Si igihe cyo kwirara cyangwa kudohoka ku ntego yo kurwanya Covid-19: Polisi y’u Rwanda

Sangiza iyi nkuru

Harabura iminsi mike, moto zigatangira gutwara abagenzi, ingendo hagati y’Intara zitandukanye n’umujyi wa Kigali zigaubukurwa mu buryo bwo kugabanya ingaruka z’ingamba zo gukumira icyorezo cya Covid-19 gusa Polisi y’u Rwanda iramenyesha Abanyarwanda ko iki atari igihe cyo kwirara ahubwo bazakomeza gukurikiza amabwiriza yatanzwe.

Abaturarwanda basabwa gukomeza: kugira isuku, gukaraba intoki kenshi, kwambara agapfukamunwa, guhana intera ihagije no kubahiriza amasaha yo gukora ingendo.

Abamotari n’abagenzi babo barasabwa gukurikiza amabwiriza bashyiriweho n’Ikigo cy’Igihugu ngenzuramikorere (RURA) arimo kwitaza imiti yabugenewe, kwitwaza agatambaro ko kwambara imbere y’ingofero, kwishura hakoreshejwe ikoranabuhanga, guhana inteka hagati y’umumotari n’undi aho baparika moto.

Polisi y’u Rwanda iti: “Ni cyo gihe nyacyo cyo gutsinda iki cyorezo.”

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Si igihe cyo kwirara cyangwa kudohoka ku ntego yo kurwanya Covid-19: Polisi y’u Rwanda
    ESE KUKI BIHUTIRA GUFUNGURA INGENDO Z’INTARA N’UMUGI WA KIGALI MUGIHE BATARAPIMA ABANYA RUBAVU? NIRYARI ABANTU BADATAKA KO HAR’ABAMBUKA BAKORESHEJE NJIYAPANYA? ARI KUMANKWA CG NIJORO, MUZAGERE AHO BITA MBUGANGARI MUREBE IBYARI BISANZWE BIVA KONGO KO BITAZA KANDI BITANYUZE KUMUPAKA, MUZAGERE MUMA QUARITSIYE MUREBE AMATSINDA Y’ABASORE BIRIRWA BANKWA URUMOGI KU MUGARAGARO, NONE SE HAR’AHO RYERA MU RWANDA? NONE SE BARIYA BAHUNZE GUMA MURUGO BAKAJYA MURI CONGO BATANYUZE MU NZIRA ZEMEWE, NONE BARI KUGARUKA BAKAREBERA BA MUDUGUDU AKANTU BAGACECEKA BATAGIYE GUPIMWA,UBWO SE BAZANYE CORONA HAZANDURA ABANGAN’IKI? NYAMUNA MUBABARIRE ABATONEYE MUNZU AYA MEZI YOSE

  2. Si igihe cyo kwirara cyangwa kudohoka ku ntego yo kurwanya Covid-19: Polisi y’u Rwanda
    ESE KUKI BIHUTIRA GUFUNGURA INGENDO Z’INTARA N’UMUGI WA KIGALI MUGIHE BATARAPIMA ABANYA RUBAVU? NIRYARI ABANTU BADATAKA KO HAR’ABAMBUKA BAKORESHEJE NJIYAPANYA? ARI KUMANKWA CG NIJORO, MUZAGERE AHO BITA MBUGANGARI MUREBE IBYARI BISANZWE BIVA KONGO KO BITAZA KANDI BITANYUZE KUMUPAKA, MUZAGERE MUMA QUARITSIYE MUREBE AMATSINDA Y’ABASORE BIRIRWA BANKWA URUMOGI KU MUGARAGARO, NONE SE HAR’AHO RYERA MU RWANDA? NONE SE BARIYA BAHUNZE GUMA MURUGO BAKAJYA MURI CONGO BATANYUZE MU NZIRA ZEMEWE, NONE BARI KUGARUKA BAKAREBERA BA MUDUGUDU AKANTU BAGACECEKA BATAGIYE GUPIMWA,UBWO SE BAZANYE CORONA HAZANDURA ABANGAN’IKI? NYAMUNA MUBABARIRE ABATONEYE MUNZU AYA MEZI YOSE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *