Liverpool nayo bayihannye by’intangarugero_Amafoto

Mu mukino wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza, ikipe ya Liverpool ihanwe by’intangarugero na Aston Villa ibitego birindwi kuri bibiri (7-2). Ollie Watkins wa Aston Villa yatsinze igitego cya mbere ku munota wa 4, arongera atsinda icya kabiri ku munota wa 22 w’umukino. Hashize iminota 11, Mohamed Salah wa Liverpool yishyuye igitego kimwe gusa […]
Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 14

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 4 Ukwakira 2020 yatangaje ko abanduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 14 mu bipimo 1853 byafashwe. Barimo 12 bonetse i Kigali, bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi, 1 wabonetse i Burera, 1 wabonetse Kayonza nâundi w’i Rubavu. Abamaze gukira iki cyorezo ni 3216:barimo 5 bâuyu munsi, abakirwaye bo ni 1621. […]
Kagame mu ndirimbo nshya nyuma yo kwakirwa muri Moriah Entertainment

Nyuma yâindirimbo 3 amaze gushyira hanze zigafata imitima yâabazumvise umuhanzi ukorera muzika yo kuramya no guhimbaza Imana muri Australia Kagame Charles yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise âNaragukunzeâ nyuma yuko ibikorwa bye byatangiye gukurikiranwa na Moriah Entertainment kompanyi yagiye ireberera ibikorwa byâabahanzi batandukanye barimo Aline Gahongayire ,Patient Bizimana , Gaby Kamanzi, Richard Ngendahayo ndetse nâabandi… […]
Man. U imaze kunyagirwa imvura yâibitego
Kuri sitade yayo (Old Trafford), ikipe ya Manchester United imaze kunyagirwa na Tottenham Hotspur imvura yâibitego bitandatu kuri kimwe cyâimpozamarira. Iyi kipe yahawe izina ryâAmashitani atukura ni yo yabanje gufungura izamu ku munota wa kabiri, ubwo umukinnyi wayo Bruno Fernandez yinjizaga mu rushundura penaliti yari ahawe. Nyuma yâiminota ibiri, icyizere cyo gucyura amanota atatu kwa […]
Tshisekedi yoherereje Ndayishimiye ubutumwa yari agenewe mu nama yâi Goma
Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi kuri uyu wa 4 Ukwakira 2020 yohereje intumwa mu Burundi kugira ngo igeze kuri Perezida Evariste Ndayishimiye ubutumwa igihugu cye cyari kigenewe mu nama yagombaga guhuriza Abakuru bâIbihugu byâAkarere mu mujyi wa Goma. Iyi ntumwa ni Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa RDC, Marie Tumba Nzeza uragirira mu […]
Amwe mu mabanga yihariye abayoboye AMERIKA bahishe,perezida wagurishije ibikoresho bya WHITE HOUSE -Video
Burundi: Wa musore nâumukecuru bakoze ubukwe
Iribagiza Olivier wâimyaka 27 yâamavuko na Ndikumagenge Jacqueline wâimyaka 57 yâamavuko kuri uyu wa 4 Ukwakira 2020 bakoze ubukwe nyuma yo guhabwa uburenganzira na Meya wâUmujyi wa Bujumbura. Ubu bukwe bwari kuba tariki ya 26 Nzeri 2020 bwahagaritswe nâumuryango wa Olivier wavugaga ko ari muto cyane kuri Jacqueline. Byatumye ubuyobozi bwiga ku kibazo cyâaba bakunzi, […]
Nyaruguru: L’armĂ©e capture 19 Burundais armĂ©s sur le territoire rwandais
Les Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) ont annoncĂ© ,samedi 3 octobre, que 19 militants burundais armĂ©s de fusils sont passĂ©s illĂ©galement du Burundi au Rwanda. Les combattants, selon RDF, se sont identifiĂ©s comme membres du groupe armĂ© Red Tabara et ont Ă©tĂ© apprĂ©hendĂ©s dans la forĂȘt de Nyungwe, secteur Ruheru du district de Nyaruguru, oĂč […]
Wizkid yibasiye bikomeye Perezida Buhari wifurije Trump gukira Covid-19
Umuhanzi Ayodeji Ibrahim Balogun wamamaye muri Nigeria nka Wizkid yibasiye bikomeye Umukuru wâIgihugu cye Muhamadu Buhari amuhora kwifuriza Donald Trump nâumufasha we gukira icyorezo cya Covid-19 bamaze iminsi mike barwaye. Perezida Buhari yanditse ku rubuga rwa Twitter agira ati: âNdifuriza Perezida wa US, Donald Trump nâumufasha we, Melania gukira vuba kandi neza Covid-19â. Wizkid akimara […]
Iran yaburiye ibihugu byo muri Aziya biri mu mirwano mu gihe yagera ku butaka bwayo
Kuri uyu wa Gatandatu, igihugu cya Iran cyaburiye Ingabo za Armenia na Azerbaijan zirwanira mu karere ka Nagorno-Karabakh ibihugu byombi bitavugaho rumwe kizisaba kwirinda kwinjira ku butaka bwacyo nyuma ibisasu byaguye ku butaka bwacyo hafi yâumupaka. Mu magambo ye Umuvugizi wa Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Saeed Khatibzadeh, yagize ati: “Kwinjira ku butaka bwâigihugu cyacu ku mpande […]
Ubu harabura iki ngo u Rwanda nâu Burundi byongere kubana neza?
Leta yâu Rwanda yatangaje ko ifite ubushake bwo kuzahura umubano wayo nâu Burundi nkâuko na Perezida mushya wâiki gihugu, Evariste Ndayishimiye na we yatangaje ko nâiye ibufite ariko kugeza ubu haracyibazwa ikibura kugira ngo ibihugu byombi byongere kubana neza nk’uko byahoze. Ibibazo byâibihugu byombi bishingiye ku mutekano nkâuko impande zombi zabitangaje mu bihe bitandukanye. Aho […]
Musanze: Yavuye muri koma yari amazemo imyaka itatu asanga imitungo yabo yaratejwe
Uwitwa Ayingeye Leonie umaze imyaka 3 ari muri koma mu Bitaro bya Ruhengeri, yatunguwe no gukanguka agasanga abantu bose bambaye udupfukamunwa ndetse ababazwa no gusanga ahahoze ari iwe haragurishijwe nâumugabo we avuga ko uyu mugore we yapfuye. Ni amakuru aturuka mu Kagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, ahavugwa inkuru yâumugore wavuye […]
RDC: Martin Fayulu arasanga ishingwa rya Komini ya Minembwe yâIcyaro hari ikindi kiryihishe inyuma
Igikorwa cyo guhindura Umujyi wa Minembwe mo komini yâicyaro gukomeje kugarukwaho cyane haba mu banyapolitiki n’abashinzwe imibereho myiza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nkâaho Martin Fayulu uvuga ko kigamije gucamo Congo ibice arimo kucyamagana. Umunyapolitiki Martin Fayulu, perezida wâishyaka rya politiki ryiyemeje guharanira ubwenegihugu nâiterambere (ECIDĂ©), mu butumwa bwashyizwe ku rubuga rwe rwa Twitter […]
Perezida Tshisekedi yongeye gutegura urugendo rwâi Goma nyuma yo kurusubika kenshi
Umukuru wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yongeye gutegura urugendo rwo kujya mu mujyi wa Goma rwo kwitegura inama yâAbakuru bâIbihugu izifashisha ikoranabuhanga rya âvideo-conferenceâ, nyuma yo kurusubika kenshi. Aya makuru yemejwe na Guverineri wâIntara ya Kivu yâAmajyaruguru umujyi wa Goma uherereyemo, Carly Nzanzu Kazivita mu nama yâakanama kâintara yabereye mu mujyi wa […]
Rongora ntarapfa-Ubutumwa bwa nyina wa Diamond ku muhungu we
Ku isabukuru yâamavuko yâicyamamare mu muziki Diamond Platinumz, umubyeyi we Sanura Sandra uzwi nka Mama Dangote yamusabye kurongora undi mugore. Ni ubutumwa yatanze mu kiganiro yagiranye na Wasafi, agaragaza impungenge ko ashobora gupfa umuhungu we atarazana undi mugore. Mama Dangote yagize ati: âIcyo Nsenga cyane ni uko umuhungu wanjye yarongora umugore, wita ku muryango, umugore […]
Buruseli: Mu Banyarwanda 3 baherutse gufatwa umwe afungishijwe akuma kabugenewe
Kuri uyu wa Gatandatu, Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwemeje itabwa muri yombi ry’Abanyarwanda batatu bâAbanyarwanda, Pierre Basabose, Seraphin Twahirwa na Christophe Ndangali, bakurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, batawe muri yombi muri iki cyumweru dusoza bafatiwe mu Bubiligi. Umwe muri bo ari kugenzura hakoreshejwe akuma kabugenewe (bracelet Ă©lectronique), abandi babiri barafunzwe nk’uko byatangajwe […]
Umwamikazi Elizabeth II wâimyaka 94 aracyatwara imodoka_Amafoto

Umwamikazi wâu Bwongereza, Elizabeth II ufite imyaka 94 yâamavuko, aracyafite imbaraga ku buryo ashobora gutwara imodoka. Tariki ya 1 Ukwakira 2020 ni bwo uyu mwamikazi yagaragaye atwaye imodoka ye ya âRanger Roverâ mu mihanda iri mu gace ka Sandringham muri Norfolk.Yari yambaye amataratara, agatambaro ko mu ijosi yagakinze mu mutwe. Ibi Elizabeth II yabikoze nyuma […]
Umuryango wa Habyarimana ushyigikiye Dr. Mukwege ushaka gukurikirana ibya raporo inengwa na leta yâu Rwanda
Umuryango wa Juvenal Habyarimana wabaye Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, ushyigikiye Umukongomani Dr. Denis Mukwege ushaka gukurikirana ibya raporo inengwa na leta yâu Rwanda. Iyi ni âRapport Mappingâ imaze imyaka 10 ishyizwe ku mugaragaro na Komisiyo yâUmuryango wâAbibumbye iharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu, ikaba ivuga ku byaha bikomeye byakozwe nâimitwe yitwaje intwaro nâingabo zâamahanga zirimo izâu Rwanda […]
Ibikomeje kuvugwa muri ADEPR : RGB igiye gushaka abagomba kuyobora- Video
Young Africans yirukanye umutoza Zlatko wari uyimazemo iminsi 37
Ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania ikinamo Kapiteni w’Ikipe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima, yatangaje ko yamaze gutandukana n’umutoza Zlatko Krmpotic wari umaze iminsi 37 ari umutoza wayo mukuru. Mu itangazo ikipe ya Yanga yasohoye, yemeje ko yamaze gutandukana n’uriya mutoza wigeze gutoza APR FC, ariko ku bwumvikane. Itangazo rivuga ko “Young Africans SC ku […]