Bwa mbere Rick Ross yavuze ku rukundo rwe na Hamisa Mobetto

Umuraperi William Leonard Roberts II uzwi mu muziki wa Amerika nka Rick Ross, yavuze bwa mbere ku rukundo ruvugwa hagati ye n’umunyamideri Hamisa Mobetto wo mu gihugu cya Tanzania, yemeza ko hari umubano bafitanye n’ubwo yavuze ko uriya mugore ari we wabisobanura. Ni nyuma y’igihe kitari gito uyu muraperi avugwa mu rukundo n’uriya mugore usanzwe […]

Un violeur en sĂ©rie arrĂȘtĂ© Ă  Kigali

Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© et dĂ©tenu un prĂ©sumĂ© violeur en sĂ©rie qui aurait trompĂ© des femmes et des filles en leur offrant des emplois dans l’intention de les violer. Le suspect identifiĂ© par RIB comme Ă©tant ThĂ©ogĂšne Bagaragaza, 35 ans, un habitant du quartier Gasabo de la ville de Kigali a […]

Bukavu: Inyubako ikoreramo ibinyamakuru birimo radio y’igihugu yahiye

Inkongi y’umuriro idasanzwe mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Bukavu yibasiye inyubako nini ikoreramo ibinyamakuru bigera kuri bine birimo ishami rya radio na televiziyo by’igihugu muri uyu mujyi. Nta muntu umuriro wahitanye, ariko “ibyangiritse ni byinshi”, nk’uko byatangajwe na JĂ©rĂ©mie Basimane, umuvugizi wa guverinoma y’intara. Iyi nyubako […]

Ingabo za Gabon zari mu butumwa bw’amahoro muri CAR zirukanwe

Umuryango w’Abibumbye wirukanye abasirikare 450 ba Gabon bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrika (CAR) bashinjwa ibyaha birimo gukorera abaturage ihohotera rishingiye ku gitsina. Minisiteri y’Ingabo ya Gabon yemereye AFP iby’aya makosa, igira iti: “Mu byumweru bishize, amakosa anyuranye n’amahame ngengamyitwarire n’icyubahiro cy’igisirikare yaba yarakozwe na bamwe mu basirikare ba Gabon, yaravuzwe.” Ibi birego […]

Umugabo yigambye gushyingura umugore utwite ari muzima ku bw’umudepite

Umugabo witwa Felix Ansah, usanzwe akora akazi ko gutwara abantu yabwiye urukiko rwo muri Ghana ko yashyinguye umugore utwite muzima ku mpamvu z’uwahoze ari umudepite mu gace kitwa Ashaiman, Alfred Agbesi. Uyu mushoferi ubwo yari mu rukiko kuwa 13 Nzeri yabwiye urukiko ko mu bihe byashize yishe abantu benshi, barimo umugore utwite yashyinguye ari muzima […]

Libya: Ingabo za Gen. Haftar zakozanyijeho n’inyeshyamba zivuganye Idriss Deby

Ingabo z’Abanyalibiya ziyobowe na Gen. Khalifa Haftar kuri uyu wa Kabiri zakozanyijeho n’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Tchad zahitanye Perezida Idriss Deby nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byegereye Haftar nka al-Hadath. Ingabo zo mu mutwe udasanzwe wa Tarek ben Ziyad, umwe mu mitwe ikomeye y’ingabo za Gen. Haftar bivugwa ko wakoze operation ku bacanshuro n’inyeshyamba z’Abanya-Tchad zikorera ku […]

Dr Kayumba ugiye kumara icyumweru afunzwe, avuga ko atazigera arya kugeza igihe azafungurirwa

Umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba ufunzwe akekwaho icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina n’ubwinjiracyaha bwaryo, avuga ko atazigera arya kugeza igihe azafungurirwa. Dr Kayumba watawe muri yombi tariki ya 9 Nzeri 2021, ku wa Mbere tariki ya 13 yanditse urwandiko yageneye ‘Abanyarwanda bose’ by’umwihariko abayoboke b’ishyaka RPD yashinze mu Werurwe uyu mwaka. Muri uru rwandiko RPD yashyize […]

Ni ikibazo cy’igihe gusa Museveni akisanga mu mwanda w’amateka – Bobi Wine

Kuri uyu wa kabiri, perezida w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi (NUP), Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yagize ati: ” Ni ikibazo cy’igihe gusa kandi Perezida Museveni azarangirira mu mwanda w’amateka. “ Bobi Wine, wavuganaga n’umunyamakuru Marc Perelman wa France24 ari muri Afurika y’Epfo, yavuze ko Perezida Museveni ari mu nzira yo kuzarangira nk’abantu […]

Guinée: Perezida Alpha Condé yabereye umuzigo abasirikare bamuhiritse ku butegetsi

Abasirikare bafashe ubutegetsi muri GuinĂ©e-Conakry, bari mu bizazane ku cyo bagomba gukoza Perezida Alpha CondĂ© baheruka guhirika ku butegetsi. AFP dukesha iyi nkuru ivuga ko ikibazo bariya basirikare bafite ari icy’uko bakomeza kumugumana bakirengagiza igitutu bakomeje gushyirwaho n’amahanga abasaba kumurekura, gusa na bwo bagatinya ko ashobora kwihorera. Aba basirikare barangajwe imbere na Lt Col Mamady […]

Burundi: Umuntu utambaye agapfukamunwa azajya acibwa 100,000 Fbu y’amande

Amande y’amafaranga 100,000 y’Amarundi ni o agiye kuzajya acibwa umuntu wese uzajya ufatwa atambaye agapfukamunwa ahantu hateraniyeb abantu benshi mu mujyi wa Bujumbura u rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19 gikomeje gufata intera muri iki gihugu cyakunze kugikerensa. Umuyobozi w’Umujyi wa Bujumbura, Jimmy Hatungimana mu butumwa yageneye abayobozi batandukanye yagize ati “ Mwe bayobozi mugiye […]

Nyamasheke: Mu myaka 4 gusa abangavu barenga 700 batwaye inda

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buravuga ko imibare y’abangavu batewe inda z’imburagihe kuva muri 2017 kugera muri 2020 uteye inkeke ,aho abagera kuri 719 bazitwaye barimo n’umwana wari ufite imyaka 12 gusa yiga mu mashuri abanza wayitewe n’umusore wo mu muryango we wahise anahunga igihugu n’ubu bitazwi aho aherereye, bukavuga ko ari ikibazo gikomeye cyane gisaba […]

Cabo Delgado: Ingabo za SADC zivuga ko zamaze kugarura umutekano mu turere dutatu

Ingabo z’umuryango SADC ziri mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique, SAMIM, zatangaje ko zamaze kugarura umutekano mu turere dutatu turi mu ntara ya Cabo Delgado yibasiwe n’ibikorwa by’iterabwoba kuva mu 2017. Itangazo izi ngabo zashyize ahagaragara kuri uyu wa 14 Nzeri 2021 rivuga ko uturere SAMIM yagaruyemo umutekano ari Mueda, Macomia na Nangande. Rigira riti: “Misiyo […]

Hahishuwe ko Donald Trump yaba yari agiye gutera u Bushinwa mu mpera ya manda ye

Kubera gutinya guhubuka kwa Perezida Donald Trump mu gihe manda ye yari irimo kugera ku musozo, Umugaba Mukuru w’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamagaye kuri telephone, ku itariki ya 30 Ukwakira n’itariki ya 8 Mutarama, mugenzi we w’u Bushinwa amwizeza ko Amerika itazatera u Bushinwa nk’uko byahishuwe mu gitabo “Peril”, ugenekereje mu Kinyarwanda […]

Inka zagaragaje ko zakoresha neza ubwiherero kurusha abantu- Ubushakashatsi

Inka zishobora kumenyerezwa gukoresha ahagenewe kuganga (toilette) mu rwego rwo kugabanya imyuka ihumanya ikirere, kurusha abantu, nk’uko abashakashatsi babivuga. Mu igerageza ryabereye mu Budage, abahanga bamenyereje inka ku ngingo yo kuba zazajya zijya ahantu runaka igihe zishaka kuganga, amaganga akegeranywa nyuma akayungururwa. Iri gerageza rivuga ko ” Imitavu (inyana zikiri nto cyane) zerekanye urugero rwo […]

Ndi ikigwari, ndigaya_Ukekwaho gusambanya akaniba abagore n’abakobwa ku mayeri

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwerekanye umugabo ukekwaho gushuka abakobwa n’abagore ngo baze abahe akazi, yahura na bo akabasambanya akabiba n’ibyo bari bafite. Ejo ku wa Kabiri ni bwo uyu mugabo witwa Bagaragaza ThĂ©ogĂšne utuye mu Murenge wa Jali mu karere ka Gasabo yeretswe abanyamakuru, nyuma yo gutabwa muri yombi tariki 9 Nzeri 2021. Yabwiye itangazamakuru […]

Hari undi Munyarwanda wari uherutse kurusimbuka muri Muzombique

Uretse urupfu rwa RĂ©vocat Karemangingo, wari uyoboye komisiyo y’umutungo mu bakuriye impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique wishwe arashwe ku mugoroba wo ku wa mbere ageze hafi y’iwe hanze gato y’umurwa mukuru Maputo, hari undi wo muri iryo shyirahamwe na we wari uherutse guhushwa. Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique, ClĂ©ophas Habiyaremye, yabwiye BBC ko mu minsi […]

Abanyeshuri bahawe inguzanyo irenga miliyari 2 Frw nta masezerano

Raporo y’2019/2020 y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Obadiah Biraro, yagaragaje ko abanyeshuri mu mashuri makuru na kaminuza 55 bishyuriwe inguzanyo y’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 2, abandi 13 bishyurirwa miliyoni 213, nta masezerano asaba iyi nguzanyo ahari. Ubusanzwe mbere y’uko umunyeshuri mu mashuri makuru na kaminuza ahabwa iyi nguzanyo imufasha kwiga mu gihe ayikeneye, abanza […]

Minisitiri w’Intebe wa Haiti arakekwaho uruhare mu iyicwa rya Perezida Jovenel Moise

000_9e862c.jpg

Minisitiri w’Intebe wa Haiti, Ariel Henry, kuri uyu wa Kabiri yahagaritse ku mirimo ye Umushinjacyaha Mukuru wari urimo kumushinja kuba umwe mu bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida Jovenel Moise. Perezida Moise yishwe arashwe n’abicanyi barimo abacanshuro bamusanze mu rugo iwe ku itariki ya 7 Nyakanga 2021, mu murwa mukuru, Port-au-Prince. Minisitiri w’Intebe, Ariel […]

Umuhungu wa Museveni avuga mu gihe kitagera ku munsi bashyira ku murongo abasirikare bameze nk’aba Guinea

Umuhungu wa Perezida wa Uganda usanzwe ari Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yavuze ko babasha gushyira ku murongo abasirikare bameze nk’abo muri GuinĂ©e Conakry baherutse guhirika Alpha CondĂ© ku butegetsi. Gen. Kainerugaba mu butumwa yatambukije kuri Twitter kuri uyu wa 14 Nzeri 2021, yavuze ko Perezida Museveni abibasabye, ibi babikora mu […]

FC Barcelona na Manchester United zatangiye nabi UEFA Champions league

Ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne na Manchester United yo mu Bwongereza, zaraye zitangiye imikino ya UEFA Champions league zitsindwa. Manchester United irangajwe imbere na Cristiano Ronaldo, yari yasuye Young Boys yo mu Busuwisi mu mukino wa mbere wo mu itsinda F, itsindwa i Been ibitego 2-1. Cristiano Ronaldo ni we wafunguye amazamu ku […]

Twagirayezu Wenceslas ntazakomeza gushaka abamushinjura

Urugereko rwihariye rukurikirana imanza z’ibyaha byambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwanze icyifuzo cy’uwunganira Wenceslas Twagirayezu cyo kongererwa igihe n’ubushobozi mu gukomeza iperereza rigamije gushaka abatangabuhamya bashinjura. Urukiko rwavuze ko abatangabuhamya atashoboye kugeraho bazabazwa hifashishijwe ikoranabunga. Wenceslas Twagirayezu n’umwunganira Me Bikotwa bombi bari mu rukiko kuwa 14 Nzeri 2021 nk’uko BBC yakurikiranye […]