Abantu 63 bagaragayeho Covid-19 mu Rwanda

ef-gq5rxoaium42.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 21 Kanama 2020 yatangaje ko abandi bantu 63 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 5700 byafashwe. Aba barimo 46 babonetse i Kigali, bahuye n’abanduye mu masoko ya Kigali. Hari kandi 16 babonetse muri Rusizi bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi ndetse n’unwe wabonetse mu Karere ka Rubavu. Abamaze gukira […]

UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS ryatangajeko gukomeza gufunga amashuri ku bana bifite ingaruka nyinshi kurusha uko yafungurwa hagakazwa ingamba zo kwirinda. Mu bihugu bitandukanye by’Isi byagiye bifata ingamba zo gufunga amashuri nka bumwe mu buryo bwiza bwo kugabanya ikwirakwira rya Covid-19. Mu Rwanda amashuri yafunzwe muri Werurwe 2020 kugeza muri Nzeri 2020. Ishami […]

Perezida wa Somalia aterana amakofe na Visi Perezida we_Byarabaye?

somaliland1_1_.jpg

Mu minsi mike ishize, Afurika cyane cyane mu bihugu nka Ghana na Nigeria, byasakayemo videwo y’abagabo babiri barwanira mu cyumba cy’inama. Ibitangazamakuru byatangaje ko ari Perezida wa Somalia, Mohamed Abdullahi Farmaajo arwana na Visi Perezida. Iyi videwo yasakaye henshi kuva tariki ya 15 Kanama 2020, igaragaza abagabo babiri bicaranye ku ntebe, bari kugirana ikiganiro n’itangazamakuru […]

Sarpong wanzwe na Simba SC yakiriwe na Yanga Africans

Umunya Ghana, Michael Sarpong wari umaze igihe atandukanye na Rayon Sports ya hano mu Rwanda, yamaze kwerekeza muri Yanga Africans yo muri Tanzania nyuma yo guterwa umugongo na mukeba wayo, Simba Sports Club. Saa tanu z’amanywa yo kuri uyu wa gatanu ni bwo Sarpong yahagurutse i Kigali n’indege ya RwandAir yerekeza i Dar Es Salaam […]

Rubavu: Bavuga ko bafite impungenge z’uko bashobora kuzicwa bazira abo bari bo

Mu mudugugu wa Bwiza, mu Kagari ka Bisizi ho mu Murenge wa Nyakiriba mu Karere ka Rubavu, hari imiryango ibiri itabaza Leta y’u Rwanda isaba guhabwa umutekano wihariye, nyuma y’uko imaze igihe igirirwa nabi n’abaturanyi bayo yemeza ko batifuza ko itura muri ako gace. Ba nyir’imiryango imaze igihe ijujubywa, bavuga ko bageze muri kariya gace […]

Umuntu n’Imana rwambikanye; Amaherezo yabaye ayahe?

1200px-gowy-icaro-prado_1598016559625.jpg

Ikiremwamuntu cyahawe ubushobozi bwo gutegeka ibindi biremwa, byaba ibihumeka n’ibidahumeka. Gusa bitewe n’iterambere kigenda kigeraho, hari ubwo cyumva bidahahije, aho kigatangira gutegura ibitarabaho, ibyo twakwita iby’indengakamere. Kigerageza kubikora (ibisa no gushoza urugamba ku murwanyi utoroshye na gato, rukambikana), yewe kikabona ko biri hafi gutungana ariko amaherezo bikarangira bipfuye, hakaba ubwo nacyo kibigendeyemo, hamwe ‘umutego mutindi […]

Ibivugwa kuri Mpandeshatu ya Bermuda, abenshi bizera ko ari irembo rijya ikuzimu

Mpandeshatu ya Bermuda (Bermuda Triangle) hari n’abayita Mpandeshatu y’Ikibi (Devils ‘Triangle) ni agace kari mu Nyanja rwagati ya Atlantic. Ni agace gahuza Miami, Bermuda na Puerto Rico. Inyandiko nyinshi zivuga ibitandukanye kuri aka gace k’amayobera bivugwa ko kamaze kuburiramo amato arenga 50, indege 20. Hari n’abagera kure bakavuga ko aka gace ari irembo ryinjira mu […]

Umuvugizi w’ishyaka ‘DALFA Umurinzi’ yasabiwe gukurwa mu bafashwa na FARG

Umuyobozi w’Akerere ka Ngororero, Ndayambaje Godefroid, yasabiye umuvugizi w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, DALFA Umurinzi, Mahoro Jean, gukurwa ku rutonde rw’abagenerwabikorwa b’ikigega gifasha abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, FARG. Ubu busabe bugaragara mu ibaruwa Meya Ndayambaje yandikiye Umuyobozi Mukuru wa FARG tariki ya 23 Nyakanga 2020. Muri yo bigaragara ko habanje kuba inama y’abarokotse […]

Kapiteni wa Manchester United afunzwe azira kurwana na Polisi

Kapiteni w’Ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, Harry Maguire, yatawe muri yombi na Polisi yo mu gihugu cy’u Bugiriki nyuma yo kurwana na yo. Harry Maguire amaze iminsi mu gace ka Mykonos mu gihugu cy’u Bugiriki aho yagiye kuruhukira mu gihe agitegereje ko shampiyona y’Abongereza itangira. Ni nyuma yo gusezererwa na Sevilla FC muri […]

Abarinzi 6 ba Visi-Perezida wa Sudani y’Epfo bishwe

Abarinzi batandatu ba Visi-Perezida wa Sudani y’Epfo, James Wani Igga, barashwe barapfa abandi babiri barakomereka, nyuma y’uko imodoka bari barimo iguye mu gico cy’inyeshyamba zari zayiteze. Ni amakuru yemejwe na Kalisto Lado, umuvugizi wa Visi-Perezida James Igga, mu kiganiro yagiranye na BBC. Yemeje ko byabaye ku mugoroba wo ku wa gatatu w’iki cyumweru. Uwo muvugizi […]

Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be

Umwe mu bapadiri bahoze bakorera umurimo muri Diyosezi Gatolika ya Butare nyuma akaza gusezera, yavuze ko imibereho mibi, kumva amabwire, itonesha ndetse n’icyenewabo bikorwa n’umushumba w’iriya Diyosezi ari byo bikomeje gutuma abapadiri basezera bya hato na hato. Mu Itangazamakuru rya hano mu Rwanda hiriwe inkuru ivuga ko Gasana Fidèle wahoze akorera ubutumwa muri iriya Diyosezi […]