Umwe mu bapadiri bahoze bakorera umurimo muri Diyosezi Gatolika ya Butare nyuma akaza gusezera, yavuze ko imibereho mibi, kumva amabwire, itonesha ndetse n’icyenewabo bikorwa n’umushumba w’iriya Diyosezi ari byo bikomeje gutuma abapadiri basezera bya hato na hato.
Mu Itangazamakuru rya hano mu Rwanda hiriwe inkuru ivuga ko Gasana FidĂšle wahoze akorera ubutumwa muri iriya Diyosezi yasezeranye mu mategeko, nyuma y’ibyumweru bibiri yari amaze asezeye ubusesaridoti. Yasezeraniye ku biro by’Umurenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro, ku wa gatatu tariki ya 19 Kanama.
Amakuru avuga ko Padiri Gasana ari umupadiri wa kane wo muri Diyosezi ya Butare usezeye umurimo w’ubusasaridoti mu myaka irindwi ishize agahita arongora.
Mu kiganiro BWIZA TV yagiranye n’umwe mu bapadiri bahoze bakorera umurimo w’ubusesaridoti muri CathĂ©dral ya Butare nyuma akaza gusezera, yashyize mu majwi Musenyeri Philippe Rukamba w’iriya Diyosezi kuba intandaro yo kuba abapadiri bakomeje kwiyambura ibishura ku bwinshi.
Uyu musesaridoti wakoreye umurimo muri Diyosezi ya Butare imyaka irenga 10, yasobanuye ko iriya Diyosezi igishingwa mu mwaka wa 1962 (yitwaga Astrida), Musenyeri wayo icyo gihe witwaga Yohani Batisita Gahamanyi ngo yakundaga abapadiri, ku buryo yabibonagamo na bo bakamwibonamo.
Impamvu ngo ni uko yabitagaho kuva bakiri abafaratiri, akamenya imiryango yabo ndetse akanamenya buri umwe icyo ashoboye, ku buryo n’uwabaga afite intege nke yageragezaga kumuremamo icyizere.
Cyakora cyo ngo aho Musenyeri Rukamba wamusimbuye aho aziye, ibintu ni bwo byatangiye kuzamba, akemeza ko kuba abapadiri bakomeje gusezera bishingiye ku buryo bw’imibereho y’uriya mushumba.
Uyu mupadiri yagize ati: “Mbona ko igitera kuba abapadiri benshi bakomeje kugenda bacika intege, gishobora kuba gishingiye kuri personnalitĂ© (uburyo bw’imibereho) ya Musenyeri Rukamba butandukanye n’ubwa Musenyeri Gahamanyi.”
Uriya mupadiri wanze ko amazina ye atangazwa yavuze ko mu gihe cya Musenyeri Gahamanyi abapadiri bitabwagaho ntibagire ikintu na kimwe babura, bikajyana n’uko nta waburaga amafaranga yo kwiyitaho abapadiri bahabwa buri kwezi (intĂ©ntion de mĂšsse), ibitandukanye no kuba muri iki gihe bamara n’amezi atatu cyangwa ane badahabwa ayo mafaranga kandi bakeneye kubaho.
Kurikira ikiganiro cyose na Padiri
Padiri yanagarutse ku kuba mu gihe cya Musenyeri Gahamanyi abapadiri baroroherezwaga gukora ingendo, gusa muri iki gihe bakaba bakora urujya n’uruza bibagoye, ibituma bakora ubutumwa batishimye.
Ku ngingo ijyanye n’itonesha ndetse n’icyenewabo, uwahoze ari umupadiri yasobanuye ko Diyosezi ya Butare ikiyoborwa na Musenyeri Gahamanyi abapadiri bahabwaga amahirwe yo kujya kwiga, gusa kuri ubu abayahabwa bakaba ari abaswa kurusha abandi.
Ati: ” Musenyeri Gahamanyi yakoraga uko ashoboye abapadiri bakajya kwiga, yitaye cyane ku bushobozi bafite. Niba umuntu mu iseminari ya Nyakibanda yaragaragaje ubushobozi muri domaine iyi n’iyi, Musenyeri Gahamanyi yamwoherezaga kwiga, akiga ibyo afitemo ububasha n’ubushobozi.”
Yakomeje agira ati: “Mu gihe cya Musenyeri Rukamba, usanga abantu b’abaswa bajya kwiga abari abahanga ntibajyeyo, ukibaza niba icyo ari ikimenyane cyangwa ari igikundiro kiba kiri muri ibyo ngibyo, hanyuma bikaba byaca intege bamwe na bamwe muri ba bandi bakiri abapadiri.”
Mu gihe amakuru avuga ko mu myaka irindwi ishize muri Diyosezi ya Butare hamaze gusezera abapadiri bane, umupadiri waganiriye na BWIZA TV yavuze ko iyo mibare irenga, ngo kuko abamenyekana cyane ari abo kuri Diyosezi (Diosesains), byongeye nawe nta muntu wari uziko yasezeye ndetse ko nabo mu yindi miryango bo batavugwa kandi nyamara nabo biyambura ibishura.
Yavuze ko abapadiri bo mu miryango ya Ă©dition Gatolika iyo basezeye nta wubimenya, agahuza isezera ryabo n’imibereho mibi ndetse n’urwango ruba muri bamwe muri bagenzi babo.
Hari umupadiri atatangaje amazina wavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aje gukorera ubutumwa muri Diyosezi ya Butare, gusa aza kuhavanwa n’ishyari yagiriwe na bagenzi be bigeze kumuraza hanze bamuziza urukundo yagaragarijwe n’abakristu.
Avuga iby’uwo mupadiri yagize ati: “Bamuraje hanze incuro ebyiri kugeza ubwo agiye kuri Polisi gusaba ko Polisi imufasha, Komanda wa Polisi abwira abapolisi ati nimwakire uyu muntu yabuze umutekano baranga, banze ni bwo yafashe icyemezo cyo kwisubirira iwabo muri Congo. Gusubira muri Congo yabuze amafaranga yo kumujyanayo, ayasaba abapadiri babana barayamwima, bagomba guterefona Ambasaderi wa Congo mu Rwanda ngo amuvuganire, ba bapadiri babana baravuga bati ntayo tumuha.”
Icyo gihe ngo Musenyeri ni we wahaye uwo mupadiri itike imugeza iwabo ya 30,000Rwf na 20,000Rwf yo kwifashisha mu nzira.
BWIZA yagerageje kuvugana na Musenyeri Rukamba ngo imenye impamvu abapadiri bo muri Diyosezi ayoboye bakomeje gusezera, gusa ntibyakunda ko dushobora kuvugana.
Cyakora cyo muri Gicurasi uyu mwaka ubwo Padiri Rebero Jean DamascĂšne wari Umujyanama we yasezeraga, Musenyeri Rukamba yabwiye IGIHE ko kuva mu gipadiri bigereranywa no kuba abashakanye batandukanye, ati :âni nkâuko umukobwa yifuza kubana nâumuhungu, bagashakana, hanyuma buhoro buhoro, bikagenda bimurushyaâ.
Kuba abapadiri bakomeje gusezera ku bwinshi yabihuje no kuba âibihe byahindutse kuko abantu banyuze mu ngorane nyinshi ku buryo hari aho bigera kubyakira bikamugoraâ.
Icyo gihe yavuze ko atavuga impamvu uriya mupadiri yasezeye, ati: “Impamvu sinakubeshya, nanazimenye sinazivuga kuko byaba biri hagati ye nanjye.”



66 Responses
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Iyi nkuru ndayigaye pe, NTACYO IMARIYE IGIHUGU CYACU.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
bagutoye ryari kujya uvugira igihugu? Uko ubona ibintu muhuza muli bangahe? ni abantu bangahe bajya baza kukugisha inama nibura mukwezi kuburyo wiyumvamo inararibonye? wisuzume cyangwa utembere i Ndera bagufashe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Uramubwiye kbs bavuga ko utazi ubwenge ashima ub……
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Uramubwiye kbs bavuga ko utazi ubwenge ashima ub……
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
bagutoye ryari kujya uvugira igihugu? Uko ubona ibintu muhuza muli bangahe? ni abantu bangahe bajya baza kukugisha inama nibura mukwezi kuburyo wiyumvamo inararibonye? wisuzume cyangwa utembere i Ndera bagufashe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Iyi nkuru ndayigaye pe, NTACYO IMARIYE IGIHUGU CYACU.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Biragaragara ko iyi nkuru yakozwe n’umuntu utari umunyagaturika Kandi ufite amarangamutima menshi no kubogama. Wagira ngo ibyo yabwiye n’uyu mupadiri wibasiwe n’irari ngo Ni impamo.
Ni gute usezera mu byumweru bibiri gusa ugahita urongora? Yakuyehe amafaranga Kandi avuga ko badahembwa?
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ongeraho ko ku murenge bagomba kubaranga mbere y’iminsi 14 (keretse niba byarahindutse); byumvikane ko uyu wari padiri yapanze ibintu mbere ndetse akiri mu gipadiri kandi ntawabura kuvuga ko hari n’abamufashije kuko bigaragara ko yaje ibyo mu murenge nabyo byaramaze gutegurwa.Ahubwo ni uko mbona Kiliziya gatolika (muri rusange) ishobora kuba yitonda kuko itabakurikirana muri aya makosa baba bakoze; umwanya n’ibyo iba yarabatayeho; none se koko nk’uriya amafaranga yakoresheje mu gusezerana mu murenge yayakuye he kandi avuga ko batahembwaga?uwakurikirana neza yasanga baba bakwiye gukurikiranwa ariko kiliziya ikabyihorera yanga gukururukana no kwishyira ku karubanda kuko nayo ushobora gusanga atari shyashya.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ongeraho ko ku murenge bagomba kubaranga mbere y’iminsi 14 (keretse niba byarahindutse); byumvikane ko uyu wari padiri yapanze ibintu mbere ndetse akiri mu gipadiri kandi ntawabura kuvuga ko hari n’abamufashije kuko bigaragara ko yaje ibyo mu murenge nabyo byaramaze gutegurwa.Ahubwo ni uko mbona Kiliziya gatolika (muri rusange) ishobora kuba yitonda kuko itabakurikirana muri aya makosa baba bakoze; umwanya n’ibyo iba yarabatayeho; none se koko nk’uriya amafaranga yakoresheje mu gusezerana mu murenge yayakuye he kandi avuga ko batahembwaga?uwakurikirana neza yasanga baba bakwiye gukurikiranwa ariko kiliziya ikabyihorera yanga gukururukana no kwishyira ku karubanda kuko nayo ushobora gusanga atari shyashya.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Biragaragara ko iyi nkuru yakozwe n’umuntu utari umunyagaturika Kandi ufite amarangamutima menshi no kubogama. Wagira ngo ibyo yabwiye n’uyu mupadiri wibasiwe n’irari ngo Ni impamo.
Ni gute usezera mu byumweru bibiri gusa ugahita urongora? Yakuyehe amafaranga Kandi avuga ko badahembwa?
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Uwababwiyeko yavuye mu gipadiri kubera Musenyeri Rukamba aba abeshya, burya iyo uri umugabo unavugisha ukuri: ni irari ry’igitsinagore baba bananiwe kwihanganira kandi no kuba padiri bikaba bitari mu muhamagaro wabo. Kwitwaza ngo ntibabona amafaranga nkayo babonaga kubwa Musenyeri Gahamanyi nabyo ni urwitwazo kuko padiri si umukozi ahubwo ni uwihayimana, ahabwa ibimufasha kubaho ibindi oya kuko ntibakorera umushahara, kereka niba barabuze ayo bashyiraga abo bagore babakuramo. Ubuse cesar nyuma yo kuvamo ko disi aribwo nabonye yabaye nabi kubera kubura nutwo duke yagayaga? Mujye muvamo neza mudasebanya nibyo biranga umuntu w’umugabo.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Uwababwiyeko yavuye mu gipadiri kubera Musenyeri Rukamba aba abeshya, burya iyo uri umugabo unavugisha ukuri: ni irari ry’igitsinagore baba bananiwe kwihanganira kandi no kuba padiri bikaba bitari mu muhamagaro wabo. Kwitwaza ngo ntibabona amafaranga nkayo babonaga kubwa Musenyeri Gahamanyi nabyo ni urwitwazo kuko padiri si umukozi ahubwo ni uwihayimana, ahabwa ibimufasha kubaho ibindi oya kuko ntibakorera umushahara, kereka niba barabuze ayo bashyiraga abo bagore babakuramo. Ubuse cesar nyuma yo kuvamo ko disi aribwo nabonye yabaye nabi kubera kubura nutwo duke yagayaga? Mujye muvamo neza mudasebanya nibyo biranga umuntu w’umugabo.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
U Ndumva muri iyi nkuru harimo amarangamutima y’umuntu no kwivuguruza. Ese umuntu aba yarangiye kwiha Musenyeri Cga Imana??? Natumbire iyamuremye izamufasha. Ajya mu gipadiri se yari agiye gushaka ishuri??? Mubushishozi bw’umwepisikopi areba abo yumva bazabishobora, ku bishobora si ubwenge bwo mu ishuri gusa hari nimyitwarire??? Umuntu ananijwe nitonaesha ntiyasezerana nyuma y’ibyumweru 2 avuyemo gusa????????????Ese yaba yararambagije ryari??? Gusa uwasezeye ntiyagenda avuga neza uwo yasezeye ????
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
U Ndumva muri iyi nkuru harimo amarangamutima y’umuntu no kwivuguruza. Ese umuntu aba yarangiye kwiha Musenyeri Cga Imana??? Natumbire iyamuremye izamufasha. Ajya mu gipadiri se yari agiye gushaka ishuri??? Mubushishozi bw’umwepisikopi areba abo yumva bazabishobora, ku bishobora si ubwenge bwo mu ishuri gusa hari nimyitwarire??? Umuntu ananijwe nitonaesha ntiyasezerana nyuma y’ibyumweru 2 avuyemo gusa????????????Ese yaba yararambagije ryari??? Gusa uwasezeye ntiyagenda avuga neza uwo yasezeye ????
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Abaswa nyine nibo bakeneye kwiga! Abahanga se nyine baba biga iki kandi babizi? Ahubwo Musenyeri amenya abo baswa ko aribo bakeneye ubumenyi kurusha abahanga!Uyu mupadiri ntiyize Philosophy ya Socrates? Rukamba niyo ashyira mu bikorwa. Gusa niba hari abashaka kwiga nuko ari abaswa ariko bakaba batabyiyiziho.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Abaswa nyine nibo bakeneye kwiga! Abahanga se nyine baba biga iki kandi babizi? Ahubwo Musenyeri amenya abo baswa ko aribo bakeneye ubumenyi kurusha abahanga!Uyu mupadiri ntiyize Philosophy ya Socrates? Rukamba niyo ashyira mu bikorwa. Gusa niba hari abashaka kwiga nuko ari abaswa ariko bakaba batabyiyiziho.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Abaswa nyine nibo bakeneye kwiga! Abahanga se nyine baba biga iki kandi babizi? Ahubwo Musenyeri amenya abo baswa ko aribo bakeneye ubumenyi kurusha abahanga!Uyu mupadiri ntiyize Philosophy ya Socrates? Rukamba niyo ashyira mu bikorwa. Gusa niba hari abashaka kwiga nuko ari abaswa ariko bakaba batabyiyiziho.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Abaswa nyine nibo bakeneye kwiga! Abahanga se nyine baba biga iki kandi babizi? Ahubwo Musenyeri amenya abo baswa ko aribo bakeneye ubumenyi kurusha abahanga!Uyu mupadiri ntiyize Philosophy ya Socrates? Rukamba niyo ashyira mu bikorwa. Gusa niba hari abashaka kwiga nuko ari abaswa ariko bakaba batabyiyiziho.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ariko nge mbona uburyo amadini akora muli iki gihe bitandukanye n’uko Yezu n’Intumwa ze zabagaho.Bose bajyaga mu nzira bagasanga abantu aho bari mu ngo zabo,bakababwiriza kandi ku buntu,badasaba amafaranga.Yezu yabwiye abigishwa be ati:Mugende mubwirize abantu.Nyamara muli iki gihe,abayoboke b’amadini nibo basanga Pastors na Padiri mu Kiriziya no mu Nsengero.Nkuko Yezu yigishije,ntabwo Kubwiriza bireba gusa Padiri na Pastor.Yohana 14,umurongo wa 12 herekana ko uwo murimo Yezu yawusabye “abamwizera bose”.Yezu yabuzanyije kwiha Titles,ahubwo abakristu bose bakareshya.Biriya bya Bishop,Reverand,Paapa,Padiri,Pastor,etc…,ni ugushaka ibyubahiro.Kandi bijyana n’agafaranga gatubutse.Niyo mpamvu bahora bashwana.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ariko nge mbona uburyo amadini akora muli iki gihe bitandukanye n’uko Yezu n’Intumwa ze zabagaho.Bose bajyaga mu nzira bagasanga abantu aho bari mu ngo zabo,bakababwiriza kandi ku buntu,badasaba amafaranga.Yezu yabwiye abigishwa be ati:Mugende mubwirize abantu.Nyamara muli iki gihe,abayoboke b’amadini nibo basanga Pastors na Padiri mu Kiriziya no mu Nsengero.Nkuko Yezu yigishije,ntabwo Kubwiriza bireba gusa Padiri na Pastor.Yohana 14,umurongo wa 12 herekana ko uwo murimo Yezu yawusabye “abamwizera bose”.Yezu yabuzanyije kwiha Titles,ahubwo abakristu bose bakareshya.Biriya bya Bishop,Reverand,Paapa,Padiri,Pastor,etc…,ni ugushaka ibyubahiro.Kandi bijyana n’agafaranga gatubutse.Niyo mpamvu bahora bashwana.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Iyo nyifato yuwo mu Senyeri iteye insoni nkatwebwe aba kristu catholika ntabwo idushimisha kwumva umuryango w,abakristu uriko urasamburwa nabawushinzwe bakibagira akaranga mutima kubu christu mu Senyeri aharongoye yokwikebuka kuko ngo uwuzi vyishi azobazwa vyishi anamenyeko ivyo dukora nkaba christu haba mugufasha umuryango we kleziya ari kwizina rya ba saseredoti Bose .
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Jewe ndi Umurundi, Ariko kandi ndi Umu kirusu w’Umukatorika. Kuba Umusaseredoti ni ukuba umusuku w’abandi.
Si ivyicaro.
Ngarutse kuri uyo yabivuyemwo, napfe yambaye.
Iyo kwaba ukuri, nawe nu, ntiyishitse aca arongora umugore.
Ahubwo Imana ishimwe ko yagiye kubigirira hanze ntatwandurize ukwemera.
Yajanye n’uwo bahora babokirana muguhumanya ivyeranda.
Iyo namwe mwanditse inkuru, be mugira critique historique kugira inkuru igire agaciro.
Ibi mwanditse jewe ndavyita gurtyoza Ekleziya.
Ahubwo ni babitwarire.
N’?kĂł nyene Ekleziya ari umuvyeyi.
Mukabugira kubandi, bazobapfunga kabisa.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Jewe ndi Umurundi, Ariko kandi ndi Umu kirusu w’Umukatorika. Kuba Umusaseredoti ni ukuba umusuku w’abandi.
Si ivyicaro.
Ngarutse kuri uyo yabivuyemwo, napfe yambaye.
Iyo kwaba ukuri, nawe nu, ntiyishitse aca arongora umugore.
Ahubwo Imana ishimwe ko yagiye kubigirira hanze ntatwandurize ukwemera.
Yajanye n’uwo bahora babokirana muguhumanya ivyeranda.
Iyo namwe mwanditse inkuru, be mugira critique historique kugira inkuru igire agaciro.
Ibi mwanditse jewe ndavyita gurtyoza Ekleziya.
Ahubwo ni babitwarire.
N’?kĂł nyene Ekleziya ari umuvyeyi.
Mukabugira kubandi, bazobapfunga kabisa.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Iyo nyifato yuwo mu Senyeri iteye insoni nkatwebwe aba kristu catholika ntabwo idushimisha kwumva umuryango w,abakristu uriko urasamburwa nabawushinzwe bakibagira akaranga mutima kubu christu mu Senyeri aharongoye yokwikebuka kuko ngo uwuzi vyishi azobazwa vyishi anamenyeko ivyo dukora nkaba christu haba mugufasha umuryango we kleziya ari kwizina rya ba saseredoti Bose .
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Nyuma yo gukurikirana iyinkuru yose ndabona ntakwiriye kuyitaho umwanya.
Nonese niba yimana amafaranga ukaba waduhaye urugero rw’uwahawe ubufashe urumva urimukuri?
Reka dutekereze nanone turebe ukuntu umuntu asezera kubera amafaranga nyuma yibyumweru 2 agasezerana, wenda sinzi ikiraka wabonye ariko amafaranga wakoresheje bigaragarako wayakuye aho waruri (mubupadri), nibindi byinshi. Ariko ndagirango twibukiranyeko Kiliziya igira inzego koko niba waragize ikibazo ntukivuge kubashinzwe kukitaho wowe ugatoroka ubundi urumva ndashaka kujijisha abantu unikura mubimwaro?
Butare twayibayemo kd tuzi byinshi icyo ushaka ukivuge werure ariko ugende neza utanduranyije.
Koko “uhiriye munzu ntaho adapfunda imitwe”
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Nyuma yo gukurikirana iyinkuru yose ndabona ntakwiriye kuyitaho umwanya.
Nonese niba yimana amafaranga ukaba waduhaye urugero rw’uwahawe ubufashe urumva urimukuri?
Reka dutekereze nanone turebe ukuntu umuntu asezera kubera amafaranga nyuma yibyumweru 2 agasezerana, wenda sinzi ikiraka wabonye ariko amafaranga wakoresheje bigaragarako wayakuye aho waruri (mubupadri), nibindi byinshi. Ariko ndagirango twibukiranyeko Kiliziya igira inzego koko niba waragize ikibazo ntukivuge kubashinzwe kukitaho wowe ugatoroka ubundi urumva ndashaka kujijisha abantu unikura mubimwaro?
Butare twayibayemo kd tuzi byinshi icyo ushaka ukivuge werure ariko ugende neza utanduranyije.
Koko “uhiriye munzu ntaho adapfunda imitwe”
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ikigaragara cyo uyu mupadri yavuyemo atishimye Kandi haribyo atumva neza Kandi ikindi mubyavuga harimo irari ryintu kuko ujya kwiyemeza gusezerana nanyagasani utagamije ibyo byose avuga ikindi yibukeko nomumasezerano basezerana harimo ubukene so yikwitwaza musenyeri
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Abapadiri babadiyoseze/ diocesan priest ntabwo basezerana ubukene
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Abapadiri babadiyoseze/ diocesan priest ntabwo basezerana ubukene
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ikigaragara cyo uyu mupadri yavuyemo atishimye Kandi haribyo atumva neza Kandi ikindi mubyavuga harimo irari ryintu kuko ujya kwiyemeza gusezerana nanyagasani utagamije ibyo byose avuga ikindi yibukeko nomumasezerano basezerana harimo ubukene so yikwitwaza musenyeri
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ni gute umuntu ava mugipadiri agahita akora ubukwe??mwarangiza ngo Ni Rukamba ubitera??niwe wamufashije gushaka c??ahubwo musiga musahuye kiliziya!!
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ni gute umuntu ava mugipadiri agahita akora ubukwe??mwarangiza ngo Ni Rukamba ubitera??niwe wamufashije gushaka c??ahubwo musiga musahuye kiliziya!!
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ni gute umuntu ava mugipadiri agahita akora ubukwe??mwarangiza ngo Ni Rukamba ubitera??niwe wamufashije gushaka c??ahubwo musiga musahuye kiliziya!!
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ni gute umuntu ava mugipadiri agahita akora ubukwe??mwarangiza ngo Ni Rukamba ubitera??niwe wamufashije gushaka c??ahubwo musiga musahuye kiliziya!!
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Tuzi neza amahano yagiye akorwa naba bihayimana babasenyeri mubihe bishize ndetse bafashe iyambere mugusenya abanyarwanda sibitangaza ko nabiriya yabikora ariko na none ababapadiri sabumuhamagaro pe kuko uwaguhamagaye ninawe ugushoboza mbex namayobera masa ahubwo umuryango mugari wabakristu dusenge ubudasiba kuko yba Protestants cg Catholic twes twaraziwe
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Tuzi neza amahano yagiye akorwa naba bihayimana babasenyeri mubihe bishize ndetse bafashe iyambere mugusenya abanyarwanda sibitangaza ko nabiriya yabikora ariko na none ababapadiri sabumuhamagaro pe kuko uwaguhamagaye ninawe ugushoboza mbex namayobera masa ahubwo umuryango mugari wabakristu dusenge ubudasiba kuko yba Protestants cg Catholic twes twaraziwe
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ntibyoroshye kbs
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ntibyoroshye kbs
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndahamya ko utari n’umupadiri, ariko nagirango nkubwire ko kuba wibasiye uwasizwe amavuta na nyagasani bitazakugwa amahoro.wibuke Dawudi igihe yari mu buvumo Sawuli akamusangamo. Yaravuze ati sinakoza ikiganza cyanjye ku wasizwe na nyagasani.kandi kwiha Imana bitandukanye no kwiha umuntu. Niba koko warihaye Imana gabanya indoro yawe ireba abandi, kuko ndabona ubutaha uzibagirwa nawe ubwawe wisebye. Nta mupadiri ushobora kuvuga amagambo nkayawe. Amagambo menshi nkayawe arakabije. Reka gusebanya muvandimwe.ibyubahiro ushaka ni iby’isi. Urakabije sinabona icyo nkubwire.ngirango niba warashimye Gahamanyi wagombye gukurikiza urugero rwe ukazatabaruka gitwari nkawe.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndumva ntabyinshi nabona mvuga kuko uriya mupadiri ibyo yavuze sinamuhinyura cg ngo mbyemeze ntago menyana n’abapadiri cyane. Gusa ndibaza,abamushinja irari, mbese diocese ya Butare niyo ibamo irari ryinshi kuruta ahandi?
Abagumamo se nibo bihangana batagira irari?? Mwica imanza rwose pe kuko njye ndabazi banaheheta kurusha abalaĂŻcs.
Ikindi njye nzi rwose abapadiri bamwe bagira abacopines, kuba yahita ashaka si igitangaza kuko kurambagira ntagihe cyategetswe cyabyo rwose. Naho ibyo byabo mu miryango bashwana hagati yabo, ndumva iyo nkuru,ibyo uko byakabaye byarabaye muri paroisse yacu rwose,habamo abapadiri, uko badahuje nationalitĂ©s ninako batumvikana, ariko umwera ubamo ngo niwe ubazonga(amakuru mpabwa n’abitozaga kwiha Imana, bamwe bikabatera no gusezera umuryango bataragera aho bakora amasezerano). Itonesha ntimurihakane na hato rwose hari aho rigaragara.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ndumva ntabyinshi nabona mvuga kuko uriya mupadiri ibyo yavuze sinamuhinyura cg ngo mbyemeze ntago menyana n’abapadiri cyane. Gusa ndibaza,abamushinja irari, mbese diocese ya Butare niyo ibamo irari ryinshi kuruta ahandi?
Abagumamo se nibo bihangana batagira irari?? Mwica imanza rwose pe kuko njye ndabazi banaheheta kurusha abalaĂŻcs.
Ikindi njye nzi rwose abapadiri bamwe bagira abacopines, kuba yahita ashaka si igitangaza kuko kurambagira ntagihe cyategetswe cyabyo rwose. Naho ibyo byabo mu miryango bashwana hagati yabo, ndumva iyo nkuru,ibyo uko byakabaye byarabaye muri paroisse yacu rwose,habamo abapadiri, uko badahuje nationalitĂ©s ninako batumvikana, ariko umwera ubamo ngo niwe ubazonga(amakuru mpabwa n’abitozaga kwiha Imana, bamwe bikabatera no gusezera umuryango bataragera aho bakora amasezerano). Itonesha ntimurihakane na hato rwose hari aho rigaragara.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ahaaa ndumva aha harimwo no guharabika kiliziya kandi amafaranga siyo yatuma usezera. Ikindi ntabwo abapadiri atora bajya kwiga sabaswa ahubwo nibo baba babikwiye nahubundi ibyo uvuga nibinyoma. Ngewe nagusabye penetensiya urayinyima kandi umaze kuyiha abandi umbwira ko ntaraye nkuteguje. Hari nabandi wayimye. Gusa niba gushaka arumuhamagaro wawe wisebya umushumba wa butare
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ahaaa ndumva aha harimwo no guharabika kiliziya kandi amafaranga siyo yatuma usezera. Ikindi ntabwo abapadiri atora bajya kwiga sabaswa ahubwo nibo baba babikwiye nahubundi ibyo uvuga nibinyoma. Ngewe nagusabye penetensiya urayinyima kandi umaze kuyiha abandi umbwira ko ntaraye nkuteguje. Hari nabandi wayimye. Gusa niba gushaka arumuhamagaro wawe wisebya umushumba wa butare
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Kuba Mgr Gahamanyi yaritaga ku bapadiri be byo nibyo. Yaheraga bakiri muri Virgo Fidelis. Birashoboka ko Rukamba abibagirwa. Ni aho ruzingiye. Nta mupadiri w’umukene kuko iyo voeix ntayo bagira. Mens sana in corpore sano.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Kuba Mgr Gahamanyi yaritaga ku bapadiri be byo nibyo. Yaheraga bakiri muri Virgo Fidelis. Birashoboka ko Rukamba abibagirwa. Ni aho ruzingiye. Nta mupadiri w’umukene kuko iyo voeix ntayo bagira. Mens sana in corpore sano.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
N’ubwo ijwi ry’uwo wavuye mu gipadri barinize ngo tutamumenya, turamuzi. Byari byaramunaniye. No mu iseminari nkuru yigeze guhabwa igihano, tukagira ngo azisubiraho, birangira byanze.
Ubupadri bwaramunaniye, niyicecekere.
Abandi bahuje ikibazo cy’ubukene, ko batavuyemo?!
Ntimumiragure ibyo yavuze
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
N’ubwo ijwi ry’uwo wavuye mu gipadri barinize ngo tutamumenya, turamuzi. Byari byaramunaniye. No mu iseminari nkuru yigeze guhabwa igihano, tukagira ngo azisubiraho, birangira byanze.
Ubupadri bwaramunaniye, niyicecekere.
Abandi bahuje ikibazo cy’ubukene, ko batavuyemo?!
Ntimumiragure ibyo yavuze
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ikintu cyantangaje muri iyi nkuru ni ukuntu uriya wiswe padiri yari ashishikajwe n’amafaranga n’amashuri n’ibyubahiro n’ibindi bitandukanye n’ibyifuzo by’Umusaseridoti nyawe, birababaje pe biteye agahinda twizere ko ntawundi muntu uri kwitwa padiri afite imyumvire nk’iriya. Umusaseridoti nyawe yakagombye gushishikazwa no gutagatifuza abakiristu kandi akagira n’izindi qualities z’umuntu wihaye Imana. Ikindi kandi n’ibyo yakoze bigaragaza neza ko yari atandaraje kuko kurongora mu minsi 14 gusa avuye mu gipadiri bigaragaza ko yiteguye ubukwe kuva kera ntabwo yabwiteguye muri ibyo byumweru 2 gusa. Nyricyubahiro Musenyeri agerageze gukora evaluation y’imirimo yari ashinzwe azahure ibyo uwo witwaga padiri yasize azambije
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ikintu cyantangaje muri iyi nkuru ni ukuntu uriya wiswe padiri yari ashishikajwe n’amafaranga n’amashuri n’ibyubahiro n’ibindi bitandukanye n’ibyifuzo by’Umusaseridoti nyawe, birababaje pe biteye agahinda twizere ko ntawundi muntu uri kwitwa padiri afite imyumvire nk’iriya. Umusaseridoti nyawe yakagombye gushishikazwa no gutagatifuza abakiristu kandi akagira n’izindi qualities z’umuntu wihaye Imana. Ikindi kandi n’ibyo yakoze bigaragaza neza ko yari atandaraje kuko kurongora mu minsi 14 gusa avuye mu gipadiri bigaragaza ko yiteguye ubukwe kuva kera ntabwo yabwiteguye muri ibyo byumweru 2 gusa. Nyricyubahiro Musenyeri agerageze gukora evaluation y’imirimo yari ashinzwe azahure ibyo uwo witwaga padiri yasize azambije
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Kuba yaravuyemwo birakwiye…urumva fiancĂ© yari amurindiriye. Ni atangure ubundi butumwa neza ntibuzohave bumunanira ngo atange ikindi kiganiro. Ibanga ryama riremereye…Nico gituma baryita ibanga…ihamagarwa…witavye rero ntiwitaba Musenyeri…ntanubwo ico kiganiro kiba gikenewe…ndibuka umucardinali yigeze kurongora(kuvugako agira arongore)…ngira yari yananijwe n’a Papa. Haha tugire inkomezi zo kwemera ivyadushikiye…
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Kuba yaravuyemwo birakwiye…urumva fiancĂ© yari amurindiriye. Ni atangure ubundi butumwa neza ntibuzohave bumunanira ngo atange ikindi kiganiro. Ibanga ryama riremereye…Nico gituma baryita ibanga…ihamagarwa…witavye rero ntiwitaba Musenyeri…ntanubwo ico kiganiro kiba gikenewe…ndibuka umucardinali yigeze kurongora(kuvugako agira arongore)…ngira yari yananijwe n’a Papa. Haha tugire inkomezi zo kwemera ivyadushikiye…
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ese buriya wategura ubukwe minsi 15 usezeye.Yabiteguye cyera ahubwo ubakuriye yabuze ubusesenguzi be kubona ko padiri ari mu mipango yo gusezera.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Ese buriya wategura ubukwe minsi 15 usezeye.Yabiteguye cyera ahubwo ubakuriye yabuze ubusesenguzi be kubona ko padiri ari mu mipango yo gusezera.
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
YEZU YOHEREZA INTUMWA 72 MU BUTUMWA, YAZIHAYE AMABWIRIZA YO KUTAGIRA IBYO BITWAZA BYABARANGAZA MU MURIMO WA GITUMWA. ATI URUGO MUZAGERAMO MUZAGIRE MUTI, AMAHORO AMAHORO KU MURYANGO WOSE. ABAZASETA IBIRENGE MUKUBUMVA MUZABASIGIRE UMUKUNGUGU UVUYE
MU NKWETO ZANYU.
UBUSASERIDOTI NI ISAKARAMENTU RISABA IKENURABUSHYO RYEGERA ABAKIRISITU(PASTORALE DE PROXIMITĂ). KUJYA KUBA PADIRI SI UKUJYA GUCUKURA GISEMENT DE CUIVRE, DIAMANT, MANGANĂSE, COBALT, URANIUM, ZINC, COLTAN, MERCURE, WOLFRAM, OR, TANTARITE … KWIHA IMANA NTABWO ARI UKUBA MITIMIBUNGA. SI UKUGIRA UN EMBARRAS DE CHOIX… BABONA ISHA ITAMBA … BATI MYR GAHAMANYI J.B YATANGAGA FACILITES. BIRASHOBOKA KUKO KERA KIRIZIYA GATORIKA YABONAGA INKUNGA ZIVUYE HANZE KU BWINSHI. NGIZO ZA MISEREOR YO MU BUDAGE, CARITAS INTERNATIONALIS, GEMECA, RAPTIM(INDEGE YA KIRIZIYA)… BYOSE UBU KIRIZIYA GATOLIKA NYAFRIKA IGOMBA KWISHAKAMO IBISUBIZO BINYUZE MU MIRYANGO REMEZO Y’IBANZE(COMMUNAUTĂ ECCLĂSIALE DE BASE). RERO NGO MWANGE WIMWANGISHA ABANDI… NIBA ARI UMUNTU UTAGENDERA KU MARANGAMUTIMA YA MUNTU, MYR PHILIPPE RUKAMBA ARIMO. MURAKOZE CYANE. MUGOBOKANSHURO EPHREM
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
YEZU YOHEREZA INTUMWA 72 MU BUTUMWA, YAZIHAYE AMABWIRIZA YO KUTAGIRA IBYO BITWAZA BYABARANGAZA MU MURIMO WA GITUMWA. ATI URUGO MUZAGERAMO MUZAGIRE MUTI, AMAHORO AMAHORO KU MURYANGO WOSE. ABAZASETA IBIRENGE MUKUBUMVA MUZABASIGIRE UMUKUNGUGU UVUYE
MU NKWETO ZANYU.
UBUSASERIDOTI NI ISAKARAMENTU RISABA IKENURABUSHYO RYEGERA ABAKIRISITU(PASTORALE DE PROXIMITĂ). KUJYA KUBA PADIRI SI UKUJYA GUCUKURA GISEMENT DE CUIVRE, DIAMANT, MANGANĂSE, COBALT, URANIUM, ZINC, COLTAN, MERCURE, WOLFRAM, OR, TANTARITE … KWIHA IMANA NTABWO ARI UKUBA MITIMIBUNGA. SI UKUGIRA UN EMBARRAS DE CHOIX… BABONA ISHA ITAMBA … BATI MYR GAHAMANYI J.B YATANGAGA FACILITES. BIRASHOBOKA KUKO KERA KIRIZIYA GATORIKA YABONAGA INKUNGA ZIVUYE HANZE KU BWINSHI. NGIZO ZA MISEREOR YO MU BUDAGE, CARITAS INTERNATIONALIS, GEMECA, RAPTIM(INDEGE YA KIRIZIYA)… BYOSE UBU KIRIZIYA GATOLIKA NYAFRIKA IGOMBA KWISHAKAMO IBISUBIZO BINYUZE MU MIRYANGO REMEZO Y’IBANZE(COMMUNAUTĂ ECCLĂSIALE DE BASE). RERO NGO MWANGE WIMWANGISHA ABANDI… NIBA ARI UMUNTU UTAGENDERA KU MARANGAMUTIMA YA MUNTU, MYR PHILIPPE RUKAMBA ARIMO. MURAKOZE CYANE. MUGOBOKANSHURO EPHREM
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Nibyoo nirari riba ribuzuye umubiri wose bakananirwa kwemera into basezeranye ubuNdi nigute umuntu arambarara asezĂ©rana yarangiza NGO mbivuyemo ese kontawe turumva wavuyemo NGO acuruze niba Atari irari kuki Bose birukanyira mugushaka abagoree n’ubundi babikurikiranye wasanga n’ubundi izongeso yajyaga azikora muminsi yarari kwiyoberanya ngwarakora ubutumwa
Uwari padiri muri Diyosezi ya Butare yavuze icyihishe inyuma y’isezera rya bagenzi be
Nibyoo nirari riba ribuzuye umubiri wose bakananirwa kwemera into basezeranye ubuNdi nigute umuntu arambarara asezĂ©rana yarangiza NGO mbivuyemo ese kontawe turumva wavuyemo NGO acuruze niba Atari irari kuki Bose birukanyira mugushaka abagoree n’ubundi babikurikiranye wasanga n’ubundi izongeso yajyaga azikora muminsi yarari kwiyoberanya ngwarakora ubutumwa