Umunyamakuru MC Hero yashyingiwe, ubukwe bwitabirwa n’ibyamamare (Amafoto)

hou_3439.jpg

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba Gasore Albert wamamaye nka MC Hero, hamwe n’umukunzi we Tuyisingize Ruth, basezeraniye imbere y’Imana, mu bukwe bwitabiriwe n’ibyamamare byiganjemo ibyo mu mwuga w’itangazamakuru. MC Hero na Ruth basezeraniye mu rusengero rw’itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa 7 rwa Gahogo, ruherereye mu Karere ka Muhanga, kuri uyu wa 20 Werurwe 2022. Ubu bukwe bwabanjirijwe n’umuhango […]

Urukiko rwateye utwatsi ikirego cy’umunyemari Mudenge

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere rwemeje ko ikirego cya Mudenge Emmanuel nta shingiro gifite, rwemeje ko Mudenge Emmanuel adafunzwe mu buryo bunyuranije n’amategeko. Umucamanza yategetse ko akomeza gufungwa akazarindira kuburana mu mizi. Umucamanza yavuze ko bitari ngombwa ko SP Uwayezu Augustin uyobora Gereza ya Nyarugenge atazazanwa mu rukiko, kuko Mudenge adafunze mu […]

Nyagatare: Imbamutima z’abaturage bivuriza mu bitaro bahawe na Perezida Kagame

Abaturage batuye mu mirenge irindwi yo mu karere ka Nyagatare bemeza ko ibitaro bahawe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame byabaye igisubizo kuko boroherwa no guhabwa serivisi z’ubuzima begerejwe. Mu mwaka wa 2017 ubwo Perezida Kagame yiyamamarizaga mu karere ka Nyagatare, yemereye ibitaro abaturage batuye mu murenge wa Gatunda ndetse n’indi mirenge 6 bihana imbibi. […]

Professional internship at SOS Children’s Villages Rwanda

CALL FOR PROFESSIONAL INTERNSHIP UNDER SOS CHILDREN’S VILLAGES RWANDA/ EDUCARE PROJECT BACKGROUND Established in 1949, SOS Children’s Villages International is a dynamic social development organization working globally to meet the needs and protect the interests and rights of children. SOS Children’s Villages International is an umbrella organization that provides support and guidance to SOS member […]

Rwandans most unhappy in East Africa, says report

Happiness levels in East African countries have largely remained unchanged despite easing pandemic pains, a UN survey found. The annual World Happiness Report notes that Ugandans are the happiest in the region at position 117 out of 146 countries in global happiness, while Rwanda was ranked the most unhappy country in the six-nation East African […]

Argentine: Deribi ya Rosario yabanjirijwe na Grenade zatewe mu kibuga

I Rosario mu gihugu cya Argentine umukino wahuje ejo ku Cyumweru Rosario Central na Newell’s Old Boys, warakerewe kubera grenade zabanje guterwa mu kibuga. Amashusho yashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’ikipe ya Newell’s agaragaza grenades ziterwa mu kibuga kuri stade ya Estadio Gigante de Arroyito, isanzwe yakirirwaho na Rosario Central’s. Daily Mail yanditse ko guterwa […]

Gatsibo: Abavomaga mu gishaga barishimira amazi meza bahawe

img-20220321-wa0010.jpg

Abaturage batuye mu murenge wa Gitoki barishimira kuvoma amazi meza bahawe nyuma y’igihe kinini bakoresha amazi mabi bavomaga mu gishanga. Abaturage batuye mu Gitoki muri Werurwe 2020 bari bari babwiye Bwiza.com ko bahangayikijwe no kutagira amazi meza. Ubu nyuma yo kuyagezwaho, barashimira ubuyobozi bw’akarere bwumvise gutakamba kwabo. Soma iyi nkuru https://bwiza.com/?Gatsibo-Gitoki-Bahangayikishijwe-no-kubura-amazi-muri-ibi-bihe-byo-kwirinda Manishimwe Dinah, umuturage utuye […]

Perezida wa Ukraine yateguje intambara y’Isi mu gihe kumvikana na Putin byananirana

Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Volodymyr Zelensky, yateguje ko hazaba intambara ya gatatu (3) y’Isi, mu gihe ibiganiro yiteze kugirana na Vladimir Putin w’u Burusiya byaba nta musaruro yifuza byatanga. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Fareed Zakaria wa CNN, Perezida Zelensky yavuze ko icyo yifuza ari uko iyi ntambara yatangiye tariki ya 24 Gashyantare 2022 yahagarara, […]

Ibigo bitanu byagaragaje ubushobozi bwo guhinga urumogi mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rutangaza ko hari ibigo byinshi byasabye guhinga urumogi ariko ko bitanu ari byo byagaragaje ko bifite imbaraga mu kubahiriza amabwiriza yashyizweho. Muri Kamena 2021 hasohotse Iteka rya Minisitiri No 003/MoH/2021 ryo ku wa 25/06/2021 ryerekeye ihingwa n’itunganywa ry’urumogi n’ibikomoka ku rumogi. Iteka ryerekeye ihingwa ry’urumogi, ryagaragazaga ko abazemererwa guhinga urumogi […]

Ibihugu byirinze kugira uruhande bibogamiraho, ibintu 10 by’ingenzi byaranze intambara ya II y’Isi

Muri Nzeri 1939, u Bwongereza bwinjiye mu cyabaye intambara ikomeye yabaye ku Isi kugeza ubu, Ku ya 8 Ukuboza 1941 Amerika yari yirinze kwivanga mu ntambara na yo yayinjiyemo nyuma yo guterwa n’u Buyapani nk’uko tubikesha WorldAtlas. 1. Intambara ya kabiri y’isi yose yari intambara hagati y’amatsinda abiri y’ibihugu Uruhande rumwe (Allies), rwari rugizwe n’ibihugu […]

Abayobozi bakomeye mu Burusiya baravugwaho gucura umugambi wo kuroga Putin

Abayobozi bakomeye mu Burusiya biravugwa ko bacuze umugambi wo ‘kuroga Perezida Vladimir Putin’, hanyuma bagashyiraho umuyobozi uzazahura ubucuruzi bwa kiriya gihugu n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi. Ni amakuru yatangajwe n’umuyobozi w’Urwego rw’ubutasi bwa Ukraine. Ubutasi bwa Ukraine bwavuze ko mu gihe Perezida Putin yaba yishwe, yahita asimbuzwa Oleksandr Bortnikov ukuriye Urwego rushinzwe Umutekano mu Burusiya […]

Umuhanzi Ish Kevin avuga ko Umujyi wa Kigali wamuhombeje Frw miliyoni 20

uruhushya.jpg

Umuhanzi Ish Kevin avuga ko ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwamuhombeje amafaranga y’u Rwanda miliyoni 20, ubwo bwamuhagarikiraga igitaramo cyiswe ‘The Love Drunk Concert’ cyatumiwemo umunya-Nigeria wamamaye nka Ycee. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, uyu muhanzi wamamaye mu njyana ya Trappish yasobanuye ko iki gitaramo cyahagaritswe n’Umuyobozi Wungirije w’Umujyi wa Kigali, Dr Merard Mpabwanamaguru. Yagize ati: […]

Isomwa ry’urubanza rwa Rusesabagina, Sankara na bagenzi babo rirasubitswe

Urukiko rw’ubujurire rufashe icyemezo cyo gusubika isomwa ry’urubanza rwa Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara na bagenzi babo 19 bahamijwe ibyaha by’iterabwoba. Perezida w’iburanisha asobanuye ko impamvu iri somwa risubitse, ari ubunini bwa dosiye y’ababurana n’abaregera indishyi, bwatumye igihe cyo kwandika urubanza kiba gito. Ati: “Uyu munsi ku wa 21/03/2022 hari hateganyijwe gusoma […]

Rusesabagina, Sankara appeal trial verdict set for Monday adjourned

The Court of Appeal will, on Monday, March 21 issue its verdict in the appeal case of the FLN, a militia group whose leaders and fighters were convicted of terrorism in September last year. The court said ” It has not yet finished to write the case within 30 days set by laws due to […]

Mali: Ibiganiro bya CEDEAO n’abahiritse ubutegetsi ku gihe amatora azabera byafashe ubusa

Guverinoma y’inzibacyuho ya Mali kuri iki Cyumweru yatangaje ko itigeze igera ku masezerano mu biganiro yagiranye n’umuryango wa CEDEAO ku gihe amatora agomba kugarura demokarasi azabera nyuma y’aho igisirikare gihiritse ubutegetsi. Iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika muri Mutarama cyafatiwe ibihano bikakaye nyuma y’aho agatsiko k’abasirikare gafashe ubutegetsi mu 2020. Abayobozi b’inzibacyuho bagiranye ibiganiro […]

RDC: Igitero mu nkambi y’abavanwe mu byabo cyahitanye abasaga 10

Abantu 14 bavanwe mu byabo n’intambara, barimo abana barindwi kuwa Gatandatu ushize biciwe mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba ku nkambi y’impunzi muri Ituri, mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru gishize na Croix Rouge. Akana k’agakobwa k’imyaka ibiri n’abagore babiri bari hagati y’imyaka 25 na 32 nabo bari mu […]

INKOMOKO Y’UBUKIRISITU Igice cya 6

Inyigisho za gikirisitu zibonekamo ibice bibiri byemejwe n’ubuyobozi bwa Kiliziya: INYANDIKO ZEMEWE (TEXTES CANONIQUES) Mu nyandiko zemewe harimo: • Inzandiko 13 za Paulo yandikiye abantu batandukanye (mu myaka ya 50-57) • Inzandiko za Jacques (mu myaka ya 60) • Ivanjili ya Mariko umwigishwa wa Petero (mu mwaka wa 70) • Ivanjili ya Matayo (mu mwaka […]

M23 ishinja FARDC kuyigabaho ibitero ku birindiro bine byegereye u Rwanda

Umutwe witwaje intwaro wa ARC (Armée Révolutionnaire du Congo) uzwi nka M23 ushinja ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, kuwugabaho ibitero bitandukanye ku birindiro byawo byegereye mu majyaruguru y’u Rwanda. Umuvugizi w’uyu mutwe, Major Willy Ngoma, mu itangazo yatangiye ku birindiro by’uyu mutwe mu buryo bwa videwo, ku wa 19 Werurwe. Yagize ati: […]

Ukraine yanze kumanika amaboko i Mariupol

Ukraine yanze gushyira intwaro hasi mu mujyi wa Mariupol kugira ngo abaturage bawo bahabwe inzira yo guhunga. Uburusiya bwari bwabahaye amahirwe y’uko abasivile bakwemererwa kuva muri uyu mujyi gusa abari kuwurwanirira bagashyira intwaro hasi. Ariko Ukraine yabyanze, ivuga ko ibyo kumanika amaboko muri uyu mujyi wo ku cyambu bitarimo. Abantu babarirwa mu 300,000 bikekwako ko […]

Urubanza rwa Sankara na bagenzi be rurasomwa

Byitezwe ko urukiko rw’ubujurire kuri uyu wa 21 Werurwe 2022 rusoma umwanzuro ku rubanza rwa Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara na bagenzi be 20 bahamijwe n’urukiko rukuru ibyaha by’iterabwoba. Tariki ya 21 Nzeri 2021 ni bwo urukiko rukuru rwakatiye abaregwa ibihano bitandukanye, ubwo rwari rumaze kubahamya ibyaha bitandukanye bifitanye isano n’ibitero umutwe witwaje intwaro […]

FC Barcelone yandagaje Real Madrid yari imaze imyaka 3 yarayigaruriye

Ikipe ya FC Barcelone yanyagiye Real Madrid ibitego 4-0, mu mukino wa shampiyona ya Espagne amakipe yombi yari yahuriyemo mu ijoro ryakeye. FC Barcelone yari yasuye Real Madrid i Santiago Bernabeu, mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona ya Espagne wari utegerejwe n’Isi yose. Ni Barcelone yari imaze imyaka itatu idatsinda Real Madrid, dore ko […]

Intumwa z’u Rwanda mu Burundi, Gen. Kazura mu Bufaransa na Gen. Kainerugaba wagabiwe Inyambo mu nkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 14 Werurwe 2022, cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izirebana n’umutekano, politiki n’ubutabera. Muri zo harimo: Intumwa z’u Rwanda mu Burundi Intumwa z’u Rwanda zari ziyobowe na Minisitiri w’Ingabo, Maj. Gen. Albert Murasira tariki ya 15 Werurwe zagiriye uruzinduko mu Burundi, zakirwa na Perezida Evariste Ndayishimiye, zinamugezaho ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame. […]