Fan Clubs za Rayon Sports zagabanye abakinnyi kugira ngo bafashwe
Ubuyobozi bw’ihuriro ry’abafana ba Rayon Sports ku rwego rw’igihugu (Rayon Sports Fan base), bwafashe icyemezo cyo gusaranganya abakinnyi b’iyi kipe amahuriro y’abafana bayo kugira ngo abafashe kubaho muri iki gihe cya guma mu rugo. Ni amakuru yemejwe na Mike Runiga uyobora Fan base ya Rayon Sports ku rwego rw’igihugu, aho yavuze ko buri fan Club […]
Rwanda-MICT: Semanza Laurent ashobora gufungurwa kubera Covid-19
Kuva taliki ya 06 Mata ku gicamunsi, Hissène HabrĂ© wahoze ari Perezida wa Tchad ari mu muryango, mu mujyi wa Dakar, nyuma y’uruhusa rw’amezi abiri rumukura muri Gereza ya Cap Manuel, Senegal, mu rwego rwo kumurinda icyorezo cya Covid-19. Ese aho iki cyorezo nticyaba imbarutso yo gufungura abagome bose hirya no hino ku isi? Barimo […]
Kenya: Guverineri ari ku gitutu azira kuvuga ko abaturage barahabwa inzoga nk’umuti wa Covid-19
Guverineri w’umurwa wa Nairobi muri Kenya, Mike Sonko ntabwo yorohewe nyuma yo kuvuga ko abaturage barahabwa amacupa y’inzoga ihenze yo mu bwoko bwa Hennessy, avuga ko ari umuti w’indwara y’icyorezo ya Covid-19. Ku wa kabiri tariki ya 14 Mata 2020 ni bwo Guverineri Sonko yagize ati: “Tuzaha abaturage uducupa twa Hennessy mu dupaki tw’ibiribwa. Ndatekereza […]
Kubera iki ingabo z’u Rwanda zihora ziregwa kwinjira ku butaka bwa RDC?
Nta muntu n’umwe ukurikirana ibibera muri Congo Kinshasa, utakwibaza iki kibazo haba mu Bakongomani haba mu Banyarwanda, haba ndetse no ku bandi bahora bumva u Rwanda rutungwa agatoki mu kwinjira ku butaka bwa Congo. Iyi nyandiko ntabwo igamije gushinja cyangwa gushinjura ibyo birego kuko atari yo ntego y’umunyamakuru. N’ikimenyimenyi nta bushakashatsi bwimbitse bwakorewe iki kibazo […]
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umugore witwa Mama Fina (amazina yahinduwe) uvuga ko atuye mu Mujyi wa Kigali, atangaza ko yagiye kwiga, yagaruka agasanga umugabo we yibanira n’umukozi wabo nk’umugore n’umugabo. Uyu mugore uvuga ko afitanye n’umugabo we abana babiri’ umukobwa w’imyaka 9 n’umuhungu w’itanu, yifashihshije urubuga Info@bwiza.com yavuze uko byamugendekeye. Uyu mugore uvuga ko yumva umugabo we yamugambaniye, ati […]
Imyaka 20 irashize Inteko itoreye Kagame Paul kuba Umukuru w’Igihugu
Tariki ya 17 Mata 2000, ni bwo inteko ishinga amategeko yatoye ko Kagame Paul wari Visi Perezida wa Repubulika y’u Rwanda aba Umukuru w’Igihugu w’inzibacyuho, atangira inshingano nshya kuva icyo gihe asimbuye Pasiteri Bizimungu wari watakarijwe icyizere. Iyi nzibacyuho yayimazeho imyaka itatu, tariki ya 25 Kanama 2003 habaye amatora mu buryo bwo kubahiriza ihame rya […]
USA: Umusenateri yavuze ko abaturage benshi bapfa aho kugirango ubukungu buhungabane
Umusenateri wa Leta ya Indiana, Joseph Albert “Trey” Hollingsworth III atangaza ko abaturage benshi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bapfa ari benshi ariko ubukungu bw’igihugu ntibuhungabane. Ibi yabitangaje kuwa Kabiri tariki 14 Mata mu kiganiro na Radiyo WBIC yo muri Indiana. Uyu mugabo w’imyaka 36 wo mu Ishyaka ry’Aba-Repubulikani ati ” Gushyira imbere ubukungu […]
Abantu 47 bamwe mu baheruka kuvanwa mu mashyamba ya Congo barafunzwe
Minisitiri w’Ubutabera, Johnson Busingye, yavuze ko abantu 47 bari mu batahutse baturutse mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi bafunzwe nyuma yo gusanga bari barahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi. Minisitiri Busingye yabwiye The New Times ko abo ari bo bashyikirijwe ikigo cy’igihugu gishinzwe imfungwa n’abagororwa RCS, bakaba bafungiye mu magereza atandukanye hirya no hino mu […]
Afurika ni yo ishobora kuba izingiro rya Coronavirus-OMS
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ritangaza ko Umugabane wa Afurika ushobora kuba isibaniro ry’icyorezo cya Coronavirus bitewe n’ubwiyongere bwacyo mu byumweru bike bishize. OMS ivuga ko ibi bishoboka bigendeye ku kuba Coronavirus ikomeje gukwirakwira muri Afurika mu gihe uburyo bwo guhangana n’iki cyorezo bugiciriritse kuri bimwe mu bihugu bigize uyu mugabane. Umuyobozi wa […]
Covid-19: Imitwe yitwaje intwaro n’ingabo z’ibihugu byanze kugabanya ikibatsi

Mu gihe hari imihangayiko yatewe n’icyorezo cya Covid-19, ibikorwa byo kurinda umutekano ndetse no kwivuna abanzi birakomeje hagati y’ingabo z’ibihugu n’imitwe y’iterabwoba, irwanya ubutegetsi cyangwa se inyeshyamba. Kuri iyi Si, ingabo z’ibihugu ziragaba ibitero ku mitwe y’iterabwoba, na yo nta gutuza irihorera amanywa n’ijoro. Ubutegetsi burahirimbanira kurandura imitwe y’inyeshyamba cyangwa se iburwanya. Burahiga kandi abo […]
2020: Umwaka ubihiye Abanyarwanda nyuma y’igihe bawutegereje
Amezi akabakaba kuri atanu yihiritse Abanyarwanda (n’Isi muri rusange) batangiye umwaka wa 2020, nyuma y’igihe kirekire bari bamaze bawutegereje. Ni umwaka washyizweho muri 2000, ubwo Guverinoma y’u Rwanda yihaga icyerekezo 2020, nk’ingamba y’igihe kirekire ku iterambere ry’u Rwanda, nyuma y’uruhererekane rw’ibiganiro ngishwanama byabereye muri “Village Urugwiro” hagati y’umwaka wa 1998 ‘uwa 1999. Uwavuga ko imyaka […]
Igikomangomakazi cya Arabia Saudite cyabonetse nyuma y’umwaka kiburiwe irengero
Igikomangomakazi cya Arabia Saudite, Basmah bint Saud bin Abdulaziz Al-Saud, cyari kimaze umwaka cyaraburiwe irengero byamenyekanye ko gifunzwe. Basmah kuwa Kane tariki 16 Mata ni bwo yasohoye itangazo asaba nyirarume, Umwami wa Arabia Saudite, Salman ndetse n’igikomangoma cyimitswe (Crown Prince) akaba na mubyara we, Mohammed bin Salman kumfungura aho afungiwe muri gereza. Basmah usanzwe azwiho […]
Ibyaranze Fidel Castro wakoze mu ijisho ry’Amerika, kuvuga ijambo amasaha 7, akarokoka imfu zisaga 600

Fidel Castro wayoboye CUBA yari Umukuru w’Igihugu wa mbere warambye ku ubutegetsi ku Isi , kandi yari perezida uruta abandi mu myaka, naho leta zunze umwe z’Amerika zagerageje kumukuraho birananirana. Ni umwe mu bakuru b’igihugu bahanganye kandi basuzugura Amerika ku buryo bugaragara. Fidel Castro yivugiye ko yarokotse imfu zisaga 600 z’abashakaga kumwirenza. Fidel Castro ni […]
Bamwe mu bo muri PSF baratabaza Leta
Ishami rireba iby’ubushabitsi mu bukerarugendo mu rwego rw’abikorera mu Rwanda (PSF) ryandikiye ikigo gishinzwe iterambere,RDB, risaba leta kugoboka abacuruzi muri uru rwego kubera igihombo barimo, ndetse batakomeza kubarirwa inyungu ku madeni bafitiye za banki. U Rwanda rugiye kumara ibyumweru bine(4) ruhagaritse ubuzima busanzwe, hakorwa ibya ngombwa cyane gusa, mu rwego rwo kurwanya ikwirakwira rya coronavirus. […]
Umugabo yafashwe na kamera arya igikeri kizima
Umugabo w’Umushinwa yagaragaye arya igikireri kizima yari asanze mu isoko rigurishirizwamo inyamaswa zo kurya nzima. Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaraza uyu mugabo afashe igikeri akirya agihereye ku mutwe, nyuma akarya n’ibyo mu nda. Abari aho n’ubwo Abashinwa bamenyerewe kurya inyamaswa zimwe na zimwe, bari batangaye ahubwo batangira kwifatira amashusho. Aya mashusho atarenza amasegonda 57 […]
Ibyamirenge sibyo bizakubakira urukundo mu gihe uzirikana aya mabanga
Mu rukundo ntihagomba ibintu bihambaye cyane cyangwa se by’akataraboneka kugira ngo umukobwa amenye ko umuhungu amukunda. Hari ibintu byoroheje bigira igisobanuro gikomeye mu rukundo. 1.Kugufasha mu bibazo byawe Burya mu buzima hari ubwo ibintu bikugora ukaremererwa, ukaba wanakenera ko haba uwagufasha. Iyo umuhungu akwegereye mu bibazo akifuza kukuba hafi mu bikugoye uzamenye ko (ashobora kuba) […]
Saudi Arabia ihigiye guha WHO inkunga iruta iyo Amerika yatangaga mu mwaka
Nyuma y’iminsi ibiri Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump atangaje ko igihugu cye gihagaritse inkunga n’umusanzu cyatangaga mu Muryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (WHO), Saudi Arabia ihigiye gutanga inkunga ya miliyoni 500 y’amadolari y’Amerika yo gufasha uyu muryango guhangana n’icyorezo cya Covid-19. Iyi nkunga izashyirwa mu byiciro bitatu nk’uko itangazo ryaturutse muri Saudi […]
Brazil: Kuvuguruzanya na Perezida kubera Covid-19 kwirukanishije Minisitiri

Perezida wa Brazil, Jair Bolsonaro kuri uyu wa 16 Mata 2020 yirukanye Minisitiri w’Ubuzima bari bamaze ibyumweru bitatu batumvikana ku ngamba zo gukumira ikwirakwira ry’indwara y’icyorezo ya Covid-19. Minisitiri w’Ubuzima, Luiz Henrique Mandetta yategetse abaturage bo muri iki gihugu ko bahagarika ibikorwa, bakaguma mu rugo kugira ngo iki cyorezo gikumirwe. Yabasabye kandi kubahiriza intera ya […]