Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS ryatangajeko gukomeza gufunga amashuri ku bana bifite ingaruka nyinshi kurusha uko yafungurwa hagakazwa ingamba zo kwirinda.
Mu bihugu bitandukanye by’Isi byagiye bifata ingamba zo gufunga amashuri nka bumwe mu buryo bwiza bwo kugabanya ikwirakwira rya Covid-19. Mu Rwanda amashuri yafunzwe muri Werurwe 2020 kugeza muri Nzeri 2020.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima (OMS), ku bufatanye n’ishami ry’uyu muryango rishinzwe Abana (UNICEF), yashize ahagaragara itangazo kuri uyu wa Gatanu risaba kwitondera ibikorwa byo gukomeza gufunga amashuri birimo gukorwa n’ibihugu byo kongera igihe cy’ifungura ry’amashuri nk’uburyo bwo guhangana na Covid-19.
OMS isanga uburyo bwo kugumisha abanyeshuri mu rugo atari bwo bwihutirwa muri iki gihe kuko bufite imbogamizi nyinshi ku banyeshuri zirimo no kuba byongera ibyaha.
Aragira ati: ”Zimwe mu ngaruka zo gukomeza gufunga amashuri twavuga nko gutuma abana bahura n’ibibazo by’imirire mibi, kongera umunaniro no gucika intege k’ubwonko, kwiyongera kw’ibyaha bikorerwa abana, guterwa inda zimburagihe n’ibindi”
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF ryo rivuga ko ibyaha bikorerwa abana muri iki gihe bari mu rugo byiyongereye cyane muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati ndetse n’imirire y’abana iba mibi biturutse ku kuba abana barabuze amafunguro bafatiraga ku mashuri yabo.
UNICEF Kandi Ivuga ko abana b’abakobwa ari bo bibasiwe cyane muri iki gihe cya Guma mu Rugo, aho ihohoterwa ribakorerwa ryiyongerye.
Banki y’Isi ivuga ko biturutse ku ifunga ry’amashuri muri uyu mwaka ryatewe na Covid-19, guverinoma zo munsi y’ubutayu bwa Sahara zizahomba amadorari agera ku 4,500 kuri buri mwana. Ibi ngo biziyongeraho umubare munini w’abana bazata ishuri biturutse ku mubare munini w’ababyeyi bazahajwe n’ibura ry’imirimo muri iki gihe cy’icyorezo bazabura amafaranga y’ishuri y’abana.
Bahingiye kuri ibi , OMS irasaba ibihugu y’umwihariko byo muri Afurika gufungura amashuri byihuse. Bakomeza bavuga ko ibyiza ari ugufungura amashuri hagakukizwa ingamba zikomeye z’isuku nko kwambara agapfukamunwa, guhana intera no kwirinda impamvu zatuma abarimu bakoranaho n’abanyeshuri,.
Umuyobozi wa OMS ishami rya Afurika, Dr. Matshidiso Moeti aragira ati: “Ishuri ni imwe mu nzira zitanga icyizere cy’iterambere ryihuse rya Afurika, birasaba ko ibihugu bya Afurika byihutisha itangira ry’amashuri hagakazwa ingamba zijyanye n’isuku”
Mu Rwanda, byaribm biteganyijwe ko amashuri azasubukurwa mu kwezi gutaha hatagize igihinduka. Gusa mu minsi ishize Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Dr. Uwamariya Valentine we yaciye amarenga ko bishoboka ko igihe cyo gufungura amashuri mu Rwanda gishobora kwegezwa inyuma ashingiye ku mibare mishya y’ubwandu ikomeje kuzamuka cyane cyane mu murwa mukuru w’igihugu.



110 Responses
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mubyukuri byagakwiye kuba ihame bakareba uburyo bakwirinda ariko abanyeshuli bagasubira kwishuli kuko birimo guteza ibibazo bikomeye nukuli Reta Y’urwanda yagakwiye kubyitaho Murakoze!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Jyewe mbona uretse n’abanyeshuri bagumya guhura n’ibi bibazo biva ku gutinda kw’itangira ry’amashuli n’abarimu ubwabo bitewe no kuba mu rugo bibanze ku bindi bintu kuko ibyo kwigisha babaye babyikuyemo kuko bavugako amashuli ashobora no kutazongera gufungura nabyo mbona bizagira ingarukazitari nziza ku gihugu ikindi abantu bari baramaze gutsindira kuzigisha ikibazo cyo kubura ibyo bakora gikomeje gutuma bitakariza icyizere hatavuyemo n’ubushomeri bugumye kwiyongera bikabije
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Jyewe mbona uretse n’abanyeshuri bagumya guhura n’ibi bibazo biva ku gutinda kw’itangira ry’amashuli n’abarimu ubwabo bitewe no kuba mu rugo bibanze ku bindi bintu kuko ibyo kwigisha babaye babyikuyemo kuko bavugako amashuli ashobora no kutazongera gufungura nabyo mbona bizagira ingarukazitari nziza ku gihugu ikindi abantu bari baramaze gutsindira kuzigisha ikibazo cyo kubura ibyo bakora gikomeje gutuma bitakariza icyizere hatavuyemo n’ubushomeri bugumye kwiyongera bikabije
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mubyukuri byagakwiye kuba ihame bakareba uburyo bakwirinda ariko abanyeshuli bagasubira kwishuli kuko birimo guteza ibibazo bikomeye nukuli Reta Y’urwanda yagakwiye kubyitaho Murakoze!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibareke abana bags kumashuri rwose.
Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.
Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.
Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
Murakoze!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibareke abana bags kumashuri rwose.
Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.
Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.
Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
Murakoze!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibareke abana bags kumashuri rwose.
Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.
Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.
Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
Murakoze!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibareke abana bags kumashuri rwose.
Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.
Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.
Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
Murakoze!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibyiza ko amashuri yatangira pe!! Gusa mureke turebere kunzego zabanje gukomorerwa zigakora, ko uburyo bwo kwirinda bwubahirijwe!!? Urugero, amasoko, twari twizeye ko kubera twe dukuze tuzashobora kubahiriza ingamba, none dukurikije imibare uko ikomeje kuzamuka, bigaragara ko ingamba zatunaniye kuzubahiriza!! Nkanswe abana bato, ndabona bitakorohera umwalimu gutambutsa isomo no kugenzura neza ingamba zokwirinda!!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibyiza ko amashuri yatangira pe!! Gusa mureke turebere kunzego zabanje gukomorerwa zigakora, ko uburyo bwo kwirinda bwubahirijwe!!? Urugero, amasoko, twari twizeye ko kubera twe dukuze tuzashobora kubahiriza ingamba, none dukurikije imibare uko ikomeje kuzamuka, bigaragara ko ingamba zatunaniye kuzubahiriza!! Nkanswe abana bato, ndabona bitakorohera umwalimu gutambutsa isomo no kugenzura neza ingamba zokwirinda!!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibyiza ko amashuri yatangira pe!! Gusa mureke turebere kunzego zabanje gukomorerwa zigakora, ko uburyo bwo kwirinda bwubahirijwe!!?
Urugero, amasoko, twari twizeye ko kubera twe dukuze tuzashobora kubahiriza ingamba, none dukurikije imibare uko ikomeje kuzamuka,
bigaragara ko ingamba zatunaniye kuzubahiriza!! Nkanswe abana bato,
ndabona bitakorohera umwalimu gutambutsa isomo no kugenzura neza ingamba zokwirinda!!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibyiza ko amashuri yatangira pe!! Gusa mureke turebere kunzego zabanje gukomorerwa zigakora, ko uburyo bwo kwirinda bwubahirijwe!!?
Urugero, amasoko, twari twizeye ko kubera twe dukuze tuzashobora kubahiriza ingamba, none dukurikije imibare uko ikomeje kuzamuka,
bigaragara ko ingamba zatunaniye kuzubahiriza!! Nkanswe abana bato,
ndabona bitakorohera umwalimu gutambutsa isomo no kugenzura neza ingamba zokwirinda!!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibareke abana bags kumashuri rwose.
Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.
Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.
Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
Murakoze!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibareke abana bags kumashuri rwose.
Abarimu nibo Bantu twizera ko baba basobanukiwe ninshingano yabo cyane.
Twizeye ko bazakaza ingamba Ku bigo zigamije gukumira corona. guverinoma yacu nifungure amashuri abana bamaze kunanirana.
Twamaze kubona akamaro k’ishuri kurushaho pe!
Murakoze!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mwaramutse neza rwose mu Rwanda twagakwiye gutangira amashuri kuko ibibazo biriho kurubu birikwibasira abanyeshuri cyane hagakwiye gufata ingamba zikomeye mukwirinda ariko amashuri akaba yakomeza,gusa nabyo bigaragara nkibitoroshye kuko umubare wabarwayi bari kwihongera,gusa bigoye abanyeshuri cyane kuko ntamirimo Bari gukora ibinjiriza bigatuma bayashakira ahadakwiye.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mwaramutse neza rwose mu Rwanda twagakwiye gutangira amashuri kuko ibibazo biriho kurubu birikwibasira abanyeshuri cyane hagakwiye gufata ingamba zikomeye mukwirinda ariko amashuri akaba yakomeza,gusa nabyo bigaragara nkibitoroshye kuko umubare wabarwayi bari kwihongera,gusa bigoye abanyeshuri cyane kuko ntamirimo Bari gukora ibinjiriza bigatuma bayashakira ahadakwiye.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Murakoze kutugezaho amakuru yizewe.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Murakoze kutugezaho amakuru yizewe.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ariko nge ndumva ibi bizakurikizwa hashingiwe kumikoro y’ibihugu kuko ibi bisaba ubushobozi buhambaye.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ariko nge ndumva ibi bizakurikizwa hashingiwe kumikoro y’ibihugu kuko ibi bisaba ubushobozi buhambaye.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhanga maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhanga maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe bongere ibikoresho by’ubwirinzi mumashuri,batange n’ibokoresho by’ikoranabuhana maze dutangure
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Muraho neza ndabasuhuje nanubu turakibaza kubijyanye n’abanyeshuri biga ibijyanye nuburezi twavuga nkabiga faculty of SSE (social studies) ko ntago badepoza ngo bakirwe nkabandi ? Mutubarize
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Muraho neza ndabasuhuje nanubu turakibaza kubijyanye n’abanyeshuri biga ibijyanye nuburezi twavuga nkabiga faculty of SSE (social studies) ko ntago badepoza ngo bakirwe nkabandi ? Mutubarize
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Birakwiye ko amashuri afungurwa Hagakazwa ingamba zo kwirinda. Kuko abana bari guhura nibibazo bitandukanye koko. Burya ishuri rifasha mukurinda umutekano w’abana.Murakoze.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Birakwiye ko amashuri afungurwa Hagakazwa ingamba zo kwirinda. Kuko abana bari guhura nibibazo bitandukanye koko. Burya ishuri rifasha mukurinda umutekano w’abana.Murakoze.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibyo rwose birakwiye bagererageze uburyo bwose bushoboka bayafungure kuko ingaruka ku abana ziri kwigaragaza
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibyo rwose birakwiye bagererageze uburyo bwose bushoboka bayafungure kuko ingaruka ku abana ziri kwigaragaza
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Gutangira ntibikwiye kubana bacu bitewe na bino bihe bikomeye turimo kandi urebye nuko imibare izamuka bitey ‘ubwoba inzego zibishinzwe zihe ikindi gihe maze zinoze imyanzuro
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Gutangira ntibikwiye kubana bacu bitewe na bino bihe bikomeye turimo kandi urebye nuko imibare izamuka bitey ‘ubwoba inzego zibishinzwe zihe ikindi gihe maze zinoze imyanzuro
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Muraho neza.murakoze kutugezaho amakuru ningenzi.nange rwose numva harusha gukaza ingamba zokwirinda abarimu burya nababyeyi nizerako bagerangeza nogutanga amabwiriza mukwiri da covid 19 ark abana bakajya kumaso.murakoze
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Muraho neza.murakoze kutugezaho amakuru ningenzi.nange rwose numva harusha gukaza ingamba zokwirinda abarimu burya nababyeyi nizerako bagerangeza nogutanga amabwiriza mukwiri da covid 19 ark abana bakajya kumaso.murakoze
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Gouvernoment siyo yifuza ko abana bacu bahura badasubira kw’ishuri, ahubwo iki cyorezo nticyoroshye,kdi rwose kwirinda k’urubyiruko nabyo ntirubishobora!rero iki cyorezo kigeze mu banyeshuri,kaba katubayeho
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natangure abandi babone akazi, corona yo abana bakunda amazi bazokaraba kenshi kandi Allah arababona kandi bararinzwe ubwonabavyeyi batanga nkama500 cg 1000 cukugura umuti wabugenewe gukaraba intoke .
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mbona ikibazo gihari ari abana Bari Mu duce turi muri lockdown kandi ntibazakora umwaka wabo wihariye.bishobotse babanza gupimwa covd-19 bagashakirwa Aho baziga.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mbona ikibazo gihari ari abana Bari Mu duce turi muri lockdown kandi ntibazakora umwaka wabo wihariye.bishobotse babanza gupimwa covd-19 bagashakirwa Aho baziga.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mbona ikibazo gihari ari abana Bari Mu duce turi muri lockdown kandi ntibazakora umwaka wabo wihariye.bishobotse babanza gupimwa covd-19 bagashakirwa Aho baziga.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mbona ikibazo gihari ari abana Bari Mu duce turi muri lockdown kandi ntibazakora umwaka wabo wihariye.bishobotse babanza gupimwa covd-19 bagashakirwa Aho baziga.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ihohiterwa rikorerwa aba bana rirakabije nibo bari kubaka amashuri bivuzengo babujijwe kwiga boherezwa kwiga nibo bari kubaka amashuri ubu numva rero kugumya kubabuza kujya kwiga ari Indi mpamvu atari Covid
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ihohiterwa rikorerwa aba bana rirakabije nibo bari kubaka amashuri bivuzengo babujijwe kwiga boherezwa kwiga nibo bari kubaka amashuri ubu numva rero kugumya kubabuza kujya kwiga ari Indi mpamvu atari Covid
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
nibyo koko byari bikwiye kuko abana bazagera nigihe bibagirwa ishuri kubera kumenyera murugo cyane ahubwo harushaho gukaza ingamba
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
nibyo koko byari bikwiye kuko abana bazagera nigihe bibagirwa ishuri kubera kumenyera murugo cyane ahubwo harushaho gukaza ingamba
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ihohiterwa rikorerwa aba bana rirakabije nibo bari kubaka amashuri bivuzengo babujijwe kwiga boherezwa kwiga nibo bari kubaka amashuri ubu numva rero kugumya kubabuza kujya kwiga ari Indi mpamvu atari Covid
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ihohiterwa rikorerwa aba bana rirakabije nibo bari kubaka amashuri bivuzengo babujijwe kwiga boherezwa kwiga nibo bari kubaka amashuri ubu numva rero kugumya kubabuza kujya kwiga ari Indi mpamvu atari Covid
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Hakenewe ibikoresho by’isuku n’iby’ikoranabuhanga bihagije. Nk’uko Let’s yashyizeho olpc nishyireho na one laptop per teacher abizarushaho kuba sawa.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Hakenewe ibikoresho by’isuku n’iby’ikoranabuhanga bihagije. Nk’uko Let’s yashyizeho olpc nishyireho na one laptop per teacher abizarushaho kuba sawa.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuli natagire ahubwo bashireho abavalonter mubigo byamashuli bazahembwe nibigo byamashuli!
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nimumbwire rero ukuntu Umwana yakwiga apfutse amazuru n’umunwa adahumeka neza? Urumva byashoboka?
Oxygen iba ari ngombwa.
Niba ari ukwiga bapfutse umunwa muzabyihorere rwose kuko bajya basinzira mu ishuri kubera umwuka muke.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nimumbwire rero ukuntu Umwana yakwiga apfutse amazuru n’umunwa adahumeka neza? Urumva byashoboka?
Oxygen iba ari ngombwa.
Niba ari ukwiga bapfutse umunwa muzabyihorere rwose kuko bajya basinzira mu ishuri kubera umwuka muke.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuri byo afunguye byaba byiza nubwo covid19 iri kwiyongera gusa bariguhura nibigoye harimo Amanda, imirimo idasanzwe, urebye abenshi mu mutwe babaye o, babyigeho rwose.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Amashuri byo afunguye byaba byiza nubwo covid19 iri kwiyongera gusa bariguhura nibigoye harimo Amanda, imirimo idasanzwe, urebye abenshi mu mutwe babaye o, babyigeho rwose.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mubyukuri amashuri yakagombye gutangira nubwo ubushobozi bwababyeyi mbona bizaba ingorabahizi iwacu I Rwanda hari ubushomeri kandi nibigo bishobora kongera minerval abazaritakaza nibeshi murakoze nibura mu 1/10/2020 bayatangize
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Mubyukuri amashuri yakagombye gutangira nubwo ubushobozi bwababyeyi mbona bizaba ingorabahizi iwacu I Rwanda hari ubushomeri kandi nibigo bishobora kongera minerval abazaritakaza nibeshi murakoze nibura mu 1/10/2020 bayatangize
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ntago COVID-19 twavugako
ejo cyangwa Ejobundi izarangira kuko bashobora
gupima ukwezi kugashira babona umwe(1) cyangwa barenze umwe kimwe nuko ntanawe ,ugasanga hari nubwo bapima bakabona ubwandu bushya ibihumbi 2000.icyifuzo cyanjye nuko bakaza ingamba amashuri agatangira.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ntago COVID-19 twavugako
ejo cyangwa Ejobundi izarangira kuko bashobora
gupima ukwezi kugashira babona umwe(1) cyangwa barenze umwe kimwe nuko ntanawe ,ugasanga hari nubwo bapima bakabona ubwandu bushya ibihumbi 2000.icyifuzo cyanjye nuko bakaza ingamba amashuri agatangira.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
MUbyukuri leta yacu ireba kure, kurwange ruhande leta nireke abanyeshuri biga za university bige kuko bo barakuze bashobora kwirinda ariko kuvuga ngo umwana womuri pre-primary &primary ngo ajye kwiga ntibyakoroha nubwo mwarimu yaba ahari pe
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
MUbyukuri leta yacu ireba kure, kurwange ruhande leta nireke abanyeshuri biga za university bige kuko bo barakuze bashobora kwirinda ariko kuvuga ngo umwana womuri pre-primary &primary ngo ajye kwiga ntibyakoroha nubwo mwarimu yaba ahari pe
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Rwose nibareke abanyeshuri basubire kumashuri ubundi bakaze ingamba
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Rwose nibareke abanyeshuri basubire kumashuri ubundi bakaze ingamba
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Icyifuzo cyari cyiza ariko byose bigomba guterwa n’isesengura ry’inzego zibishinzwe.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Icyifuzo cyari cyiza ariko byose bigomba guterwa n’isesengura ry’inzego zibishinzwe.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
ntibukwiye ko gushyira ubuzima mukaba
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
ntibukwiye ko gushyira ubuzima mukaba
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Byo ingamba zo kurwanya covid_19 ariko dutangire pee!kuko ingaruka ziri kuboneka kubana muri Gumamurugo ni nyinshi pee! Mukwa cumi amashuri mashya araba arangiye, Twahita Dutangira
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Byo ingamba zo kurwanya covid_19 ariko dutangire pee!kuko ingaruka ziri kuboneka kubana muri Gumamurugo ni nyinshi pee! Mukwa cumi amashuri mashya araba arangiye, Twahita Dutangira
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
DUFITE ABAYOBOZI BADUKUNDA KANDI NATWE TURABIZERA CYANE, BONYINE NIBO BAZATUREBERA IBIDUKWIRIYE KUKO NIBYO BYIZA. TURUSHEHO KWIRINDA COVID-19, DUKURIKIZA AMABWIRIZA BADUHA YO KWIRINDA IKI CYOREZO
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
DUFITE ABAYOBOZI BADUKUNDA KANDI NATWE TURABIZERA CYANE, BONYINE NIBO BAZATUREBERA IBIDUKWIRIYE KUKO NIBYO BYIZA. TURUSHEHO KWIRINDA COVID-19, DUKURIKIZA AMABWIRIZA BADUHA YO KWIRINDA IKI CYOREZO
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
DUFITE ABAYOBOZI BADUKUNDA KANDI NATWE TURABIZERA CYANE, BONYINE NIBO BAZATUREBERA IBIDUKWIRIYE KUKO NIBYO BYIZA. TURUSHEHO KWIRINDA COVID-19, DUKURIKIZA AMABWIRIZA BADUHA YO KWIRINDA IKI CYOREZO
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
DUFITE ABAYOBOZI BADUKUNDA KANDI NATWE TURABIZERA CYANE, BONYINE NIBO BAZATUREBERA IBIDUKWIRIYE KUKO NIBYO BYIZA. TURUSHEHO KWIRINDA COVID-19, DUKURIKIZA AMABWIRIZA BADUHA YO KWIRINDA IKI CYOREZO
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Niba gume bafunge rwose nibwo buryo bwabo bwo gukora urukingo
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Niba gume bafunge rwose nibwo buryo bwabo bwo gukora urukingo
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Murakoze nge ndumva baba baretse gufungura amashuri kuko ndabona iyi ndwara yiyongera umunsi ku munsi. Hagakomeza gukazwa uburyo bwo kuyirinda kuko nkurikije uko nzi abanyeshuri noneho yakwikuba inshuro nyinshi.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Murakoze nge ndumva baba baretse gufungura amashuri kuko ndabona iyi ndwara yiyongera umunsi ku munsi. Hagakomeza gukazwa uburyo bwo kuyirinda kuko nkurikije uko nzi abanyeshuri noneho yakwikuba inshuro nyinshi.
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe twe abanyeshuri birakomeye kuko Hari abanyeshuri batanagifata ikayi kuburyo amaze umwaka atiga atashoboranokwandika izinarye.murakoze
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nibadufashe twe abanyeshuri birakomeye kuko Hari abanyeshuri batanagifata ikayi kuburyo amaze umwaka atiga atashoboranokwandika izinarye.murakoze
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ibi bisaba amikoro ahagije ,uburyo abana bicara mu ishuri,uburyo baryama, abarimu se bo bataha ntibazanturira mu ngendo? Ibi byose n” ibindi ntavuze bigomba kurebwaho
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ibi bisaba amikoro ahagije ,uburyo abana bicara mu ishuri,uburyo baryama, abarimu se bo bataha ntibazanturira mu ngendo? Ibi byose n” ibindi ntavuze bigomba kurebwaho
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nukuri gukomeza gufunga amashuri birikongera ingaruka mbi kubanyeshuri harimo kwishora mungeso mbi
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Nukuri gukomeza gufunga amashuri birikongera ingaruka mbi kubanyeshuri harimo kwishora mungeso mbi
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ariko iyo muvuga ngo amashuri atangire ngo bakaze ingamba zokwirinda aritwe bakuru ko byatunaniye Abana nibo bazabibasha.ngo Abana bananiranye noneho ishuri niryo ribarerera? mnona ababyeyi tunaniwe duhunga ishingano
UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri
Ariko iyo muvuga ngo amashuri atangire ngo bakaze ingamba zokwirinda aritwe bakuru ko byatunaniye Abana nibo bazabibasha.ngo Abana bananiranye noneho ishuri niryo ribarerera? mnona ababyeyi tunaniwe duhunga ishingano