OMS iraburira ibihugu bihana imbibi na RDC kubera icyorezo cya Ebola cyahagaragaye
Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) utangaza ko waburiye ibihugu icyenda bihana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragayemo icyorezo cya Ebola, ko byafata ingamba kare byirinda ko cyabigeramo. Uyu muryango utangaje ibi mu gihe muri Congo hongeye kugaragara abantu bafashwe n’iki cyorezo cya Ebola, ariko ko hakiri kare ngo kibe cyakwira cyane mu […]
Imana yakuremanye ubutware ariko ukwiriye kubukoresha neza
« Abamarayika si bo Imana yahaye gutegeka isi izabaho, iyo tuvuga » (Abaheburayo 2: 5.) Umugambi w’ Imana ku muntu ubwo yamuremaga, kwari ukugira ategeke byose (Itangiriro 2:15-20), ariko umuntu yategetse umwanya muto nyuma akoze icyaha ategekwa na byose. Imana iramubwira ngo uzategekwa n’umuruho, uzarya ututubikanye, n’inyamaswa zo mugasozi ziramuhindukirira kandi ari we wazise amazina […]
Video: Karoti ishobora gukiza zimwe mu ndwara – Dore imimaro 5 uramutse uyiriye
Umupolisi yafashwe y'ibye inka n'ihene abitwara muri pandagari
Video: Umuturage aratakambira Perezida Kagame amusaba kumurengera
Indege nini yambere yahururiwe n'abasaga ibihumbi 20.000
Abahanzi 5 bapfuye amarabira bari ku rubyiniro mu mwaka wa 2017
Mu mwaka wa 2017 hari byinshi byabaye mu myidagaduro hirya no hino ku Isi, gusa bimwe muri byo ntibizibagirana bitewe n’uburemere bwa byo, aha turavuga ku bahanzi babuze ubuzima bwabo mu gihe bahaga ibyishimo abafana babo. 1.Bishnu Bhakti Phuyal Uyu yari umuhanzi mu bijyanye no gukina amakinamico (Drama) ukomoka mu gihugu cya Nepali, Ku wa […]
Umugabo yasinze aryama mu muhanda arindwa n'imbwa ye – Amafoto
Nyuma yo kujya mu kabari agafata kuri ka manyinya (inzoga) akarenza urugero, umugabo ukomoka mu gihugu cya Colombia yafotowe aryamye mu muhanda imbwa ye ariyo imurinze. Uyu mugabo utatangajwe amazina amaze gufatwa na manyinya yafashe umwanzuro wo kuryama mu muhanda abuza ibinyabiziga n’abandi bantu bakoreshaga uwo muhanda cyane ko n’uwahirahiraga kumwegera imbwa ye yendaga kumucamo […]
Rulindo: Inkuru irambuye ku musirikare wishe umugore bafitanye abana batatu
-Amakimbirane amaze igihe: Kudahahira urugo, guheza umugore kuri Konti,kugurisha inzu rwihishwa, guta urugo. -Urupfu rwa Akimana rwamenyekanye nyuma y’amasaha 12 yishwe. -Aho yafatiwe, niho akomoka, afiteyo imitungo Muri iki cyumweru havuzwe inkuru y’umusirikare Cpl Nsengimana Janvier wishe umugore we Akimana Claudine babyaranye gatatu, amuciye umutwe. Uyu musirikare yahise atoroka, ariko aza gufatirwa mu murenge wa […]
Umwami Mswati wa III ufite abagore 15 ni muntu ki?
Leta y’u Burundi irikanga Hussen Radjabu ko yahungabanya umutekano mu gihe cy’amatora
Minisiteri y’umutekano mu Burundi, itangaza ko yafashe imodoka 10 zo mu bwoko (camionnette-double cabine) n’amapikipiki 27 by’umunyapolitiki, Hussen Radjabu ngo ushaka guhungabanya umutekano w’igihugu. Iyi Minisiteri itangaza ko Hussen Radjabu wahoze ayoboye ishyaka CNDD FDD ubu uri mu buhungiro, ibi binyabiziga yari yarabiteganyirije kuzabikoresha ahungabanya umutekano w’u Burundi muri ibi bihe bitegura amatora ya kamarampaka […]
Umuhanzi wifuza kurongora umuherwe Zari, yanejejwe no kumubona mu rusengero
Ku cyumweru tariki 6 Gicurasi 2018, Zari Hassan yagaragaye mu rusengero rwa gikirisitu kandi bizwi ko atigeze asezera mu idini ya Isilamu, ibi bikaba byahuriranye n’amagambo yari amaze iminsi avuzwe n’umuhanzi, Ringtone ko aramutse yegeye Yesu byamumara intimba yatewe na Diamond. Kuva Zari yatandukana na Diamond, uyu muhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana ntiyahwemye kugaragariza Zari […]
Dore ibyiza byo kurya imbuto z’amapapayi buri munsi
Ipapayi n’ibirikomokaho ni umumuti ushobora kukurinda kuba warwara zimwe mu ndwara zikomeye nka kanseri, uburwayi bwo mu maraso, igifu ndetse n’izindi. Dr Joseph Mercola w’umunyamerika akaba n’inzobere mu bijyanye n’imirire, avuga ko ipapayi ari urubuto rwiza ruzwiho kugira uburyohe bwinshi kandi rikaba rikungahaye kuri Vitamin A, C na D. Ipapayi ni urubuto rwunganira urwunganongogozi kuko rigira […]
Mu mezi atatu, Leta imaze gutanga asaga miliyoni 346 mu gukemura ibibazo byatewe n’ibiza
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, avuga ko Leta imaze gutanga miliyoni zirenga 346 mu mezi atatu ashize zo gukemura ibibazo bitandukanye byatewe n’ibiza bikomoka ku mvura yaguye mu buryo budasanzwe. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo ku wa Gatanu 11 Gicurasi 2018, Minisitiri Ngirente yavuze ko aya mafaranga yakoreshejwe mu kugoboka abasenyewe amazu, gutanga ubufasha bw’ibanze ndetse […]
Rubavu: Minisitiri w’Intebe yahumurije abanyeshuri bagizweho ingaruka n’ibiza mu Iseminari yo ku Nyundo
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yatangarije abanyeshuri bo mu Ishuri ryisumbuye rya Seminari Nto yo ku Nyundo, riherereye mu karere ka Rubavu, Intara y’I Burengerazuba, ko Leta y’u Rwanda izakomeza kubaba hafi nyuma yo kugirwaho ingaruka n’ibiza. Ku wa Gatatu tariki ya 9 Gicurasi 2018, ubwo Minisitiri w’Intebe yasuraga Seminari Nto yo ku Nyundo, akerekwa […]
Gicumbi: Imodoka ebyiri zafashwe mu ijoro zipakiye magendu
Polisi mu karere ka Gicumbi ku wa Gatatu tariki 9 Gicurasi 2018, yafashe imodoka ebyiri zo mu bwoko bwa Toyota Corona zipakiye ibicuruzwa bya magendu n’inzoga zifatwa nk’ibiyobyabwenge mu Rwanda.  Hafashwe imodoka ifite nimero za pulake UAQ 639K n’indi ifite pulake RAA 251N; izi modoka zikaba zarafatiwe mu kagari ka Rugerero, mu murenge wa Mukarange. […]
Umuhanzi Meddy yerekeje muri Tanzania mu kiganiro cyiswe ‘Ala za Roho’
Umuhanzi Ngabo Medard yatangaje ko uyu munsi tariki ya 11 Gicurasi 2018, araba ari mu kiganiro cyiswe ‘Ala za roho’ bivuga ‘ibikoresho bya roho’ kuri Radiyo na Televiziyo ‘Clouds’ mu gihugu cya Tanzaniya. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Meddy yavuze ko muri iki kiganiro araza kuba ari kumwe n’umukobwa ukunzwe muri Tanzaniya, Diva The […]
Nyabihu: Umuyobozi w’akarere n’umwungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage beguye
Umuyobozi w’akarere ka Nyabihu, Uwanzwenuwe Théoneste n’uwari amwungirije ashinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Mukansanga Clarisse, beguye ku kazi ku mpamvu bavuga ko ari izabo bwite. Nk’uko Flash radio &tv, dukesha iyi nkuru ibitangaza, ngo aba bayobozi bombi ubwegure bwabo bukozwe ku mpamvu zabo bwite, by’umwihariko uyu Mukansanga Clarisse muri Mata akaba yaravuzweho kwanga gufata urumuri rw’icyizere ubwo akarere [Nyabihu] […]