Abantu babiri bishwe na COVID-19, ababarirwa muri 210 barayikira

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu babiri bo mu ntara y’Amajyepfo bishwe n’icyorezo cya COVID-19, ababarirwa muri 59 baracyandura mu gihe abagikize ari 210.
Nyuma ya Kagame, Tshisekedi na we yahawe numéro 9 na Infantino (Amafoto)

Nyuma y’umunsi umwe avuye mu Rwanda aho yagiraniye ibiganiro na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame; Perezida wa FIFA kuri uyu wa Gatandatu yagiriye uruzinduko i Kinshasa aho yabonaniye na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Gatanu ni bwo Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Perezida Gianni Infantino. Urubuga rwa Twitter […]
Musanze: Bamaze amezi 8 baremerewe na Leta amabati, none inzu batuyemo yenda kubagwaho

Umuryango ugizwe n’umugore n’umugabo batuye mu kagari ka Murwa ho mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze, uravuga ko ubuzima bwawo buri mu kaga nyuma yo kwemererwa guhabwa amabati na Leta ariko amaso akaba yaraheze mu kirere. Ku wa Gatanu tariki ya 19 Gashyantare ni bwo BWIZA yashoboye kugera muri ririya rugo rwa Bangiriyinama […]
CAF Confederation Cup: AS Kigali yagarukiye ku muryango w’amatsinda
Ikipe ya AS Kigali yasezerewe mu irushanwa rihuza amakipe yatwaye ibikombe mu bihugu byayo (Total CAF Confederation Cup), nyuma yo kunanirwa gutsindira CS Sfaxien yo muri Tunisia i Kigali. Amakipe yombi yari yahuriye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo mu mukino wo kwishyura, nyuma y’ubanza Abanyamujyi bari batsindiwe i Sfax ibitego 4-1. Igitego cyo ku […]
Kenya: Abakobwa bigaragambije kubera amagi
Abanyeshuri b’abakobwa mu kigo cya Moi muri Kenya, bigaragambije, banga kujya ku ishuri mu gihe kitazwi kuko amagi yakuwe ku ifunguro ryabo. Iyi myigaragambyo yatumye abayobozi bashinzwe uburezi muri Kenya bafunga iri shuri. Abanyeshuri bavuga ko icyemezo cy’ubuyobozi ari ukubabangamira. Aba banyeshuri nanone bihereje imihanda kuko abakozi babaye bake, bigatuma bakora akazi bavuga ko gasuzuguritse, […]
Gen Kainerugaba yakeje ushinjwa uruhare mu kuzambya umubano w’ u Rwanda n’u Bwongereza

Umuyobozi w’Ingabo zidasanzwe za Uganda (SFC) akaba n’Umujyanama mu bikorwa bya gisirikare bidasanzwe kuri Perezida Museveni wa Uganda, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba avuga ko Andrew Mwenda ushinjwa uruhare mu kuzambya umubano w’ u Rwanda n’u Bwongereza ari uwo gushimirwa kuko akorera Uganda atizigama atibagiwe n’abaturanyi. Muri ibi byumweru bishize Leta y’u Bwongereza yagaragaje imyitwarire idasanzwe […]
Vugira umugabo wawe ku nkwano z’umurengera ejo utajya mu rugo rwishwe n’amadeni-Sharon atanga inama
Umugore wamenyekanye nka Thendo Sharon kuri Twitter yagiriye inama abitegura ku rushinga ko umukobwa agomba gufata iya mbere mu kurinda ko umugbabo bagiye kubana acibwa umurengera wa Frw nk’inkwano, ingingo yatuma atangirana amadeni menshi mu rugo rwe rushya. Sharon yibukije abakobwa ko inkwano atari iyo gukungahaza ababyeyi b’umukobwa bityo ko bagomba guhaguruka bakagira icyo bavuga […]
Mineduc yahaye umukoro ababyeyi mbere y’iminsi ibiri ngo amashuri y’i Kigali afungure
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko amashuri mu mujyi wa Kigali azasubukura ku wa Kabiri tariki ya 23 Gashyantare 2020, iha ababyeyi umukoro Ku wa Mbere tariki ya 18 Mutarama ni bwo Minisiteri y’Uburezi yari yafashe icyemezo cyo gufunga amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu mujyi wa Kigali. Ni icyemezo iyi Minisiteri yari yavuze ko yafashe […]
Umunyamakuru ushonje, udashobora kwishyura inzu; ntiwavuga ko afite uburenganzira_Dr Kayumba
Umushakashatsi akaba n’umwarimu muri Kaminuza, Dr Kayumba Christopher, yagaragaje ubushobozi buke n’ubukene nk’imwe mu mpamvu zituma abanyamakuru Nyarwanda batuzuza inshingano zabo uko bikwiye bityo ntibagere ku burenganzira bwabo. Dr Kayumba uri mu barimu b’abahanga bigisha itangazamakuru n’irumanaho igihugu gifite (dore ko arimazemo imyaka 24), yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na BWIZA TV. Ni ikiganiri cyibanze […]
Abaperezida ba Afurika: Ikibazo si ugutinda ku butegetsi, ahubwo batinda bakora iki?

Afurika ni umwe mu migabane igize Isi aho ingeso y’aho abaperezida bamwe b’ibihugu biwugize ” batinda” ku butegetsi, abavuze ko babinenze, bagashushubikanwa, bagahunga rimwe na rimwe abo bategetsi bakabahitana kuko baba bashaka kubavana amata ku munwa (kubafata ku nda). Mu kumvikanisha imvugo “gutinda ku butegetsi” muri iki gitekerezo turagaruka nibura kuri perezida wo muri Afurika […]
Tanzania: Magufuli yavuye ku izima yemera ko COVID-19 ihari nyuma y’igihe ayikerensa
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli, yagaragaje ko asa n’uwemera ko mu gihugu cye hari icyorezo cya COVID-19, asaba abanya-Tanzania amasengesho mashya mu rwego rwo kugihashya. Magufuli yakunze kumvikana avuga ko icyorezo cya Coronavirus ari ibinyoma, ndetse rwagati mu mwaka wa 2020 yatangaje ku mugaragaro ko amasengesho yatumye Tanzania yigobotora kiriya cyorezo, bityo ko […]
Amafoto utabonye ya Jacques Tuyisenge n’umukunzi we mu munyenga w’urukundo

Rutahizamu wa APR FC n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Jacques Tuyisenge, yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Jordin ukomoka mu gihugu cya Uganda. Ku mugoroba wo ku wa Kane hari hagiye hanze amafoto ya Tuyisenge Jacques yateye ivi asaba uriya mukobwa ko yazamubera umugore, gusa amakuru avuga ko Jacques yateye ivi nyuma yo kuva gusezerana imbere y’amategeko. Amafoto […]
Hamenyekanye igihe umurambo wa Ubald uzagerera mu Rwanda n’igihe azashyingurirwa

Umurambo wa nyakwigendera Padiri Ubald Rugirangoga witabye Imana muri Mutarama uyu mwaka, uzagera i Kigali ku wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare nk’uko byatangajwe na Diyosezi Gatolika ya Cyangugu. Ku itariki ya 8 Mutarama 2021, ni bwo Ubald yitabye Imana aguye muri Leta zunze ubumwe za Amerika, azize uburwayi bw’ibihaha yasigiwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19. […]