VIDEO : UBUHAMYA? bushaririye n’agahinda ka Zahara wirukanwe azira kuva mu Idini, yaryamiye amakara
Kumufasha 0783261833
Abacungagereza 177 bazamuwe mu ntera
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame aherutse kuzamura mu ntera abacungagereza 177 bari mu byiciro bitandukanye by’amapeti. Bigaragara mu Iteka rya Perezida No 07/01 ryo ku wa 05/02/2021 riri mu Igazeti ya Leta Idasanzwe yo ku wa 10/02/2021, yaciye ashingiye ku Itegekonshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane mu […]
Nta ambasaderi wemerewe kuva i Kinshasa uko yishakiye
Abahagarariye ibihugu byabo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kimwe n’abahagarariye imiryango mpuzamahanga muri icyo gihugu ntibazongera kuva i Kinshasa bajya mu zindi ntara z’igihugi batabimenyesheje inzego zibishinzwe. Ibyo ni ibyemejwe n’inama ishinzwe umutekano yayobowe kuri uyu wa kabili na Prezida Felix Tshisekedi, nyuma y’iyicwa rya Amabassaderi w’Ubutaliyani, Luca Attanasio. Minisitiri Jean Bosco Lubuga Sebishimbo, […]
Abatazemera impinduka za WhatsApp bazamburwa ububasha bwo kuyikoresha
Tariki ya 6 Mutarama 2021 ni bwo ikigo cya WhatsApp Inc. gifite mu nshingano urubuga rwa WhatsApp cyatangaje ko tariki ya 8 Gashyantare kizakora ivugurura rigamije kunoza itumanaho hagati y’abarukoresha n’ibigo by’ubucuruzi. Aya makuru yaciye igikuba mu bakoresha uru rubuga babarirwa muri miliyari ebyiri, bitewe n’uko baketse ko iki kigo kigiye kujya giha ibi bigo […]
Aba hafi ya Museveni baravugwaho guhabwa urukingo rwa Coronavirus mbere y’abandi ‘bari mu kaga’
Hari amakuru ari kuvugwa ko abambari bari hafi ya Perezida Museveni wa Uganda bashobora kuba barahawe urukingo rwa Coronavirus ruvuye mu ruganda rwitwa Sinopharm mbere y’abandi bantu bizwi ko bari mu kaga ko guhitanwa n’iki cyorezo barimo: abaganga, abakuze, abafite indwara zidakira n’abandi bari mu byiciro by’abo iyi ndwara yogeraho uburimiro. Ikinyamakuru The Wall Streer […]
Umugabo yategetswe kwishyura umugore we indishyi z’akazi ko mu rugo yakoze kuva bashakana
Mu cyemezo cyanditse amateka, urukiko rwa gatanya rw’i Beijing mu Bushinwa rwategetse umugabo kuriha indishyi umugore ku kazi kose ko mu rugo yakoze mu gihe cyose bamaze babana nk’abashakanye. Uwo mugore azahabwa ama-yuan 50,000 (arenga miliyoni 7,6 y’u Rwanda) ajyanye n’igihe cy’imyaka itanu yamaranye n’uwo mugabo mu rushako akora imirimo yo mu rugo nta nyishyu. […]
Afurika: Igihugu cya mbere cyakiriye inkingo za Covax
Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) watangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2021 Ghana yakiriye inkingo za Covid-19 muri gahunda ya Covax, kikaba ari cyo gihugu cya mbere cya Afurika kizibonye. Nk’uko OMS ibivuga, Ghana yakiriye inkingo 600,000 muri iki cyiciro cya mbere, ikaba ari intambwe itanga icyizere ko iki cyorezo […]
Luis Suarez yataramiweho nyuma yo kugaragara anosha Rudiger
Umunya-Uruguay, Luis Suarez, yongeye gutaramirwaho nyuma yo gufatwa amashusho anosha myugariro Antonio Rudiger wa Chelsea. Suarez na Atletico Madrid akinira bari bakiriye Chelsea ku kibuga Wanda Metropolitano, mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions league. Ni umukino Chelsea yatsinzemo igitego 1-0 cyatsinzwe na Olivier Giroud. Ni Chelsea yarushaga cyane Atletico Madrid yarangije umukino nta […]
Rutsiro: Inyubako y’Akarere yatashywe mu 2016 irava, bamwe bayikoreragamo barimutse

Inyubako y’ibiro by’Akarere ka Rutsiro yatashwe muri Kamena 2016 ubu irava, bamwe mu bayitangiragamo serivisi bakaba barayivuyemo, bimukira ahandi mu bukode. Igitangazamakuru Rwanda News 24 kivuga ko ubu abamaze kuva muri iyi nyubako y’igorofa rigeretse kabiri ari abakora mu mushinga wo kubungabunga icyogogo cy’umugezi wa Sebeya, kuko aho bakoreraga imvura yarahabasangaga. Iki gitangazamakuru kandi cyatangaje […]
Gatuna: Uruhinja rutaragenywa rwasanzwe mu murima ruri mu mufuka
Umwana utaragenywa yasanzwe mu murima w’imyumbati mu gace ka Gatuna ku ruhande rwa Uganda mu karere ka Kabale ruri mu mufuka. Umuturage warubonye bwa mbere, Sanyu Asumpta uhatuye akaba asanzwe ari n’umujyanama w’ubuzima ahita arugeza kuri polisi nk’uko Umuvugizi wayo mu gace ka Kigezi, Elly Maate yatangarije Chimpreports. Yavuze ko ” Sanyu yasanze umwana ari […]
Kigali/Gatsata: Umugore yasanze umugabo we aryamanye na murumuna we, ahitamo kumumuharira
Umugore utuye mu Murenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo, yafatiye mu cyuho umugabo we ari gusambana na murumuna we, ahita yiyemeza gutandukana na we akamusigira umuvandimwe we. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Gashyantare 2021,nibwo uyu mubyeyi w’abana bane yaguye gitumo umugabo we ari gusambana na murumuna we . Akimara gusanga […]
Amafoto: Ingabo za CAR zahawe imodoka z’intambara

Perezida wa Repubulika ya Centrafrica (CAR) akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Faustin Archange TouadĂ©ra kuri uyu wa 23 Gashyantare 2021 yashyikirije ingabo z’iki gihugu imodoka z’intambara. Ni muhango wabereye ku kigo cy’imitozo ya gisirikare, witabiriwe n’abarimo Umugaba Mukuru w’Ingabo za CAR, Maj. Gen. Zephyrin Mamadou. Perezida TouadĂ©ra washyikirije ingabo za CAR izi ntwaro Izi ngabo zishyikirijwe ibi […]
Perezida Kagame yongeye gushinja ibihugu bikize uburyarya
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa 23 Gashyantare 2021 yongeye gushinja ibihugu bikize uburyarya mu gushaka inkingo z’icyorezo cya Covid-19. Ni igitekerezo Umukuru w’Igihugu ku nkuru y’igitangazamakuru Al Jazeera, ivuga ku buryo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS), Dr. Tedros Adhanom atewe impungenge n’uko ibihugu bikize bikomeje kwikubira inkingo […]
Umurambo wa Amb. Luca bivugwa ko yishwe na FDLR wajyanywe i Roma
Umurambo wa ambasaderi w’Ubutaliyani, Luca Attanasio bivugwa ko yishwe na FDLR, wagejejwe i Roma nyuma y’uko yiciwe hafi y’umujyi wa Goma muri DR Congo ku wa mbere. Attanasio na Vittorio Lacovacci, umupolisi w’Umutaliyani wamurindaga, n’umushoferi w’Umunyecongo barishwe ubwo abantu bitwaje intwaro bateraga uruhererekane rw’imodoka za UN. Indege ya gisirikare y’Ubutaliyani yageze ku kibuga cy’indege cya […]