DRC: Biyemeje gutegura amatora y'umukuru w'igihugu nta nkunga y'amahanga bahawe
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iratangaza ko iigiye gukora amatora yâumukuru wâigihugu itifashishije inkunga zâamahanga nkuko byahoze mu myaka yashize. Muri Congo amatora yâumukuru wâigihugu ateganijwe ku wa 23 Ukuboza 2018. Umuvugizi wa Leta Lambert Mende yabwiye AFP ko igihugu gifite amafaranga ahagije yo gutegura amatora ku buryo batazakenera inkunga zâibindi bihugu. Yagize […]
Kuba âInkubito yâicyezaâ bijyana no kugira uburyo nâimitekerereze izana impinduka nâibisubizo â Jeannette Kagame
â Kuba âInkubito yâicyezaâ si ukugira ubumenyi gusa, ahubwo bijyana no kugira uburyo nâimitekerereze izana impinduka nâibisubizo ababyeyi, igihugu cyanyu nâumugabane turimo, tubatezeho â ibi ni ibyatangajwe nâumufasha wâumukuru wâigihugu, Jeannette Kagame I Nyamagabe mu muhango wo guhemba abana bâabakobwa bâabanyeshuri bitwaye neza mu bizamini bisoza amashuri abanza, icyiciro rusange, amashuri yisumbuye nâamashuri yâubumenyi-ngiro mu […]
Abakobwa babiri bafashwe na nyina basambanya umurambo wa se
Umugore yafashe abakobwa be babiri, uwâimyaka 18 na 21 bagerageza gusambanya se wari umaze umwanya muto apfuye. Aba bakobwa bafatiwe mu ishyamba rya Californie muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu bakaba barahamwe nâicyaha cyo gushaka kwishimisha ku murambo bawushinyagurira, bakaba barakatiwe igifungo cyâimyaka 15. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Africanews, gitangaza ko aba bakobwa ubwo bagezwaga […]
Sudani yâEpfo: Umugandekazi wakoraga mu biro bya visi perezida yirukanwe nyuma yo gutahurwa
Umugandekazi witwa Animu Risasi Afekuru, bivugwa ko yabonye ubwenegihugu bwa Sudani yâEpfo mu buryo bunyuranyije nâamategeko, kuri uyu wa Mbere yirukanwe mu buryo butunguranye aho yakoraga mu biro bya visi perezida, Gen. Taban Deng. Ibi bikaba byabaye nyuma yâiperereza ryakozwe nâitangazamakuru ryo muri Sudani yâEpfo rigasanga ibiro byo ku rwego rwo hejuru mu gihugu byarakoreshaga […]
Ubuzima bwa Kidum Kibido buri mu mazi abira
Umuhanzi wâicyamamare ukomoka mu Burundi, Nimbona Jean Pierre uzwi ku izina rya Kidum, yitangarije ko ubuzima bwe buri mu kaga. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, Kidum yavuze ko yahawe uburozi nâabanzi be badashaka ko abaho. Ati “Ndi mu byago, ndakeka ko naba narahawe uburoziââ . Kidum yavuze ko abanzi be bashatse kumwivugana kuva kera […]
Amerika yirukanye Abadipolomate 60 b'u Burusiya
Ku wa Mbere tariki ya 26 Werurwe 2018, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yategetse ko abahagarariye u Burusiya muri Amerika bagera kuri 60 birukanwa. Ibi bije nyuma y’uko u Burusiya bushinjwa kuroga uwahoze ari maneko wâu Burusiya, Sergei Skripal nâumukobwa we Yulia mu gihugu cyâu Bwongereza. Gusa u Burusiya buhakana ko […]
Mu Rwanda, turacyakomeje kubaka uburezi budaheza kandi bufite ireme- Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame akaba nâumuyobozi mukuru wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, avuga ko mu Rwanda hashyizwe imbere uburezi budaheza. Ku munsi wa kabiri wâIhuriro ryiswe âNext Einstein Forumâ ririmo kubera i Kigali, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Werurwe 2018, rifite insanganyamatsiko igira iti ‘kubaka umusingi w’ubukungu bushingiye ku bumenyi’, Perezida Kagame […]
Ubutumwa bugenewe abanyeshuri mu bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 24
Uruhare rwa mbere rwâuburezi mu gukumira jenoside ni ukwigisha abana bâAbanyarwanda kwitandukanya burundu nâingengabitekerezo ya jenoside, bagasobanurirwa impamvu yo kwibuka no guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 banazirikana ubutwari bwâingabo za RPF-Inkotanyi zahagaritse iyo jenoside mu Rwanda nâabandi babaranzwe nâibikorwa byâindashyikirwa nkâAbarinzi bâIgihango. Ibi akaba ari ibikubiye mu butumwa minisiteri yâuburezi yageneye abanyeshuri […]
Abadipolomate b'Abarusiya bagera mu 100 bamaze kwirukanwa mu bihugu bitandukanye
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yafashe icyemezo cyo kwirukana abadipolomate 60 bâ u Burusiya. nyuma y’aho ibihugu nka Canada, u Bwongereza, u Bufaransa, u Butaliyani n’ibindi..nabyo byirukanye abadipolomate b’u Burusiya. Washington yifatanije nâinshuti zayo zo mu muryango NATO mu rwego rwo gufatira ibihano Moscou, nyuma yâigitero cyâintwaro zâuburozi kuri Sergei Skripal […]
Rulindo: Babiri bafatanywe hafi toni ya gasegereti bikekwa ko yibwe
Polisi yâu Rwanda mu Karere ka Rulindo yataye muri yombi abagabo babiri bafashwe bafite ibiro 800 bya gasegereti bikekwa ko yari yibwe mu ruganda rwa Rutongo Mines. Abatawe muri yombi kuri ubu bafungiye kuri station ya polisi ya Ntarama mu gihe iperereza rikomeje. Nkâuko byatangajwe nâumuvugizi wa polisi mu Ntara yâAmajyaruguru, CIP Hamdun Twizeyimana, abo […]
Sanura Sandra, ubyara Diamond yisize mukorogo asubira bwana- AMAFOTO
Sanura Sandra Kassim ni umubyeyi ubyara umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, uyu mubyeyi agendeye ku ukwamamara kwâumuhungu we, na we akomeje kugaragara mu itangazamakuru nâudushya. Hashize igihe gito uyu mubyeyi ashakanye nâumusore aruta benshi bagereranya nkâumwana na nyina. Amafoto yâuyu mubyeyi yisize mukorogo, akaba arimo gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, yahinduye indoro no mu maso […]
Nyamasheke: Abiciwe ababo muri jenoside biyunze nâababiciye none barakataje mu iterambere
Abaturage bagera kuri 400 barimo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi nâababiciye ababo bateye intambwe ikomeye yâubumwe nâubwiyunge, bavuga ko nyuma yo kwiyunga bakabana mu mahoro byabagejeje no ku yindi ntambwe ikomeye yâiterambere. Baganira nâitangazamakuru, abaturage bo mu murenge wa Kagano, umwe mu mirenge 4 yahujwe nâumuryango wâabakoranabushake baharanira amahoro (AVP), bavuze ko mbere yâuko uyu muryango […]