Malawi: Hari ubwoko bwoza abapfuye bukifashisha amazi bogejwe mu gutegura amafunguro

Mu gihugu cya Malawi, hari ubwoko bw’abantu bitwa aba Chewa, bazwiho kuba iyo umwe mu babugize apfuye ari umuco ko umurambo we ubanza wozwa, hanyuma amazi bawogesheje akifashishwa mu guteka amafunguro. Umurambo wogerezwa ahantu hatagarifu, bigakorwa bawukata umuhogo hanyuma bakawusukamo amazi. Aba Chewa bari mu bwoko bw’aba Bantu biganje mu bihugu byo muri Afurika yo […]

Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 43

img-20200831-wa0030.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 31 Kanama 2020 yatangaje ko abandi bantu 43 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 4763 byafashwe. Aba barimo 36 bahuye n’abanduye mu masoko ya Kigali. Hari kandi 4 babonetse mu Karere ka Rubavu, 2 babonetse muri Muhanga n’umwe wabonetse muri Gisagara. Abamaze gukira iki cyorezo ni 2013 barimo […]

Abayobozi bamaze igihe kirekire ku mwanya wa Meya ugora benshi

-7814.jpg

Umwanya w’Umuyobozi w’Akarere uzwi nka ‘Meya ufatwa nk’ugoranye cyane kurusha indi yose bitewe n’uko ahanini biba gake kubona uwurambyeho, bikaba bigorana no kubona byibuze n’umara manda y’imyaka itanu. Aha humvikana imvugo ya ‘Tour du Rwanda’ cyangwa se ‘umweyo’ aho humvikanye iyegura ry’umusubirizo ry’aba bayobozi mu bice bitandukanye by’igihugu nk’uko byagenze tariki ya 2 n’iya 3 […]

Abana b’impanga bavukiye amezi atanu muri Roi Faisal basezerewe

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kamena 2020 mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal habereye umuhango wo gusezerera abana b’impanga bavukiye amezi atanu. Amakuru dukesha urubuga rwa Twitter rw’ibitaro byitiriwe Umwami Faisal avuga ko aba bana bavutse muri Gicurasi ubwo buri umwe yapimaga amagarama 500 gusa. Nyuma y’amezi atatu bari bamaze mu bitaro bitabwaho n’abaganga […]

Rusesabagina ukurikiranweho guhungabanya umutekano w’u Rwanda ni muntu ki?

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 31 Kanama ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha byo guhungabanya umutekano w’u Rwanda binyuze mu mitwe ya MRCD, FLN na PDR Ihumure irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda Amateka ya Rusesabagina Paul Rusesabagina yavutse tariki ya 15 Kamena 1954, avukira i Murama. Akirimuto […]

Yanga Day: Harmonize yigaragarije abafana nka Para-Komando (Amafoto na videwo)

Harmonize yinjiye nk'umusirikare

Umuhanzi Rajabu Abdul Kahali uzwi nka Harmonize cyangwa Konde Boy yatunguye abakunzi ba Yanga amanukira ku migozi nk’abasirikare bo mu kirere yitegura gutaramira abitabiriye igitaramo cy’umunsi wa Yanga cyabereye kuri Benjamin Mkapa Stadium. Ni ibirori byabaye ku munsi w’Ejo ku Cyumweru bibera kuri Benjamin Mkapa Stadium mu mugi wa Dar es Salaam byitabiriwe n’uwahoze ari […]

Kayonza: Polisi yafashe uwiyitaga Lieutenant muri RDF akiba abaturage

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, yataye muri yombi umusore witwa Nkubito Emmanuel wiyitiriraga kuba Leyetona (Lieutenant) mu ngabo z’u Rwanda akabyitwaza yambura abaturage amafaranga. Nkubito mu busanzwe akomoka mu karere ka Gatsibo, akaba yamburaga abaturage amafaranga abaturage babaga batujuje amabwiriza yo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Covid-19 akoresheje amapingu yari afite. […]

Paul Rusesabagina warwanyaga ubutegetsi bw’u Rwanda yatawe muri yombi

whatsapp_image_2018-06-20_at_07.37.08.jpg

Paul Rusesabagina warwanyaga ubutegetsi bw’u Rwanda yatawe muri yombi nk’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ubu afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera. Mu masaha y’igitondo yo kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama ni bwo Rusesabagina yeretswe itangazamakuru aho uru rwego rwavuze ko yafashwe biturutse ku bufatanye bw’u Rwanda n’amahanga. RIB yavuze ko […]

KCCA yanze akayabo APR FC yayihaye ngo iyigurishe myugariro wayo w’Umunyarwanda

Ikipe ya KCCA yo mu gihugu cya Uganda, yanze akayabo ka $50,000 (arenga 48,000,000 Rwf) APR FC yifuzaga kuyiha kugira ngo igurishwe myugariro Kato Samuel Nemeyimana. Uyu musore w’imyaka 21 y’amavuko akomoka i Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, gusa ababyeyi be barimo se w’Umunyarwanda na nyina w’Umunya-Uganda batuye i Kisoro muri Uganda. Yazamuwe mu kipe nkuru […]

Umuhanzikazi Toni Braxton abababazwa no kuba atarasambanye kenshi akiri muto

Toni Braxton Michelle wamamaye mu muziki nka Toni Braxton, yatangaje ko yicuza bikomeye kuba atarakoze kenshi imibonano mpuzabitsina mu gihe cy’amabyiruka ye ndetse ngo anishimishe anywa inzoga nyinshi. Yabitangarije mu kiganiro yahaye The Guardian, aho yagize ati: “Ndicuza kuba ntarasambanye kenshi mu gihe nari nkiri muto. Mba naranyoye inzoga nyinshi. Mba naragiye mu birori byinshi, […]

Karasira Aimable yasobanuye ‘Rya Cwende’ yaririmbye

Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, ku izina ry’ubuhanzi uzwi nka Professor Nigga yasobanuye indirimbo ‘Rya Cwende’ yaririmbye. Tariki ya 24 Kanama 2020 ni bwo iyi ndirimbo yagiye hanze nyuma y’iminsi 10 iyi kaminuza imwirukanye ku mwanya w’ubwarimu. Atangira aririmba ati: “Uwacukuye imisarani, agakurira mu ivangura, ntiyatinya gucukurira, gucukurira imva abazima.” Akomeza […]

Haravugwa urupfu rwa Komanda wa RUD Urunana, Brig. Gen. Kagoma

Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, biravugwa ko Brig. Gen. Mpiranya Léon Cyprien (Kagoma ugaragara ibumoso mu ifoto), umuyobozi w’umutwe wa RUD Urunana urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda yaba wayoboraga umutwe wa RUD-Urunana yaba yarapfuye tariki ya 29 Kanama 2020. Aya makuru ataremezwa n’urwego na rumwe rubifitiye ububasha avuga ko yiciwe mu bitero ingabo za RDC […]

Kayonza: Abantu babiri bo mu murenge umwe biyahuye mu munsi umwe

Umugore witwa Izimungu Divine wo mu karere ka Kayonza, yasanzwe mu mugozi mu cyumba cy’inzu ye yapfuye, nyuma y’amezi arindwi yari amaze arushinze. Byabaye ku cyumweru tariki ya 30 Kanama 2020, ahagana saa Tanu z’amanywa, mu Mudugudu wa Rwagatera mu Kagari ka Kirehe ho mu Murenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza. Umunyamabanga Nshingwabikobwa w’Umurenge […]

Rwanda n’u Burundi, Karega n’Abakongomani mu ngingo zikomeye z’icyumweru

arton153571-1e163.jpg

Icyumweru gishize cyari icya 35 muri 53 bizagira uyu mwaka. Cyatangiye tariki ya 24, kikaba cyarangiye kuri uyu wa 30 Kanama 2020. Cyaranzwe n’amakuru yiganjemo cyane politiki ireba u Rwanda, avuga ku mubano warwo n’amahanga, by’umwihariko mu bihugu by’Akarere birukikije. Bwa mbere kuva umwuka mubi watutumba hagati y’u Burundi n’u Rwanda, abahagarariye ubutasi bahuye Uhagarariye […]