Umuhanzi Jowest wari umaze iminsi 20 afunzwe yafunguwe by’agateganyo

Umuhanzi Giribambe Joshua wamamaye muri muziki nyarwanda nka Jowest wari umaze iminsi 20 afunzwe yafunguwe by’agateganyo. Uyu musore yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku itariki ya 1 Gashyantare 2023 akekwaho ibyaha bibiri birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gukubita no gukomeretsa ku bushake. Tariki ya 16 Gashyantare ni bwo uyu muhanzi ukizamuka […]

Ibintu ukwiye kwitondera byangiza umutima

Indwara y’umutima umunsi ku munsi ikomeje guhitana abatari bake mu Isi, kandi hari ibintu abantu benshi bajya bakora byoroheje gusa bikaba bishobora kuwangiza . Nk’uko Healthline ibitangaza, hari ibintu ukwiye kwitondera byangiza umutima, birimo: 1. Kudasinzira uko bikwiye Mu gihe uryamye ntubone ibitotsi bihagije bishobora kugira ingaruka zikomeye no ku bindi bice bigize umubiri wawe, […]

Putin yakuye u Burusiya mu masezerano yo guhagarika intwaro kirimbuzi

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yakuye by’agateganyo igihugu cye mu masezerano yo guhagarika gukora no kudakoresha intwaro kirimbuzi azwi nka New START cyagiranye na Leta zunze ubumwe za Amerika, USA. Putin yabitangarije mu ijambo ‘rikomeye’ yagejeje ku Barusiya kuri uyu wa 21 Gashyantare 2023, ryibanda ku ntambara igihugu cye kimazemo umwaka ubura iminsi […]

Félix Namuhoranye devient le nouvel Inspecteur Général de la Police Nationale du Rwanda

Le président Paul Kagame a nommé lundi 20 février le commissaire général adjoint de la police (DCGP) Felix Namuhoranye comme nouvel inspecteur général de la police nationale du Rwanda (RNP), en remplacement du commissaire général Dan Munyuza, qui occupait ces fonctions depuis octobre 2018 . Le mandat de l’inspecteur général de police est de cinq […]

Rubavu: Polisi yagize icyo ivuga ko mugabo uvugwaho kugerageza gusambanya umusore

Polisi y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku mugabo w’imyaka 30 y’amavuko utuye mu karere ka Rubavu uvugwaho kugerageza gusambanya umusore w’imyaka 17 y’amavuko. BWIZA yakiriye amakuru avuga ko mu mudugudu w’Ubutabazi, akagari ka Kivumu, umurenge wa Gisenyi muri Rubavu hafatiwe uwitwa N.Eric [izina ry’Ikinyarwanda twahisemo kutaritangaza] nyuma yo gukomerekesha icyuma uyu musore, ashaka kumusambanya. Bamwe […]

Igipolisi cya Malawi cyafashe Umunyarwanda n’Umurundi bashinjwa gukora amafaranga y’amahimbano

Ikinyamakuru Nyasa Times cyo muri Zambia kiravuga ko abapolisi bo muri Malawi bataye muri yombi Umunyarwanda Manuel Saidi w’imyaka 19 n’umurundi Amosi Sean w’imyaka 30, bakekwaho gukora amafaranga y’amahimbano . Ibi bibaye nyuma y’iminsi mike abapolisi bataye muri yombi abantu bane bazira gutunga no gukoresha amafaranga y’impimbano ya Malawi azwi nk’Ama-Kwacha ndetse n’amadolari ya Amerika. […]

Maj Gen. Chico yatangaje ko RDC iri gushaka ubufasha muri SADC ngo ihangane n’u Rwanda

Abasirikare ba Repubulika ya demukarasi ya Congo bayobowe n’Umugaba Mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa by’igisirikare, Maj. Gen. Chico Tshitambwe bamaze iminsi bagirira uruzinduko mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC. Ubwo yageraga i Kinshasa, Maj. Gen. Chico yatangaje ko uruzinduko bavuyemo rwari rufite intego yo gukomeza ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’ingabo za RDC zizwi […]

Umunya-Eritrea Mulubrhan yegukanye agace ka gatatu Tour du Rwanda

fpeyhqjwcaibtru-bee37.jpg

Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan ni we wegukanye agace karekare kurusha utundi muri Tour du Rwanda 2023. Yari étape ya gatatu ya Tour du Rwanda 2023 aho bahagurukiye i Huye berekeza mu karere ka Musanze, nyuma y’uko Ethan Vernon yegukanye étapes 2 ziherutse za Kigali – Rwamagana na Kigali – Gisagara ; ibyatumye ari we wahagukanye umwenda […]

U Rwanda rwazamutseho imyanya 47 mu kugira internet yihuta ku Isi – Ookla

Interineti yabaye igikorwa remezo gikomeye cy’iterambere ry’ubukungu n’iterambere ry’ibihugu byinshi bya Afurika. Hamwe no kuzamuka kw’ubucuruzi bwo kuri interneti, kwigira online, hamwe no gukorera aho umuntu ari atiriwe atonda ku kazi, kugira interineti yihuse kandi yizewe byabaye ingenzi kurusha mbere hose. Muri iyi nkuru turagaruka kuri raporo iheruka ya Ookla ku bihugu bya Afurika bifite […]

Mukuralinda yatangaje ko umuhanzi Gims yahawe amafaranga ngo atuke Perezida Kagame

Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) bwahaye umuhanzi Gandhi Bilel Djuna uzwi nka Maître Gims amayero ibihumbi 600 kugira atukire Perezida Paul Kagame mu muhango wo gusoza irushanwa ry’Igikombe cy’Isi ryabereye muri Qatar mu mwaka ushize. Mukuralinda yabivuze asobanura uburyo, mu gihe hagati y’u Rwanda […]

Ingabo za Centrafrica n’iz’u Burusiya zirashinjwa guhohotera abaturage

Impuguke yigenga y’Umuryango w’Abibumbye ku bijyanye n’uburenganzira bwa muntu muri Repubulika ya Centrafrica kuri uyu wa Mbere yashinje Igisirikare cy’iki gihugu n’inshuti zacyo z’u Burusiya guhohotera abaturage, barimo n’abayobozi batowe . Mu magambo ye, Yao Agbetse yagize ati: “Ingabo za Leta zifite uruhare mu gufata no gufunga binyuranyije n’amategeko, guhonyora uburenganzira bwo kubaho, ubusugire bw’umubiri […]

Umumaro w’amahenehene mu mubiri w’umuntu

Amata y’ihene (amahenehene) ni bumwe mu bwoko bw’amata bukoreshwa cyane ku Isi. Hafi bitatu bya kane by’abatuye Isi ni yo banywa. Ibi biterwa n’uko korora ihene byoroshye cyane kurusha inka mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, aho ari isoko y’ingenzi ya karori, proteyine, n’ibinure. Mu bihugu byinshi, abantu bagaragaza ko bayakunda kurusha ay’inka. Amahenehene agira […]

Umutingito wongeye gukomeretsa benshi muri Siriya na Turukiya

screenshot_20230221-100743_1.jpg

Nyuma y’umutingito wahitanye ibihumbi muri Siriya na Turukiya mu minsi ishize, kuri uyu wa 20 Gashyantare 2023 wongeye guhitana abantu batatu muri Turukiya, abandi amagana barakomereka mu bihugu byombi. Abashinzwe ubutabazi muri Turukiya bongeye gushakisha abantu bagwiriwe n’inyubako nyuma y’umutingito mushya wibasiye iki gihugu, ugahitana byibuze abantu batatu. Uyu mutingito wari ufite ubukana bwa 6.4 […]

Rusizi: Hegitari nshya 950 zigiye gutunganywa mu kibaya cy’umuceri cya Bugarama

Hitimana Jean yizeza Abanyarusizi ko mu myaka mike iri imbere bazaba bafite umuceri uhagije mu bwinshi no mu bwiza

Mu gihe hamaze iminsi humvikana abaturage b’imirenge ikora ku gishanga cy’umuceri cya Bugarama bavuga ko badafite imirima kandi mbere y’isaranganya bari bayifite, n’ubuyobozi bw’ihuriro ry’amakoperative y’abahinzi b’umuceri muri iki gishanga bukabibona nk’ikibazo, ubuyobozi bw’aka karere, ku bufatanye na RAB-MINAGRI buravuga ko hagiye gutunganywa hegitari nshya 950 zitezweho gukemura iki kibazo. Ni igikorwa kizatwara miliyari 25 […]

Umuforomo yatawe muri yombi ashinjwa gusambanya abarwayi mu bitaro

Igipolisi cya Uganda muri Entebbe cyataye muri yombi umuforomo wimenyereza umwuga ku Bitaro bya Entebbe Grade B akurikiranwego icyaha cyo gusambanya abarwayi . Ukekwaho icyaha ni uwitwa Denis Kutesa, bivugwa ko kuwa Gatandatu ushize, itariki 18 Gashyantare, yasambanyije ku ngufu abarwayi babiri bo muri ibi bitaro bivugwa haruguru. Umuvugizi w’Igipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigire, avuga […]

Uwari umunyamakuru wa TV1 yagizwe umuyobozi wa Radio Salus

Munyarugendo ubwo yaganiraga n'abanyamakuru ba Radio Salus

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda bwagize Munyarugendo Athanase umuyobozi w’agateganyo wa Radio Salus nyuma y’aho Paul Mbaraga wari ufite iyi nshingano kuva mu mwaka w’2019 agiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Munyarugendo ufite imyaka 30 y’amavuko yatangarije BWIZA ko Umuyobozi w’ishami ry’ubugeni n’ubumenyi bw’imibanire muri rubanda (College of Arts and Social Sciences) yamushyikirije ibaruwa imushyira muri iyi […]

Abangilikani banze Justin Welby nk’umuyobozi wabo ku Isi kubera guha imigisha abaryamana bahuje igitsina

Abayobozi b’amatorero 12 y’Abangilikani batangaje ko batagifata Arkiyepiskopi wa Canterbury, Justin Welby, nk’umuyobozi mukuru wabo w’itorero ku rwego rw’Isi nyuma yo gufata icyemezo cyo guha umugisha umubano w’abaryamana bahuje ibitsina . Abayobozi, bavuga ko bahagarariye 75% by’Abangilikani ku Isi yose, bashinje Itorero ry’u Bwongereza kuba ryarafashe “inzira yo kwigisha ibinyoma”, kandi ko rirwanya “ukwemera kwa […]

Gasabo: Urukiko rwakatiye gufungwa burundu uwashinjwaga kwica umugore we

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, mu mpera z’icyumweru gishize, ruri aho icyaha cyakorewe, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo wari ukurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi yakoreye umugore we, Urukiko rukaba rwaramuhamije icyaha maze rumuhanisha igifungo cya Burundu . Ni icyaha ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko cyabereye mu rugo rwabo, mu Mudugudu wa Gikingo, Akagali ka Bweramvura, […]

Abasirikare byibuze 51 ba Burkina Faso bishwe n’inyeshyamba

Byibuze abasirikare 51 barishwe kuwa Gatanu ubwo umutwe wabo wategerwaga mu majyaruguru ya Burkina Faso, nk’uko byatangajwe n’igisirikare kuri uyu wa Mbere, kimwe mu gitero cyiciwemo abasirikare benshi icya rimwe kuva aho iki gice cy’uburengerazuba bwa Afurika gihindutse ihuriro ry’ibikorwa by’abajihadiste . Ibi byabaye iminsi ibiri mbere y’uko u Bufaransa bufunga ku mugaragaro ibikorwa byabwo […]