse nabagore babo bahari, ndetse uyo umugore yari kure.Buriya abagabo bihagararako ariko in end barabona amakosa bakoze.Uyu mugore naje munzu yiteho urugo( Umugabo, n’abana) igihe kizatanga umuti gushika ho umugabo azasaba imbabazi.Kiretse niba akubwira ko atakigukeneye nayo ahandi abakubwira kuzabona uyundi mugabo niba utazashaka uwuvuye mwijuru hari naho uwuzoza yoza ari worst kurusha uwambere.Inama nakugira, tanga imbabazi kugira umubohore kuko nawe araboshwe then bandanya ubuzima uko bwahora.Ariko igisumba vyose ja kumavi usabe nyagasani agufashe kuvyakira no kuvyitwaramwo neza.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umugiriye inama nziza kurusha benshi banditse.Nagerageze uko ashoboye kwose a saving urugo rwiwe.We nuko abishize kukarubanda ubundi ni benshi bibashikira bagenda bahoze baryamana n’abakozi ndetse nabagore babo bahari, ndetse uyo umugore yari kure.Buriya abagabo bihagararako ariko in end barabona amakosa bakoze.Uyu mugore naje munzu yiteho urugo( Umugabo, n’abana) igihe kizatanga umuti gushika ho umugabo azasaba imbabazi.Kiretse niba akubwira ko atakigukeneye nayo ahandi abakubwira kuzabona uyundi mugabo niba utazashaka uwuvuye mwijuru hari naho uwuzoza yoza ari worst kurusha uwambere.Inama nakugira, tanga imbabazi kugira umubohore kuko nawe araboshwe then bandanya ubuzima uko bwahora.Ariko igisumba vyose ja kumavi usabe nyagasani agufashe kuvyakira no kuvyitwaramwo neza.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Don’t worry. Do this
1. Irukana umukozi biciye mu nkiko.
2. Subirana umugabo wawe azagusaba imbabazi yatinye amakosa yakoze.
3. Witinya abaturanyi ahubwo bagufashe gusubirana u mugabo wawe nurugo rwawe wavunikiye!
4. Niba u mugabo ashaka umukozi, usabe inkiko ajyanenawe. Uzabona u mugabo udahemuka. Ariko nimero yambere 1,2 niyo ugufitiye inyungu niba ataramwanduje, cyangwa kubyarana. mwasezeranye kubana mu bibi n’ibyiza.wihangane gira ingufu zo kurwanya ikibi.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Mwihorere wibere wenyine uzabona undi hokujya gushwana babamaze kugutera umugongo
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Mwihorere wibere wenyine uzabona undi hokujya gushwana babamaze kugutera umugongo
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Mwihorere wibere wenyine uzabona undi hokujya gushwana babamaze kugutera umugongo
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Mwihorere wibere wenyine uzabona undi hokujya gushwana babamaze kugutera umugongo
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Mama FINA,Pole sana,ihangane.Si wowe wenyine bibayeho.Abagabo benshi baryamana n’abakozi bo mu rugo.Nuko babahishira.Ariko ikosa wakoze kandi rikorwa n’abantu benshi,ni ukujya mu mahanga (cyangwa muli provinces zo mu Rwanda),utaye uwo mwashakanye.Iyo bigenze gutyo,nibuze abagabo 95% batabana n’abagore babo,bajya mu busambanyi.It is natural (birumvikana).IKOSA abantu bakora,nuko dusigaye turutisha akazi,amashuli n’ubutunzi,tukabirutisha “Kubana iteka n’uwo twashakanye”.Abantu bakora ibyo,ni benshi cyane,kereka Abakristu nyakuri.Imana yaturemye,ishaka ko abashakanye “baba umwe” (Intangiriro 2:24).Ni nk’umucanga na sima bimvanze,nta muntu wabitandukanya.Imana kandi idusaba “kubana n’uwo twashakanye buri gihe” (to dwell with your mate).Bisome muli 1 Petero 3:7.Bisaba ko niba ugiye KWIGA hanze,ugomba kujyana abana n’umugabo.Naho ubundi abagabo iyo batabana n’abagore,nta kabuza bashaka abandi baryamana.Ni iki wakora?Niba umugabo wawe yishakira uwo mukozi wanyu,akaba yanga kuva ku izima,nta kundi nimujye mu rukiko mutandukane.Wenda uzabona undi mugabo.Icyo nkwisabira nk’Umukristu,shaka umuntu mwigana bible.Niba ntawe wabona,mbwira ndamugushakira vuba,ajye aza aho uba,mwigane bible ku buntu.Mbere y’ubutunzi,amafaranga,amashuli menshi,etc…Imana idusaba “gushaka mbere na mbere” ubwami bw’Imana.Bisome muli Matayo 6:33.Nibwo tuzabona paradizo.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ihangane nshuti musabe imbabazi n’ubwo utakosheje urebe uko abifata kandi umuteze umuryango niba awufite nibyanga urebe inshuti yibonamo bikunze umugabo mugenzi we byanze byose mwifashishe Amategeko komera
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Mama FINA,Pole sana,ihangane.Si wowe wenyine bibayeho.Abagabo benshi baryamana n’abakozi bo mu rugo.Nuko babahishira.Ariko ikosa wakoze kandi rikorwa n’abantu benshi,ni ukujya mu mahanga (cyangwa muli provinces zo mu Rwanda),utaye uwo mwashakanye.Iyo bigenze gutyo,nibuze abagabo 95% batabana n’abagore babo,bajya mu busambanyi.It is natural (birumvikana).IKOSA abantu bakora,nuko dusigaye turutisha akazi,amashuli n’ubutunzi,tukabirutisha “Kubana iteka n’uwo twashakanye”.Abantu bakora ibyo,ni benshi cyane,kereka Abakristu nyakuri.Imana yaturemye,ishaka ko abashakanye “baba umwe” (Intangiriro 2:24).Ni nk’umucanga na sima bimvanze,nta muntu wabitandukanya.Imana kandi idusaba “kubana n’uwo twashakanye buri gihe” (to dwell with your mate).Bisome muli 1 Petero 3:7.Bisaba ko niba ugiye KWIGA hanze,ugomba kujyana abana n’umugabo.Naho ubundi abagabo iyo batabana n’abagore,nta kabuza bashaka abandi baryamana.Ni iki wakora?Niba umugabo wawe yishakira uwo mukozi wanyu,akaba yanga kuva ku izima,nta kundi nimujye mu rukiko mutandukane.Wenda uzabona undi mugabo.Icyo nkwisabira nk’Umukristu,shaka umuntu mwigana bible.Niba ntawe wabona,mbwira ndamugushakira vuba,ajye aza aho uba,mwigane bible ku buntu.Mbere y’ubutunzi,amafaranga,amashuli menshi,etc…Imana idusaba “gushaka mbere na mbere” ubwami bw’Imana.Bisome muli Matayo 6:33.Nibwo tuzabona paradizo.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Nawe uzashake umukozi wumusore agupfubure … Gusa icyo nikikwereka ko imbere yumugabo wawe wari zeru … Niba biterwa nuko Bamwe mubagore mutacyubaha abagabo banyu simbizi… Ntakaburimvano.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Nawe uzashake umukozi wumusore agupfubure … Gusa icyo nikikwereka ko imbere yumugabo wawe wari zeru … Niba biterwa nuko Bamwe mubagore mutacyubaha abagabo banyu simbizi… Ntakaburimvano.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Nawe uzashake umukozi wumusore agupfubure … Gusa icyo nikikwereka ko imbere yumugabo wawe wari zeru … Niba biterwa nuko Bamwe mubagore mutacyubaha abagabo banyu simbizi… Ntakaburimvano.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Nawe uzashake umukozi wumusore agupfubure … Gusa icyo nikikwereka ko imbere yumugabo wawe wari zeru … Niba biterwa nuko Bamwe mubagore mutacyubaha abagabo banyu simbizi… Ntakaburimvano.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Bigaragara ko wibeshye ko ubu kuba uvuye bwongereza kwiga ubaye ikirangirire nyamara ntacyo wamenye numenya gukora urushinge uzaba warize koko… Naho kubyumugabo nuburenganzira bwe nawe ufite amahitamo yawe nuburinganire…Kandi ibi harimpamvu imana yabigukoze wasanga iyo waruri wirirwage utambikije nguriburayi nawe imana ikaba ikweretse ko urutwa numukozi wawe…
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Iby’umugabo yakoze ni uburenganzira bwe? Ufite imyaka ingahe niba atari ibanga? Kuki wagiye aho abantu bakuru baganirira(nibutse ko ushobora kuba mukuru mu myaka ukaba muto mu bitekerezo)
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Iby’umugabo yakoze ni uburenganzira bwe? Ufite imyaka ingahe niba atari ibanga? Kuki wagiye aho abantu bakuru baganirira(nibutse ko ushobora kuba mukuru mu myaka ukaba muto mu bitekerezo)
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Bigaragara ko wibeshye ko ubu kuba uvuye bwongereza kwiga ubaye ikirangirire nyamara ntacyo wamenye numenya gukora urushinge uzaba warize koko… Naho kubyumugabo nuburenganzira bwe nawe ufite amahitamo yawe nuburinganire…Kandi ibi harimpamvu imana yabigukoze wasanga iyo waruri wirirwage utambikije nguriburayi nawe imana ikaba ikweretse ko urutwa numukozi wawe…
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Bigaragara ko wibeshye ko ubu kuba uvuye bwongereza kwiga ubaye ikirangirire nyamara ntacyo wamenye numenya gukora urushinge uzaba warize koko… Naho kubyumugabo nuburenganzira bwe nawe ufite amahitamo yawe nuburinganire…Kandi ibi harimpamvu imana yabigukoze wasanga iyo waruri wirirwage utambikije nguriburayi nawe imana ikaba ikweretse ko urutwa numukozi wawe…
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Bigaragara ko wibeshye ko ubu kuba uvuye bwongereza kwiga ubaye ikirangirire nyamara ntacyo wamenye numenya gukora urushinge uzaba warize koko… Naho kubyumugabo nuburenganzira bwe nawe ufite amahitamo yawe nuburinganire…Kandi ibi harimpamvu imana yabigukoze wasanga iyo waruri wirirwage utambikije nguriburayi nawe imana ikaba ikweretse ko urutwa numukozi wawe…
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
icyiza nuko wakwirukana umukozi, hanyuma usubirane n’umugabo wawe ,azagera aho agusabe imbabazi kuko yaragukoshereje, kdi ntucike intege ngo uhe urwaho uburakari bukurushe imbaraga, gereageza wihangane, ururgo rwanyu muzongera murwubake
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
icyiza nuko wakwirukana umukozi, hanyuma usubirane n’umugabo wawe ,azagera aho agusabe imbabazi kuko yaragukoshereje, kdi ntucike intege ngo uhe urwaho uburakari bukurushe imbaraga, gereageza wihangane, ururgo rwanyu muzongera murwubake
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Uwo mugabo yaryohewe numukozi kiruta uko wamiryoheye , icyo nunva wakora , shaka uburyo wakwirukana uwo mukozi ,kinda Ababa base bazabigufashamo ,uyumugabo mutorere abagabo nimiryango ,baze bamugaye kumugaragaro , aramutse atavuye kwizima yaba yaramaramaje mwakwinjira muri divorce , gusa imyaka urikwiga wasize umuigabo nigake wasanga yaragutegereje kereka ari umusore , gusakandi uyumugabo ntaziko uri ,zahabu !!! Uzampamagare ngufashe mumategeko 0788752394
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Uwo mugabo yaryohewe numukozi kiruta uko wamiryoheye , icyo nunva wakora , shaka uburyo wakwirukana uwo mukozi ,kinda Ababa base bazabigufashamo ,uyumugabo mutorere abagabo nimiryango ,baze bamugaye kumugaragaro , aramutse atavuye kwizima yaba yaramaramaje mwakwinjira muri divorce , gusa imyaka urikwiga wasize umuigabo nigake wasanga yaragutegereje kereka ari umusore , gusakandi uyumugabo ntaziko uri ,zahabu !!! Uzampamagare ngufashe mumategeko 0788752394
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Nta kindi wakora uretse guhagarika umukozi ukanamwirukana kuko uri nyir’urugo kandi ni uburenganzira bwawe
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Nta kindi wakora uretse guhagarika umukozi ukanamwirukana kuko uri nyir’urugo kandi ni uburenganzira bwawe
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ibyo ntawubigishamo inama. Ni wowe wo gufata icyemezo. Gusa njye unyumviye wasaba gatanya n’umugabo kuko abagabo barahari suwo wenyine wakubenguka! Ikindi kdi umugabo si kamara wanabaho utamufite. Uzirikana kandi ko n’uwo mukozi ni umugore ntakidasanzwe umurusha kdi ntiyahirirwa nawe akeneye umugabo!
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ibyo ntawubigishamo inama. Ni wowe wo gufata icyemezo. Gusa njye unyumviye wasaba gatanya n’umugabo kuko abagabo barahari suwo wenyine wakubenguka! Ikindi kdi umugabo si kamara wanabaho utamufite. Uzirikana kandi ko n’uwo mukozi ni umugore ntakidasanzwe umurusha kdi ntiyahirirwa nawe akeneye umugabo!
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umva sister Kwisi ntago uzabona ibyiza gusa uko wabonye masters, ninako ugomba kubona nibikubabaza abakubwira ngo ureke umugabo ni oya
Fata inshutize magara 2 na family ye niyawe 3 ba 3 mwicare muganire kukibazo mwirukane ishyano ryumukoze nurangiza umubabarire azakugarukira kandi azagusaba imbabazi kandi nawe uzahite ubyibagirwa gusa muzibuke kwipimisha dore byaranoshye, Naho kwihagana kwacu abagabo kuri kariya kabuto nibyoroshye dear ubana nako munzu umwaka ugashira bishobora 50% naho bitavuze ko akwanga ahubwo arukwihagararaho
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umva sister Kwisi ntago uzabona ibyiza gusa uko wabonye masters, ninako ugomba kubona nibikubabaza abakubwira ngo ureke umugabo ni oya
Fata inshutize magara 2 na family ye niyawe 3 ba 3 mwicare muganire kukibazo mwirukane ishyano ryumukoze nurangiza umubabarire azakugarukira kandi azagusaba imbabazi kandi nawe uzahite ubyibagirwa gusa muzibuke kwipimisha dore byaranoshye, Naho kwihagana kwacu abagabo kuri kariya kabuto nibyoroshye dear ubana nako munzu umwaka ugashira bishobora 50% naho bitavuze ko akwanga ahubwo arukwihagararaho
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Uwo mugabo mureke umwihanganire , umukozi ajye iwabo ushake undi mukozi, kuba bararyamanye byo ntacyo bitwaye ikibazo nuko yaguma kuryamana nawe kandi uharo. Ibyabaye bireke ikurikire ibyo isanze.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Uwo mugabo mureke umwihanganire , umukozi ajye iwabo ushake undi mukozi, kuba bararyamanye byo ntacyo bitwaye ikibazo nuko yaguma kuryamana nawe kandi uharo. Ibyabaye bireke ikurikire ibyo isanze.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Uwo mugabo mureke umwihanganire , umukozi ajye iwabo ushake undi mukozi, kuba bararyamanye byo ntacyo bitwaye ikibazo nuko yaguma kuryamana nawe kandi uharo. Ibyabaye bireke ikurikire ibyo isanze.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Uwo mugabo mureke umwihanganire , umukozi ajye iwabo ushake undi mukozi, kuba bararyamanye byo ntacyo bitwaye ikibazo nuko yaguma kuryamana nawe kandi uharo. Ibyabaye bireke ikurikire ibyo isanze.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ikibazo ni ukutamenya kwakira kamere gabo. Ikindi kuba umugabo yaragusubije atyo ni uburyo witwaye umugaragariza ko wabimenye. Wenda ikikurya ni uko yarongoye umukozi ariko abagabo ntibakababeshye nta mugabo wajyaga gutegereza icyo gihe cyose. Abagore mugira bagira intanga imwe iza rimwe ku kwezi naho abagabo ni nyinshi buri segonda, koko ubwo urumva abagore babyumva kimwe nawe mutibeshya. Niba atarakwirukanye tuza mu rwawe, unamugaragarize ko ntacyo bikubwiye ukimukunda. Buri umugabo ntabwo yakwanze. Byakire unabanire neza uwo mukeba wawe. Abagore mugaruke ku Kinyarwanda. Naho iyo mico y’aba-occidental ntabwo ari myiza. Ntihagire ugushyuka ngo usabe ubutane.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ikibazo ni ukutamenya kwakira kamere gabo. Ikindi kuba umugabo yaragusubije atyo ni uburyo witwaye umugaragariza ko wabimenye. Wenda ikikurya ni uko yarongoye umukozi ariko abagabo ntibakababeshye nta mugabo wajyaga gutegereza icyo gihe cyose. Abagore mugira bagira intanga imwe iza rimwe ku kwezi naho abagabo ni nyinshi buri segonda, koko ubwo urumva abagore babyumva kimwe nawe mutibeshya. Niba atarakwirukanye tuza mu rwawe, unamugaragarize ko ntacyo bikubwiye ukimukunda. Buri umugabo ntabwo yakwanze. Byakire unabanire neza uwo mukeba wawe. Abagore mugaruke ku Kinyarwanda. Naho iyo mico y’aba-occidental ntabwo ari myiza. Ntihagire ugushyuka ngo usabe ubutane.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ikibazo ni ukutamenya kwakira kamere gabo. Ikindi kuba umugabo yaragusubije atyo ni uburyo witwaye umugaragariza ko wabimenye. Wenda ikikurya ni uko yarongoye umukozi ariko abagabo ntibakababeshye nta mugabo wajyaga gutegereza icyo gihe cyose. Abagore mugira bagira intanga imwe iza rimwe ku kwezi naho abagabo ni nyinshi buri segonda, koko ubwo urumva abagore babyumva kimwe nawe mutibeshya. Niba atarakwirukanye tuza mu rwawe, unamugaragarize ko ntacyo bikubwiye ukimukunda. Buri umugabo ntabwo yakwanze. Byakire unabanire neza uwo mukeba wawe. Abagore mugaruke ku Kinyarwanda. Naho iyo mico y’aba-occidental ntabwo ari myiza. Ntihagire ugushyuka ngo usabe ubutane.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ikibazo ni ukutamenya kwakira kamere gabo. Ikindi kuba umugabo yaragusubije atyo ni uburyo witwaye umugaragariza ko wabimenye. Wenda ikikurya ni uko yarongoye umukozi ariko abagabo ntibakababeshye nta mugabo wajyaga gutegereza icyo gihe cyose. Abagore mugira bagira intanga imwe iza rimwe ku kwezi naho abagabo ni nyinshi buri segonda, koko ubwo urumva abagore babyumva kimwe nawe mutibeshya. Niba atarakwirukanye tuza mu rwawe, unamugaragarize ko ntacyo bikubwiye ukimukunda. Buri umugabo ntabwo yakwanze. Byakire unabanire neza uwo mukeba wawe. Abagore mugaruke ku Kinyarwanda. Naho iyo mico y’aba-occidental ntabwo ari myiza. Ntihagire ugushyuka ngo usabe ubutane.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ntuzigere wifuza gutana n’umugabo wawe. Banira neza mukeba wawe. Unamushimire ko yagufatiye neza umugabo wawe n’umwana wawe.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Ntuzigere wifuza gutana n’umugabo wawe. Banira neza mukeba wawe. Unamushimire ko yagufatiye neza umugabo wawe n’umwana wawe.
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umva uwo mugabo ni ubusanzwe nta mugabo umurimo. Na mbere utaragenda ubwo yaramuryaga. Wikwizirika ku mbwa mureke agumane ni wo umukozi. Nawe uzinge wigendere n abana. Yewe nta mpaka nta nduru utiteje abantu. Kuko rwose uwo yanakwica urebye nabi. Kirazira kwizirika ku mugabo. ngo ukunda ugire status. Icyubahiro cyawe cyaratakaye ntacyo urambwira. urebye niyo ajya mu bandi bagore ariko akiyubahisha imbere y umukozi???? isi irikoreye.
Ihangane
Good luck ku cyemezo uzafata
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umva uwo mugabo ni ubusanzwe nta mugabo umurimo. Na mbere utaragenda ubwo yaramuryaga. Wikwizirika ku mbwa mureke agumane ni wo umukozi. Nawe uzinge wigendere n abana. Yewe nta mpaka nta nduru utiteje abantu. Kuko rwose uwo yanakwica urebye nabi. Kirazira kwizirika ku mugabo. ngo ukunda ugire status. Icyubahiro cyawe cyaratakaye ntacyo urambwira. urebye niyo ajya mu bandi bagore ariko akiyubahisha imbere y umukozi???? isi irikoreye.
Ihangane
Good luck ku cyemezo uzafata
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Rero inama Iraha, abagabo bagira orari muri kamere yabo, ariko nawe warakosheje kumusigira umukozi w’umukobwa, so nge ndumva wa kwirukana umukozi wabona umugabo amuhagazeho ukarekana nawe
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Rero inama Iraha, abagabo bagira orari muri kamere yabo, ariko nawe warakosheje kumusigira umukozi w’umukobwa, so nge ndumva wa kwirukana umukozi wabona umugabo amuhagazeho ukarekana nawe