Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi

Sangiza iyi nkuru

Uko ikiremwamuntu cyagiye gitera imbere bijyanye n’umuvuduko w’Isi ni nako cyagiye gihinduka mu mikorere no guhanga udushya twinshi maze aho ikoranabuhanga rya interineti riziye birushaho ku buryo ryatumye hari bimwe mu bikorwa bikorerwaho bitajya bivugwaho rumwe. Aha tukaba tugiye kuvuga ku rukundo rwo kuri murandasi (online love) bamwe bemeza ko rudashoboka abandi bakavuga ko rubaho ndetse bamwe ukumva banitangira ubuhamya bwababayeho.

Tumenyereye gukoresha imbuga nkoranyambaga nka Facebook, Instagram, Twitter, tutibagiwe WhatsApp n’izindi aho duhurira n’abantu batandukanye tukamenyana tukaba inshuti, bamwe bwa bucuti bukazanabaviramo urukundo, ndavuga urukundo ruba hagati y’abantu babiri badahuje igitsina kugeza bashakanye bakibaruka. Gusa hari izindi mbuga zizobereye mu gushakira abantu abakunzi akaba ari nayo ntego zashingiwe.

Twifashishije ubushakashatsi butandukanye ku mbuga nka ‘top10.com’ na ‘onlinedating.com’ twakusanyije imbuga 10 ku Isi zabigize umwuga mu guhuza abashaka abakunzi ndetse zikaba zibyungukiramo amafaranga atari make.

10. Plenty Of Fish (POF)

Uru ni rumwe mu mbuga zamamaye mu guhuza abantu bashaka abakunzi kuva rwashingwa bwa mbere mu 2003 muri Canada rushinzwe n’uwitwa Markus Frind, kugeza ubu abasaga miliyoni 80 bakaba bakoresha urubuga mu gushakisha abakunzi babo bazabana ubuzima bwabo bwose. Uru rubuga ruhuza abantu bashaka abakunzi ariko bifuza urukundo nyarwo rwo gushinga urugo, rukaba rwibanda ku bari mu kigero cy’imyaka 30 na 55. Kugirango ushyirwe kuri ‘pof.com’ wishyura 10.68$ ku kwezi mugihe cy’amezi umunani.

9. Okcupid

Urubuga ‘okcupid.com’ ni urubuga rwashinzwe na kompanyi IAC y’Abanyamerika mu 2004 kugirango rufashe abashakisha abakunzi bakoresheje iyakure rukaba rufite na ‘application’ yarwo. Mu kuguhuza n’umukunzi uhuje n’umutima wawe hagenderwa ku makuru uba waratanze ujya kwiyandikishaho, ni ukuvuga ibyo ukunda, imyaka ufite, igitsina ndetse n’aho uherereye. Kwiyandikishaho ho ni ubuntu, rukaba rufasha abasore n’inkumi bari hagati y’imyaka 25 na 45.

8. Be Naughty

Uru ni urubuga rukaba na ‘application’ rufasha abasore n’abakobwa bari hagati y’imyaka 25 na 45 bifuza gukundana ariko benshi mu baba kuri uru ruuga ntago baba bifuza urukundo rufite intego ahubwo baba bashaka abo kwishimishanya bya vuba nko gutera akabariro ubundi bakazatandukana cyangwa bakanahita batandukana. Uwifuza gufashwa binyuze kuri uru rubuga yishyura 0.99$ ku munsi akaba ashobora kujya yishyura buri munsi cyangwa agafata ifatabuguzi (subscription) ry’icymweru, ukwezi cyangwa amezi atatu hakabaho kugabanyirizwa ibiciro hakurikijwe igihe yasabye.

7. Black People Meet

Uru ni urubuga rwashinzwe mu mwaka wa 2002 mu gace kitwa Chandler muri Leta ya Arizona (USA). Bikunze kubaho ko iyo umwirabura ari mu mahanga yifuza umwirabura mugenzi we ngo bubake ubucuti muri icyo gihugu baba barimo. Uru rero ni urubuga rugenewe gufasha umwirabura wifuza gukundana n’umwirabura mugenzi we aho rumufasha kubona abandi bagenzi be baba bari hafi y’aho aherereye kugeza rukabahuza kugeza ubwo agize uwo biyumvanamo. Uramutse ukeneye gufashirizwa kuri uru rubuga wishyura $18.99 ku kwezi cyangwa ukishyura $69.99 ku ifatabuguzi ry’amezi atandatu.

6. Our Time

Uru rukaba rufasha abagabo bakuze batagira abagore n’abagore batagira abagabo ku myaka 50 kuzamura, cyangwa undi waba akiri muto ariko akaba yifuza uwo bakundana ukuze kugirango ajye amugira inama no kugira ubundi bumenyi amwungura bujyanye n’ubuzima. Kujya kuri uru rubuga wishyura 7.49$ ku kwezi.

5. Siliver Singles

Uru ni urubuga rwatangijwe mu 2002 rwitwa ‘PrimeSingles’ ruza guhindura izina mu 2011 rukaba rufitwe mu maboko n’abagabo batandatu bayobowe n’umunyamerika Greg Liberman. Rufasha abantu bari mu myaka 50 kuzamura badafite abo bakundana ahasigaye nabo bakabona abo bifuzaga ubundi bakishimana nabo ubuzima busigaye bwose. Gushyrwa kuri uru rubuga wishyura $27.95 ku kwezi, ushobora gufata ifatabuguzi ry’umwaka.

4. Match

Uru ni urubuga rukunzwe cyane rukorera mu bihugu bisaga 50 ku isi rukaba rufite icyicaro muri Texas muri Amerika n’ibiro byarwo mu mijyi itandukanye nka Tokyo, San Francisco na Beijing rukaba rwarashinzwe na kompanyi ya Match Group mu 1995, ruyobowe n’umuherwe Gary Kremen. Rufasha abantu bari hagati y’imyaka 25 na 55 aho kugirango uhabwe serivisi zarwo wishyura $19.99 ku kwezi, ushobora no gufata ifatabuguzi ry’umwaka wose.

3. Eharmony

Iyi ni application ikaba n’urubuga yashinzwe mu 2000 ikaba ifite icyicaro i Los Angeles muri California. ikoreshwa cyane aho nibura mu minota 15 umuntu aba amaze kubona uwo barushingana abifashijwemo nayo. Hamwe n’ibibazo ubazwa mugihe uri kwiyandikishaho, nibyo bifasha ba nyir’iyi application kuguhitiramo uwo muberanye ahasigaye mugahuzwa urukundo rufite intego rugashinga imizi. Kuyifashirizwaho wishyura $29.95 ku kwezi, ugashobra gufata ifatabuguzi (subscription) ry’amezi atandatu. Iyite n’urubuga rwayo ‘eharmony.com’ ho ukaba wishyura $6.97 ku kwezi.

2. Elites Singles

Yashinzwe mu 2009 na kompanyi yitwa Spark Networks. Uru rubuga rufatwa nk’urw’abantu b’intiti kuko 85% by’abarubaho bose ni abafite amashuri ahanitse, ibi bikaba bifasha umuntu wifuza umukunzi bari ku rwego rumwe mu mashuri cyangwa bakora akazi kari ku rwego rumwe. Wifuza gufashwa narwo wishyura $31.95 ku kwezi, ukaba wanakira ifatabuguzi ry’umwaka, rwakira abari hagati y’imyaka 30 na 55.

1. Zoosk

Yashinzwe n’abagabo babiri, Shayan Zadeh na Alex Mehr muri 2007 muri Leta ya California kugeza ubu ikaba iyoborwa na Kelly Steckelberg aho ifite icyicaro mu Mujyi wa San Francisco. Abarenga milliyoni 40 usanga bakoresha iyi application kandi ugerageje kuyisura usangaho ubuhamya bw’abantu benshi yagiye ifasha ubu bakaba barubatse zigakomera.nta kindi bisaba ngo wibonere umukunzi kuri Zoosk usibye kuba uri hagati y’imyaka 25 na 45 ubundi akajya wishyura $12.50 wabishaka ugafataho ifatabuguzi ry’umwaka wose.

Soma Izindi Nkuru

66 Responses

    1. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
      Ndashaka umukunzi umukobwawinzobe mwiza muremure cyanecyane abayeyaroze

    2. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
      Ndashaka umukunzi umukobwawinzobe mwiza muremure cyanecyane abayeyaroze

  1. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka umukobwa twabana ariko akaba avuka mumajyaru y.urwanda

    1. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
      Nshaka umukunzi ukuze ufite nkimyaka 40 kuzamura0784684052

    2. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
      Nshaka umukunzi ukuze ufite nkimyaka 40 kuzamura0784684052

    3. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
      Nifuza umwigeme mwiza du mû Nyarwandakazi kandi yifise acanke akora yanahejeje ama shure nanje ndumurundi watsap yanje ni +25769355331

    4. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
      Nifuza umwigeme mwiza du mû Nyarwandakazi kandi yifise acanke akora yanahejeje ama shure nanje ndumurundi watsap yanje ni +25769355331

    5. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
      Ndashaka umukunzi ark umusore utuje ukunda gusenga winzobe warangije kwiga I’m virgin girl I have 22 years I’m Rwanda girl this my WhatsApp number 0725162089 or 0791428714

    6. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
      Ndashaka umukunzi ark umusore utuje ukunda gusenga winzobe warangije kwiga I’m virgin girl I have 22 years I’m Rwanda girl this my WhatsApp number 0725162089 or 0791428714

  2. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka umukobwa twabana ariko akaba avuka mumajyaru y.urwanda

  3. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndumunyarwanda kazi mfite 22years I’m virgin ndashaka umukunzi umusore utanywa inzoga umukunda gusenga yararwngije amashuri winzobe cg imibiri yombi muremure bitaricyane this my WhatsApp number 0791528714or 0725162089 ark Afite gahunda yo gushaka vuba

  4. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndumunyarwanda kazi mfite 22years I’m virgin ndashaka umukunzi umusore utanywa inzoga umukunda gusenga yararwngije amashuri winzobe cg imibiri yombi muremure bitaricyane this my WhatsApp number 0791528714or 0725162089 ark Afite gahunda yo gushaka vuba

  5. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    ndashaka umukunzi urihejuru yimyaka 30 nange niyompfite ufite amafaranga ngendi mu uganda biciyemo naza namber yange ni 0742597722

  6. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    ndashaka umukunzi urihejuru yimyaka 30 nange niyompfite ufite amafaranga ngendi mu uganda biciyemo naza namber yange ni 0742597722

  7. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka umugore ukuze aho Yaba arihoc mwamundangira bikunze

  8. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka umugore ukuze aho Yaba arihoc mwamundangira bikunze

  9. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    ndashaka” umugore “ukuze” “mwamushacyira”
    <>ahoyaba
    atuyehoc

  10. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    ndashaka” umugore “ukuze” “mwamushacyira”
    <>ahoyaba
    atuyehoc

  11. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka umugore ufite amafaranga, Mba Bujumbura, mfite imyaka 23, numéro yannjye ya WhatsApp+25762913085

  12. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka umugore ufite amafaranga, Mba Bujumbura, mfite imyaka 23, numéro yannjye ya WhatsApp+25762913085

  13. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka umukobwa mwizawinzobe ubyibushye kdi ufite akazi kareta urugero umwarimu 0788571965 whatsapp

  14. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka umukobwa mwizawinzobe ubyibushye kdi ufite akazi kareta urugero umwarimu 0788571965 whatsapp

  15. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka Umukunzi ufite imyakz21 0737891619,,0793857477

  16. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndashaka Umukunzi ufite imyakz21 0737891619,,0793857477

  17. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndifuza umukunzi ukujijwe Arko ushaka kubaka urugo

  18. Urutonde rw’imbuga zizobereye mu guhuza abakunzi
    Ndifuza umukunzi ukujijwe Arko ushaka kubaka urugo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *