UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri

Sangiza iyi nkuru

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS ryatangajeko gukomeza gufunga amashuri ku bana bifite ingaruka nyinshi kurusha uko yafungurwa hagakazwa ingamba zo kwirinda.

Mu bihugu bitandukanye by’Isi byagiye bifata ingamba zo gufunga amashuri nka bumwe mu buryo bwiza bwo kugabanya ikwirakwira rya Covid-19. Mu Rwanda amashuri yafunzwe muri Werurwe 2020 kugeza muri Nzeri 2020.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima (OMS), ku bufatanye n’ishami ry’uyu muryango rishinzwe Abana (UNICEF), yashize ahagaragara itangazo kuri uyu wa Gatanu risaba kwitondera ibikorwa byo gukomeza gufunga amashuri birimo gukorwa n’ibihugu byo kongera igihe cy’ifungura ry’amashuri nk’uburyo bwo guhangana na Covid-19.

OMS isanga uburyo bwo kugumisha abanyeshuri mu rugo atari bwo bwihutirwa muri iki gihe kuko bufite imbogamizi nyinshi ku banyeshuri zirimo no kuba byongera ibyaha.

Aragira ati: ”Zimwe mu ngaruka zo gukomeza gufunga amashuri twavuga nko gutuma abana bahura n’ibibazo by’imirire mibi, kongera umunaniro no gucika intege k’ubwonko, kwiyongera kw’ibyaha bikorerwa abana, guterwa inda zimburagihe n’ibindi”

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF ryo rivuga ko ibyaha bikorerwa abana muri iki gihe bari mu rugo byiyongereye cyane muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati ndetse n’imirire y’abana iba mibi biturutse ku kuba abana barabuze amafunguro bafatiraga ku mashuri yabo.

UNICEF Kandi Ivuga ko abana b’abakobwa ari bo bibasiwe cyane muri iki gihe cya Guma mu Rugo, aho ihohoterwa ribakorerwa ryiyongerye.

Banki y’Isi ivuga ko biturutse ku ifunga ry’amashuri muri uyu mwaka ryatewe na Covid-19, guverinoma zo munsi y’ubutayu bwa Sahara zizahomba amadorari agera ku 4,500 kuri buri mwana. Ibi ngo biziyongeraho umubare munini w’abana bazata ishuri biturutse ku mubare munini w’ababyeyi bazahajwe n’ibura ry’imirimo muri iki gihe cy’icyorezo bazabura amafaranga y’ishuri y’abana.

Bahingiye kuri ibi , OMS irasaba ibihugu y’umwihariko byo muri Afurika gufungura amashuri byihuse. Bakomeza bavuga ko ibyiza ari ugufungura amashuri hagakukizwa ingamba zikomeye z’isuku nko kwambara agapfukamunwa, guhana intera no kwirinda impamvu zatuma abarimu bakoranaho n’abanyeshuri,.

Umuyobozi wa OMS ishami rya Afurika, Dr. Matshidiso Moeti aragira ati: “Ishuri ni imwe mu nzira zitanga icyizere cy’iterambere ryihuse rya Afurika, birasaba ko ibihugu bya Afurika byihutisha itangira ry’amashuri hagakazwa ingamba zijyanye n’isuku”

Mu Rwanda, byaribm biteganyijwe ko amashuri azasubukurwa mu kwezi gutaha hatagize igihinduka. Gusa mu minsi ishize Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Dr. Uwamariya Valentine we yaciye amarenga ko bishoboka ko igihe cyo gufungura amashuri mu Rwanda gishobora kwegezwa inyuma ashingiye ku mibare mishya y’ubwandu ikomeje kuzamuka cyane cyane mu murwa mukuru w’igihugu.

Soma Izindi Nkuru

110 Responses

  1. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mubyukuri byagakwiye kuba ihame bakareba uburyo bakwirinda ariko abanyeshuli bagasubira kwishuli kuko birimo guteza ibibazo bikomeye nukuli Reta Y’urwanda yagakwiye kubyitaho Murakoze!

    1. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
      Jyewe mbona uretse n’abanyeshuri bagumya guhura n’ibi bibazo biva ku gutinda kw’itangira ry’amashuli n’abarimu ubwabo bitewe no kuba mu rugo bibanze ku bindi bintu kuko ibyo kwigisha babaye babyikuyemo kuko bavugako amashuli ashobora no kutazongera gufungura nabyo mbona bizagira ingarukazitari nziza ku gihugu ikindi abantu bari baramaze gutsindira kuzigisha ikibazo cyo kubura ibyo bakora gikomeje gutuma bitakariza icyizere hatavuyemo n’ubushomeri bugumye kwiyongera bikabije

    2. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
      Jyewe mbona uretse n’abanyeshuri bagumya guhura n’ibi bibazo biva ku gutinda kw’itangira ry’amashuli n’abarimu ubwabo bitewe no kuba mu rugo bibanze ku bindi bintu kuko ibyo kwigisha babaye babyikuyemo kuko bavugako amashuli ashobora no kutazongera gufungura nabyo mbona bizagira ingarukazitari nziza ku gihugu ikindi abantu bari baramaze gutsindira kuzigisha ikibazo cyo kubura ibyo bakora gikomeje gutuma bitakariza icyizere hatavuyemo n’ubushomeri bugumye kwiyongera bikabije

  2. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mubyukuri byagakwiye kuba ihame bakareba uburyo bakwirinda ariko abanyeshuli bagasubira kwishuli kuko birimo guteza ibibazo bikomeye nukuli Reta Y’urwanda yagakwiye kubyitaho Murakoze!

  3. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibareke abana bags kumashuri rwose.

    Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.

    Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.

    Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
    Murakoze!

  4. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibareke abana bags kumashuri rwose.

    Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.

    Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.

    Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
    Murakoze!

  5. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibareke abana bags kumashuri rwose.

    Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.

    Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.

    Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
    Murakoze!

  6. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibareke abana bags kumashuri rwose.

    Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.

    Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.

    Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
    Murakoze!

    1. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
      Nibyiza ko amashuri yatangira pe!! Gusa mureke turebere kunzego zabanje gukomorerwa zigakora, ko uburyo bwo kwirinda bwubahirijwe!!? Urugero, amasoko, twari twizeye ko kubera twe dukuze tuzashobora kubahiriza ingamba, none dukurikije imibare uko ikomeje kuzamuka, bigaragara ko ingamba zatunaniye kuzubahiriza!! Nkanswe abana bato, ndabona bitakorohera umwalimu gutambutsa isomo no kugenzura neza ingamba zokwirinda!!

    2. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
      Nibyiza ko amashuri yatangira pe!! Gusa mureke turebere kunzego zabanje gukomorerwa zigakora, ko uburyo bwo kwirinda bwubahirijwe!!? Urugero, amasoko, twari twizeye ko kubera twe dukuze tuzashobora kubahiriza ingamba, none dukurikije imibare uko ikomeje kuzamuka, bigaragara ko ingamba zatunaniye kuzubahiriza!! Nkanswe abana bato, ndabona bitakorohera umwalimu gutambutsa isomo no kugenzura neza ingamba zokwirinda!!

    3. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
      Nibyiza ko amashuri yatangira pe!! Gusa mureke turebere kunzego zabanje gukomorerwa zigakora, ko uburyo bwo kwirinda bwubahirijwe!!?
      Urugero, amasoko, twari twizeye ko kubera twe dukuze tuzashobora kubahiriza ingamba, none dukurikije imibare uko ikomeje kuzamuka,
      bigaragara ko ingamba zatunaniye kuzubahiriza!! Nkanswe abana bato,

      ndabona bitakorohera umwalimu gutambutsa isomo no kugenzura neza ingamba zokwirinda!!

    4. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
      Nibyiza ko amashuri yatangira pe!! Gusa mureke turebere kunzego zabanje gukomorerwa zigakora, ko uburyo bwo kwirinda bwubahirijwe!!?
      Urugero, amasoko, twari twizeye ko kubera twe dukuze tuzashobora kubahiriza ingamba, none dukurikije imibare uko ikomeje kuzamuka,
      bigaragara ko ingamba zatunaniye kuzubahiriza!! Nkanswe abana bato,

      ndabona bitakorohera umwalimu gutambutsa isomo no kugenzura neza ingamba zokwirinda!!

  7. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibareke abana bags kumashuri rwose.

    Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.

    Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.

    Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
    Murakoze!

  8. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibareke abana bags kumashuri rwose.

    Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.

    Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.

    Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
    Murakoze!

  9. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mwaramutse neza rwose mu Rwanda twagakwiye gutangira amashuri kuko ibibazo biriho kurubu birikwibasira abanyeshuri cyane hagakwiye gufata ingamba zikomeye mukwirinda ariko amashuri akaba yakomeza,gusa nabyo bigaragara nkibitoroshye kuko umubare wabarwayi bari kwihongera,gusa bigoye abanyeshuri cyane kuko ntamirimo Bari gukora ibinjiriza bigatuma bayashakira ahadakwiye.

  10. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mwaramutse neza rwose mu Rwanda twagakwiye gutangira amashuri kuko ibibazo biriho kurubu birikwibasira abanyeshuri cyane hagakwiye gufata ingamba zikomeye mukwirinda ariko amashuri akaba yakomeza,gusa nabyo bigaragara nkibitoroshye kuko umubare wabarwayi bari kwihongera,gusa bigoye abanyeshuri cyane kuko ntamirimo Bari gukora ibinjiriza bigatuma bayashakira ahadakwiye.

  11. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ariko nge ndumva ibi bizakurikizwa hashingiwe kumikoro y’ibihugu kuko ibi bisaba ubushobozi buhambaye.

  12. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ariko nge ndumva ibi bizakurikizwa hashingiwe kumikoro y’ibihugu kuko ibi bisaba ubushobozi buhambaye.

  13. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhanga maze dutangure

  14. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhanga maze dutangure

  15. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure

  16. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure

  17. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure

  18. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure

  19. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure

  20. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure

  21. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure

  22. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure

  23. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Muraho neza ndabasuhuje nanubu turakibaza kubijyanye n’abanyeshuri biga ibijyanye nuburezi twavuga nkabiga faculty of SSE (social studies) ko ntago badepoza ngo bakirwe nkabandi ? Mutubarize

  24. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Muraho neza ndabasuhuje nanubu turakibaza kubijyanye n’abanyeshuri biga ibijyanye nuburezi twavuga nkabiga faculty of SSE (social studies) ko ntago badepoza ngo bakirwe nkabandi ? Mutubarize

  25. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Birakwiye ko amashuri afungurwa Hagakazwa ingamba zo kwirinda. Kuko abana bari guhura nibibazo bitandukanye koko. Burya ishuri rifasha mukurinda umutekano w’abana.Murakoze.

  26. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Birakwiye ko amashuri afungurwa Hagakazwa ingamba zo kwirinda. Kuko abana bari guhura nibibazo bitandukanye koko. Burya ishuri rifasha mukurinda umutekano w’abana.Murakoze.

  27. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibyo rwose birakwiye bagererageze uburyo bwose bushoboka bayafungure kuko ingaruka ku abana ziri kwigaragaza

  28. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibyo rwose birakwiye bagererageze uburyo bwose bushoboka bayafungure kuko ingaruka ku abana ziri kwigaragaza

  29. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Gutangira ntibikwiye kubana bacu bitewe na bino bihe bikomeye turimo kandi urebye nuko imibare izamuka bitey ‘ubwoba inzego zibishinzwe zihe ikindi gihe maze zinoze imyanzuro

  30. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Gutangira ntibikwiye kubana bacu bitewe na bino bihe bikomeye turimo kandi urebye nuko imibare izamuka bitey ‘ubwoba inzego zibishinzwe zihe ikindi gihe maze zinoze imyanzuro

  31. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Muraho neza.murakoze kutugezaho amakuru ningenzi.nange rwose numva harusha gukaza ingamba zokwirinda abarimu burya nababyeyi nizerako bagerangeza nogutanga amabwiriza mukwiri da covid 19 ark abana bakajya kumaso.murakoze

  32. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Muraho neza.murakoze kutugezaho amakuru ningenzi.nange rwose numva harusha gukaza ingamba zokwirinda abarimu burya nababyeyi nizerako bagerangeza nogutanga amabwiriza mukwiri da covid 19 ark abana bakajya kumaso.murakoze

  33. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho

  34. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho

  35. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho

  36. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho

  37. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho

  38. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho

  39. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  40. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  41. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  42. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  43. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  44. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  45. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  46. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  47. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  48. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .

  49. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mbona ikibazo gihari ari abana Bari Mu duce turi muri lockdown kandi ntibazakora umwaka wabo wihariye.bishobotse babanza gupimwa covd-19 bagashakirwa Aho baziga.

  50. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mbona ikibazo gihari ari abana Bari Mu duce turi muri lockdown kandi ntibazakora umwaka wabo wihariye.bishobotse babanza gupimwa covd-19 bagashakirwa Aho baziga.

  51. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mbona ikibazo gihari ari abana Bari Mu duce turi muri lockdown kandi ntibazakora umwaka wabo wihariye.bishobotse babanza gupimwa covd-19 bagashakirwa Aho baziga.

  52. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mbona ikibazo gihari ari abana Bari Mu duce turi muri lockdown kandi ntibazakora umwaka wabo wihariye.bishobotse babanza gupimwa covd-19 bagashakirwa Aho baziga.

  53. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ihohiterwa rikorerwa aba bana rirakabije nibo bari kubaka amashuri bivuzengo babujijwe kwiga boherezwa kwiga nibo bari kubaka amashuri ubu numva rero kugumya kubabuza kujya kwiga ari Indi mpamvu atari Covid

  54. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ihohiterwa rikorerwa aba bana rirakabije nibo bari kubaka amashuri bivuzengo babujijwe kwiga boherezwa kwiga nibo bari kubaka amashuri ubu numva rero kugumya kubabuza kujya kwiga ari Indi mpamvu atari Covid

  55. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    nibyo koko byari bikwiye kuko abana bazagera nigihe bibagirwa ishuri kubera kumenyera murugo cyane ahubwo harushaho gukaza ingamba

  56. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    nibyo koko byari bikwiye kuko abana bazagera nigihe bibagirwa ishuri kubera kumenyera murugo cyane ahubwo harushaho gukaza ingamba

  57. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ihohiterwa rikorerwa aba bana rirakabije nibo bari kubaka amashuri bivuzengo babujijwe kwiga boherezwa kwiga nibo bari kubaka amashuri ubu numva rero kugumya kubabuza kujya kwiga ari Indi mpamvu atari Covid

  58. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ihohiterwa rikorerwa aba bana rirakabije nibo bari kubaka amashuri bivuzengo babujijwe kwiga boherezwa kwiga nibo bari kubaka amashuri ubu numva rero kugumya kubabuza kujya kwiga ari Indi mpamvu atari Covid

  59. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Hakenewe ibikoresho by’isuku n’iby’ikoranabuhanga bihagije. Nk’uko Let’s yashyizeho olpc nishyireho na one laptop per teacher abizarushaho kuba sawa.

  60. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Hakenewe ibikoresho by’isuku n’iby’ikoranabuhanga bihagije. Nk’uko Let’s yashyizeho olpc nishyireho na one laptop per teacher abizarushaho kuba sawa.

  61. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!

  62. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!

  63. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!

  64. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!

  65. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!

  66. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!

  67. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!

  68. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!

  69. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nimumbwire rero ukuntu Umwana yakwiga apfutse amazuru n’umunwa adahumeka neza? Urumva byashoboka?
    Oxygen iba ari ngombwa.
    Niba ari ukwiga bapfutse umunwa muzabyihorere rwose kuko bajya basinzira mu ishuri kubera umwuka muke.

  70. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nimumbwire rero ukuntu Umwana yakwiga apfutse amazuru n’umunwa adahumeka neza? Urumva byashoboka?
    Oxygen iba ari ngombwa.
    Niba ari ukwiga bapfutse umunwa muzabyihorere rwose kuko bajya basinzira mu ishuri kubera umwuka muke.

  71. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuri byo afunguye byaba byiza nubwo covid19 iri kwiyongera gusa bariguhura nibigoye harimo Amanda, imirimo idasanzwe, urebye abenshi mu mutwe babaye o, babyigeho rwose.

  72. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Amashuri byo afunguye byaba byiza nubwo covid19 iri kwiyongera gusa bariguhura nibigoye harimo Amanda, imirimo idasanzwe, urebye abenshi mu mutwe babaye o, babyigeho rwose.

  73. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mubyukuri amashuri yakagombye gutangira nubwo ubushobozi bwababyeyi mbona bizaba ingorabahizi iwacu I Rwanda hari ubushomeri kandi nibigo bishobora kongera minerval abazaritakaza nibeshi murakoze nibura mu 1/10/2020 bayatangize

  74. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Mubyukuri amashuri yakagombye gutangira nubwo ubushobozi bwababyeyi mbona bizaba ingorabahizi iwacu I Rwanda hari ubushomeri kandi nibigo bishobora kongera minerval abazaritakaza nibeshi murakoze nibura mu 1/10/2020 bayatangize

  75. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ntago COVID-19 twavugako
    ejo cyangwa Ejobundi izarangira kuko bashobora
    gupima ukwezi kugashira babona umwe(1) cyangwa barenze umwe kimwe nuko ntanawe ,ugasanga hari nubwo bapima bakabona ubwandu bushya ibihumbi 2000.icyifuzo cyanjye nuko bakaza ingamba amashuri agatangira.

  76. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ntago COVID-19 twavugako
    ejo cyangwa Ejobundi izarangira kuko bashobora
    gupima ukwezi kugashira babona umwe(1) cyangwa barenze umwe kimwe nuko ntanawe ,ugasanga hari nubwo bapima bakabona ubwandu bushya ibihumbi 2000.icyifuzo cyanjye nuko bakaza ingamba amashuri agatangira.

  77. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    MUbyukuri leta yacu ireba kure, kurwange ruhande leta nireke abanyeshuri biga za university bige kuko bo barakuze bashobora kwirinda ariko kuvuga ngo umwana womuri pre-primary &primary ngo ajye kwiga ntibyakoroha nubwo mwarimu yaba ahari pe

  78. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    MUbyukuri leta yacu ireba kure, kurwange ruhande leta nireke abanyeshuri biga za university bige kuko bo barakuze bashobora kwirinda ariko kuvuga ngo umwana womuri pre-primary &primary ngo ajye kwiga ntibyakoroha nubwo mwarimu yaba ahari pe

  79. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Rwose nibareke abanyeshuri basubire kumashuri ubundi bakaze ingamba

  80. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Rwose nibareke abanyeshuri basubire kumashuri ubundi bakaze ingamba

  81. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Icyifuzo cyari cyiza ariko byose bigomba guterwa n’isesengura ry’inzego zibishinzwe.

  82. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Icyifuzo cyari cyiza ariko byose bigomba guterwa n’isesengura ry’inzego zibishinzwe.

  83. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Byo ingamba zo kurwanya covid_19 ariko dutangire pee!kuko ingaruka ziri kuboneka kubana muri Gumamurugo ni nyinshi pee! Mukwa cumi amashuri mashya araba arangiye, Twahita Dutangira

  84. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Byo ingamba zo kurwanya covid_19 ariko dutangire pee!kuko ingaruka ziri kuboneka kubana muri Gumamurugo ni nyinshi pee! Mukwa cumi amashuri mashya araba arangiye, Twahita Dutangira

  85. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    DUFITE ABAYOBOZI BADUKUNDA KANDI NATWE TURABIZERA CYANE, BONYINE NIBO BAZATUREBERA IBIDUKWIRIYE KUKO NIBYO BYIZA. TURUSHEHO KWIRINDA COVID-19, DUKURIKIZA AMABWIRIZA BADUHA YO KWIRINDA IKI CYOREZO

  86. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    DUFITE ABAYOBOZI BADUKUNDA KANDI NATWE TURABIZERA CYANE, BONYINE NIBO BAZATUREBERA IBIDUKWIRIYE KUKO NIBYO BYIZA. TURUSHEHO KWIRINDA COVID-19, DUKURIKIZA AMABWIRIZA BADUHA YO KWIRINDA IKI CYOREZO

  87. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    DUFITE ABAYOBOZI BADUKUNDA KANDI NATWE TURABIZERA CYANE, BONYINE NIBO BAZATUREBERA IBIDUKWIRIYE KUKO NIBYO BYIZA. TURUSHEHO KWIRINDA COVID-19, DUKURIKIZA AMABWIRIZA BADUHA YO KWIRINDA IKI CYOREZO

  88. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    DUFITE ABAYOBOZI BADUKUNDA KANDI NATWE TURABIZERA CYANE, BONYINE NIBO BAZATUREBERA IBIDUKWIRIYE KUKO NIBYO BYIZA. TURUSHEHO KWIRINDA COVID-19, DUKURIKIZA AMABWIRIZA BADUHA YO KWIRINDA IKI CYOREZO

  89. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Niba gume bafunge rwose nibwo buryo bwabo bwo gukora urukingo

  90. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Niba gume bafunge rwose nibwo buryo bwabo bwo gukora urukingo

  91. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Murakoze nge ndumva baba baretse gufungura amashuri kuko ndabona iyi ndwara yiyongera umunsi ku munsi. Hagakomeza gukazwa uburyo bwo kuyirinda kuko nkurikije uko nzi abanyeshuri noneho yakwikuba inshuro nyinshi.

  92. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Murakoze nge ndumva baba baretse gufungura amashuri kuko ndabona iyi ndwara yiyongera umunsi ku munsi. Hagakomeza gukazwa uburyo bwo kuyirinda kuko nkurikije uko nzi abanyeshuri noneho yakwikuba inshuro nyinshi.

  93. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe twe abanyeshuri birakomeye kuko Hari abanyeshuri batanagifata ikayi kuburyo amaze umwaka atiga atashoboranokwandika izinarye.murakoze

  94. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nibadufashe twe abanyeshuri birakomeye kuko Hari abanyeshuri batanagifata ikayi kuburyo amaze umwaka atiga atashoboranokwandika izinarye.murakoze

  95. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ibi bisaba amikoro ahagije ,uburyo abana bicara mu ishuri,uburyo baryama, abarimu se bo bataha ntibazanturira mu ngendo? Ibi byose n” ibindi ntavuze bigomba kurebwaho

  96. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ibi bisaba amikoro ahagije ,uburyo abana bicara mu ishuri,uburyo baryama, abarimu se bo bataha ntibazanturira mu ngendo? Ibi byose n” ibindi ntavuze bigomba kurebwaho

  97. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nukuri gukomeza gufunga amashuri birikongera ingaruka mbi kubanyeshuri harimo kwishora mungeso mbi

  98. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Nukuri gukomeza gufunga amashuri birikongera ingaruka mbi kubanyeshuri harimo kwishora mungeso mbi

  99. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ariko iyo muvuga ngo amashuri atangire ngo bakaze ingamba zokwirinda aritwe bakuru ko byatunaniye Abana nibo bazabibasha.ngo Abana bananiranye noneho ishuri niryo ribarerera? mnona ababyeyi tunaniwe duhunga ishingano

  100. UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
    Ariko iyo muvuga ngo amashuri atangire ngo bakaze ingamba zokwirinda aritwe bakuru ko byatunaniye Abana nibo bazabibasha.ngo Abana bananiranye noneho ishuri niryo ribarerera? mnona ababyeyi tunaniwe duhunga ishingano

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *