Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 6

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 25 Ukwakira 2020 yatangaje ko abantu banduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 6 mu bipimo 1282 byafashwe. Barimo 5 babonetse mu mujyi wa Kigali n’undi wabonetse mu Karere ka Nyagatare. Abamaze gukira iki cyorezo ni 4830 barimo 24 b’uyu munsi, abakirwaye bo ni 202. Abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri […]
Abaperezida batanu mu mateka ya Afurika bafatwa nk’abanyagitugu ruharwa kurusha abandi

Umugabane wa Afurika ukunze kwitwa indiri y’abanyagitugu, bijyanye n’ibikorwa byiganjemo ibyibasira inyoko muntu n’ibisubiza inyuma ubukungu byagiye bikorwa n’abenshi mu bamaze imyaka bayobora ibihugu byawo. Hari benshi mu bategetsi ba Afurika bashinjwe kugira igitugu, gusa hari batanu b’ingenzi imbuga nyinshi zihurizaho. 1. Iddi Amin Iddi Amin Dada, yayoboye Uganda hagati ya 1971-1979. Mu gihe cye […]
Bakina Gicuti, APR FC yongeye kunanirwa gutsinda AS Kigali
Ikipe ya APR FC kuri iki cyumweru, yongeye kugwa miswi y’igitego 1-1 na AS Kigali bari bahuriye mu mukino wa gicuti. Ni umukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Aya makipe yombi azaserukira u Rwanda mu mikino Nyafurika (APR FC muri CAF Champions league, AS Kigali muri CAF Confederation Cup), yaherukaga gukina undi mukino […]
Kujya mu Burundi ngo ngiye kuburana byaba ari nko kwiyahura – Buyoya
Pierre Buyoya wahoze ari Perezida w’u Burundi yatangaje ko kujya mu gihugu cye ngo agiye kuburana byaba ari nko kwiyahura kuri we. Ibi Buyoya yabitangarije VOA Afrique nyuma y’aho ubutabera bw’u Burundi bumuhamije n’abandi bantu kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida Ndadaye bukamukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Nyuma y’urwo rubanza, Pierre Buyoya ntiyatinze kugira ibyo […]
Umugore w’uyoboye ADF niwe wafatiwe ku rugamba aho kuba uwa Jamil Mukulu

Indwanyikazi ya ADF iherutse gufatirwa ku rugamba n’umugore wa Musa Seka Baluku, uyoboye uyu mutwe muri iki gihe aho kuba umugore wa Jamil Mukulu wawushinze nk’uko byari byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu na FARDC. Amakuru akosora ayari yatangajwe aturuka mu gisirikare cya Congo niko avuga. Aya makuru agera kuri Actualite.cd avuga ko Safi Adidja wafashwe […]
Le Rwanda parmi les «20 meilleurs endroits pour voyager en 2021» de Forbes
Le Rwanda a fait partie de la liste Forbes des 20 meilleures destinations pour voyager en 2021. Chaque année, Forbes rassemble une équipe d’experts pour classer les 20 meilleures destinations au monde que les touristes peuvent visiter. Cette année, comme l’année dernière, le Rwanda a figuré sur cette liste. Le pays a été choisi par […]
Guverineri wa Banki Nkuru ya Kenya avuga ko yahinduranya imyanya n’uwa BNR bikamenywa na bacye
Umuyobozi wa Banki Nkuru ya Kenya (CBK), Patrick Njoroge, aravuga ko usibye gusa neza na mubyara we, hari n’abandi bajya bamwitiranya na Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa ndetse n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Guinea, Cello Dalein Diallo. Nk’uko tubikesha urubuga rwa Capitalfm.co.ke, ibi Njoroge yabitangaje asubiza umuntu ukoresha twitter witwa Ahmed Mohamed […]
Antoine Kambanda yabaye Umunyarwanda wa mbere ubaye Karidinali
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisco kuri iki Cyumweru, yashyize Antoine Kambanda usanzwe ari Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali muri ba Musenyeri bashya bagizwe abakaridinali. Antoine Kambanda ari muri ba Musenyeri 13 barimo icyenda bari munsi y’imyaka 80 y’amavuko bagizwe aba Karidinali, nk’uko ibiro bya Papa Fransisiko byabitangaje kuri iki cyumweru. Papa yemeje […]
Perezida wa Turkiya yise mugenzi we w’u Bufaransa umurwayi wo mu mutwe
Igihugu cy’u Bufaransa, kuri uyu wa Gatandatu cyatangaje ko cyahamagaje Ambasaderi wacyo muri Turkiya nyuma y’amagambo aherutse gutangazwa na Perezida Recep Tayyip Erdogan yibaza ku buzima bwo mu mutwe bwa mugenzi we, Emmanuel Macron. U Bufaransa na Turkiya, ibihugu byombi bihuriye mu muryango wa NATO bimaze iminsi birebana ay’ingwe binaterana amagambo kubera ibibazo bitandukanye bifitanye […]
Rutahizamu wakiniye Arsenal na Real Madrid yiîse nyina umurozi
Umunya-Togo, Emmanuel Sheyi Adebayor wamenyekanye mu makipe atandukanye akomeye yo ku mugabane w’u Burayi, yigeze gutangaza ko nyina umubyara ari umurozi ndetse ko we na bamwe mu bagize umuryango we bigeze kumucishiriza amarozi bagamije kumwivugana. Adebayor ukomoka ku babyeyi b’abanya-Nigeria, ni umwe mu bakinnyi b’Abanyafurika bahiriwe no gukina mu makipe akomeye ku mugabane w’u Burayi, […]
Perezida Abdelmadjid Tebboune wa Algeria yashyizwe mu kato
Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida wa Algeria, Abdelmadjid Tebboune, yagiye mu kato mu gihe cy’iminsi itanu abisabwe n’itsinda rishinzwe ubuvuzi muri perezidansi nyuma y’uko “abayobozi benshi” bakuru muri perezidansi na guverinoma bagaragaje ibimenyetso bya Covid-19. Iki cyemezo cyo gukumira, mu bihe nk’ibi, gifite ishingiro, nk’uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Perezidansi kubera ibimenyetso bya […]
Rwanda: Kiliziya Gatolika yamaganye abatwerereye Papa gushyigikira abatinganyi
Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira, Kiliziya Gatolika mu Rwanda yamaganye amakuru amaze iminsi avuga ko Umushumba wa Kiliziya ku Isi, Papa Francis, ashyigikiye ko ababana bahuje ibitsina bashyingirwa, ivuga ko ari amagambo Papa yatwererewe. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo hasakaye amakuru avuga ko Papa Francis yatangaje ko ashyigikiye abatinganyi, ngo kuko na […]
Impamvu kwirukana Col Kaka wayoboraga ISO ari inyungu ku Rwanda na Uganda – Opinion

Ngo ntabwo biba ari ugukabya iyo u Rwanda ruvuga ko abantu barushaho guteza umwuka mubi mu mubano warwo na Uganda ari bamwe mu bayobozi bakuru mu nzego z’umutekano z’iki gihugu bifuza guhindura ubutegetsi buriho mu Rwanda. Ibi Abagande bashobora kubyizera kubera ko ku ruhande rw’igihugu cyabo nta wuratangaza ibintu nk’ibi ku Rwanda ku mugaragaro, ibintu […]
Umupolisi wa Uganda narasa umunyabyaha, ategetswe kumuvura
Mu mabwiriza mashya agena imikoreshereze y’imbunda yashyizwe ahagaragara na Polisi ya Uganda tariki ya 23 Ukwakira 2020, havuga ko mu gihe bibaye ngombwa ko umupolisi wa Uganda arasa umunyabyaha ategetswe kumuha ubuvuzi bw’ibanze mu gihe haba hategerejwe imbangukiragutabara yo kumujyana kwa muganga. Nk’uko yabisabwe na Perezida Museveni mu mpera z’ukwezi gushize, Umuyobozi mukuru wa polisi […]
Rubavu: Abantu 8 bashinjwa kwiba isima yubakishwaga amashuri bafashwe
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yataye muri yombi abantu umunani bakekwaho kunyereza isima igenewe kubakisha ishuri rya Kanyundo. Abatawe muri yombi barimo abafundi, abashinzwe ububiko bw’ibikoresho, n’abazamu bashinzwe kurinda ahakorerwa ubwubatsi. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mudende, yemeje aya makuru, yongeraho ko bafashwe bigizwemo uruhare n’abaturage bariye urwara abashinzwe umutekano mu karere bazwi nka DASSO. […]
Afurika: Urutonde rw’abayoboye ibihugu bavuye mu mwuga w’ubwarimu

Abantu benshi bashobora gutekereza ko abayobora ibihugu na za Leta baba baravutse mu miryango ikomeye cyane. Hari n’abadatinya kwemeza ko baba batarakuze nk’abandi gusa si byo kuko muri Afurika hari ingero z’abayoboye ibihugu barahereye hasi. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho urutonde rw’abayoboye ibihugu bya Afurika barahereye mu mwuga w’ubwarimu ufata na benshi nk’usuzuguritse. Ellen Johnson […]
FARDC iravuga ko yafatiye ku rugamba umugore wa Jamil Mukulu washinze ADF
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC kuri uyu wa Gatandatu, itariki 24 Ukwakira cyatangaje ko cyataye muri yombi umugore wa Jamil Mukulu, wari umuyobozi w’umutwe wa ADF ushinjwa kwicwa ibihumbi by’abaturage muri Beni kuva mu myaka itandatu ishize. Amakuru aturuka muri FARDC agera ku rubuga Actualite.cd aravuga ko uyu mugore witwa Safi Adidja, […]
Rusizi: Ubuhamya bw’uburyo mu miryango bahanganye na COVID-19

Nubwo Akarere ka Rusizi kazahajwe cyane na COVID-19 kubera kuhatinda, ibice byako byegereye umupaka wa RDC biri muri guma mu rugo, ibindi bitakarenga, imwe mu miryango ivuga ko yahanganye na yo ku buryo yarinze ihagabanuka bigaragara nta cyo ibatwaye. Mukangarambe Mamu atuye mu mudugudu wa Murambi, akagari ka Gihundwe mu murenge wa Kamembe, avuga ko […]
Gen. Secyugu wari mu bayobozi bakomeye ba FDLR yishwe
Gen. Nsengiyunva Venuste Secyugu wari ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu mutwe wa FDLR-FOCA urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, biravugwa ko yishwe azize amakimbirane amaze iminsi muri uriya mutwe. Umuyobozi wo mu nzego za gisirikare ukorera mu gace Tongo bivugwa ko uriya musirikare yaguyeme, yavuze ko urupfu rwa Jenerali Secyugu rushingiye ku makimbirane amaze igihe muri FDLR […]
Imbere ya Perezida Kagame, Patriots yisubije igikombe cya Shampiyona itsinze REG BBC

Ikipe ya Patriots BBC, yaraye yisubije igikombe cya Shampiyona ya Basketball ya BK Basketball National league, nyuma yo gutsindira ku mukino wa REG BBC imbere ya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Patriots yatwaye igikombe itsinze REG amanota76 kuri 61, mu gihe mu bari n’abategaeugori The Hoops Rwanda yatwaye igikombe itsinze ku mukino wa nyuma IPRC […]