Hari benshi nakabaye narishe kuko bandakazaga_Museveni
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yahakanye ko ishyaka rye rya NRM rijya ryikiza abo batajya imbizi, avuga ko iyo biza kuba ari byo hari benshi bagiye bamurakaza yakabaye yarishe. Museveni yabigarutseho kuri uyu wa Kane, nyuma y’iminsi mike Gen Katumba Wamala usanzwe ari Minisitiri wa Uganda w’Umurimo n’Ubwikorezi arashwe n’abagizi ba nabi, gusa Imana […]
Kera kabaye Mukura VS yabonye amanota 3 ya mbere muri Shampiyona
Ikipe ya Mukura victory sports et Loisirs, nyuma yo kwirukana umutoza wayo mukuru Rodolfo Zapata yabashije kubona amanota atatu ya mbere muri shampiyona, nyuma yo gutsinda Etincelles FC igitego 1-0. Hari mu mukino wo guhatanira kuguma mu kiciro cya mbere iyi kipe yari yakiriyemo Etincelles kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye. Ni umukino watangiye amakipe yombi […]
Nyamagabe: Polisi yafashe uwari umaze kwiba 400,000 Frw yifashishije ikoranabuhanga

Saa tatu z’igitondo ni bwo polisi y’ugihugu ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi umusore witwa Ndizeye Jean Claude imukuye mu modoka ya Agence ya OMEGA itwara abagenzi yavaga mu mujyi wa Rusizi yerekeza i Kigali nyuma yo gufatanwa igipfunyika cy’amafaranga 400,000 yari yibye umu agent wa MTN witwa Ndwaniye Emmanuel ukorera ku isoko […]
Burundi: Kumva VOA na Radiyo zo mu Rwanda bisaba kwihisha
Abatuye mu giturage cya Kididiri ho muri Zone ya Mihigo mu ntara ya Ngozi iherereye mu majyaruguru y’u Burundi, babujijwe kongera kumva Radiyo ijwi rya Amerika n’amaradiyo yo mu Rwanda. Ni itegeko ryatanzwe n’umutware wa kariya gace cyo kimwe n’abayobozi bo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi. SOS MĂ©dias Burundi dukesha iyi nkuru […]
Rwabuze gica hagati ya Rayon Sports na Police FC
Umukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona wahuzaga Rayon Sports na Police FC, warangiye amakipe yombi aguye miswi igitego 1-1. Police FC yatangiye igice cya mbere isatira cyane ni yo yabanje gufungura amazamu ibifashijwemo na Sibomana Patrick bita Papy, mbere y’uko Rayon Sports yishyura iki gitego ibifashijwemo na HĂ©ritier Luvumbu kuri penaliti. Ni ibitego byombi byinjiye […]
U Bubiligi: Abadepite basabye guverinoma kuganira n’u Rwanda uko Rusesabagina yacyurwa
Kuri uyu wa kabiri ushize,itariki 08 Kamena 2021, Komite ishinzwe Ububanyi n’Amahanga y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bubiligi yemeje icyifuzo cy’umwanzuro wa Els Van Hoof, Perezida w’ishyaka Christen-Democratisch en Vlaams (CD&V ) gisaba guverinoma gutangiza ibiganiro na Guverinoma y’u Rwanda ku bijyanye no gucyura Paul Rusesabagina (ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi), ubu uburanishwa i Kigali. Bwana Rusesabagina, […]
Umugore yakangutse nyuma y’amezi 10 ari muri koma
Umugore wo mu Butaliyani, Cristina Rosi, yavuye muri koma (coma) inyuma y’amezi 10, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu. Uyu w’imyaka 37, yari yagize ikibazo cy’umutima muri Nyakanga 2020. Uyu yaje kubyara abazwe bikekwa ko ubwonko bwe bwononekaye. Umugabo we, Gabriele Succi yavuze ko umugore we yakangutse avuga ngo ” mama”. Succi yabwiye ikinyamakuru […]
APR FC yihanije Bugesera FC, yuzuza imikino 31 yikurikiranya idatsindwa
Ikipe ya APR FC yatsinze Bugesera FC ibitego 3-0, mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere wabaye ku manywa yo kuri uyu wa Kane. Ni shampiyona yari yasubukuwe nyuma y’ibyumweru bigera kuri bibiri itaba, kubera akaruhuko k’ikipe y’igihugu Amavubi. Bugesera FC na APR FC zari zahuriye kuri Stade y’i Nyamata, mu mukino […]
Bizageraho gukubita umwana muzajya mwaka uruhushya-Minisitiri
Minisitiri w’Ubuzima, Iterambere ry’umuryango, uburinganire, abana n’abakuze muri Tanzania, Dr Doroth Gwajima avuga ko uburengenzira bw’umwana bugomba kubahwa kugeza ubwo umubyeyi azajya ajya kumukubita, agasaba uburenganzira. Ibi yabivugiye mu kiganiro n’abanyamakuru mu Mujyi wa Dodoma ku kwizihiza umunsi mukuru w’umwana w’umunyafrika wizihizwa kuwa 16 Kamena buri mwaka. Dr Gwajima yavuze ko hazajyaho ikigo cy’igihugu kirengera […]
L’avocat Bukuru Ntwali s’est suicidĂ© – RIB
Un avocat de la ville dĂ©cĂ©dĂ© la semaine dernière après ĂŞtre tombĂ© d’un immeuble du centre-ville de Nyabugogo, dans le district de Nyarugenge, s’est suicidĂ©, a dĂ©clarĂ© le Bureau d’enquĂŞte du Rwanda (RIB), mettant en garde contre les personnes colportant des mensonges selon lesquelles il a Ă©tĂ© assassinĂ©. Le porte-parole de RIB, le Dr Thierry […]
Ibiciro by’ubwishingizi byikubye hafi gatatu, abamotari baratakamba
Abamotari bakorera mu Rwanda baratakamba nyuma y’aho ibigo bishinzwe ubwishingizi bizamuye ibiciro ku bwishingizi bw’impanuka muri Gicurasi 2021, bikabikuba inshuro hafi eshatu mu buryo bavuga ko budasobanutse. Aba bamotari bavuga ko moto imwe imaze igihe kiri hagati y’amezi atandatu n’imyaka yishyuzwaga ubwishingizi bw’amafaranga y’u Rwanda (Frw) 61,666 ku mwaka, ubu ikaba isigaye yishyuzwa 166,220 Frw. […]
Mu gihe kitageze ku kwezi abasaga 100 bamaze gufatwa bakekwaho gutera inda abana
Intara y’Iburasirazuba yatangaje ko abagabo 117 bakekwaho gutera inda abangavu bamaze gutabwa muri yombi mu gihe cy’ibyumweru bitatu bagashyikirizwa inzego z’iperereza kugira ngo bazashyikirizwe ubutabera. Guverineri w’intara, Emmanuel Gasana, yavuze ko ibyo ari bimwe mu bikorwa byahurijwe hamwe mu bukangurambaga bugamije kugira imidugudu itarangwamo ibyaha, byibanze ahanini ku guteza imbere umuryango no gukemura ibibazo by’ingutu […]
Lague Byiringiro ntacyerekeje muri FC ZĂĽrich
Ikipe ya APR FC yatangaje ko rutahizamu wayo, Byiringiro Lague, atakerekeje mu kipe ya FC Zurich yo mu Busuwisi yari yitezwemo. Radio Rwanda yavuze ko iyi kipe y’Ingabo z’igihugu yemeje ko Lague agomba gukomeza kuyikinira, mu gihe ikiri mu biganiro n’indi kipe yo mu gihugu cy’Ubusuwisi. Mu kwezi gushize ni bwo Lague yari yerekeje i […]
Umwarimu mu bya gisirikare, intasi muri CMI, Maj (Rtd) Jessica Alupo, Visi Perezida wa Uganda
Visi Perezida mushya wa Uganda, Maj (Rtd) Jessica Alupo, wagenwe kuri uyu mwanya na Perezida Museveni kuwa Kabiri ushize, ni umugore w’umuhanga kandi w’intararibonye mu bya gisirikare, ubutasi na politiki, wavuga ko agiye gufasha umukuru w’igihugu cya Uganda muri izi nzego zose afitemo ubunararibonye bitewe n’imyanya yagiye abamo, akaba ari umugore rero utapfa gufata nk’umuntu […]
Kigali: Umunyeshuri yateye umwarimu igitiritiri cy’ikigori mugenzi we yari amazeho impeke
Umunyeshuri wo mu Rwunge rw’Amashuri ya Rugando mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali utatangajwe amazina, yateye umwarimu igitiritiri cy’ikigori mugenzi we yari amazeho impeke. Umuyobozi wa G.S Rugando, Bihozagara Dominique yabwiye RBA ko umunyeshuri wateye iki gitiritiri atari uwari umaze kukirya, ko ahubwo umwe yabonye mugenzi we akimazeho impeke, arakimusaba ngo agire icyo […]
Umuryango uvuga ko amafaranga y’ingendo Perezida Ndayishimiye akoresha ari menshi

Umuryango urwanya ruswa n’isesagurwa ry’umutungo wa Leta mu Burundi witwa OLUCOME uvuga ko amafaranga Umukuru w’Igihugu, Perezida Evariste Ndayishimiye amaze gukoresha mu ngendo ajya mu mahanga ari menshi. Umuyobozi w’iri shyirahamwe, Gabriel Rufyiri mu itangazo yashyize hanze, yavuze ko kuba u Burundi budafite indege yajya itwara Perezida Ndayishmiye mu gihe yagiye mu ruzinduko mu mahanga, […]
Ngoma: Akurikiranweho kwica uwari inshuti ye arangije amujugunya mu musarane
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 08 Kamena, bwaregeye mu mizi umugabo ukekwaho kwica umugabo wari inshuti ye yarangiza akamujugunya mu musarani. Kuwa 23 Gicurasi 2021 nibwo Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwakiriye amakuru avuye mu nzego z’ibanze avuga ko mu Mudugudu wa Nkoyoyo, mu Kagari ka Basagara, mu Murenge […]
U Bufaransa bwoherereje USA indi mpano ya “Statue de LibertĂ©”
Nyuma y’imyaka 135 u Bufaransa buhaye Leta Zunze Ubumwe impano ya mbere y’ikimenyetso cy’ubwisanzure izwi nka “Statue de Liberté” bwongeye kubaha indi mpano nk’iyi itegerejwe ku cyambu cya New York ku itariki 04 Nyakanga ubwo iki gihugu kizaba kizihiza umusinzi w’ubwigenge. Biteganyijwe ko indi kopi ya Statue de LibertĂ© yahagurutse ku cyambu cya Havre ku […]
Gakenke: Umuganga n’umugore bivugwa ko basambanaga ‘bararekuwe’ nyir’urugo arafungwa
Umugabo wo mu Karere ka Gakenke, Umurenge wa Cyabingo, Akagari ka Muramba, mu Mudugudu wa Muramba, Emmanuel Tuyishime, bivugwa ko afunzwe mu gihe mu rugo rwe hari haherutse gufatirwa umuganga witwa Sinayobye bivugwa yari arimo asambanya umugore we, Manirabaruta Jacqueline. Ku Cyumweru tariki ya 30 Gicurasi 2021, nibwo Sinayobye ukora umwuga wo kuvura mu Murenge […]
Uruganda rwahaga abanyeshuri mudasobwa, rwarahagaritswe

Umuyobozi mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda, Prof. Lyambabaje Alexandre yatangaje ko uruganda rwa POSITIVO BGH rwahaga abanyeshuri mudasobwa ku nguzanyo rwahagaritswe, ikaba ari yo mpamvu hashize igihe kirekire igikorwa cyo kuzitanga cyarahagaze. Mu kiganiro Prof. Lyambabaje yagiriye kuri Radiyo Salus tariki ya 5 Kamena 2021, yamenyeshejwe ikibazo cya mudasobwa zahawe abanyeshuri, zigahita zipfa. Yasubije ko […]
BET yimye amatwi abayisaba gukura Diamond mu irushanwa bamushinja kuba ataranenze Magufuli
Televiziyo y’imyidagaduro ya BET yamamaye cyane ku Isi, yimye amatwi abayisaba gukura umuhanzi Diamond Platinumz mu irushanwa ryayo, bamushinja kuba ataranenze inshuti ye Dr John Pombe Magufuli wabaye Perezida wa Tanzania, bavuga ko yategekeshaga igitugu. Mu minsi ishize ni bwo BET yashyize Diamond ku rutonde rw’abahanzi nyafurika bahatanira ibihembo byayo bitandukanye. Nyuma y’aho, bamwe mu […]
Sheikh yatawe muri yombi ku bw’amagambo yavuze kuri Min. Ndirakobuca
Sheikh Ndikumana Rashid wo muri zone ya Buterere, ari mu maboko ya polisi nyuma y’amagambo yavuze kuri Minisitiri w’Umutekano, Gen Gervais Ndirakobuca, amusaba gusaba imbabazi ku byo yavuze ku Bayisilamu. Min. Ndirakobuca yari yasabye Abayisilamu kureka kubangamira abantu mu gihe cya Azana kuko iba hakiri mu gicuku. Yasabye amadini ” Kugabanya bomboribombori y’ijoro.” Ibyatangajwe na […]
Dr Kayumba aritaba Urukiko ku ‘karengane’ yakorewe
Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa Kane aritaba Urukiko Rwisumbuye rw’i Nyamirambo kugira ngo aburane ku karengane avuga ko yakorewe ubwo yakatirwaga igifungo cy’umwaka umwe. Ishyaka PRD Dr Kayumba yashinze, ni ryo ryemeje ko ari bwitabe urukiko mu butumwa ryanyujije kuri Twitter yaryo. Riti: “Uyu munsi tariki 10/6/2021, […]
Niyumvamo Amavubi 100%_Ngwabije wavuze akamuri ku mutima
Myugariro Ngwabije Bryan-Clovis, yavuze akamuri ku mutima nyuma yo kwitwara neza mu mikino ibiri ya mbere aheruka gukiniramo Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Uyu musore kuri ubu ukinira ikipe ya Sporting Club de Lyon yo mu kiciro cya gatatu mu Bufaransa, aheruka kwitwara neza mu mikino ibiri ya gicuti Amavubi yakinnye na Repubulika ya Centrafrique, irimo uwo […]
Nyamagabe: Umwana yamaze iminsi ibiri aziritse, ahondagurwa n’ababyeyi (Amafoto)

Umugabo witwa Hakizimana CĂ©lestin na Mukarukundo Marie Rose batuye mu Mudugudu wa Gahira, Akagari ka Mukungu, Umurenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe bamaze iminsi ibiri baziritse amaboko umwana wabo w’imyaka 11 y’amavuko, bamuhondagura. Amakuru yageze kuri BWIZA avuga ko Hakizimana yafashe uyu mwana w’umuhungu wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza, amuzirikira amaboko inyuma […]