Bwa mbere kuva muri Mutarama, u Bwongereza bwakuye u Rwanda ku rutonde rutukura
Guverinoma y’u Bwongereza yakuye u Rwanda ku rutonde rutukura ruriho ibihugu byibasiwe cyane n’icyorezo cya Covid-19, ku nshuro ya mebere kuva tariki ya 28 Mutarama 2021. Ambasade y’u Bwongereza mu Rwanda yatangarije kuri Twitter ko iki gihugu cyakuwe kuri uru rutonde bitewe n’intambwe nziza gikomeje gutera mu guhangana n’iki cyorezo, cyane cyane imbaraga cyashyize mu […]
Amavubi yatsindiwe i Kigali na Uganda, icyizere cyo kujya mu gikombe cy’Isi gitangira kuyoyoka
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatsinzwe n’Imisambi ya Uganda igitego 1-0, mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Hari mu mukino wari utegerejwe n’abatari bake wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Igitego cyo ku munota wa 41 w’umukino cya Aziz Fahad Bayo ni cyo cyafashije Imisambi ya Uganda kurangiza igice […]
Blaise Compaore yanze kuzitabira urubanza aregwamo uruhare mu iyicwa rya Thomas Sankara
Uwahoze ari Perezida wa Burkina Faso, Blaise CompaorĂ©, ushinjwa uruhare mu iyicwa ry’uwahoze ari inshuti ye, Thomas Sankara, ntazitabira urubanza ruzatangira ku wa mbere i Ouagadougou, nk’uko byatangajwe n’abanyamategeko be kuri uyu wa Kane. Abanyamategeko, Umufaransa n’Umunyaburukinafaso bunganira CompaorĂ© bagize bati: “Perezida Blaise CompaorĂ© ntazajya kandi natwe ntituzajya mu rubanza rwa politiki rwateguriwe kumwibasira imbere […]
Amajyepfo: Ingaruka za Covid-19 kuri za kaminuza, abahoze ari abanyeshuri barasaba ubufasha ngo bakomeze kwiga
Abahoze ari abanyeshuri muri kaminuza zitandukanye zigenga zo mu ntara y’Amajyepfo bagahagarika kwiga muri kaminuza kubera ingaruka za covid-19 ku hantu bakuraga amafaranga y’ishuri barasaba ubufasha uwo ari we wese ngo bakomeze kwiga. Mu kiganiro abahoze ari abanyeshuri batandukanye mu makaminuza yigenga atandukanye bagiranye na bwiza.com kuri uyu wa ka 7 Ukwakira 2021 barasaba ubufasha […]
Le Rwanda salue l’expulsion par les États-Unis du fugitif du gĂ©nocide Oswald Rurangwa
Le gouvernement amĂ©ricain a expulsĂ© jeudi 7 octobre Oswald Rurangwa, alias Oswald Rukemuye, un fugitif du gĂ©nocide qui Ă©tait le chef des milices Interahamwe dans le secteur Gisozi de Kigali lors du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsis. Dans un communiquĂ©, l’AutoritĂ© nationale des poursuites pĂ©nales (NPPA) a saluĂ© la dĂ©cision des autoritĂ©s amĂ©ricaines. « […]
Igipolisi cya Tanzania kishe abantu batanu bikekwa ko ari impunzi z’Abarundi
Igipolisi cya Tanzania cyishe abantu batanu bikekwa ko ari impunzi z’Abarundi zo mu nkambi ya Nduta muri Komine Kibondo muri Tanzania bashinjwa ubugizi bwa nabi nyuma y’aho basanganywe imbunda bateze imodoka ku muhanda. ACP James Manyama, umukuru wa polisi mu ntara ya Kigoma niwe wemeje aya makuru mu nama yagiranye n’abanyamakuru yabereye ku biro bya […]
Igiti giherutse kugushwa n’umuyaga cyikica bane cyongeye gusangwa gihagaze

Igiti giherutse guhirikwa n’umuyaga watewe n’imvura nyinshi, kikica abantu bane kibagwiriye mu Mujyi wa Oyo muri Leta ya Oyo muri Nigeria biravugwa ko abaturage basanze cyongeye guhaguruka, kigahagarara. Iki giti kimeze nk’umuvumu ubusanzwe cyari gikuze, cyari cyahiritswe n’umuyaga kuwa Mbere nimugoroba, kigwira abantu bane bari bugamye munsi yacyo barapfa , imodoka na moto byari munsi […]
11 b’Amavubi besurana n’Imisambi ya Uganda bamenyekanye
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Mashami Vincent, yamaze gutangaza abakinnyi 11 u Rwanda ruza kwiyambaza imbere y’Imisambi ya Uganda bashaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Ni umukino wo mu tsinda E ubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. 11 b’Amavubi babanza mu kibuga Umunyezamu: Mvuyekure Emery (18) Ba […]
Maze imyaka itatu nkubitwa n’umugore wanjye,ajya amfatiraho icyuma -Umugabo
Umugabo wo muri Ghana wahishe izina rye, yandikiye Radiyo na televiziyo bytwa Citi mu kiganiro cyitwa Sister Sister show avuga ko mu myaka itatu ishize, yagiye akubitwa n’umugore we rimwe na rimwe akamushyira icyuma ku ijosi, mu gihe ntacyo aba atamukoreye ngo amushimishe. Iki kiganiro kiyoborwa n’uwitwa Jessica Opare-Saforo, nicyo uyu mugabo yatangarijemo urwo gusenya […]
USA yohereje undi Munyarwanda wahamijwe kugira uruhare muri jenoside
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, USA, zohereje mu Rwanda undi Munyarwanda witwa Oswald Rurangwa wahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Rurangwa Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buvuga ko yari umwarimu mu mashuri abanza akaba n’umuyobozi w’Interahamwe muri Gisozi mu gihe cya jenoside, yahamijwe iki cyaha n’Urukiko Gacaca mu 2007, akatirwa igifungo cy’imyaka 30 adahari. Ubushinjacyaha […]
Ikigo cyitiriwe Sendashonga cyikuye mu ihuriro RBB
Ikigo cyitiriwe Seth Sendashonga ( Institut Seth Sendashonga Pour la Citoyennete Democratique, ISCID asbl, cyashyize hanze itangazo kivuga ko cyikuye mu ihuriro nyunguranabitekerezo, RRB. Kwivana muri RRB nk’uko itangazo BWIZA yabonye rivuga, byatewe n’uko ngo kuva ” Ihuriro RRB ryashingwa mu mezi makeya rishinzwe, byaje kugaragara ko ridashyize imbere mu mikorere yaryo ibiganiro byubaka, ubwumvikane […]
Ndizeza Perezida Kagame ko nazinutswe gusubira mu bikorwa bihungabanya umutekano w’u Rwanda_Bazeye wa FDLR
Nkaka Ignace alias La Forge Bazeye Fils wahoze ari Umuvugizi w’Umutwe wa FDLR, yasabye ko atahamywa ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba akurikiranweho ahubwo agasubizwa mu buzima busanzwe nk’uko bigendera abahoze ari abarwanyi, yizeza Perezida Paul Kagame ko yamaze kuzinukwa gusubira mu bikorwa bihungabanya umutekano w’u Rwanda. Kuri uyu wa Kane ni bwo Bazeye na Lt Col […]
Nyaruguru: Umusore w’imyaka 18 akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 7
Umusore witwa Nkurunziza Bosco ufite imyaka 18 y’amavuko, utuye mu mudugudu wa Ntanda, akagari ka Raranzige, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, akaba yari umukozi wo mu rugo, yafashwe n’abaturage ashyikirizwa ubuyobozi bw’umurenge wa Rusenge, kubera ko akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 7 wo mu rugo yakoragamo. Amakuru y’ihohoterwa ry’umwana akaba yatanzwe n’ababyeyi b’umwana. […]
Ibitaro bya Mibilizi byagejejwemo imashini n’umuganga kabuhariwe mu buvuzi bw’amenyo n’izindi ndwara zo mu kanwa

Ubuyobozi bw’ibitaro bya Mibilizi mu karere ka Rusizi buravuga ko mu byo bwishimira bumaze kugeraho nyuma y’uko MINISANTE ibufashije gukemura ikibazo cy’ingutu bwari bufite cyo guhemba abakozi barenze ubushobozi bwabwo, abenshi muri bo iyi minisiteri igatangira kubahemba bikanagira uruhare mu mpinduka mu mitangire ya serivisi ababigana binubiraga, ari imashini igezweho mu kuvura amenyo n’izindi ndwara […]
GuinĂ©e: Col Doumbouya yashyizeho Minisitiri w’Intebe w’umusivile
Perezida w’inzibacyuho wa GuinĂ©e-Conakry, Col Mamady Doumbouya, yashyizeho umusivile witwa Mohamed Beavogui nka Minisitiri w’Intebe wa Guverinoma y’inzibacyuho ya kiriya gihugu. Beavogui w’imyaka 68 y’amavuko, ni impuguke mu icungamari ryo mu rwego rw’ubuhinzi yakoze igihe kirekire mu muryango w’Abibumbye. AFP ivuga ko afitanye isano na Diallo Telli, umudipolomate wa mbere wa GuinĂ©e-Conakry wabaye Umunyamabanga Mukuru […]
Kagame ntiyari kurota kohereza ingabo muri SADC atabyemerewe_Ramaphosa
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko umuryango w’ibihugu biri mu karere ka Afurika y’Amajyepfo, SADC, ari wo wemereye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame kohereza ingabo mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. U Rwanda rutabarizwa muri SADC rwohereje ingabo (abasirikare n’abapolisi) 1000 mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique guhera tariki ya 9 Nyakanga 2021, […]
Maroc/Terrorisme : Mise en échec d’un plan terroriste imminent à Tanger
Le Bureau Central d’Investigation Judiciaire (BCIJ), en collaboration avec la Direction GĂ©nĂ©rale de la Surveillance du Territoire (DGST), a mis en Ă©chec, le 6 octobre 2021, un plan terroriste imminent, suite au dĂ©mantèlement d’une cellule terroriste s’activant dans la ville de Tanger, composĂ©e de 5 individus âgĂ©s de 22 Ă 28 ans, qui ont prĂŞtĂ© […]
Umufaransa wari ukuze kurusha abandi yapfuye ku myaka isaga 110

Jules Theobald, Umufaransa wari ukuze kurusha abandi w’imyaka 112 wo mu Birwa bya Martinique yarapfuye kuwa Kabiri ushize apfiriye iwe mu mujyi wa Fort-de-France. Uyu mukambwe wavutse ku itariki ya 17 Mata 1909, nubwo umuryango we wemeza ko yavutse imyaka ibiri mbere y’aha, yabyaye abana batatu akaba yarakoraga ku cyambu ndetse n’uburobyi. Mu kiganiro yagiranye […]
Amavubi y’abangavu yasezerewe na Ethiopia anyagiwe ibitego 8
Ikipe y’u Rwanda y’abangavu batarengeje imyaka 20 y’amavuko yasezerewe n’iya Ethiopia, inyagiwe ibitego umunani ku busa (8-0) mu mikino ibiri yakinnye. Iyi mikino iri mu ijonjoro ry’irushanwa ry’igikome cy’Isi cy’abagore batarengeje imyaka 20 rizabera muri Costa Rica muri Kanama 2022. Mu mukino ubanza wabereye i Kigali tariki ya 24 Nzeri 2021, ikipe ya Ethiopia yatsinze […]
Abatuye Kigali bazikuba 2 mu 2050, gahunda zo gukemura ikibazo cyo kubona inzu zo guturamo
Ikigo gishinzwe imiturire mu Rwanda (RHA) cyagennye hegitari 6.100 aho abikorera bazubaka inzu zihendutse muri gahunda y’imyaka 30 yo gukemura ikibazo cya Kigali cy’ibura ry’inzu zihendutse. Icyifuzo cy’inzu zihendutse muri Kigali kiriyongera cyane kuruta uko ziboneka mu gihe ubushakashatsi butandukanye bwerekana ko umujyi ukenera byibuze inzu 20.700 buri mwaka cyangwa uzakenera 310.000 muri 2032. Ubu, […]
Dusuma ya Otile na Meddy yasibwe kuri YouTube yari imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 26
Umuhanzi w’Umunyakenya, Otile Brown yasibye ku rubuga rwa YouTube indirimbo Dusuma yakoranye n’Umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye nka Meddy, imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 26. Amakuru aturuka muri Kenya avuga ko iyi ndirimbo yari kuri shene ya Otile Brown yaba yasibwe bitewe n’uko ngo yaba ari inshishurano (inyiganano). Kuri YouTube, Otile Brown izindi zirimo Aiyana, This […]
Ikipe ya Uganda yamenyesheje Amavubi ko itaje Kwita Izina, ngo ni ah’ubutaha
Ikipe ya Uganda y’umupira w’amaguru, Uganda Cranes, yavuze ko itaje mu Rwanda mu ruzinduko rwo kwita izina abana b’ingagi, ko ahubwo icyayizanye ari ugutsina Amavubi, igacyura amanota atatu. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 6 Ukwakira 2021, iyi kipe ubwo yageraga mu Rwanda yatangaje iti: “Muraho Amavubi, turi abashyitsi banyu ariko […]
Abiga mu yindi myaka bazajya batsindwa nabo bagiye kujya basibizwa
Minisitiri w’Uburezi, Dr Valentine Mujawamariya, avuga ko ibyo gusibiza abatsinzwe bigiye gukomereza ku biga mu yindi myaka idasoza ibyiciro runaka. MINEDUC yari iherutse gutangaza ko abanyshuri bagera ku bihumbi 60 batsinzwe ibizamini bisoza amashuri abanza n’ikiciro rusange, bazasibira. Min. Mujawamariya kuri izi mpinduka, yabwiye televiziyo y’igihugu ati ” Ubu iyi ngiyi ni intambwe ya mbere, […]
OMS yemeje urukingo rwa Malariya ruzakoreshwa muri Afurika
Ishami rya UN/ONU rishinzwe ubuzima ku Isi, OMS/WHO ryemeje ko urukingo rwitwa RTS,S/AS01 cyangwa Mosquirix rwatangira gukoreshwa hakingirwa Malariya muri Afurika. Malaria ni indwara yica iterwa n’umubu, ikagaragara mu bihugu byinshi birimo n’ ibya Afurika. Imibare igaragaza ko abantu barenga miliyoni 200 ku Isi bandura iyi ndwara, igahitana amagana biganjemo abana bo muri Afurika. Ubusanzwe […]
Espagne yahangamuye u Butaliyani bwari bwarananiranye, igera kuri finali ya UEFA Nations league
Ikipe y’Igihugu ya Espagne ‘La Furia Roja’, yaraye igeze ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Nations league nyuma yo gutsinda u Butaliyani bwari bwarananiranye ibitego 2-1. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa 1/2 cy’irangiza wabereye kuri Stade ya San Siro, i Milan mu Butaliyani. Espagne yiganjemo abakinnyi b’urubyiruko, yari irajwe ishinga no kwihorera […]