Ubwoko 5 bwâibiribwa byongera ubushake nâuburyohe bwâimibonano mpuzabitsina
Abashakashatsi mu byâimirire bashyize hanze ibiribwa 5 bitari bimenyerewe mu kongera uburyohe ndetse n’ubushake bwo gutera akabariro mu buzima bw’abashakanye. Dore ibyo biribwa: Inyama yâiroti Inyama yâiroti burya iza ku mwanya wa mbere mu ikorwa ryâamasohoro ari naho akenshi uzasanga abaganga bategeka abagabo bahuye nâikibazo cyâibura ryâamasohoro ngo bajye birira inyama yâiroti. Kurya inyama yâiroti […]
Gicumbi : Ku myaka 19, yakoze porogaramu inoza imicururize yâamata
Mugiraneza Abdullah wo mu murenge wa Rutare mu karere ka Gicumbi, amaze guca uburiganya nâurwikerwe rwarangwaga hagati yâaborozi, abacunda batwara amata nâamakusanyirizo ; abakorera uburyo bahanahana amakuru binyuze mu ikoranabuhanga. Uyu musore wâimyaka 19 ntiyize mu mashuri ahambaye kuko yize amwe bita nayini, kuri GS Kirwa mu murenge wa Rutare, nyuma aza gukomereza i Save […]
Nicki Minaj mu rukundo rushya nâumuraperi Nas
Ibimenyetso birimo amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranya mbaga, agaragaza Nas asoma Nicki Minaj, nibyo byahereweho na benshi bemeza ko uyu muraperikazi yaba yabonye umusimbura wa Meek Mill mu rukundo. Mu minsi ishize nibwo amakuru yakwirakwiye hirya no hino ko Minaj yamaze gutandukana bidasubwirwaho na Meek Mill, ku mbuga nkoranyambaga za Meek Mill ntihasibaga amagambo agaragaza […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru yiyemeje kunganya ingufu za gisirikare nâiza Amerika
Perezida Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru yiyemeje gushyika ku ntego igihugu cyihaye yo kunganya ingufi za gisirikare na Leta zunze ubumwe za Amerika. Yatangaje ibi nyuma yaho Koreya ya Ruguru yari imaze kurasa igisasu cyo mu bwoko bwa misile cyaciye hejuru yâu Buyapani, iyo misile ngo ikaba ariyo ya mbere Koreya ya Ruguru yarashe […]
Amerika : Umupolisi wâumuzungu wakurikiranwagaho kwica umwirabura yagizwe umwere
Umuzungu wahoze mu gipolisi mu ntara ya Missouri yagizwe umwere ku byaha yari akurikiranyweho ko yishe umugabo w’umwirabura amusashe inshuro eshanu nyuma yo kumukurikira n’imodoka. Umucamanza yahanaguyeho iki cyaha cyâubwicanyi Jason Stockley ku rugero rwa mbere. Uyu mugabo yahoze muri polisi ariko nyuma arimuka ajya i Houston amaze kuva muri icyo gipolisi cya St Louis […]
Nashatse umugabo anyizeza ko asiramuye, tugeze mu buriri nsanga yarambeshye- Nkore iki?
Ni amezi 3 maze nshakanye nâumugabo wanjye ariko umuriro uri kwaka mu rugo, icya mbere umugabo wanjye yanyiyemeyeho mbere yâuko dusezerana, ambwira ko afite ubushobozi kugeza ubwo mu bukwe ari njye washyizemo amafaranga menshi, yanyumvishaga ko nyuma yâubukwe ho icyumweru azabona amafaranga menshi. Kugeza ubu namaze kumenya amakuru yâuko yambeshyaga aho yambwiraga azayakura naraperereje nsanga […]
Impunzi 18 zâAbarundi zishwe zirashwe na polisi muri Congo Kinshasa
Ubutegetsi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko nibura impunzi 18 zapfuye zirashwe n’abashinzwe umutekano, mu burasirazuba bw’iki gihugu . Abantu benshi bakomeretse igihe polisi n’abasirikare barasaga ku mpunzi zari mu myigaragambyo, zamagana umugambi wo kuzitahukana. Byabaye ku wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri 2017, I Kamanyola mu ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Izi mpunzi […]
Burundi: Su-ofisiye (Ex FAB), Vénérand Ndabambarire yashimuswe
Adjudant-Chef VĂ©nĂ©rand Ndabambarire wo mu gisirikare cyâu Burundi wanagihozemo mbere yâamasezerano yo mu 2005 (EX FAB) yashimuswe nâabantu batazwi, umuryo we ukaba ufite impungenge zâubuzima bwe. Abo mu muryango wâuyu musirikare, bavuga ko baheruka guca iryera Ndabambarire ku wa Gatatu, bakavuga ko imodoka yamutwaye ari ikoreshwa nâinzego zishinzwe iperereza mu Burundi. Ikinyamakuru RPA, bwiza.com ikesha […]
Kwizera Pierrot yavuze imyato Diarra Ismailla wagarutse muri Rayon Sports
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports no mu ikipe yâigihugu yâu Burundi ‘Intamba mu Rugamga’, Kwizera Pierre uzwi ku izina rya âPierrotâ, aravuga ko yishimiye kugaruka kwâigihanganjye, umukinnyi utagereranywa, Ismailla Diarra, wagarutse mu ikipe yahozemo. Ibi yabitangaje nyuma yâimyitozo ya mbere ya Diarra muri iyi kipe kuva yagaruka kuyikinira, yabaye kuri uyu wa […]
Inama zâubukwe ngo zabaye izo gukusanya amafaranga aho kuba ibitekerezo
Inteko Nyarwanda yâururimi nâumuco(RALC) iratanga inama yo gusubiza inama zâubukwe mu muryango aho kuzigira izisa nâizigamije gukusanya amafaranga yo gukoresha mu bukwe. Kwirarira nibyo biza ku isonga iyo uganiriye na benshi ku ntandaro yo kuba bamwe bategura ubukwe badafitiye ubushobozi. Bamwe mu baganiriye na Royal tv bavuga ko inama zâubukwe zâubu zisigaye ziterana mu rwego […]
Isabukuru nziza Mzee wa Kazi- Ubutumwa Gen. Muhoozi yageneye se âMuseveniâ
Ubwo Perezida Museveni yizihizaga isabukuru ye yâamavuko, abantu benshi batandukanye bagiye bamwoherereza ubutumwa bamwe babucishije ku mbuga nkoranyambaga bayimwifuriza, muri abo hakaba harimo nâumuhungu we wâimfura. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba nâumuhungu wâimfura wa Museveni, yagize ati âIsabukuru nziza musaza wâinararibonye âmzee wa kaziâ. Uyu musore wanakomeje ubutumwa bwe asabira […]
Imvugo ugomba kugendera kure mu gihe uri mu rukundo
Burya urukundo ni ihurizo gusa ryorohera uwabyitwayemo neza ni nayo mpamvu usanga ahanini hari amagambo ushobora gukoresha uganiriza umukunzi wawe ugasanga abaye ipfundo ryo kubatanya aho kuzana akanyamuneza mu rukundo. Mwe muri ayo magambo ni: 1.Mpa Amahoro Iri jambo rikunzwe gukoreshwa nâumuntu warambiwe umukunzi we akabura uko yamukurira inzira ku murima cyangwa se amukekaho kumuca […]
RDC: Abasirikare ba Leta barashe urufaya rwâamasasu mu mpunzi zâAbarundi, hapfa abasaga 25
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ni uko abasirikare ba Leta (FARDC) baba barashe urufaya rw’amasasu mu nkambi yâimpunzi âKamanyola transit campâ ibarizwamo izâAbarundi. Nkâuko aya makuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, n’ubwo inzego zitandukanye muri Congo zitari zagira icyo ziyavugaho, ngo abantu bari hagati ya 25 na 31 nibo bacyekwa kuba bahasize […]
Inyandiko za Miterrand zashimangira uruhare rwâu Bufaransa muri Jenoside ntizashyirwa ahabona mbere yâimyaka 25 apfuye
Inama yâigihugu ishinzwe kurengera Itegeko Nshinga n’andi mategeko mu Bufaransa yateye utwatsi ubusabe bwâumushakashatsi w’Umufaransa Franà §ois Graner wifuzaga kumenya uburenganzira Dominique Bertinotti afite bwo kwanga ko inyandiko zâibyaranze ibikorwa bya Perezida Franà §ois Mitterand zishyirwa ahagaragara, hakamenyekana uruhare iki gihugu cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda. Kuri uyu wa 15 Nzeri 2017, nibwo […]
Abaminisitiri bahawe uturere bazitaho basabwa kudusura byibura rimwe mu kwezi no gutanga raporo
Minisitiri wâIntebe Dr Ngirente Edouard yagennye abayobozi bazafasha uturere, batureberera mu gukurikirana no kwihutisha ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta. Ni mu ibaruwa Minisitiri wâIntebe yageneye ba minisitiri nâabayamabanga ba Leta yo ku wa 15 Nzeri 2017, ibamenyesha ibijyanye na gahunda yo gukurikirana Uturere. Ibiri muri iyi baruwa byamenyeshejwe Perezida wa Repubulika, Umuyobozi w’Umujyi […]
Europa League 2017-2018: Umunsi wa mbere waranzwe nâibitego 64
Ibitego byarumbutse cyane mu mikino yo ku munsi wa mbere wa UEFA Europa League, yabaye kuri uyu wa 14 Nzeri 2017, igiteranyo cyâibitego byinjiye kigera kuri 64. Muri iri rushanwa rya Europa League rya 2 kuri UEFA Champions League rikinirwa ku mugabane w’ u Burayi ritegurwa na UEFA, amakipe yartsindaguranye ku wa kane w’iki cyumweru. […]