Ngoma: Abaturage barasabwa kugira uruhare rusesuye mu kwesa imihigo

Kuri uyu wa 10 Gicurusi 2022, ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma bwifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Rukumberi mu gikorwa cyo kubashimira kuba barahize abo mu yindi mirenge mu muhigo w’ubwiteganyirize bw’igihe kirambye ‘Ejo Heza’. Ubutumwa bwatangiwe muri uyu muhango abaturage basabwe gufasha ubuyobozi guhindura imibereho yabo bakagira uruhare mu kwihutisha imihigo. Mu muhango wo gushimira […]
Nyamasheke: Abacuruzi bangirijwe n’inkongi n’ibiza barasaba akarere ubufasha

Tariki ya 26 Werurwe ni bwo inyubako 8 z’ubucuruzi muri santere y’ubucuruzi ya Ntendezi mu murenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke zafashwe n’inkongi y’umuriro ibicuruzwa byose byarimo bihinduka umuyonga, ku wa 17 Mata izindi nyubako 6 zo muri Santere y’ubucuruzi ya Rushwati mu murenge wa Rangiro ibisenge byazo bitwarwa n’inkubi y’muyaga mu mvura idasanzwe,ibyarimo […]
ISIS yerekanye umurundo w’intwaro zafatiwe mu gitero cyagabwe ku kigo cya gisirikare muri Mozambique (Amafoto)

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State, washyize hanze amafoto y’ibikoresho byinshi bya gisirikare byafatiwe mu gitero uheruka kwigamba ko wagabye ku kigo cya gisirikare muri Mozambique. Uyu mutwe mu itangazo wasohoye ku wa Mbere tariki ya 09 Gicurasi, wigabye kugaba igitero mu kigo cya gisirikare cy’ahitwa Quiterajo ho mu karere ka Macomia kari mu tugize intara […]
Sadio Mané yagize icyo avuga ku hazaza he muri Liverpool
Umunya-SĂ©nĂ©gal Sadio ManĂ© ukinira Liverpool yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yatangaje ko yishimiye kuba muri Liverpool nyuma y’amakuru yavugaga ko ashobora kwerekeza ahandi akava muri iyi kipe. ManĂ© wafashije ku munsi wejo ku wa kabiri wafashije Liverpool gutsinda Aston Villa ibitego 2-1 dore ko ariwe watsinze igitego cya kabiri, nyuma y’uyu mukino uyu mukinnyi w’imyaka […]
Mironko arishyuza Leta amafaranga y’isoko ryo kuzana intwaro mu Rwanda avuga ko yahawe ku bwa Habyarimana
Mironko François Xavier wamenyekaniye ku ruganda yashinze rutunganya ibikoresho bya pulasitiki ruherereye i Gikondo mu karere ka Kicukiro, amaze igihe yishyuza Leta amafaranga y’isoko ryo kuzana intwaro avuga ko yahawe ubwo Habyarimana JuvĂ©nal yayoboraga iki gihugu. Uyu mushoramari mu kirego yagejeje mu rukiko rw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACJ, yasobanuye ko mu 1993 n’1994, Leta y’u […]
Rayon Sports yongeye kunanirwa gutsinda APR FC, yuzuza umukino wa 5 wikurikiranya itayitsinda
Ikipe ya Rayon Sports yongeye guhagamwa na APR FC banganyije 0-0, yuzuza umukino wa gatanu wikurikiranya idatsinda iyi kipe y’Ingabo z’igihugu. Rayon Sports yari yakiriye APR FC kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino ubanza wa ½ cy’igikombe cy’amahoro. Ni nyuma y’uwa shampiyona amakipe yombi yari yahuriyemo muri Gashyantare uyu mwaka, agwa miswi 0-0. […]
Burundi: Perezida yaciriye urubanza Dr Sahabo wayoboraga Ibitaro bya Kira ataranaburana
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko azi impamvu Dr Sahabo Christophe, wahoze ayobora Ibitaro bya Kira, anashimangira ko iyaba ubutabera bwakoraga akazi kabwo yabaye yaraciriwe urubanza. Umukuru w’igihugu cy’u Burundi avuga ko Dr Sahabo ashinjwa icyaha cyo kunyereza umutungo w’igihugu. Kubwe, ngo iyaba ubutabera bwakoraga icyo bugomba gukora, uyu muganga yakabaye yaraciriwe urubanza ndetse […]
Ibicuruzwa biva hanze ya EAC binahakorerwa bizajya bisoreshwa 35% ibyo mu karere bisoreshwe zero – EABC

Ibicuruzwa bituruka hanze bikorerwa no mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba bigiye kujya bishyirirwaho umusoro ungana na 35%, mu gihe ibikorerwa mu karere bitazajya bisoreshwa mu bihugu bigize umuryango mu rwego rwo kurinda inganda zo mu karere no guha imirimo abaturage bako nk’uko byemejwe n’umuyobozi wa EABC, John Bosco Kalisa, mu kiganiro na Bwiza.com. Kuwa Mbere, […]
France: Hafunguwe dosiye ya al-Raisi uyobora Interpol uregwa n’Abongereza babiri
Abategetsi b’u Bufaransa bafunguye dosiye ya Perezida w’Igipolisi Mpuzamahanga (Interpol), Ahmed Nasser al-Raisi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kubera ibirego byo kwica urubozo no gufunga binyuranyije n’amategeko byatanzwe n’abongereza babiri bari bafungiye muri iki gihugu, nk’uko amakuru aturuka mu iperereza yabitangaje kuri uyu wa Gatatu. Dosiye ku kugira uruhare mu iyicarubozo k’umuyobozi wo hejuru […]
Ibyo Bamporiki yakoze birababaje, biteye agahinda_Umuvunyi Mukuru wungirije
Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya ruswa, Mukama Abbas avuga ko ibyo Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco yakoze bibabaje kandi biteye agahinda. Mu kiganiro yagiriye kuri Megapex TV, Mukama yavuze ku rugamba Leta y’u Rwanda iriho rwo kurwanya ruswa mu nzego zose kuva ku z’ibanze kugera ku zo […]
EABC veut que les entrepreneurs Congolais rejoignent le conseil

Le directeur exĂ©cutif de l’East African Business Council (EABC), M. John Bosco Kalisa, a exhortĂ© les entrepreneurs de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RD Congo) Ă rejoindre le conseil pour profiter des nombreux avantages offerts aux participants. M. Kalisa a tenu ces propos le 9 mai lors de l’ouverture officielle d’une rencontre entre l’EABC et […]
Nta Munyarwanda uzajya arenza iminota 30 ajya kwivuza mu 2024-MINISANTE
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko bitarenze umwaka wa 2024, nta munyarwanda uzaba agikora urugendo rurenze iminota 30 ajya gushaka serivisi z’ubuvuzi. Ibi ngo bizanyura muri gahunda zo kongera amavuriro mato yo ku rwego rwa mbere n’urwa kabiri, harimo n’ayatashywe uyu munsi mu karere ka Nyaruguru. Umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, yabwiye […]
Huye: Akurikiranweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 7
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 55 ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 7 w’umuturanyi. Icyaha uregwa akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha cyakozwe mu gihe cya saa yine z’amanywa ku wa 28/04/2022 mu mu mudugudu wa Bambiro, Akagari ka Gisakura,Umurenge wa Simbi mu Karere ka Huye, mu cyumba cyarimo imbaho, bivuzwe n’umwana yasambanyije . Mu ibazwa […]
Umunyamakuru w’inararibonye wa Al Jazeera yishwe n’Ingabo za Israel
Umunyamakuru w’inararibonye Al Jazeera, Shireen Abu Aqleh, yishwe arashwe n’ingabo za Israel kuri uyu wa Gatatu ubwo yari arimo gukurikirana igitero cyagabwe ku nkambi y’impunzi ya Jenin muri West Bank, nk’uko umufotozi wa AFP yabitangaje. Al Jazeera na minisiteri y’ubuzima ya Palesitine bemeje urupfu rwa Abu Aqleh w’imyaka 51, umuntu wari ukomeye muri serivisi y’amakuru […]
FARDC yerekanye abarwanyi 22 ba M23 yafashe, barimo abanyamahanga

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (FARDC) cyeretse itangazamakuru abarwanyi 22 b’umutwe witwaje intwaro wa M23 cyafashe barimo 4 bacyishyikirije. Umuvugizi w’ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2 bibera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lieutenant Colonel Guillaume Ndjike Kaiko yasobanuye ko ifatwa ry’aba barwanyi ari umusaruro w’imirwano imaze iminsi hagati y’impande zombi, yabereye muri gurupoma […]
NISR ivuga ko ibiciro byatumbagiye cyane mu kwa Kane
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyagaragaje ko ibiciro mu Rwanda mu kwezi gushize kwa Mata, byakomeje gutumbagira ugereranije n’amezi atatu ya mbere y’umwaka wa 2022 ndetse n’uko byari bimeze mu kwezi nk’uko mu mwaka ushize. Icyegeranyo kigaragaza ihindagurika ry’ibiciro icyo kigo gisohora buri kwezi cyerekana ko ibiciro byiyongereyeho hafi 10% muri Mata. Imibare y’iki kigo yerekana ko […]
Ubutasi bw’Amerika buvuga ko u Burusiya buri gutegura intambara izamara igihe kirekire muri Ukraine
Ubutasi bw’Amerika bwahishuye ko Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, ari gutegura intambara y’igihe kirekire muri Ukraine, ndetse n’iyo yashobora kugera ku ntsinzi mu burasirazuba ntibyasoza intambara. Amerika ivuze ibi mu gihe imirwano ikaze ikomeje mu burasirazuba, aho Uburusiya burimo kugerageza kugira igice bufata. Uburusiya bwahinduye umuvuno bwibanda ku gufata akarere ka Donbas ko mu burasirazuba nyuma […]
Biden yatangaje ko Putin atagifite uburyo bwo guhagarika intambara yashoje kuri Ukraine
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden, yatangaje ko atewe impungenge n’uko Vladimir Putin w’u Burusiya atagifite uburyo bwo guhagarika intambara amaze amezi arenga abiri yarashoje muri Ukraine. Mu ijambo yavuze kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022 nk’uko ibiro ntaramakuru Reuters by’Abongereza byabitangaje, Biden yavuze ko USA igiye kureba icyo yakora kuri […]
Ndayishimiye ari mu biganiro n’abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Nkurunziza
Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yijeje abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro ya RED Tabara na FNL irwanya Leta ko nibemera kuzirambika bagataha mu gihugu cyababyaye, bazakiranwa amaboko yombi. Uyu Mukuru w’Igihugu yabivugiye mu biro bye kuri uyu wa 10 Gicurasi 2022 ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru cyarebanaga n’iterambere ryabo n’ibindi bibazo birebana n’ubuzima bw’igihugu. […]
Man City na Real Madrid zabimburiye andi makipe ku isoko, zigura ibikonyozi
Ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza na Real Madrid yo muri Espagne, zabimburiye andi makipe akomeye i Burayi zisinyisha abakinnyi bakomeye. Manchester City ku munsi w’ejo yemeje ko yamaze kugera ku bwumvikane na Borussia Dortmund bwo kugura umunya-Norvège Erling Haaland wakiniraga iriya kipe yo mu Budage. Uyu rutahizamu w’imyaka 21 y’amavuko Man City igomba […]